Noheli nziza n’umwaka mushya wa 2025

Dec 12, 2024 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli burira ubwoko bwanjye bwo muri gakondo yabakiranutsi aho batataniye hirya no hino kw’isi bitegurire gutaha muri gakondo yabakiranutsi abize bategure impamyabumyi zabo, abakiri mu mashuli bashyireho umwete cyane kugirango babashe kubona ubumenyi bihagije uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ubabwire uti kurahira manda ya kabili (2) kwa president mushya watowe muri United States of America Donald J. Trump umwaka utaha 20 January 2025 nikimenyetso simusiga rukumbi gikwiye kubabera urugero rwiza rwo kugirango mwizere ibyo mubwiwe uzabasha kubona ibyo, kizamubera ikimenyetso cyo gutaha muri gakondo yabakiranutsi kandi azaba mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo na Kristo w’Imana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that son of man of living God of heaven, continue to condemned the world Churches because of their disobedience against God’s judgement has been taken place in this planet says the Lord God of heaven.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to the Pastors preaching illegal gospel in the world obtained № 34,205/0012/0024 thus is heaven decisions.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to the Evangelists preaching illegal gospel in the world obtained № 34,206/0012/0024 thus is heaven decisions.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli ubucamanza bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bumaze kugota umuryango wa Rwigara Assinapol ntaho bashobora kunyura mu isi yabazima kuko inzira zose Uhoraho Nyiringabo yamaze kuzifunga. Nibabona bimaze kubayobera bizaba ngombwa yuko bagushakisha kuko nta yandi mahitamo bazaba basigaranye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

NB: Adeline Mukangemanyi Rwigara, alimo kuvuga ko ngo ari nta cyaha bakoze gikomeye, nyamara yi yibagije yuko kumvira biruta ibitambo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 nccleon@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar