Niki cyihishe inyuma ijambo rikunze gukoreshwa ryita amavuta cyangwa se,”ANNOITING”aho gukoresha ijambo umwuka wera,cyangwa umwuka w’Imana?
Bene data bakundwa ndifuza yuko dusangira iri jambo,hashize igihe kinini twamuva ijambo rikoreshwa nabanyamadini ryitwa ANNOINTING cyangwa se amavuta mururimi rwacu.Kuki bashobora gukoresha iri jambo ryitwa amavuta,kandi ryakoreshwga kera mbere yuko Umwami wacu Yesu Krisito aza mu isi yabazima.
Amaze kugenda yadusigiye umufasha witwa Umwuka wera,ariwo abantu bakoresha imbaraga z’umwijima bahora batinya guhingutsa ijambo Umwuka wera,ahubwo bagakoresha ijambo amavuta.
Ahangaha hari uburiganya bukomeye cyane!Kuki batinya kuvuga iryo jambo?Nuko batizeye neza Imana bakorera iyariyo!Umwuka wera naza azabayobora mukuri kose,azababwira iby’amateka ibyendakubaho,ndetse nibirimo kubaho mu isi yabazima mubuzima bwaburi buri munsi.
Umuntu wese uvuga ko,kristo ar’Umwami n’umukiza,uwo ntabwo azacirwaho iteka,ariko sukubivuga mukanwa gusa,ahubwo ubivuga biturutse mu mutima ukunda Imana Uwiteka Imana yabakiranutsi.
Nuko rero abadahamya iyo Mana,mujye mubatera umugongo kugirango batabashyiramo izindi nyigisho mugatakaza icyerekezo mwari mwarahaweho gakondo n’Uwiteka Imana yanyu.Ndabingingira guhora mushakashaka mu maso h’Uwiteka kugirango nimba bishoboka arushehokubahishurira amabanga yo mu ijuru nubuzima bwo mu isi bukomeje kurushya abantu kugirango murusheho kumenya umugambi w’Uwiteka Imana kubugingo bwanyu.
Mwirinde gukoresha ivugo zirwanya umwuka w’Uwiteka Imana yanyu,nimba koko mwaravutse ubwakabiri mugakurikiza amategeko nimihango yabanyamadini cyangwa yabatizera,mu menye yuko mutazabura gucirwaho iteka kuko mwirengegije nkana ijambo ryayo.
Uwiteka akoze igitangaza gikomeye,umuntu yaje ngo musengere yihane,ndasenga arihana Uwiteka akuraho umuvumo warumuriho kuko yarahambiriwe amaboko namaguru maze Uwiteka aramuhambura amutegeka ibyo agomba gukora twatandukanye saa kumi nimwe 06:05 pm bigeze saa 7:45pm z’umugoroba yahise ahamagarirwa akazi agiye nonaha mu ijoro guhabwa akazi azatangira gukora ku wa mbere.














Leave a Reply