Igice cya (18) cy’ubuhanuzi

Nov 5, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hari ibice (2); by’abashaka umugisha wawe, hari abari baratwaye umugisha wawe, hakaba na barimo gushaka ku gushimuta kandi bose bagiye mu bapfumu batandukanye kugirango babibafashemo, ariko bararuhira kuko bidashoboka yuko Umuhanuzi w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arushwa imbaraga n’inkozi z’ibibi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore haje umwuka w’urukoza soni ku nshuro woherejwe n’inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’abega bifuza yuko baguta muri yombi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Uwiteka amanuye umwuka w’u bwenge ampa kumenya uwo mwuka ubwoko bwawo, maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, mwana w’umuntu, za magigiri za bukereye ngo zirifuza kuguta muri yombi zikakunyuza muri Uganda zika kugeza mu maboko ya Jezebel Nyiramongi Kagame kuko ahora arira cyane kubera yuko washyize ibikorwa bye bibi ahagaragara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona nakira telephone y’Umwami w’Urwanda Kigeli V Ndahindurwa, maze numva ambwira ngo, mvumye abo basore barimo kugenza ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nta bwo ar’Umwami Kigeli V Ndahindurwa uguhamagaye, ahubwo wahamagawe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko ni we Mwami wa gakondo ya bakiranutsi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka avumye abantu bose bakwanga ndetse bagenza ubugingo bwawe uwo muvumo Uzageza ku gisekuruza cya IV uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Murekatete Mukandirima Odette wahoze ari madamu wawe Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo amumanuyeho umwuka wo gukorwa nisoni kuko yahize ubugingo bwawe butariho urubanza uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nagushyiriyeho kugirango ucire imanza kandi uhanurire amahanga kugirango ugarure ubwoko bwanjye mu nzira yo gukiranuka kuko abenshi barabeshywe bakurwa mu buntu bw’Uwiteka Imana none hanura kandi uvume inkozi z’ibibi maze uzicireho iteka uko niko abivuga.
Nuko ndatangira ndabavuma! Yemwe mwa inkozi z’ikibi mwe, Uwiteka aravuze ngo, muravumwe kuko mwarwanije umugaragu w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo utariho urubanza. Nta cyaha yabakoreye usibye gusa umulimo wa data icyo nicyo cyaha mu mushinja ngo kuko adahanura ibihwanye nirali ryanyu. Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arabavumye muzajya mwinjira musohoke, umuvumo uzajya ubatanga imbere ni nyuma kuko mwabaye abanzi b’ijambo rye uko niko Nyiringabo abitegetse.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, izo nkozi z’ikibi banze ukuli, bashaka ikinyoma, banze umucyo, bashaka umwijima, niyompamvu kubaho kwabo kugabanijwe mu isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwirase imbaraga zanyu, muvuga yuko byose amaboko yanyu n’Umwami wanyu «Umwakagara Paul Kagame» ari we mu bicyesha, ariko igihe cyanyu cyo gukurwa ku ngoma nigisohoza igihe cya cyo, icyo gihe nanjye nzabaseka nicyaye ahirengeye ndamaraye nguwe neza, niho muzamenya yuko murwanije utariho urubanza! Mbese muzageza ryari kurwanya ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo?
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nta kabuza magingo aya, mu gihe gisa nk’iki, umwaka utaha muzaba mushaka aho mwihisha murwanira ku nkomanizo z’imiryango, nyamara ntimuzahabona kuko naho muzakinga umusaya nta bwo muzahabona, ibyo mwishyingikirije byose Uwiteka azabikuraho, kandi gukorwa nisoni kwanyu kurabasatiriye, uko mwakojeje abandi izo nizo soni zizabagarukira mubure aho mukwirwa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Dore inshuti zanyu zizabahunga, abanzi banyu bazaba besnhi kandi bazaba bagize amahirwe yo kubaboneraho, bazabica ikimanuka ni kizamuka, ndetse na haterera ntimuzaharenga, ibyo mwishingikirije uyu munsi, bizaba bitagishobora kubakiza kuko umwuka w’igisuzugururiro uzaba ukomotse k’Uwiteka uzaba wabagezeho kuko ibyo mwakoreye muri iyisi mutazabura ku byishyura mukiri kuri iyisi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Icyo gihe isi izababana ntoya, muzifuza yuko isi yabamira, ariko na byo ntibizashoboka. Kuko Uwiteka yagambiriye kuzabishyura ibihwanye nibyo mwakoze, kugirango muzabere akabarore isi yose, yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari we waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abatuye isi uti, igipimo mukoresha mu gusuzuguza Uwiteka Imana Nyiringabo, icyo ni cyo azabapimiramo kugirango muzamenye gukiranirwa kwanyu uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abagore uti, agasuzuguro musuzuguza Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mu myambarire yanyu, icyo ni cyo gipimo azabapimiramo kugirango mu menye gukiranirwa kwanyu uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abanyamadini uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, igisuzuguriro mwasuzugije Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, icyo ni cyo azabakubiramo inshuro 7×70 kugirango mu menye gukiranirwa kwanyu uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abakiranutsi baba mu madini yuko ari ikizira k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ku mugore kwambara imyenda ya abagabo, kandi ko ar’ikizira k’Uhoraho ku bagabo kwambara imyenda y’abagore uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Deuteronomy 22:5
5 “A woman shall not wear a man’s garment, nor shall a man put on a woman’s cloak, ufor whoever does these things is an abomination to the Lord your God.
Leviticus 18:22 has been translated in common English versions as: Thou shalt not lie with mankind, as with womankind: it is abomination. Do not lie with a male as one lies with a woman; it is an abhorrence. You shall not lie with a male as with a woman; it is an abomination.
Ijambo ry’Uwiteka rimpa igipimo cyaho imyenda abadamu bakijijwe bazajya bambara aho izajya igarukira, nuko ndabwirwa ngo, buri mugore cyangwa inkumi bakwiye kwambara imyenda igera munsi ya mavi, ariko uzajya yambara igera haruguru ya mavi bizamubera umuvumo niko Uwiteka avuze.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ayo madini yambara ubusa imbere y’Uwiteka Imana Nyiringabo, ni uko Uhoraho ataba ari mu materaniro yabo, abaye abasura akayazamo bamenyako ari we Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira umulinzi mukuru ajye kwirondo alinde ibyasezeranijwe kuko umwanzi alimo kugambana kugirango yibe ibyasezeranijwe abakiranutsi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe yuko igihe cyo kuva mu butayu bugufiya gisohoye yihangane kandi yiringire Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore na kugize umuvugizi wa bakiranutsi batuye mu isi ya bazima, kugirango ubashe kubavuganira, ndetse unabingingire k’Uwiteka Imana Nyiringabo, maze Uwiteka yumve kwinginga kwawe kuko yakugize umucamanza w’ubwoko bwe muri iyisi kugirango Uwiteka abashe kumva gusenga kwawe kandi abashe kubabera igisubizo uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’Ibabuloni, mbona icyegera cy’umukuru w’igihugu cya Kenya William Samuei Ruto, mbona yegeranije abakuru b’ubwoko bwabo (Kalenjin). Maze abaha amabwiriza ya nyuma kuko yaramaze kubona yuko agiye gufungwa asiga ababwiye ko, naramuka atsinzwe urubanza agafungwa bazahite bahaguruka batangire kwica abo mu bwoko bw’Abakikuyu bari bahanganye 2007 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hari umugore ugiye gusengera uwo mugore bamutwaye amaphoto (2) bajya kuyaroga bayatwaye mu isi y’umwijima, none umusengere maze ukize ubugingo bwe uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore banatwaye imyenda (2) y’imbere ba mbariraho kugirango bahumanye ubugingo bwe uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibigiye kubaho muri gakondo yabakiranutsi, biteye ubwoba na gahinda kuko hagiye kubaho intambara ikomeye cyane, kandi ko abasirikare ba RDF batiteguye kuyirwana, ahubwo biteguye gusahura ndetse bifuza yuko iyo ntamabara yaba vuba kuburyo bwihuse kubera inyota y’ubutegetsi bafite kuko bazahera kwa RUBANGURA building batangira gusahura kumanywa y’ihangu abantu bose bareba uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo basirikare bazaba bayobowe n’umujenerari ukomeye mu butegetsi bw’Umwakagara Paul Kagame, icyo gihe amaduka yose uhereye kumurongo abacuruzi bose bakorera Nyarugenge uturutse kwa Rubangura bazayasahura abaturage barebera kukarubanda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uko niko bigiye kugenda muri gakondo ya bakiranutsi kuko hagiye gutera intambara ikomeye cyane, kandi abaturage benshi bazayigwamo kuko abakabarokoye nibo bazabica kugirango bitwarire imitungo yabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
None bwira ababishoboye bakize ubugingo bwabo, kuko uko babikeka atari ko bizagenda, kuko hagiye gutera akaga, ni byago, na makuba, kandi abatazakiza ubugingo bwabo, bazahura bazarimbuka. Ntibazabona ubakiza kuko ngiye gukora ibikomeye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo wongeye guhaguruka kandi ni wowe ishaka, ariko Uwiteka arakurinze cyane, uko yarinze umurwa wa Yerusalem uko niko na we alinzwe ubugingo bwawe uko niko abivuga.
Nov 6, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona ndimo kugabanya abantu b’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo gakondo yabo, Uwiteka arambwira ati, mwana w’umuntu bwira ubwoko bwanjye bose bemeye ijambo ry’Ubuhanuzi ko Uwiteka agiye gutanga gakondo yaburi wese kuko igihe kigeze ngo Uwiteka atange umugabane wa buri muntu kuko igihe gishyize cyera bategereje amasezerano basezeranijwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomez kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abantu bitunganye kandi bitegure Uwiteka agiye kumanuka kureba abari kurutonde kugirango arekure ibyo yabasezeranije maze bimenyekane yuko Uwiteka ari we Imana uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ntakabuza abanzi b’Uwiteka Imana bazifuza guhindukirira Uwiteka Imana Nyiringabo batagishoboka ko abonwa, nyamara abategereza iteka ryose siko bizahora kuko Uwiteka agiye kubahundagazaho umugisha ariko ibi birareba gusa abamvura Uwiteka Imana Nyiringabo no kumwizera uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ibyo na gusezeranije bigeze ku marembo bigiye gusohora, none tangira witegure kubyakira kugirango umenye yuko nd’Uwiteka Imana yaweuko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye gukora amasengesho kuko inkozi z’ikibi zirashaka kuburizamo umugisha wawe itegereze uriya mugabo ufite umuvure, ni uko ndamwitegereza cyane, mbona uwo mugabo azanye umuvure agiye gutegura umutobe, maze mbona mu gihe arimo kwitegura haza undi mugabo atwara wa muvure wo gutunganya umutobe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, sengera abakiranutsi kuko Uwiteka Imana agiye kubahundagaza ho umugisha ariko inkozi z’ikibi zikaba zishaka kuburizamo uwo mugisha, ndetse ubwire abakiranutsi buri wese wiyiziho kuba ari umukiranutsi asengere umugisha we mu minsi itarenze (3) amasengesho yo kwiyiriza uhereye 6 hr to 6 hrs uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zimaze iminsi zitegereje mu mayira abiri ko zakubona unyuraho kuko zamaze kumenya icyerekezo cyawe, none dore baragutegereje ntutarabuke ngo uve murugo ahubwo utuze kugeza igihe zizagendera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abakiranutsi uti, Uwiteka Imana aravuze ngo, nkunda abankunda kandi abanshakana umwete bazambona kuko icyubahiro nubutunzi buri iwanjye uko niko uwiteka abivuga.
proverbs 8:17 I love them that love me; And those that seek me diligently shall find me.
Nov 7, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abatavuga rumwe n’ubwami bw’Abega, barifuza kuzafata ubutegetsi bakazasimbura Umwakagara Paul Kagame, ariko ubabwire uti, uko bizagenda kose, ingoma y’abega izasimburwa n’ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Uwiteka Imana Nyiringabo azakoresha amahanga kugirango bimike ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo buzakorera mu gikari cy’ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekoshinga uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka arekuye umwuka w’ubusambanyi ku bantu batanditse mu gitabo cy’ubugingo bafite irari ryo gusambana bagiye kujya bakora ubusambanyi bw’ubutinganyi kugirango bacirweho iteka rya burundu uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu bose bahoze bakora umulimo w’Imana, ndetse na bakiwulimo, yuko Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubakoza isoni ku karubanda kuko bihamagaye muri uwo mulimo kuko atigeze abahamagara kugirango isi yose imenye yuko batari abakoze uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo buri mu majyepfo y’inyanja mbona bari kuri iyo Nyanja, bari kumurongo bategereje kuvoma amazi, ariko ikibazo cyari urwo rugendo bari bukore bavuye haruguru yubwo butayu.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, amazi y’ubugingo aboneka mu butayu bugufiya, kandi abitwa ko bashaka mu maso yanjye bazirana n’ubutayu, none bambarize uti, muzahurira he na mazi y’ubugingo kandi mutinya ubutayu? Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Nyiringabo agiye guhana inkozi zibibi, hamwe na banyamadini bahinduye umulimo wa data kuba ubucuruzi. Kandi ndabwirwa ngo nabanyantegenke nabo agiye kubakura kw’isi ya bazima kuko nta bayimarira kandi na bo nta cyo ibamarira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Bishop Rwandamura Charles n’inkozi y’ikibi yo ku rwego rwo hejuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, muri gakondo ya bakiranutsi abashumba benshi (Pastors) barihamagaye mu mulimo kubera gushaka ubuzima bworoshye cyane, ariko ubabwire uti, nta bwo Uwiteka Imana Nyiringabo azatinda kubakoza isoni ngo agaragaza yuko mudafitanye isano ry’umulimo ahubwo ko mwawihamagayemo kubera indoke zanyu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Nov 8, 2015 njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cy’ubutayu bugufiya buherereye mu burasira zuba bw’Africa mu majyepfo yicyo gihugu, mbona abantu besnhi cyane batonze umurongo bari murugendo bagiye ku Nyanja iri mu majyepfo y’uburasira zuba bwiyo Nyanja.Abari bagiye kuri iyo Nyanja bari bavanzemo abakuru na batoya, bose bakaba bari bagiye kuvoma cyangwa kunywa kuri ayo mazi yiyo Nyanja kandi ntabikoresho bari bafite uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abenshi mu bizera babayeho nabi cyane, bari mu buzima bubi, iliya nyanja n’isi balimo aho usanga iyo hariho abagize amahirwe yo gusogongera ku byisi (ubutunzi) usanga atifuza gusubira kumusozi wo gusenga kubera ubwoba no gutinya ubuzima bubi bahuye na bwo bigatuma banamuka mu byo kwizera bakemera nka bandi bose batakigendera mu buzima bwo gukiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abenshi bifuza ubutunzi cyane, ariko imitima yabo ntabwo ishobora kwihanganira gukiranirwa kw’imitima ya bantu batagifite ubwoba bw’imibereho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, waba wasobanukiwe ibyi iryo yerekwa? Ndasubiza nti oya! Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira riti, abantu wabonye mu butayu bari kunyuramo, ni mibereho mibi barimo kunyuramo, hanyuma uriya musozi baturukaho berekeza kuri iriya Nyanja, n’ubuzima babamo bwo kwizera kwabo kugenda guhura nibikomeye cyane.
Bariya bana bato wabonye, ni abana bato mu byo kwizera, iyo bamaze kwizera bagasanga abakuru bafite amaganya na gahinda ku buryo nta jambo ryo kwizera rishobora kubafasha kuko baba baramaze guhenebera mu mwuka, bituma nabo banamuka ndetse na wa mwete bari bafite wo gukiranuka ugashira bigatuma babakurikira mu nzira yamaganya no kwitotomba mu byo kwizera aho bavuga yuko Uwiteka atabitaho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, biragoye cyane kubona umuntu ugihagaze mu kwizera utanyotewe iby’isi, ariko igihe kiraje kandi kirasoheye aho ibyo bifuza bigiye kubabera impfabusa usibye ko badafite amaso yo kureba ndetse bakaba batanafite na matwi yo kumva ibivugirwa mu isi cyangwa ibikorerwa mu isi yabazima, kuko iyo baza kuba bafite ibyo byombi ntibakabaye bifuza ibyo bifuza ubu kuko isi irashirana no kwifuza kwayo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nov 9, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zirirwa ziguhiga zamaze kunywa kuri ariya mazi, zamaze kuryoherwa n’ibyisi, nyamara hasigaye igihe gito, bagakozwa isoni imbere y’amahanga, ndetse n’isi yose, kuko Uwiteka ari we waremye isi n’ijuru, kandi byanze bikunze agomba kwihesha icyubahiro kugirango abatari bazi cyangwa bemera yuko mu ijuru har’Imana noneho bemere yuko ariwe Imana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’ Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, humura ntutinye kandi ntugire ubwoba buriya butayu warebesheje amaso yawe, ntuzongera ku busubiramo ukundi. N’ubwo umwe mu bo mukorana umurimo w’Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze kugambana akaba yamaze no kurya intonorano z’Umwakagara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mugambanyi yamaze kunamuka mu byo kwizera, uhereye aho wa muhanuriye umubwira yuko agiye gushyirwa mu muhanda ntabwo yigeze akurwa ku ntego ye, kuko yamaze kwinjirwa na badayimoni bo kugambana, nyamara se ntihari hasigaye iminota (12) mukinjira mu byasezeranijwe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, witinya wigira ubwoba, kuko ngiye kuguhisha mu gikari cy’abakiranutsi, dore nd’Uwiteka w’ifite imibiri byose mbese hariho icyananira?
Jeremiah 32:27 states, “Behold, I am the Lord, the God of all flesh. Is anything too hard for me?”. This verse, a rhetorical question, emphasizes God’s power and ability to fulfill his promises, no matter how impossible they may seem.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri z’Umwakagara Paul Kagame zivuye kuraguza bazibwiye yuko ugiye kwambuka amazi magari, none zilimo gushandikisha kugirango zikoresha ba za magigiri bazo batuye mu mahanga ngo bigire nk’aho bashyigikiye umulimo w’Imana ukora kugirango bamenye gahunda zawe. Uramenye ube maso cyane, kandi ugire ubwenge uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi maze mbona habaye intambara mu murwa mukuru wa Kigali ikomeye cyane, abega bakurwa ku ngoma, za magigiri zishe umunyamakuru twakoranaga mu murwa mukuru wa Kampala witwa «Ingabire Charles» mbona nazo ziciwe ibihanga ningoma bakoreraga kugirango babulizemo ibimenyetso nibatabwa muri yombi hatazaboneka za gihamya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona nkiri muri uwo murwa witwa Kigali wa gakondo ya bakiranutsi, mbona hapfa aba pastoro, ba Bishops, barimo «Rwandamura Charles» wahanuye yuko nta ntambara izongera kuba mu Rwanda ngo cyeretse hashize imyaka (400) ngo niho hazongera kuba intambara uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore iyo intambara izagwamo abagore benshi cyane, na bakobwa benshi cyane, ku buryo gakondo ya bakiranutsi Uwiteka Imana Nyiringabo azayihanagura isigare yera nta myanda izasigaramo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nyuma y’intambara Umwami amaze kwima ingoma bizaba bikomeye cyane, kandi abarozi bakoreshwaga n’ingoma y’Abega bazacibwa ibihanga bose nta numwe usize uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega bazagerageza kurwana cyane bagirango barengere ubwami bwabo n’ingoma yabo, ariko uko bazajya barwana na bashaka kubakuraho niko intambara izarushaho gufata indi ntera ikazarangira abega batsinzwe iyo ntambara bazahita bajyanwa mu butayu bugufiya aho bazajya kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inzika y’inzigo izahitana abantu bose bagize uruhare mugusenya ibigo by’imali byitwa za (microfinance) bakaba barabihombeje kubera umwuka w’ishyari no gutinya ko abanyarwanda bazamurwa mu ntera y’umugisha kubera iyo mpamvu ingoma y’abega bahisemo kubahombya uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amadini yo muri gakondo ya bakiranutsi yose azashiraho burundu kuko Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukubura igihugu cyose nk’uko uzi bakubura umuhanda wa kaburimbo ntihasigaremo umwanda namba kugirango isi yose izamenye yuko Uwiteka ariwe waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyo gihe mbere yuko ingoma y’abega ikurwaho, imfumgwa zifungiye mu magereza yose yo mu gihugu, zizahura na kaga gakomeye cyane, kuko abega batazabura kubaca ibihanga abandi bakazabica umugenda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntakabuza ibizaba muri kiriya gihugu bizaba biteye ubwoba nk’uko byahanuwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nov 10, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ube maso cyane, kuko abakagara bashyize za magigiri z’abagore (2); boherejwe kuza ku kugigira uko niko Uhoraho Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hari ikizamini (exams) cyateguwe n’umwanzi ngo ugikore, ariko dore ugitsinze utari wagikora uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ikigeragezo kiraje ariko ntabwo kiribukugereho kuko iki s’igihe cy’ubutayu bwawe ahubwo n’igihe cy’umugisha niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ineza y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo no kugira neza kwe nta bwo bizigera bikuvaho, ahubwo bizakubaho iteka ryose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, tega amatwi wumve ayo majwi ari mu isanzure ry’ijuru, ntega amatwi neza maze numva ijwi rivuga ngo «mwana w’umuntu we! Ishyari Ishyari ryishe abantu» dore abantu benshi cyane bagufitiye ishyari kubera umulimo wa data ukora balimo kwifuza kuba ari bo bakabaye bawukora uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ishyari ryishe abantu kuko abantu benshi basanzwe bakuzi, ntibumva buryo cyi, ukoreshwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Nov 11, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bari mu bice (2) bitandukanye, ariko imikorere yibyo bice uko ari (2) yajyaga gusa, ariko bifite imvugo ebyeri zitandukanye. Kandi buri gice cyigaragazaga nk’aho ari cyo gice gifite icyerekezo cyiza, (1) igice cya mbere cyari icy’abanyarwanda babarizwa muri RPF, aho bumvaga yuko bayobora abanyarwanda bakazabageza mu ijuru ryo kw’isi ya bazima. (2) ikindi gice cyari icy’Abanyarwanda babarizwa mu idini, bo bumvaga yuko bayobora RPF na bandi bose batemera amadini yabo kuzageza bo baba gejeje mu ijuru ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibyo bice byombi uko ari (2) bihagaritse imitima cyane, ndetse banafite ubwoba bwinshi cyane, kubera ijambo ry’Ubuhanuzi bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuga, ubwire abega bari ku ngoma, ndetse na baturage bose murirusange uti, ubwo muzaba muvuga muti ni amahoro turatuje kandi tuguwe neza. Aho niho ibyago, akaga, amakuba, bizamanukira ingoma y’abega ikurweho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abagore bo mu idini rya ADEPR uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, dore mwaranze akarongo mwari mwarashyiriweho nijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo, none ubwo mukarenze Uhoraho Nyiringabo na we arenze akarongo agiye kubahana yihanukiriye atitangiriye itama uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abo bagore basohotse munsengero bagiye mw’isi aho bagiye gukora ibyangwa na maso y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bitwaje yuko ngo abayobozi babo bakiraniwe nyamara ubugingo bw’umuntu ubabwire ko ari gatozi uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, babwire uti, Uwiteka Imana Nyiringabo na we azakora ibimuli kumutima kugirango abereka yuko atajya anegurizwa izuru uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abakiristu bo muri ADEPR bemeye guha urwaho Satani n’Umwakagara Paul Kagame kugirango yinjire mu itorero ry’Imana kugirango ari senye, nyamara nubwo ibyo byose yabigambiliye kuzabishyira mu bikorwa ubanza bisa no gushinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru yurira inzu ndende ifite agasongero kare kare «top tower» mbona yurirana n’imbaho muri izo imbaho harimo urubaho rulerule, mbona ageze hejuru yako gasongero maze, mbona umugabo wari wamutanze kwurira hejuru y’uwo munara araza ashaka gukoresha uburiganya ngo yigire nk’aho amufasha kuzamuka ariko agambiriye kumuhirika ngo amanuke agwe hasi ahite apfa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ubwo ntibyatinze yahise amusunika maze mbona Umuhanuzi mukuru amwiyaka wa mugabo wa musunitse ahita amanuka wenyine agwa hasi ahinduka ubushingwe ni uko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ubugambanyi bwari bwateguriwe Umuhanuzi mukuru burarangiye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hari umuntu ugiye kugusaba ko mukorana umulimo, ariko umwitondere kuko atazanywe ni neza y’Uwiteka Imana Nyiringabo, ahubwo ni umuriganya n’umwambuzi, nuko rero umenye ubwenge kandi umenye uko ugenza kugirango nyuma utazicuza uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame ahora yifuza yuko ya guca igihanga cyangwa agasenya ikinyamakuru inyangeNews umurage wa bakiranutsi, nyamara ibyo byose nta bwo azabigeraho kuko Uwiteka yamushyiriyeho inzitizi kugirango adakora ibyo yifuza kubugingo bwawe uko niko Nyiringabo abivuga.
Nov 12, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame akomeje gukiranirwa cyane, none hanura ushyireho iherezo ku mbibi ze zo gukiranirwa, kugirango igihe cye kirangire burundu. Dore yaciye ibihanga by’abantu bitariho urubanza, kandi na we urumugabo wo kubihamya, ndetse alimo kugenza ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye kuvuma Umwakagara kugirango umuvumo umushyirireho imbibe zaho agarukira. Yewe Umwakagara Paul Kagame mwana wo kurimbuka, ndakuvumye mu izina ry’Uwiteka Imana Nyiringabo, nshyizeho iherezo kubutegetsi bwawe n’igitugu cyawe, kugirango umwaka utaha mu gihe gisa nk’iki uzakorwe nisoni kandi ahawe hazibagirane ndetse urukiryi rwawe ntiruzaragarike muri gakondo ya bakiranutsi.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanzi bawe bose bakurwanya nta bwo ahabo hazongera kwibukwa ukundi, ndetse na basangirangedo bawe bose na bo bizabagendekere uko bizakugendekera kugirango amahanga yose azamenye yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari we waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore amahanga agiye kota umuriro wawe, ndetse bazagucanira itanure ry’umuriro, kandi mu isi yose nta numwe uzakugirira akari urutega, nta mbabazi uzagirirwa kuko na we ntazo wagiriye amaraso wa mennye atariho urubanza. Nuko rero itegure uhangane n’Uwiteka Imana nk’uko wabihize mu mutima wawe kugirango hagaragare umugabo w’umunyembaraga hagati yawe n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona abagore b’i Rwanda benshi cyane, binjizwa mu gihugu cy’ubutayu bugufiya buherereye mu majyepfo y’uburasira zuba bw’Africa. Maze mbona abo bagore bose (Churches) batonda umurongo berekeza kuri ya Nyanja iri haruguru y’ubwo butayu bugufiya.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abagore b’i Rwanda bakunze iby’isi cyane, igiteye impungege ba bikunze bari mu bihe bibi kuko bagiye kwinjizwa mu gihugu cyo mu butayu bugufiya, none uburire abazabishobora bitandukanye nizo ntegenke ndetse no kwizera gucye, ahubwo bakumeze ijambo ry’Ubuhanuzi kuko nibo rizagirira umumaro mu gihe cy’akaga n’amakuba n’ibyago bigiye kuza bya hanuwe n’umwuka w’Ubuhanuzi unyuze muri Majeshi Leon uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nov 13, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe dore nguciriye inzira mu gikari cy’abakiranutsi kuko imigambi y’umwanzi nzahora nyiburizamo iteka ryose uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame yahaye amabwiriza ingabo za RDF yo kulinda igihugu, ariko se baralinda iki? Uko niko Uwiteka abaza! Kuko Uwiteka Imana atarinze umurwa cyangwa umurwa, urugo, mbese umulinzi ntiyaba yiruhiriza ubusa? Uko niko Uwiteka abaza! Dore umwanzi wabo ari muri bo hagati yabo, ubwose baralinda iki? Niko Uwiteka abaza! None se bibwira yuko hari umuntu uzava hanze y’igihugu ngo aje kubatera? Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Psalm 127:1 states, “Unless the LORD watches over the city, the guards stand watch in vain.”. This means that human efforts, like watchmen or fortifications, are insufficient without God’s direct involvement and protection. only God can truly protect a city.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi njya kureba uko umurwa w’(ISALEM) wifashe, nsanga igihugu cyose cyambaye ubusa cyerade! Nta muntu ukiri mu murwa, ahubwo umurwa wuzuye ingabo za RDF, ni uko ndamanuka mbona inyamirambo hafi na hahoze akarere ka Nyarugenge, mbona ingabo za RDF, ziraje ziza zinsantira zifite imyambi sinakubwira zirandasa karahava ariko ntihagira umwambi numwe umfata maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu dore ingabo za RDF, zigize umutwe wa za magigiri zihawe amabwiriza ya nyuma yo guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon, ngo zimuce igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ubuyobozi bw’ingabo za RDF, buhura na kaga gakomeye cyane, mbona igisirikare cya RDF, gisenyuka burundu, mbona ko bahunze gakondo ya bakiranutsi, ariko mbere yuko bahunga igihugu, babanje kwica bamwe muri bo bakoraga mu myanya ikomeye cyane ilimo amabanga akomeye cyane azakenerwa ubwo bazaba bagejejwe mu butabera bw’isi bacirwa imanza.Bamaze kubica basiga intumbi zabo ku karubanda barangije babona guhunga igihugu bari babereye abayobozi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, tereza amaso yawe maze urebe mukirere cy’ISAMARIYA. Maze nditegere cyane, mbona mukirere cy’ISAMARIYA (Burundi) mbona abakuru b’igihugu bo muri icyo gihugu, baterana mu nama yikubagahu, ni uko mbona mu gihe binjiye mu nama mbona haje umwe mu baminisitiri uturutse Imu murwa mukuru w’(ISALEM) azanywe no kurangaza abari muri iyo nama yo gufata ibyemezo byo kurwana n’IBUYUDA.
Uwo mu minisitiri akimara kugera ku nzu mbera byombi yarimo gukorerwamo inama, mbona ko abuze umuntu wo kumwakira, maze asaba uruhushya umusirikare waraho warurinze umutekano wabagiye gukora inama, ngo yinjire muri iyo nama, maze uwo musirikare amwemerera kwinjira maze abari mu nama abagwaho gitumo bahita bahagarika inama bakoraga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega bari mu migambi yo kurangaza abayobozi bo mu gihugu cy’ISAMARIAYA kugirango babone uburyo babinjirana bahitane bamwe muri bo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umunutu, hanura uvuge uti, mwa barundi bo mu bwoko bw’Abahutu, mwaraburiwe mwanga kumva, none mu hame hamwe kuko mwiringiye ibigirwamana by’abanyamahanga, maze turebe yuko bizabasha kubakiza kuko umgiye gukurwa ku ngoma, ndetse mukicwa kandi mukazicwa mukojejewe isoni kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo atazabura gusohoza ijambo rye uko niko abivuga.
Nov 14, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, itegereze maze umbwire icyo ubonye, nditegereza mbona muri ambasade (Rwandan Embassy) y’uRwanda mbona intasi zirimo gutanga amabwiriza yo kongera umurego wo kwica abanyamuryango ba RNC, mu bo nabonye bari muri iyo ambasade harimo Umuhanuzi-kazi w’ikinyoma ESTHER Marie MUREBWAYIRE.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Marie Esther Murebwayire ahawe amabwiriza yo gucengera akaneka abayobozi ba RNC, maze akajya atanga raporo muri ambasade y’uRwanda ishinzwe kubaha amabwiriza na mashillingi yo gukoresha mu kuneka abayobozi ba RNC, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira abanyamuryango ba RNC ndetse na bayobozi biryo shyaka, birimde cyane uwo muhanuzi-kazi w’ikinyoma ubeshya ko akorera Imana nyamara akorera inda ye, dore Uwiteka aramuvumye kuko yakerensheje ijambo ry’Uwiteka Imana. Mwana w’umuntu vuma ESTHER kuko yigize ingumba ya matwi yanga guhanwa no kuburirwa yanga kwihana niyompamvu ukwiye kumuvuma kugirango utazahirwa mu buzima bwawe kuko wagambaniye ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire uwo magigiri wa RPF umuvuga butumwa Marie Esther Murebwayire uravumwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kuko wacuruje izina rye mu nyungu za we ubeshya yuko uri umukozi w’Uhoraho Nyiringabo, kandi uri magigiri wo ku ngoma y’abega y’igitarama iwanyu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore uzahinga ntuzeza, uzanywa amazi ntuzashira inyota, uzaryama ntuzabona ibitotsi, dore wifuza yuko umukobwa wawe yarangorwa numwe mu bakomeye mu batutsi nyamara abo wifuza uzajyana na bo kuko wizeye RPF kurusha kwizera Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore wagambaniye ubwoko bwawe bw’Abahutu kubera gukunda intonorano. Niyompamvu Uwiteka akugize igicibwa haba mu batutsi cyangwa mu bahutu, uzakubona wese azakwanga nta n’umwe uzagucira akarurutega kuko wanze kwiringira Uwiteka, ahubwo wiringira abana b’abantu uhereye none umuvumo wawe utangire ugukorere nk’uko umugaragu akorera shebuja kugirango uzabe akabarore imbere ya bakiranutsi niho uzamenya yuko Uwiteka ariwe waremye ijuru n’isi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye ku kujyana hakurya y’amazi magari aho ugiye kwegeranya ubwoko bwanjye kugirango nzabone abo ntoranya mbashyire mu buyobozi bw’igihugu nk’uko na bikubwiye igihugu kizayoborwa n’Umwami uzaba aca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu abo ngiye guha umugisha wanjye abo nibo bazaba mu bwami bw’Uwiteka Imana Nyiringabo kandi abatazataha igihugu ntabwo bazabona umugisha kuko isi yose izaza gusaba umugisha muri gakondo yabakiranutsi, icyo gihe niho ubwoko bwanjye buzishimira izina ry’Uwiteka Imana kandi bazamenya yuko arijye mushumba wabo, nanjye nzamenya yuko na bo ari bwo bwoko bwanjye nironkoye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye gukora icyintu gishya mu isi ya bazima kugirango ibyaremwe byose bimenye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira ubwoko bwanjye yuko ngiye kubaha igihugu gishya, ubuzima bushya buzira umuze, dore ku ngoma y’Umwami lll uhereye ku Mwami Kigeli V Ndahindurwa niho ineza yanjye izigaragaza mu bwoko bwanjye kuko hazategeka Umwami nitoranije ufite umutima nk’uwanjye uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi baturutse Uganda barakwanga cyane ndetse baguciye urwaho bakugirira nabi, dore nabo mwari inshuti ndetse mwaniganye balimo Nkurunziza Vicent uba mu gihugu cya Canada barakwanga cyane ngo kuko ushyira ahagaragara iby’ubutegetsi bwabo, nyamara nta cyo bazagutwara kuko Uwiteka niwe buhugniro bwawe kandi akaba ubwihisho bwabakiranutsi aho niho Uwiteka azagushyira kuzageza igihe cyategetswe n’Uwiteka Imana Nyiringabouko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanzi bawe bose nzabamaraho burundu kuko umwanzi wawe n’umwanzi w’Uwiteka Imana Nyiringabo, uzakugirira nabi, nanjye nzamugirira nabi, uzakugirira neza nanjye nzamugirira neza, kugirango bamenye yuko nagukunze nka gutoranya mu mahanga kuko wakunze Umwami wanjye Umwami wo gukiranuka umukunze aba ankunze niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko inkozi zikibi zohereje umwuka wigifungo kujyanwa mu nzu y’imbohe, maze umwuka w’Imana arambwira ati, mwana w’umuntu, ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, naguhaye imbaraga zo gukiza, kwica, no kurimbura no gutanga ubugingo buhoraho, none tegeka iyo myuka mibi yoherejwe n’inkozi z’ikibi usubire aho uturutse cyangwa uwice uwurimbure upfe burundu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nov 15, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hari magigiri umwe wihaye inshingano zo ku guhiga, nanjye ngiye guteza ibyago na makuba mu muryango we, kugirango muce intege zo gukomeza kuguhiga kuko uwo niwe nkingi yo muri uwo muryango we, maze niyumva ibyago na makuba byagwiriye umuyango we, kandi warabishyize ahagaragara azahita agira ubwoba ndetse acike intege maze ananirwe gukomeza guhiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo musore wo mu bwoko bw’Abatutsi agiye gutegurirwa ibigori bivanze ni bigoye kugirango amenye yuko Uwiteka ariwe waremye ijuru n’isi kandi ko atajya anegurizwa izuru.
Njyanwa mu iyerekwa mbona amadini yo muri gakondo ya bakiranutsi yitotombera Ubuhanuzi bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kubera yuko abantu b’Uwiteka bagize ingaruzwa muheto ngo basigaye bizera ijambo ry’Uwiteka ry’Ubuhanuzi aho kwizera ibyo bigishwa na bayobozi babo bahagarariye ayo madini uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zibibi zo mu bwoko bw’abarozi na zo zitotombera kuba zitakibona abantu ngo kuko basigaye biringira ijambo ry’Ubuhanuzi. Ni uko mbona bakora inama yo kurwanya Umuhanuzi Majeshi Leon, maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba, ahubwo komera kumurimo wanjye kuko nzabana nawe kandi nkazigaragariza isi yose bikunyuzemo kuko nd’Uwiteka Imana yawe kandi narirahiye dore nzabana nawe kandi isi yose izamenya yuko nd’Uwiteka Imana ari we ubana nawe kandi yuko ari we ugukoresha ibikomeye cyane n’ubwo hariho abakwanga na bakurwanya bashaka kuguca intege uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wongere uhanure ubwire ubwoko bwanjye uti, ishyano riraguye muri gakondo yabakiranutsi, kuko bakomeje gukora ibikorwa byabanikolaiti, ndetse icyo gihugu kikaba cyuzuyemo abanyabinyoma benshi cyane biyitirira izina ryanjye, ubabwire uti, hasigaye agahe gatoya na babwiye mu gice cya (4) cy’Ubuhanuzi ni gice cya (5) cy’Ubuhanuzi aho ngiye guhana inkozi z’ikibi muri gakondo yabakiranutsi hamwe na banyamadini (Synagogues Leaders) uko niko abivuga.
Ibyo nzabikorera kugirango isi yose izabone yuko nd’Uwiteka Imana ishobora byose n’ubwo bagiye guhamya yuko ntashobora byose, ariko sinzabura kubera yuko nshobora byose! Kuko kuri wa munsi wahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi Leon, ubwo bazabura aho bahungira haba mu mwinjiro cyangwa mu mbere, umunsi babuze aho bahungira ubwo bazaba babyiganira mu mwinjiro nibwo bazamenya yuko nd’Uwiteka Imana ishobora byose uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo munsi uzaba uteye ubwoba cyane, isi yose izahinda umushyitsi kandi amahanga yose azifata kw’itama uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ntakabuza ibyaremwa byose byo kw’isi, ntibizabura kuririmba kuri wa munsi wa makuba utegerejwe iminsi myinshi cyane, kandi igihe kirekire, dore barategura kuzahungira mu gihugu cy’UBUPERESI (Uganda).
Aho naho nzahabuza amahoro batazabona ubuhungiro, abandi bazapfa kujyanwa mu butayu bugufiya, aho naho nzababuza amahoro, no mu gihugu cy’Ibabuloni (Kenya). Naho nzahambuza amahoro, maze ndebe aho bazerekera, kuko batazerekera mu mu gihugu cy’Isamariya (Burundi) kuko nzaba maze kuhasenya. Naho ntamahoro azaba ahari, nibatekereza kwerekeza mu gihugu cy’ABakaludaya (Chealdens) Tanzania naho icyo gihe bazaba balimo birukana impunzi zahahungiye nta mahoro azaba ahari uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’ umuntu, ubwire abitwa abana bumucyo bahunge hakiri kare inzira zikiri nyabagendwa kuko ibihe biri mbere inzira zishobora kuzafungwa bakabura aho banyura uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abantu bigize abashumba bintama zanjye ku ngufu, nyamara sinigize mbaha umurimo, none intama zanjye barazigurisha uko bishakiye bakazirya ibinure izibyibushye, bimaze ubukene bwose ariko nanjye ngiye kubereka yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo kandi bagiye kumenya yuko ari jye wironkeye intama zanjye kandi ko ntigeze mbaha kuragira intama zanjye uko niko Uwiteka abivuga.
Iijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, intama zanjye ziratereranwa barazigambanira amanywa nijoro, zifite inyota zabuze uzijyana kwiriba ngo zinywe amazi atari ibirohwa zishire inyota, baziragira ubwatsi bwo mu butayu bwumagaye zabuza uwazijyana ahari ubwatsi bunetse! Ariko noneho ngiriye imbabazi intama zanjye nk’uko umubyeyi agirira imbabazi umwana we wicishejwe inzara na bagaragu na baja uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abadayimoni bahagaritse imitima ku bwikorwa ngiye ku gukoresha mu isi ya bazima. Dore ngiye gusenya imikorere ya badayimoni yagize abantu banjye kuba imbata zibyago, akaga, amakuba, nyamara ibyo byose ku banyiringiye ngiye kubagirira neza kugirango bamenye yuko mu ijuru hari Imana ica imanza zitabera uko niko Uwteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abagizwe imbata na badayimoni ngiye kubakiza kugirango batangire baririmbe indirimbo nshya mu mitima yabo. Kuko uko niko nasezeranije abankunda kuko nanjye nkunda abakunda kandi nzaba icyubahiro n’ubukire kuko ifeza ni zahabu byose ari ibyanjye uko niko Uwiteka abivuga.
“Yours, O Lord, is the greatness and the power and the glory and the majesty and the splendor, for everything in heaven and earth is yours. Yours, O Lord, is the kingdom; you are exalted as head over all. Wealth and honor come from you; you are the ruler of all things” (1 Chronicles 29:11-12).
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ntakabuza nzitura inkozi z’ibibi ibyo zakoreye ubwoko bwanjye, nanjye nzarwana ishyaka ry’abantu banjye kugirango mbamare umubabaro wo mutima kugirango batazaheranwa na gahinda nzabomora ibikomere byose bagize, nzabavura ibikomere bagize ibihe byinshi nzabasubiza ibyabo byariwe n’inzege uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba maso cyane kuko za magigiri zirimo gukubita agatoki ku kandi balimo kubunda bunda kumbaraza za banyabyaha ngo zirimo guhiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nov 16, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cy’iyerekwa munsi ya gakondo yabakiranutsi (Vally) mbona umwuka w’ikinyoma ushyirwaho iherezo, mbona werekeye mu burengerazuba bwicyo gikombe (Vally) mbona ko uwo mwuka ukozwe nisoni, ni uko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’ikinyoma cy’Umwakagara ugeze kw’iherezo kuko icyo ari cyo nashakaga yuko yigaragaza ko ari umunyakinyoma maze ibinyoma bye byose yabeshye amahanga bigashyirwa ahagaragara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo ikinyoma cy’Umwakagara Paul Kagame gishyizwe ahabona, ngiye kumumanuraho umwuka w’urukoza soni kugirango imbaraga yarafite mu mahanga zose zirangire kugirango ntihazagire umuntu uzasigara wamugirira impuhwe zo mu mutima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Nov 17, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo wongeye guhaguruka kubera kurwanya ukuli, ariko nta cyo uwo mudayimoni ashobora ku gutwara kuko Uwiteka yamaze kuwuciraho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amagambo abaye menshi muri RNC, kubera ubahanuyeho umuvumo, nyamara umunyabwenge azamenya yuko Uwiteka yababuriye kuko inyamaswa yi nya makenga itajya yicwa n’umututizi, ariko noneho ni banga kumva bagakomeza kwiringira abana b’abantu, ntakabuza umuvumo ntuzabura kubageraho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abo baturage uti, muvuge macye kuko iri mu ijuru ntizabura kubumva, ndabwirwa ngo mwana w’umuntu, dore ni mumara guhabwa gakondo ya bakiranutsi,ubutegetsi bwa Satani n’abadayimoni bumaze gukurwaho, uzabona abanyamuryango ba Rwanda National Congress RNC birirwa bazenguruka bashaka umuntu wabasengera kubera umuvumo uzaba umaze kubafata mu ijosi, kandi ntibazabasha kuzaho aho uzaba uri, kuko banze kumva iyo ivuga, ahubwo bakaneguriza izuru Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, bibwira yuko bakomeye kandi batanafite ubutegetsi, ariko icyo gihe umuvumo numara kubata muri yombi, niho bazamenya yuko burya Umuhanuzi yarabarimo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bazazerera nkinzererezi zitagira itungo, nyamara ibyago, amakuba, akaga ntabwo bizava ku bitugu byabo, bazafuza ko ubasengera nyamara icyo gihe ntabwo bizashoboka kuko uretse no kubasengera, no kuguca iryera ntibizabakundira kuko bazaba bafite ikimwaro cyo kugera aho uri uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nov 18, 2015 njyanwa mu iyerekwa maze mbona ndi kugenda hejuru y’imigezi itemba, mbona abanyamakuru benshi barimo koga muri iyo migezi, mvugana nabo mbabaza buryo ki bageze muri iyo migezi, maze baransubiza bati, twari turi hano dutegereje wowe ngo tukwinike muri iyi migezi, ni uko ndabasubiza nti, kuki mwagambiriye kugira nabi bene ako kageni? Ko nta muntu nahemukiye, kuki mwategura kungirira nabi bigeze aho?
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, itangaza makuru ryo muri gakondo ya bakiranutsi bakoze inama bemeze yuko bakwiye ku kugambanira ngo baguteze ibibazo bikomeye udakomeza gukora umulimo w’itangaza makuru.Kubera iyompamvu ibyago bifuzaga ko bikubaho nibo bizabaho kandi abo bose bagiye gushiraho burundu, abatazicwa bazajyanwa mu nzu y’imbohe kugirango bazamenye yuko ukorera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko mpawe amababa yo kuguruka (Spiritual Wings) nuko ndabwirwa ngo, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zaciye hasi no hejuru kugirango zishobore ku kubona, ariko bariyimbire kuko Uwiteka Imana Nyiringabo ntajaya anegurizwa izuru ibyo bakora byose bisa no gushinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira izo nkozi z’ibibi uti, iyo migambi yanyu yose mibi izaburizwamo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo nta na kimwe muzageraho uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ore ntakabuza izo nkozi zikibi bazakorwa nisoni kandi isi yose izababana ntoya cyane, kuko batazabona aho kwegeka umusaya kuko ntakabuza ijambo ry’Uwiteka ritazabura kubasohoraho kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, itorero ry’Imana ryishwe na badayimoni, kandi abashumba bakabaye balinda itorero ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, bibereye mu by’isi kuko ari byo bibashishikaje bakiyambika umwambaro wo gukorera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango biborohera cyane kugera kuby’isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore itorero ryanjye bariciyemo ibice kubera gukorera inda zabo, ariko noneho ngiye kubajyana mu ishuli ryo kwiga uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uzarirangiza azakorera Uwiteka amutinya kandi amwubaha azi uwo akorera uwari we uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyamadini buzuye umwuka w’abafarisayo (phrases) bahora bigereranya n’ab’isi kubera gukunda icyubahiro, ariko nyamara ni uko banaiwe kumvira Uwiteka Imana bakanga no kugendara mu nzira ze, ubundi itorero riri hejuru y’ikintu cyose cyo mu isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibyo byose bifuza bari kubihabwa iyo baza kwemera kugendana n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Nov 19, 2015 njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cyo kwerekerwamo kiri munsi yagakondo yabakiranutsi, maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zirakurosera, nyamara dore zihinduye igitekerezo zamenye yuko ugiye kuzicika, ibyo zari zarishe cyangwa zari zarahagaritse bakuyeho inzitizi kugirango noneho zibone uko zizagukurikirana kuko nuramuka ugiye bitanyuze mu gikari cy’abadayimoni, nta bwo bazamenya icyerekezo cyawe uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uramenye ntukomeze icyo cyerekezo wwarurimo ahubwo uhindure kugirango barusheho kuyoba cyane ntibazigere bamenya gahunda zawe kugirango uburizemo imigambi yabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nov 17,2015 njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni ba byagiye mu idini rya ADEPR ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bariya badayimoni (demons) ubonye muri ADEPR bahawe ikaze bahabwa icyicaro none bagiye gusenya ririya dini uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Mukandirima Murekatete Odette hamwe na Leta y’abega bayoboye bagambanye uko bazakugeraho kugirango baguce igihanga. Ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko ndikumwe nawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bagambanye na banyamahanga kugirango bakore ibishoboka byose bagukure kumugabane w’Africa, wowe uzabona ko ari uku kwitaho, nyamara ibyo bazaba bakora byose bizaba biri mu migambi y’abega hamwe na Murekatete Mukandirima Odette kugirango uzagwe mu mahanga ya kure aho bizagorana kumenya amakuru yaawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
nccleon@gmail.com
Leave a Reply