Bishop Mukwiza Console Nahoza,Uwiteka amuneguriye mundaro.
Ijambo ry’Uwiteka Imana ryaraye rije kuri mwene data utuye kumugabane w’Uburayi mu gihugu cy’Ubwongereza maze ijambo ry’Uwiteka riramubwira riti,mwana w’umuntu,dore umutegarugori wiyise Bishop Consolee Mukwiza Nahoza afite umwana wavutse amugaye yabaye igikuri kuva yavuka ntabwo arigera ava aho nabonaga ari uruhinja.
Abakristo be bari baragowe cyane batangaga amafaranga menshi cyane ,kuko yajyanaga
uwo mwana muli Africa yepfo (South Africa) kumuvuza.Ubwo nari nagiye muri ryo torero,nuzura umwuka wera ndavuga ngo ikibazo mugira nuko mwagiye mumihamagaro itari iyanyu nicyo kibazo nicyo cya tumye uwo mwana amera atyo.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwana w’umuhungu asobanura umwuka w’Uwiteka,naho,uw’umukobwa agasobanura itorero rya Kristo.Nuko rero uhoreza ubwo butumwa umugaragu wanjye Majeshi Leon maze umubwire abutangaze ku kinyamakuru cy’Uwiteka Imana inyange Newss.com kugirango uriya mudamu amenye ibyo akora ko,Uwiteka atabishma habe namba kandi ko yagiye mu muhamagaro kubera gushaka icyubahiro ariko sinigeze muhamagara ngo ankorere kuko ijambo ry’Uwiteka rigaragaza neza yuko nta mudamu ushobora kuba intumwa y’Imana,ariko ashobora kuba umuhanuzi-Kazi kuko ijambo ry’Uwiteka uko niko Uwiteka avuze.
Ibi bimuhanuweho azabimenya kandi ntabisoma azabibwirwa nabandi babisomye yuko Uwiteka yamugaye ko atigeze amuhamagara na rimwe ngo amukorere nuko niba atabaye mason go yumve imiburo y’Uwiteka kamubayeho uko niko Uwiteka avuga.Mwana w’umuntu,iki nigihe Uwiteka arimo gushyira ahagaragara no gukuramo ibishimwa mubigawa uko niko Uwiteka avuga.
Leave a Reply