Igice cya (22) cy’ubuhanuzi

Dec 26,2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame Uwiteka Imana Nyiringabo azamukura ku ingoma kugirango yigishe abo mu bwoko bw’Abatutsi akomokamo kuko banze kuramya Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ahubwo bakaramya umwana w’umwega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibyo nkubwiye dore biraje byihuse kandi bisimburana vuba cyane, kugirango bimenyekane yuko Umuhanuzi yararimo hagati muri bo, ariko bakanga kumwumvira ngo ni uko adafite amateka y’ubutiriganya kandi ngo akaba adakomoka Iyerusalemu ngo kuko Igarilaya nta muhanuzi uhakomoka!

Igice cya (21) cy’ubuhanuzi

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo bazabyiganira mu mwinjiro niho bazamenya yuko umugaragu w’Uwiteka burya yakoreraga Uwiteka Imana Nyiringabo! Ndetse icyo gihe bazatabaza Uwiteka maze na we azabima amatwi kugirango atumva gutaka kwanyu maze akavaho abagirira imbabazi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abo ku ingoma y’abega uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, mwishe ubwoko bwanjye murangije mu bahindura ibicuruzwa kugirango mu bone indonke zanyu, nyamara ni mwe mwabahekuye! Ibyo byose mwarabikoraga mukagirango amaso y’Uwiteka Imana ntareba, mwagize gukiranirwa gukomeye cyane kandi mwilinze kubagirira imbabazi abantu barataka babura uwabatabara. Nyamara mwebwe mwaratakaga nka batabara ndetse amahanga agahurura, ariko mu maze kubona ko mugiye ku ngoma mwibuza umutima w’imbabazi ahubwo muhora inzigo nyamara nti mwari mukwiye guhora kuko Uwiteka ari we uhora agaca imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nta bwo mwategereje ngo Uwiteka yicire imanza zitabera, ahubwo mwashyuhijwe no kwihorera kandi kwihorera kwanyu nta bwo kwigeze kugira iherezo ahubwo niko kwabaye urufatiro rw’ubwami bwanyu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, amaraso yabo yababereye urufatiro rw’ingoma yabo, amagupfa ababera ibyiringiro by’ingoma yabo, ndetse murayarata cyane ku rwego mpuzamahanga kugirango mugaragaze imbaraga zanyu. Mwigamba kubo mwahemukiye, ndetse mubima amahirwe yo gushyingura imiryango yabo. Ibyo byose mubikora nari mu ijuru nararebaga, ariko mwebwe mwigize nk’aho nta Mana iriho mu ijuru ibareba, maze sugukiranirwa mwiva mu mizi mukora ibyangwa na maso y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Nuko rero kuko mutagize umutima w’imbabazi ngo mwibuke ko namwe mwabaye impfumbyi, ndetse abafasha banyu nabo bakaba abapfakazi, ngo bibatere kugirira imbabazi abo mwasanze ahubwo mukanezezwa no guca ibihanga byabo kugirango murusheho kugwiza imitungo mutaruhiye, noneho ni mwumve uko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore mwigize ibikomerezwa kandi muri abantu buntu bahumeka umwuka ushiramo, ndetse nta n’ubwo muzi isoko y’umwuka mu humeka aho uturuka, yewe na marembo y’ikuzimu nta bwo muzi aho aherereye, ndetse ntimushobora no gusobanura ukuremwa k’uruhinja munda ya nyina. Ariko mwebwe mwafashe abatariho urubanza murabafomoza ngo munezeze imitima yanyu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abo ku ingoma y’abega uti, nuko rero kuko mwakoze gutyo, maze nti mwibuza gukiranirwa kwanyu kumanywa yihangu, kandi mwakomeje imigenzo yanyu yo gukiranirwa, niyompamvu Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukomeza gukiranirwa kwanyu kugirango mu bihanirwe atababarira uko niko abivuga.

Ubwo mwanze kugaragaza kwera no gukiranuka k’Uwiteka Imana imbere yamahanga, niyompamvu nanjye nitoranirije umugaragu wanjye anyubaha nahishe mubaba yanjye nanga yuko yazaba mu bwami bwanyu, ahubwo mutegurira kugirango azabasimbure ku ngoma kugirango azabacire imanza zitabera uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, muzamukorera ndetse na mahanga yose yo mw’si azamukorera abatazamukorera bazarimburwa bose bakurweho kw’isi yabazima uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uku ube ari ko ubwira abantu bose cyane abo muri gakondo yabakiranutsi, yuko abanze kunyumvira narabaretse mbarekera mu maboko yanyu mubagirira nabi kuko mwahisemo umugabane wo kurimbuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abashoboye akumva imvugo yanjye, barongera basubira mu buhungiro, kuko gakondo yabakiranutsi nzayihindura umusaka bakazataha nyuma y’intambara izakuraho ubwami bw’abega, aho niho nzasohoza isezerano ryanjye kubo narisezeranije bamaze guhabwa igihugu gishya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu banjye n’ubwoko bwanjye bari bibeshye cyane kubo ku ingoma y’abega bibwira yuko ari abantu beza, nyuma baje kubona ko atari abantu ahubwo ari amasega aryana nibwo bahisemo kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo basubira iy’ubuhungiro uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntanga ijambo ryanjye rya buri munsi, ariko abega barinegurije izuru, mwanga kumva iyo ivuga yo mu ijuru, hejuru yibyo mu gerekaho guhiga bukware umugaragu wanjye wemeye kunkorera akanyumvira, mushaka kumwambura ubugingo, iyo ntaza kumubaha hafi muba mwaramukuyemo ubugingo maze abantu bakavuga yuko ukorera Uwiteka bidafite umumaro kuko atarinda abantu be uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abo muri gakondo ya bakiranutsi uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, dore na bahagurukirije Umuhanuzi wo mu bwoko bwanyu kugirango mutazavuga ngo, na bahaye Umuhanuzi ubanga urunuka.

Nyamara uwo nta cyo mu mushinja kuko atigeze abakiranirwaho kuko yakunze gukiranuka yanga gukiranirwa urunuka nyamara yabaga muri mwe. N’ubwo yabigishije ibyo gukiranuka mu kanga ku mwumva ngo nta mateka afite yatuma mu mwizera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nyamara na mwe ntayo mwari mufite kandi nayo mufite ni ayo gukiranirwa kuko adashimishije na gato uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ingoma y’abega uti, ni uko rero muhame hamwe muhangane n’Uwiteka kuko Umwami wanyu na muhitishijemo ibintu (3); intambara, inkota, ibyago, maze ahitamo intambara, ubwo rero Umwami wanyu yihitiyemo intambara yagize neza ajya kuyihitamo yari yi yizeye cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mbese umuntu yabyara adatwite? Uko niko Uwiteka abaza! Ariko mwebwe mwasamye inda murangije murayibyara, none mugiye kurera umwana.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwabonye inda itarabahitanye mu girango bizabahesha amahirwe yo kurera uwo mwana? Uko niko Uwiteka abaza!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, kuko muvuga ko muri abanya maboko ngaho nimuhagarare kigabo maze duhangane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, narabinginze mu ndebera kurutugu ndetse Umwami wanyu yavuze yuko ngo, icyo nza mu banza azansubiza, reka noneho mubaze ikibazo maze ansubize.

Mbese umwuka ahumeka yasobanura inkomoko yawo? Ngaho nimba uri umugabo nansubize icyo kibazo nanjye menye yuko ari umugabo! Ese wabasha kumenya iminsi usigaje ku isi? Uko niko Uwiteka abaza! Niyihe nkomoka cyangwa isooko ya banzi bawe? Ngaho nimba uri umugabo subiza ibyo bibazo bicyeya nkubajije uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mu murwa mukuru w’Isalem, mbona umugabo muto ukora muri Leta y’Umwakagara Paul Kagame, yarafite nk ’ibiro (60kg) by ’uburemere, ariko mu mufuka we hari ibiro (1000kg) by’ubutunzi yakuye mu uburiganya bw’abaturage. Akaba yarafite amazu arenga (7) mu murwa wa Kigali nuko ndamubaza nti, wa mugabo we, ubu butunzi bwose wa bukuye hehe? Nawe ngo akora ubucuruzi kandi buri mwaka agomba kugura inzu cyangwa akubaka inzu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bigwijeho ubutunzi buturutse mu uburiganya kandi bakagerekaho no kwambura abaturage utwabo bishakiye, none igihe cyabo cyo ku bisiga kirageze aho bagiye kongera kubuyera kuko bakoze ibyangwa na maso y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uko bagenje nina ko nanjye ngiye kubagenza kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana uca imanza zitabera uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore ubutunzi bwabo n’imbaraga zabo, amaboko yabo, kwishyira hejuru kwabo, agasuzuguro kabo, ubwenge bwabo, uburiganya bwabo, ubugegera bwabo, ubutiriganya bwabo byose Uwiteka abishyizeho ishyerezo uko niko Uwiteka ategetse.

Dec 27, 2015 njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cyo mu butayu bugufiya nsangayo ubutunzi bwose bwa abakiranutsi bwari bwaratwawe ni nkozi z’ibibi babuhishayo kugirango bajye babukoresha kandi ba nyirabwo bazajye baba mu butayu mu gihe bo barimo gukoresha ubutunzi bwabo kuko babuhawe na Satani uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngaho hanura uvuge uti, mwa butunzi mwe mwahoze mu biganza bya abakiranutsi, ndabategetse ngo ni muve mu gihugu cy’ubutayu musubire mububiko mwahozemo bwa bakiranutsi kugirango abakiranutsi bakurwe mubutayu nti muzongere kugaruka mubutayu ukundi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Malaika ushinzwe kurekura ubutunzi bwa bakiranutsi araza arambwira ati, banyiri butunzi babaye abanebwe bo gusenga, kuko bidashoboka ko na bashyira ubutunzi bwabo batasenze! Kuko buri gihe ndabahishurira ngo babashe gusenga, ariko nta bwo bajya babyitaho babitewe ni uko bahora bizera amagambo ya bana b’abantu aho kwizera ijambo ry’Uwiteka Imana ariko bakananirwa kuri Linda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo umaze kuvugana na Malaika tegeko ubwo butunzi bwongere busubire kuri ba nyirabwo. Mbona Malaika arambuye ikiganza cye ategetse ko busubira mu bubiko bwa bakiranutsi kubera ko Umuhanuzi yatanze itegeko ry’uko ubutunzi busubira mu bubiko bwahozemo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona buvuye mumfuruka y’ubutayu aho bwari buhishe busubira mu bubiko bw’abakiranutsi babaye intwari ba bashije gusenga no kwizera ijambo ry’Uwiteka Imana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nta mugisha ugisigaye mu majyepfo, y’isi yo mu BURAYI, burya uwo wabonye Uwiteka niwe yari ya bitegetse kuko yashakaga ko basohoza imigambi yabo mibisha babicishije mu nzira bitiriye amasengesho, maze Uwiteka na we arabyemera kugirango aguheshe umugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bari bazi yuko bazagushukisha intonorano hanyuma bakagukuraho imivugo hanyuma yuko ubatahuye babuze imivugo bahitamo kuba bakuretse nta n’ubwo batewe ubwoba yuko wa batahuye kandi uzabashyira ahagaragara, ahubwo bo bumvaga ko bagomba ku kuriganya kugirango uzababere inzira yo kwica igihanga cyawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba magigiri babonye batageze ku migambi yabo, nibwo batangiye kujya bakwereka ko utari Umuhanuzi, ahubwo ko wowe uri umunyapolitike. Ibyo byose babikoraga bashakisha uburyo bazakubonaho icyaha kugirango ubwo uzabashyira ahagaragara uburyo bagusiga icyasha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ubu noneho ushobora kubashyira ahagaragara kuko wa maze kwegeranya ibimenyetso byose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ucireho iteka Benoni Umuhoza Zachariah uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ucireho iteka Mukeshimana Jeannette uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, imilimo y’inkozi z’ibibi yamaze gucirwaho iteka nta bwo bazakomeza kujujubya ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inzu ya kega ka kagara ishyizweho iherezo ryayo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inzu ya bashambo nayo ishyizweho iherezo kubera gukiranirwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uwiteka ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Leta ya Peter Nkurunziza irananiwe cyane kandi igeze kwiherezo, none hanura ubwire Peter Nkurunziza uti uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, ingoma yawe ishyizweho iherezo kandi wirukanywe kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arashaka gutunganya akarere kibiyaga bigari uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umukuru w’igihugu cy’ISAMARIYA waramubwiye ariko yanga kumva, iyo aza kumva ibyo wa mubwiye nta bwo aba ashyize igihugu mukangaratete none dore kubera kwanga kumvira Uwiteka Imana kandi yitwa ko yitirirwa ijambo ry’Uwiteka niyompamvu ibyahanuwe bya gombaga gusohoza kugirango bamenye yuko Umuhanuzi ibyo yavuze byavuye k’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu igihugu cy’ISAMARIYA kigiye kwinjira mu kaga gakomeye cyane kandi umuryango wabibumbye HCR uzashinja Leta y’abega yuko ari bo bateje akaga, ibyago na makuba mu gihugu cy’ISAMARIYA uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, gakondo ya bakiranutsi izaba iya nyuma mu guhura ni byago akaga na makuba nyuma yuko ubutegetsi bwo mu gihugu cy’ISAMARIYA nicyo kizabanza kwinjira mu byago bikomeye cyane hanyuma gakondo ya bakiranutsi (Rwanda) nayo izakurikiraho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dec 28, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zihamagarwa ngo zijye kwitaba shebuja Umwakagara Paul Kagame kubera zimaze kunanirwa gukora imirimo yazo kandi bikaba binamaze kumenyekana imikorere yazo. Maze bituma umukuru wa za magigiri ariwe umwakagara Paul Kagame nk’uko byemejwe n’inteko ya ba ministiri ko ariwe ukuriye inzego zose ziperereza ahamagaza abagaragu be ngo baze bamwitabe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zihamagajwe igitaraganya kubera umwakagara amaze guhabwa amakuru n’urwego rw’ubutasi rukomeye ku isi aho rwa mubwiye ko, za magigiri ze zegeraniwe kuko zafatiwe ibyemezo ko bagiye kujya bazica hirya no hino ku isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona Umwakagara Paul Kagame ko ahagaritse umutima cyane, kuko amayeri ye yatahuwe kandi ko atazongera kubona uburyo akora neza kubera ko, bagiye gukora nk’uko akora maze intore ze bazajya bazica ibihanga uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona ko ahamagaje ba magigiri be kugirango bongere barebere hamwe uburyo, bahimba ayandi mayeri yo kuzajya bakoresha abanegihugu cyaho bazaba bagiye kuneka cyangwa kugigira aho kugirango bo ubwabo bijandike ku buryo bizatuma ba baniga, ahubwo ko bazajya abakoresha abenegihugu baho bafite umugambi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona ko hagiye kubaho irushanwa ryo kumvikanisha impamvu yo kurwanya Umwakagara mu intore ze zose aho ziri ku isi hose. Mbona ko Umwakagara Paul Kagame bamuhinnye amaguru atangira gukora asubiza akaguru inyuma kuko ibyo yitaga ibyuya byamaze guhinduka amaraso!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burya uhagarariwe ningwe ntabura kuvoma, dore Umwakagara Paul Kagame amaze gucuka ku ibere rya bamwonkenje kuko yibwiraga yuko yakuze yabaye umugabo ku buryo yakubaka urugo rwe wenyine yifashije, none amaze kubona ko nta kundi byagenda ahisemo kwigumira iwe gusa akazahangana na bazamusanga iwe ariko ibyo kongera gukurikirana impunzi bikaba bishiriye aho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Nukuri ndababwiz’ukuri yuko, ari nta ibuye rizasigara rigeretse kuri lindi mu murwa mukuru w’Iyeresalem (Kigali) uko byahanuwe ni nako bizasohoza hatabuzeho na kimwe kuko uko Uwiteka Imana Nyiringabo yabivugiye mukanwa k’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha ni nako bizasohoza umulimo wabyo hatabuzeho ni nyuguti n’i mwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara Paul Kagame umwana w’umwega ahamagaza za magigiri zose (Rwandan spies) maze abasimbuza abandi kuko bari bamaze kumenyekana kandi hamaze gufatwa ingamba zo kwica abo bamagigiri be kuko bari bamaze kumenyekana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abahawe uwo murimo n’abega bo mu nzu ya abagara gusa, kuko ari bo bizewe cyane kuko bashobora gutunganya umurimo bashinzwe kuko ni baramuka batawutunganije neza ingaruka ngo nta bwo zizaba iz’Umwakagara gusa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara anejejwe ni uko ahinduye za magigiri zitari mu nzu y’abega, mbona ko Umwakagara yishimye cyane kuko ahinduye amayeri, ariko agira ibyago bamwe mu bakorana na we basanzwe batanga amakuru muri za embassy z’ibihugu bikomeye mbona ko batanze amakuru yose yibigiye gukorwa mu buryo bwo guhindura strategy cyangwa imikorere mishya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara ameze nk ’igihe cy’Umwami Pharaoh yakurikiraga ubwoko bwa ab’Israel bugeze hafi y’inyanja itukura imitende ya magari yabo yagendaga ivamo kubera ko Uwiteka Imana Nyiringabo yari amaze ku batanga ngo barimbukire muri ya Nyanja itukura uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakonikoni b’umwana  w’umwega Umwakagara Paul Kagame hamwe ni mandwa bamubwiye ko igihe cye cyo kuyobora kitari cyagera agomba kureka Bizimungu Pasteur wahoze ari umukuru w’igihugu (head of state) arangiza manda ye, hanyuma hakakurikiraho Col. Alex Kanyarengwe hanyuma Umwakagara Paul Kagame akazabona gukurikiraho nk’uko byari mu masezerano yabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambaza riti, mwana w’umuntu, Umwakagara yatanze ibitambo by ’amaraso menshi cyane kugirango Bizimungu Pasteur na Col. Alexis KANYARENGWE? Abasimbure kumwanya w’u buyobozi bwa RPF kugirango abashe kubona intebe yo muri village urugwiro uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, imandwa z’Umwakagara Paul Kagame nta bwo bamuhishe bamubwiye yuko azafata ubutegetsi akazakurwaho n’intambara ikomeye cyane izahitana abanyarwanda benshi cyane ku buryo bizaba ikibazo gikomeye cy’amahanga n’uRwanda uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko akimara kumva ibyo abadayimoni bavugaga ba binyujije mu abakonikoni be, yahise ashakisha uburyo bwose bahumanya Col. Alexis Kanyarengwe kugirango amuvire mu nzira kuko yatinyaga ko yazamusimbura kubutegetsi kuko yaramaze kumva abazimu bemeza ko ariwe uzasimbura Bizimungu Pasteur hanyuma akazabona gufata ubutegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara yasabwe amaraso yikirenga kugirango abashe kumara imyaka yose yamaze ategeka kuko yatangiranye amaraso kandi azarangizanya amaraso menshi cyane mu gihe cyo gukurwa ku ingoma kwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore intambara Umwakagara yashoje mu gihugu cya baturanyi izajya itangira yongere irangire na none yongere itangire kuzageza igihe Umwakagara Paul Kagame azakurirwa ku butegetsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore Umwakagara Paul Kagame amaze gucirwaho iteka kandi ahagaritse umutima cyane kuko abona yuko yahagurukiwe na mahanga. Ariko kandi ntafite uko yabigenza kuko guhara ingoma kuri we bingana nurupfu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira amahanga uyabwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, nta bwo umwana w’umwega azarekura ubutegetsi nk’uko mu byifuza ahubwo azabugwaho kandi azahitana abanyarwanda benshi batagira ingano kandi ibyo byose mu za bigiramo uruhare kandi mu za biryozwa kuko muri uwo mugambi muzaba muwurimo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wandike ibyo ubishyire ahagaragara kugirango bimenyekane abazagwa muri iyi ntambara ikomeye izaba iyobowe n’Uwiteka Imana Nyiringabo, batazavuga ngo nti baburiwe, ahubwo ubyandike ba bimenye hatazagira ubigira urwitwazo kuko hari abibwira yuko ngo ari abatoni k’Uwiteka bakanga kumva iyo ivuga iri mu ijuru ngo bafite isezerano ryo kurindwa.

Nyamara kandi atari Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo wabahaye isezerano, ahubwo barihawe n’abahanuzi bakorera inda zabo kugirango bibonere amaronko uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Neno la bwana likanijia kutoka kwa Mungu mwenyezi baba wa mbinguni na kuniambia, mwana wa Adam ni vizuri kuelewa msamiati kama huu na kuelewa maana yake ndiposa usitumbukie kwanye shimo. USIPO ZIBA UFA, UTAJENGA UKUTA!

Bisobanura ngo nutaziba umwenge uzubaka igikuta cyose bishatse kuvuga ko: hariho ikibazo gitoya nutagikemura kizakubana kinini kandi kugikuraho bizaguhenda cyane.

Ubwo narimfite gahunda yo kujya ku murwa mukuru w’Ishushani aho kuzinduka nkomeza kuzarira kubera ibitotsi dore ko nta biherukaga ariko maze kumva iryo jambo ako kanya ndabyuka nerekeza kumurwa hakiri kare nkora umulimo ndangiza kuwukora za magigiri zitari zagera mu murwa zibonye ko maze gutangaza Ubuhanuzi baza biruka bibwira ko bari bunsange aho nakorewe mu gihe njyewe nari namaze kuva mu murwa mukuru w’Ishushani uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore Joyce Wanjiku yagambanye na bajura yababwiye ko ufite cash maze ategura uburyo bari buze ku kwiba none fata amashillingi yose ufite uyavunje mu ma dollar ugure wallet yindi nshya hanyuma kandi unagure ingufuri (padlock) yindi kugirango naramuka abahaye imfunguzo baze gusanga wahinduye ingufuri uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, kandi uhite umuhagarika kumurimo wari waramuhaye uhite ushaka iyindi nzu wimuke kuko yamaze kwinjirwamo na badayimoni bo kugambana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dec 28,2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwami Kigeli V Ndahindurwa hamwe ni bikomangoma bye bose bakuweho kuko badakora ibyo ubabwira ahubwo bagahitamo kwikorera ibyabo bibwira yuko ari wowe bahima. Ubyandike kandi ubigire ubwiru maze uzabitangaze mu gihe gikwiriye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, kandi dore ibikoma ngoma byo ku ngoma yabega, abatware, ni byegera by’ingoma y’abega nabo bakuweho nyuma yuko Umwami Kigeli V Ndahindurwa azaba akuweho ku ngoma, buzira bucye hanyuma nabo bakurweho bakwire imishwaro bajyanwe mu butayu bugufiya aho bazamara ibihe byinshi bigishwa uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nguhaye ikimenyetso kizaba mu bimenyetso bya nyuma cyo kuvaho k’Umwakagara Paul Kagame. Nubona itangaza makuru rya BBC gahuza miryango ivuye mu gihugu gutegekwa n’Umwami-kazi cy’Ubwongereza bakimukira mu murwa mukuru w’IshushaniNairobi Kenya, uzamenye yuko kuvaho k’Umwakagara umwana w’umwega Paul Kagame ari cyane kuva ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyo gihe umwana w’umuntu (Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha) na we azaba ari hafi cyane guhabwa umugisha kandi uwo mugisha uzamubera icyambu cyo gukora itangaza makuru rikomeye kandi rifite ingufu nka BBC gahuza miryango uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, umwana w’umuntu, dore abatuye muri gakondo ya bakiranutsi banze kumvira Uhoraho Nyiringabo, ahubwo bumvira ijambo ry ’abadayimoni ndetse bakanumvira umwana w’umuntu uhumeka umwuka mu mazuru yarangiza agapfa agakurwaho akibagirana mu isi yabazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye gukora ikintu gishya muri gakondo yabakiranutsi. Ni uko rero uburire abatuye muri icyo gihugu bitegure kuko ibyo ngiye gukora, uzabyumvisha amatwi zi zavuza injereri kandi ibyaremwe byose bituye muri gakondo ya bakiranutsi icyo gihe bizamenya yuko nd’Uwiteka Imana yaremye ijuru n’isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, muri gakondo ya bakiranutsi abagore uzaba afite inda y’ukwezi kumwe (1) ni yumva ikintu gishya Uwteka yakoze, azajya kubise ako kanya kimwe n’ufite amezi (9) kandi bose bazibaruka icyubahiro cy’Uwiteka Imana Nyiringabo kuko ibyaremwe byose bigiye kumenya yuko Uwiteka yagendereye gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuga, icyo gihe inyamaswa zo mu ishyamba, ibiguruka, ibigendera hasi, n’udusimba two hasi byose bizamenya yuko Uhoraho yanyuze mu gihugu gusuhuza ubwoko bwe uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nta kabuza ibiragi ni bipfa matwi byose icyo gihe bizavuga, abandi bazumva kuko bazamenya yuko Uwiteka yanyuze muri gakondo yabakiranutsi uko niko abivuga.

Musabe Uwiteka icyo gihe nti hazabe ari umunsi wimbeho cyangwa umunsi w’isabato kuko uzaba ari hejuru y’inzu nta za manuka ngo ajye gutora icyo yasize mu nzu.

N’uzaba ari mu murima nta zasubire murugo gufata umwitero kuko bizaba bikomeye cyane birenze ubwenge bwa muntu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Uwiteka Nyiringabo yumvise kurira kwa bahatuye kandi yabonye ibyo bakorewe kuko bapfakajwe igihe kitaragera, niyompamvu nanjye nzabapfakaza nkitura amarira yabaharega kuko numvise gutabaza kwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore nzamanuka njye kwirebera yuko urusaku rwa baharega ari ukuri kugirango menye ibikorerwa ubwoko bwanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

 Exodus 3:7 

The Lord said, “I have indeed seen the misery of my people in Egypt. I have heard them crying out because of their slave drivers, and I am concerned about their suffering.

So I have come down to rescue them from the hand of the Egyptians and to bring them up out of that land into a good and spacious land, a land flowing with milk and honey—the home of the Canaanites, Hittites, Amorites, Perizzites, Hivites and Jebusites.

And now the cry of the Israelites has reached me, and I have seen the way the Egyptians are oppressing them. 10 So now, go. I am sending you to Pharaoh to bring my people the Israelites out of Egypt.”

Ijambo ry’Uhoraho Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore isi yose itazangazwa cyane no kubona bya bikoma ngoma batinywaga n’isi yose, binjiye mu butayu bugufiya abandi batorongera mu mashyamba ahabo ntihaba hakiboneka maze abantu bose batangararira Uwiteka Imana Nyiringabo.

Maze numva baravuze ngo, YEWE TUREMEYE PEEE!!!!!! KOKO UWITEKA ACA IMANZA ZITABERA KUKO TWAJYAGA TWUMVISHA AMATWI NONE TUBIREBESHEJE AMASO YACU Uwiteka ahabwe icyubahiro iteka n’iteka ryose Amen.

Nongera kubona abatutsi-kazi Uwiteka abakoza isoni birirwa bazenguruka bashaka aba basambanya kubera yuko bari bageraniwe n’ubutayu bugufiya, mbona bwa buranga bwabo n’ubwiza bwabo, buzira umuze buhinduka imiranga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa maze mbona ko abo bagore na bakobwa bo mu bwoko bw’Abatutsi-kazi basambanywa ni ingegera bibagirwa ibyubahiro byabo bari bafite bahinduka imiranga babura Epfo na ruguru. Ariko abenshi muri bo, bari abegakazi ni uko mbona basubiye ku kabo ko gucanisha inkwi zumye kandi hari hashize igihe kirekire barabyibagiwe bavuga ko ari ibya abakene batagira amikoro uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

N’uko ndabwirwa ngo mwana w’umuntu, ntaho Uwiteka atagukura ngo agire aho akugeza, kandi nta naho Uwiteka Imana Nyiringabo atagukura ngo ananirwe ku hakugeza ukimana na abami ni bikomangoma kuko iyo ariyo kamere y’Uwiteka Imana waremye ijuru n’isi uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ubukungu bw’ingoma y’abega bugizwe na maraso y’ubwoko bwanjye bamennye, amazu yabo yuzuye uburiganya, ububiko bwabo nzabuha abataraburuhiye kuko bikomye kugituza bakavuga yuko ngo bakomeye cyane kandi ngo n’isi yose ibazi cyane ko arabarwanyi.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abasigaye muri gakondo ya bakiranutsi, uti, nti mutinye kandi nti mugire ubwoba cyangwa ngo mukuke umutima, kuko Uwiteka azi abe kandi azabarinda ndetse azabakiza ku munsi wakuba kuko nd’Uwiteka naka umuriro mukanwa, ngacumbeka umwotsi mu mazuru uko niko Uwiteka avuga.

Job 41:20-22 Out of his nostrils smoke goes forth as from a boiling pot and burning rushes. 21“His breath kindles coals, And a flame goes forth from his mouth. 22“In his neck lodges strength, And dismay leaps before him.…

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nta mwana w’umuntu wabasha kumenya uburemere bwanjye, kandi nta muhanga wabasha kumenya uburebure bwanjye cyangwa ngo umunyabwenge abe yamenya ibiro byanjye (kgs) ninde wa menya iherezo ry’Uwiteka ngo aritubwire tumenye ko ari umuhanga mabahanga babaye mu isi yabazima uko niko Uwiteka abaza?

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ndagirango ngutume ku Abatutsi-kazi basanzwe bikorera umwuga w’Uburayi kandi bakawukorana ikinyabupfura bigira abami kazi kandi ari abasambanyi kazi ruharwa.

Ubabwire uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, dore nzashyira ibitsina byanyu ku karubanda, kuko mwa byandaritse mukinyabupfura mugakongeza umuriro, ariko mugahisha umwotsi, igihe cyanyu cyo kubashyira kuba rubanda kirageze ngo mbashyire kumugaragaro kugirango mubonwe na buri wese kuko mwagurishije imibiri yanyu muyigira igicuruzwa gikomeye mu isi yabazima murangije mwigira imfura kazi nkáho mutazi ibyo mwakoreye iyo mibiri yanyu.

Mwitwara nka Malaika w’u mucyo nyamara muri ba Malaika w’umwijima, dore Uwiteka arabahagurukiye kandi mwese nta numwe uzanyura mujisho ngo azancike, ahubwo ngiye ku begeranya ibyo mwaruhiye mwakuye mu mibiri yanyu bizaribwa nabatarabiruhiye.

Mwigize ibitangaza muhinduka abarozi muroga abahisi na bagenzi mwirinda kugaragaza gukiranuka k’Uwiteka Imana yabakiranutsi. Niyompamvu nanjye kuri wa munsi wa amakuba yanyu ntazigera numva gusenga kwanyu habe na gato, ahubwo nzabateza amahanga aho muzahungira hose baza bamagana kuko nzabambika umwenda mwidodoye wo kumena amaraso naho mwiringiye ko muzahungira aho naho nzahateza umwunzure kugirango mutazabona ubuhungiro uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dore muzifuza urupfu ariko ntabwo muzabona, ahubwo mukimbo cy’urupfu, nzabaha kuzerera ku gahinga muzicwa ni nzara kugirango igihe mu maze munywa murya abandi bicwa n’inzara mutabacira akarurutega habe no kubagirira ibambe icyo gihe muzumva kandi muzamenya gukiranirwa kwanyu nimumara kumva ibyaha mwakoreye bene wanyu muzaza mwihane nanjye nzababarira kuko ntazigera numva gutaka kwanyu kuzageza igihe cyategetswe n’Umuhanuzi wanyu nubwo mwanze kumwumvira uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, icyo gihe muzajya mubona abo mwabanye mubahunge kubera gukiranirwa kwanyu mwatewe no kwishyira hejuru mwanze ku bafungurira ubwo bari mukaga bashonje ahubwo mwababatije amazina mubita inyangarwanda abanzi b’igihugu nandi mazina atarakwiye kuko abo bari ubwoko bwanjye bwite nironkeye mu maraso y’Umwami wanjye uko niko Uwiteka abivuga.

Ubu butumwa muhabwa uyu munsi murabucira inkeri ariko umunsi bwasohoye muzamenya yuko Umuhanuzi yarabarimo kuko mwanze kumvira iyo ivuga yo mu ijuru mbahagurukiriza Umuhanuzi wanyu ariko mwanga kumwumvira ngo ni uko abahanurira ibikomeye nk amagupfa yimbwa uko niko Uwiteka abivuga.

Ariko dore igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo mugiye kumenya yuko Umuhanuzi w’Uwiteka yabaga hagati muri mwe kuko nta na kimwe yahanuye mu izina ry’Uhoraho kitazasohora ngo mukirebeshe amaso yanyu naho mwa kwanga kumva muzanga no kureba se? Uko niko Uwiteka ababaza?

Muzababara kuzageza igihe muzibagirwa ko mwigeze kuba abantu, kuko mwirase cyane imbere y’ubwoko bwanjye nti mwanyurwa murangije mugerekaho no kuvuga yuko Uwiteka Imana ya bakiranutsi ngo ntashobora byose, ngaho noneho nimukenyere turebe uzabakiza mu maboko yanjye uwo umunyembaraga mwiringiye umuriro mwacanye niwo muzota ubukonje mwateje nimwe buzatwikira muzifubika amarira mwiyorose agahinda mugerekeho kujiginywa no guhekenya amenyo kandi ibyo bizaba bibatunguye kuko mutazamenya igihe bizazira kuko mwasuzuguye izina ranjye nanjye ngomba guhesha izina ryanjye icyubahiro niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nuko rero mwana w’umuntu, fata ikaramu yawe wandike ibi bahanuriwe abo muri gakondo ya bakiranutsi kuko igihe gishyize cyera bigasohoza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 Nuko ndibambura mfata ikaramu yanjye na gatabo nandikamo (SHORT HAND) ntangira kwandika ibyo Uwiteka yavuganye nanjye usibye ko bitari byoroshye kuko ntigeze ngoheka ijoro ryose numva urutugu rurambabaza kubera kutaruhuka ariko niringiye uwandemye yuko nta cyo ndibube uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko maze kumva ibyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kubwoko bwe, numva mpagaritse umutima cyane, ariko bigeze ho nihesha amahoro kuko nta cyo narikubikuraho kuko umuntu niwe ufata icyemezo ku giti cya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Kagame Paul akomeje kugenda arushaho kuba mubi cyane kubera yamaze kubona yuko ibihe bye byarangiye akaba ari nta yandi mahitamo agifite kuko yiyemeye kubera ubutunzi afite yibwira yuko bizamugirira umumaro ariko noneho kubera ubwibone bwe, kandi akibwira yuko ngo kuba ataratinye kwica abantu banjye ngo afate ubutegetsi yigira Umwami kandi atari we, ese abandi bo bazatinya kumukura kubutegetsi ngo abantu badapfa!? Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru arangiza ubutayu bugufiya, mbona amanutse kumusozi yaramaze ho igihe kirekire atunganywa n’Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango azabashe gukorera Uwiteka Imana imurimo yashinzwe ubwo tuzaba tugeze muri gakondo yabakiranutsi.

ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye gukoza isoni JEZEBEL Nyiramongi Jeannette Kagame yaciye ibihanga by’ubwoko bwanjye ndamwihorera agirango nta muremyi wabo bafite ubareberera, ariko noneho dore ngiye gukora icyintu gishya muri gakondo yabakiranutsi Jezebel Nyiramongi Jeannette Kagame nza mukoza isoni mu irembo ry’amahanga imbere y’isi yose ntaho afite ubuhungiro kuko aho azajya hose azafatwa agacirwaho iteka naramuka acitse inkota y’ingabo z’umulinzi w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Dec 29,2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abayobozi bose bakorana n’Umwakagara bafatiwe ibihano n’Umwakagara Paul Kagame kuko bidashoboka yuko bazongera kwemererwa kujya mu mahanga muri (mission) kuko Umwakagara yamaze kugira ubwoba ko bashobora guhunga igihugu bakajya kwifatanya na barwanya ubutegetsi bwe cyane ko bamaze kubona Leta y’America ikomeje kurwanya ibikorwa byose bya politike by’umwakagara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore indahiro barahiye itumye bahinduka ingaruzwa kuheto (nemeye kuba umunya muryango wa RPF kandi ni ndamuka nkuhemukiye nzacibwe igihanga nk abagome bose) none dore iyo indahiro niyo iba bereye inzitizi kuko iyo Umwakagara abaca ibihanga aba asohoza indahiro barahiye mbere yuko binjira muri icyo kigare cy’abadayimoni.

None dore abayobozi barimo bashaka amayeri y’uburyo bahunga none babuze imihungire kubera kwigira abanyabwenge ngo buriya bategereje yuko rwambikana bakazabona guhunga. Ariko se bazaba bahungura hehe? Uko niko Uwiteka abaza!

Nerekwa ko ku kibuga cy’indege Kanombe International Airport hashyizwe ubulinzi bukomeye cyane bugizwe n’abagara gusa bazajya bagarura umuntu wese uzwi nk ’umuyobozi uzaba agiye mu mahanga igihe cyose atabiherewe uburenganzira n’Umwakagara.

Nuko ndabwirwa ngo, dore bariye ibya Satani bibwira yuko ahari bashobora kuzamucenga baka mucika, none bisanze bari mukagozi babohewe mu kazu ko mu nzu iri mu kizu (akazu kazitiwe) ibyo ni byo bihembo by’abanyenda nini bananiwe kuba abantu binyangamugayo, ahubwo bigize nabi bahinduka ibi simba nka batagira ubwenge kuri abo ibihembo y’ibyaha nurupfu uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona amahanga yongera gusohora impapuro zita muri yombi abayobozi bakoranye cyangwa bagikorana n’Umwakagara cyane abatangiranye na RPF ndetse bongeramo na yandi mazina ya bamwe bakomeye mu butegetsi bwa RPF mbonamo Col.Twahirwa Dodo amaze kubona yuko ashyizwe kurutonde rw ’abagomba gufatwa mbona ahisemo guhunga igihugu aho gufungwa n’Umwakagara ahitamo gufungwa nurukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwa ICC rukorera mu gihugu cy’Ubuholande.

Mbona Col. Twahirwa Dodo yababajwe ni uko yasize umugore muto yari yararongoye kugirango amusajishe mu za bukuru uwo mugore wari ukiri muto mbona ko bafitanye umwana umwe kandi uwo mwana Col. Twahirwa Dodo akaba amukunda cyane kurusha abandi bana maze mbona ko afite agahinda gakomeye arimo ashakisha uburyo yakiza uwo mugore hamwe n’umwana we.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Gen.Kayumba Nyamwasa yifuza kuba perezida w’uRwanda (head of State) ariko ndabwirwa ngo, kwifuza yarabyifuje, ariko nta bwo azabigeraho kuko bidashoboka yuko yasimbura Umwakagara Paul Kagame kandi ubuhanuzi buvuga yuko Umwakagara azasimburwa n’Umwami w’u Rwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Gen. Kayumba Nyamwasa ahora yifuza yuko waba umunyaryango wa RNC ugahabwa umwanya wo hejuru cyane kugirango udakomeza kwandika Ubuhanuzi bugaragaza yuko adateze gufata ubutegetsi kuko uko urushaho kumwandikaho Ubuhanuzi butari bwiza, uko niko abantu bagenda barushaho kumuvaho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dore nta kabuza nta muntu uzongera kwiba ingoma muri gakondo ya bakiranutsi kuko hazasohora ibyahanuwe gusa. Umwakagara Paul Kagame yakoresheje uburiganya yiba ingoma kubera yuko yari yararaguwe mu ndagu za Satani n’abadayimoni maze Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arabyemera niyompamvu byasohoye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Kand Uwiteka yashimye ko umwakagara aba umukuru w’igihugu kugirango azakoreshwe kurimbura ikinyoma cya Abahutu cyari cyarameze imizi muri gakondo ya bakiranutsi. None yasohoje ibyahanuwe yakuyeho ikinyoma cya repubulika itemewe na mategeko y’Abahutu hasigaye ikinyoma cy’ingoma ye y’abega nayo ni repubulika itemewe na mategeko kandi azajya bivanga vanga n’ubwami bw’abega kugirango agaragaze gukomera kw’ingoma y’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye gukora amasengesho y’iminsi (3) kuko inkozi zikibi zo mu bwoko bw’abarozi ziraguhagurukiye kandi zigiye ku kujyana muri kaminuza kwiga uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aburijemo wa mugambi wa badayimoni hamwe n’inkozi zikibi zari zagambiliye guhungabanya ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore invejuru za Kayumba Nyamwasa zongeye guhabwa umunsi mukuru wa noel $10 kuri buri muntu kugirango barusheho kugira moral yo kwitegura kwambarira urugamba none dore baranezerewe cyane, ariko guhabwa ayo $10 n’ukugirango bababuze gutekereza kugirango batava mu mugambi biyemeje wo gutera Umwakagara Paul Kagame, nyamara ni batera badahawe uruhusa cyangwa uburenganzirwa n’Umuhanuzi bazashiragira nk ‘ingabo zitagira umutware uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven and told me that man of living God of heaven, just sight front you and see what written on the black board the word that I saw was written in English Language called “Serve” the word of the might God of heaven told me that, son of man wakeup and serve my people. Immediately I woke up and started my job of writing the prophecy which is the word of God of armies declared.

Njyanwa mu iyerekwa mbona idini ryitwa Church VIVANTE rikorera mu kanogo kwa Pastor Gataha Straton mbona intama ziryo dini zigizwe ahanini na banyarwanda baturutse mu gihugu cy’Uburundi gusa! Mbona izo intama zisa ni zitagira umushumba wazo! Kuko si nabonaga uwigize umushumba w’intama zitari ize, ari we Gataha Straton yasaga naho yabanje gupfa ahagaze hanyuma aza no gupfa akurwa kw’isi ya bazima za intama yaragiraga kandi atarize ndetse Uwiteka Nyiringabo atarigeze azamuragiza zisigara zitagira uziragira nyuma yo kwirukana abashumba bose bafatanyaga na we kuragira umukumbi w’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Dec 30, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’Umuntu, ihangane wongere wisubizemo imbaraga wandike iby ’ubonye kuko ni bigiye gusohora vuba cyane bishoboka kugirango Umwakagara Kagame Paul babone uko bamusatira cyane, kuko ndabizi rwose yuko intugu zatentebutse, ariko kandi nta kundi bya genda wibuke ko nta muntu uguhagaze hejuru kuko Uwiteka azi neza yuko ukunda umulimo kandi utajya ukorera ijisho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ibintu byakomeye ukimara kwandika no gutangaza igice cya (21) cy’Ubuhanuzi umaze gushyira ahagaragara mu kanya inama ya barwanya Umwakagara Paul Kagame yihise irangira dore ibyavugiwe cyangwa bafatiye umwanzuro mu nama bemeje yuko za magigiri z’Umwakagara Paul Kagame na RPF zigomba kujya bazica aho ziri hose ku isi kandi zizajya zicwa na bantu batazwi kugirango bamuhahamure Umwakagara na bambari be uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Kayumba Nyamwasa na bambari be ba RNC bemeje ko bazajya batanga Umwakagara Paul Kagame gukora igikorwa yimirije gukora mbere yuko agikora, kuko bafite bamwe mu bo bakorana na we basanzwe batanga amakuru bakayaha ibihugu bikomeye kugirango bamenye imikorere na mabanga y’Umwakagara kugirango babashe kuburizamo imigambi ye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri z’Umwakagara Paul Kagame zitanga umubare wa bantu zaciye ibihanga, ariko noneho numva zivuga ngo yewe ubanza natwe akacu kashobotse, kuko abo twarwanyaga nabo batewe ingabo mu bitugu ngo bajye baduhigisha uruhindu ndetse bajye baduca ibihanga nkuko natwe tubaca ibihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri z’Umwakagara Paul Kagame zigiye gukwirwa imishwaro zerekeza mu Nyanja nini cyane (isi) ibabane nini cyane kuko Uwiteka Nyiringabo ahisemo kuburizamo ibikorwa byabo by’ubugizi bwa nabi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi ziciriweho iteka ndetse dore abaguhigaga boherejwe mu butayu bugufiya ntuzongera ku bumva ukundi kuko Uwiteka Imana Nyiringabo abahagurukiye uko niko abivuga!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi z’abega zihora zirata gukiranirwa no guca ibihanga by’ubwoko bwanjye. None nanjye iminsi yo kubaho kwabo nyishyizeho iherezo kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mu ijuru haba inama yikuba gahu yigaga kubibazo bya bakiranutsi n’uburyo umwanzi wabakiranutsi bo muri gakondo akwiye kugenzwa nuko numva umwe mu bizima (4) aravuze ngo; twohereze mwuka wera niwe umenyereye gutekinika abanzi b’Uwiteka Nyiringabo kugirango imigambi yacu ibashe gusohoza.

 Nuko numva bose bikiriza icya rimwe ngo Amen.

Bisobanura ngo bibe bityo! Nuko umwuka wera aravuga ati, nzagenda mbereke ko bafite intwaro zikomeye cyane, kandi yuko abaturage bose ni babona yuko bagiye kwicwa kubera intambara ibageraniye bazahita bemera ku mujya inyuma ariko bizaba atari ukuri, ahubwo abaturage bazaba babonye uburyo bwo kwihungira maze hasigare Umwakagara Paul Kagame na bambari be uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyo gihe umutegeka w’isi azahita ategeka yuko Umwami w’IBUYUDA n’Umwami w’Isamariya bacibwa ibihanga ako kanya bazahita bakurwa ku ngoma kugirango babace ibihanga umugenda uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami w’Isamariya ni we uzabanza gucibwa igihanga hanyuma Umwami w’I YUDA abone gukurikiraho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami w’I YUDA nagira amahirwe azahungira munsi yurugo, ariko nabwo azahigwa afatwe ajyanwe mu nzu y’imbohe aho azamara ubuzima bwe bwose iyo niyo ntangiriro y’intambara ya lll y’isi yose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwami w’Isamariya asigaje iminsi itarenze (180) kugirango ibyahanuwe bibone gusohora umurimo wabyo, hanyuma Umwakagara Paul Kagame we, iminsi asigaje ingana niyo mugiye kurangiza ingana niyo agiye kurangiza nyuma yuko azaba amaze gusohoza ibyo yamahagariwe kuko hari bimwe arimo gusohoza mu gihugu cy’ISAMARIYA na birangiza ubwo ni we uzakurikiraho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dec 31,2015 ijambo ry’Uwiteka ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira umukuru w’igihugu cy’ISAMARIYA Peter Nkurunziza yitegurire urugendo agiye kujyamo kuko n’urugendo rwa kure azarumaramo igihe kirekire kandi namara kugera aho azaba agiye azashima ubushyitsi nta bwo azagaruka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo ko abega-kazi bamaze guhabwa impamba y’utuzi twa Dan Munyuza ngo banyuze iy’ubusamo abatavuga rumwe n’ingoma y’abega bakorera mu mahanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abagabo bashaka kurongora abagore ko bakwiye kwitondera abakobwa bifuza gushaka kuko abenshi bagaragara nk’aho ari beza, ni abega-kazi na bashambo bashyigikiye ingoma ya kega, gashambo, na gasinga, niba utabarirwa mu mazu yabo ukibeshya ukabashakamo bazarimbura ubugingo ubwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko izo za magigiri zihawe za camera ngo zijye zifotora umuntu bashinzwe kugigira kugirango berekane yuko misiyo bahawe bamaze kuyigeramo. Kandi uwo ba batumyeho bamaze kumubona uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu hanurira izo nkozi zikibi uzibwire ngo muravumwe wa muvumo w’Uwiteka Imana uza babaho iteka niteka kuko mwagambaniye bene wanyu mu gihe cya kaga ibyago na makuba kandi batariho urubanza uko niko Uwiteka abivuga.

Muzarya mwe guhanga, muzambara mwe kuberwa, muzanywa mwe gushira inyota, kandi urwango ruzabahoraho kuzageza igihe muzakurwa mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ingoma y’abega ishaka abantu maze ibaha amabwiriza yuko bakwiye kwiyita abapfumu, inshingano zabo ni ukuzajya bagigira umuntu wese uje ku baraguzaho bakazajya bandika amazina yabo ni bibazo byabo maze bakazajya bayatanga murwego rw’ubutasi rwa DMI uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ingoma y’abega bagiye gushaka igice cya (2) cy’abantu bazajya biyita abahanuzi nabo bagiye ku bakwirakwiza amahanga maze bigire impunzi bavuge ko bahunze ingoma y’abega, maze bajye bahanurira abantu ibinyoma bana bakuraho amakuraho amakuru maze bajye ba barindagiza babateshe umutwe kugirango abantu bazinuke insengero uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo bazigira abapfumu nabo bazakwiragizwa mu mahanga, kandi bazaba abantu bo kubabamaza ko ngo ari abapfumu beza bareba bakamenya ibibazo by’umuntu uko bimeze ndetse bakanamuha intsinzi. Abo bandi nabo baziyita abahanuzi nabo bazahwa bagenzi babo bazajya ba bamamaza kugirango babashe kwinjira mu bantu no kubona abantu ba bayoboka maze inzego z’ubutasi bw’u Rwanda bazabashe kubona amakuru yabo kugirango bizajye biborohera kubaca ibihanga maze abantu barusheho gutinya Leta ingoma y’abega bazananirwe kujya bahurira hamwe batazashobora guhuza umugambi wo Kuzarwanya ubutegetsi bwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, abega bagiye indi nama ikomeye cyane babwira abo bantu babo bagiye kwihindura abapfumu na bahanuzi ko bazirinde kwamagana Ubuhanuzi bw’Umuhanuzi Majeshi Leon kuko benshi barabwizera cyane, kandi burafatika ahubwo muzabwongeremo ibindi kugirango murusheho kubavangira uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Tuzajya tuboherereza amashillingi kugirango namwe bigaragare ko Uwiteka mukorera ajya akoresha abantu kuboherereza umugisha nkuko Umuhanuzi Majeshi Leon na we ajya yohererezwa amashillingi bikagaragara yuko ari Umuhanuzi nyakuri uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, bazajya bakoresha ibinyamakuru birimo ikaze.com ni kindi kinyamakuru cyitwa iwacu.com kugirango bamenyekanishe abo bigize abapfumu na bahanuzi kugirango bamenyekane maze barusheho kuyobya abantu benshi kuko bizadufasha kugabanya kumenyekana k’Uhoraho Majeshi Leon uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho maze rirambwira riti, abo bigize abahanuzi na bapfumu, nibamara kumenya abaturwanya aho batuye, abahanuzi bacu bazajya bagenda bajye kubasura bitwaje ko Uwiteka aba batumyeho maze b’abashyiriremo utuzi twa Munyuza uko twagenje gahunda yo muri UN uburyo twishe abahutu bose bakoraga muri UN Nairobi bose bagashirira ku icumu na bandi niko tuzagenza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko abega bakomeza gutegura gahunda zabo ndetse banashima uwigize umuvuga butumwa witwa Esther Marie Murebwayire uburyo akomeje gukora umurimo mwiza yatangiye wo kubwiriza impunzi kandi uwo murimo awukora neza, dore amaze kuzenguruka Uburayi bwose ndetse ajya anabwiriza no kuri radio itahuka ndetse vubaha aherutse muri Africa y’Epfo yahakoze umurimo mwiza cyane dukwiye gukomeza kumushyigikira tukamuha support?

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu komeza utege amatwi maze wumve uko abega balimo kuvuga. Ndakumeza ntega amatwi numva bakomeza kubwira abo bicanyi babo boherejwe kujya guhitana impunzi bakoresheje amarozi maze numva baravuze ngo mukwiye kurwanira igihugu cyanyu ni mutakirwanira bazabasubiza mu buhungiro uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mwikuremo ubwoba kuko nta kundi byagenda kandi baca umugani ngo wanga kumenera igihugu amaraso, imbwa zakayanywera ubusa. None mwe gutinya kuko abaturwanya nabo badatinya namwe ntabwo mukwiye gutinya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ku bwimpamvu zo kulinda ubuzima bw’abanyarwanda musabwa kwitanga mutitangiriye itama kandi muzabihemberwa cyane muhabwe ingororano cyane azabasha gushyira mu bikorwa uyu mugambi byibuze uzahitana abantu byibuze barenze (2) azahembwa bikomeye cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, komeza utege amatwi kugeza kw’iherezo ry’uwo mugambi. Numva ba babwira ngo, kandi mukwiye kwirinda kumenyekana kuko uzapfa amenyekanye azakorerwa ibyo yaratumwe kujya gukorera abaturwanya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu bwira abanyamurenge uti, muravumwe wa muvumo Uwiteka ya bavuzeho, kuko mwananiwe kugendera mu bwiza bw’Uwiteka ahubwo mukagendera mubushake bw’umwana w’umuntu. Dore mwanze kwihana kandi mwaraburiwe igihe kibaye kirekire ariko mwaranze niyompamvu aho muzajya hose mutazahirwa kuko ukuboko k’Uwiteka kubaramburiweho kandi ku kazabaremerera cyane kuko mwanze kumva iyo ivuga yo mu ijuru uko niko Uwiteka ategetse!

Abakobwa banyu bazakura babure urushako, abazashaka bazabura urubyaro, abazabona urubyaro bazabura amahoro mu mago yabo (mbese nta amahwemo) uko niko Uwiteka abivuga.

Kuko mwamanitse amajosi mwanga kumvira ibyo Uwiteka yabasabye gukora kandi s’uko mutabizi ahubwo mwarabyirengagije, ahubwo muhora muririmba amasezerano nahaye basokuruza banyu igihe cyabo cyararangiye kandi na babwiye ko urubyaro rwabo ni runyubaha nk’uko bo banyubashye ko nabo nzabaha umugisha mu isi yabazima.

Ariko mwaranze mugendera mu nzira za Balaam mwene Bewori wemeye kurya intonorano ngo avume ubwoko bwanjye. Nyamara se ni njoro sinari na mu bujije ko atagenda kuvuma ubwoko bwanjye? Uko niko Uwiteka abaza!

None namwe niko mwabaye mwananiwe gushaka mu maso h’Uwiteka, ahubwo musigaye Mwirirwa muyoborwa na banyenzozi ziba dayimoni bavuga ngo navuze kandi ntavuze! Niyompamvu mugiye guhura na kaga mu bihugu byose ku isi mwahungiyemo nzabateza inyatsi nta kintu muzatunga mu bubiko bwanyu nza babuza amahoro kuzageza igihe muzabona yuko mwacumuye k’Uwiteka mukihana mutakwihana nka barimbura kuko kubaho kwanyu nta cyo kuzaba kumaze uko nuko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igikuta cyari cyarananiranye Uwiteka agikuyeho uko niko Uwiteka avuga.

Abanyarwanda ndabaruhuye mbakuriyeho igihu cy’urukuta rw ’ibibazo bari bamaranye imyaka birarangiye uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa mbona ko hagiye gukurwaho ikintu kiremeye cyane kimeze nk ’ubwato bunini cyane mbona ubwo bwato bugeze aho bugongana n’ibuye rikomeye ry ‘Urutare riri mu Nyanja mbona ubwo bwato barabutangatanga kugirango butambuka mbona buri hafi kugera ku nkombe mbona abazungu barabutangatanze ba bubuza kwambuka buhita bogonga rya buye buhita burasaduka abantu barimo bose bararimbuka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona izina ry’ubwo bwato ngo bwitwa BUSHOMA buri mu Nyanja mbona ubwo bwato burimo abantu benshi berekeza hakurya yiyo Nyanja ubwo bwato bwari bwuzuye abantu benshi cyane ariko ntabwo bwigeze bugera ku nkombe y’inyanja mbona buheze hagati mu mazi bugonze urutare ruri mu mazi y’inyanja abantu bose bararimbuka uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, Umwakagara Paul Kagame azakurwa na bazungu bo mu Bwongereza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

 

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Skip to toolbar