Igice cya (25) cy’ubuhanuzi

01 FEB,2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ku ngoma y’ubwami bw’uRwanda,ubucuruzi bw’ibikomoka kubihingwa bibyara petroli bizacuruzwa hagati y’uRwanda na USA nyuma y’ubwami bw’uRwanda gusubira ku ngoma muri Gakondo ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Bwarasohoye!!!
Ijambo ry’Uwiteka rongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihugu cy’IBABYLON kigiye guhura nakaga gakomeye cyane kubera gukunda bituga ukwaha (Ruswa) dore abantu benshi bagiye gufungwa kubera ko bakomeje kwirundanirizaho butunzi dore bamaze kwangiza igihugu kuburyo bukabije bageze naho bagurisha igihugu uko niko Uwteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rigarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni babaterekererano bari bakoherereje ngo bakugire ikimuga banaguteze nakaga gakomeye cyane maze unanirwe gukomeza umurimo w’Uhoraho dore bose Uwiteka abatsembyeho kubera kumwumvira ukaba wakoze amasengesho yagutegetse uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,mwana w’umuntu,dore umwanzi aragushakisha cyane hasi no hejuru,akomeje ku kugenza wagirango waramwiciye nyamara ugenze kwa kundi ujya ugenza kugirango usimbuke imitego ye kuko ibyahanuwe bigeze mu marembo y’intebe yabukunzi kuko iby’Uwiteka yavuze mbese gusohora ntibizasohora?Uko niko Uwiteka abaza.
Nongera kwerekwa ibitabonwa na maso ya bana b’abantu,mbona ukwezi kuje hejuru yanjye aho nari nibereye ku icumbi nacumbikiwemo n’Uwiteka Imana yabakiranutsi.Urumuri mbona rubaye rwinshi cyane maze mbona haje igiti kirekire gikirinje ho gato maze nanjye nditegereza mbona urumuri rucanye cyane rumeze nk’izuba.
Maze ijambo ry’Uhoraho ryongera kumbwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka yaguhamagariye kuba Umuhanuzi wa mahanga uko niko biri none,dore urumuri rw’Uhoraho ruzakumurikira kuzageza igihe cyose cyategetswe n’Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi,aho ubwoko bw’Uhoraho buzamenyera yuko Uwiteka ariwe Mana yawe uko niko avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,mwana w’umuntu,tegura neza gahunda y’umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe kuko Uwiteka agiye kwikorera gahunda ze kugirango akwerke gukiranuka kwe nk’uko yabikubwiye uko niko Uwiteka avuga dore igiti waracyuriye ariko uzakimanuke neza witonze kuko gifite uduhwa dutoya twagushinga mukirenge ugakomereka kandi ntukuremo izo nkweto zawe ahubwo ukwete izo nkwete zawe kugirango umwanzi atamenya gahunda y’Uwiteka uko niko Uwiteka avuga.
02 FEB,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ikibi zabagambanyi nabarozi zintegeye mu nzira mazi ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bagutegeye mu nzira wiharuriye dore bagiye gukoresha urugi ariko bagambiriye kuhatgutgeera suko ari urugi bashaka gukoresha ahubwo ngo ni uko werekwa bakaba bashaka ngo niwerekwa ubone ko bagiye gukoresha urugi batagiye kugutega uko niko Uwiteka avuga.None urira agahene wigendere basigare barindagirira kumashanyarazi uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa ko abanyarwanda mu gihe cy’ingoma y’Umwami Kigeli V Ndahindurwa bazakora ubucurizi bw’ibiribwa hagati yabo nabanyamaerica cyangwa hazabaho ubuhahirane,abanyabwenge buriya batangira gutegura umushinga wibyo kurya hakuri kare,nabonaga bacuruza imbuto,amateke,imyumbati nibindi bicuruzwa bkomoka kubihingwa bicuruzwa kandi abantu babyungukagamo cyane maze ndabwirwa ngo,ubwoko bw’Uhoraho nubumara kugera muri gakondo yabakiranutsi Uwiteka azabaha umugisha yaba uzahinga cyangwa uzacuruza cyangwa se abanyapolitike bose bazagubwa neza kubera ko ari ko Uhoraho yabasezeranije uko niko Uwiteka ategetse.
Nuko mbona ko inkozi z’ibibi zabarozi zongeye kumpagurukira ngo kubera ko umugisha uvuye muri bo ukaba usubiye mu banyagakondorero,mbona bohereje igiceri cyifaranga (Ubukene)maze ndasenga ncyaha uwo mwuka wabadayimoni uhita upfa ako kanya maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka wabadayimoni urarangiye waruje kugutera ubukene uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa ibintu bikomeye cyane kandi bigoye kumenya,mbona umudamu w’umu pastor cyangwa umushumba nsanzwe nzi,mbona alimo kubwiriza uruhanga rwe rufatanye nuruhanga rw’umutware we (Ibimane) nuko ntangazwa n’ukuntu alimo abwiriza afite ibihanga (2) kumutwe kandi arumugorre hanyuma kandi abakiristu ugasanga batabibona ko afite ibihanga bibiri.
Nuko ndamwegera njya kumubaza ipamvu yabyo nuko agira ubwoba ko ndibwerekwe ibyabo ahita anyereka umutware we waruhagaze ahangaho ndumirwa mbabaza amashira kinyoma buryo ki bashobora kwihinduranya bakabeshya abantu b’Imana hakabwiriza umugore mu ishusho y’umugabo.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ngayo nguko nashakaga kukwereka uburiganya bwateye muri iyi minsi aho abantu bigira ibyo batari byo.None andika ushyire ahagaragara ubwo buriganya uburire ababukora ubabwire yuko umwana w’intama ari bugufi kandi ko niba batihannye bagiye gucirwaho iteka cyane ko uyu mwaka dossier zose ziri imbere y’Uhoraho zizacibwa abatsinzwe nurubanza bagahanwa abatsinzi bakagarrerwa uko niko Uwiteka avuga.
Muvandimwe rero nanjye mfite icyo numva nakubwira ku munsi w’intwari,mbere mbere Umwami Imana ahambwe icyubahiro kimukwiye kuko ariwe ntwari.
Namwe muti AMEN. Nejejwe n’ubutwari bwabubaha Umwami Imana kuko ahananiye intwari we abagira intwarane akababera maso kuko ariwe nyenyeri yaka izindi zizimye, akatwugamisha byakomeye agafata ingabo nini n,’into buri yose akamenya aho ayikoresha mu gihe cyayo. Natekereje kukuba intwari kwe birandenga, ariko nibuka ko uhari tujya tugusengera agatabara natwe ntatureke nibuka ko Imenya imitima ariyo izi intwari, none unyumve:
Igiti ntikiba cyiza kubera izina gifite ahubwo kigirwa cyiza n’imbuto cyera, iyo ntawe zisharirira ubwo nibwo butwari kandi tegura abantu hari abasubijwe bagomba gutaha, hari abagomba gusubizwa nyuma y’amaboko bigishe kugenda mu bisubizo, hagarika irimbuka ry’abanyiginya kuko umwanzi ashaka kubatsembaho burundu, yoooooo!!!!!!!
Tabaza nyir’ubwite azasanga hasigaye ingerere wese!!!!!!!! Urira umusozi nugera mu gasongero kawo ukome induru maze UWITEKA atangire urugamba kuko ijuru ryamaze kwanzura amaboko ya malaika amanuke kuko umurinzi wamasezerano ari kuri taget kdi UWITEKA yamaze gusinya no gutera kashi impuruza ku irangiza rubanza igisigaye kurikira umukino.
UWITEKA ATABARE UBUGINGO BWA BENSHI AMEN
03 FEB,2016 Jyewe umuhanuzi w’Uwiteka Imana yabakiranutsi,nkaba n’intumwa y’Umwami wacu Yesu Kristo Majeshi Leon,nanjyanywe mu iyerekwa namazemo umwanya muremure cyane, kuburyo budasanzwe!Aho narebaga abazimu nabadayimoni bari bakoraniye mu nama ikuzimu ubwo bari mu nama bashaka igihugu bahungiramo kuko agace ko mu biyaga bigari aho abadayimoni bakoreraga kari kamaze kwangirika kishwe nimbaraga zamasengesho ya bera.
Ndashima Uwiteka Imana ko mbere yo kungira igisonga cy’umurimo nahagariwe yabanje kunca IMANZI mu kiganza ubwo nari mu gihugu cya Uganda ndetse abyubahirisha ijambo rye ryo muri Isaya 49:16,yabonye yuko ibyo bidahagije ajya kuntunganiriza mu butayu bw’IBABYLON aho Uwiteka yansabye ko nkwiye gukebwa ku cyo nambariyeho kugirango yuzuze isezerano rye yaramfitemo umugambi mwiza wo guhindurwa igisonga cy’ubwami bw’Uhoraho.
Ibyo nabikoze mu mwaka wa 2013 nyuma yo kumvira Uwiteka Imana ankuraho anjyana mu butayu bukomeye cyane bwarimo urupfu.Muri ubwo butayu nahaherewe umudari za ZAHABU nyuma y’igihe gito mpabwa umudari za DIAMOND nk’uko nagiye mbibagezaho mu igice 1-3 cy’ubuhanuzi ndetse nibwira yuko igice cya (4) ni cya (5) naho ushobora kuhabisanga.
Bwanyuma mu kwezi kwa mutarama 2016 mu gice cya (24) cy’ubuhanuzi kijya kurangira nibwo nambitse impeta y’IFEZA cyangwa Silver zari impeta (3) zisobanura imihamagaro (3) cyangwa alliance bijyanye n’umurimo untegereje mu munsi iri mbere mpamagarirwa gukora kugirango ibyahanuwe bibone gusohora.
Uyu munsi rero nibwo nahawe uburyo bundi bushya bwo gutahura amabanga y’Ikuzimu y’ibiri kubera mukarere kibiyaga bigari,nerekwa kandi mbona ko abadayimoni batagifite umwanya mukarer kibiyaga bigari.Rwanda,Uganda,Burundi,DRCongo mbona hamanutse imbaraga zamasengesho yabakiranutsi yirukana imbaraga zose zabadayimoni ziherereye aho hose mvuze.Mbona hahindutse ubutayu mbona abo bazimu bose bariyegeranije bahungira mu gihugu cya Tanzania ako bagiye guhabwa imbaraga zo kwiba no gusahura imigisha yabakiranutsi.
Iyerekwa rya mbere rwose ryo narivuyemo nibwira yuko nibereye muri filme kuko byasaga na filme ndikureba ku buryo nta gutekereza impamvu yiryo yerekwa kuko numvaga nshimishijwe kongera kwirebera ibyo bintu ariko kandi nibitotsi byamvangiraga nkibwira yuko ari bintu birimo kuba LIVE.
Nsubizwa mu iyerekwa inshuro (3) kuzageza igihe menyeye ibirimo gukorerwa mu isi y’umwuka abantu abantu benshi batajya bamenya ibiri kuhabera cyeretse iyo Umwami wa bakiranutsi abitegetse ko bahabwa ayo mahirwe yo ku bimenyeshwa nibwo abana bab’abantu bashobora kumenya ibikorerwa mu isi yabazima.
Nuko iyo nama irangiye mpabwa kongera kubona imyanzuro(Assembles Minutes of general meeting) AGM muriyo nama hemejwe yuko abadayimoni bose bahungira mu gihugu cya Tanzania kuko niho hagiye gusigara harumutekano (Safe Place) nuko mbona abadayimoni bo mu rwagasabo Uburundi nahandi hose navuze bahise bahahungira bajya mukarere kitwa KARAGWE aho impunzi zabanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi bari batuye hanyuma yo guhunguka hahinduka amatongo ubwo aho niho bahise bigira bajya gutegereza yuko igihe cyategetswe cy’Ubuhanuzi kigera cyamara kunyuraho cyangwa gusohora bakabona kugaruka.
Ariko kandi nubwo bari bameze gutyo,bari bafite ubushobozi bwo kuburizamo imigisha y’Abakiranutsi Uwiteka amanuye.Mbona ko abo badayimoni bashobora gutwara iyo migisha bakayimarana imyaka (35) ibyo nabyo mbona biranzwe haruguru yahoo haberaga ubucamanza bwa badayimoni babonye yuko iyo myaka inaniranye bahise bohereza umudayimoni wo mu bwoko bw’Abasazi umudayimoni wangiza buri kintu cyose.
Haruguru yaho haberaga ubwo bucamanza bwabo hari ibigori byarumbye (ibigeragezo byabuze inzira) Hepfo yahoo hari umusaruro wibishyimbo byiza cyane ari nabyo abo badayimoni ashakaga kuburizamo.Mbona uwo mudayimoni ko ukajije umurego maze nerekwa ko ugiye kurwanya abanyantegenke bari bamaze iminsi basenga bagiye guhabwa amasezerano mbona arabateye arabarwanya ndetse bamwe yabamenagaho amavuta ya essence kugirango hanyuma aze kubakirizaho umuriro bashire burundu.
Nuko muri rwa rukiko numva ngo bahawe kumaranaho ya migisha ya bakiranutsi imyaka (17);aho niho naje kugira igitekerezo cyo gutabara ubwoko bw’Uhoraho kuko jyewe uwo mudayimoni yazaga yangeraho ngahita nigurukira nkigira mukirere akananirwa ku nkurikira ubundi ngasigara nirebera filme y’uburyo arimo kujujubya ubwoko bw’Uwiteka.Ubwo hagati aho nogeraga nkibagirwa ko ndi mwiyerekwa ahubwo nkibwira yuko ari ibintu birimo kuba LIVE.
Noneho nibaza impamvu abantu bataguruka nk’uko jyewe nagurukaga nkigira mukirere bikanyobera,nuko ndabwirwa ngo nta bwo umuntu ashobora kuguruka atarigishijwe kuguruka uwa mbwiraga arambwira ngo,umuntu afata umugozi akawuzirika amaguru yombi,hanyuma akaryama agarame murutoki (Mu murimo w’Imana) hanyuma umurozi yaza agahita abyuka akisimbutsa ako kanya ahita aguruka (Umugozi+Ubumwe cyangwa gukorera hamwe cyangwa gushyira hamwe)
Uwambwiraga ibyo aramanura tugera muri bwa butayu bugufiya bwari bumaze gushisha bumeze neza mbona abadayimoni ba moko yose bahungiye muri ubwo butayu bwa Tanzania,maze mu gihe twarimo tugenda anyereka ubwo butayu ukuntu bushishe,naho butangirire naho burangirira ndetse nabonaga bugera hafi y’inyanja yairi haruguru yubwo butayu
Twumva kuruhande ahantu hari hubatse inzu y’Umulinzi mukuru w’Ibyasezeranijwe abantu bavugiye muri ya nzu ngo,kanaka ameze nabi cyane kubera uburwayi ngo kandi nta miti yafashe ahubwo hari umuntu wamufashaga gusenga yamusengera agahita akira yarekereho akongera akarwara ngo none se biragenda gute ko usenga arangiza undi agahita yongera kuremba?
Nuko wa mugabo twari kumwe arambwira ati,wabyumvise genda wigishe abantu gukorera hanwe kuko abanyamasengesho bakoreye hamwe bagira imbaraga nyinshi kandi ikibi cyose kibazaho babasha kugitsinda .
Nuko ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore naguhagariye gufasha ubwoko bwanjye bumaze imyaka myinshi muujiji umwanzi yababujije amahwemo ndetse abambura ubwenge kugirango batamenya ibibakorerwa byuka vuba na bwangu utangire wandike dore baragutegereje kureba icyo wavuganye n’Uwiteka Imana.
Ubwo ndibambura ngo nkandagire hasi numva kwa kuguru bongeye kugushyiramo bya bintu byabo,ndahanyanyaza negera mudasobw ayanjye naguriwe na za maneko ndatangira nandika ubu butumwa mbagejejeho uyu munsi.Bene data bakundwa mu ntize amatwi yanyu dore Uwiteka aravuze ngo twubake umugozi w’umurunga dukorere hamwe kugirango tugire imbaraga kuko Uwiteka amanuye umugisha kandi abadayimoni bakaba bashaka kuwutwara ngo bawumarane imyaka (17) ubwo se urumva mu myaka (17) uzaba ukiriho niba uzaba ukiriho urumva uwo mugisha nuza uzakumarira iki?
Nuko rero umuntu wese wicyeka wumva akeneye umugisha w’Uhoraho (amahoro,ubugwaneza,ubwenge,ubuhanga,ubumenyi,ubutunzi buturutse k’Uwiteka etc…. ) reka uhereye kumunsi wejo dusubire mu masengesho kuzageza ku wa (6) aya masengesho azaba aya masaha (12) uhereye mu gitondo (6) kugeza nimugoroba(6) nta kunywa nta mafunguro ndabizi aya ngaya yo aroroshye kandi uribunanirwe aya masengesho nakazi ke ubwo urubanza ruzamubeho we nurubyaro rwe.
Izi nkozi zikibi zibundikiriye kureba uko zakwigarurira umugisha Uwiteka yasezeraye abamukunda nidukorera hamwe tugafatana umurunga wurukundo ntakabuza yuko tutazabura kunesha uwo niwo mu maro wo guhishurirwa no kwekrekwa kuko bigirira umumaro abakiranutsi benshi kandi bikaba batera kunesha uko niko Uwiteka avuga.
Nkiri mur’iryo yerekwa nerekwa kandi abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi bavuye Uganda kari agace gatoya mbona kagiye imbere y’Uhoraho ako gace gato kabo bene data karimo nabasirikare bacye cyane bakijijwe kandi bakunda Imana bihebuje mbona bagiye kwihisha mu murimo wa data maze bahamagara iyo mu ijuru basaba gutabarwa kubigiye bkubera muri gakondo yabakiranutsi.
Ndabwirwa ngo mwana w’umuntu abo ubona barakijijwe kandi bakunda Uwiteka Imana,kuko bagize kwizera bakaba batiringiye intwaro zikomeye z’ubutegetsi bwabo,bakaba bikuye mu gatsiko kabacanyi,ntakabuza Uwiteka ntazabura kubatabara kuko nubwo bagenje ukundi ariko baracyari ubwoko bwanjye kandi igihe cyose bazangarukira niteguye kubakira nk’ubwoko bwanjye uko niko Uhoraho avuga.
Nuko numva ndanezerewe kubona harabantu bashobora kwirengagiza imbaraga z’ubutegetsi bwabo ahubwo bakihitiramo Uwiteka Imana Nyaringabo.
Numva nanjye ko ngiye kubasengera mbanezererewe kuko bagaragaje kwizera uwiteka Imana yabakiranutsi.Nanjye ndasenga nti:Nuko rero Uwiteka Imana ushimwe kandi uhabwe icyubahiro kuko ubwoko bwawe budashiraho kuko harabo wibikiye batarapfukamira umwakagara ndetse bakaba batanemera ibikorwa bye ndetse nimikorere ye kuko bamenye yuko wowe witwa Uwiteka Imana yabakiranutsi nuko rero wumve gusenga kwabo kandi ugushaka kwawe kubagirirweho mu izina rya data umwana na mwuka wera Amen.
04 FEB,2016 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambaza riti,mwana w’umuntu,o mbonye ugize ubwoba,ubonye iki?Ndasubiza nti,mbonye ibitabonwa na maso ya bana bab’abantu,kandi mbabajwe n’ubwoko bw’Uhoraho bwanze kumva imiburo y’Uhoraho ngo bukize ubugingo bwabo.
Akomeza kumbaza ati,nsobanurira umbwire iby’ubonye nanjye mbashe kumenya no gusobnukirwa!Yewe si byo kuvuga bibaye bishoboka,kuko biteye agahinda! Mbonye ubwoko bw’Uhoraho bunyagirwa n’imvura itar’imvura ya mahindu, ahubwo yar’imvura isanzwe. Ariko hasi aho bari bahagaze hose, hari huzuye twa dukoko two muri toilet cyangwa umusarani bita (INYO) zari ziteguye kurya abamaze kunyagirwa niyomvura.
Cyane ariko abanyagiwe niyomvura bari abo mu bwoko bw’Abatutsi biringiye umwakagara maze mu gihe ya mvura itarahita mbona hamanutse iyindi mvura yitwa INDEGE n’utudege izifite amabara y’umweru,ikijuju,umukara nandi mabara umuntu atabasha kumenya amabara yayo.Bisobanura imfu zigiye kuba muri gakondo zizahitana bantu mu buryo butandukanye!!!
Zamanuye icyitwa za bombe abantu bari hasi Babura aho berekera ndakubwiz’ukuri yuko ibyo mbonye nta bwo ndigera mbibona mu mibereho yanjye.Nuko mbona ikiguri cy’abasirikare barimoibice (2) igice cy’Abahutu bashakaga gufata ubutegetsi,mbona nikindi gice cy’Abatutsi bashaka gusimbura bene wabo ku butegetsi.
Mbona baritandukanije abasirikare bab’Abahutu babarizwa muri RDF mbona barijonjoye batoroka igisirikare cya RDF berekeza mu gisirikare cyabo(Abahutu)maze mbona bagiye kumusozi umwe bitegera abatutsi,mbona abatutsi bagumye mu gikombe cyo hasi maze za ndege zari zarashe ya mabomu zirongera ziramanuka zikurasira Abahutu n’abatutsi bashakaga gufata intebe ya bukunzi maze mbona bose bakwiye imishwaro yeweeeeeeeeeeeee!!!!!!!!!!!!!!! byari biteye ubwoba pe!
Hanyuma se ko wa bonye abarwanya ubutegetsi,hanyuma abari ku butegetsi bo bari hehe ko numva abarashwe arabarwanya ubutegetsi gusa?Nabwiwe yuko abari ku butegetsi nababonye bahagaze ahantu huzuye INYO ndetse bageze aho bicwa ni NYOTA buri muntu akazajya anywa INKARI ze.
Yegoko Imana wandemye ngo ngwiki? Eyeee uko niko nabibonye bimeze gutega amatwi se nta washakaga ko mubarira inkuru zibyo neretswe?Ubwo mbona abagore nabagabo bakora umurimo w’uburaya mbona imvura ibanyagiriye munzu aho barimo gukorera uburaya yewe byari ibicika mbona nanjye ndi muri yo nzu kugirango mbashe kwitegereza neza ibihakorerwa ariko icyantagaje sinanyagirwa hamwe nabo.
Umva mbese!Ubwo se wanyagirwa gute kandi wajyanywe kwerekwa? ngaho nyibwirira uko byari byifashe,ubwo byatangiriye hanze mbona twakiriwe na bagore bafite mubikari hatubutse mbona hameze nk’aho wa kwicaraho kandi ntubimubuze gutambuka nuko yaje kutwakira arumwe tugeze mu nzu mbona tuhasanze benshi bari bategereje ngo “abakiliya”niko babyita
Hanyuma ? ubwo hanyuma nyine tumaze kugera mur’iyo nzu yabo mbona batangiye kutwakiriza amafunguro ariko ayo mafunguro numva mbwirwa ngo nitumara gufungura ngo turahita tuyishyura!Ubwo jyewe nta cyo nafashe kuko nahise ntinya mbona abo bagore bashobora no kutwica
Ubwo igihe abafungura bamaze gufungura,mbona batangiye kwikuramo imyenda bambaye kugirango batwereke ingingo zabo nziza uko ziteye ku mubiri uburyo Uwiteka yabaremye neza akaba ariyo mpamvu bahisemo kwigira ibyiza byidukikije bitatse gakondo yabakiranutsi.
Hanyuma se wabonye bimeze gute?Ariko se wowe kufite amashyushyu cyane kandi ndimo nkubwira ubwire Imana nawe iguhe iyerekwa ryawe ndumva udashaka kumva kandi urimo kunyihutisha cyane watega amatwi ukumva kandi ukitonda ntuzi yuko gusobanura iyerekwa bigora cyane bene iryo ririmo ibintu nbijyanye nurupfu!
Ngaho basi sinongera nteze amatwi,erega ibintu weretswe ndumva biteye ubwoba niyompamvu mfite ubwoba namatsiko.Nuko ubwo mbona bakuyemo ikanzu bambaye mbona bakurikijeho nutundi twenda nta bwo njya menya amazin yatwo,mbona hasigaye twa tundi bita “STRING”njya ntubona kuri TV cyangwa kuri NET
Ubwo mu gihe barangije kwiyereka hamanutse imvura iragwa kugeza aho ngaho mu nzu twari ntwicaye,yabanyagiye hanyuma jye nkabona banyagirwa ariko jyewe sinanyagirwa imvura yaguye kugeza ubwo abantu bananirwa gusohoka urumva ko yabanyagiye bamaze kwiyambura uko yabanyagiraga ninako bagendaga bananuka gahiro gahiro mbona bose bashizeho.
Nerekwa abakuru ba RDF babeshya ko harabasirikare bari mu kazi maze bakazajya bahabwa amafaranga yabo basirikare kandi baravuye kurugerero bazajya bahemba amazina gusa yabapfuye nabatavuye mu gisirikare babitirira ko bari mukazi maze numva mbwirwa ngo birarangiye ubujura babukoze igihe kinini none bushyizweho ishyerezo uko niko Uhoraho avuga.
04 FEB,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitabonwa ba bantu basanwe,mbona abantu bagenda biganirira bazamuka PEAGE umwe agenda abaza amakuru y’Iburundi uko ibintu byagenze mu nama yari yabereye ADDIS ABEBA mur Ethiopia.Maze numva undi amusubiza ko amaziro abarundi bari bafite ko bagiye gutabwarwa ya yoyotse byarangiye.
Bakimara kuganira ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,uwitwa NKURUNZIZA ibye birarangiye akuwe ku butegetsi vuba cyane kandi bikozwe n’umwakagara niwe ukoreshejwe kumura ku ngoma uko niko Uwiteka ategetse.
Nerekwa urwobo runini cyane nka rwa rundi bajyaga bajugunyamo abatutsi muri jenocide 1994,cyangwa abahutu abo fpr yabaga yishe ikananirwa kubahamba ikabashyira mu rwobo runini cyane mbona niko narwo rungana.Ndabwirwa ngo,dore umwakagara yagucuriye imva yo kuguhambamo ariko iriya mva niwe uzagutanga kuyijyamo uko byagendekeye Bishop.
Batange Aaron muri Uganda,uko byagendekeye umunyamakuru ,mugenzi wawe Ingabire Charles wakugambaniye hanyuma akagutangamo ninanko bigiye kugendekera umwakagara azagutanga muri iyo mva yacukuye kuko nakubwiye yuko abanzi bawe bazaba abanzi banjye,inshuti zawe zizaba izanjye kuko nitwa Uwiteka ushobora byose dore ihanga rizakurwanya nzaririmbura uko niko Uwiteka yavuze!
05 FEB,2016 nerekwa ahitwa ku ‹GISENYI› ko hafashwe na ‹FDLR› bahamarana igihe kitari gitoya ari bo bahakontrola maze mbona umwakagara akoresheje inama ya gisirikare abaza abasirikare uko byagenda maze mbona babuze igisubizo bafata umwanzuro wo kuharimbura.
Mbona akoresheje intwaro za kilimbuzi Gisenyi yose arayitwika arayirimbura arayicurika maze mbona FDLR basubiye inyuma muri Congo abatuye I Gisenyi bose batahunze bahise barimburwa nibyo bitwaro bya kilimbuzi hahinduka ubutayu bwegereye inyanja yitwa KIVU uko niko bizagenda kuko ar’Uwiteka ubivuze.
Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara azarasa intara ya gisenyi ubwo hazaba hamaze gufatwa na FDLR kandi ikintu cyose gihumeka kizahita kirimbuka none burira abatuye iyo ntara bashake ubuhungiro kugirango batazarimburwa n’umwakagara dore si bya kera ahubwo ni bya vuba kandi biraje byihuta uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirakomeza rirambwira riti mwana w’umuntu,sengera abakiranutsi bafite amadeni kuko harabagiye gutaha bazarimbuka kubera amadeni kuko ijuru ari irya bera kuko nta cyintu na gito cyanduye kizinjira mu ijuru kuko ar’irya bera uko niko Uwiteka avuga.
Nuko ndibambura mfata akanya ndasenga nti:Uwiteka Mana y’Abraham,Issac,Yakobo na Majeshi Leon.Uyu munsi umugaragu wawe ndakwingize ngo wumve gusenga kwanjye kandi kuguhindukirire nk’umubavu uhumura neza ongera ukingure imiryaango yakinzwe nabadayimoni kugirango bene data bahabwe umugisha maze ubwo bazaba bahamagawe nabo bazabashe kwitaba.
Fungura imiryango y’Iburasira zuba,n’Iburengerazuba,Ikusi n’Ikasikazi kugirango umwanzi atazabishima hejuru kandi abazakurwa mu mubiri ubahamagaye bazabashe gutsinda urubanza cyane yuko uyu mwaka wa 2016 ar’umwaka w’ubutabera bw’Uhoraho nuko rero niba nkugiriyeho umugisha reka nzumve ko bene data basigaye muri gakondo yabairanutsi wabaguriye neza nanjye nzashima izina ryawe Amen.
Ijambo ry’Uhoraho riragaruka rirambwira riti,dore abagore nibo benshi bafashe amadeni none sengera abagore by’umwihariko kuko bananiwe kwizera bananirwa kwihangana ndetse bituma no kwizera kwabagabo babo kunamuka bemera gufata amadeni ndetse bemera gukora ibidakwiriye kubera abafasha babo ngo babanezzeze uko niko Uwiteka avuga.
Uwiteka Imana girira neza abagore bateza abagabo babo kunamuka bakava mu byizerwa kubera gushaka iby’igihe gito,ubagirire neza ubahe umutima wo kwihana ndetse ubakingurire imiryango babashe kwishyura imyenda bafitiye bagenzi babo ahubwo ubahe kugira umwenda w’urukundo gusa kugirango bazinjire muri gakondo yo mu ijuru uko niko umuhanuzi asengeye abakiranutsi.
Ijambo ry’Uwiteka riragaruka riti,mwana w’umunge shima Uwiteka wabakuye murusengero rwa Eglise VIVANTE isengera mu kanogo kuko abasore bose bayivuyemo bafite ubugingo,ariko abayisigayemo baciriweho iteka niko Uhoraho avuga.Uwiteka Mana ndagushima yuko wadukuye muri Eglise VIVANTE kuko tuba twaraciriweho iteka.Ushimwe ku mirimo myiza wakoze waduhaye guhumuka ukadukura muri urwo rusengero rwabadayimoni nuko ufashe abakirimo bahumye ubereke inzira kuko ari wowe wenyine Uwiteka ubasha gukiza abantu bibe nk’uko ushaka ntibibe nk’uko twebwe dushaka mu izina rya Data,Mwana,na Mwuka wera.
Mbona Malaika araje ampa imfunguzo (2);maze arambwira ati,uhawe imfunguzo(ubushobozi) bwo gufungura ababoshye bafungiwe mu isi y’umwijima kandi ibyawe byose byari bifunze Uwiteka arabibohoye nuko ndasenga mbwira Uwiteka nti,data niba uikunze ubohore ubwoko bwawe bwaboshwe n’inkozi zibibi kuko ari wowe wenyine witwa Uwiteka ushobora byose ugirire neza imbohe kugirango bimenyekane yuko ukiranuka muri byose maze nabo bazashime izina ryawe ryiza uko niko umuhanuzi asengeye ababoshwe kugirango babohoke.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari abagore bibikura nkota biyemeje kujya bafata imyenda barangiza bakanga kwishyura nyamara ababagurije babikoze babikunze none sengera ibyo bikura nkota Uwiteka abirememo umutima w’inyama kuko bifite uwibuye maze bibashe kwishyura abo byanze kwishyura kuko ababa gurije bamerewe nabi nubukene uko niko Uwiteka avuga.
Nuko nerekwa nabanyamadini nabo bafitiye amadeni za Bank bananiwe kwishyura maze ndabwirwa ngo,abo banamadini nubwo bakwanga kandi bakaba bakurwanya wowe basengere Uwiteka abacire inzira bishyure amadeni yabo kuko hagiye kubaho isarurwa bityo bazassarurwe bejejwe kuko btazashoboka yuko binjira mu ijuru batejejwe kuko imvura igiye kugwa kandi izabanyagira bazihana nyamara icyo gihe nta buryo buhari bwo kwishyura imyenda bafitiye bagenzi babo bazaba bafite uko niko Uwiteka Imana yaremye ijuru n’Isi ababuriye.
06 FEB,2016 ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wa mukiranutsi-Kazi utuye kumugabane w’Uburayi (France) araremerewe kuko wa mwana w’umuhungu yamubereye inshobera mahanga,ariko dore ngiye gukora icyintu gishya ubwo nzakura Umuhanuzi ku nkenegero z’ubutayu,nzamuha kubana nawe maze mukoreshe ibikomeye dore uwo mwana nzamukuramo umutima w’inyama wo kutumva yashyizwemo nabadayimoni kuko iryo shuri baryize ubutarirangiza ariko noneho nzagutuma ubashyire certificate yo kuri rirangiza kuko bishyize cyera numva kurira kwabo uko niko Uwiteka avuga.
Dore barariganijwe bambuwe umugisha nyamara abawubambuye ngiye kubategeka bawugarure kandi ibyo uzabirebesha amaso yawe kuko nd’Uwiteka ngirira neza uwo nshatse ngakunda unkunda kandi abanyanga bazaba kure yanjye ndetse bazaba kure y’ubwoko bwanjye uko niko Uhoraho avuga.
Nuko mu gihe twari tukiri muri iryo yerekwa mbona za nkozi z’ibibi zihagaze ahirengeye zitegereje kwamburwa imbaraga zikoresha muguhumanya ubwoko bw’uhoraho mbona umuhanuzi mukuru aturutse mugikombe cy’Abakiranutsi maze aragenda yambura za nkozi zibibi umugisha zari zarambuye uwo mukiranutsi-kazi ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,biraje nta bwo bishyize cyera ahubwo nibyavuba uko niko Uwiteka ategetse.
Nongera kwerekwa General Nziza jack ategura abasirikare ba KDF kugirango barase umuhanuzi Majeshi Leon,mbona bahagaze babundikiriye ko asohoka mu icumbi rye,maze mbona abasirikare (3) ba Kenya Defense Force.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Nziza nyuma yo kugusaba kuvugana na JEZEBEL ukanga ateguye kuguhitana bakaguca igihanga ariko ariyimbire kuko arimo gushinga umuhunda kukirenge nyamara zagutanga kwinjira mur’urwo rwobo yagucukuriye dore ngiye kumukorera igishya kugirango azamenye ko yatutse umugaragu wanjye jyewe Uwiteka Imana ihoraho ibihe byose.
Fata ibyo bitutsi ubihyire kukarubanda kugirango buri wese abisome maze ubwo nzamucira urubanza bazamenye yuko Uwiteka ariwe Mana agaca imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.
From: Ntakirutimana Mageshi <nccleon@gmail.com>;
To: jack nziza <jack.nziza@yahoo.co.nz>;
Subject: Re: Kannyemo
Sent: Fri, Feb 5, 2016 9:02:14 PM
Ariko Jack urumuti wa menyo!!! Uziko nitwa Majeshi cyangwa wibagiwe izina ryanjye?Wowe singutinya kuko nta bwoba wantera! Yewe habe n’Umwakagara na bereye umugaragu, mwirirwa inyuma nta bwo yantera ubwoba!!!
jye nta nyama y’ubwoba yansigayemo nayisize iwanyu mugisirikare cyanyu, urumva rero ko, ibitutsi byawe nta cyo byantwara peeee!!! Col.Karangwa umwohereze turibusangire supper muri African Hotel.
Hanyuma number yanjye sinjya nyiha abapagani nkawe, cyeretse ukijijwe ukihana ubwicanyi bwawe n’amaraso yakurenze niyo akuvugisha ibyo nzarwana ngaramye nibirimba nicare, nakubwiye ko nzashira inguruguguzi nkiri Ingagi.
Majeshi GASHINO KA NYOKO , ni ubwa nyuma tukwandikiye tukwiyama.Funga ako kayozo kawe, ngo ni akanwa I birengera birenze kuba byinshi.
1. Intambara mu Rda n,u Burundi ni wowe izabanza guhitana abandi ntacyo izadutwara.
2.Uko utubashye nyoko ni nako ubwejagura wasebeje 1 st lady turakwihorera
3.Gitwaza akuturegeye bigera 10
4 rwandamura charles wagirango ni umwe mu bashumba b’inka, kandi ashumba abantu.
None GASHINO KA NYOKO, wibaza ko twakubuze? Funga Mdomo wako pumbafu!Wagiye tukwirukanye GASHINO KA NYOKO? Garuka usabe imbabazi tugusubize mu gisirikare cyangwa ukore ibindi wifuza uzibe siwowe waduhaye igihugu.
First lady afite amazu ahongaho niba ari inzara ikwishe vuga akugenere aho uba mu nzu ze, uceceke GASHINO KA NYOKO.Usabwa kumpa phone number yawe kuko First lady ashaka kuvugana nawe, nutayiduha kakubayeho ni haha ndi hawe.
Think twice!
E-mail from Gen.Jack nziza <jack.nziza@yahoo.co.nz> GASWERE NYOKO UMUCURITSE NURANGIZA UMUCE RUGONGO!KABUNO KA NYOKO ujya kuzererana umugore akageza ubwo aguta warataye umutwe. Sara ugaruka hano niwanyu umugore azakwakira nureka kujya mu Barangi bagushajije. KUDAKUBITA IMBWA BYORORA IMISEGA KABUNO KA NYOKO , uzongera kwandika First lady nzagusweza nyoko!
Ariko Jack urumuti wa menyo!!! Uziko nitwa Majeshi cyangwa wibagiwe izina ryanjye?Wowe singutinya kuko nta bwoba wantera yewe haben’Umwakagara nabereye umugaragu mwirirwa inyuma nta bwo yantera ubwoba.
jye nta nyama y’ubwoba yanigayemo nayisize iwanyu mugisirikare urumva rero ko ibitutsi byawe nta cyo byantwra pe!
Col.Karangwa umwohereze turibusangire supper muri African Hotel hanyuma number yanjye sinjya nyiha abapagani nkawe cyeretse ukijijwe ukihana ubwicanyi bwawe namaraso yakurenze niyo akuvugisha ibyo nzarwana ngaramye nibirimba nicare nakubwiye ko nzashira inguruguguzi nkiri Ingagi.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,dore uwahoze ari madamu wawe bamuhaye ikiraka cyo gukwirakwiza ibihuha ko wapfuye kugirango ubwo bazakwica bizavugwe ko n’ubundi byari byaravuzwe ko yapfuye!!! Nuko rero dore MUKANDIRIMA Murekatete Odette aravumwa kuko yagambaniye umuntu w’Imana ihoraho iteka ryose.
Mwana w’umuntu,dore Bishop Rucyahana agiye kubambanira ubwoko bw’Uwiteka aturanye nabwo kugirango ashimishe FPR-Inkotanyi none burira ubwoko bw’Ubw’Uhoraho kugirango bakize ubugngo bwabo niba badakuyemo ubugingo bwabo niba bitabaye ibyo dore aabaturanyi betemera FPR bagiye kwicwa vuba bidatinze.
07 FEB,2016 Njyanwa mu iyerekwa maze mbona imigambi y’umwanzi wubugingo wabakiranutsi ufite imico nkiyinyamaswa.Maze ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti:Mwana w’umuntu,urabe maso umurimurimbuzi yamaze kugera mu gihugu cy’IBABYLON mu murwa w’ISHUSHAN ikimuzanye ngo azanywe no kurimbura ubugingo bwawe ariko uhumure kandi ntutinye kuko Uwiteka alinze ubugingo bwawe.
Nuko uwanyerekaga arambwira ati,tega amatwi wumve uko arimo atanga amabwiriza ntega amatwi numva ababwira ngo ntazavaho atabwiwe ko umuhanuzi bamubonye kandi kogahunda yo kumuca igihanga yatunganijwe.
Arakomeza atanga amabwiriza avuga ko agiye kumara iminsi (7) maze arebe ko uwo mushenzi wagize igitangaza batamubona.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genza uko wajyaga ugenza maze ziriya ntakebwa nkwereke icyo ngiye kuzikorera kuko namara kuva IBABYLON_ISHUSHAN nzahita nkora ibikomeye cyane abana bab’abantu badashobora gutekereza.
Ntutinye kuko nd’Uwiteka Imana yawe kuko nagusezeranije kuzagaha gakondo yabakiranutsi,ibyo bakora byose barashinga umuhunda kukirenge kuko bariyimbira kuko bagiye guhura nakaga gakomeye cyane ku buryo bazicuza icyatumye baba ku isi yabazima nuko rero ukomere kandi ushikame kuko uzanyura mu maso yabo wemye bakureba bakananirwa kuguca igihanga kandi icyo gihe nibwo bazamenya yuko ukorera Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avauga.
Ahagana saa 8:56 ijambo ry’Uhraho ringarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wa mwanzi wabakiranutsi General Jack Nziza amaze kugera mu gihugu cy’IBABYLON-SHASHUN dore amaze gushaka abagabo (3) bagomba gusohoza umugambi mubisha wok u kurasa nyamara bihaye kugira ibyiringiro yuko urumuntu muto cyane bumva ko baguca igihanga uko bashatse nyamara nibiyimbire kuko harahagazwe utaramenya ko Uwiteka ariwe Mana agiye kubyibonera uko niko Uwiteka avuga.
Dore aramara iminsi (7) azava hano ar’uko gahunda yamuzanye itunganye nyamara yemereye Jezebel yuko azatunganya iyo gahunda yicibwa ry’igihanga agasubirayo agihetse akajya kucyerekana ko yatunganije umurimo wa sekibi ariko naramuka abinaniwe azashake iyo agana cyangwa yerekera kuko ikizamini yahawe kitazamutunganira kandi kikazakurikirwa ningaruka zizamukomerera aho azisanga mu mazi abira uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero ugenze kwa kundi nakwigishije maze ubareke bakomeze basakuze bazaruha baceceke kuko umunyantegenke biwe usakuza naho umunyambaraga araceceka agakora icyo akwiriye gukora uko niko UHoraho avuze.
08 FEB,2016 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi wabakiranutsi agiye gukorana inama n’uwahoze ari madame wawe”Mukandirima Murekatete Odette” kugirango barebere hamwe uburyo bakugwa gitumo ugacibwa igihanga.Hanyuma uwahoze ari madame wawe nawe arahita ashaka wa mukobwa w’umucyecuru w’umu Tanzania Kazi JOYCE OLANG’U mwakoranaga umurimo w’Uhoraho kugirango abahe inzira z’uburyo bakugwa kigitumo.
Nuko rero ukwiye kumenya uko wa genza kuko umwanzi ahagurukiye abakiranutsi,kandi bakaba bagutezeho inkuru nziza kugirango barusheho gukomezwa mu byo kwizera uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko mu rwagasabo hagiye kubaho ubukwe ku mpande zombi abagabo n’abagore buri muntu agiye gushyigirwa.Ndetse nabashyingiranywe mbona nabo ko bagiye kongera gushyingiranwa.
Nuko nitegereje mbonamo muri abo ishuti y’umusaraba yitwa HARINDINTWARI Jean PAUL umugabo wo gukiranuka mbona akoze ubukwe ndetse inzu ye yari yayisize irangi ryiza ry’umuntu ugiye gukora ubukwe.
Mbona ku nkomanizo zimiryango hasize ibara ry’umukara ritari ryiza ugereranije nuwo munsi w’ubukwe,mbona ko ishyamba atari ryeru.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihe cyo gucyura ubwoko bw’Uhoraho kirageze kandi kirasohoye!
Kuko hari abemeye ko bakwiye gucyurwa mu ijuru kuko babaye inshuti zo kwizera.Nuko rero andika ibi ubabwire biyeze kuko igihe nikigufi cyane kuko urubanza rwabo Uwiteka yarurangije kuko baraburiwe ariko bananirwa kwizera iyo mu ijuru ngo bakize ubugingo bwabo uko niko Uwiteka avuga.
Dore benshi baratashye kuko bananiwe kwiringira Uhoraho kandi bakaba barabaye abanyabwoba isi aho igeze niyintwarane kuko intwari zitaka zinyinyirirwe ngaho rero hagarara kigabo kuko Uwiteka arikumwe nawe ukore umurimo w’Uwiteka Imana y’abakiranutsi ikitari cyera Uwiteka aragutabara.
Dore iyindi nzira bagiye kunyura ngo nukubyutsa dossier ya UNHCR bari barahagaritse ko udakwiye gufashwa ngo utabarwe none dore bagiye kongera kuyisubukura kugirango baguhamagare bakubwire ko dossier yawe bayitegereje kandibasanze barakurenganije bityo bakaba bagiye kuguha ubuhungiro kugirango babone uko bagucakira kuko badafite ubundi buryo bwo kuba bakugeraho iyo ni plan (B)
Niyompamvu Uwiteka yaguhaye ijambo “Rhema word”rivuga ngo Re-Contact burya Uwiteka yagirango ugende urangize iyo dossier ya UNHCR wabikoze neza wakuyeyo ibyiringiro nabo bagusubije bagsuzuguye ariko ntabari baziko ubarebye mu bwonko kuko batamenye icyo wabakoreye nuko rero ube umunyabwenge kandi w’umuhanga nubumenyi kugirango urusheho kumenya icy’Uwiteka avugana nawe uko niko Uwiteka avuga.
Umwakagara we byamurangiranye kandi asigaje igihe gito cyane kugirango akurwe ku ngoma ya gakondo yabakiranutsi nuko ube wihezuye werekeze iburasira zuba kugirango utange umwanya inkozi zikibi zibashe gukora imirimo yabo mibi kugirango barusheho kugwiza ibimenyetso byo kurimbuka uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwanzi wo gukiranuka Umuhoza Benon na murumuna we Rauben bajya kongera gushaka imbaraga z’umwijima kugirango barebe yuko imigisha yanjye bari baratwaye bakongera kuyigarurira mbona bagiye kumupfumu abahaye imbaraga zo mu bwoko bw’inkoko n’inkanga bisobanura imbaraga zo guterekera maze mbona iyo myuka ibiri bahawe yose uko ari ibiri mbona irakomeretse cyane itangira kurwara kuko yasanga naho itazakira.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mucuti wawe agiye kongera kuguhumanya ariko se ntibamenye umurimo Uwiteka yakoze?Mbese baracyashakira abazima mubapfuye?Uko niko Uwiteka abaza.Niki gitumye isi igira imidugararo kuko ukuri gusimbuye ikinyoma?Uko niko umwuka wera abaza.
Ntukangwe no kuba ugoswe ni mbaraga z’umwijima kuko Uwiteka ariwe mukiza wawe kandi akaba nurumuri rwawe kuko atazemera yuko inkozi zibibi zigamba hejuru yabakiranutsi kuko igihe cyose bakiraniwe cyari gihagije none igihe cyabo kirageze kandi kirasoheye ngo ibyahanuwe bikore umurimo wabyo maze abakiraniwe bahembwe ibikwiye nibyobakoze uko niko Uwiteka avuga.
08 FEB,2016 Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo yabakagara irahagurutse kandi ihagurakanye imbaraga zikinyoma no guhungabana kwinshi nyamara ntubatinye kuko Uwiteka yamaze kubagira abanyantegenke imbere yawe uko niko Uwiteka avuga.
Ikindi kandi uhite wimuka mur’iryo cumbi kuko umwuka w’Inzika y’Inzigo uhiga umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe nawo ugiye guhaguruka kugirango Numara kwimuka mur’iryo cumbi imbaraga z’umwanzi zihite zibura icyerekezo maze ubone kwerekeza mu gihugu cy’amasezerano nibura usige umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe afite umutekano
Nuko ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye kohererezwa e-mail y’ubufindo kugirango barebe amabanga yawe yose kuko bashaka gusenya ikinyamakuru InyangeNewss.com ariko barashinga umuhunda ki kirenge kuko bagiye gutuma Uwiteka akora ibikomeye cyane kurushaho kugirango agukure mu ntambara za hato na hato ndetse nurupfu bigeretse uko niko Uhoraho avuga
Nuko mu gihe nibambuye mvuye ku gisasiro ndeba muri e-mail mpita nsangamo ubutumwa buteye inkeke ndetse google.com baramburira bati ntugerageze gudungura iyo message kuko atari nziza kuri wowe ubwo nahise nyihanagura nyuma yo kuyihangura mu masaha macye mbona bahise bagushije ikinyamakuru inyangeNewss.com.
Nuko ntangira kwibaza aho ngiye guhera ndwana izi ntambara maze nibwir yuko bashobora bashaka kuntegera mu murwa mukuru w’IBABYLON kugirango ninjya gutunganya imirimo y’Uhoraho bahite bahantegera nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti mwana w’umuntu witinya ibicu bitagira amazi ahubwo ubyuke mucyakare ujye gutunganya gakodo yabakiranutsi kugirango batabura ijambo ry’Uwiteka abagenera buri munsi.
09 FEB,2016 Nuko njyanwa mu iyerekwa mbona iyerekwa ryari riteye ubwoba.Nerekwa mbona turi korali turirimba duhagaze muri rutoki rwiza rufite ibitoki byeze kandi bisa neza,mbona haje umvura ivanzemo numuyaga maze mbona iyo mvura(Ibibabazo) iratunyagiye mur’iyo mvura hakamanukamo umuriro mbona za nsina zo kuruhande zifite ibitoki byiza ziraguye(Gusenya umurimo) nuko uwatuyoboraga adusaba guhagarika kuririmba ngo tubanze twegure za nsina ubwo mu turanga kuberako twanyagirwaga.
Hahise hamanukamo muri wa umuriro waka nkawawundi umugaragu w’Uwiteka Moses yabonye mu gihuru umuntu wese wanze kujya kuzamura za nsina umuriro ukamukurikira ukamutwaka nta muntu wahungaga ngo abe yawusiga kuko wagendaga nkumuyaga.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umurimo wasenywe kandi ntukwiye gutunya ziriya ntakebwa ahubwo zinduka mu cyakare ujye gutunganya gakondo yabakiranutsi kuko namaze kwironkera abantu banjye bo mu bwo bwabakiranutsi bari burokore gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka ategetse.
Nongera gusubizwa mu iyerekwa mbona turi mu butayu bugufiya muri ubwo butayu harimo iriba ry’amazi ryahishwemo imipira mashya y’imodoka (Tyre) nuko ndabwirwa ngo ninjiremo mur’iryo riba nkuremo ya mipira mishya ihishemo nuko ndinjira ntangira gukuramo umwe umwe maze ndabwira ngo iyo mipira (2) mitoya uyishyire kuruhande nuko uwakiraga ndabumubwira arayacyira ayishyira kuruhande maze dukomeza gukora icyo gikorwa kugeza igihe tukirangirije.
Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti mwana w’umuntu dore ejo nzakora ikintu gishya kuko ndambiwe urugomo rwabakagara kandi bakaba bakomeje kunkora mu jisho none ejo uzabona gukiranuka kwanjye kuko utazongera guhanga ukundi nizo nkozi zibibi uko niko Uwiteka ategetse.
Ubwo bwaraceye nibwo bene data bo mu bwoko bw’Abakiranutsi batuye mu gihugu kiyobowe n’Umwami kazi Ubwongereza bahise bashakisha umutekano wa gakondo yabakiranutsi kugirango bene data bose batataniye mu mpande (4) z’isi bajye babasha kumenya ibyasezeranijwe n’Uwiteka Imana yabo yabakiranutsi bitabagoye maze numva nejejwe nuko Uwiteka ariwe ntwari kurugamba iyo mufatanije urugamba ntushobora kuneshwa uko niko Uwiteka akora.
08 02,20 16 Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi aho umunyapolitike wo muri United State of America Donald Trump “Republican”uwo musozi warutuyeho abantu benshi cyane.Nerekwa mbona umusozi atuyeho uriho abantu benshi bahatuye hubatse amashuli,ibitaro (amavuriro) nabonaga uwo musozi ari uwo yaguze hari hatuye amoko yose ya bantu batuye muri America.
Kandi uwo musozi nabonaga utuyeho abakire na bakene kandi bose ubona aho batuye habaguye neza.Maze umuryango we akomokamo nerekwa ko bihebye ko adashobora kuzatorwa ngo atsinde amatora ya perezida wa Republika.Nuko nkiri aho mu iyerekwa ndabwirwa ngo njyane ubutumwa muri uwo muryango mbahumurize mbabwire ko,ubuhanuzi bwavuze yuko azatorwa akaba umukuru w’igihugu cy’America.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko byahanuwe n’umhanuzi ninako bizasohora Donald Trump azatorwa abe umukuru w’igihugu cy’America nuko rero witinya kandi wigira ubwoba iyavuganye numuhanuzi ninayo ivuganye nawe uko niko Uwiteka avuga.
Maze nkimara guhabwa iryo jambo ry’Ubuhanuzi rikomeza kwizera kwanjye numva nsubijwemo imbaraga zikomeye cyane nuko nibuka yuko nta cyo Uwiteka avuga ngo gihere,nuko mbona ko banezerewe ubuhanuzi nkimara kubaha ubwo butumwa baranezerwa mbona bavuye mu bwihebe bwari barimo kuko ngo bari barihebye ngo kubera yuko yahuye ni ntambara zikomeye cyane mu itangira rye
Nuko ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore Uwiteka Imana yitoranirije uwo uzayobora igihugu kuko satani yari yamaze gutegura imigambi mibi kuri icyo gihugu ariko Uwiteka ayiburijemo uko niko Uwiteka avuga.
Nongera kwerekwa njyanwa kumusozi mure mure maze mpahurira na Madame w’umukuru w’igihugu (Denise Bucumi Nkurunziza) maze duhurira kuri uwo musozi(Ibigeragezo) maze turaganira ubwo twaganiraga mbona duhawe amazimano jyewe nahawe Juice(Orange)bisobanura umugisha maze dutangira kuririmba indirimbo ivuga ngo,Uwiteka Imana yabakiranutsi yitwa«NTIHEMUKA IYO YAVUZE,IRASOHOZA KANDI IKORERA IGIHE CYAYO» uko niko Uwiteka ategetse
Nuko umwuka w’Uhoraho urambaza uti,mwana w’umuntu,waba wamenye se impamvu wari kuri uriya musozi hamwe na mu ka Nkurunziza?
Ndasubiza nti Oya Mwami wanjye.Ndabwirwa ngo,”Denise Bucumi Nkurunziza agiye kujyanwa kumusozi aho agiye kwigishwa kubaha Uwiteka bitavanzemo amarangamutima kandi azamenya yuko Uwiteka ariwe Mana ko abahanuye amahoro atari bo bahanuzi b’Uwiteka Imana kuko natumye abagaragu banjye banga kubumvira none reka ibyahanuwe bimusohozeho nibwo azamenya yuko ijambo yizeye ritari ijambo ryanjye ahubwo ryari ijambo rya abana bab’abantu uko niko Uwiteka Imana yabakiranutsi avuga.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kumbwira riti,ibyo nkweretse ubitegereze ugiye kubibona mu gihe kitari kirekire kuko bidashyziwe cyare uko niko Uwoteka avuga.Nuko nkurwa mu isi y’umwuka ndarurwa mu mubiri numva nejejwe nuko Uwiteka Imana yantoranije kugirango ampindure igikoresho cye gikwiriye nyiracyo.
11 FEB,2016 ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uyu munsi umuntu mwari guhura wirinde ntuhure nawe kuko abadayimoni bahagurutse kandi bashobora ku kubera ikibazo gikomey.Nuko njyanwa mu iyerekwa mbona ndwana na badayimoni bo mu bwoko bw’Imbogo hamwe ni nka za kizungu.
Uko zanyirunkanaga niko nagurukaga«Spiritual Wings» maze nabo bakirukanka hasi yanjye bateze ko ndibumanuke bagahita banshinga amahembe murubavu.Nuko ndabwirwa ngo dore abadayimoni bahagurutse kandi ibyo warugiye gushaka kuri uriya muntu mwihorere ahubwo wibuke neza aho waherewe umugisha kugirango nubundi usubireyo urahasanga harumugisha Uhoraho yaguteguriye uko niko Uhoraho avuga.
Nuko rero genza ukousanzwe ugenza kugirango utagwa mu mutego w’umwanzi Satani kuko yaraguhagurukiye cyane mur’iyi minsi kuko imbaraga z’umwakagara zirimo zigenda zirangira umunsi ku munsi kuko igihe cye cyegereje ngo ibya hanuwe bisohore maze ibyasezeranijwe bihabwe abakiranutsi uko niko Uhoraho avuga.
11 Feb,2016 Neno la Bwana likaniambia siku hiyo,mwana wa Adam angalia bwana anasema kama kutakuwa na mtu yeyote ambaye hataingia katika ukabila katika nchi ya BABYLON_SHUSHAN mtu huyo atabalikiwa na Bwana wa mbinguni lakini unafikili kana kwamba itakuwa rahisi kupata mtu huyo?Anauliza Bwana wa mbinguni.
Angalia nchi hiyo inakwenda kupatwa na vita vikali sana siku zijazo kwasababu watu wa nchi hiyo wanatamani vita sana na wataipata, kwasababu hili ndilo hitaji lao kuliko mahitaji mengine asema Bwana wa ma Bwana.
Neno la Bwana likanijia tena kwa mara nyingine na kuniambia kwamba mwana wa Adam,angalia watoto wa nchi hii ya BABYLON _SHUSHAN wanaenda kuangamizwa katika majaribu makubwa sana mpaka mzazi ambaye alizaa hatatamani kuzaa tena.Asema Bwama wa ma Bwana.Kwa hiyo ambia watu wa Taifa hilo kwamba wanaingizwa katika shida kubwa sana na watu watatafuta Mungu na hawataweza kufanikiwa asema Bwana wa ma Bwana.
Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi yagerageje gusenya gakondo yabakiranutsi birabananira none barimo gukurikira modem yawe kugirango babone uko bijira muri server yawe kuko server ya cyera bayinjiyemo bagezemo Babura domain inyangeNewss.com muri iyo server none umenye uko ugenza kugirango utabaha urwaho uko niko Uwiteka avuze!
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi araturosera ariko mureke akomeze kuko igihe cyarangiye nyamara nubwo barwanya ubuhanuzi ijambo ry’Uhoraho,ninabo bambere bakomeje kwemera ubuhanuzi kuko bidashoboka yuko barwanya ibyo batemera niba rero baburwanya bisobanuye yuko bamaze kubwemera kandi icyo bwahanuye ninacyobamera niyompamvu bakurwanya kugirango udakomeza guhanura kuko bubahagarika umutima uko niko Uhoraho avuga.
Dore umwakagara,n’Abakagara,n’Abakagara-Kazi,hamwe ni nkozi zibibi nabadayimoni baciriweho iteka ku buryo budasanzwe bakurwanije bibwira ko barwanya umwana w’umuntu ariko nyamara barwanyaga Uwiteka Imana ya Israel yaremye ijuru n’isi uko niko Uhoraho ategetse!
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,utege amatwi neza kandi wumve icyo ngiye ku kubwira.
Dore umubibyi yabibye imbuto nziza mu murima maze bumaze kwira umwanzi araza abibamo imbuto mbi(urwiri) maze ababibyi bucyeye babaza nyir’umurima bati,databuja ko twabibye imbuto nziza kuki hamezemo urukungu kandi twateye ingano?
Nuko nyir’umurima arabasubiza ati,mu maze gutera imbuto mu ijoro umwanzi yaraje azana urumapfu arubiba mu murima mwari mwateyemo ingano maze bigiye kumera bierana byose.
Abandi baramusubiza (Abagaragu) bati noneho reka twongere twinjiremo turandagure urwo rumapfu turukuremo.Maze shebuja arabasubiza ati,nta bwo mwabishobora kuko urukungu cyangwa urumapfu rusa ni ngano kuburyo kururandura bidashoboka kuko wahita urandura ingano wibwira yuko uranduye ingano nyamara mubireke bikurane kuko iyo bimaze kwera buri kimwe cyera imbuto zacyo kuko nubwo bisa amababi ariko imbuto ziratandukanye uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero uko niko bimeze mu murimo wa data kuko umwanzi yamaze koherezamo abanzi biyita ko bakijijwe cyane cyane abategarugori na bakobwa(banyampinga) harabashinzwe kwambara ubusa kugirangoa bateze irari urubyiruko runanirwe gukizwa,hakaba nabandi bakobwa bafite mu bikari hatubutse umurimo wabo nukwambara imyenda ibafashe cyane kugirango bateze abagabo kwifuza kugirango basenye ingo zabo.
Abategarugori benshi bakora umurimo wo kuroga abanyamasengesho kugirango badatera imbere akabateza amagambo,ishyari,urwango,ibyo byose bikabyara umwuga wo kuroga bityo bagahumanya itorero rya Kristo Umwami wa bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero vuma izo nkozi zibibi maze uzicireho iteka kuko zitsinzwe nurubanza maze Uwiteka ahite aziciraho iteka kuko iki ar’igihe cy’Ubutabera bw’Uhoraho.
Nuko rero Uwiteka Mana wumve gusenga kwanjye uyu munsi mvumye inkozi zibibi zihishe mu itorero ryawe kuko bamaze kuryangiza ariko wowe urakiranuka ndakwingize ngo izo nkozi zikibi uzicireho iteka kugirango urangize imbaraga zabo burundu maze wiheshe icyubahiro kuko wowe witwa Uwiteka JEHOVA waremye ijuru n’isi uko niko Uwiteka ategetse.
Nkiri muri uwo mwuka nongera kujyanwa mu iyereka mbona za Bus (2) imwe yari iya Barundi-Kazi,iyindi ar’iya Banyarwanda-Kazi nabonaga bose berekeza mu gihugu cya Uganda kujya gushaka imbaraga z’umwijima bazajya bakoresha baroga hirya no hino haba mutubari cyangwa munsengero kugirango babone abagabo babkire kuko abenshi basaziye ubusa batikoze imugongo.
Nuko mbona bus y’Abarundi-kazi mbona niyo irimo benshi kuruta iyabanyarwanda kandi abo Barundi-Kazi barabanyeshuri bo muri za kaminuza nuko mbona imodoka yabo nubwo yari ntoya,ariko yaririmo benshi kurusha abanyarwanda-Kazi.Nabonga abanyarwanda-Kazi ari 30% naho Abarundi-Kazi bari 60%.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,dore abanyarwanda kazi bamaze gucibwa intege n’ubuhanuzi benshi bamaze kwizera ijambo ry’Uhoraho ariko Abarundi-Kazi bo barimo kurushaho kugwiza ubugome no kwihindura uko batari ubu kuroga niwo mwuga gezweho mu gihugu cy’ISAMARIYA uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero bwira abakiranutsi babe maso kuko ishyamba siryeru kuko mu mnsi iri mbere ibitero by’umwanzi bigiye kwiyongera bibe byinshi mu madini hirya no hino kuko abarozi bamaze guhabwa gahunda yo gutera ubwoko bw’Uhoraho burira abakuru bamadini baba bagifite ka gatima ko kubaha Uwiteka basenge kandi biringire ijambo ry’Uhoraho kuko bagiye guhura nibikomeye kubera kutaba b maso no kuba barahumanijwe ni nkozi zibibi ku buryo batabasha kubona ibikorerwa mu isi y’umwuka uko niko Uwiteka avuga.
Uko batindaga kumupaka binjira muri Uganda,ninako abagenzi bari muri bus ya banyarwanda-Kazi bari bagiye gushaka ibihumanya mu gihugu cya Uganda bagendaga bagabanuka uko bus yategerezaga ko bava mu bwiherero ninako bagendaga bahunga ya bus yaribatwaye Uganda kugeza ubwo bus yasigaye nta bantu bayirimo isigaraho ahongaho kumupa wa gatuna mbona bus yabarundi yo irambutse kuko bari bamaze gutezamo stamp muri za pass port zabo.
Ijambo ry’uhoraho rirambwira riti,dore Abarundi bakabije gukiranirwa cyane bakoresha imbaraga z’umwijima ariko abanyarwanda Kazi bamaze gutunganywa ku buryo barimo kugenda bagabanuka umubare wabakorera umwanzi shima Uwiteka yuko yabaye uwo kwizerwa kandi ko ijambo rikomje kugaragaza umusaruro kuko abakobwa bi SIYON barimo kugenda bagabanya gukiranirwa ariko si bose hariho abazinangira ako ngabo bamaze gucirwaho iteka ryose na data wa twese Amen.
13 FEB,2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi agiye guhumanya Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe none kora amasenegsho y’impuruza uhururize k’Uwiteka kugirango akore ibikomeye kuko Satani ashaka kumwihimuraho uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira mwana w’umuntu,dore inkozi zibibi zongeye guhagurukira uwasizwe amavuta kugirango zimugirire nabi,nyamara Uwiteka aracyari ku ngoma none tabaza ijuru ryongere rimanuke kugirango nyiribitangaza akore ibikwiriye kugirango abanyagakondorero batazabura umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe uko niko Uhoraho agize.
Mwana w’umuntu,dore imbaraga zabadayimoni ziraneshejwe kubera wemeye kumvira Uwiteka Imana ukaba wakoze amasengesho none dore Uwiteka arimo gutegura ubwoko bwe asanzwe akoresha kugirango bohereze umugisha maze utunganirize umulinzi w’ibyasezeranijwe kugirango bibone ububiko bitazangizwa n’umwanzi uko niko Uwiteka avuga.
Dore umwuka w’urupfu urahagurutse kandi werekeje kumulinzi mukuru kuko wowe wakubuze none sengera uwo mulinzi w’ibyasezeranijwe kugirango uwo mwuka uweyure uwerekeze aho waturutse kugirango ibyasezeranijwe abakiranutsi bitazabura umulinzi Uhoraho niko agize.
14 FEB,2016 njwanwa mu iyerekwa ahagana saa saba zijoro 01:30 am mbona umurongo mure mure wa bantu berekeza mu butayu bugufiya buri hafi y’inyanja iri haruguru y’ubutayu yayindi irimo gutorezwaho (Protocol) izajya yakira abashyitsi babategetsi bazajya baza gusura gakondo yabakiranutsi ubwo Umwami Nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa azaba asubiye ku ngoma no ku ntebe yabukunzi.
Mbona bamanuka mu mwijima kuko hari ni njoro ariko ukwezi kwabashaga kuva kugeza ubwo ubasha kubona umuntu uri kure cyane uri mbere yawe.Mbona ko abayarwanda batonze umurongo berekeza iy’Ubutayu bugufiya bajya gushaka amazi yo kuko kumuhana wabo amazi yari yabuze(kandi mukibaya cy’ubwo butayu bugufiya hari habyagiye inka nyinshi zitegereje ko abashumba bazo baza bakajya kuzishakira amazi yo kunywa(Inka)abadayimoni(Amazi ubugingo)ariko nta bwo byashobotse kuko buri kiremwa cyarimo kwirwanaho kugirango kibashe kubona ubuzima!!
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gakondo yabakiranutsi hateye inzara ni nyota yo kuvuga ukuri kuko igihugu cyose cyinjijwe mu gihugu cyo mu butayu kandi imbaraga za badayimoni zikaba zihuye nakaga gakomeye cyane kubera yuko ijambo ryahanuwe n’umwuka w’Uhoraho rimaze gusohora uko niko Uwiteka avuga.Nerekwa umugore utwite inda ari nyarwege iri hafi kwibaruka uwo ihetse nuko ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore igihe cyo gusohoza amasezerano kirasohoye kuko ijambo ry’Uwiteka rimaze igihe kire kire rihanuwe kubizaba kumuhanuzi mukuru none bikaba bigeze mu irango ry’Irembo ry’Amasezerano uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intumwa ya Satani Gitwaza Muhirwa Paul,arirata ko ari Dr.Mu ijambo ry’Imana ngo yarazi yuko azubahwa cyane namara kubona iyo Doctrate none niho igisuzuguriro cyarushijeho kwiyongera kuko icyo cyubahiro yashakaga kitaturutse k’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Nsubizwa mu iyerekwa mbona Pastor Budederi William ava muri America aje gushing idini mu gihugu cy’IBABYLON mbona yegeranije bene wabo bab’Abatustsi bo mu bwoko bw’Abanyamurenge kugirango batangire urusengero.Mbona bahagaze mu muhanda babuze Epfo naruguru.Ndagenda ndamuaramutsa mubaza impamvu baganirira mu muhanda kandi hari za café abantu bashobora kwicaramo bakaganira
Mbona yarananutse cyane kandi ubwiza bw’Uhoraho bwari bumuriho mbona bwaramvuyeho asigarana umubiri mubi cyane asa nurwaye bwaki «Spiritual problems» nuko mbona afite isoni zo ku mbwira ibyamubayeho numva mugiriye agahinda maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira ngo William Budederi haraho atagenje neza hamwe n’Uwiteka Imana yabakiranutsi kuko atakomeje kuba umwizerwa kandi umurimo w’Imana akaba yarawuhinduye ubucuruzi nka bandi bose uko niko Uhoraho avuga.
Ubwo mukandi kanya nsubizwa mu iyerekwa mbona umulinzi mukuru w’Ibyasezeranijwe har’icyo ashaka kumbwira kijyanye na za magigiri,ubwo ako kanya nsubizwa mu iyerekwa ndamuhamagara arambwira ngo za magigiri zo mur’africa Y’epfo ngo zimaze guhamagara telephone nakoreshaga namusigiye njya kuva mu butayu arambwira ngo bamuhamagaye saa 4:39hrs zigitondo uhereye uwo mwanya yahise afunga iyo telephone.
Nuko ndamukomeza mubwira ko adakwiye gutinya inkozi z’ibibi kuko Uwiteka Imana twiringiye arumugaba utabura kuboneka iyo bikomeye uko niko Uhoraho avuga.Izo nizo numero za telephone bakoresheje +27733771780 ahagana saa 13:41 bongera kumuhagaza numero za telephone +254703705068.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye guhangana ni nkozi zibibi zirwanira akajerekani ku buki butunganijwe neza.Mbona zohereje umudamu turahangana cyane mfata inkota yanjye nkunda kwitwaza ndamutema muca umugongo ako kanya mbona haje imodoka iturutse kumuhanda wa gakondo yabakiranutsi iza ku ngonga mpita mpabwa amababa(Spritial wings) ndaguruka ahita agonga inzu yigikoni muri gakondo yabakiranutsi.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore ba inkozi z’ibibi zongeye kuguhagurukira ariko nutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka ndi kumwe nawe kandi ngiye gukora ibimeye cyane kuruta ibyo abana bab’abantu batekereza uko niko Uwiteka avuga.Mbona mfite amata mu ntoki ndikumwe nabashinzwe umwuka w’Inzika y’Inzigo maze mbona mbavuye mu ntoki nerekeza aho njya kuruhuka ngo nshyire inshyushyu kumunwa kugirango nongere mfate akabaraga kugirango nkomeze urugendo kuko rwali rule rule uko niko Uwiteka asubizamo imbaraga.
Umwe mubakomeye I bwami ankiza imyuka mibi yabadayimoni yari imaze kwigabiza urusisiro rw’inyambo z’inyamibwa maze mbona umukuru mu byegera byibwami araje afite inkoni acyamura izo mburagasani zose zerekeza mu gihugu cyo mu butayu nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi zibibi zari zakugose none ugiye kuzikizwa numwe bakuru bi bwami uko niko Uhoraho avuga.
15 FEB,2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uriye mudame mwahoze muvugana wo mur’America yarozwe n’umugabo wamuzaniye amauwa ya yandi bajya bahana ngo barerekana urukundo arangije ajya kumuhambirira muri garden na nubu niho agifungiye dore banabyaranye umwana w’umuhungu arangije aramuta arigendera uko niko Uwiteka avuga.
None mubwire asenge ahangane nizo mbaraga zimuboheye mu mauwa abone kubohoka.Nongera kubona ko mu gihugu cy’Uburundi hagiye kwicwa umunyapolitike ukomeye wo kurwego rwo hejuru namara kwicwa Abarundi barahita bafata abanyarwanda babice kandi bazabica babajugunye murwobo rule rule abandi bazabatwika amapine.
Nuko mbona abahutu bose bahagurukiye rimwe bajya kwihorera bica abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi bakajya babatwikisha umuriro abandi nyine bakabata mu nzobo nini cyane babaga bacukuye.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko bagiye kugenza abaturanyi babo kandi icyo kizaba ar’ikimenyetso gikomeye cyane cyo kuva ku ngoma kwa Nkurunziza wiyicaje ku ntebe atabyemerewe namategeko uko niko Uhoraho avuze.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abatutsi-Kazi b’abanyarwanda ko bagiye gusubizwa mu ishuli vuba cyane bishoboka kandi batizeye kuzatsinda ikizamini.Nuko mbona inkozi zibibi zose nazo zijyanwa mu shuli kwiga kubaha Uwiteka Imana no kumenyeshwa ko ashobora byose uko niko Uwiteka ategetse.
nccleon@gmail.com
Leave a Reply