Igice cya (25) cy’ubuhanuzi

Mar 3, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye ku kwereka uburiganya bwateye muri iyi minsi, kuko abantu basigaye bihindura uko batari. Fata ikaramu wandike ibyo ubonye maze ubishyire ahagaragara maze ababukora ubwo buriganya ubabwire yuko umwana w’intama ari bugufi kuza gica imanza zitabera kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngaho itegereze urebe bwa buriganya nakubwiraga. Ni uko ndambura amaso yanjye ndeba neza cyane, maze mbona abantu bari ikuzimu mu nama mbona bateranye na abazimu na badayimoni bakorana nabo bari bakoraniye mu nama ikuzimu ubwo bari mu nama bashaka igihugu bahungiramo kuko agace ko mu biyaga bigari aho abadayimoni bakoreraga kari kamaze kwangirika numva baravuze ngo, dore imanza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zaratangiye kandi nimaza kuduciraho iteka nta bwo tuzaba tugishoboye gukora umurimo wacu kuko ibyacu bizaba birangiye burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Igice cya (24) cy’ubuhanuzi

Numva ko aba pastors bahagarariye amadini yabo cyane mukarere kibiyaga bigari, bahawe inshingano zo gukorana na Leta ziriho, cyane Leta y’uRwanda na Leta y’Uganda bakamagana cyane bikomeye buriya Buhanuzi kuko butuma abantu bari baratwemeye barimo kutuvaho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hari ubutumwa wohererejwe n’umukunzi w’I jambo ry’Ubuhanuzi fungura e-mail yawe urebe kandi witeho cyane icyifuzo cye kuko gifite ishingiro ibyo akubwira uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ubutumwa bwa e-mail: Muvandimwe rero nanjye mfite icyo numva nakubwira ku munsi w’intwari, mbere Umwami Imana ahambwe icyubahiro ki mukwiye kuko ariwe ntwari.

Namwe muti AMEN. Nejejwe n’ubutwari bw’abubaha Umwami Imana kuko ahananiye intwari, we abagira intwarane akababera maso kuko ariwe inyenyeri yaka izindi zizimye, akatwugamisha byakomeye agafata ingabo nini n’into buri yose akamenya aho ayikoresha mu gihe cyayo. Natekereje ku kuba intwari kwe birandenga, ariko nibuka ko uhari tujya tugusengera agatabara natwe nta tureke nibuka ko Imenya imitima ariyo izi intwari, none unyumve:

Igiti ntikiba cyiza kubera izina gifite ahubwo kigirwa cyiza n’i mbuto cyera, iyo ntawe zisharirira ubwo nibwo butwari kandi tegura abantu hari abasubijwe bagomba gutaha, hari abagomba gusubizwa nyuma y’amaboko bigishe kugenda mu bisubizo, hagarika irimbuka ry ’abanyiginya kuko umwanzi ashaka kubatsembaho burundu, yoooooo!!!!!!!

Mar 4, 2016 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntubabazwe na biyita ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo batari bo, kuko abubaha Uwiteka Imana Nyiringabo bumva ijwi rye, maze nawe akumva gusenga kwabo, ntuterwe agahinda na bantu ubonye kuko banze kumvira ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo, ari ryo Ubuhanuzi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, itegereze neza noneho urebe ibigiye kuba ku bantu bishushanya babeshya ko ari ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kandi bakorera inda zabo na Satani na badayimoni. Nditegereza cyane maze mbona imvura iraguye inyagira abantu benshi cyane kw’isi ya bazima bishushanyaga bakiyita amazina akomeye cyane kandi atariyo.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hasigaye amezi macyeya cyane kugirango ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo butangire maze bacirweho iteka rya burundu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga. 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iriya imvura wabonye ibanyagira, bisobanura yuko bagiye guhura nibibazo byinshi cyane mw’isi ya bazima, kandi gusenga kwabo nta bwo kuzajya kugera imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko basuzuguye ijambo rye ry’Ubuhanuzi ndetse bongeraho no gusuzugura Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu bazanyagirwa niliya imvura wabonye, n’abo mu bwoko bw’abatutsi biringiye ingoma y’abega banafasha umukuru w’igihugu Umwakagara Paul Kagame kwica abaturage bayobowe, kandi nta bwo abishwe bahawe ubutabera ahubwo bahisemo kubica kubera urugomo n’urwango by’ abategetsi b’abega bari ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame namara gucibwa igihanga, hazabaho imitwe (2) ya bazaba barwanira ubutegetsi bashaka gufata igihugu ngo basimbure Paul Kagame kumwanya w’umukuru w’igihugu. Hazabaho guhanga gukomeye cyane kandi indege na za bomb bizaba birasa cyane abaturage benshi bazahagwa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ingabo z’Abahutu bakorera muri Rwanda defense force RDF, bazatoroka bareke kwifatanya na RDF, ahubwo bajye gufasha abahutu bene wabo kugirango bafate ubutegetsi. Ariko ubabwire uti, nta bwo muzahirwa kuko yaba FDLR idateze gufata ubutegetsi ukundi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 5, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri Rwanda hazagwa abantu benshi cyane baruta abapfuye mu w’1994 kuko banze kugendera imbere y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abantu uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, iyo RPF mureba yabateye ubwoba kugeza muhunze igihugu cyanyu, nta bwo muzongera kuyibona ukundi. Dore igihe kiraje kandi kirasohoye ngo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo asohoze ibyo yavuze ku gihugu cy’uRwanda uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu bizera kandi biringira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uti, ibibazo byose bizakemurwa n’ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Mar 6, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona RDLR, ifata ahitwa ku ‹GISENYI› bahamarana igihe kitari gitoya ari bo bahakontorola, mbona Umwakagara Paul Kagame akoresheje inama ya gisirikare cya RDF, abaza abasirikare uko byagenda ngo bahirukane inyeshyamba za FDLR, ariko babura igisubizo nyacyo maze bahitamo kuharimbura na bahatuye bose uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame nabona ko FDLR, yafashe intara ya Gisenyi, nabona ko nta gisubizo afite uko ya habirukana habaye imirwano ikomeye, azahitamo gukoresha intwaro kirimbuzi kuko arazifite azarimbura intara yose ya Gisenyi ku buryo abantu bazongera kuhatura bushya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame azarasa intara ya Gisenyi FDLR, nimara ku hafata, kandi ikintu igihumeka cyose kizarimbuka, none uburire abatuye bose ko iyo ntara bashatse bayivamo bagashaka ahandi bajya gutura uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ku bantu bafashe amadeni bagurijwe amashillingi na za bank za microfinance bakore amasengesho yo kwiyiriza kugirango Uwiteka Imana Nyiringabo abafashe kubona uko bishyura kuko igihe cyo guca imanza zitabera kizasange baramaze kwishyura batazacirwaho iteka n’Ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uti, ibiri imbere birakomeye kuko abazabirokoka ari bacye cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo yuko uyu mwaka wa 2016 ari umwaka w’ubutabera mu buhanuzi bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagize urubyiruko nibo benshi bafashe amadeni bakwiye gusenga cyane bakinginga Uwiteka Imana Nyiringabo akabafasha kubona umugisha maze bakwishyura imyenda bafashe kuko ibihe biri mbere bishobora kuzaba bibi cyane bakananirwa kwishyura imyenda cyangwa amadeni bafashe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abagore bafite irali ry’ubutunzi yuko bateza abagabo babo gushakisha ibirenze ubushobozi bwabo, bigatuma bacika intenge mu byo kwizera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Malaika w’Uwiteka Imana Nyiringabo aza ansanga aho nari nduhukiye mu icumbi, maze ampereza imfunguzo (Angel given me the keys) bisobanura guhabwa ububasha n’ubushobozi ku cyintu cyose kinyuranye n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hari abagore benshi cyane kandi basenga Uwiteka Imana Nyiringabo bafashe amadeni muri za bank, none bananiwe kwishyura imyenda bafashe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abo bagore barakwanga kandi barakurwanya, ariko ntiwite kurwango rwabo wowe ubasengere bave muriyo myenda kuko imanza zitabera zigiye gutangira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 7, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, usengere abantu bose bariganijwe umugisha wabo kugirango Uwiteka Imana Nyiringabo abashe kuwugaruza abwambure inkozi zibibi Satani na badayimoni uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Satani na badayimoni bamenye ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubambura imigisha batwaye abantu be, none bagiye kwica abo bantu kugirango batazakira imigisha yabo. None senga amasengesho y’iminsi (3) angana na masaha (72) kugirango uhagarike urwo rupfa bagiye kuboherereza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen. Jack Nziza agiye kohereza abasirikare baje guhura na bakorera police ya Kenya kugirango bategure umugambi wo ku kwica uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukore amasengesho y’iminsi (3) angana na masaha (72) kugirango Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aburizemo umugambi wa Gen.Jack Nziza uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.Jack Nziza yari yijeje Nyiramongi Jeannette Kagame yuko azagusaba telephone zawe mukavugana ukamukuriraho inyandiko ivuga imyitwarire ye mibi mugihugu cya Kenya kumurwa mukuru wa Nairobi, hanyuma wanga kumukorera ibyo yagusabye, none Nyiramongi Jeannette Kagame amereye nabi cyane Jack Nziza niyompamvu yateguye umugambi mubisha wo kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ufate ibyo bitutsi yagututse nabyo ubishyire ahagaragara uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Gen.Jack Nziza: Urampa phone number ryari? Cyangwa nohereze Karangwa ku ndege ya ni mugoroba aze muvugane? Anakugurire ibiryo urwo rusaku rwawe ni inzara yakurenze wa ngumba we! Urongora umugore imyaka 6 nta mwana, amashitani agukoreramo yaragukonnye! Ubeshya umwana w’umuntu nguri umugabo wa mutwa we? Nutampa iyo number Ndohereza Karangwa Nimugoroba umusange kuri Hotel.

From: Ntakirutimana Mageshi <nccleon@gmail.com>;To: jack nziza <jack.nziza@yahoo.co.nz>;
Subject: 
Re: Kannyemo
Sent: 
Fri, Feb 5, 2016 9:02:14 PM

Ariko Jack, uri umuti wa menyo! Uziko nitwa Majeshi cyangwa wibagiwe izina ryanjye? Wowe singutinya kuko nta bwoba wa ntera! Yewe habe n’Umwakagara Paul Kagame na bereye umugaragu, mwirirwa inyuma nta bwo yantera ubwoba!!! Njye nta nyama y’ubwoba yansigayemo nayisize iwanyu mugisirikare cyanyu, urumva rero ko, ibitutsi byawe nta cyo byantwara peeee!!! Col.Karangwa John umwohereze turibusangire supper muri African Hotel.

Hanyuma number yanjye sinjya nyiha abapagani nkawe, cyeretse ukijijwe ukihana ubwicanyi bwawe n’amaraso ya banyarwanda ya kurenze, niyo akuvugisha ibyo, nzarwana ngaramye nibirimba nicare, na kubwiye ko nzashira inguruguguzi nkiri ingagi.

Majeshi GASHINO KA NYOKO, ni ubwa nyuma tukwandikiye tukwiyama. Funga ako kayozo kawe, ngo ni akanwa I birengera birenze kuba byinshi.

  1. Intambara mu Rda n,u Burundi ni wowe izabanza guhitana abandi ntacyo izadutwara.
  2. 2.Uko utubashye nyoko ni nako ubwejagura wasebeje 1st lady turakwihorera
  3. 3.Gitwaza akuturegeye bigera 10

4 Rwandamura charles wagirango ni umwe mu bashumba b’inka, kandi ashumba abantu.

None GASHINO KA NYOKO, wibaza ko twakubuze? Funga Mdomo wako pumbafu! Wagiye tukwirukanye GASHINO KA NYOKO? Garuka usabe imbabazi tugusubize mu gisirikare cyangwa ukore ibindi wifuza uzibe siwowe waduhaye igihugu.

First lady afite amazu ahongaho niba ari inzara ikwishe vuga akugenere aho uba mu nzu ze, uceceke GASHINO KA NYOKO.Usabwa kumpa phone number yawe kuko First lady ashaka kuvugana nawe, nutayiduha kakubayeho ni haha ndi hawe.

Think twice!

E-mail from Gen.Jack nziza <jack.nziza@yahoo.co.nz> GASWERE NYOKO UMUCURITSE NURANGIZA UMUCE RUGONGO!KABUNO KA NYOKO ujya kuzererana umugore akageza ubwo aguta warataye umutwe. Sara ugaruka hano niwanyu umugore azakwakira nureka kujya mu Barangi bagushajije. KUDAKUBITA IMBWA BYORORA IMISEGA KABUNO KA NYOKO , uzongera kwandika First lady nzagusweza nyoko!

Ariko Jack, uziko uri umuti wa menyo!!! Uziko nitwa Majeshi cyangwa wibagiwe izina ryanjye?Wowe singutinya kuko nta bwoba wantera yewe haben’Umwakagara nabereye umugaragu mwirirwa inyuma nta bwo yantera ubwoba.

Njye nta nyama y’ubwoba yanigayemo nayisize iwanyu mugisirikare urumva rero ko ibitutsi byawe nta cyo byantwra pe!

Col.Karangwa John umwohereze turibusangire supper muri African Hotel hanyuma number yanjye sinjya nyiha abapagani nkawe cyeretse ukijijwe ukihana ubwicanyi bwawe namaraso yakurenze niyo akuvugisha ibyo nzarwana ngaramye nibirimba nicare nakubwiye ko nzashira inguruguguzi nkiri Ingagi.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore uwahoze ari umugore wawe Mukandirima Murekatete Odette bamuhaye ikiraka cyo gukwirakwiza ibihuha ko wapfuye kugirango ubwo bazakwica bizavugwe ko n’ubundi byari byaravuzwe ko yapfuye!!! Ijambo rirambwira riti, Odette Murekatete uravumwe kuko wagambaniye amaraso atariho urubanza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Bishop Rucyahana agiye kugambanira ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aturanye nabwo kugirango ashimishe RPFInkotanyi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 8,2016 Njyanwa mu iyerekwa maze mbona imigambi y’umwanzi Satani na bakozi be, bamukorera dore bagambiliye kurimbura ubugingo bwa benshi cyane kugirango batazabona ijuru uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti mwana w’umuntu, urabe maso cyane kuko umwanzi umurimbuzi yamaze kugera mu gihugu cy’IBABYLONSHUSHAN uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira ati, mwana w’umuntu, tega amatwi wumve uko arimo atanga amabwiriza ntega amatwi numva ababwira ngo ntimuzave aho mutabonye Umuhanuzi Majeshi Leon ngo acibwe igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, bateguye gahunda yuko abicanyi boherejwe na Kigali bazamara iminsi (7) ubwo rero n’ukuba maso cyane kugirango batarimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kuko nd’Uwiteka Imana yawe kuko nagusezeranije kuzagaha gakondo yabakiranutsi, ibyo bakora byose barashinga umuhunda kukirenge kuko bagiye guhura nakaga gakomeye cyane ku buryo bazicuza icyatumye baba ku isi yabazima uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mwanzi wawe General Jack Nziza amaze kugera mu gihugu cy’IBABYLONSHASHUN dore amaze gushaka abagabo (3) bagomba gusohoza umugambi mubisha wo ku kurasa ariko arimo kuruhira ubusa kuko bidashoboka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen. Jack Nziza azamara iminsi (7) azava hano ari uko gahunda yamuzanye itunganye nyamara yemereye Nyiramongi Paul Kagame yuko azatunganya iyo gahunda yo ku guca umutwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, umenye uko ukwiye kwihisha uwo mwicanyi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 9,2016 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi wabakiranutsi agiye gukorana inama n’uwahoze ari umugore wawe” Mukandirima Murekatete Odette” kugirango barebere hamwe uburyo bakugwa gitumo ugacibwa igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze riti, mwana w’umuntu, Mukandirima Murekatete Odette arajya gushaka JOYCE OLANG’U wa wundi wasengeye ukamukiza indwara kugirango abe ari we ubatwara kuberaka aho utuye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mu Rwanda ko hagiye kubaho ubukwe ku mpande zombi hagati y’abagabo n’abagore buri muntu agiye gushyigirwa. Ndetse na bari barashyingiwe mbona nabo bagiye kongera gukora ubukwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri abo bazakora ubukwe na HARINDINTWARI Jean PAUL nawe azaba abarimo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo Malaika atasize amaraso kumiryango yabo nk’ikimenyetso cyo kuzarindwa, abo ntibakwiye kugira ibyiringiro byo kuzabaho muri gakondo ya bakiranutsi. Kuko babwiwe guhunga baranga, hasigaye ko bategereza ubwo bukwe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe cyo gucyura ubwoko bw’Uhoraho kirageze kandi kirasohoye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga!

Mar 10, 2016 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’inzika y’inzigo by’abega ihagurukanye imbaraga zidasanzwe zihiga ubugingo bwawe ukwiiye kuba maso cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba hackers bagiye kohereza e-mail y’ikinyoma kugirango barebe uko babona password z’ikinyamakuru cya www.inyangeNewss.com maze babone uko binjira muri icyo kinyamakuru babashe kugishimuta uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, fungura e-mail yawe urebe wohererejwe ubutumwa buteye ubwoba. Ndareba maze nsanga ibyo bambwira bifite ukuri ahubwo bashakisha kureba uko bashimuta ikinyamakuru inyangeNewss.com uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 11, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abaririmba muri za korali (choirs) ko igihe cyo kuririmbira murusengero kirangiye, kandi n’igihe cyo gusengera murusengero kirangiye kuko imanza zitabera zitangiye umurimo wazo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kugwa imvura izanyagira abanyamadini hamwe na za korali zabo kandi ibyo bizabera muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye guca urugomo abega bagukorera kugirango ukomeze umurimo wanjye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu (USA and UK) nibo bazakuraho ubwami bw’abega buyobowe na Paul Kagame uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami-kazi namara gutanga hazashira ibihe bitari byinshi maze Umwakagara Paul Kagame akurwe ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 12, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umukandinda kumwanya w’umukuru w’igihugu Donald Trump atsinze amatora y’umukuru w’igihugu ni we uzasimbura Barrak Obama uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihugu cya America cyigaruriwe na Satani, Donald Trump najya ku butegetsi, azasenya imbaraga zose za Satani zitegeka icyo gihugu, niyompamvu bamutinya badashaka ko aba umukuru w’igihugu cya Leta zunze ubumwe z’America uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona nzamurwa kumusozi muremure cyane, maze mpahurira na (Burundian first lady) bita (Denise Bucumi Nkurunziza) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore wa Peter Nkurunziza (Denise Bucumi) agiye kuzamurwa umusozi ku buryo butunguranye cyane kugirango ijambo wasize uhanuye muri icyo gihugu risohoze umurimo waryo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mugore wumunyacyubahiro azamuwe kumusozi witiriwe ubwoko bw’Abatutsi wubatsweho amashuli yo kubigisha uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibyo weretswe ubitegereze ugiye kubibona mu gihe kitari kirekire kuko butazatinda, ahubwo bigiye kwihuta vuba cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 13, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuntu mwari guhura umwirinde kuko yagambanye kugirango agushyire mu ishuli ritari ngombwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 14, 2016 Neno la Bwana likanijia na kuniambia siku hiyo, mwana wa Adam angalia Bwana wa Majeshi anasema hivi, kama kutakuwa na mtu yeyote ambaye hataingia katika ukabila nchini BABYLONSHUSHAN, basi mtu huyo atakilimiwa na Bwana wa mbinguni baraka sizo na kifani asema Bwana wa Majeshi aishiye. Angalia nchi hiyo itaingia kwenye vita vikali vya kisiasa ambapo kama hawatakuwa makini, basi nidhahili kwamba hakutakuwa na amani tena katika nchi hiyo ya Kenya tegemeo la watu wengi sana kibiashala hata mataifa ya ng’ambo asema Bwana wa Majeshi.

Neno la Bwana likanijia tena kwa mara nyingine na kuniambia kwamba mwana wa Adam, angalia watoto wa nchi hii ya BABYLONSHUSHAN wanaenda kuangamizwa katika majaribu makubwa sana mpaka mzazi ambaye alizaa hatatamani kuzaa tena asema Bwama wa Majeshi wa mbinguni.

Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi Paul Kagame yagerageje gukoresha ba (hackers) bashimute ikinyamakuru www.inyangeNewss.com ariko Uwiteka Imana Nyiringabo arakilinze cyane uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi arimo guhiga ubugingo bwawe, ariko mureke akomeze kuko igihe cye cyarangiye nyamara abarwanya Ubuhanuzi ijambo ry’UhorahoUwiteka Imana Nyiringabo, ni nabo ba mbere bakomeje kwemera Ubuhanuzi kuko bidashoboka yuko barwanya ibyo batemera! Niba barwanya Ubuhanuzi bisobanuye yuko bamaze ku bwemera bakaba batinya ko ibyo Ubuhanuzi bwahanuye bizabageraho ingaruka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abategetsi b’uRwanda bakomeje gukora ibishoboka byose ngo baguce umutwe kubera umurimo ukora w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Mar 15, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukore amasengesho usengere umuryango wawe kuko umwanzi awuhagurukiye kubera agufitiye umujinya mwinshi cyane kuko umurimo ukora umaze kumuca intege cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane. maze rirambwira mwana w’umuntu, dore inkozi zibibi zongeye ku guhagurukira ngo barebe ko bakubona bakaguca igihanga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’urupfu wari uguhagurukiye ukiriweho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Mar 16, 2016 njwanwa mu iyerekwa mbona umurongo muremure wa bantu berekeza mu butayu bugufiya hafi y’inyanja iri haruguru y’ubutayu ahajyanywe abantu bazakora umurimo wa (Protocol) ubwo bazaba bakira Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa wanze kumvira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ngo ryarashe abona uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore gakondo ya bakiranutsi (Rwanda) hateye inzara ni nyota yo kuvuga ukuri kuko igihugu cyose cyinjijwe mu butayu bwo kuvuga ibinyoma haba munsengero cyangwa muri politike uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, isezerano ryo gufunga insengero zo muri gakondo ya bakiranutsi (Rwanda) rirasohoye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, intumwa ya Satani Dr. Muhirwa Paul Gitwaza yarazi ko namara kubona doctorate azabona icyubahiro cyane mu bantu, ahubwo niho umwuka w’igisuzuguriro warushijeho kwiyongera uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Pastor Budederi William ngiye kumukoza isoni mu batuye isi kuko yigaragaza nk’umunyakuri, kandi akorera Satani uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwiza bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bwavuye kuri Budederi William asigaranye umwuka w’icyangiro kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yaramutaye uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abashumba benshi cyane kw’isi ya bazima bagiye gushyirwa ku karubanda kuko badakorana n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Rwanda national intelligence have been tracking your telephone even if you change them still they’re tracking you +254 733 771 780//+254 703 705 068 says the Lord God of host.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ugiye guhangana ni nkozi zibibi zo mu bwoko bwa za magigiri kandi muraba murwanire ubuki buteguye neza (honey refined) kuko umugore ugiye ku koherereza umugisha ari magigiri wahawe ama euros na za magigiri ngo ayakoherereze maze bayagufatireho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba aliya ma euros urayatwara kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ya yaguhaye ntutinye kujya kuyakira uko niko abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, za inkozi z’ibibi zongeye kuguhagurukira ngo zirimbure ubugingo bwawe, ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’inzika n’inzigo (grudges spirits raise up against you) uraguhagurukiye Leta ya Kigali ifatanije na ba pastors barashaka kurimbura ubugingo bwawe ngo kuko Ubuhanuzi uhanura bumaze kubatera ubwoba uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 17, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo hagiye kubaho ubwicanyi mu gihugu cy’Isamariya (Burundi) ubwo bwicanyi buzibasira abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi, kandi bazabica Peter Nkurunziza amaze kwicwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Abahutu bo mu gihugu cy’Isamariya barimo gutegura umugambi wo kurwana n’Abatutsi bo mu Rwanda bo ku ngoma ya RPF, kandi iyi intambara izatangirira muri DRCongo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore na bakobwa bo mu bwoko bw’abatutsi-kazi bo mu Rwanda bazamurwa umusozi wubatsweho amashuli yigisha ubwoko bw’abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kandi bacishwe bugufiya bamenye yuko mu ijuru hari Imana yaremye ijuru n’isi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 16, 2016 ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani na Paul Kagame hamwe na banyamadini (religious) bahuje umugambi mu nama yabo bakoze maze bagambirira yuko bakwiye ku kwica bakarimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye kwihesha icyubahiro cyane kw’isi ya bazima kuzageza aho umwana w’umwega Paul Kagame azagira ubwoba akagusaba ko mushyikirana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, impunzi zo muri Suiden zigiye guhura na kaga ibyago na makuba bikomeye cyane kuko bamaze kubagambanira ngo basubizwe mu bihugu baturutsemo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 17, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngaho kanura amaso yawe maze nkwereke ibyo Paul Kagame agiye gukora kugirango ubibwire abantu bamenye uko bamwirinda.

Nuko mfungura amaso yanjye anyereka Umwakagara Paul Kagame atumiza inama akoranya urubyiruko rwitwa intore abategeka gukorana ubwenge bagahabwa amarozi bagashakisha uko bakwica Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa kugirango bazabone uko bimika ubwami bw’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inama barayirangije mu mwanzuro wabo bemeje yuko bagiye gushaka umuntu akajya gusura Umwami Kigeli V Ndahindurwa maze akareba abantu abana nabo maze bagashaka uko bakoresha abakozi cyangwa bene wabo ba bana nawe bakamushyirira amarozi mu byo kurya cyangwa ibyo kunywa kugirango ahite apfa uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Bucyeye nafashe telephone mpamagara Umwami Kigeli V Ndahindurwa mu bwira ibyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo anshimira ko muhawe ubutumwa bukomeye kandi muburiye, ariko musaba kwirukana Ntaganira Christian aranga ubwo hari hasigaye amezi (8) ngo bamwica.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwami Kigeli V Ndahindurwa atahaye agaciro Ubuhanuzi namuhaye, maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami w’uRwanda arihambye abona ntuzamurire kuko yanze kumva imiburo y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ugiye guhura n’intambara zikomeye cyane, kuko umugambi wo kwica Umwami Kigeli V Ndahindurwa wamaze kwemezwa kandi watunganye, basigaranye ikibazo cy’uko uzandika amakuru yose ukazavuga uko yishwe icyo nicyo kibazo bafite, none bavuze (Rwanda autholities) ko nawe ugomba kwicwa uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wahanganye na bakomeye none urabanesheje ukomere kurugamba kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari kumwe nawe uko niko abivuga.

Mar 18,2016 njynwa mu iyerekwa mbona ko Gen.Kayumba Nyamwasa agiye gutuma hagati y’Ubuyuda n’Isamariya hagiye gutangira intambara ikomeye cyane kuko arimo gushaka igihugu cyamushyigikira kugirango akure abega ku ngoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.Kayumba Nyamwasa nta bwo bizamukundira yuko aturuka mu gihugu cy’Uburundi ajya gutera gakondo ya bakiranutsi kuko yamaze gucirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame yamaze kumenya amakuru neza yuko Kayumba Nyamwasa agiye kumutera aturutse Burundi, ni uko ategeka ko bajya South Africa bakamurasa ntibamuhushe nkuko byagenze muri 2010 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo azahana abakobwa bo mu gihugu cy’Isaamriya n’Ubuyuda kubera kwitwara nabi (bad manners) uko niko Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu. umukobwa w’izion ahuye na kaga kuko yashinze ijosi akanga kumva imiburo y’Uwiteka Imana Nyiringabo niyompamvu Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azamukoza isoni imbere y’amahanga uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umukuru w’igihugu cy’uRwanda Paul Kagame agiye gufata abasore ku ngufu hamwe na bakobwa abatware muri (training war) kugirango yitegurire kurwana n’igihugu cy’Uburundi, kandi azajya afata abize na batarize bose abajyane mu magurwa y’intambara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mu isanzure hagati y’isi n’ijuru, mbona icyobo Umwakagara Paul Kagame yacukuye kirekire cyane, ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu, kiliya cyobo ubonye Paul Kagame yategetse ko bagicukura ngo bagishyiremo Umuhanuzi Majeshi Leon hamwe na General Kayumba Nyamwasa hamwe na Col. Patrick Karegeya yabanje gushyiramo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame yitiranya abantu ni bintu, Umuhanuzi atandukanye na ba politike, wowe nta ho uhuriye na Patrick Karegeya, kandi nta ho uhuriye na Kayumba Nyamwasa kuko umurimo ukora utandukanye nuwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 19, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanurira abo muri gakondo ya bakiranutsi (Rwanda territory) ubabwire uti, uku niko Uhoraho agize, nzakoresha amahanga akomeye cyane arimo igihugu cy’America kuzakuraho Paul Kagame kugirango ngarure ubwoko bwanjye murugo rwanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihugu cya America nicyo nzakoresha gukuraho Umwakagara Paul Kagame maze nimike ubwami bwanjye na gambiriye kuva cyera ko buzasubira ku ngoma kugirango mbashe kwikorera umurimo wanjye muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Dore nta kabuza sinzabura kwibuka isezerano ryanjye na sezeranije ubwoko bwanjye kugirango bumenye yuko nitwa Uwiteka Uhoraho iteka ni teka ryose!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ibintu bikomeje kumera nabi, none hanurira abatuye isi, maze ubabwire uti, ibizaba Isamariya ni byo bizaba IBUYUDA, ibyago biraje kandi bizatera isi yose, abaroheje na bakomeye kuko bose bacumuye k’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ngiye guteza akaga gakomeye mu isi ya bazima, kandi abakiranutsi nibo nzarinda kuko nshaka kwihesha icyubahiro no kwiyerekana mu batuye isi yuko ari jye munyembaraga ntawundi umeze nka njye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwoko bwanjye uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuze, nta muntu wubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uzakorwa nisoni uko niko abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu batuye isi, uti, uzizera Uhoraho wese Uwiteka azamukorera ibikomeye cyane kugirango bimenyekane yuko ari we waremye isi ni ijuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mukirere cy’IBABYLONISHUSHAN hamanuka indege (3) zivuye mu isanzure ry’ijuru zigwa hasi zose zirashwanyagurika zishiraho burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu gihugu cya KenyaNairobi hagiye kumanuka imyuka (3) izahitana abantu benshi biganjemo urubyiruko bagiye gupfa bishwe na Leta yabo abandi bazicwa n’inkozi zibibi bashaka ibitambo bya Satani, ariko ibyo bitambo nta cyo bizamara kuko bitazahagarika umugambi w’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, imfatiro zose za badayimoni bo muri icyo gihugu zizasenyuka kuko bataye Uwiteka Imana Nyiringabo bagakurikira ibigirwamana uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mukarere kibiyaga bigari hamanutse ububyutse bw’urupfu no ku mugabane w’Africa hagiye gupfa abantu mu nzira zitandukanye kandi abicwa n’inzira karengane uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 21 ,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani n’Umwakagara Paul Kagame baraguhagurukiye barashaka kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame agiye gutanga amapeti menshi, ariko ubwire ingabo za RDF, uti, ntimwishimire ayo mapeti muhawe kuko muzayasiga ku mw’ishyamba kuko mugiye kurwana intambara idateze kurangira kandi benshi muri mwe muzahagwa. Ahubwo mukwiye gusenga cyane mugasaba Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo akazabarinda kuko abo agiye kohereza kurugamba n’abo mu miryango idafitanye isano nawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abarwanya ubutegetsi bw’abega ko umuntu wese uzashaka gukuraho ubutegetsi bw’abega azabanza kuza gushaka Umuhanuzi Majeshi Leon kugirango amuhe uburenganzira bwo gutangiza intambara. Nibaramuka bagiye gutangiza urugamba batabanje kunyura k’Umuhanuzi Uwiteka azabagabiza Umwakagara Paul Kagame abarase abamarire kw’icumu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uiwteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ariko abazashaka Umuhanuzi bakavugana nawe akabaha uburenganzira bwo gutera Paul Kagame, nanjye nzabana nabo kandi ingabo za RDF nzaziteza ubwoba bishyire mu maboko yabarwanya ubutegetsi.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakozi ba Satani, abadayimoni, hamwe na Satani ubwe barangije inama ikuzimu barimo bategura gahunda uko bakwica bakoresheje abakozi babo bakuru bategeka ibihugu byabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Satani yavuze ko abafite abakozi beza bazakora uwo murimo barimo Kaguta Yoweri Museveni, na Paul Kagame, yuko bazakomeza kugerageza gukorana n’igihugu cy’IbabylonSHUSHAN kuzageza bishe uliya Muhanuzi uhishura gahunda zacu zose agatuma abantu batuvaho kuko benshi bamaze kwigendera bavuga ko nta ngufu dufite uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Immeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.Jack Nziza yategetswe kohereza za magigiri zije ku giuhiga ngo barimbure ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, za magigiri n’ubwo bazohereza kuza ku guhiga, za maze kwemera ijambo ry’Ubuhanuzi rya turutse mukanwa k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, bizagorana cyane kugirango basohoze imigambi yose ya Paul Kagame uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, za magigiri zananiwe ku kwikura mu maboko y’umwanzi ari we shebuja, ariko nta bwo bari mu bantu bakurwanya kuko nabo ubwabo barifuza icyakuraho Umwakagara Paul Kagame uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 19,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abatuye mu Rwanda uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, uti, umwaka utaha nta bwo uzababera umwaka mwiza kuko ubutegetsi buzica abantu benshi cyane, ndetse bamwe bazajya babura bashonge nkurubura ku buryo bitazashoboka yuko hamenyekana agakuru kabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, no mu gihugu cy’IbabylonSHUSHAN nta bwo ibintu bizagenda neza, ariko nibura ho nta bwo hazapfa abantu benshi cyangwa ngo baburirwe irengero uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 21,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi araje kandi ni wowe ahiga ukwiye kuba maso cyane kugirango atarimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ubabwire uti, imigambi yanyu yose Uwiteka arayizi kandi agiye kuyiburizamo kuko mutamurusha imbaraga uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 23,2016 maze njyanwa mu iyerekwa mbona uwahoze ari mugaba mukuru w’ingabo Gen. James Kabarebe arimo kurya ibisigarizwa byabagaragu be, nyoberwa uko bigenze. Mbona escort ze, uwitwa chief escort we, ari we ushinzwe gutegura amafunguro yarangiza we na bagenzi be bakarya, maze ibisigaye bakaba ari byo bagaburira Gen.James Kabarebe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutunzi bwose Gen.James Kabarebe afite yibye akabwegeranya agirango azagire amasaziro meza ubwo azaba ageze mu za bukuru, nta bwo ubwo butunzi bizamumarira kuko buzaribwa n’inzige kuko yabukuye mu maraso yinzira karengane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutunzi bwose bwa Gen.James Kabarebe buzaribwa na bantu bataburuhiye kugirango amenye neza yuko ubwo yasahuraga imitungo ya bandi, Uwiteka Imana Nyiringabo yarahali kandi yaramurebaga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nta bwo ari Gen.James Kabarebe wenyine, ahubwo muri gakondo ya bakiranutsi abagize uruhare bose kwica no gusahura ibya bandi bataruhiye uko niko bigiye kubagendekera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mbona yohereje inzige zo mu bwoko bw’abagore barya ubutunzi bwa Gen.James Kabarebe ariko bwanga gushiraho, ahubwo bukomeza kwiyongera.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko aguze inzu nyinshi mu bihugu bitandukanye hirya no hino kw’isi, ariko ubutunzi bwe bukomeza kwiyongera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura uvuge uti, yewe general James Kabarebe we, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azaguteza amahanga maze bakwambure ubutunzi bwawe usigare amara masa nta cyintu ufite uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 24,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona abagabo (3) bakora mu nzego z’ubutasi bw’uRwanda national intelligence services (NIS) bahabwa mission yo kuza mu gihugu cya KenyaNairobi guhiga no kwica Umuhanuzi Majeshi Leon, Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, ube maso cyane kuko Paul Kagame yohereje abagabo baje ku kwica, ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko ndinze ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubatungura cyane kugirango bamenye yuko uwo barimo guhiga ari Umuhanuzi w’Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Mar 25,2016 Ijambo ry’Uhoraho ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwrira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani na Paul Kagame umukuru w’igihugu cy’uRwanda barimo guhiga ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ku mugabane w’Afrika igice kimwe cy’uwo mugabane kizahura na kaga gakomeye cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, usengere umugabane w’Africa kugirango Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azawuhe ubuzima ubwo ayo makuba azatera mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, rirambwira riti, mwana w’umuntu nagushyiriyeho kugirango ubere abantu ni biremwa byose byo kw’isi umugisha uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Abazakubaha uzababere umugisha, abazagusuzugura uzababere umuvumo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 26,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, na kunyujije mu ntambara nyinshi cyane zose urazinesha, ariko uyu munsi urahura n’umudayimoni imbona nkubone, kuko ugiye kuzamuka ujya ku murwa mukuru w’ISHUSHAN, inzira uri bunyuremo niyo uri buhuriremo n’uwo mudayimoni niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

N’uko ndazamuka ngera Nairobi ngeze inyuma ya KCB mpura na Murekatete Odette, ako kanya atangira kuntuka nyuma y’umwaka ni gice dutandukanye kuko yasubiye mu Rwanda iwabo, nanjye Nsigara kenya iwacu, buri muntu ajya mu gihugu cye. Ubwo yatangije intambara ndamwihorera nirinda gutukana nawe cyangwa kuba namukubita kuko yashakishaga impamvu yatuma mfatwa na police maze abega bakaba barambonye kuko yari yoherejwe na Gen.Jack Nziza ndamucika ndigendera.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abaguhiga bararushye kandi bamerewe nabi cyane kuko Uwiteka Imana Nyiringabo arimo kubarwanya cyane uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bitotomba cyane bavuga yuko badashaka kuyoborwa na RPF cyangwa RNC ngo kuko bamennye amaraso menshi atariho urubanza. Ariko bakaba bifuza undi muntu udafite amaraso mu kiganza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abanyarwanda yuko abega bashatse abakobwa maze bahabwa amarozi kugirango bajye baroga abanyarwanda batemera ubutegetsi ba bohereza mu bice byose by’igihugu cyane bazajye baroga abavuga ko bashyigikiye umutwe w’sihyaka rya RNC uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 27,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, aba (pastors) bafite insengero aho kwihana ngo bazahabwe ubugingo buhoraho, ahubwo bakomeje gukiranirwa bahiganwa mu butunzi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 28,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba (hackers) bamaze kwishyurwa na Leta y’uRwanda ngo bashimute ikinyamakuru inyangeNewss.com ariko ntabwo bari butunganye uwo mugambi wabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 29,2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntihakagire umuntu uzagutera ubwoba kuko naguhamagariye kuba Umuhanuzi wo guhanurira amahanga no guca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Mar 30, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’inzika y’inzigo by’ubutegetsi bwa Paul Kagame wongera kuza ku kurwanya uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi arihebye cyane bikomeye kuko atagifite ibyiringiro yarasanganywe, yari yiringiye yuko azaguca igihanga maze agakoresha umunsi mukuru akanezerwa cyane. Ariko noneho imigambi ye yose Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ya yiburijemo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 1,2016 ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guca imanza zitabera ace urugomo inkozi zibibi bakorera ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwami nyir’uRwanda, Kigeli V Ndahindurwa, ataha asubira muri gakondo ya bakiranutsi ajya kwima ingoma. Icyatangaje abantu cyane, ni uko yagiye kwima ingoma ari wenyine, kandi umwana w’umwega Paul Kagame yari akiri ku butegetsi uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uhamagare Umwami Kigeli V Ndahindurwa umubwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, ugiye gutaha wenyine muri gakondo ya bakiranutsi, kandi nta mwiru n’umwe uzaguherekeza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

N’uko mfata telephone yanjye ndamuhamagara tugirana ikiganiro kirambuye cyane, ndamubwira nti, Umwami nyir’uRwanda uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, ugiye gutaha wenyine muri gakondo ya bakiranutsi nkuko Uwiteka Nyiringabo yabigusezeranije, kandi uzima ingoma Umwakagara akiri ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze numva arahigimye kandi aratangara ariko nirinda kumusobanurira ibyari byo, ikiganiro kirangira nta wongeye kuvugisha undi kuko yaramaze kumva gutaha wenyine icyo bisobanuye.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ingabo za RDF zireke kwiyumva ko ari ingabo za Paul Kagame, kuko igihe azaba atakiriho bazahura ni bibazo kuko banze kuba ingabo z’igihugu. Ahubwo bahitamo kuba ingabo z’umuntu ku giti cye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

April 02, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’inzika y’inzigo (grudges spirits) ya barwanya Uwiteka Imana Nyiringabo umaze kwiyongera kuko abanyepolitike benshi barwanya Ubuhanuzi kuko bubangamiye inyungu zabo, kuko abaturage benshi bamaze kwemera ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mugore witwa Bizamporo Jeanine hamwe n’umugabo we JUSTIN ni bamaneko bakorera ubutegetsi bwa Kigali ukwiye kubirinda cyane uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kugirango umenye ko ari bamaneko bagiye ku guteza ba hackers kugirango uhite wimura ikinyamakuru cyawe ugihostinge mu Bwongereza, ariko wirinde ntugikure aho wari wa hostinze kugirango nibaramuka bagishimuse ubone uko ugisubizeho urahita umenye ko ari ba maneko bakorana na Leta y’uRwanda uko niko Nyiringabo abivuga.

Mbigenza uko Uwiteka Imana Nyiringabo abimbwiye mbasaba ko bamfasha gukora hosting UK, baremera maze nyuma ya masaha (2) bahita baragishimuta menya ko bakorana na Rwandan national intelligence services (NIS) maze nsubizaho ikinyamakuru cyali cyasigaye muri SERVER yo muri Kenya-Nairobi, mbabwira ko ngiye kubashyira ahabona bansaba imbabazi batanga £850 angana na ksh 135,000 ndangije kuyafata mbashyira ahagaragara abantu bose bamenya yuko ari bamaneko.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagambanyi bose bagambaniye ijambo ryanjye nzabamanura mbakure aho bimanitse mu bushori shori bw’INYENYERI mbakubite hasi kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo ushobora byose uko niko abivuga.

Jeremiah 32:27 Behold, I am the LORD, the God of all flesh. Is there anything too hard for me?” is a powerful declaration of God’s omnipotence. It reassures that no situation, regardless of how desperate or impossible it seems, is beyond God’s power, comfort, and control, emphasizing His sovereignty as Creator.

Though you soar like the eagle and make your nest among the stars, from there I will bring you down,” declares the LORD.Obadia 1:4

April 3,2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega bagiye ku gukorera uburiganya kugirango ugwe mu mutego wabo baguteze, ariko ubihorere ntubereke yuko wa menye ibyo barimo kugirango bakorwe nisoni uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, na gushyizeho ngo uce imanza zitabera zibikorerwa mu isi yabazima, uwo ni wo murimo naguhamagariye, uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kiraje kandi kirasohoye ngo imanza z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo zitangire kumugaragaro uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

April 4,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, za nzira za cyera watekerezaga kunyuramo zose zirimo imitego ishobora kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame agiye kwica umuryango w’umuherwe umunyemari (AYABATWA RUJUGIRO TRIBERT) aho bazaba bari hose kw’isi, yamaze gukora inama na bashinzwe ku muhiga ngo bamwice, none umuburire abe maso cyane uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu bose waba uzi ko bakorera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, sibyo ahubwo bakorera inda zabo ndetse n’umwanzi Satani uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Amagambo yabo bavuga meza ajyanye ni byanditswe byera, byose byuzuyemo uburiganya gusa, kuko imitima yabo yuzuyemo inkovu zibyaha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanyamadini bakorana na RPF, bari biteze yuko bumva inkuru ivuga ko waciwe umutwe none bategereje bahebye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire urubyiruko nyarwanda uti, Paul Kagame azabafata mwese abajyane kurugamba mushirireyo, ufite ubwenge ahunge icyo gihugu hakiri kare atari yafata ngo abajyanye kujya kurwana intambara zitarangira muri DRCongo uko niko abivuga.

Nyanwa muyerekwa mbona Malaika azanye umugozi w’icyuma arawumpa ngo nkwizirike murucyenyerero, ndabikora mbona hasigaye igice kinini cyasagutse ku mubiri wanjye. Maze Malaika arambwira ati, uwo mugozi w’icyuma nguhaye n’uwo ku kumenyesha ibyari bihishwe amaso yawe, abo wavugaga ko bashyigikiye umurimo ukora, siko bimeze kuko bose bakorana n’ubutegetsi bw’uRwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 5,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hahirwa abiringira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kuko abantu bahinduka nk’ibicu by’imvura uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’inzika y’inzigo uraje urahiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ugiye guhura n’umwuka w’ikinyoma kivanze n’umwuka w’inzika y’inzigo, mu gihe uza kuba uganira n’uwo mwuka w’ikinyoma, hirya yawe haraba hari umwuka w’inzika y’inzigo yigize ko atari kumwe n’uwo w’ikinyoma kugirango babone uko barimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

06 Mar,2016 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ikigeragezo rusange kirarangiye, ariko n’ubwo kirangiye hagiye gukurikiraho ikigeragezo gikomeye cy’umwihariko uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga!!!

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi yikibi yitwa suzana umugore wa Thomas Gatabazi, mbona imbaraga z’umwijima yakoreshaga zose zirarangiye kuko yahumanije abantu benshi cyane, abambura imigisha yabo Abahindura abakene kandi batagombaga kuba abakene uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zikibi bateranye bari mu nama ba bazanya uburyo bakoresha ngo bice Umuhanuzi Majeshi Leon maze bashakishe undi wa musimbura kuri uwo mwanya kuko abantu benshi bamaze kwemera Ubuhanuzi kugirango bazahite ba bafatirana maze babone uko babiyegereza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani ahagaritse umutima cyane hamwe na bakozi be kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze kubafatira ibyemezo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame agiye kwica abantu benshi cyane kugirango abantu barusheho kumutinya kuko Satani yamusabye amaraso menshi cyane kugirango bamwemerere gukomeza gutegeka manda ya 2017 uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

April 7, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ube maso cyane kuko umwamikazi Jezebel Nyiramongi Jeannette Kagame yaje mu gihugu cya Kenya kandi arahiga ubugingo bwawe kuko aje kubonana na bayobozi ba hano ngo abasabe bavuge icyo bashaka akibahe ariko baguce igihanga uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 8,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hari umugore washyizweho na bakozi ba Satani ushinzwe kugenzura ibyo ukora byose Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze kumuciraho iteka uko niko abivuga.

09 March,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Eugene Barikana akuwe kumwanya yarariho kandi uwundi mwanya ahawe nta bwo azawutindaho cyane bizarangira nawo bawumukuyeho igihe kizagera abeho atagira akazi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 10,2016 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Rwanda national intelligence services (NIS) bajya ba babazwa ni uko bohereza amashillingi bizeye yuko bayagufatiraho, bikarangira uyatwaye ntibakubone uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire urwego rw’ubutasi bw’uRwanda yuko umurimo ukora uruta urwego rwa CIA ya banyamerika, bisobanuye yuko nta muntu n’umwe washobora ku kuneka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

April 11,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi zibibi z’abagambanyi biyambitse uruhu rw’intama kandi ari amasega aryana ni uko rero wirinde cyane kandi umenye uko ugenza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 12,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, intambara irimo kubera muri DRCongo ni kinamico kuko igiye kurangira abarwana hagati ya DRC n’uRwanda bazongera bakorane neza cyane kuko iriya intambara aliyo kurangaza amahanga na bakongomani uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

 

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Skip to toolbar