Igice cya (26) cy’ubuhanuzi

16 FEB,2016 ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi yarakurwanije bikomeye ariko ntugire ubwoba kandi ntutinye kuko nd’Uwiteka Imana yawe.Dore ngiye kwihesha icyubahuro uyu munsi gakondo yabakiranutsi ndayisubizaho kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka ushobora byose uko niko Uhoraho avuze.

 

Dore ngiye gukora ibikomeye cyane umwakagara namara kubona nihesheje icyubahiro,azahita agusaba ko mushyikirana ndetse doreko yiteguye no kuguha intonora naziguha, uzizarye!Kugirango umenye yuko nd’Uwiteka Imana yawe nshobora kuguha ubutunzi bwabanzi bawe bakwambuye umugisha wawe ariko,kuko wahisemo ku nkorera no kunyumvira nta kizatuma  bukugaruririza ngo busubire  mu bubiko bw’imigisha yawe uko niko Uwiteka avuga.

Refugee

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore impunzi zo muri Swede zigiye guhura nakaga gakomeye kuko zigiye gusubizwa iwabo kandi zari zifite ibyiringiro yuko zigiye guhabwa ubuhungiro.Abana bab’abantu niko bameze barikunda kandi banga ko bagenzi babo babona amahoro nyamara se barabirukana sibo bababujije amahoro bakabakura mutwabo bari bifitiye umutekano?

Igice cya (25) cy’ubuhanuzi

Ariko ibyo,byabereyeho kugirango ijambo ry’uhoraho ryavugiwe mukanwa kabahanuzi ribashe gusohora nuko uwiringira umwana w’umuntu avumwe kuko umuntu adashobora gukomeza imigambi nk’uko yabisezeraniye ariko Uwiteka wenyine niwe ukomeza isezerano ndetse agakomeza imigambi yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi namara kubona usubijeho gakondo yabakiranutsi,arahita ababara cyane kandi agire ubwoba aho niho azahita agusaba ko mwashyikirana kuko imbaraga ze zizaba zirangiye nuko rero ba maso cyane kandi wirinde cyane kuko bamaze kumenya yuko ugiye kubacika uko niko Uhoraho avuga.

17 FEB,2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho rambura amaso yawe maze nkwereke ibitabneshwa na maso ya bana bab’abantu.Nuko ndambura amasi yanjye maze anyereka umwakagara mu nama akoranije inama y’Intore azitegeka yuko zigomba gukora izishoboka byose bagasenya ubwami bw’uRwanda kugirangoazabone uko yimika ubwami bw’Abega kuko bidashoboka yuko hima abami (2) mu gihugu kimwe(1) maze ubwami bw’Abega bubone kuganza!

Ubwo bari munama dore imigambi yibyo baganiriye bakoze inama bayirangiza bemeje yuko bagiye gushaka abakozi bo murugo rwa Nyir’uRwanda aho atuye mu buhungiro mu gihugu cy’America maze abo bakozi cyangwa nundi wese wakwemera kurya intonorano maze bagakora ibishoboka byose bakiba impapuro za ONU zahawe Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa zzemeza yuko ubwami bw’uRwanda buvuye mu bwami buganje (Absolute Monarchy) bukaba bwinjiye mu bwami bwa Constitutional Monarchy ubwami bugendera kwitegeko nshinga.

Maze bavuga ko bazashaka umuntu utegura amafunguro y’Umwami bakamushyiriramo ubutwa butuma ajya mubitaro kwa muganga maze mu gihe azaba ari mu bitaro aho niho abagomba gutunganya umugambi wo kwiba impapuro z’ubwami bw’uRwanda bazaba babonye akanya keza ko gukora icyo gikorwa bagasohoza uwo mugambi.

Nuko nkomeza kwerekwa imigambi yabo mbona Nyir’uRwanda bamuhaye ubutwa ahita arwara ikubagahu igikuba kiracika ajyanwa kwa muganga (mu bitaro)amaze kugerayo bahita bamuvura ako kanya maze agaruka asanga za ntore zitararangiza wa mugambi wabo wo kwiba izo mpapuro zemeza yuko uRwanda ruyobowe n’ubwami bugendera kwitegeko nshinga.Nyir’uRwanda amaze kugaruka,mbona za magigiri zibuze aho zikwirwa kuko zari zananiwe gusohoza umugambi wazo kuko izo mpapuro zari zihishwe kure cyane ku buryo kuzigeraho bitari byirishye.

sword

 

 

 

Nkomezwa kujyanwa mu iyerekwa mbona ndwana na za magigiri zo mu bwoko bw’Abadayimoni,buri umwe yarafite inkota imwe ariko jyewe narimfite inkota (2) nerekwa turwana bashaka kunyica turwana umwanya munini cyane none ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu Majeshi Leon,kura inkota murwubati maze uyitere kurya abakomando bayitera maze urebe uko Uwiteka abigenza.

Nuko mbigenza uko ambwiye gukora,mfata inkota yanjye ya (2) ndayitera irageda yishinga murubavu rwa magigiri(Ijambo=Inkota)maze kuko muri bo ari we warufite imbaraga ahita acogora nanjye mba mbonye akanya ko kumucika ndigendera nzamuka mu muhana uzamuka werekeza iburengera zuba mba mbacitse gutyo

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwwana w’umuntu wahanganye nabakomeye none urabanesheje kuko bitazongera ukundi kugutekereza ukundi kuko wabananiye kukonUwiteka Imana yarabarwanije arabatsinda nk’uko ysbigusezeranije none humura Uwiteka ari kumwe nawe uko niko Uhoraho avuga.

18 FEB,2016 Njynwa mu is y’umwuka njya kwerekwa ibitarebeshwa amaso ya bana b’abantu,mbona imigambi irimo gucurirwa IBUYUDA mu murwa mukuru wa  waho wa YERUSALEM.Mbona Umwakagara ategura ibitero byerekeza ISAMRIYA, ahabwa kuharwanya no kuhanesha nyuma yaho nawe ahita akurwa ku ngoma niko Uhoraho ategetse.

Nerekwa mbona umwakagara yongeye gukoresha inama y’ikuba gaho yo guca igihanga Gen.Nyamwasa Kayumba uri mu buhungiro mu gihugu cy’Africa y’Epfo.Mbona za ntore ze zinkora maraso zirwiyambitse ziramanuka zerekeza mur’icyo gihugu mbona zigeze kumuryango wa Generan Nyamwasa ziramusa ariko ntizamuhamya zirasa kuruhande zihita zirukanka.

Uguhiga ubutwari,muratabarana

PKKN

 

 

 

 

Maze ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Gen.Nyamwasa bagiye kongera kumurasa ariko Uwiteka ari bukinge ukuboko kuko adashobora kwivuguruza ngo ahinyure ibya hanuwe nabahanuzi bakorera Uhoraho uko niko Uwiteka avuga.

Nuko mur’iyo nama umwakagara yavugaga yuko ngo yamaze kumenya amakuru afatika yuko Gen.Nyamwasa ngo yaba agiye kumutera yitwaje kunyura mu gihugu cy’BURUNDI nuko mbona IMVEJURU za RNC zitwikiriye ijoro ziramanuka ziva Africa y’Epfo zijya gutera ingabo mu bitugu Abarundi kugirango umwakagara akubitwe byitirirwa igihugu cy’UBURUNDI kuko impamvu y’intambara yabatavuga rumwe n’umwakagara itaraboneka neza neza.

Akimara kumuhusha mbona itangaza makuru ku isi yose ryongera gutangaza yuko General yarusimbutse, maze mbona ibihugu byinshi bishyigikiye yuko RNC ikwiye kurasa umwakagara bakamukuraho nk’uko bakuyeho perezida wa Uganda IDDY AMIN DADA.

Ako kanya umwakagara yahise amenya amakuru ahita arambuka yerekeza ISAMARIYA ajya kuharasa arahatera araharwanya mbona banyampinga b’ABARUNDI-Kazi na Banyarwanda-Kazi,bahuye nikibazo gikomeye cyane bajyanwa mu ishuri ry’ubakiwe abatutsi kwigishwa kubaha Uwiteka Imana nkorera

Abakobwa beza

 

 

 

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu.umukobwa w’ISIYON ahuye nakaga kuko yashize ijosi akanga kumva imiburo y’Uwiteka Imana yabakiranutsi,none akaba aciriweho iteka kubera yuko yishyize hejuru aratumbagira yarika mubushori shori bw’ibicu none Uwiteka akaba ahamumanuye kugirango acishwe bugufi amenye yuko mu ijuru har’Uhororaho Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Mbona umwakagara ayora abakobwa bose baba abize cyangwa abatarize abajyanwa mu mahugurwa y’intambara bose yapfaga kuyorera nyuma yo kumenya yuko bagiye kumurasa bahereye mu gihugu cy’ISAMARIYA nuko ahumbahumba abakobwa nudukobwa abeshi mbona bashizemo umwuka bataragezwa mukibuga cy’amahugurwa ngo batangire imyitozo mbona bashizemo umwuka bakiri mu nzira zerekeza mu myitizo

Ndabwirwa ngo bakoze uburaya igihe kinini baraurirwa banga kwihana none igihe cyabo cyo guhanwa kirasohoye uko niko Uwiteka avuga.Mwana w’umuntu,uyu mwaka n’umwaka wubucamanza ubutabera bw’Uhoraho nuko rero burira intama z’Uhoraho zikomeze gushaka mu maso h’Uhoraho kuko amazi yamaze kurenga inkombe uko niko Uwiteka avuga.

KN

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mukirere hagati y’Isi n’ijuru,mbona icyobo umwakagara yari yacukuye kirekire cyo kubikamo umuhanuzi hamwe na General Nyamwasa hamwe na Col.Karegeya watubanjirije mbona urwo rwobo ko rukomeje gutegereza rufite inzara ikomeye cyane kuko rumaze igihe kinini rutakira ibitambo bikomeye by’umwakagara.

Nuko ndabwirwa ngo,icyo cyobo ubonye nicyo umwakagara yari yaraguteguriye wowe na Nyamwasa hamwe na Karegeya none karegeya yakigiyemo ariko nta bwo kirashira inzara ni nyota.Dore umwakagara yari yizeye yuko azakibikamo Nyamwasa none niwe ugiye kubabanziriza kuko bidashoboka yuko ubuhanuzi bwivuguruza kandi Uwiteka ari we wavugiye mukanwa kumuhanuzi uko niko Uhoraho avuga.

Dore nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi,mburijemo imigambi yose y’umwakagara yo guca igihanga cyawe ni cya General Nyamwasa kuko Nyamwasa azareba ikurwa ry’umwakagara ndetse akazarebesha amaso ye kwima ingoma ku Mwami KIgeli V Ndahindurwa kugirango bamenye yuko nitwa Uwiteka JEHOVA Imana ikiranuka kandi ihoraho

Nicaza ku ngoma uwo nshaka nkurikije imigambi yanjye kandi uwo ntar indishije ukuboko kwanjye ntabwo ashobora kurama nuko rero burira Nyamwasa umubwire uti,nijyewe Uwiteka wakurinze igihe cyose bashatse kukwiza nabaga namaze kuvuga yuko utazapfa ahubwo uzarama kugirango urebe imirimo y’uwiteka Imana yabakiranutsi.Sikubwimirimo yawe,sikubw’ubwenge bwawe ahubwo ni kubw’Uwiteka Imana ihoraho iteka ryose uko niko Uhoraho avuga.

Ubwo andi mayerekwa nanirwa kuyandika kuko numvaga naniwe cyane kubera nagiye kugisasiro nkererewe maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,vaa kugisasiro ugende wandike ibi byose ubonye kuko bidashyize cyera ahubwo bigiye gusohora vuba na vuba bidatinze kugirango ubwoko bw’Uwiteka bumenye ikigiye kubaho mu isi yabazima uko niko Uhoraho avuga.

Ngerageza kurwana nibitotsi ariko biranga umwuka w’Uwiteka nawe ambera ibamba ngeraho mbyutsa ku ngufu za mwuka wera mbona mbashije kwandika ubu butumwa kubera yuko bwihutirwa nuko nshima Uhoraho kuko anshoboje gusohoza umurimo yampamagariye kugirango ubwoko bwe bukurwe mu bujiji bwabazimu.

19 FEB,2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanurira abanyagakondorero ubabwire uti,uku niko Uhoraho agize,dore nzakoresha amahanga akomeye arimo igihugu cy’America kuzakuraho umwakagara ku ngoma kugirango ngarure ubwoko bwanjye murusisiro maze ubwoko bwanjye bujye kunkorera muri gakondo yabakranutsi uko niko Uwiteka agize.

Ndabwirwa ngo,dore leta zunz’ubumwe z’America zihangayikishijwe nuburiganya bwa leta y’uRwanda ikomeje kuriganya abanyagihugu ikoresheje intekonshinga mategeko.Niyompamvu leta y’America itazigera ihwema guhangana kumugaragaro irwanya ibikorwa byo gusuzugura amahanga mu buryo bunyuranije namategeko.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,icyo gihugu nicyo nzakoresha gukuraho umwakagara maze nkimika ubwami nagambiriye kuva cyera ko buzasubira ku ngoma kugirango mbashe kwikorera umurimo wanjye muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.Dore ntakabuza sinzabura kwibuka isezerano nasezeranijwe ubwoko bwanjye kugirango bumenye yuko nitwa Uwiteka Uhoraho iteka ni teka ryose!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibintu bikomeje kumera nabi,none hanurira abatuye isi maze ubabwire uti,ibizaba Isamariya ni byo bizaba IBUYUDA,nuko rero kuko bose bazaterwa ni byago hamwe burira ubwoko bwanjye bwiyubakire inkunge kugirango nzabashe kubarinda kuko ibyo ngiye gukora mu isi yabazima biteye ubwoba uko niko avuga.

Ngiye guteza akaga gakomeye mu isi yabazima, kandi abakiranutsi nibo nzarinda kuko nshaka kwihesha icyubahiro no kwiyerekana mu batuye yuko nd’umunyembaraga kandi ibikorerwa mu isi yabazima bamenye yuko nd’Uwiteka Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.Nuko rero burira abakiranutsi ubabwire uti Uhoraho azi uko azagenza ubwoko bwe bwamunambyeho uko niko Uhoraho agize.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abakiranutsi ubabwire uti,Uwiteka aravuze ngo,nta mukiranutsi wigeze yubahiriza ijambo ry’Uhoraho akaryubahiriza ngo narangiza Uhoraho amwirengagize cyangwa ngo abure kumugirira neza uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero uzizera Uhoraho wese Uwiteka azamukorera ibikomeye cyane kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ariwe Mana kandi abazamwiringira nta bwo bizashoboka yuko bazakorwa nisoni kuko uko ari ko Uwiteka yirahiriye mu izina rye ryera kandi rikiranuka.Nuko rero ubabwire uti,uzakora iby’Uwiteka amutegeka uyu munsi,nukuri nukuri ntazabura kugirirwa neza n’Uwiteka Imana ihoraho iteka ryose

Ubuhanuzi bw’IBABYLON-SHUSHAN

Njyanwa mu iyerekwa maze mbona ibintu biteye ubwoba kandi bitangaje.Nerekwa mukirere cy’IBABYLONI –SHUSHAN hamanuka indege (3) uko zamanukaga ninako zagendaga zicikagurika mo ibice bice maze mbona umuyaga uturutse iburasira zuba maze uraza umanura izo ndege uzicagaguramo ibice bice kugeza izo ndege zirangiye zishiraho zigera hasi zamaze guhinduka ubushingwe.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hamanutse imyuka (3) y’urupfu imanukiye igihugu cy’IBABYLONI-SHUSHAN kandi iyo myuka (3) igiye gusenya igihugu cy’IBABYLONI ndetse imfatiro zose zabadayimoni bo mur’icyo gihugu zizasenyuka kuko bataye Uwiteka Imana yabakiranutsi bagakurikira ibigirwamana kandi bazi neza yuko gusenga ibigirwamana binyuranije nijambo ryanjye uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hamanutse ububyutse bw’urupfu mukarere kibiyaga bigari ku buryo umugabane w’Africa ugiye gukorwa nisoni kuko bananiwe kwiringira Uwiteka Imana kandi izo ntabara zizaba zikomeye cyane abazazirokoka bazaba bagiriwe Ubuntu n’Uhoraho JEHOVA Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka ategetse

21 FEB,2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira umuhanuzi mukuru umubwire uti,dore ugoswe nabanzi bakomeye none menya uko ugenza kuko umwanzi aguhagurukiye bikomeye cyane kandi ibihe byawe byonguhangana nawe bikaba bigenda bicyendara kandi inkozi zikibi zikaba zikomeje gukaza umurengo nuko rero umubwire agenze uko wagenje kugirango abashe gukira imigambi y’inkozi zibibi uko niko Uwiteka akuburiye.

Mu gihe nkiri gusobanuza ibibaye cyangwa bigiye kuba ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore umuhanuzi mukuru ngiye kumugirira neza maze mushyire hejuru mu bushori shori bw’inyenyeri aho inkozi zikibi zitazongera kumuburabuza zimugera amajanja uko niko Uhoraho ategetse.

Nkurwaho njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi maze nerekwa mbona umwakagara yambitse imidende ingabo ze za KDF-Kagame,mbona iyo midende ayitanze kubera ingabo zimurwanya zamaze kugera mu marembo ya gakondo ya bakiranutsi.Mbona ahereye kubatari bafite imidende ya CPT.Maze arayibambika kugirango bemere bajye kumurwanira kurugamba.Imibare ya bahawe imidende nabonaga bangana 678 ngo kugirango bemere kurwanira ubutegetsi Uwiteka yamaze gukura ku ngoma.

Abarwanyaga ubutegetsi,nabonaga bari batangiranye intengenke maze umwakagara abacucumuriraho imvura y’urufaya rwamasasu,mukanya gato,mbona ibintu bibaye nkibihinduka maze mbona ingabo zamwakagara ziguwe gitumo kuko zari zakaze kwizera imbaraga zikomeye cyane mbona mukanya ko guhumbya hamanutse ingabo zimeze nkibimanuka maze zimashana ni ngabo z’umwakagara mbona Kagame-RDF batangiye guhunga berekeza mu ngabo zirwanya ubutegetsi zanga kurwanira umwakagara kugeza aho ubutegetsi bw’umwakagara bwahise burimbuka nti bwongera kwibukwa ukundi

Maze mbona ingabo z’Umwakagara zimera kwishyira mu maboko yabarwanya ubutegetsi bw’igitugu cy’umwakagara baramunesha mbona izo ngabo zahoze zitirirwa FPR,zimanitse amaboko zishyira mu maboko yabatavuga rumwe nubutegetsi bw’Umwakagara.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko bigiye kugenda kuko Uwiteka yamaze gukura umwakagara ku ngoma kandi akaba yaravuze yuko Uhoraho adashobora byose none Uwiteka arashaka kumwereka yuko ashobora byose harimo no kumukura kubutegetsi.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ikibi zirangije inama aka kanya yo guhungabanya ubugingo bwabakiranutsi.Ariko bariyimbire kuko imigambi yabo isa no gushinga umuhunda ku kirenge.Nuko rero Uwiteka ntashobora kwemera yuko abakiraanutsi bashyirwa mu maboko yabanyabyaha uko niko Uhoraho avuga.

Nkomeza kwerekwa imigambi y’umubi mbona inkozi z’ibibi zigambirira kugirira nabi umulinzi Mukuru w’ibyasezeranjwe ngo zimwambure ubugingo kubera kugira ishyari ry’umurimo yahawe wo kulinda ibyasezeranijwe bibikiwe abakomoka mu bwoko bw’Abakiranusti.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ngiye kuburizamo imigambi y’umwanzi kugirango amenye yuko ukorera Uwiteka imana yabakiranutsi uko niko Uhoraho avuga.

Nerekwa mbona za magigiri zinyandikira zinsaba ko twakumvikana,ubwo bandika iyo e-mail jyewe nari mu masengesho mbona ko uwo magigiri afite abadayimoni(Jackson Nkurunziza)nuko ndasenga cyane nshyizeho umwete mbona nirukanye abadayimoni bari bamwuzuyemo ako kanya mbona intore zivugana ubwazo ngo;uwo muntu w’Imana duhiga ashobora kuatugiraho ingaruka.

Nuko mbona bahisemo kwigendera bagenda bavuga ngo ntibashobora kumbona uko niko batanze raporo kwa shebuja wabo wari yabatumye igihanga cyanjye maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,uko niko Uwiteka agiye gutatanya imigambi yabakurwanya kugirango umenye ko nd’Uwiteka Imana ishobora ku byose uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zimaze kwemera ijambo ry’Ubuhanuzi rya turutse mukanwa k’Uhoraho none basigaye biganyira kuguhiga ngo baguce igihanga kuko ibimenyetso byose wahanuye ko bizagaragaza ivanwaho ry’ubwami bw’umwakagara,byose bamaze kubibona byose nta na kimwe gisigaye usibye irimbuka ry’ubutegetsi.

Gusa bananiwe kwikura mu maboko ya sekibi naho ubundi kwemera ijambo ry’Uhoraho bararyemera, kandi cyane nubwo badashaka kugaragaza yuko babaye abigishwa bawe, uko niko Uhoraho avuga.Abadayimoni bakomeje kurindagiza ubwoko bw’Uhoraho uko niko Uwiteka ategetse.

Niyompamvu Uwiteka agiye kurwanya inkozi zibibi ndetse akarwanirira abakiranutsi kugirango abizeye by’ukuri bahabwe ibyasezeranijwe hejuru yibyo bazongererwa ubugingo bwo mu ijuru uko niko Uhoraho agize.

19 FEB,2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanurira abanyagakondorero ubabwire uti,uku niko Uhoraho agize,dore nzakoresha amahanga akomeye arimo igihugu cy’America kuzakuraho umwakagara ku ngoma kugirango ngarure ubwoko bwanjye murusisiro maze bujye kunkorera muri gakondo yabakranutsi uko niko Uwiteka agize.

Ndabwirwa ngo,dore leta zunz’ubumwe z’America zihangayikishijwe nuburiganya bwa leta y’uRwanda ikomeje kuriganya abanyagihugu ikoresheje intekonshinga mategeko.Niyompamvu leta y’America itazigera ihwema guhangana kumugaragaro irwanya ibikorwa byo gusuzugura amahanga mu buryo bunyuranije namategeko

KGNT

 

 

 

 

Mwana w’umuntu,icyo gihugu nicyo nzakoresha gukuraho umwakagara maze nkimika ubwami nagambiriye kuva cyera ko buzasubira ku ngoma kugirango mbashe kwikorera umurimo wanjye muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.Dore ntakabuza sinzabura kwibuka isezerano nasezeranijwe ubwoko bwanjye kugirango bumenye yuko nitwa Uwiteka Uhoraho iteka ni teka ryose

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibintu bikomeje kumera nabi,none hanurira abatuye isi maze ubabwire uti,ibizaba ISamariya ni byo bizaba IBUYUDA,nuko rero kuko bose bazaterwa ni byago hamwe burira ubwoko bwanjye bwiyubakire inkunge kugirango nzabashe kubarinda kuko ibyo ngiye gukora mu isi yabazima biteye ubwoba uko niko avuga.

Ngiye guteza akaga mu isi yabazima, kandi abakiranutsi nibo nzarinda kuko nshaka kwihesha icyubahiro no kwiyerekana mu batuye yuko nd’umunyembaraga kandi ibikorerwa mu isi yabazima bamenye yuko nd’Uwiteka Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.Nuko rero burira abakiranutsi ubabwire uti Uhoraho azi uko azagenza ubwoko bwe bwamunambyeho uko niko Uhoraho agize.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abakiranutsi ubabwire uti,Uwiteka aravuze ngo,nta mukiranutsi wigeze yubahiriza ijambo ry’Uhoraho akaryubahiriza ngo narangiza Uhoraho amwirengagize cyangwa ngo abure kumugirira neza uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero uzizera Uhoraho wese Uwiteka azamukorera ibikomeye cyane kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ariwe Mana, kandi abazamwiringira nta bwo bizashoboka yuko bazakorwa nisoni kuko uko ari ko Uwiteka yirahiriye mu izina rye ryera kandi rikiranuka.Nuko rero ubabwire uti,uzakora iby’Uwiteka amutegeka uyu munsi,nukuri nukuri ntazabura kugirirwa neza n’Uwiteka Imana ihoraho iteka ryose!

Hunye

 

 

 

Ubuhanuzi bw’IBABYLON-SHUSHAN njyanwa mu iyerekwa maze mbona ibintu biteye ubwoba kandi bitangaje.Nerekwa mukirere cy’IBABYLONI –SHUSHAN hamanuka indege (3) uko zamanukaga ninako zagendaga zicikagurika mo ibice bice maze mbona umuyaga uturutse iburasira zuba maze uraza umanura izo ndege uzicagaguramo ibice bice kugeza izo ndege zirangiye zishiraho zigera hasi zamaze guhinduka ubushingwe.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hamanutse imyuka (3) y’urupfu imanukiye igihugu cy’IBABYLONI-SHUSHAN kandi iyo myuka (3) igiye gusenya igihugu cy’IBABYLONI ndetse imfatiro zose zabadayimoni bo mur’icyo gihugu zizasenyuka kuko bataye Uwiteka Imana yabakiranutsi bagakurikira ibigirwamana kandi bazi neza yuko gusenga ibigirwamana binyuranije nijambo ryanjye uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hamanutse ububyutse bw’urupfu mukarere kibiyaga bigari ku buryo umugabane w’Africa ugiye gukorwa nisoni kuko bananiwe kwiringira Uwiteka Imana kandi izo ntabara zizaba zikomeye cyane abazazirokoka bazaba bagiriwe Ubuntu n’Uhoraho JEHOVA Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka ategetse

21 FEB,2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira umuhanuzi mukuru umubwire uti,dore ugoswe nabanzi bakomeye none menya uko ugenza kuko umwanzi aguhagurukiye bikomeye cyane kandi ibihe byawe byonguhangana nawe bikaba bigenda bicyendara kandi inkozi zikibi zikaba zikomeje gukaza umurengo nuko rero umubwire agenze uko wagenje kugirango abashe gukira imigambi y’inkozi zibibi uko niko Uwiteka akuburiye.

Mu gihe nkiri gusobanuza ibibabye cyangwa bigiye kuba ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore umuhanuzi mukuru ngiye kumugirira neza maze mushyire hejuru mu bushori shori bw’inyenyeri aho inkozi zikibi zitazongera kumuburabuza zimugera amajanja uko niko Uhoraho ategetse.

Nkurwaho njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi maze nerekwa mbona umwakagara yambitse imidende ingabo ze za KDF-Kagame,mbona iyo midende ayitanze kubera ingabo zimurwanya zamaze kugera mu marembo ya gakondo ya bakiranutsi.Mbona ahereye kubatari bafite imidende ya CPT.Maze arayibambika kugirango bemere bajye kumurwanira kurugamba.Imibare ya bahawe imidende nabonaga bangana 678 ngo kugirango bemere kurwanira ubutegetsi Uwiteka yamaze gukura ku ngoma.

Abarwanyaga ubutegetsi,nabonaga bari batangiranye intengenke maze umwakagara abacucumuriraho imvura y’urufaya rwamasasu,mukanya gato,mbona ibintu bibaye nkibihinduka maze mbona ingabo zamwakagara ziguwe gitumo kuko zari zakaze kwizera imbaraga zikomeye cyane mbona mukanya ko guhumbya hamanutse ingabo zimeze nkibimanuka maze zimashana ni ngabo z’umwakagara mbona Kagame-RDF batangiye guhunga berekeza mu ngabo zirwanya ubutegetsi zanga kurwanira umwakagara kugeza aho ubutegetsi bw’umwakagara bwahise burimbuka nti bwongera kwibukwa ukundi

Maze mbona ingabo z’Umwakagara zemera kwishyira mu maboko yabarwanya ubutegetsi bw’igitugu cy’umwakagara baramunesha mbona izo ngabo zahoze zitirirwa FPR,zimanitse amaboko zishyira mu maboko yabatavuga rumwe nubutegetsi bw’Umwakagara.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko bigiye kugenda kuko Uwiteka yamaze gukura umwakagara ku ngoma kandi akaba yaravuze yuko Uhoraho adashobora byose none Uwiteka arashaka kumwereka yuko ashobora byose harimo no kumukura kubutegetsi.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ikibi zirangije inama aka kanya yo guhungabanya ubugingo bwabakiranutsi.Ariko bariyimbire kuko imigambi yabo isa no gushinga umuhunda ku kirenge.Nuko rero Uwiteka ntashobora kwemera yuko abakiraanutsi bashyirwa mu maboko yabanyabyaha uko niko Uhoraho avuga.

Nkomeza kwerekwa imigambi y’umubi mbona inkozi z’ibibi zigambirira kugirira nabi umulinzi Mukuru w’ibyasezeranjwe ngo zimwambure ubugingo kubera kugira ishyari ry’umurimo yahawe wo kulinda ibyasezeranijwe bibikiwe abakomoka mu bwoko bw’Abakiranusti.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ngiye kuburizamo imigambi y’umwanzi kugirango amenye yuko ukorera Uwiteka imana yabakiranutsi uko niko Uhoraho avuga.

Nerekwa mbona za magigiri zinyandikira zinsaba ko twakumvikana,ubwo bandika iyo e-mail jyewe nari mu masengesho mbona ko uwo magigiri afite abadayimoni(Jackson Nkurunziza)nuko ndasenga cyane nshyizeho umwete mbona nirukanye abadayimoni bari bamwuzuyemo ako kanya mbona intore zivugana ubwazo ngo;uwo muntu w’Imana duhiga ashobora kutugiraho ingaruka.

Nuko mbona bahisemo kwigendera bagenda bavuga ngo ntibashobora kumbona uko niko batanze raporo kwa shebuja wabo wari yabatumye igihanga cyanjye maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,uko niko Uwiteka agiye gutatanya imigambi yabakurwanya kugirango umenye ko nd’Uwiteka Imana ishobora ku byose uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zimaze kwemera ijambo ry’Ubuhanuzi rya turute mukanwa k’Uhoraho none basigaye biganyira kuguhiga ngo baguze igihanga kuko ibimenyetso byose wahanuye ko bizagaragaza ivanwaho ry’ubwami bw’umwakagara bamaze kubibona byose nta na kimwe gisigaye usibye irimbuka ry’ubutegetsi,gusa bananiwe kwikura mu maboko ya sekibi naho ubundi kwemera ijambo ry’Uhoraho bararyemera kandi cyane nubwo badashaka kugaragaza yuko babaye abigishwa bawe uko niko Uhoraho avuga.

 

 

 

23 FEB,2016 Maze njyanwa mu iyerekwa mbona uwahoze ari mugaba mukuru w’ingabo General James Kabarebe arimo kurya ibisigarizwa byabagaragu be,nyoberwa uko bigenze.Mbona isikoti ze uwitwa Cheef Iskoti ariwe ushinzwe gutegura amafunguro yarangiza we nabagenzi be bagafungura maze ibisigaye bakaba ari byo babikira shebuja yaza akaba ari byo bamufungurira.

Nerekwa uwo muherwe ukomeye cyane utinyitse cyane mu isi yabazima,ndetse akaba anarusha ubutunzi bwinshi shebuja (umwakagara) ko yubatse amazu kumugabane w’Uburayi amazu yo mu bwoko bwa Brick kandi ayo mazu akaba ari ay’igiciro cyinshi cyane ku buryo abantu bayubaka ku mugabane w’Uburayi n’America baba arabaherwe cyane byimazeyo

Uwo mujeneral ubona,ubutunzi bwe bwariwe n’inzige zitwa abagore none bwanze gushira ahubwo burushaho kwiyongera ariko biratangaje kuba adashobora kwinezeza mur’ubwo butunzi kuko Uhoraho yamwimye inda yo ku burya kuko yaneguriye Uwiteka mundaro niyompamvu asigaye arya ibisigarizwa byabagaragu nyamara dore ubutunzi bwe ngiye kubamaraho ku buryo isi yose nabayituye bazatangara cyane bakamenya yuko nd’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho avuga.

Dore abakomeye bose bo ku isi bifuza kuvugana cyangwa kubonana nawe, ariko umunsi w’Uwiteka ubwo uzaba usohoye nibwo bazamenya yuko Uwiteka ari we Mana kandi ko ari we utanga akanambura kandi agaca imanza zitabera kuko ari we mujenga wa byose yaremye ijuru n’isi dore ntakabuza isi yose izumirwa ubwo nzaba nsohoje ijambo ryanjye ryavugiwe mukanwa kabahanuzi uko niko Uwiteka avuga.

23 FEB,2016 njyanwa mu iyerekwa maze mbona abagabo (3) bo mu bwoko bwa magigiri bahawe umurimo wo guhiga no kwica umuhanuzi Majeshi Leon,mbona bananiwe kumubona maze umwakagara ategeka yuko bicwa bagacibwa igihanga ngo kuko umurimo batagetswe bananiwe kuwutunganya neza kandi barahawe ibyangombwa byose bijyanye nubwicanyi.

Nkiri muri uwo mwuka nerekwa mbona Uwiteka Imana ahagurukije abagabo (3) bagiye gukoreshwa ibikomeye cyane mu isi yabazima. Mu byo bazakoreshwa halimo no gukuraho umwakagara ku butegetsi kugirango isi yose imenye yuko Uwiteka ari we mutware utwara amahanga yose yo mu isi uko niko Uhoraho avuga.Ibyo Uwiteka agiye kubikorera kugirango atandukaye ibishimwa mu bigawa maze abakiranutsi barusheho kubona no kumenya Uwiteka Imana bajyaga basenga cyangwa bambaza batayizi uko niko Uhoraho ategetse

24 FEB,2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwrira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi yongeye kuguhagurukira bikomeye ariko aribeshya ibyo yibwira birasa no gushinga umuhunda ku kirenge kuko imigambi ye idashobora gusohozwa uko niko Uwiteka avuga.

Dore imigambi yabo nongeye kuyiburizamo kugirango umenye yuko nd’Uwiteka Imana yawe,Imana ya Abraham, Issack,na Yakobo na Majeshi Leon.Dore umwanzi ubuhanuzi buramukomereye barimo kugerageza kwangiza izina ryawe nyamara izina Uwiteka yashyize hejuru ntamuntu ushobora kurisubiza hasi uko niko Uhoraho avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona nongera kugirirwa Ubuntu bugeretse ku bundi, kandi butangaje cyane,mbona igice cy’Africa gihura nakaga gakomeye cyane,ariko ibyo neretse byari bikomeye kubimenya cyangwa kubisobanukirwa byari bigoye cyane kuko ntaho nigeze kubyigishwa cyangwa kubibona cyangwa kubyumva.

Nuko mbona hamanuka umwuka usa nibicu,uwo mwuka ukimara kugera hasi ku isi,wahise uvangira ibiremwa byose biri ku isi.Mbona ibiremwa byose bibuze umwuka wo guhumeka kubera imvange yuwo mwuka waruturutse hejuru ku ijuru ukaza ukagera ku isi yahoo abana b’Abantu batuye

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,jyenda ugere ahabaye ariya mahano maze usabe Uwiteka Imana ibagarurire ubuzima.Nuko ndumvira ndagenda ngezeyo mbona wa mwuka wasaga nibicu utangiye kweyeruka werekeza aho waturutse mu ijuru nuko mbona abana b’Abantu basubijwemo ubuzima

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu nagushyiriyeho kugirango ubere ibiremwa bituye isi umugisha ni mpumuro nziza, kuko nshaka yuko ubwoko bwanjye bubona imbaraga zanjye mbinyujije muri wowe,dore isi ifite cyangwa iri mukaga gakomeye kubera nta bahanuzi bayibamo iyo ngerageje kugira uwo mpagurutsa bahita bamwivugana kubera kutagira ubwenge kwibwira yuko abana b’Abantu bashobora kugira icyo babamarira ariko nta cyiza cyava mu mwana w’umuntu

25 FEB,2016 ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu dore unyuze muri byinshi, ariko uyumunsi urahura nabadayimoni imbone nkubone ariko nta cyo bari bugutware ahubwo urabanyura hagati nyamara nta cyo bari bugutware kuko Uwiteka ariwe Mana yawe.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abaguhiga bararushye kandi bamerewe nabi cyane kuko ijambo ry’Uwiteka ryabahanuriweho ribageze ahaga niyompamvu baguhagrukiye cyane nyamara bisamye basandaye kuko igihe cyabarenganye dore uwiteka asohoje ibyo yavuze kugirango bimenyekane yuko ariwe Mana

Noneho bagiye kugushaka kugirango  baguhe intonorano maze bagusabe ko wabagirira neza ugakuraho ibyo bita ibitutsi kuri bo, ngo maze babone kugubwa neza. Nyamara ijambo ry’Uhoraho ntibashaka yuko rikomeza kujya ahagaragara, ariko barashinga umuhunda kukirenge mbese birashoboka yuko bamenya yakwakira intorano maze akarosera Uwiteka Imana yabakiranutsi?Uko niko Uwiteka abaza!

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ububyutse bwahanuwe n’abahanuzi buramanutse kandi bumanukiye abakiranutsi kuko abazakora muri ubwo bubyutse(Abatoranijwe n’uhoraho) kandi bigishijwe n’uwiteka kuko byanditswe ngo;bose bazigishwa n’Imana Yohana 6:45 nuko rero dore insuzugurwa zongeye kuzamurwa zishyizwe hejuru kuko zizakoreshwa ibikomeye.Mbona abantu basa nabashumba batigeze bijya mu ishuli mbona nibo bahawe ubutware bwo gukoreshwa ibikomeye ndetse icyubahiro cyabo kikuba inshuro ebyeri maze ijambo ry’Uwiteka rirmbwira riti,uko niko bigiye kugenda kuko abitwa intwabwa “The Remnantes”abo nibo Uwiteka agiye gukoresha ibikomeye cyane mu isi yabazima

Nongera kugirirwa ikizere n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, njyanwa mu isi y’umwuka, mbona abadayimoni bahagaze haruguru y’umuharuro wa gakondo yabakiranutsi,mbona bahagaze bategereje cyangwa bateze abakiranutsi ngo babashimute.Ariko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu ziriya mbogo ubonye zivanze ni nka zizungu nabadayimoni binkazi batereje ubwoko bw’Uhoraho ngo babugirire nabo.

None zamuka ugenda uburire ubwoko bw’Uhoraho butagwa muri uriya kutego kuko ahatari umuhanuzi abantu bigira ibyigenge bikabatera kurimbuka.Nuko ndamanuka ndagenda ngeze hepfo gato mpura nabakiranutsi ndababurira ngo ntubanyure muri uwo muhanda kuko umwanzi yahabategeye!

Nuko nongera kujyanwa mu iyerekwa mbona umugisha uturutse ahantu hadatunganye ku isi yabazima, mbaza kwanga kwakira uwo mugisha maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti mwana w’umuntu,dore harumugisha bashaka kuguha inkozi zibibi nibawuguha uwakire ariko ntuzabakorere ibyo bifuza kuko bakurwanije kandi bakaba batarigeze bakugirira imbabazi uko niko Uhoraho abitegetse.

Mbona abanyarwanda batotomba bavuga yuko badashaka kuyoborwa na RPF cyangwa RNC ngo kuko bamennye amaraso ahubwo ngo barashaka umuyobozi udafite amaraso mubiganza nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore nzubahiriza ibyifuzo by’ubwoko bwanjye nta bwo nzongera kubaha umuyobozi ubayoboza igitugu kuko ubwoko bwanjye burarushye kandi bumaze igihe kinini butakamba bunsaba ko nabugirira neza niyompmavu nimanukiye nkaza kumva ibyo barega abayobozi babo kandi nasanze ari byo ibyo birego byabo nukuri kwambaye ubusa niyompamvu ngiye kubaruhura nkaba abayobozi badafite amaraso mu biganza uko niko Uhoraho avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona amafanga yibicupuri menshi cyane mbona ayo mafaranga yakozwe n’umwakagara kugirango atange tange mu gihugu azayakoreshe mugufunga abatavuga rumwe nubutegetsi bwe cyane abo mu ishyaka rya RNC mbona ibyo bifaranga bidafite agaciro bisa nicyatsi kibisi.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,dore abanyamuryango ba RNC bamaze kwiyongera mu gihugu umwakagara akomeje kugira ibibazo bikomeye none ahimbye amayeri yo gukora ibicupuri byamafaranga kugirango azabigire ikirego murukiko ubwo azaba amaze kubageza murukiko uko niko Uwiteka avuze.

Nkomeza kujyanwwa mu iryo yerekwa ryamaze igihe kirekire ubusanzwe rimara iminota hagati 6-10 ariko iri ryo ryamaze amasaha agera kuri (4) nuko mbona abakagara nabakagara kazi bahawe imbaraga z’umwijima kugirango bongere bakaze umurego wo guhumanya abatavuga rumwe nashebuja (Umwakagara) maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,tegeka umanure I baraga usenye ziriya mbaraga z’umwijima bagiye kumanura maze bakorwe nisoni uko niko Uhoraho avuga.

Nerekwa ubuyutse vwongera kumanuka maz abari baraburanye bongera guhuzwa ni mbaraga z’umwuka wera,maze mbona abera bahana basomana (KISS) gusomana kwera bafite ibyishimo bikomeye kandi banezerewe cyane kuko umwanzi wabo aciriweho iteka.nuko ndetse mbona n’umugisha ututrutse k’Uwiteka ko ugiye kumanuka maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwanaw’umuntu,dore ngiye kongera nguhe umugisha maze umenye yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Church

 

 

 

 

26 FEB,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona turi abagabo(4) tugenda mu muhanda nyabagendwa,umwe muri bo nabashije kumenya ni Pastor Budederi William mbona abagabo batatu twari twikoreye imitwaro kumutwe ariko sinabashije kuyimenya iyariyo maze mbona Pastor William afashe bibiliya mu ntoki ndamubwira ngo nagende abwiriza mu muhanda kugirango abantu bihane kuko igihe kirarangiye agakiza gasubiye iyo katurutse

Maze aranga ahubwo asaba uko turi batatu kumuha imitwaro yacu yose arayikorera ayishyira kumutwe maze turagurana ampereza bibiliya ngenda mbwiraza mu muhanda maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,Pastor Budederi William yambuwe umulimo yakoraga kuko aciriweho iteka uko niko Uhoraho avuze.

Mukanya gato nongera gusubizwa mu iyerekwa mbona na none ndikumwe na Pastor Budederi William mbona atwaye imodoka cyangwa ikinyabiziga cyo mubwoko bwa JEEP mbona aturuka mu muhana amanuka yihuta imbere hari abandi bantu nabo bari batwaye amamodoka bose bamanuka ubutayu bugufiya berekeza kunyanja iri haruguru yubwo butayu maze nanjye ndabakurikira tugeze mu butayu hagati mbona babandi bari bari mbere barasize maze ageze muri ubwo butayu hagati yaramaze kugenda nka ½ arahagarara ariko niya modoka ye yari maze gushiramo imbaraga maze mbonye ko adakomeje nsubira inyuma arambwira ngo ampe iyo jeep ye ngo nkurikire abo barikumwe ndamwangira.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Pastor Budederi William mwambuye umurimo yakoraga kubera kutumvira Uwiteka Imana no kwishyira hejuru cyane none dore mwohereje mu gihugu cyo mu butayu kuko abanyarwanda b’Abatutsi biyita abanyamurenge bancumuyeho kandi bakerensheje ijambo ry’Uhoraho banga kugendera mu nzira zabasogokuruza babo kuko bagendeye mugukiranuka ariko abana babo bakunze iby’isi niyompamvu nanjye nta zatuma bagira icyo baragarika uko niko Uwiteka avuga.

Byuka wandike ibyo nkeretse kuko byihuse gusohora kugirango ababisoma babimenye kandi bamugezeho amakuru ye y’ijambo riturutse k’Uwiteka Imana yabakiranutsi.Nuko mbere yuko ngaruka mu mubiri ndatambika erekeza mu nkokora z’ubutayu mpasanga umudamu witwa Mama Linda wakundaga uwo mu Pastor cyane akamufasha mubijyanye n’ubumubiri maze mbona nawe yarafunguye urusengero mu gihugu cy’ubutayu bugufiya.

Ariko urusengero rwe rwali rugizwe nabagore gusa gusa (Bisobanura abarozi)nuko numva umudamu umwe(Itorero) avuga ngo nta bwo umuhanuzi Majeshi Leon ashobora gusengera murusengero rwanyu ntarukundo mufite ngo icyo nicyo kimuranga ahantu hatari urukundo ntashobora kuhinjira.Maze wa mudamu aramubaza ati,abwirwa niki ahantu hatar’urukundo?Undi aramusubiza ati,sinzi uko abimenya ariko iyo agezemo agasanga ntarukundo ruharangwa ako kanya ahita yihagurukira akisohokera nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Mama Linda yinjijwe mu butayu no gukora umurimo atahamagariwe uko niko Uwiteka avuga.

27 FEB,2016 ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,kuraho amabanga yawe kuri mudasobwa kuri (screen) kuko barushimusi bagiye gukoresha ikorana buhanga rya Rimote Access Files (RAF) maze bakabona uko binjira muri mudasobwa yawe bagahita basenya gakondo y’umuhanuzi uko niko Uwiteka avuga.

Dore barakurakariye cyane bikabije ndetse bitabaho kuko bahanganye n’ubuhanuzi kandi ukaba ukomeje kubahanurira ibyago bakaba ariyo mpamvu badashobora ku kureka ngo umecye nagato,ariko Uwiteka Imana yawe ntizabura ku kugirira neza uko niko Uhoraho avuga.

Dore inkozi z’ikibi zikozwe nisoni kuko Uwiteka akingiye umuryango hagati ya banzi bawe hamwe n’inkozi zibibi ndetse nabiyita inshuti zawe bihishe mu bwihisho nyamara abo bose Uhoraho agiye kubanika abashyire ahagaragara kugirango bamenyekane kuko iki gihe ar’igihe cy’ubucamanza hamwe n’ubutabera bw’Uhoraho kandi abakiranutsi dore imanza zabo zimaze amezi abiri zitangiye naho abakiranirwa izabo zimaze imyaka itatu zitangiye niko Uhoraho avuga.

Humura erega Uwiteka niwe washatse ko bigenda gutyo kugirango atunganye kwizera kwawe ndetse nabakiranutsi bazabashe kukwigiraho kuko iyo basoma ibyanditswe bibwira yuko ibyo basoma bitabayeho cyangwa abantu bicyo gihe baba batandukanye na biki gihe,nyamara babuze ukwizera naho abantu nibabandi ndetse n’Imana ntiyigeze ihinduka niko Uwiteka avuga.

Dore barushimusi bakozwe nisoni ibyo bari kugukorera nibyo umwakagara agiye kubakorera kugirango bamenye yuko kurwanya umuntu w’Imana(Bamenya) bidashoboka kandi ko bisemerera ndetse bigatera umuvumo.Ni kenshi abantu bakoresha izina ry’Uhoraho bishakira icyubahiro ariko,ariko imbuto zibyo biyitirira ntizishobore kugaragara nyamara bavuga ko ngo arabakozi b’Uhoraho.

Ariko igihe cyose hazahagurutswa umuntu w’Imana abantu bagatangira kumujonjora,ntakabuza Uwiteka nawe ntazabura kubajonjora uko niko Uhoraho avuga.Nuko mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo woherezwa mu gihugu cyo mu butayu bugufiya kubera kunanirwa gutunganya imigmabi y’ubugome n’ubugizi bwa nabi,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,abanzi bawe bashyizwe mu butayu bagiye kwigishwa kubaha umuntu w’Uhoraho(bamenya) kuzageza igihe Uwiteka azacururuka umujinya we nibwo azabakuraho agacuma kuzuye umujinya abasutseho niko Uhoraho avuga.

Na none nerekwa iby’umuhanuzi mukuru,mbona azamuka ahantu hazamuka cyane amaze kuharangiza,mbona hahindutse ikinogo kire kire cyane mu nzira nyabagendwa yanyuragamo,nuko ndebye hirya mbona hari mbaraga zatakaye zidafite nyirazo,mbwira umuhanuzi mukuru ngo agende azitorere ko zabuze uwazikoresha iby’umumaro nuko maze kumuburira aragenda arazitaro azishyira mu bubiko ntangazwa nuko mu bantu bose banyuragaho batigeze barabukwa iby’izo ngufu zabaye imfabusa!

28 FEB,2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uyu munsi wandike iby’umuhamagaro w’Uwiteka ku mwana w’umuntu,kugirango ubwoko bwanjye busobanukirwe impamvu habaho intambara ikomeye cyane kubahamagawe n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Dore bamaze igihe bakuvuga cyane harabakuvuga nabi cyane kuko ubangamiye inyungu zabo, ni cyubahiro cyabo,hari nabakuvuga neza kubera umurimo ukomeye naguhamagariye ku nkorera ibyo rero ntibiguhagarike umutima kuko uko niko bigenda abana b’Abantu bazirana n’umuntu Uhoraho ahagurukije kubera ishyari hamwe ni mbaraga z’umwijima zibakoreramo.

Bahora bavuga yuko bakeneye Imana cyane,ariko Uwiteka yagira atya agahagurutsa umuntu runaka, intabara zigatangara bagatangira kurwanya uwo Uwiteka yambitse imbaraga z’umwuka wera nyamara bakibagirwa yuko Uwiteka ari we Mana kandi ari we mugenga wa byose uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibikomeye maze gucishwamo,mbona amagambo ya bantu bavuga akanyuraho hejuru yanjye nk’umuyaga maze nerekwa wa muvugabutumwa w’umugore witwa Marie Esther Murebwayire araza arambwira ngo,ejo barimo bskuvuga nabi cyane ku buryo amagambo bavugaga ntashobora kuyasubiramo!

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,iyo mvugo niy’umuntu ushaka ko mwakongera gusubirana cyangwa kuvugana, ntaho ihuriye nukuli kwibyo akubwira,kuko byamaze kugaragara yuko ufite ho Uhoraho nka gakondo yawe usibye se ku kuvuga,no ku kwica ntibaba barakwishe?Uko niko Uwiteka abaza!

Nuko rero ntiwite ku magambo ya bantu kuko abo bose iyo Uwiteka ataza ku kulinda bari kuvuga yuko wabuze ubwenge uko niko abana b’Abantu bakora ndetse ninako bateye niko bamera iyo ibintu bimaze kubayobera batangira guhimba amayeri yo kwigarura buretse gato ahubwo uzumva n’uwahoze ari madamu wawe atangira kwigarura yiyibagize ko yakwise imbwa ndetse yanatutse mama wawe witabye Imana ku wa 1 Mutarana 1981 kandi wowe utarigeze utuka nyoko bukwe uko niko abadamu bamera biyibagiza ibibi byabo bagashaka kubitwikiriza ibyiza batagira kugirango bibanyuze mu muhanda base nabambaye kandi bambaye ubusa(Ibikorwa)niko Uhoraho avuga.

Uyu munsi wandike kumuhamagaro w’Abraham,Issack,Yakobo,Esau,Josepf kugirango ubwoko bwanjye bubashe gusobanukirwa yuko gukorera Uwiteka ntabwo ari ukudamarara kuko umwanzi aba arwanya ijambo ry’Uhoraho kugirango bigaragare yuko Imana itajya igirira neza abantu bayo.

Nyamara Uwiteka aba afite icyerekezo kigari cyane akwerekezamo ariko kubera gukunda ibyavuba na vuba by’abadayimoni akenshi bituma abantu batabasha gusohoza umugambi w’Uhoraho bagaca inzira ngufiya maze bagapfukamira umwanzi Satani akabaha ibyo bifuza barangiza bakabibatiza amazina y’Uwiteka babeshya yuko Uwiteka ariwe wabahaye umugisha uko niko umwanzi akoresha amayeri kuko asobanukiwe integenke za muntu ko ntakwihagana agira mubuzima bwe bwaburi munsi kugirango atazabona ubugingo buhoraho uko niko Uhoraho avuga.

Bene data bakundwa ikigisho cyo kuri uyu munsi wa mbere wisabato,uko niko Uhoraho yagitegetse kugirango dusubire ku bakurambere bacu ba cyera twitegereze kandi tunyure munzira zabo za kera maze tubashe gusohoza amahoro mu bugingo buhoraho twateguriwe n’Uhoraho

bible

 

 

 

 

Banza utekereze amagambo nibitutsi byavuzwe ku mugaragu w’Imana akaba n’umuhanuzi nk’uko Uwiteka yabibwiye Umwami Abimelech ubwo yamubwiraga yuko Sarah atar’umugore we ahubwo ko yari mushiki we.Nibyo kuba yari mushiki we ntibyakuragaho kuba babana nkumugore n’umugabo kuko icyo gihe buri bwoko cyangwa buri muryango bashakanaga ukwabo kuko babaga bataziranye ndetse nururimi rwabaga rutandukanye.

Ariko yamaze imyaka myinshi ategereje isezerano uhereye kumyaka 75 kugeza kumyaka ijana 100 year agitegereje isezerano ry’Uhoraho.Kugeza ubwo Sarah amubwiye ati,ubanza Uwiteka atari we wavuganye nawe,ngaho nguhaye uburenganzira genda urarane na Hagar turebe ko wabona akana ejo tutazasiga ubutunzi bwacu tukabusigira Elizari utari uwo murubyaro rwacu.Tekereza uyu munsi ari wowe bibayeho ukageza muri iyo myaka mbese byaba byifashe gute?rubanda,abo muvukana,inshuti zawe,nabandi ubwo se wajya ubabwira ngo ufite isezerano urabona bakumva?

Ungera utekereze ku bantu bihaye amasezerano ndetse bamwe biyise mama ISSAC ese n’Uwiteka wabise ayo mazina?Ubwo se koko nibasaza batikoze imugongo urumva ako gahinda kangana iki?Umwuka w’ikinyoma ngo uko niko bizera Imana?Ofcourse yes birababje cyane !!! Ibyo byose byabereyeho kugirango byigishe ibisekuruza bizakurikiraho kuko Uwiteka atajya akora umushinga wigihe gito ahubwo akora uwibihe byose “Long term Eternal” Project”kugirango nabandi bazabyigireho.

Uko byagendekeye Abraham,ninako byagendekeye umuhungu we ISSAC, “a Son like father”cyakora we kuko isezerano ryari ryegereje yamaze imyaka (20) we na Rabech batarabona urubyaro tekereza icyo gihe amagambo mukuru we Ishumail yaba yaravugaga nubwo tutari duhari ariko umenye yuko yirukanywe kugirango atazaraganwa hamwe na ISSAC ngo niwe ufite Imana da!!!

Akenshi kuko abantu baba batazi umugambi Uwiteka agufiteho,bihutira kuguciraho iteka nyamara iyo ugiriwe Ubuntu ugahabwa ubwenge ubuhanga no kumenya ukabasha gusobakirwa yuko wahamagawe kandi ko Uwiteka agufiteho umugambi atar’ibyo wabwiwe nabafarisayo bishobora ku kugufasha bikaba byakugeza kure cyane yahoo utekekereza.

Nubwo bigaragara yuko Abraham n’Umuhungu we ISSAC babeshye Umwami ko abadamu babo atari abafasha babo ahubwo ari bashiki babo,Uwiteka ntiyabuze kubarwanirira.Tekereza iyo Abimelech aza kurongara Sarah ese SARAH yari kuzapfa yongeye gusubirana na Abraham?

ISSAC wabeshye ko REBECAH atari umufasha we, iyo Abimelech aza kumurongora usibye ko Imana yaciye inzira akababona barimo basomanira mugikari urumva byari kuzagenda gute?Umwami yagutwara umugore ukazongera kumubona?Uyu jyewe nawe twari kuba tuvuga iki?

Uwiteka Imana yabakiranutsi,azi ingaruka ni ntengenke byaba bantu, kandi azi ni ngaruka bigira kumurimo we,ahangaha rero urabona ko Uwiteka iyo ataza guhagarara kumurimo we uyu munsi umwanzi satani aba adukwena cyane atwereka yuko Uwiteka atajya alinda abakiranutsi.Ariko tunakuramo isomo rivuga yuko kubo Uwiteka yahamagaye ndetse yanatoranije ajya abalindira no muntegenke zabo ibyari ibinyoma akabihindura ukuri.

Uko niko byagendekeye Yakobo wavukanye na ESAU nyamara imigenzo yicyo gihe kugeza na nubu umwana wimfura niwe uragwa imitungo ahanini yose yo murugo ndetse nabahawe iyabo uwagizwe umutware ahabwa ububasha bwo kubagenzura kandi aba atari iye kugirango hatazagira uyivuyarara ejo akazahinduka ikibazo mu muryango kandi yarahawe umunani we.

Ariko kuri ESAU we siko byamugendekeye kuko atahawe umunani cyangwa umugisha kubirebana n’iby’umwuka kuko ISSAC abana be bari bamuzi yuko arumuhanuzi bityo rero bakaba barizeraga yuko ijambo rimwe gusa yavuga kumwana we,ryagombaga kuzagira ingaruka nziza kubugingo bwabo.

 

Umunsi wo gutanga umugisha Imana yateje ikibazo umubyeyi wabo ISSAC asaba kugaburirwa inyama wagirango ntiyarasanzwe azirya?Nuko abwira ESSAU ati mwana wanjye geregaza unzanire inyama maze nkwihere umugisha igihe cyose umubyeyi w’umugabo aba aganira n’umwana we wimfura,usanga umugore aba ashaka kumenya icyo baganiriye kubera amatsiko igihe cyose ISSAC yaganiraga na ESSAU Rebech yazaga kumviriza kuko niwe wari yaravuganye n’Uwiteka Imana ubwo yaratwite impanga zabo bana bombi.

Gukundwa n’umubyeyi utakunzwe n’Uhoraho nta cyo byakumarira kuko Yakobo yakunzwe n’Uwiteka yanga ESSAU ntumbaze impamvu Uwiteka icyo kibazo niwe ukizi kandi ninawe wagisobanura ngirango ashingira kuri kamere y’umuntu bitewe nuko ateye ahari(Abaroma 9:10)Imana yakunze Yakobo,ESSAU iramwanga

Ninayomvu agiye guhiga akabura umuhigo kuko igihe cyo kwamburwa umugisha cyari cyageze uko niko abatari muri gahunda y’Uhoraho bagiye kwamburwa umugisha aho bazajya guhiga ntibaronke bakazasanga Uwiteka yamaze kuduha umugisha w’iby’umwuka bakazasigara barira mu myotsi.

Kubera umujinya ESSAU yahise ashaka abanyamahanga kazi abamowabu kazi kugeza nawe igihe yaje kwitwa MOABU kuko umugisha wamatungo nta cyo ushobora ku kumarira amaze kubona yuko abonye umugisha wa matungo yibwiye yuko wa mugisha murumuna we yamwambuye nta cyo ukivuze,ariko ntiyigeze amenya yuko umugisha yambuwe warumugisha wiby’umwuka muri gahunda y’Uhoraho yateganyaga kuzahindura urubyaro rw’Abrahamu kuzahinduka nkumusenyi wo kunyanja.

Yakobo kubera yuko yaraziko azicwa na mukuru we ESSAU yahise abwirwa na Nyina guhungira kwa nyirarume Rabani aho yagiye akaba umugaragu imyaka (20) maze nawe unyumvire umuntu uzakomokwaho kuzaba ihanga rikomeye cyane mu isi yabazima!Yragiraga ihene n’intama

Ahangaha ubaye wowe usibye wenda umaze kumenya gahunda ya Yakobo,ariko tekereza uramutse urangije amashuri yawe,usibyeko Yakobo ntamashuli yagiraga usibye kurota no kwerekwa hanyuma ukajya kuragira ihene za nyokorome mbese wabifata ute?Ubundi se wabyemera?Iby’Imana namabanga.

Tekereza muri ibi bihe ubwiwe ko uzasimbura umwakagara ku ngoma wenda nibura amezi (2) gusa mbese wabyizera? Tureke kuvuga ibikomeye cyane ahubwo tuvuge ibigaragarira amaso ya bana b’Abantu bijyanye nubuzima turimo uyu munsi wa none bitekerezeho burya kwizera umuntu yizera ijambo ry’Uhorahp yavuganye nawe niba utajya uvugana nayo waba ufite ikibazo gikomeye kuko bynakugora kwemera cyangwa kwizera ko uzajya mu ijuru.

Ariko muri ubwo butayu bwa Yakobo yakomeje kwizera Uwiteka Imana niho yavuze ngo,iyo itaba Imana ya data ISSAC na Abraham uba waransezereye amara masa! Itangiriro 31:39-43 iyo Uwiteka agufiteho gahunda umwanzi satani nta tinya gukoresha mama wawe cyangwa papa wawe cyangwa abavandimwe bawe ba nyogosenge cyangwa ba nyokorome cyangwa babyara bawe ngo arusheho kugandamiza ndetse bashobora no ku kuroga bakakugirira nabi kugirango utazegera ubaruta ukagera muri ya masezerano y’Uhoraho nyamara se nubwo Josepf tuza kumugeraho ntiyabuze kubagirira neza nyuma yo gutabwa mu rwobo bamwita karosi.

nyuma yo gukurwa murwobo agurishwa kwa mu Misiri afungwa imyaka (13) muri gereza ategereje isezerano Imana irahamurindira kugirango atajya kuzerera akavangirwa nabadayimoni kuko muri gereza bamugize umubozi ndetse akajya anasobanura inzozi za bantu barose uwo ni Majeshi Leon kumulindi kuri 15 yafunzwe iminsi (700) yamaherere arimo gutunganywa n’Uwiteka Imana yabakiranutsi kubw’umulimo warumuri imbere akora uyu munsi.

Ariko nubwo Yosepf yabaye ukomeye ku Mwami,ntiyigeze yita kubyo abavandimwe be bamukoreye ahubwo yihutiye kubaramira vuba na vuba ngo batarimburwa ninzara iyaza kuba undi yari guhamagaza ababyeyi be abandi akabareka bakarimbuka bakicwa ninzara ariko kubera urukundo ntiyigeze abitura inabi bamugiriye reka nibwire yuko nanjye ariko bishobora kuzangendekera kuko mbitekereje hakiri kare ahari bishobora kuzangirira umumaro nawe usomye ibi nanditse uramenye icyo gihe nigisohora ntuzatinye kunyibutsa kugirango satani azakorwe nisoni zibyo yadukoreye amenye ko ntawurwanya Uwiteka Imana kuko afite imbaraga ububasha nubushobozi kuri buri kiremwa cyose.

Ndakubwiz’ukuri niba wiyizi neza ko ufitanye isezerano nayo,menya yuko byanze bikunze abakurwanya bose uzabagaburira ubahembure mu gihe cya akaga bamenye yuko Uwiteka Imana wizeye itajya itetereza abayihungiyeho izakulinda amajya namaza ntukangwe nibyo bitero bya Satani na Jackson nkurunziza hamwe na Nyiramongi Jezebel n’umwakagara kuko mu gihe kitari kure Uwiteka agiye kwigaragaza kuko intwari ubu zirataka zinyinyiriwe ahasigaye nah’intwarane

Nuko rero ubwo bimeze gutyo niki utekereza,izi nyigisho zaba har’icyo zikumariye?Urumva hari icyerekezo waba ubonye mbese intambara zawe uzirwana gute?Ese waba urumunyabwoba?Nawe se waba ushaka gutanga umugore wawe kubera gutinya umwakagara?Numutanga Uwiteka atagufiteho umugambi,aramutwara ntabwo azamukugarurira cyeretse nimba wizeye ko Uwiteka ari kumwe nawe.

Ikindi nuko kuba Umwami Abimelech yarabashije guhamya ko Uwiteka yavuganye nawe akamubwira yuko Sarah arumufasha wa Abraham,byongereye kwizera Abraham nubwo Sarah we nta cyo byaje kumumarira Abraham yamenye yuko Uwiteka ari kumwe nawe kandi abasha kumunuranira kandi cyane ndetse no mu gihe cya kaga na makuba mu gihe we integenke imbaraga zo kwizera Uwiteka Imana zamurangiranye ndetse kuruhande rwa Abimelech nawe yarataravugana n’Imana kuva yabaho ariko kuko umugaragu w’Uhoraho yari yageze murugo rwe byatumye Uwiteka Imana abasha kuvugana nawe binyuze muntegenke za Abraham.

Bivuzengo, mu ntegenke zabakiranutsi,abanyabyaha babasha kubonamo imbaraga z’ Imana niba rero integenke za bana b’Abantu habonekamo imbaraga zitangaje,byaba bugenda gute mu ntegenke z’Imana?Aya magambo subwambere nyandika ndetse sunubwakabiri bubaye ubwa gatatu bitekerezeho kuko uyu munsi Uwiteka yagambiriye yuko wagira icyo wigamo bikakubera ingirakamaro kugirango ubashe kugera kurwego rwo kwizera Uwiteka Imana akwifuzaho!Aha nashaka kubabwira ngo no muntegenke zacu Uwiteka ajya abana natwe ndetse integenke zacu akazihindura imbaraga zo kwizera zigirira umumaro inkozi zibibi zigahabwa kumenya Uwiteka Imana yabakiranutsi.

Hanyuma se nimba ari uko bimeze,noneho imbaraga z’abakiranutsi zaba zingana iki?Niba integenke zabo zishobora gutuma bamenya Imana bizagenda gute umunsi bazahabwa imbaraga?Iki kigisho cyo muri ibi byanditswe ubanza nsa naho naba ngishoje ariko umwuka wera naramuka ampaye irindi hishukirwa sinzabura kongera kubyandikaho Uwiteka abane namwe kandi abagirire neza ndetse murusheho gushora imizi yo kwizera nunanirwa kwemera iby’ijambo ry’Uhoraho basi uzemere ibyanjye kuko ibyo mpura nabyo ninabyo nandika kandi bijyanye ni jambo ry’Imana.

Hari umuntu nabwiye ngo nagere ikirenge mu cyanjye arambwira ngo nta bwo ndi intumwa Paul,ndamusubiza nti nyamara yabivuganye kwizera shingiye kumurimo yakoraga nanjye mbasha kubivuga mu gihe cyose numva nta mutima uncira urubanza kuko numva binkwiriye kuvuga gutyo nkigisonga cya Kristo.

Erega ibyo abagaragu b’Uhoraho batubanjirije bakoze, natwe tubasha kubikora igihe cyose tuzaba twemeye kugendana n’Uhoraho(Umwami Yesu) ati nimunyizera, muzakora ibiruta ibyo nakoze!!! Urabona yuko Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo atigeze ashyiraho inzitizi zo kumwizera, cyangwa zo kumukorera, icyo usabwa gusa, nukugendana ni jambo rye ibindi azajya abyikorera.

Killers2

 

 

 

 

29 FEB,2016 ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye kuguhagurukira kandi cyane kuruta uko byari bisanzwe.Ariko byose Uwiteka agiye kubihindura umuyaga uhita kuko bidafite imbaraga kubugingo bwawe cyangwa bigire icyo bigutwara kuko banesherejwe igorigota kumusaraba kumanywa yihangu ubwo Umwami wabakiranutsi yimiga ingoma kumugaragaro ingoma ikaba yazanye amahoro no gukiranuka mu batuye isi uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi arihebye cyane bikomeye kuko atagifite ibyiringiro yarasanganywe, yari yiringiye yuko azaguca igihanga maze agakoresha umunsi mukuru akanezerwa ariko noneho dore biramugoye cyane arihebye kuko ibyiringiro bye bishiranye no kwifuza kwe,kuko atazongera kuguca iryera cyangwa ngo,yumve nagakuru kawe ku buryo byazamutera akanyamuneza ka kanyabugabo ku buryo yagarurirwa ibyiringiro uko niko Uhoraho avuga.

Mwana w’umuntu,dore za nkozi zibibi zigiye gushyiraho inyandiko zicyongereza kugirango zikubere umutego wo gusenya gakondo y’umuhanuzi ikaba na gakondo yabakiranutsi,none ugenze kwa kundi ujya ugenza kugirango batabona urwaho rwo gusenya umwandu wawe uko niko Uwiteka akuburiye.

Nuko ku nshuro ya (3) nongera kuburirwa yuko ba rushimusi bagitegereje imbere y’umuryango wa gakondo yanjye maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,uramenye wilinde kandi cyane kuko umwanzi arimo kugenda imbaraga ze zimurangirana kuko ibyo yibwiraga byose imigambi ye yose yibyo yifuzaga kugusohozaho ubanza bitakimukundiye kuko asa nugeze mu marembera usibye ko adashaka kubyemera ariko burya uko iminsi izagenda imushirana kuko iminsi ikona ingwe azageraho arambure amaboko yemera yuko KRISTO ARIWE MWAMI WA BAKIRANUTSI AKABA N’UMWANA W’IMANA uko niko Uwiteka avuga.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar