{"id":13045,"date":"2017-01-02T08:46:07","date_gmt":"2017-01-02T08:46:07","guid":{"rendered":"https:\/\/inyangenewss.com\/?p=13045"},"modified":"2025-10-13T20:26:34","modified_gmt":"2025-10-13T20:26:34","slug":"igice-cya-47-cyubuhanuzi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inyangenewss.com\/?p=13045","title":{"rendered":"Igice cya (47) cy\u2019ubuhanuzi"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 1, 2017<\/u><\/strong> ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore izo nkozi z\u2019ibibi ziciriweho iteka n\u2019Uwiteka Imana ikiranuka yaremye Ijuru n\u2019Isi.Nuko rero urabe maso kuko izo nkozi z\u2019ibibi zagushandikishijeho kugirango zijye zimenya amakuru y\u2019ubwami bugendera ku itegeko nshinga bwahanuwe n\u2019ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kuko benshi bazakuzaho bitwaje ijambo ry\u2019Uhoraho ariko bazaba bafite ibindi bibazanye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><!--more--><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<blockquote class=\"wp-embedded-content\" data-secret=\"NzaNIg43hw\"><p><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/?p=12899\">Igice cya (46) cy\u2019ubuhanuzi<\/a><\/p><\/blockquote>\n<p><iframe loading=\"lazy\" class=\"wp-embedded-content\" sandbox=\"allow-scripts\" security=\"restricted\" style=\"position: absolute; visibility: hidden;\" title=\"&#8220;Igice cya (46) cy\u2019ubuhanuzi&#8221; &#8212; Inyange Newss\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/?p=12899&#038;embed=true#?secret=M8O5e6yab0#?secret=NzaNIg43hw\" data-secret=\"NzaNIg43hw\" width=\"500\" height=\"282\" frameborder=\"0\" marginwidth=\"0\" marginheight=\"0\" scrolling=\"no\"><\/iframe><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Pray.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-6729\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Pray.jpg\" alt=\"\" width=\"132\" height=\"129\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uwiteka azajya abiguhishurira ariko ujye ubihorera wowe umenye ikibazanye ubatege amatwi wumve icyo bifuza ubundi umenye icyo ukwiye gukora kugirango utazagwa mu mutego wabo,ahubwo ujye ugenza kwa kundi ujya ugenza kugirango Uwiteka akubere umugisha muri byose niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Snake2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-22005\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Snake2.jpg\" alt=\"\" width=\"122\" height=\"81\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore hari imyuka [2] iyobya ishaka ku kugigira,kugirango imenye gahunda z&#8217;ibwami kuko nta handi bashobora gukura amakuru afatika usibye iwawe kuko Chancellor baramubuze amakuru bamushakagaho banyuze mu bantu bavugana nawe,byaranze kugeza aya magingo barashaka kumenya umuntu uzima ingoma uzasimbura Umwami Ndahindurwa uko nuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Skull.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8262\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Skull.jpg\" alt=\"\" width=\"94\" height=\"125\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona za nkozi z\u2019bibi zagose imihanda yose,ngo kuko ari mu mwaka mushya wa 2017,birirwa mu muhanda ngo ahari wenda babona igihanga cy\u2019Umuhanuzi.Ijambo ry\u2019Uwiteka rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,abantu bose wavuganye nabo,burya umwanzi yakurikiraga.Niyompamvu udakwiye kugira uwo wizera namba,kandi singombwa yuko gahunda zawe wazikora kuri uyu munsi,ahubwo wazihagarika kugirango izo mbwebwe zimenye yuko Uhoraho ari we Mana.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Babwire uti,ndakora uyu munsi nejo,ejobundi nzaba ntagikorera hano kugirango bamenye yuko Uhoraho ari we Mana ikiranuka niko Uhoraho Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona ibinogo byinshi bicukuwe byinshi,kandi byari bicukuwe iruhande rw\u2019umuhanda (INZIRA); uwanyerekaga arambaza ati,mwana w\u2019umuntu,usobanukiwe biriya ubonye? Ndasubiza nti,OYA!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Arambwira ati,reka ngusobanurire icyo bisobanuye.Biriya binogo ubonye byacukuwe,na biriya birundo byibitaka bitukura birunze kuruhande rw\u2019umuhanda,nirya jambo ry\u2019ubuhanuzi ryavuze yuko Umwakagara azahitana Abahindiro bagambaniye Umwami w\u2019uRwanda Kigeli V Nahindurwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/King5.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-12465\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/King5-300x200.jpg\" alt=\"\" width=\"150\" height=\"100\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/King5-300x200.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/King5.jpg 702w\" sizes=\"auto, (max-width: 150px) 100vw, 150px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uwo mugambi bajya kuwutunganya,babanje kugirana isezerano n\u2019Umwakagara bamwemerera yuko bazatunganya gahunda zose kandi bemera yuko bazakora uko bashoboye bakazacyura umugogo w\u2019Umwami w\u2019uRwanda,none ibyo bemeye byarabananiye niyompamvu wabonye biriya binogo byacukuwe ibyo wabonye,nibyo Umwakagara azabashyinguramo bamaze kugera muri gakondo ya bakiranutsi kuko bamennye amaraso atariho urubanza uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/King2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-12462\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/King2-300x200.jpg\" alt=\"\" width=\"143\" height=\"95\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/King2-300x200.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/King2.jpg 702w\" sizes=\"auto, (max-width: 143px) 100vw, 143px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho bigeze mu masaha ya nimunsi,maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ibintu bimeze nabi cyane,Abahindiro isi yababanye ntoya,babuze ubuhungiro,babuze ayo bamira nayo bacira,kuko banyoye amaraso atanyobwa.Ubwoba ni bwose kuko ibintu birushaho gukomera cyane,kandi bakaba badashobora kwerura ngo bavuge ibanga ry\u2019urupfu rw\u2019Umwami kugirango bahabwe ubuhungiro mu gihugu cy\u2019America.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Leon.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-21784\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Leon.jpg\" alt=\"\" width=\"114\" height=\"114\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Leon.jpg 160w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Leon-150x150.jpg 150w\" sizes=\"auto, (max-width: 114px) 100vw, 114px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko rero dore ijambo ry\u2019Uhoraho ryavugiwe mukanwa k\u2019Umuhanuzi,niryo ribakozeho,batekereje yuko bitazasohoza umulimo waryo,ariko uko iminsi yicuma ninako bagenda barushaho kugira ubwoba,kandi bakarushaho kwiyumvamo urupfu!Bariye intonorano bananirwa kuzikorera kuko ijambo ry\u2019Uwiteka ryababereye ukuboko kuremereye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/curse3.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7791\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/curse3.jpg\" alt=\"\" width=\"118\" height=\"118\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mwana w\u2019umuntu,umuntu iyo yishe Umwami,ako kanya ubuzima bwe,buhita bwuzura umuvumo,kandi nta muntu numwe ubaho washobora kumukuraho umuvumo kuko uba uturutse k\u2019Uwiteka ntabwo bishoboka yuko ubasha gukurwaho,kuko ukurwaho no kwihana ubugome wakoze bugashyirwa ku karubanda aho niho umuvumo ushobora gukurwaho uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/DUALE.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-13046\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/DUALE-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"83\" height=\"83\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/DUALE-150x150.jpg 150w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/DUALE.jpg 186w\" sizes=\"auto, (max-width: 83px) 100vw, 83px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona mu gihugu cy\u2019IBABYLON,abanyapolitike baho,bahuzagurika kubera politike yahoo,isa niyahinduye imirsho!Mbona uwitwa Majority Leader mu ntekonshinga mategeko,ADEN DUALE,akurwa kumwanya yarariho,maze asimburwa nundi muntu,ukomoka mu ishyaka rya URP,riyobowe na vice President WILLIAM RUTO.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona ko,uko iminsi yagendaga irushaho kugenda igabanuka,niko uwitwa RAILA ODINGA,yagendaga akomezwa amaboko kugirango arusheho kugira imbaraga zo gukuraho ubutegetsi bwa JUBILEE iyobowe na UHURU KENYATTA,uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15246\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer-300x200.jpg\" alt=\"\" width=\"125\" height=\"83\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer-300x200.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer.jpg 700w\" sizes=\"auto, (max-width: 125px) 100vw, 125px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa muri gakondo ya bakiranutsi,abera bajya gushaka mu maso h\u2019Uwiteka Nyiringabo,kuko ibintu byagendaga birushaho kuba bibi cyane uko iminsi yegereza wa munsi wavuzwe n\u2019Umuhanuzi,yuko hazabahp ibikomeye bizaba birenze kwizera umwana w\u2019umuntu.Mbona bagiye gusaba Ijuru ngo rimanure amababa yo kubatwikira,kuko ibigiye kuba,byakwihanganirwa n\u2019INTWARANE,naho intwari zirataka zinyinyirirwe uko niko Uwiteka Nyiringabo ababuriye,kandi niko avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/BABYLON.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-8392\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/BABYLON-150x123.jpg\" alt=\"\" width=\"102\" height=\"83\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira neza cyane riti,mwana w\u2019umuntu,dore usigaje 20%,ngo ube wavuye IBABYLON,kuko noneho inzitizi zose zimaze gukurwa mu nzira,kugirango ujyanwe mu gihugu cya masezerano,wasezeranijwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kuko umwanzi w\u2019Uwiteka,ari we mwanzi wabakiranutsi,yamaze gucirwaho iteka n\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/kega.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23633\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/kega.jpg\" alt=\"\" width=\"122\" height=\"122\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore Umwakagara arihebye cyane,kandi yagambiriye guca ibihanga by\u2019Abahindiro bamufashije guca igihanga Umwami w\u2019uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,kugirango atazabasiga ku isi,bakamena ibanga ry\u2019uko babigenje maze bikazabyarira ibisigazwa amazi y\u2019ibisusa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Snake2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-22005\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Snake2.jpg\" alt=\"\" width=\"126\" height=\"84\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kandi ijambo rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore IBABYLON,huzuye umwaka w\u2019uburyarya n&#8217;uburiganya bwinshi cyane,barimo kuririmba amahoro barangaza abaturage,kandi muri bose nta numwe wifuza amahoro,kuko amahoro aturuka mu mutima uciye bugufi,nyamara muli bo nta numwe ukeneye amahoro ahubwo buri ruhande rwifuza intambara kugirango bakomeze kugundira ubutegetsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-7043\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-150x150.png\" alt=\"\" width=\"116\" height=\"116\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho,maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore abanyamadini bo muli gakondo,bagiye guhura na kaga gakomeye cyane,kuko ibyahanuwe bigeze ku iherezo ryabyo,kandi abenshi bakaba nta mutaka bafite uzakinga imvura igiye kugwa,yahanuwe n\u2019ijambo ry\u2019ubuhanuzi,ryanyuze mu mugaragu w\u2019Uwiteka Nyiringabo,Imana y\u2019Abraham,Issac,na YAKOBO,na Majeshi Leon,uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,nashatse abagore benshi,ariko barananiye bose uko bangana!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/church.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6620\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/church.jpg\" alt=\"\" width=\"145\" height=\"109\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Hanyuma nza kubona umugore umwe,mubwira ko abagore benshi twananiranywe,ariko yiyemeza yuko azanyubaha kandi ko tuzabana neza kandi mu mahoro,ariko abamaze kugera murugo rwanjye,atangira kugira imico nkiyababandi,kuko bose icyo twapfuye,ningeso zo kuraguza kandi narababwiye yuko nzirana n\u2019umugore uraguza,none nawe yabaye nkuwa mu banjirije uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Church2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10318\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Church2-300x225.jpg\" alt=\"\" width=\"138\" height=\"103\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Church2-300x225.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Church2.jpg 480w\" sizes=\"auto, (max-width: 138px) 100vw, 138px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbese ko ngiye kwikorera umulimo,uriya mugore wanze kunyumvira (Itorero) akaba asigaye yikorera ibyo yishakiye,yitwaje ngo yuko maze gusa,buriya arumva koko bizamuhira?Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!Ngaho mwana w\u2019umuntu,ngira inama nawe umbwire icyo nkwiye gukora,kuko niwowe ntazeho umugabo kuko urugendo rwose twarutangiranye,ndetse ukaba uzi numugore wanjye ibyo yankoreye buriya koko nimusenda uzavuga yuko namurenganije?Uko niko Uhoraho abaza!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ngaho rero nimutange igitekerezo mwebwe mushobora kugira inama Uwiteka mu mubwire uko yagenza umugore wee umaze kumunanira akigira akarahe kajyahe ngo ni uko umugabo we amaze kugera muzabukuru!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 02,2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona ingeragere (<strong>Antelope<\/strong>) yegereye iruhande rw\u2019umuzabibu w\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,maze nerekwa ko,iyo ngeregere yabyaye abana bagera kuri [5]; nayo ya [6]; maze nihuta njya kuyifata kugirango nyitware murugo,maze mbona yinjiye hagati mu ruzabibu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mu gihe ngiye kuyifata,mbona haje umugabo kuri motor ahetse <strong>GAZ<\/strong>,arikumwe n\u2019umukobwa barikumwe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/fruit-tree.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-21414\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/fruit-tree-300x224.jpg\" alt=\"\" width=\"141\" height=\"105\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/fruit-tree-300x224.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/fruit-tree.jpg 606w\" sizes=\"auto, (max-width: 141px) 100vw, 141px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwo ibyo gufata ya Ngeragere ndabyihorera (<strong>Gufata umugisha<\/strong>) ntangira kurwana na wa mukobwa waruje ari kumwe na wamugabo uhetese motor (ubuyobozi bwo hasi) bwisumbuyeho,mfata umupanga (ijambo ry\u2019Imana) ndawumutemesha ako kanya wa mugabo aza kumutabara yarafite umuhoro muremure usumba uwanjye,ubwo ntangiye guhangana nawe maze kumukubita umuhoro,ijambo,maze ijambo ry\u2019Uhoraho rirambaza riti,mwana w\u2019umuntu,umenye ibyo weretswe icyo bisobanuye?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndasubiza nti,igice kimwe ndabisobanukiwe,ariko ikindi simbashije kumenya icyo uliya mukobwa n\u2019umusore icyo bishatse gusobanura.Arambwira ati,ruriya ruzabibu ni umulimo w\u2019Uhoraho ukora,naho uriya mukobwa n\u2019uriya musore,ni za magigiri zishaka kwiba amwe mu mabanga y\u2019umulimo ukora.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Swala.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-16125\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Swala.jpg\" alt=\"\" width=\"156\" height=\"145\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iriya (<strong>Antelope<\/strong>)isobanura umugisha mwinshi Uwiteka yamaze gutegura kugirango utunganye twa gahunda twawe dusigaye.Naho iriya <strong>GAZ<\/strong>,byuka ugende ujye gushaka <strong>GAZ<\/strong>,kuko iyo wakoreshega igiye gushiramo kugirango udashirirwa ugakorwa nisoni kandi kizira yuko umuntu w\u2019Imana yakorwa nisoni uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Mukashema.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-12195\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Mukashema-150x118.jpg\" alt=\"\" width=\"132\" height=\"104\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 3, 2017<\/u><\/strong> Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,<strong>MUKASHEMA ESPERANCE,<\/strong> yazutse,dore abakagara bagiye gutegereza yuko ushyiraho ijambo ry\u2019ubuhanuzi kugirango bahite binjira muri gakondo yawe wahaweho kuzakubera umwandu wawe nk\u2019uko Uwiteka yabigusezeranije,none uramenye ugenze kwa kundi ujya ugenza kugirango bashinge umuhunda ku kirenge bamenye yuko umwuka w\u2019Imana aba muri wowe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/milk.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23864\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/milk.jpg\" alt=\"\" width=\"115\" height=\"86\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Burya erega ibyera byose ntabwo biba aramata,kandi nubona isha itamba,ujyumenya icyo ihunze,kandi umenye icyo bihatse,kuko urusha imbabazi nyina w\u2019umwana aba ashaka kurya,uko niko umunyabwenge Umwami Salomon yabivuze,ariko kandi umwuka w\u2019Uwiteka yongeye kubisubiramo uko niko Uwiteka avuga.Banze kwemera yuko umwuka w\u2019Imana aba muli wowe,none bihorere bakomeze barindagire bigize abanyabwenge cyane,ariko se ninde warusha ubwenge umwuka w\u2019Uwiteka uba muli wowe?Niko Uwiteka abaza!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Rabit.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8468\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Rabit.jpg\" alt=\"\" width=\"140\" height=\"105\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyamara ubwenge bwabo,aho bugarukira,ninaho ubwawe butangirira,dore bavuye mu nama,barayipfunditse,bemeje ubugambanyi gusa gusa,aliko nyamara bagiye gukorwa nisoni kuko bazi neza yuko,ugiye gushyira ahagaragara imyanzuro y\u2019urubanza rw\u2019Umwami w\u2019uRwanda,none bagambiliye gusenya gakondo yawe bakoresheje intonorano.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko rero ube umunyabwenge kugirango Uhoraho akubashishe kugera kuri gahunda zawe kandi udashakuje cyangwa ngo umuyaga uhitane ijambo rivuye mukanwa kawe maze nyuma yuko bazabona yuko bakwibeshye ho,bazamenya yuko umwuka w\u2019Uhoraho aba muli wowe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Ninja.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-13218\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Ninja-125x150.jpg\" alt=\"\" width=\"94\" height=\"113\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwo maze kwibambura,mbona muri e-mail yanjye nakiliye message yanditswe nabarushimusi biyita NINJA.COM,aba nibo tumaze igihe duhanganye bashaka gusenya cyangwa gushimuta ikinyamakuru inyangeNewss.com,kubera gutinya imyanzuro y\u2019urubanza rw\u2019umugogo w\u2019Umwami Ndahindurwa kugirango bimenyekane aho uzatabarizwa,kuko leta y\u2019Umwakagara iziyuko inyangeNewss.com ari cyo kinyamakuru cyonyine gisigaye niho abanyarwanda bakura amakuru ibindi byose byariye intonorano z\u2019umwakagara.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/pen.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-22813\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/pen.jpg\" alt=\"\" width=\"148\" height=\"84\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwo banditse e-mail bavuga ngo,ikinyamakuru inyangeNews cyari cyakubiswe hasi,wagirango hari uwabagize umulinzi wacyo.Nuko ubwo mbasobanukiwe ibyo umwuka w\u2019Imana yari yampishuriye maze ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira riti,aho ibintu bigeze ntabwo bagisite imbaraga zo gusenya uruzabibu rw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko uko iminsi igenda ishira,ninako ubwenge bwabo,nimbaraga zabo,bigeda bigabanuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Demon.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-22009\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Demon-300x169.png\" alt=\"\" width=\"160\" height=\"90\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Demon-300x169.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Demon-768x433.png 768w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Demon-1024x577.png 1024w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Demon.png 1125w\" sizes=\"auto, (max-width: 160px) 100vw, 160px\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 4, 2017<\/u><\/strong> ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore umwanzi aciwe intege kubera ubugizi bwa nabi yakoreye inzira karengane.None dore ibyiringiro bye,yarafite (Umwakagara) biyoyotse nk\u2019imvura y\u2019umuyaga iturutse iburasira zuba yerekeza iburengera zuba,uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Nuko rero,dore za magigiri zirihebye nk\u2019uko ijambo ry\u2019Uwiteka ryabivuze kandi ryabitegetse,kugirango bimenyekane yuko ukorera Uwiteka Imana nzima niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Goat1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft size-thumbnail wp-image-12792\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Goat1-150x114.jpg\" alt=\"\" width=\"150\" height=\"114\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w\u2019Ikinyoma (Ihene ihaka) mbona yirukanka ihunga aho abantu bari,maze mbona igiye kuzimira haza ukuboko gufite inkota mu rwubati,uko kuboko gukuramo ya \u201cNKOTA\u201dguhitagucamo kabiri ya HENE,icikamo kabiri,maze ijambo ry\u2019Uwiteka rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore Uhoraho Uwiteka aranesheje umwuka w\u2019ikinyoma uciriweho iteka kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ari we Mana.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/bushayija.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13302\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/bushayija-275x300.png\" alt=\"\" width=\"125\" height=\"136\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/bushayija-275x300.png 275w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/bushayija.png 517w\" sizes=\"auto, (max-width: 125px) 100vw, 125px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore urubanza rw\u2019umugogo w\u2019Umwami rurarangiye kandi ubwami bw\u2019Urwanda butsinze urubanza baburanaga n\u2019Umwakagara,kandi dore umwakagara akozwe nisoni kumugaragaro kugirango bamenye yuko Uwiteka ari kumwe n\u2019ubwami bw\u2019uRwanda niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 4, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona ninjijwe mu ishuli,ariko mbona abandi bakora ikizamini ariko njyewe sinagikora,maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore iigeragezo kiraje ariko nta cyo kiribugutware,kuko gifite igisubizo,kuko Umwakagara yatinye inkuru washyizeho ivuga kurubanza r\u2019umugogo w\u2019Umwami w\u2019uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/heart.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-19116\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/heart.jpg\" alt=\"\" width=\"114\" height=\"103\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko rero ntuhagarike umutima,cyangwa ngo,uterewe impungenge z\u2019umwanzi wa bakiranutsi,kuko iminsi ye,igeze ku iherezo kugirango akurwe ku ngoma,maze umwuka w\u2019ikinyoma yimitse muli gakondo ya bakiranutsi,ucirirweho iteka. Maze bimenyekane yuko Uwiteka ari we Imana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Dore bagiye gutungurwa nicyemezo cy\u2019urubanza rugiye gufata kandi icyemezo kigiye gufatwa kizaburizamo umugambi w\u2019umwanzi (Umwakagara) w\u2019ubwoko bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Mudavadi.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13069\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Mudavadi.jpg\" alt=\"\" width=\"119\" height=\"119\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Mudavadi.jpg 167w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Mudavadi-150x150.jpg 150w\" sizes=\"auto, (max-width: 119px) 100vw, 119px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore igihugu cy\u2019IBABYLON,hari ubwoko bwitwa \u201cABALUHYA\u201d,ubwo bwoko bwinjiye mu butayu bugufiya kubera kwigabanyamo no kwitandukanya kwabo,kandi bari bakwiliye kwishyira hamwe kugirango babe abanyamugisha!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/heart.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-19116\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/heart.jpg\" alt=\"\" width=\"133\" height=\"120\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko kubera ishyari ryo mu mutima yabo,bitumye binjizwa mu butayu,kugirango bamenye yuko kugira ishyali,ari icyaha gihanwa n\u2019itegeko ry\u2019umwuka w\u2019Imana maze bamenye yuko Uwiteka ariwe Mana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore nishyanga ry\u2019abantu benshi,ariko ritagira ubwenge!Nyamara ubwinshi bwabo,butarimo kwishyira hamwe,butarimo kubaha Imana,ahubwo bagashyira imbere imihango yabasekuru babo,irangwa no kutubaha Imana cyangwa kumenya Imana,nta kabuza nta kizababuza guhura n\u2019akaga,ibyago,amakuba mu isi ya bazima.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bene data bakundwa maze kumva inyigisho mwigishwa nabashumba banyu,zivuga yuko ngo umunsi ushobora kuwuhindura witwaje amagambo watuye mu gitondo saa kumi z\u2019Ijoro,ibyo bintu nibinyoma bisa!Uwo mwene data uvuga ururimi rw\u2019ikirundi,ibyo avuga,nawe ntabwo abizi,kandi ntabwo abyizera!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-795\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel.jpg\" alt=\"\" width=\"135\" height=\"147\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Abamalaika tubarusha ububasha ndetse tubarusha imbaraga mu bijyanye no kwikemurira ibibazo!Ubusanzwe hariho abamalaika b\u2019uburyo [2];hari ABAKERUBI,na BASERAPH,hari abakora umulimo wo gutumwa gutanga ubutumwa kubagaragu b\u2019Uwiteka,nk\u2019uko batumwe kumugaragu w\u2019Uwiteka Umuhanuzi Daniel.Malaika Gabriel,yahuye n\u2019igitero cy\u2019abadayimoni cyali cyafunze ikirere cy\u2019UBUPERESI (PESIA) mu gihugu cy\u2019IBABYLON.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Angel2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6204\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Angel2.jpg\" alt=\"\" width=\"130\" height=\"83\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>ABAMALAIKA n\u2019imiyaga,ndetse na badayimoni nabo ni myuka!Ariko twebwe ho,dukozwe mu buryo bw\u2019umuriro (ABAHEBURAYO) 2:1-18 bane data bakundwa dukwiye kwitonda ku byo twumvise tukizera!Ndetse dukwiye dukitondera ubutumwa bw\u2019Abamalaika batuzaniye buvuye ku Mana.2:6-8 turemwe mu buryo buruseho abamaika!Ariko nubwo ibintu byose byashyizwe munsi y\u2019ibirenge byacu,ntabwo tubifiteho ubutware bwose!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #3366ff;\">NB:Nubwo bimeze gutyo,ntabwo bategeka isi yose,cyangwa ngo ibe iri munsi yubutware bwabo!Mbese umwana w\u2019umuntu,niki ngo umwiteho?Abana b\u2019abantu,bafite ubutware buruta ubw\u2019Abamalaika,igihe bakoze ibyo ijambo ry\u2019Imana ribategeka.Gusenga kwawe no kwiyiriza kwawe bishingiye ku ihishukirwa,nibyo bigufitiye umumaro ninabyo bishobora ku kubwira uko uwo munsi uri bwirirwe,cyangwa uko gahunda zose ziteye.YOBU 33:14-18,HABBAKKUKI 2:2<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Jealous.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15351\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Jealous.jpg\" alt=\"\" width=\"153\" height=\"96\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uhoraho amaze kumva amagambo yo kunegura yuzuyemo ishyari Aaron na Miliyamu bamuvuga ko,ngo ariwe uvugana n\u2019Uwiteka we wenyine,maze Uhoraho azabiranye nuburakari maze nibwo Uhoraho yababwiye ko,ngo azajya avugana na bantu bose mu nzozi no mu mayerekwa,ariko ngo umugaragu we MOSES ukiranuka mu nzu ye,we siko bimeze kuko ngo bajya bivuganira imbone nkubone.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Moses.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13220\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Moses.jpg\" alt=\"\" width=\"150\" height=\"125\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Numbers 12:6-8 \u201cIf there were prophets among you, I, the LORD, would reveal me in vision. I would speak to them in dreams. But not my servant MOSES Of my self-house. He is one I trust. I speak to him face to face. Clearly, and not in riddles! He sees the Lord as he is. So why were you not afraid.To criticize my servant MOSES?\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Murabona yuko Uwiteka Imana avugana na bantu bayo, mu nzozi.Umugaragu w\u2019Uwiteka Imana yavuganye na MOSES wenyine amaso ku maso.Abandi bose avuganira nabo mu mayerekwa no mu nzozi za ninjoro!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10661\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3-300x225.jpg\" alt=\"\" width=\"147\" height=\"110\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3-300x225.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3.jpg 512w\" sizes=\"auto, (max-width: 147px) 100vw, 147px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Aho niho avuganira na bantu bayo,ariko kandi hari ni nzozi ajya yohereza mu bantu bakoresha imyuka mibi ngo agerageze imitima yabo kuko azaba atar\u2019umuhanuzi kuko ibyo azavuga bitazasohora kandi Uhoraho,akazaba ashaka kureba ko mushaka kujya mu bapfumu gupfumuza cyangwa kurahuza kugirango amenye ko imitima yanyu imwezera kandi imwiringira!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/read.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24427\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/read.jpg\" alt=\"\" width=\"147\" height=\"98\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bakundwa mukwiye gusoma ijambo ry\u2019Imana neza kugirango mu menye icyo rivuga,dore mu GUTEGEKA KWA KABIRI (<strong>Deuteronomy 11:8-12<\/strong>) mwitondere amagambo y\u2019Uwiteka ababwira uyu munsi,kandi ntimuzayibagirwe,ahubwo muyiteho kugirango mubone guheshwa umugisha kuko agiye kubajyana mu gihugu yasezeranije basogokuru ko,urubyaro rwabo azaruha gakondo ho umwandu wabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Clouds.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-12806\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Clouds-300x180.jpg\" alt=\"\" width=\"145\" height=\"87\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Clouds-300x180.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Clouds-768x461.jpg 768w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Clouds-1024x614.jpg 1024w\" sizes=\"auto, (max-width: 145px) 100vw, 145px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo rikomeye cyane ririmo riravuga ngo,niwubaha kandi ukumvira Uwiteka Imana,igihugu cyanyu azakivubira imvura,ubutaka buzahabwa umugisha kandi ibyo muzahinga byose bizera bitange umuasaruro mwiza kandi amatungo yose azahabwa umugisha kuko Uwiteka azabagwishiriza imvura amatungo akabona ibyo kurya kandi azabyara azagwira kuko Uwiteka yabahaye umugisha.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/ear.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-21096\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/ear.jpg\" alt=\"\" width=\"114\" height=\"114\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko nimutumvira ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana yanyu,Uwiteka azasubirana imvura ye,ayitware maze mubure imvura,muzahinga ariko ntabwo muzasarura ahubwo muzuhirira imyaka muzajya mujya kuvomera imyaka nk\u2019uko mwabigenzaga mu Egypt,kubera ko batumviraga Uwiteka Imana yanyu.Ariko mwebweho nimwumvira Uhoraho siko bizagenda kuko Uwiteka azabamanurira imvura ntabwo muzarinda kuhirira.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ahangaha murabona yuko,Imana ubwayo yavuganye n\u2019umugaragu wayo MOSES,ariko yibwirira Aaron na MILIYAM,yuko abadi bose azajya avugana nabo mu nzozi,ariko umugaragu we Moses yivuganira nawe imbone nkubone.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kutamenya ubusobanuro bw\u2019inzozi kwawe,niko gushobora gutuma ugwa mu byago,cyangwa ugahabwa umugisha.Hosea 4:6,ubwoko bwanjye burahona,cyangwaburarimbuka kubera kutamenya.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/read.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24427\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/read.jpg\" alt=\"\" width=\"150\" height=\"100\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kubera ubujiji bw\u2019ijambo ry\u2019Imana bushingiye kudasoma ijambo ry\u2019Uwiteka Imana ntabwo mushobora kugendana nayo kuko idakunda ubujiji buturutse kubunebwe ndetse no kutagira umwete wo gushaka kumenya ibyayo.Chris Ndikumana nundi witwa Claude ngo nawe n\u2019Umuhanuzi nyamara iyo wumvise ibyo bavuga usanga ntaho bihuriye nukuli ku ijambo ry\u2019Imana.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bene data bakundwa ni byiza yuko mu menya aho ibyahanuwe bigeze,kuva igihe ijambo ry\u2019Uhoraho ry\u2019ubuhanuzi ryaturuka mukanwa kumugaragu w\u2019Uwiteka Uhoraho Nyiringabo,Uwiteka Imana ya bakiranutsi,Uhoraho yatanze ibimenyetso byinshi,ariko mu byo nibuka ubanza bigera kuri [30] kandi byose byarasohoye uko bingana bigaragaza kuzavaho k\u2019Umwakagara wabereye ubwoko bw\u2019Imana amayobera.Yabayoboje inkoni yicyuma ariko iyo nkoni nayo yashyizweho ishyerezo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/Crocodile.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-20933\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/Crocodile.jpg\" alt=\"\" width=\"147\" height=\"98\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore bimwe mu bimenyetso bikomeye Uhoraho yanyujije mukanwa k\u2019Umuhanuzi,Umwakagara azubaka igihugu kuzageza ubwo kizasa neza cyane hanyuma akazikubita mu gituza avuga ko ari we wubatse umurwa ndetse igihugu ko ari we wagikuye mu menyo yarubamba kandi nyamara ari we Menyo yarubamaba!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/Kigali1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-5165\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/Kigali1.jpg\" alt=\"\" width=\"83\" height=\"125\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Azubaka amazu maremare mu murwa,ariko yose uko ya yubatse azamanurwa akubitwe hasi nk\u2019uko umurwa w\u2019IBABYLON wakubiswe hasi kugeza na bugingo nubu.Inzara izagota igihugu imere nk\u2019umugozi uhambira inkwi maze iyo nzara izazenguruka igihugu kandi ntabwo hazaboneka umugisha igihe cyose Abega bazaba bakiri ku ngoma.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/Kigeli.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-294\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/Kigeli.jpg\" alt=\"\" width=\"54\" height=\"81\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Azarwanya abatavuga rumwe nawe kuzageza ubwo bizagaragara yuko abaye nkubanesheje,ariko ubwo muzabona ibyo bisohoye,muzamenye yuko igihe cy\u2019ijambo ry\u2019Uwiteka ryahanuwe n\u2019Umuhanuzi Majeshi Leon,muzamenye yuko igihe cyegereje cyo gukurwa kwe ku ngoma y\u2019ikinyoma y\u2019Abega b\u2019Abakagara.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/Kigeli.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-23470\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/Kigeli.jpg\" alt=\"\" width=\"96\" height=\"136\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/kigeli-i-Kanombe.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13300\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/kigeli-i-Kanombe-300x186.jpg\" alt=\"\" width=\"218\" height=\"135\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/kigeli-i-Kanombe-300x186.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/kigeli-i-Kanombe.jpg 696w\" sizes=\"auto, (max-width: 218px) 100vw, 218px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi bwavuze yuko Umwami w\u2019uRwanda Kigeli V Ndahindurwa natumvira Imana ubutumwa yatumweho n\u2019Uwiteka binyuze mu Muhanuzi Majeshi Leon,yuko azataha wenyine akajya kwima ingoma muli stade wenyine (Gutabarizwa mu Rwanda) ibyo byarabaye kandi byarasohoye!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/Kenyatta.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-20735\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/Kenyatta-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"160\" height=\"90\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/Kenyatta-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/Kenyatta-768x432.jpg 768w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/Kenyatta.jpg 1023w\" sizes=\"auto, (max-width: 160px) 100vw, 160px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi buvuga ko, Uhuru Kenyatta wo mu gihugu cya Kenya azaba umukuru w\u2019igihugu cya Kenya,kandi ko azayobora manda imwe gusa,akaba adashobora kuyobora manda ya kabiri.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/05\/M7.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-4100\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/05\/M7.jpg\" alt=\"\" width=\"150\" height=\"95\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi buvuga ko,M7 umwana w\u2019UMUSITA azakurwa ku ngoma ndetse ko intambara izamukura ku ngoma,izatangirira rimwe n\u2019iy\u2019Umwakagara.Iki cyumweru abashingamateka bahagarariye ishyaka rya FDC,ryataze ikirego murukiko rwa ICC,kuba yarishe abaturage bo mu gace ka KASESE aho mu mwaka ushize yafashe Umwami wo muli ako gace akamufunga ndetse akica abaturage bagera ku 100 binzira karengane.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Ubwami.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-12885\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Ubwami-300x147.png\" alt=\"\" width=\"145\" height=\"71\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Ubwami-300x147.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Ubwami.png 691w\" sizes=\"auto, (max-width: 145px) 100vw, 145px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi kandi buvuga ko,Umwakagara atazakora amatora ya madate ya lll ateganijwe muli uyu mwaka taliki ya 04 Kanama 2017,bukomeza buvuga ko,Abega b\u2019Abakagara hamwe n\u2019Abahindiro bagambaniye ubwami bw\u2019uRwanda bugendera ku itegeko nshinga,bakaba bagiye kwimika ubwami traditional bumeze nk\u2019ubwa Uganda.Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko,Uwiteka agiye guheha abahindiro hamwe n\u2019Abakagara bose hamwe bakazamenya yuko Uwiteka ari we Mana.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi buvuga ko,RNC idateze gufata ubutegetsi habe nagato,ndetse buvuga ko,Gen.Nyamwasa atazicwa n\u2019Umwakagara,ahubwo akazareba ikurwaho ry\u2019Umwakagara kandi akazaseka cyane!Ariko na none bukavuga ko,Umwakagara yamaze gutegura uburyo yakwicwa mu buryo bw\u2019IBANGA akazashimutwa maze agacibwa igihanga mu buryo bw\u2019ibanga rikomeye cyane.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/Intebe.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-141\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/Intebe.jpg\" alt=\"\" width=\"57\" height=\"90\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi buvuga yuko ubwami bw\u2019Uwiteka bwamanutse muri gakondo ya bakiranutsi,bukaba bwarashinze ibirindiro ahitwa KICUKIRO,kumanura umugogo w\u2019Umwami Kigeli,bisobanura gucyura ubwami bwali mu mahanga,bukaba bugiye guhangana n\u2019ubwami bw\u2019Umwakagara kuzageza bwongeye kwima ingoma.Bivuze ngo,ateme ishami ry\u2019igiti yicayeho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi buvuga ko,Abahindiro bambuwe ubwami kubera inda nini,ubwami bwabo bukaba bugiye mu nzu itarigeze ikomokwamo Umwami cyangwa itarizwi kubwinyungu z\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Passport.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-10273\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Passport.jpg\" alt=\"\" width=\"96\" height=\"136\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi buvuga ko ngo ubwo bazaba bavuga ngo namahoro namahoro,aho ari bwo Uwiteka azikorera imilimo.Ubuhanuzi buvuga ko,ngo amayira azafungwa abatarahunze bakaba batazabona uko bazahunga,ubu Umwakagara yambuye abayobozi bose za Pass-Port ntibashobora kuva mu gihugu ngo bagire aho bajya kandi barahiriye Satani (Umwakagara) batazahemukira FPR,ngo nibaramuka bayihemukiye bazacibwe ibihanga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/MNL.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13210\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/MNL-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"154\" height=\"87\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/MNL-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/MNL-768x432.jpg 768w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/MNL-1024x576.jpg 1024w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/MNL.jpg 1280w\" sizes=\"auto, (max-width: 154px) 100vw, 154px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhauzi buvuga ko,imilimo Umuhanuzi yakoraga isa\u00a0 naho irangiye yo guhanurira (ubwami bw&#8217;uRwanda) na repubulika y&#8217;Umwakagara itemewe namategeko,kandi ko ubwo Umuhanuzi azaba amaze kubona ibyangombwa bimukura IBABYLON,hazaba hasigaye iminsi mike ngo Umwakagara akurwe ku ngoma.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umuhanuzi yamaze kubona ibisabwa byose bimukura IBABYLON hasigaye yuko Uwiteka ategeka.Kandi ubuhanuzi buvuga ko,ngo ubwo muzabona abanyarwanda bari mu mahanga America birukanywe igitaraganya bagataha iwabo muzamenye yuko Umwakagara akuwe ku ngoma kandi icyo ari cyo kimeneytso cya nyuma&#8230;<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 7, 2017<\/u><\/strong> nerekwa abamalaika bashinzwe intambara zo ku isi,baterana bahamagarirwa guhabwa amabwiriza ya nyuma yo guteza ibyago bikomeye ku isi ya bazima.Mbona bashyizwe hamwe maze bakoreshwa inama ikomeye yo kuvuza impanda ya nyuma ikomeye yo kurimbura inkozi z\u2019ibibi zikorera mu isi ya bazima,uhereye mur\u2019Africa y\u2019uburasira zuba bw\u2019Africa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Leon5.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13209\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Leon5-300x225.png\" alt=\"\" width=\"109\" height=\"82\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Leon5-300x225.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Leon5.png 440w\" sizes=\"auto, (max-width: 109px) 100vw, 109px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Numva babwirwa ngo,nimugende musohoze ibyahanuwe kuko ibyo ijambo ry\u2019Uwiteka ryahanuwe n\u2019Umuhanuzi Majeshi Leon,dore bigeze ku irembo bizanye ubwira bwinshi bwo gusohoza ibyahanuwe kugirango inkozi z\u2019ikibi zicirweho iteka rikomeye kugirango bimenyekane yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo atajya anegurizwa izuru uko niko <strong>Uwiteka Nyiringabo<\/strong> avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-795\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"112\" height=\"112\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Ijambo ry\u2019Uwiteka rinzaho maze rirambwira rti,mwana w\u2019umuntu,dore hagiye kubaho intambara ikomeye cyane,kandi idasanzwe,aho ibihugu bitatu (<strong>IRAQ,IRAN,PAKSTAN<\/strong>)\u00a0 bagiye gutangiza intambara ikomeye cyane hagati ya bakiristu,n\u2019Abayislam.Dore umwanzi ahagaze mu nzira hagati mu nzira nyabagendwa kugirango hatagira abantu banyura muli iyo nzira yo gukiranuka,ahubwo dore ayobeje abagenzi barimo kunyura muli uwo muhamda wa kaburimbo uko niko <strong>Uhoraho Uwiteka Nyiringabo<\/strong> avuga.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko umwuka w\u2019<strong>Uwiteka Nyiringabo <\/strong>ukomeza kunzaho cyane umbwira ibikomeye bigiye gukorerwa mu isi ya bazima.Maze ndabwirwa ngo\u201dmwana w\u2019umuntu,kora amasengesho yo kwiyiriza no gusenga Imana kugirango Uhoraho akureho igihu gikomeye kiri imbere yawe maze ubone uko ukomeza gahunda z\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango inkozi z\u2019ibibi zimenyeshwe yuko Uwiteka ari we Mana yo mu Ijuru niko <strong>Uhoraho Uwiteka Nyiringabo<\/strong> abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Canadian.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-13091\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Canadian-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"104\" height=\"104\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Ijambo ry\u2019Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,burira bene so baherereye mu gihugu cya <strong>Canada<\/strong>,umurwa wa \u201c<strong>QUEBEC<\/strong>\u201dmu karere kitwa \u201cMONTREAL\u201d yuko bazinzwe n\u2019umugore utabifuriza ibyiza,kandi ko yavuye <strong>Canada<\/strong> akajya mu gihugu cya <strong>Uganda<\/strong> akajya kubazingirayo aho yishyuye amadollar ya Canada <strong>$400<\/strong> kugirango batazabona umugisha.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kandi ko,nicyo bazajya bakora cyose kitazajya gitungana uko niko Uhoraho ababuriye kandi niko avuga.Dore basabye umugisha igihe kirekire ariko ntabwo bashobora kuwubona kuko iyi Uwiteka awumanuye,usamwa niyo nkozi y\u2019ikibi y\u2019umugore bagasigara amara masa.Nuko rero ntibazavuge yuko Uwiteka atababuriye kandi ko,atabitayeho ahubwo nibashake mu maso h\u2019Uwiteka kugirango abakizeho uruzingo n\u2019urubwa rw\u2019abadayimoni uko niko <strong>Uhoraho Uwiteka Nyiringabo<\/strong> avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/world.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10782\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/world.jpg\" alt=\"\" width=\"148\" height=\"97\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,burira abatuye isi uti,95% yabatuye isi,barahumanijwe,kandi byakozwe n\u2019umwanzi wo gukiranuka,kugirango abatuye isi bakomeze kuba mu bukene uko bazajya bagenda bakena cyangwa batindahara,niko umwanzi azajya yitwaza urwitwazo rw\u2019ubukene bwabo,akabona uko abumvisha ko bakwiye kumuyoboka akabaha ubutunzi Uwiteka atabahaye kugirango bemere yuko ari we Mana kandi atari Imana yaremye Ijuru n\u2019Isi,ahubwo ni umujura ushinzwe kwiba imigisha y\u2019ubwoko bw\u2019abana b\u2019Imana kugirango bazajye bahora mu maganya biganyira ko Uhoraho nta cyo yabamariye.<\/em><\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/bible1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7672\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/bible1.jpg\" alt=\"\" width=\"142\" height=\"82\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rikomeza kumburira uko 45%,ya biyitirira ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,ko abagera kuri muri 45% bakorera Satani murusengero.Akaba ariyompamvu ibibazo bya bantu b\u2019Imana biterwa na Satani bidakemuka kuko ubarwanya ari nawe ubasengera,yamara kumva ibyifuzo byabo,akabona uko abahumanya kugirango barusheho kwanga Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore aho bahungira umwanzi,ahubwo niho bamusanga,bajya mu nsengero bibwira yuko bahunze Satani,bamara kugerayo,Pastor\u2019s cyangwa abashumba bagasanga bamaze kuba ibikoresho bya Satani,ahubwo akaba abonye akanya keza ko kubikoreza imitwaro irusha uburemere bwiyo bari bikoreye cyangwa bari bafite yatumye baza gushakira Uwiteka Imana ya bakiranutsi mu nsengero cyangwa mu madini nyamara bikarangira ari nta cyo babonye ahubwo bakarushaho kwitotomba no kwanga Uwiteka kuko ngo nta cyo yabamaliye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/hand.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10550\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/hand.jpg\" alt=\"\" width=\"140\" height=\"79\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyamara igihe cyose hatari Umuhanuzi mu nsengero cyangwa mu gihugu,cyangwa Umuhanuzi Kazi,ntabwo bashobora kumenya ubushake bw\u2019Uwiteka cyangwa ibyababayeho kuko Imana ikorera mu bahanuzi gusa ntahandi ushobora kuyumvira cyangwa kuyibona ninayompamvu abashumba cyangwa abavugabutumwa benshi hamwe nabiyita intumwa biyita abahanuzi kandi ataribo kugirango barusheho kumvisha abakiriya babo yuko nabo bahanura bityo ntibazabacike kuko ari bo mushinga wabo w;ubuzima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Disk.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-13092\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Disk-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"97\" height=\"97\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Disk-150x150.jpg 150w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Disk.jpg 225w\" sizes=\"auto, (max-width: 97px) 100vw, 97px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,itegereze urebe ibyo ugiye guhura nabyo.Nditegereza mbona haje umugabo ufite \u2018FLASH DISK\u201dbatwaraho za documents,mbona ko yangiritse.Mfata iyo Flash nyishyira fundi ngo ayiteranye ibe nzima,ariko biranga kuko yari yangiritse uruhade rumwe.Ijambo ry\u2019Uhoraho rirambaza riti,uzi icyo ibyo weretswe bisobanura?<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/kitenge3.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24468\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/kitenge3.jpg\" alt=\"\" width=\"140\" height=\"140\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/kitenge3.jpg 225w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/kitenge3-150x150.jpg 150w\" sizes=\"auto, (max-width: 140px) 100vw, 140px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #3366ff;\">Ndasubiza nti Oya!Ndabwirwa ngo,cya GITENGE\u00a0 cyawe wajyanye kumufundi ngo agukoreremo umwenda wo kwambara wa \u2018RELAX\u2019dore umugore we bakorana iby\u2019ubudozi agiye ku kuzingiramo kuko akoresha imyuka mibi kandi yamenye ko ukorera Uhoraho ukaba ushinzwe gusenya imbaraga zabo na Satani.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/kitenge2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24469\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/kitenge2.jpg\" alt=\"\" width=\"147\" height=\"147\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/kitenge2.jpg 225w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/kitenge2-150x150.jpg 150w\" sizes=\"auto, (max-width: 147px) 100vw, 147px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #3366ff;\">None nutabyuka ngo wihute urasanga IGITENGE cyawe cyiza amaze kugicamo umwenda wifuzaga ko bagushonera.None haguruka wihute ujyende ugikureyo bataragikata hanyuma ushake ahandi ukijyana bagutunganirize umwenda wifuzaga uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Angel-Devil.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-9270\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Angel-Devil-300x187.jpg\" alt=\"\" width=\"148\" height=\"92\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Angel-Devil-300x187.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Angel-Devil.jpg 650w\" sizes=\"auto, (max-width: 148px) 100vw, 148px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Niyompamvu nakubwiye yuko abatuye isi,95% bakorera umwanzi kandi bakaba bakoresha imyuka mibi kugirango babone ibyo bifuza bitanyuze mu nzira zo gukiranuka.Niyompamvu ubwoko bw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,bukwiye kwitonda cyane mu byo bakora byose kuko abenshi bahumanijwe na banyeshyari batabifuriza ibyiza,kandi birumvikana kuko bakorera ubwami bwabo neza kurusha uko ubwoko bw\u2019Uhoraho bukorera Uwiteka Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/Devil.jpeg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-387\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/Devil.jpeg\" alt=\"\" width=\"144\" height=\"90\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwo iyo bamaze kubahumanya batangira kuvuga ko,Uwiteka atabitayeho bakabaca ntege kandi nyamara ari bo babahumanije.Igihe cyose rero batabonye Umuhanuzi ngo abafashe guhishukirwa ibyo bakorewe,ntabwo bashobora guhura n\u2019umugisha w\u2019Uwiteka kuzageza bavuye muri iyisi aho niho benshi iyo bamaze kunanirwa bahita bayoboka umwanzi na SATANI bakamukorera kuko baba baraguye mu mutego w\u2019umwanzi,maze nabo bagahinduka inkozi z\u2019ibibi bagacirwaho iteka gutyo!Maze umwanzi Satani akarushaho kwgwiriza umubare wa bantu bazajyana mu itanure ry\u2019umuriro kuko uwo ari wo mugambi we!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/01\/rwandamura_2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-1629\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/01\/rwandamura_2-300x171.jpg\" alt=\"\" width=\"127\" height=\"72\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/01\/rwandamura_2-300x171.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/01\/rwandamura_2.jpg 525w\" sizes=\"auto, (max-width: 127px) 100vw, 127px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abiyita abashumba ba madini bayobora ubwoko bw\u2019Uhoraho kujya mu Ijuru,byashoboka gute ko,bayobora abantu kandi nabo barayobye?Niko Uiwteka abaza!Bujuje abarozi na barozi-Kazi munsengero zabo,barabahumanije kubera bazi imisengere yabo,no kwizera kwabo,bityo bakagenda babaca intege gahoro gahoro kuzageza babamazemo imbaraga zo kwizera dore nta nizo baba basanganywe ariko noneho na twatundi bari bafite dusa no kwizera natwo bakatubatwara bagasigara bayoborwa na Satani maze ibyitwaga itorero ry\u2019Imana rikigarurirwa n\u2019umwanzi uko niko umwanzi akora!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/12\/141203145119_currency_640x360_bbc.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-1389\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/12\/141203145119_currency_640x360_bbc.jpg\" alt=\"\" width=\"157\" height=\"88\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwo nahise nibambura vuba cyane ndagenda nsanga bataragikatamo ubwo ndakibaka kubwa amahirwe, nari ntarabishyura ubwo umwanzi aba akozwe nisoni gutyo,mbona uwo mugore wuwo mugabo arababaye cyane mbabwira ko nzagaruka ngiye murugendo kuko urumva ko nta babwira ngo mwali mugiye kumpumanya ndashima Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ko ambere maso igihe cyose umwanzi aba ashatse kungirira nabi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/rain.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-19372\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/rain.jpg\" alt=\"\" width=\"153\" height=\"105\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 8, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona nyagirwa nimvura yurujojo,maze ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore hagiye gufatwa ingamba nshya,nyuma yuko ushyiriye ahagaragara incamake y\u2019ubuhanuzi bwibice byose byahanuwe n\u2019umwuka w\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Nuko rero ube maso kuko bashaka gukora ubugambanyi bwo kurwego rwo hejuru kandi dore bazabukorana n\u2019AbanyaBABYLON kugirango barebe ko byaborohera ariko barashinga umuhunda ku kirenge kuko bitazashoboka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/satani.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6562\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/satani.jpg\" alt=\"\" width=\"150\" height=\"101\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ukwiye kumenya igikwiriye akaba ari cyo ukora,kuko umwanzi ageze aharindimuka niyompamvu Sekibi yihagurukiye kugirango akore iyo bwabaga kugirango arebe yuko yakwihagararaho,ariko nihahandi he,nta cyo azakiza kuko Uwiteka yamaze kumufatira ibyemezo bikomeye,aho bibwira yuko batsinze igitego ahubwo bakaba aribo bitsinze igitego kimwe kubusa kuko basohoje gahunda z\u2019Uhoraho bibwira yuko bazishenye uko niko Uwiteka akora,kandi niko avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/02\/Kifaru.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-2214\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/02\/Kifaru-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"144\" height=\"81\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/02\/Kifaru-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/02\/Kifaru.jpg 624w\" sizes=\"auto, (max-width: 144px) 100vw, 144px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mwana w\u2019umuntu,dore intambara nibwo igitangira,aho abantu bibwira yuko irangiye,ahubwo nibwo igitangira kandi hagiye kubaho intambara ikomeye cyane ku buryo uzayirokoka azaba ahirwa kuko bizaba bisa no kuva mu muriro utazima,ukajya mu Ijuru uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka rikomeza kunganiriza maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore uriya mukobwa uherereye kumugabane wa CANADA,yatanzweho igitambo cyo guhora atanga amaraso aturuka mu mubiri we,ayo maraso niyo biryo biribwa nabadayimoni bamutambiye.Muyandi magambo bivuze ko,adashobora gushaka ngo azabyare kuko bamaze gutwara urubyaro rwe barujyana muwundi muryango.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Kasuku.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-9569\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Kasuku-150x150.png\" alt=\"\" width=\"115\" height=\"115\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kuba ajya mu mihango itarangira,bisobanura yuko adashobora kuzikora imugogo kugirango azajye ahorana ubwo burwayi kuzageza igihe azashiriramo umwuka kuko bamuterekereye igisiga kimeze nka \u201c<span style=\"color: #3366ff;\">GASUKU<\/span>\u201dgifite umunwa wigondoye kandi muremure uwo mudayimoni niwo uza gutwara ayo maraso aturuka mu mubiri we.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwo igihe ngiteze amatwi numva ibyo ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ambwira,nerekwa ibigirwamana bikozwe mu biti (<span style=\"color: #3366ff;\">Hand Craft<\/span>) byabindi bigurwa nabazungu bamucyera rugendo.Ariko ndabwirwa ngo,uwo mukobwa numusengera azahita akira,ndetse dore iyo myuka yamaze kumenya yuko wayihishukiwe none yatangiye gukuramo akarenge kabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/KASUKU.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-18049\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/KASUKU.jpg\" alt=\"\" width=\"134\" height=\"101\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona byabigirwamana byose bisa naho bishwemutse aho byari byaragize igicumbi cyabyo,nerekwa na cya GISIGA gisa na GASUKU mbona ukuboko k\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kugikase ijosi uwo mudayimoni uhita urimburwa burundu maze ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ngaho noneho kora amasengesho kugirango Uhoraho akongerere imbaraga zo kuzasengera uwo mukobwa wagizwe kuba imbata y\u2019inkozi z\u2019ibibi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #3366ff;\">EZRA<\/span> yakoraga umulimo wo guhanura,ariko kandi akaba yari numwanditsi w\u2019ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo nk\u2019uko nanjye nkora umulimo wo kwandika ijambo ry\u2019Uhoraho (itangaza makuru ryo mu Ijuru) dukurikije igihe cy\u2019umugaragu w\u2019Uwiteka Nyiringabo <span style=\"color: #3366ff;\">EZRA<\/span> yakozemo umulimo hari mu mwaka wa [<span style=\"color: #3366ff;\">586<\/span>] BC ubwo umurwa wa <span style=\"color: #3366ff;\">JERUSALEM<\/span> wasenywaga n\u2019ubwami bw\u2019<span style=\"color: #3366ff;\">IBABYLON<\/span>,baza gucyurwa \u00a0n\u2019Umwami <span style=\"color: #3366ff;\"><strong>CYRUS<\/strong><\/span> wemeye gucyura ubwoko bwa Israel ndetse akabemerera kububakira urusengero rw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo mu mwaka wa <span style=\"color: #3366ff;\">[539<\/span>],maze bigeze mu mwaka wa [<span style=\"color: #3366ff;\">538<\/span>] bagaruka muri gakondo yabo mu gihugu cya Israel.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Urusengero rw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rwatangiye kubakwa mu mwaka wa [<span style=\"color: #3366ff;\">536<\/span>] BC,imilimo yurusengero yarangiye mu mwaka wa [<span style=\"color: #3366ff;\">530<\/span>],ahagana mu mwaka wa [<span style=\"color: #3366ff;\">520<\/span>] nibwo Umuhanuzi HAGAI na <span style=\"color: #3366ff;\">ZECHARIAH<\/span> batangiye gukorera kumugaragaro imilimo yo murusengero rw\u2019Uwiteka Imana ikiranuka kandi ikaba Uwiteka Imana ya Israel.Mu mwaka wa <span style=\"color: #3366ff;\">[515]<\/span> niho imilimo yose yo gutunganya urusengero yari irangiye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umuhanuzi EZRA we yatahutse avuye mu bunyage bw\u2019<span style=\"color: #3366ff;\">IBABYLON<\/span> mu mwaka wa [458],naho Umuhanuzi <span style=\"color: #3366ff;\">NEHEMIAH<\/span> we yageze <span style=\"color: #3366ff;\">IYERUSALEM<\/span> mu mwaka wa<span style=\"color: #3366ff;\">[445]<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amakuru aturuka mu ijambo ry\u2019ubuhanuzi avuga yuko,Umuhanuzi<span style=\"color: #3366ff;\"> EZRA<\/span> yubahaga Imana,kandi akayitinya,ndetse sibyo gusa,ahubwo yaranayumviraga.Ushobora gukunda Imana,ariko ntuyumvire,ndetse ushobora kuyitinya ariko ntuyikunde!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibi byose biratandukanye,uzumva abantu bavuga ko,ngo bakunda Imana,ariko Imana iramutse ibasabye gutanga igitambo wenda reka tuvuge umwana waba ukunda cyane wasanga udashobora kubeyemera!ariko ijambo rivuga ko,abayikunda bamenywa nayo.Kandi ngo ikunda abayikunda,kandi ngo abayishakana umwete bazayibona.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abantu benshi bavuga ko,bakunda Imana,nyamara wabagenzura ugasanga barananiwe no gukunda bagenzi babo,ubwo se bazakunda gute Imana,kandi barananiwe gukunda abantu babana ndetse barebesha amaso kandi banabana mubuzima bwa buri munsi.Udakunda mugenzi we,yabasha gukunda Imana atarebesha amaso?Kunda mugenzi wawe nk\u2019uko wikunda,kandi ukunde mugenzi wawe nk\u2019uko Umwami Yesu yagukunze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ab\u2019Israel bamaze kugaruka muri gakondo yabo,bagaragaje gukunda Uwiteka cyane no kumwitaho cyane,ndetse sibyo gusa,ahubwo banatangiye gukorera Imana n\u2019umutima umwe gusa.Kubera iyo mpamvu Uwiteka yanahise abagarurira bimwe mu bice yari yarasezeranije basekuruza kubera kumvira Imana.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bivuze ngo,nitwumvira Imana,nta kabuza yuko nyuma y\u2019umwakagara Uhoraho azatugarurira gakondo yacu twambuwe nabadayimoni.Umwaka wa <span style=\"color: #3366ff;\">[536] BC<\/span> nibwo <span style=\"color: #3366ff;\"><strong>ZERUBBABEL<\/strong><\/span> yashishikarije ubwoko bwose bwa Israel kubuka inzu y\u2019Uhoraho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nibwo abanz ba Israel bamaze kubona yuko ibyashenywe byose byongeye gusanwa bahise batangira gushaka uko barwanya ubwoko bw\u2019Imana bwa Israel mu gihe cy\u2019imyaka [6] bagerageje kwizera kwabo cyane.Ariko abagarutse muri gakondo,bari bagarukanye kwizera kudasanzwe kandi gukomeye maze babwira abanzi babo amagambo akomeye yo kwizera Uwiteka Imana yabo kuko bari babonye ukuboko k\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kwabakuye mu gihugu cy\u2019<span style=\"color: #3366ff;\">IBABYLON<\/span>,nibwo bashishikarije ubwoko bwose bwa Israel kugira imbaraga zo kubaka urusengero rw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana yaremye Ijuru nisi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kubera umwete wa bahanuzi bagize gushishikariza abantu b\u2019Uwiteka kuyikorera,byatumye Uwiteka abagirira imbabazi zo mu mutima,maze abakiza abanzi babo.Uko niko ijambo ryo kwizera ryabongeyemo imbaraga riturutse mu bahanuzi ryabateye kugira umwete wo kumvira ijambo ry\u2019uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,nk\u2019uko biri uyu munsi nimwizera ijambo ry\u2019Uhoraho mukaryizera ntakizatuma Uwiteka ataducyura muri gakondo ya bakiranutsi nk\u2019uko ijambo ry\u2019ubuhanuzi ryabivuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/clock.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-4580\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/clock.png\" alt=\"\" width=\"139\" height=\"130\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko rero ndabizi neza yuko hari benshi bafite ishyaka rikomeye n\u2019umwete ukomeye cyane wo gukora umulimo w\u2019Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Nuko rero mugire umwete wo gukiranuka no gushaka kwezwa no mu maso h\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo.Ntimukangwe nibilimo kutubaho,kuko byanze bikunze hagamba kuboneka Umwami uzamara amasaha [48] uzasimbura Umwakagara akimara gucibwa igihanga hanyu hakazimikwa Umwami wateguwe n\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/IVAN.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-12417\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/IVAN.jpg\" alt=\"\" width=\"136\" height=\"118\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ngirango murabona yuko ubuhanuzi bwihuta cyane kurusha uko tubitekereza ndetse\u00a0 bamwe muli mwe ijambo ry\u2019ubuhanuzi ryamaze kubabera imvange kubera kudasobanukirwa abantu bose usibye <span style=\"color: #ff0000;\">ABEGA<\/span> barimo kubyinira ku ishami bamaze gutema rikaba rigiye kubagusha abandi bose bacitse ururondogoro.Ngiyo imikorere y\u2019Imana itajya isobanukirwa ubwenge bw\u2019umwana w\u2019umuntu nyamara abafite umwuka w\u2019ijambo ry\u2019Uwiteka,babasha kubisobanukirwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Reka mbabwire yuko ibintu byose biyoborwa n\u2019ijambo ry\u2019ubuhanuzi,kuko Uwiteka yarimanukiye kwikorera kuko yarambiwe gukorerwa na bana b\u2019abantu kuko bakorana uburiganya kandi bakavuga ko batumwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kandi atabatumye nyamara abenshi barabizi yuko batatoranijwe ndetse bakaba bataranahamagawe ariko bakanga bakishyira mu byubu bugingo bakiciraho iteka kubera gukunda intonorano.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #3366ff;\">Isaiah 44:28<\/span> havuga uburyo Umwami <span style=\"color: #3366ff;\">CYRUS<\/span> yakoreshejwe n\u2019Uhoraho kugarura ubwoko bw\u2019Uwiteka bwari bumaze imyaka [70] mu gihugu cy\u2019<span style=\"color: #3366ff;\">IBABYLON<\/span>,byahanuwe mu mwaka wa <span style=\"color: #3366ff;\">[688]<\/span> maze ubuhanuzi busohoza mu mwaka wa <span style=\"color: #3366ff;\">[538]<\/span> BC <span style=\"color: #3366ff;\">Jeremiah 25:12<\/span> BABYLON yahanuriwe ko izabona ishyano kubera gusenya umurwa w\u2019uwiteka Imana Nyiringabo.Byahanuwe mu mwaka wa <span style=\"color: #3366ff;\">[605]<\/span> BC maze bisohoza mu mwaka wa [539] <span style=\"color: #ff0000;\">Jeremiah 29:10 <\/span>havuga ko ubwoko bwa Israel buzamara imyaka [70] mu gihugu cy\u2019<span style=\"color: #3366ff;\">IBABYLON<\/span> bakazagarurwa muri gakondo yabo.Ibyo byahanuwe mu mwaka wa <span style=\"color: #3366ff;\">[594]<\/span> BC<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #3366ff;\">Daniel 5:17-30<\/span> havuga ko,Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azahana BABYLON akazashyiraho ubwami bushya ari bwo bwaje gucikamo ibice (2) \u00a0bwavuyemo abamedi na ba Peresi.Ibyo byahanuwe mu mwaka wa <span style=\"color: #3366ff;\">[539]<\/span> BC maze biza gusohoza mu mwaka wa [539] hagashyirwaho system nshya y\u2019ubwami butari bumenyerewe uko niko byaje kugenda niho haje kujyaho ubwami bwa <span style=\"color: #3366ff;\">ABAMEDI NA BA PERESI.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/Wildness1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-19920\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/Wildness1-300x225.jpg\" alt=\"\" width=\"158\" height=\"119\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/Wildness1-300x225.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/Wildness1.jpg 512w\" sizes=\"auto, (max-width: 158px) 100vw, 158px\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 8,2017<\/u><\/strong> Njyanwa mu iyerekwa mbona ubwoko bw\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">ABAKIKUYU<\/span> bujyanwa mu kibaya cy\u2019ubutayu burebure,kandi amayira banyuragamo yarafunze cyane,ari ukwishakisiriza inzira yo kunyuramo.Maze Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore uyu mwaka inkozi z\u2019ibibi zose zigiye guhanwa zinjizwe mu butayu bugufiya n\u2019uburebure,kugirango imana zabo biringiye turebe yuko zizabakiza kuko bahinduye inda zabo,n\u2019ubutunzi bwabo kubabera ibigirwimana byabo bitavuga bitakora,kubabera imana zabo ariko noneho igihe kiraje ubwo bigiye kumenyekana yuko Uhoraho Uwiteka ari we mana uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore Abakagara,hamwe na ba <span style=\"color: #ff0000;\">WAMBOI<\/span>,bahuye nakaga gakomeye cyane,kuko ubwami bwabo buciriweho iteka.Uyu mwaka ntabwo uzabahira uzabagendekera uk baganje abandi kugirango bamenye yuko nd\u2019Uiwteka Imana yawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/KIKUYU.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-21413\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/KIKUYU.jpg\" alt=\"\" width=\"168\" height=\"118\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona imigambi mibisha ikomeye cyane yateguwe na leta ya <span style=\"color: #ff0000;\">WAMBOI<\/span> (<span style=\"color: #ff0000;\">KIKUYU<\/span>) bakorana n\u2019Umwakagara,maze ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore leta ya <span style=\"color: #ff0000;\">WAMBOI<\/span> niy\u2019Umwakagara bagiranye amasezerano yo gufata abatavuga rumwe na leta zabo,none hindura gahunda zawe zose warufitanye nizo nyangabirama kugirango utagwa mu mutego w\u2019Umwanzi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore kubera ubugoe bwabo bakoreye inzirakarengane,bagiye guhemberwa ibyo bakoze muri uyu mwaka kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ajya agira neza,kandi abajyanye mu ishuli ryo kubamenyesha yuko Uhoraho Nyiringabo ari we Mana niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/Jezebel.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-4360\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/Jezebel.jpg\" alt=\"\" width=\"160\" height=\"122\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 8, 2017<\/u><\/strong> Bigeze mu masaha ya nimunsi, ubwo inyana z\u2019imitavu zari zitangiye gukinagira amatovu,akazuba ka kiberinka gatangiye kuzishyushya, njyanwa mu iyerekwa mbona ibikomeye bigiye kubera muli gakondo ya bakiranutsi ku bwami bw\u2019Abega b\u2019Abakagara.Mbona umugabo n\u2019umugore binshuti za \u201c<strong><span style=\"color: #ff0000;\">JEZEBEL NYIRAMONGI<\/span>\u201d<\/strong>, bari mu modoka ,mbona bagiye kumura \u201c<span style=\"color: #ff0000;\"><strong>NYIRAMONGI<\/strong> <\/span><strong><span style=\"color: #ff0000;\">JEZEBEL<\/span>\u201d<\/strong>,aho yarafungiye muri gereza ya gisirikare \u201c<span style=\"color: #ff0000;\"><strong>KANOMBE MILITARY PRISON\u201d<\/strong><\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko numva bavuga ngo,yari inshuti yabo kandi ngo babanye neza cyane,kandi ngo yabahaye akazi keza kandi abitaho igihe cyose umugabo we ya yoboraga ubwami bw\u2019<span style=\"color: #ff0000;\"><strong>Abega b\u2019Abakagara<\/strong><\/span> bamennye amaraso ya bera,hamwe n\u2019inzirakarengane na bakiranutsi b\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Jezebel1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6901\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Jezebel1.jpg\" alt=\"\" width=\"157\" height=\"88\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze kwerekwa iryo yerekwa,mu gihe ngitekereza ibigiye kuba kuri \u201c<span style=\"color: #ff0000;\"><strong>NYIRAMONGI JEZEBEL<\/strong><\/span>\u201d, ijambo ry\u2019Uhoraho <strong>U<span style=\"color: #ff0000;\">witeka Nyiringabo<\/span><\/strong> rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,biriya ubonye <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>Nyiramongi <\/strong><\/span>afungiye muli gereza ya gisirikare <span style=\"color: #ff0000;\"><strong><u>y\u2019IKANOMBE\u201dMILITARY PRISON<\/u><\/strong>\u201d<\/span> bisobanuye yuko Umwakagara agiye gukurwa ku ngoma vuba cyane byihuse,abazamukura kungoma bazamara guca igihanga umugabo we,ako kanya bazahita bamufata hamwe nurubyaro rwe maze babashyire muri gereza hamwe nawe maze ubwami bwabo buzaba buciriweho iteka bugende umuti wa mperezayo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Ingoma.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-5111\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Ingoma.jpg\" alt=\"\" width=\"141\" height=\"129\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019<span style=\"color: #ff0000;\"><strong>Uhoraho Uwiteka Nyiringabo <\/strong><\/span>rikomeza kumbwira akaga gakomeye kagiye kuba ku bwami bw\u2019Abega b\u2019Abakagara,hamwe ni nkoma mashyi maze ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,dore icyo umuntu abibye ninacyo asarura.Ibyo Umwakagara hamwe na bambari be,bakoreye ubwoko bw\u2019Uwiteka bazamenya yuko Uhoraho Uwiteka ari we Mana kugirango isi yose imenye yuko muri gakondo ya bakiranutsi ar\u2019umwandu w\u2019<strong><span style=\"color: #ff0000;\">Uwiteka Imana<\/span> Nyiringabo <\/strong>uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Dog-with-son.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8069\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Dog-with-son-300x300.jpg\" alt=\"\" width=\"124\" height=\"124\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Dog-with-son-300x300.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Dog-with-son-150x150.jpg 150w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Dog-with-son.jpg 550w\" sizes=\"auto, (max-width: 124px) 100vw, 124px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona imyuka ya <span style=\"color: #ff0000;\">A<strong>BASHAMBO,ABENEGITORI<\/strong><\/span>,na <span style=\"color: #ff0000;\">A<strong>BEGA<\/strong><\/span> b\u2019Abakabagara bateranya imyuka yabo,maze barayiterekerera ngo kugirango ibafashe gufata Umuhanuzi Majeshi Leon.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona inzu narindimo barayigose yose,ndwana nabo nyisohokamo ngera mu gipangu hanze (<span style=\"color: #ff0000;\"><strong>Compound<\/strong><\/span>) Uhoraho andwanaho mbona cya gipangu ngisohotsemo ndirukanka ndenga umuhana ariko mbona ko bankurikiye nihisha inyuma y\u2019umukingo,imyenda nari nambaye year dede nkuramo ishati yo hejuru nsigarana ipantaro (<span style=\"color: #ff0000;\"><strong>Trouse<\/strong><\/span>) basa naho baketse aho mperereye kubera nari nakuyemo imyenda y\u2019umweru (imilimo yo gukiranuka) ntabwo bari bakibasha gusobanukirwa aho mperereye mbacika gutyo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore igihe cyawe kiregereje,cyo gukurwa <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>IBABYLON<\/strong><\/span>,ugabanye kwandika cyane ahubwo wibande kuri gahunda zawe zo gukurwa <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>IBABYLON<\/strong><\/span>,ariko nubona usigaje 5%,uhagarike ibikorwa wakoraga kugirango umwanzi adasobanukirwa ikirere uherereyemo maze umunyure mulihumye wigendere uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore za nkozi z\u2019ibibi zateguye umugambi ukomeye cyane wok u kugwa gitumo zikagushimuta kugirango zibone uko ziguca igihanga.Nuko rero ugenze kwa kundi ujya ubigenza maze ubihorere bakomeze kurindagirira mu nzira nyabagendwa ngo,bategereje Umuhanuzi uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore abega bahagaze muduhanda nutuyira,hirya no hino mu murwa w\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">IBABYLON<\/span>,bibwira yuko imigambi yabo iri bubatunganire nyamara barashinga umuhunda ku kirenge kuko bidashoboka yuko Umuhanuzi yagwa hanze ya Yerusalem isezerano ry\u2019Uhoraho ridasohoye niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/12\/Law.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8696\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/12\/Law.jpg\" alt=\"\" width=\"150\" height=\"81\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 9, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa,mbona inama y\u2019Inteko ya bacamanza yo mu Ijuru yateranye,mbona iyo nteko bafungura dossier yurubanza <strong><span style=\"color: #ff0000;\">N\u00ba 0019\/001\/0017<\/span>,<\/strong> rwa gakondo ya bakiranutsi,hamwe nuruzabibu rw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,na gakondo y\u2019Umuhanuzi yahaweho kuzamubera umwandu we,nkisezerano yahawe n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Ezra.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-16451\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Ezra-300x153.jpg\" alt=\"\" width=\"155\" height=\"79\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Ezra-300x153.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Ezra.jpg 700w\" sizes=\"auto, (max-width: 155px) 100vw, 155px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona Ijuru ritumije abatanga buhamya,ndetse mbona n\u2019umugore w\u2019umukobwa wa <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>ABENEGITORI<\/strong><\/span>,uvuga ko akijijwe kandi akora umulimo w\u2019Imana kugirango avuge uburyo ise yariganije imbago za gakondo ya bakiranutsi hamwe nuruzabibu rw\u2019Uwiteka Imana kandi asobanure impamvu ashyigikiye uwo muriganya kandi yitwa ko ar\u2019umukozi w\u2019Imana (<span style=\"color: #ff0000;\"><strong>PASTOR EZRA MPYISI<\/strong><\/span>)<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwo ako kanya mbona haje undi Mugore w\u2019umukuru w\u2019igihugu ntabashije kumenya(Itorero rya Kristo mu Isi) njya kumwereka aho gakondo yageraga ariko bakaza kwigizayo imbarigo za gakondo ya bakiranutsi kugirango babone uko biba cyangwa bariganya uruzabibu rw\u2019Uwiteka,hamwe n\u2019umwandu w\u2019Umuhanuzi yahaweho kuzamubera gakondo ye,n\u2019Uwiteka Imana ikiranuka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze mu gihe uwo mugore akaba n\u2019umukuru w\u2019igihugu <span style=\"color: #ff0000;\">(<strong>FIRST LADY<\/strong><\/span>) alimo kwitegereza ngo afate umwanzuro wa nyuma kuko niwe mucamanza mukuru uruta abandi,kandi ajya arenganura abarenganye bose akabagirira neza.Mbona wa mukobwa wa <span style=\"color: #ff0000;\">ABENEGITORI (abega)<\/span> hamwe na basaza be.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/dog.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23692\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/dog.jpg\" alt=\"\" width=\"127\" height=\"104\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Bazanye imihoro,namapanga(amagambo ya badayimoni) baza baje kundwanya ariko batinya wa mugore twali kumwe(<span style=\"color: #ff0000;\">Itorero rya Kristo<\/span>) ariko kandi mbabaliza imbere ye neruye niba koko batarigijeyo imbago kuko byari ibintu bigaragara,ariko wa mukobwa wa <span style=\"color: #ff0000;\">ABENEGITORI<\/span>,akanga kwemera yuko bariganije kandi abizi neza yuko bariganije imbago za gakondo yanjye hamwe n\u2019iy\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-795\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel.jpg\" alt=\"\" width=\"138\" height=\"150\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko ubwo nubwo twalimo tureba izo mbago,Ijuru ryali ryategetse <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>ABAMALAIKA<\/strong><\/span> bashinzwe ubutabera,kumanuka bakajya kureba ndetse no kurambura ubuso bwa gakondo ya bakiranutsi uko bungana uhereye ikijyepfo nikijya ruguru <span style=\"color: #ff0000;\">IKUSI<\/span>,ni KASKAZI kugirango hamenyekane ukuli ku mbago za gakondo y&#8217;ubwoko bw&#8217;Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/ibingira.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" wp-image-19762\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/ibingira-300x192.jpg\" alt=\"\" width=\"142\" height=\"91\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/ibingira-300x192.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/ibingira.jpg 640w\" sizes=\"auto, (max-width: 142px) 100vw, 142px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 10, 2017<\/u><\/strong> Njyanwa mu iyerekwa maze mbona ibikomeye bigiye kubera muri gakondo ya bakiranutsi,mbona ko Umwakagara asumbanijwe cyane,kandi aciriweho iteka n\u2019Uwiteka Nyiringabo.Mbona ahamagaje <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>Gen.IBINGIRA FRED<\/strong><\/span> maze amuca igihanga ngo kuko yagiye amugira inama zigoramye kandi ngo akaba adashaka kumurwanirira intambara ikomeye imugeze iwandabaga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,dore Umwakagara agiye gukomerezwa,kuko urugamba rushyize cyera kandi ndabona umulizi w\u2019ibyasezeranijwe nawe ageze ku nkengero z\u2019ubutayu bugufiya,kugirango arusheho kubika neza ibyasezeranijwe n\u2019Uwiteka kugirango ubwoko bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi buzabashe kumenya uburyo umugaragu w\u2019Uwiteka yagendanye n\u2019Uhoraho mubutayu bugufiya mu gihugu cy\u2019<span style=\"color: #ff0000;\"><strong>IBABYLON<\/strong><\/span> uko niko Uwiteka Nyiringabo avuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/jerusalem.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-13212\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/jerusalem-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"111\" height=\"111\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 11, 2017<\/u><\/strong> ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,umva uko Uhoraho Uwiteka Imana yawe avuga,dore nd\u2019Uhoraho Uwiteka Imana yawe,dore nzaguhindura umurwa wanjye wera,kuko wakunze gukiranuka,ukanga ubugome,nicyo gituma Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana yawe yaguhisemo ngo umubere umurwa we wera wa <span style=\"color: #3366ff;\"><strong>YERUSALEM<\/strong><\/span> kugirango aziheshe icyubahiro muri wowe uko niko Uhoraho Uwiteka avuganye nawe uyu munsi kandi niko avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nicyo gituma Uwiteka azashyira banzi bawe munsi yibirenge byawe,kugirango umenye yuko Uwiteka yagukunze akaguhitamo,akakurutisha bagenzi bawe,kguirango bizamenyekane mu isi yose yuko yaguhinduye umurwa w\u2019Uhoraho.Kandi ko yaguhaye gakondo gakondo ya bakiranutsi kuzakubera umwandu wawe wera wo gukiranuka kugirango umenye yuko Uwiteka ari we Mana uko niko Uwiteka avuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nicyo gituma Uhoraho Uwiteka Imana yawe atazabura kwihesha icyubahiro,kugirango bizabere abandi bose uko uwo Uhoraho yakunze ajya amugenza kugirango bimenyekane yuko Uwiteka atajya yirengagiza imtima imukunda kandi iciye bugufi atajya abura kuyitaho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/08\/Prison2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-5271\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/08\/Prison2-150x124.jpg\" alt=\"\" width=\"97\" height=\"80\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 12, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona izahoze ar\u2019ingabo za <span style=\"color: #ff0000;\">APR<\/span>,mbere yuko bazihindura <span style=\"color: #ff0000;\">RDF<\/span>,nerekwa ingabo twabanye kandi twajyanye hamwe mu nzu y\u2019imbohe <span style=\"color: #3366ff;\">KUMULINDI wa KANOMBE<\/span>,mbona ko,bazarokoka intambara iteye akaga n\u2019Akandare gakomeye cyane mukarere kibiyaga bigari.Ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,dore hali abantu mwabanye mu nzu y\u2019imbohe <span style=\"color: #3366ff;\">KUMULINDI<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Pray.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-6729\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Pray.jpg\" alt=\"\" width=\"117\" height=\"114\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Izo zahoze ar\u2019ingabo,nzazilinda akaga gakomeye gateye muri gakondo ya bazima kugirango bazabe abahamya bijambo ryanjye,kuko abo mwafunganywe bose babonye ukuboko kwanjye gukomeye ubwo mwali mu nzu y\u2019imbohe ubwo mwabaga Uhoraho Uwiteka Imana yawe ko abaha amazi yo kunywa mu masengesho mwali mwakoze y\u2019iminsi (<span style=\"color: #ff0000;\">7\u00d712<\/span>) hanyuma nkabasubirisha ukuboko gukomeye cyane kugirango nigaragaze yuko nd\u2019Uwiteka Imana bamenye yuko nitwa Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/State.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-21482\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/State-300x169.png\" alt=\"\" width=\"142\" height=\"80\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/State-300x169.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/State-768x432.png 768w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/State.png 1023w\" sizes=\"auto, (max-width: 142px) 100vw, 142px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore na bamwe mu ingabo bahunze igihugu bagiye basize bakoze ibikorwa bibi,bahungira muli America,none dore nabasubijemo umutima wo gukumbura gakondo yabo,maze mu mwaka ushize mu mpera zayo,basubirayo none babuze uko basubira muli America kuko bahise batabwa muli yombi kubera ko bagiye kwinezeza bakibagirwa yuko basize bahemutse,maze bahita basubizwa mu nzu yimbohe hahandi nubundi bari bafungiye.<\/em><\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/02\/prison2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25897\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/02\/prison2-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"155\" height=\"87\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/02\/prison2-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/02\/prison2.jpg 591w\" sizes=\"auto, (max-width: 155px) 100vw, 155px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore hali nabo mwasize mu nzu y\u2019imbohe baciriwe ho iteka bafungwa burundu abo nabo uzabagirire ibambe ubwo muzaba mugeze muli gakondo uzahite ujya kubasura ubasabire k\u2019Uhoraho Uwiteka Imana kugirango abagirire imbabazi nibambe maze babone ukuboko k\u2019Uwiteka gusimbure ukuboko k\u2019Umwakagara kwababereye inkoni y\u2019icyuma kugirango bazamenye yuko Uhoraho atarobanura kubutoni uko niko Uwiteka Nyringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Pro.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-28509\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Pro-300x215.png\" alt=\"\" width=\"152\" height=\"109\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Pro-300x215.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Pro.png 480w\" sizes=\"auto, (max-width: 152px) 100vw, 152px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rikomeza kungirira ikizere rinzaho cyane,maze nerekwa mbona Umuhanuzi Mukuru w\u2019ibyasezeranijwe hamwe n\u2019umugaragu we,bahabwa umwandu wabo basezeranjwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,maze mbona inkozi z\u2019ibibi ziza zihahindura irembo banyuramo,kandi Umuhanuzi Mukuru yari yafunze amarembo yose ndetse ashyiramo ibihindizo byose hamwe nimyugariro ariko ziranga ziraza zirapfumura zirasesera.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbabona ndi kure ho gato,nibwo nahise mpamagara Umuhanuzi Mukuru mubwira yuko inkozi z\u2019ibibi zamaze gusesera muri gakondo yahaweho kuzamubera umwandu we,nuko mbona aragarutse arwanye nabo kugeza abanesheje barahunga biruka masigamana.Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,inkozi z\u2019ibibi ntabwo zijya ziruha cyangwa ngo zinanirwe kuko zihoraho zishaka uburyo bwose zigirira abantu nabi bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/11\/Honny.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25819\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/11\/Honny-300x102.jpg\" alt=\"\" width=\"215\" height=\"73\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/11\/Honny-300x102.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/11\/Honny-768x262.jpg 768w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/11\/Honny.jpg 900w\" sizes=\"auto, (max-width: 215px) 100vw, 215px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko rero burira ubwoko bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana,bureke kudamarara kuko umwanzi alimo kubagenda runono bucece kugirango ababuze kwinjira mu isezerano basezeranijwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana yo mu Ijuru.Ubabwire uti,urangara inkozi z\u2019ibibi ziramuca muri humye zimugenze uko zagenje Karegaya na Ndahindurwa uko niko Uwiteka Nyiringabo ababuriye kandi niko avuga.<\/em><\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/Fire-Sword.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-12245\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/Fire-Sword.jpg\" alt=\"\" width=\"93\" height=\"124\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho hamwe n\u2019umwuka w\u2019Uhoraho Uwiteka Imana,birambwira biti,mwana w\u2019umuntu,urwanye intambara igihe kirekire cyane,kandi umwanzi nibigaragara yuko amaze gutsindwa ndetse no kunesha,dore waburiye Umwami Ndahindurwa yanga ku kumvira,ijambo ry\u2019Uwiteka rikorera muri wowe wimika undi Mwami uzamusimbura none dore yimye ingoma.Umwuka w\u2019Uwiteka avugira muli wowe yuko umwuka winda y\u2019ingome w\u2019ikinyoma uciriweho iteka kandi ufomojwemo kabiri n\u2019INKOTA y\u2019Uhoraho Uwiteka Imana yawe.<\/em><\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Impyisi.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15018\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Impyisi.jpg\" alt=\"\" width=\"173\" height=\"97\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/MPYISI2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-14033\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/MPYISI2-300x146.jpg\" alt=\"\" width=\"197\" height=\"96\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/MPYISI2-300x146.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/MPYISI2.jpg 700w\" sizes=\"auto, (max-width: 197px) 100vw, 197px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uko niko byagenze aho bacyuye umugogo hanyuma mukimika undi Mwami ikinyoma kigakubitirwa ahareba inzega,maze ya \u2018MPYISI\u2019 ikorwa nisoni.Burya koko izina niryo muntu niko umunyabwenge \u201cSOLOMON\u201d yabivuze mu bitabo bye byubuhanga halimo nigani myinshi igana akariho.<\/em><\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/eye-1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-22978\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/eye-1.jpg\" alt=\"\" width=\"161\" height=\"114\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko rero urabe maso cyane kugirango utagwa mu mutego w\u2019umwanzi,ndetse uburire umwiru mukuru n\u2019Umwami mushya Nyirurwanda yuko bakwiye kuba maso cyane kuko hariro gushakshwa uburyo bwo kumenya amakuru yabo ndetse n\u2019imilimo yabo bakoreye mu bwiru bukomeye bigatuma igihugu cyose gicika umugongo imigambi y\u2019Abahindiro bibisambo yose ikaburizwamo n\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>None dore bakozwe nisoni zitarabaho,kubera iyo mpamvu bashatse inzitwazo zituma batazatabariza Umwami w\u2019uRwanda uko abami bandi batabarijwe ngo ni uko ari muri repubulika iriho y\u2019ikinyoma mu buryo butemewe na mategeko.Ubabwire uti,Ijuru rizi ubwami ntabwo rizi repubulika.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Akaba ari nayo mpamvu iyo repubulika birata igiye gukurwa igasimburwa n\u2019ubwami bugendere ku itegekonshinga bwimitswe n\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo nyuma y\u2019igihe kirekire bukuwe ku ngoma kugirango ubwami nabwo bumenye yuko Uwiteka ari we Mana kandi ijya ica imanza zitabera kubayiringira bose ikabacira urwo gukiranuka kugirango hatazagira uyitunga agatoki.Uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/school.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6561\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/school.jpg\" alt=\"\" width=\"158\" height=\"118\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 13, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona ndi murusisiro rw\u2019inkozi z\u2019ibibi zateranye zakoze inama zirimo kwibaza ibigiye kuzibaho.Mbona yuko hamanutse abamalaika [2] abo bamalaika bari boherejwe kuza kwangiza no kurimbura imigambi y\u2019inkozi z\u2019ibibi zikorera mu isi ya bazima zishinzwe kwangiza amasezerano y\u2019ubwoko bw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Izo nkozi z\u2019ibibi nerekwa ko zishaka kujyana mu ishuri zari zimaze kwishingira rya <span style=\"color: #ff0000;\">KAMINUZA <\/span>(University) mu mago yabo aho batuye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Rwnd-school.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6703\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Rwnd-school.jpg\" alt=\"\" width=\"147\" height=\"98\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa ko,bamaze gutegurirwa ikizamini hamwe nimiryango yabo,bakaba binjijwe mu ishuli bo,ubwabo bishingiye bashaka kwinjizamo ubwoko bw\u2019Uwiteka,kugirango batamburwa ya migisha babambuye bamaze igihe bayikoresha kandi atari iyabo.Kuko bayimaranye igihe bayitunze nyamara banyirayo bakaba barashyizweho umuvumo mu cyimbo cy\u2019umugisha bari bakwiye kuba bafite cyangwa batunze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/college.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23570\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/college-300x194.jpg\" alt=\"\" width=\"167\" height=\"108\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/college-300x194.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/college.jpg 500w\" sizes=\"auto, (max-width: 167px) 100vw, 167px\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-795\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel.jpg\" alt=\"\" width=\"100\" height=\"109\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore Uwiteka aguhishuriye ibikomeye cyane bigiye kuba kuri bariya bagore (abarozi Kazi) ubonye bateranijwe no kwinjiza abanyamasezerano muri Kaminuza (University) y\u2019ibigeragezo none Uwiteka amanuye Malaika w\u2019intambara kujya gufata iriya Kaminuza-University bashinze bayitegurira ubwoko bw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ngo abe aribo bayijyamo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/rwandakingcrest.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-164\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/rwandakingcrest-300x201.jpg\" alt=\"\" width=\"140\" height=\"94\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/rwandakingcrest-300x201.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/rwandakingcrest.jpg 661w\" sizes=\"auto, (max-width: 140px) 100vw, 140px\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>Jan 14, 2017<\/u><\/strong> ijambo ry\u2019Uwiteka rinzaho maze rirmbwira riti,mwana w\u2019umuntu,burira ubwoko bwanjye ububwire uti,uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore nasohoje isezerano ryanjye navugiye mukanwa k\u2019Umuhanuzi Majeshi Leon,mbaha Umwami Umwami mushya usimbura Umwami Ndahindutwa kugirango umwanzi wanyu atabishima hejuru.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Pray.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15242\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Pray-300x146.jpg\" alt=\"\" width=\"160\" height=\"78\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Pray-300x146.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Pray.jpg 700w\" sizes=\"auto, (max-width: 160px) 100vw, 160px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>None burira ubwoko bwose aho bwatataniye mu mahanga atandauknye mu isi yose,yuko mukwiye gufata amasengesho yo gushima Uwiteka Imana yanyu kugirango nongere mbakorere ibikomeye cyane\u00a0 mbacure muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,Umwakagara umwanzi wabakiranutsi.Araremerewe cyane kuruta uko mu bitekereza kubera ikibazo cy\u2019ubwami bw\u2019uRwanda cyamubereye umurunga wamwizingiyeho cyane ku buryo adashobora kubyikuramo niko Uhoraho Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Goat.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-22273\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Goat.jpg\" alt=\"\" width=\"78\" height=\"64\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Wolf2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13556\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Wolf2.jpg\" alt=\"\" width=\"109\" height=\"63\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bear.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15202\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bear-300x165.png\" alt=\"\" width=\"113\" height=\"62\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bear-300x165.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bear.png 700w\" sizes=\"auto, (max-width: 113px) 100vw, 113px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umwuka w\u2019Uhoraho ukomeza kunzaho cyane,maze ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,witegereze imbere yawe ibyo Uwiteka akwereka kugirango umenye ibyahanuwe byashyizwe cyare,none igihe cyabyo kikaba gisohoye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ako kanya njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w\u2019ikinyoma (<span style=\"color: #ff0000;\">ihene<\/span>) yihindaguramo Isega riryana,mbona na none iryo sega ryihinduyemo indi nyamaswa yinkazi ntabashije (<span style=\"color: #ff0000;\">bear<\/span>) gusobanukirwa iyariyo nubwoko bwayo,ariko yajyaga gusa n\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">IDUBU<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ni uko ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ibyo wabonye wabyitegereje?Ndasubiza nti Cyane!Ndasobanurirwa ngo,ziriya nyamaswa uko ar\u2019eshatu wazibonye,zitwikiriye umwuka w\u2019ikinyoma mu butegetsi bw\u2019Umwakagara bukomeje gutoteza umugaragu w\u2019Uhoraho kugirango acibwe igihanga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/genocide.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13798\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/genocide-300x196.jpg\" alt=\"\" width=\"148\" height=\"97\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/genocide-300x196.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/genocide.jpg 630w\" sizes=\"auto, (max-width: 148px) 100vw, 148px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nkomeza kwereka irindi yerekwa,mbona hakurikiyeho umwuka w\u2019Inzika y\u2019Inzigo,utegereje Umuhanuzi,maze ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,dore abanzi baguhagarukiye cyane ukwiye kugira ubwenge kuko za magigiri zahawe umulimo wo kuguhitana mbere yuko uzicika ukava mur\u2019Africa kuko zifite ubwo bwinshi kandi bukomeye cyane ko wabacika ukajyanwa hanze kandi ari wowe ufite amabanga yabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-795\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel.jpg\" alt=\"\" width=\"121\" height=\"131\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nkomeza kwerekwa iby\u2019umugore wambaye ibirebire cyane bigera kubirenge,mbona aragiyeaburiye mu butayu bugufiya,mbona urugendo rwe yarafite rubaye rugufiya,ako kanya mbona haje Malaika araje amukuru muri ya nzira ndende amunyuza inzira yubusamo imugeza mu gihugu cyo mu butayu bugufiya bwa vuba ku buryo bwihuse.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Church.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10611\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Church.png\" alt=\"\" width=\"141\" height=\"80\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,burira Itorero rya Kristo muri gakondo ya bakiranutsi,yuko igihe cyo\u00a0 gucyura itorero rya Kristo vuba cyane ryo muli gakondo ya bakiranutsi babwire biyeze bitunganye kuko igihe cyabo cyo gucyurwa bagakurwa muri uyu mu biri ubarushya gisohoye niko Uhoraho Uwiteka Nyringabo abviuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7043\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-240x300.png\" alt=\"\" width=\"129\" height=\"161\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-240x300.png 240w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png 295w\" sizes=\"auto, (max-width: 129px) 100vw, 129px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,umenye ubwenge kandi ugenze kwa kundi ujya ugenza kuko umwanzi yategateze hirya no hino kugirango aguce igihanga kuko ijambo ry\u2019Uhoraho ryavugiwe muri wowe rimaze gukora umulimo waryo,kandi akaba abona ibimenyetso byose wahawe n\u2019umwuka w\u2019Uhoraho byose ko byasohoye igisigaye akaba ar\u2019ugutembagaza ingoma Umwami mushya akima ingoma niko Uhoraho Uwiteka Nyirinagabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore umwanzi wa bakiraanutsi aciriweho iteka n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango bimenyekane yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>nccleon@gmail.com<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"border-radius: 2px; text-indent: 20px; width: auto; padding: 0px 4px 0px 0px; text-align: center; font-variant: normal; font-size-adjust: none; font-kerning: auto; font-optical-sizing: auto; font-feature-settings: normal; font-variation-settings: normal; font-weight: bold; font-stretch: normal; font-size: 11px; line-height: 20px; font-family: 'Helvetica Neue', Helvetica, sans-serif; color: #ffffff; background: 3px 50% \/ 14px 14px no-repeat scroll #bd081c; position: absolute; opacity: 1; z-index: 8675309; display: none; cursor: pointer;\">ncSave<\/span><span style=\"border-radius: 2px; text-indent: 20px; width: auto; padding: 0px 4px 0px 0px; text-align: center; font-variant: normal; font-size-adjust: none; font-kerning: auto; font-optical-sizing: auto; font-feature-settings: normal; font-variation-settings: normal; font-weight: bold; font-stretch: normal; font-size: 11px; line-height: 20px; font-family: 'Helvetica Neue', Helvetica, sans-serif; color: #ffffff; background: 3px 50% \/ 14px 14px no-repeat scroll #bd081c; position: absolute; opacity: 1; z-index: 8675309; display: none; cursor: pointer;\">Save<\/span><span style=\"border-radius: 2px; text-indent: 20px; width: auto; padding: 0px 4px 0px 0px; text-align: center; font-variant: normal; font-size-adjust: none; font-kerning: auto; font-optical-sizing: auto; font-feature-settings: normal; font-variation-settings: normal; font-weight: bold; font-stretch: normal; font-size: 11px; line-height: 20px; font-family: 'Helvetica Neue', Helvetica, sans-serif; color: #ffffff; background: 3px 50% \/ 14px 14px no-repeat scroll #bd081c; position: absolute; opacity: 1; z-index: 8675309; display: none; cursor: pointer;\">Save<\/span><span style=\"border-radius: 2px; text-indent: 20px; width: auto; padding: 0px 4px 0px 0px; text-align: center; font-variant: normal; font-size-adjust: none; font-kerning: auto; font-optical-sizing: auto; font-feature-settings: normal; font-variation-settings: normal; font-weight: bold; font-stretch: normal; font-size: 11px; line-height: 20px; font-family: 'Helvetica Neue', Helvetica, sans-serif; color: #ffffff; background: 3px 50% \/ 14px 14px no-repeat scroll #bd081c; position: absolute; opacity: 1; z-index: 8675309; display: none; cursor: pointer;\">Save<\/span><span style=\"border-radius: 2px; text-indent: 20px; width: auto; padding: 0px 4px 0px 0px; text-align: center; font-variant: normal; font-size-adjust: none; font-kerning: auto; font-optical-sizing: auto; font-feature-settings: normal; font-variation-settings: normal; font-weight: bold; font-stretch: normal; font-size: 11px; line-height: 20px; font-family: 'Helvetica Neue', Helvetica, sans-serif; color: #ffffff; background: 3px 50% \/ 14px 14px no-repeat scroll #bd081c; position: absolute; opacity: 1; z-index: 8675309; display: none; cursor: pointer;\">Save<\/span><span style=\"border-radius: 2px; text-indent: 20px; width: auto; padding: 0px 4px 0px 0px; text-align: center; font-variant: normal; font-size-adjust: none; font-kerning: auto; font-optical-sizing: auto; font-feature-settings: normal; font-variation-settings: normal; font-weight: bold; font-stretch: normal; font-size: 11px; line-height: 20px; font-family: 'Helvetica Neue', Helvetica, sans-serif; color: #ffffff; background: 3px 50% \/ 14px 14px no-repeat scroll #bd081c; position: absolute; opacity: 1; z-index: 8675309; display: none; cursor: pointer;\">Save<\/span><span style=\"border-radius: 2px; text-indent: 20px; width: auto; padding: 0px 4px 0px 0px; text-align: center; font-variant: normal; font-size-adjust: none; font-kerning: auto; font-optical-sizing: auto; font-feature-settings: normal; font-variation-settings: normal; font-weight: bold; font-stretch: normal; font-size: 11px; line-height: 20px; font-family: 'Helvetica Neue', Helvetica, sans-serif; color: #ffffff; background: 3px 50% \/ 14px 14px no-repeat scroll #bd081c; position: absolute; opacity: 1; z-index: 8675309; display: none; cursor: pointer;\">Save<\/span><span style=\"border-radius: 2px; text-indent: 20px; width: auto; padding: 0px 4px 0px 0px; text-align: center; font-variant: normal; font-size-adjust: none; font-kerning: auto; font-optical-sizing: auto; font-feature-settings: normal; font-variation-settings: normal; font-weight: bold; font-stretch: normal; font-size: 11px; line-height: 20px; font-family: 'Helvetica Neue', Helvetica, sans-serif; color: #ffffff; background: 3px 50% \/ 14px 14px no-repeat scroll #bd081c; position: absolute; opacity: 1; z-index: 8675309; display: none; cursor: pointer;\">Save<\/span><\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Jan 1, 2017 ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore izo nkozi z\u2019ibibi ziciriweho iteka n\u2019Uwiteka Imana ikiranuka yaremye Ijuru n\u2019Isi.Nuko rero urabe maso kuko izo nkozi z\u2019ibibi zagushandikishijeho kugirango zijye zimenya amakuru y\u2019ubwami bugendera ku itegeko nshinga bwahanuwe n\u2019ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kuko benshi bazakuzaho bitwaje ijambo ry\u2019Uhoraho ariko bazaba bafite ibindi bibazanye uko niko<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":6201,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[4,7],"tags":[],"class_list":["post-13045","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-news","category-the-prophecy"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13045","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13045"}],"version-history":[{"count":39,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13045\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":41695,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13045\/revisions\/41695"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/6201"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13045"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13045"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13045"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}