{"id":15969,"date":"2017-06-01T14:51:55","date_gmt":"2017-06-01T14:51:55","guid":{"rendered":"https:\/\/inyangenewss.com\/?p=15969"},"modified":"2025-10-13T11:23:15","modified_gmt":"2025-10-13T11:23:15","slug":"igice-cya-58-cyubuhanuzi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inyangenewss.com\/?p=15969","title":{"rendered":"Igice cya (58) cy\u2019ubuhanuzi"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>\u00a0<\/strong><strong><u>June 1, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona kandi numva uko ishyaka\u00a0 lili kubutegetsi mu gihugu cy\u2019ibabylon ryitwa Jubilee Aliance Part (JAP) ryitotomba cyane yuko bagiye gutsindwa mu matora ateganijwe muri kanama uyu mwaka 2017.Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ubwo butegetsi bwaciriweho iteka kuko bwanyuranije no gushaka k\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p><em><!--more--><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<blockquote class=\"wp-embedded-content\" data-secret=\"kXfBF2oSVp\"><p><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/?p=15757\">Igice cya (57) cy\u2019ubuhanuzi<\/a><\/p><\/blockquote>\n<p><iframe loading=\"lazy\" class=\"wp-embedded-content\" sandbox=\"allow-scripts\" security=\"restricted\" style=\"position: absolute; visibility: hidden;\" title=\"&#8220;Igice cya (57) cy\u2019ubuhanuzi&#8221; &#8212; Inyange Newss\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/?p=15757&#038;embed=true#?secret=fcsyGTe7ni#?secret=kXfBF2oSVp\" data-secret=\"kXfBF2oSVp\" width=\"500\" height=\"282\" frameborder=\"0\" marginwidth=\"0\" marginheight=\"0\" scrolling=\"no\"><\/iframe><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23832\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG-300x212.png\" alt=\"\" width=\"153\" height=\"108\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG-300x212.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG.png 301w\" sizes=\"auto, (max-width: 153px) 100vw, 153px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo za bega zitwa Rwanda Deffence Force <span style=\"color: #ff0000;\">RDF<\/span>\/Kagame<span style=\"background-color: #ffffff;\">Deffence Force <span style=\"color: #ff0000;\">KDF<\/span>,zirwana urugamba rwa ndanze!Mbona barwana urugamba rugoye guhangana narwo.Intambara ijya gutangira,hari harateye inzara yo kurwego rwo hejuru imeze nka rumanura imbaba cyangwa ruzagayura.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/RWD-currency.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10062\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/RWD-currency.jpg\" alt=\"\" width=\"141\" height=\"70\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa izo ngabo zirwana abakuru bingabo aho kuyobora imirwano,ahubwo buri wese baba abega cyangwa nabataribo,mbona barasahuye bikuriramo akabo karenge kuko nta bwo bari bagihembwa umushahara wabo kuko bahembwaga \u2153 cyumushahara.Umusirikare wo has yahembwaga ku kwezi amafaranga y\u2019uRwanda ibihumbi (4000) mbona abakuru bingabo basahura abaturage batwaraga icyintu cyose gishoboka mu maboko(hands) cyangwa se cyakwikorerwa kumutwe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/BNR.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-12649\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/BNR.jpg\" alt=\"\" width=\"142\" height=\"106\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Basahura za bank zose zahabereye intambara bazisiga zijejwe nta faranga rikiharangwa,nababonye basahura,ariko aho banuze bagenda ntushobora kuhamenya.imirwano barwanaga iburiramo gutyo,abari bahanganye ningabo z\u2019Umwakagara baragenda bifatira ubutegetsi,naho abandi bakiri kurugamba badafite abo barwana nabo,ariko bananiwe kuhava kubera inzara ikomeye yari bamereye nabi kugeza ubwo leta y\u2019uRwanda iyobowe n\u2019ubwami yaje ikaza kuhabakura ikajya kubagaburira kuko ntabwo washoboraga kumenya isura y\u2019umuntu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/plane-1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24980\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/plane-1.jpg\" alt=\"\" width=\"139\" height=\"82\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abatwaraga \u00a0za kajujugu z\u2019intambara,bageze aho bananirwa gutwara indege kubera inzara,no kutagira aho bajya gufata amavuta yindege bite (<span style=\"color: #ff0000;\">BENZINE<\/span>) indege bazimanura hasi zisigara mucyigunda zidashobora guhaguruka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/rdf.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23936\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/rdf-300x180.jpg\" alt=\"\" width=\"136\" height=\"81\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/rdf-300x180.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/rdf.jpg 703w\" sizes=\"auto, (max-width: 136px) 100vw, 136px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ntumbaze ngo bafashe gakondo Umwakagara akiriho cyangwa atakiriho,gusa ibyo nabonye nuko <span style=\"color: #ff0000;\">RDF\/KDF<\/span> batsinzwe urugamba kubera inzara no gusahura ibya baturage bigatuma badashobora guhangana na bavandimwe babo bamaze igihe bashyogoranya hirya no hino ku isi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/RNC.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-5963\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/RNC.jpg\" alt=\"\" width=\"152\" height=\"111\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Igitangaje ni uko <span style=\"color: #ff0000;\">INVEJURU<\/span> za <span style=\"color: #ff0000;\">RNC,<\/span> zitafashe gakondo ya bakiranutsi,kandi ntako batari bakoze ngo bagambane hirya no hino mu bakomeye ngo bafate gakondo ya bakiranutsi ariko byaranze nabo batangajwe no kumva amatangazo yuko Umwami <span style=\"color: #3366ff;\">YUHI V<\/span>I, yimye ingoma.Maze Babura aho bakwirwa bananirwa kwinjira muri RDF\/KDF,bananirwa kuba abaciville Babura byose nkingata imennye uwo niwo musaruro wo kutemera ijambo ry\u2019ubuhanuzi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Forest.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8378\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Forest.jpg\" alt=\"\" width=\"143\" height=\"96\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore ingabo z\u2019Umwakagara zizahungira mu mashyamba ya DR Congo,bakurikire interahamwe aho nazo zahungiye kugirango zizashake inzira zanyuramo zerekeza mu bihugu duturanye kugirango zijye kwirira amafaranga yazo zasahuye!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Goma.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24983\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Goma.jpg\" alt=\"\" width=\"826\" height=\"550\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo witwa Claude Rwakabuba batuye IGOMA,nijye wamuhaye akazi tujya gukora muri Congo DESK ishyirahamwe ryaguraga amabuye ya gaciro muri Congo.Imana ivugira mu banyempano,ndamutwara muha akazi arangije arahemuka kandi twarahuriye mu cyumba cya masengesho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/12\/Law.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8696\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/12\/Law.jpg\" alt=\"\" width=\"148\" height=\"80\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore mwene so wamukuye mu bucyene bukabije atagira nurwo kwishima,ariko yaraguhemukiye kandi mwarahujwe numwuka w\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Niyompamvu ukuboko k\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kutazabura kumuremerera kandi ntaho azagukura ngo akwihaneho kugirango amenye yuko Uwiteka aca imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Imandwa3.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15838\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Imandwa3.png\" alt=\"\" width=\"135\" height=\"157\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona abega batumije izindi mandwa za mahanga kuko izo muri gakondo zananiwe kubakiza akaga kintambara ikomeye ibari imbere.Mbona haje inka yinzungu ni nyana yayo,biraza bigeze aho narindi birambaza ngo ni mbereke igiti cyumunyinya cya bega baterekereramo.Ubwo bari basigaje nka metero [400] ngo bahegere ndakibereka zimbwira yuko ziturutse imahanga zatumiwe na began go zije kubakiza intambara ibamereye nabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona imandwa zirazamutse zigera munsi yabcya giti cyumunyinya cyagaye amashami yacyo,gisa nikirimo gushaka gutoha (Kongera gutegeka) ariko ubona uushami two kuruhande aritwo turimo gutoha naho igiti nyirizina cyarumye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/eyes-trees.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8129\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/eyes-trees.jpg\" alt=\"\" width=\"141\" height=\"94\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,turiya dushami ubonye,na bana b\u2019abega bashaka gutegeka bagasimbura ababyeyi babo.Naho kiriya gishyitsi,wabonye ni ababyeyi babo badashaka kurekura ubutegetsi bakaba barabwumiyeho kandi igihe cya beha cyararangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7043\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-240x300.png\" alt=\"\" width=\"116\" height=\"145\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-240x300.png 240w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png 295w\" sizes=\"auto, (max-width: 116px) 100vw, 116px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona izo mandwa zijya munsi yigiti zitangira guterekera ariko uko baterekera bikanga kuko Umuhanuzi yari yamenye ko,bazanye imandwa za mahanga byumvikana yuko nta cyo zari gukora ngo bishoboke.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Keys.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8340\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Keys.jpg\" alt=\"\" width=\"133\" height=\"90\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore Uwiteka yagushyize ububasha nubushobozi mu maboko yawe.Nta cyo uzacira urubanza ngo Uwiteka agisubize inyuma,kuko Uhoraho Uwiteka Imana yawe yagukunze akagushyiraho nkumucamanza uca imanza zitabera uzicira abari mw\u2019isi ya bazima!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/hand.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10550\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/hand.jpg\" alt=\"\" width=\"140\" height=\"79\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Niyompamvu abakugisha impaka bazabyemera ari uko imigambi yabo iburijwemo n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana yawe.Ndabwirwa ngo,Uwiteka Nyiringabo arashaka kugirira neza ubwoko bwe,kandi ntabwo yagira icyo akora ibirura bigihari kuko bihita bifata imigisha yubwoko bwa bantu b\u2019Imana bigahita biyitwara uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>June 2,2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona ibijyanye n\u2019amatora agiye gukorerwa muri gakondo ya bakiranutsi.Mbona abavandimwe [5] bavukana mu nzu imwe,ariko abo bavandimwe bakaba barasigaye ar\u2019imfubyi batagira ababyeyi!Ariko bose bakaba bararanije za kaminuza(Kunyura mu bikomeye)kandi na none bakaba bari mu myiteguro yo guhunga igihugu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Umwakagara.PK_.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10196\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Umwakagara.PK_-300x240.jpg\" alt=\"\" width=\"125\" height=\"100\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Umwakagara.PK_-300x240.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Umwakagara.PK_-450x361.jpg 450w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Umwakagara.PK_.jpg 478w\" sizes=\"auto, (max-width: 125px) 100vw, 125px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa ko bagiye kubanza kwiyamamariza umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu!Mbonako bose uko bavukana ari [5] babwirana yuko bagiye kwiyamamariza umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu,kandi ko bari bugendere icyarimwe uko ari [5] bajye kwiyamamariza kuba umukuru w\u2019uRwagasabo gakondo ya bakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"background-color: #ffffff;\"><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/clock.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-4580\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/clock.png\" alt=\"\" width=\"115\" height=\"108\" \/><\/a><\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"background-color: #ffffff;\">Mu gihe bari bagiye kugenda babanza gutegerezanya kuko harimo abadamu [2] bishwe ariko bakaba barapfanye icyo gitekerezo cyo kwiyamamariza umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu cy\u2019urwagasabo.Nuko mbona ko,babategreje maze baza icyarimwe kandi baza kumunota wa nyuma hasigaye iminsi micye cyane ngo gahunda zo kwiyamamariza umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu ngo birangire.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/AERG.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-6768\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/AERG.jpg\" alt=\"\" width=\"127\" height=\"127\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndabwirwa ngo bagiye kwiyamamariza umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu,nibarangiza batsindwe kuko Umwakagara aziba amajwi bakavuga yuko batsinzwe hanyuma bagahita bahunga bakazagaruka nyuma y\u2019intambara muyindi leta zasimbura ubutegetssi bwa bega bazahita bagaruka kwiamamariza umwanya\u00a0 wubuyobozi kuko bazaba bafite uburambe bwo kwiyamamariza uwo mwanya.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/church.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6620\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/church.jpg\" alt=\"\" width=\"125\" height=\"94\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona undi mu Pastor wishwe arenganijwe witwa <span style=\"color: #ff0000;\"><strong><u>Chales Kalinda<\/u><\/strong><\/span>,arazutse (inzika y\u2019inzigo) mu bantu b\u2019Imana,raza arambwira ati rwose nagirango nkwitumire ujyane ibyo kurya kumugore wanjye na bana banjye kuko numvise yuko inzara iataboroheye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/genocide.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-5109\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/genocide-300x204.jpg\" alt=\"\" width=\"122\" height=\"83\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore inzika ya bantu b\u2019Imana bamaze kuzinukwa ubutegetsi bwa bega irazamutse ivuye ikuzimu kuko ighe kigeze ngo abega bakurwe ku ngoma kuko bahemukiye rubanda rw\u2019Umwami bibwira ko kubategekesha igitugu aribwo bizabafasha gutegeka abanyarwanda ariko noneho bikaba bitazabashobokera nkuko babyibwiraga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Imandwa3.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15838\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Imandwa3.png\" alt=\"\" width=\"121\" height=\"140\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa maze mbona imandwa z&#8217;abadayimoni za bega zijyanwa mu ruzi rw&#8217;amazi bazijugunyamo,barangije kuzijugunyamo muri urwo ruzi,bashaka abiyita abakozi b\u2019Imana kandi ataribo,ngo kugirango babasengere intambara ntibe,ariko abo biyita abakozi b\u2019Imana muri bo nabo bari bafite umwuka w\u2019Inzika y\u2019Inzigo badashobora gusengera abega bateje akaga na makuba mwisi ya bazima.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Rene-1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-17994\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Rene-1.jpg\" alt=\"\" width=\"131\" height=\"98\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona barigobetse iruhande rwa wa mugezi ngo basenge, aho gusenga ahubwo batangira kujya impaka bashaka kwiyerekana ko nabo arabakozi b\u2019Imana.Bananirwa kumvikana kuko bamwe bari abaPastor ba Abega (<span style=\"color: #ff0000;\">Rene Masasu<\/span>) naho abandi bari aba Pastor basanzwe bananirwa kumvikana ya masengesho yabo bari bagiye gusenga arangira gutyo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ishyari rya Abega n&#8217;umunsi,erega ritumye nabari bagiye kubasengera babireka kubera shyali ryabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Pray.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6729\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Pray.jpg\" alt=\"\" width=\"119\" height=\"116\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/curse3.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7791\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/curse3.jpg\" alt=\"\" width=\"115\" height=\"115\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndabwirwa ngo,abega nta mahirwe bafite yo gusengerwa ahubwo nuzabasengera avumwe azagibweho numuvumo wabo wabokamye kugirango uzabikora azamenye yuko yarenze ku itegeko ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Ubwo wa mugore wari yateguye icyo giterena bimubera imfabusa kuko bavumwe n\u2019Umuhanuzi w\u2019Uwiteka,bityo rero niwe ufite rwa rufunguzo yahawe ejo rwatuma abakuraho umuvumo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3-1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10778\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3-1-300x225.jpg\" alt=\"\" width=\"119\" height=\"90\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3-1-300x225.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3-1.jpg 512w\" sizes=\"auto, (max-width: 119px) 100vw, 119px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Naho undi muntu utari Umuhanuzi w\u2019Uhoraho Imana ya bakiranutsi,nta cyo ashobora kubamarira byanze bikunze muzagaruka k\u2019Umuhanuzi kandi bizabagora kuzamubona nimubona bizabahenda kugirango mukurweho umuvumo kuko azabaca igiciro mutazabona nkamande yo kuba mwaratumye ahungira mu butayu imyaka [9] mukamubuza amahwemo kugeza mukuwe ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi abana bishwe n&#8217;inzara cyane kandi iyo nzara kaba iy\u2019ijambo ry\u2019Imana.Ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore hagiye kubaho inzara ni nyota by\u2019ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Goat.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15829\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Goat.jpg\" alt=\"\" width=\"140\" height=\"93\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kuko na byabinyoma bababeshyaga ko biturutse k\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,batazongera kubibona.Nuko mbona Umuhanuzi AINESHA abwirwa guteka vuba vuba kugirango amafunguro aboneke kuko hariho abana batoya (abana mu gakiza) bari bashonje bashaka kwasamira ibyo babonye byose!Ndagenda ntegura amafunguro vuba vuba kugirango abo bana batasamira amafunguro ya bakozi ba Satani.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira riti,erega ngiye guhanagura cyangwa guheha abiyita abakozi banjye kandi ataribo.Kuko abanjye namaze kuhabakura mbajyana mu butayu bugufiya mbahishayo.Abasigaye nabirirwa birira intama zibyibushye zifite ibinure uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Naho izinanutse zose kandi zahamagawe zibasha kumva ijwi ry\u2019umushumba iyo azihamagaye ziritaba,kuko zizi ijwi irye nawe akamenya ijwi amajwi yazo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/famine.Rwanda.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10098\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/famine.Rwanda-300x144.jpg\" alt=\"\" width=\"133\" height=\"64\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/famine.Rwanda-300x144.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/famine.Rwanda.jpg 594w\" sizes=\"auto, (max-width: 133px) 100vw, 133px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore hagiye kubaho inzara ikomeye cyane mu isi ya bazima,iyo nzara izabaariy\u2019ijambo ry\u2019Imana,niyompamvu habanje kubaho inzara y\u2019ibyo kurya kugirango abahanurirwa bazabashekumva no gusobanukirwa ibibahanurirwa ku buryo buboroheye kuko amatwi arimo ibinure ntiyumva uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/jubilee.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-19046\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/jubilee-300x200.jpg\" alt=\"\" width=\"131\" height=\"87\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/jubilee-300x200.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/jubilee.jpg 660w\" sizes=\"auto, (max-width: 131px) 100vw, 131px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona ishyaka rya politike ryitwa Jubilee alliance Part(JAP)rikorera mu gihugu cy\u2019ibabylon,rikaba ishyaka rya ba KIKUYU.Mbona bayishyira mu mavuta ngo bayiteke ibanze ishye neza kugirango ibashe kujya mu matoraa y\u2019umukuru w\u2019igihugu,ariko yanga kujyamo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Jubilee.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-18608\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Jubilee-300x214.jpg\" alt=\"\" width=\"131\" height=\"94\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Jubilee-300x214.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Jubilee.jpg 624w\" sizes=\"auto, (max-width: 131px) 100vw, 131px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore ubwo Jubilee yanze kujya mu mavuta ngo igerwe mumavuta,kandi Malaika w\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo akaba yaratumwe kuza akagera Jubillee mu mavuta ngo barebe yuko yashya itashya bigasobanura yuko izatsinda amatora,ariko ubwo yanze kwinjira mu mavuta nta kabuza ntakizayibuza gutsindwa mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-795\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel.jpg\" alt=\"\" width=\"129\" height=\"140\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko mbona Malaika warutumwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,asubizayo report ivuga ko,jubilee yanze kwinjira mu ngunguru ya mavuta ngo ipimwe,bityo ikaba yiciriye urubanza rwiza bisobanuye yuko yamaze gutsindwa amatora mbere yuko iyageramo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Insect.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-16003\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Insect.jpg\" alt=\"\" width=\"128\" height=\"93\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nsubizwa mu iyerekwa mbona umugabo w\u2019umukungu cyane,yaraguze amasaka menshi cyane arayahunika,amaze kuyahunika aza kuribwa numuswa,maze ashaka abakozi ngo abahe akazi ko gukuramo izo mungu,mbona ko abakoze bose yashatse bananiwe gukuramo imungu (insect)kuko amasaka bayasutse ahantu kumbuga hadatunganijwe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze wa mugabo arampamagara hamwe nundi mugabo umwe,aduha akazi babandi arabirukana,aduha ako kazi bakoraga ko gukuramo izo mungu.Amasaka yari yaramunzwe yari menshi cyane kuruta ayasigaye ari mazima.Ibyo byaberaga muri cya gikombe giherereye munsi ya gakondo ya bakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Map-os-Rwanda.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-19363\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Map-os-Rwanda-300x235.jpg\" alt=\"\" width=\"125\" height=\"98\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Map-os-Rwanda-300x235.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Map-os-Rwanda.jpg 418w\" sizes=\"auto, (max-width: 125px) 100vw, 125px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,na b\u2019abantu nari narabahungishije none bifashe nabi cyane aho bari imahanga.Ku buryo nta zabacyura bose ngo basubire muri gakondo ya bakiranutsi.Niyompamvu abagambanyi na baemu bishyize mu byo gukiranirwa bose batazataha gakondo ya bakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10661\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3-300x225.jpg\" alt=\"\" width=\"123\" height=\"92\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3-300x225.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3.jpg 512w\" sizes=\"auto, (max-width: 123px) 100vw, 123px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ahubwo bazategereza abega babane muri ubwo butayu,kuko abantu banze gukora neza bibwira gakondo ya bakiranutsi yabaye gakondo y\u2019umwega,nyamara siko bimeze kuko ijambo ry\u2019ubuhanuzi nubwo bataryizeraga,ariko bari bazi yuko gakondo izongera kuboneka ariko bananiwe kwizera no kwihangana kuko nashatse kugerageza imitima yabo,ngo ndebe niba Umwakagara agaragaye ko atazavaho uko abantu bazabyifatamo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Repent.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-22964\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Repent.jpg\" alt=\"\" width=\"123\" height=\"88\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Aho kwihana imirimo yabo mibi,ahubwo bayobotse Umwakagara barakorana bagambanira bene wabo,batangira kumena amaraso atariho urubanza,no guca ibihanga bya bantu banjye.Niyompamvu iriya gakondo nzayitunganya neza kandi nzayiha umugisha uzayikurwamo wese ntabwo azayigarukamo kugirango ikizira gikurwe mu bitazira batazateza ubwega nubusembwa bigatuma ubwoko bwanjya butankorera.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/genocide.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-5109\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/genocide-300x204.jpg\" alt=\"\" width=\"132\" height=\"90\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Niyompamvu abakiga bazinutswe burundu gakondo ya bakiranutsi,kubera ubwicanyi bwa genocide basize bakoze,bakaba batifuza kuba bazasubirayo.Ubwami babuzira nkizira k\u2019Uwiteka;none nabandi bose bafatanije na Abega kandi bari barabahunze,ndirahiye mu izina ryanjye nta bwo bazaba muri gakondo ya bakiranutsi,ahubwo bazaba mu butayu ibihe byabo byose kuko ibyo bakoze babikoze babigambiriye kuko ijambo ry\u2019Uwiteka ryabagezeho ariko banga kuryumvira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nongera kwerekwa ndi muri cya kibaya kuri munsi ya gakondo ya bakiranutsi,nerekwa njya gushaka inkwi zo gucana (<span style=\"color: #3366ff;\">amasengesho<\/span>) mbona udukwi ducyeya,ariko hirya yanjya hari ibiti bibisi abantu batemye kugirango byume vuba maze haboneke inkwi zo kuzacana mu minsi iri mbere.Mu gihe nitegereje hakurya ya cya gikombe,hafi nimilima ya gakondo ya bakiranutsi munsi yahoo mpabona inkwi nyinshi cyane zumye neza umuntu yacanisha(Impunzi zirigusenga).<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Inzara.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-14694\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Inzara-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"124\" height=\"70\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Inzara-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Inzara.jpg 660w\" sizes=\"auto, (max-width: 124px) 100vw, 124px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndibwira nti,reka mbanze ngende njye gufata ziriya nkwi hataza kuza umuntu akazitwara,nzegeranye ndaba ngaruka gufata utu dukwi ducyeya mbonye hano.Ndagenda ngeze mu imbere gatoya,mbona haje umugabo ngo yifuzaga yuko namusengera abana be bishwe na za magigiri uko ari [3] bakazuka ngo kuko yumva atakwihanganira kubahamba bose uko ari [3] nibura nibamara kuzuka hazajye hapfa umwe umwe ariko badapfiriye icyarimwe bose uko ari [3]<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira riti,humuriza uyu muntu kuko yahemukiwe na bega bamumazeho abana be bakeka ko,ngo yaba akorana na <span style=\"color: #ff0000;\">RNC<\/span>,akandi izo gahunda nabonaga zirikubera ibabylon.Mu gihe narindimo kuvugana nawe,haba haje undi mugabo wiciwe abana [4] na bega bavuga ngo,akorana n\u2019ubwami bw\u2019uRwanda bukorera mu buhungiro.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/Rasin.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-4494\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/Rasin.jpg\" alt=\"\" width=\"129\" height=\"97\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Hanyuma mvugana nawe, maze ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,burira ubwoko bwanjye bwirinde cyane kuko abega bamaze gukora inama mukanya kashize,bemeza ko bagiye kuroga impunzi zose ziba hanze kandi bagahera mu gihugu cy\u2019ibabylon bakaroga imiryango yose ifite abana kugirango nibanatahuka bazatahuke ar\u2019inkokore uko niko Uwiteka ababuriye kandi nuko avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Angel.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15635\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Angel.jpg\" alt=\"\" width=\"130\" height=\"130\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Angel.jpg 186w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Angel-150x150.jpg 150w\" sizes=\"auto, (max-width: 130px) 100vw, 130px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,itegereze ku nkengero za gakondo ya bakiranutsi.Nditegereza mbona <span style=\"color: #ff0000;\">abega-Kazi<\/span>,barimo kugenda baterekera banaroga abaturage baturiye inkiko za gakondo ya bakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Imandwa3.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15838\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Imandwa3.png\" alt=\"\" width=\"129\" height=\"151\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona bagenda batega amarozi hirya no hino mu gihugu kugirango ubwo bazaba bahunze gakondo bakuwe ku ngoma,bagakurikirwa, abantu bazagwe muri ayo marozi bagiye batega hirya no hino ku nkengero za gakondo ya bakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Flog.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-9695\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Flog.jpg\" alt=\"\" width=\"135\" height=\"76\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,wabonye abega ko ar\u2019abantu babi cyane?Ndasubiza nti birandenze cyane! Kandi ndumiwe, kuko ntigeze mbona ikiremwa muntu kimeze nkabo!Ndabwirwa ngo,binjiye kwa Satani wese wese ntibigeze basigaza nubwo kujya kuri toilet.Abo nibo wumva bitwa abega bizerera mu guhumanya kwica no kurimbura kandi nta rutangira bagira kuko bamaze kwemera yuko baciriweho iteka n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15246\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer-300x200.jpg\" alt=\"\" width=\"138\" height=\"92\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer-300x200.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer.jpg 700w\" sizes=\"auto, (max-width: 138px) 100vw, 138px\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>June 2, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona abanyamasengesho basigaye muri gakondo ya bakiranutsi,baburabuzwa aho bakorera amasengesho yabo,kuko aho bajyaga bayakorera hose, umwanzi\u00a0 yarabazengereje Babura epfo naruguru.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Pray.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15242\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Pray-300x146.jpg\" alt=\"\" width=\"145\" height=\"71\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Pray-300x146.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Pray.jpg 700w\" sizes=\"auto, (max-width: 145px) 100vw, 145px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,burira abanyamasengeho berekeze mu gikombe cyo mu marembo ya gakondo ya bakianutsi iruhande rw\u2019inzira aho bazajya bareba abaje kubafata,kuko uhunga umwanzi utamuhungira kure ahubwo umujya bugufi ukajya ureba uko aza kuguhiga maze ukabona uko umuhunga niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/06\/Noah.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-11349\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/06\/Noah.jpg\" alt=\"\" width=\"139\" height=\"105\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ibintu bimeze nabi cyane,kuko abaturage muri gakondo bahagaritse imutima bikomeye kuko bamaze kubona iherezo ry\u2019ubuzima.Barifuza guhunga ariko nta bwo babishobora kuko banze kumvira ijambo ry\u2019ubuhanuzi hakiri uburyo bwo gukiza ubugingo bwabo,none babaye nk\u2019igihe cya <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>NOAH<\/strong><\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Aho abantu baburiwe imyaka [120] ariko bakanga kumvira ijambo ry\u2019Uwiteka kugeza igihe bose barimbuwe n\u2019umwuzure wa mazi.Itangiriro 6:1<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umwuka w\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo akomeza kunganiriza cyane,aririra abantu b\u2019Uhoraho,kandi nta cyo ashobora kugira icyo yabamarira,kuko banze kumwumvira hakiri uburyo bwose bushoboka bwo gukiza ubugingo bwabo.Kutumvira ijambo ry\u2019ubuhanuzi bibwira yuko bahima Uwiteka Imana ya bakiranutsi none bisanze mukaga na kangaratete badashobora kuzapfa bakize uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/eyes-trees.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8129\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/eyes-trees.jpg\" alt=\"\" width=\"144\" height=\"96\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>June 3, 2017<\/u><\/strong> ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ube maso ibihe nibibi cyane kuko mu gihugu cy\u2019ibabylon inkozi z\u2019ibibi zakoze amanama yo guhitana abantu kugirango batambe ibitambo ngo bazahabwe ubutegetsi.Guhahira mu dusoko ni ukubireka ugahahira muri za supermarket na handi hashoboka kuko inkozi z\u2019ibibi zagambiliye kugirira nabi abantu b\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Jubilee.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13432\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Jubilee.jpg\" alt=\"\" width=\"141\" height=\"109\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko rero wihahire ibizagutunga bizamara igihe kirekire kuko abanyababylon bagambiliye guteza akavuyo gashingiye kumatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu asigaje iminsi [<strong>63<\/strong>] kugirango ingoma ya <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>UHURU MUIGAI<\/strong> <strong>Kenyatta<\/strong> <\/span>irangiye kandi akaba agiye gukorwa nisoni mu marembo ya mahanga nkuko ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryabivuze taliki <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>24 werurwe, 2013<\/strong><\/span> yuko nadaha mugenzi we <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>WILLIAM SAMUIE RUTO<\/strong><\/span> kuyobora manda ya kabiri,ko azakorwa nisoni uko niko ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo ryavuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/12\/Fruits.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8619\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/12\/Fruits.jpg\" alt=\"\" width=\"134\" height=\"100\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore umugisha wawe uraje kandi ugeze hafi yawe urimo gutunganywa n\u2019uwo Uwiteka yahinduye igikoresho cye kizajya kigutngira mu butayu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>None ntuhagarike umutima kuko Uhoraho yamaze gutegeka uwo agiye gukoresha kohereza umugisha kugirango utangire wigurire kandi wihunikire ibizagutunga mu minsi iri mbere kuko iki gihugu cyuzuye ibihiranda bigiye kujyana igihugu mu nzara ikomeye cyane ngo ni uko bambuwe ubutegetsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Orange4.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-16957\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Orange4-81x300.png\" alt=\"\" width=\"42\" height=\"155\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Orange4-81x300.png 81w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Orange4.png 176w\" sizes=\"auto, (max-width: 42px) 100vw, 42px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi iruhande rw\u2019igiti cy\u2019imbuto (<span style=\"color: #ffcc00;\">Orange<\/span>)maze mbona icyo giti ari bwa bwoko bwa byabiti byakizungu.Ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,haguruka ugende usarure ariya macungwa yageraga ku [8]; ndagenda nsanga rimwe rirahishiye cyane ndarisoroma(guhabwa umugisha)maze ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore Uwiteka Nyiringabo yohereje umugisha kugirango utunganye ibidatunganye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Rwnd-school.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6703\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Rwnd-school.jpg\" alt=\"\" width=\"134\" height=\"89\" \/><\/a><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>June 4, 2017<\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona amashuli abanza (<span style=\"color: #ff0000;\">Primary<\/span>) nigaga nyarangije ndetse nkora nikizamini ndabirangiza.Ndibwira nti,nzagaruka umwaka utaha kuza gufata ceritificate yanjye kugirango nzabone uko nkomeza amashuli yisumbuye.Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringao rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ikigeragezo cyari kikurimbere kirarangiye nta ho uzongera guhurira nacyo uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse kandi niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Ball.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-14912\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Ball.jpg\" alt=\"\" width=\"124\" height=\"122\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona ikipe y\u2019umupira wa maguru yo mu gihugu cy\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">IBABYLON<\/span> itumirwa mu mahanga kujya gukina,ariko igihe cyo gukina kigeze bayambura ubutumire yari yahawe mbere.Ijambo ry\u2019Uwiteka rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore umukino wakinwaga na leta y\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">IBABYLON<\/span> iyobowe na <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>Jubilee Alliance Party<\/strong> JAP<\/span> ikinyoma barimo kubeshya amahanga cyarangiye nta kindi kinyoma basigaje kugrango babashe kwiba amajwi azava mu matora,kandi imbaraga z\u2019umwijima zigose bene abo bantu uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Orange.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-16042\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Orange.jpg\" alt=\"\" width=\"109\" height=\"124\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #3366ff;\">Nerekwa umugisha uturuka k\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,maze ijambo ry\u2019Uhoraho rinziho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore ibifungurwa mu gihugu cy\u2019ibabylon bigiye gukomeza kubura,nuko rero ubwo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo agiye gukoresha ubwoko bwe ku kubera umugisha kugirango wihunikire ibizagutunga igihe kitari gito,kuko icyo gihugu kigiye gukomeza guhura na kaga gakomeye cyane nkuko Uhoraho yabivuze ninako bigiye gusohoza umurimo wabyo niko Uwiteka avuga.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23832\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG-300x212.png\" alt=\"\" width=\"129\" height=\"91\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG-300x212.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG.png 301w\" sizes=\"auto, (max-width: 129px) 100vw, 129px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo zilinda umwana w\u2019umwega(Umwakagara)zimwe zanga kwica abaturage zishinzwe kulinda,izindi zishishikajwe no guca ibihanga byabanyarwanda.Maze numva ingabo zikijijwe zivuga ziti,rwose twebwe twahisemo kwiringira Umwami wacu Yesu Kristo Umwami wabakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/rdf.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23936\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/rdf-300x180.jpg\" alt=\"\" width=\"132\" height=\"79\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/rdf-300x180.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/rdf.jpg 703w\" sizes=\"auto, (max-width: 132px) 100vw, 132px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nta bwo dushobora gukora icyaha gisa gityo,kuko umwuka w\u2019Uwiteka ari kuri twe,kandi amaraso yaducunguje,niyo aduhesha ububasha bwo kumwizera,ntabwo dushobora kwica abaturage dushinzwe kulinda kuko Ijuru rishobora kuzabitubaza tugatsindwa nurubanza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/j2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10538\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/j2.jpg\" alt=\"\" width=\"144\" height=\"108\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umuhanuzi nawe arabasubiza ati,muvuze neza kandi mugize neza kuba mufashe uwo mugambi kuko muzi neza ibyanditswe byera icyo bivuga kumusirikare ko adakwiye gukiranirwa ngo agirire nabi abo ashinzwe!Umuhanuzi akomeza kubwira amagambo meza yibyiringiro kandi asubizamo imbagaraga maze ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,bwira izo ngabo zamaze kugambirira kutaziyandurisha ubwami bwa Abega bamaze gucirwaho iteka n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/hands.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-5850\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/hands.jpg\" alt=\"\" width=\"140\" height=\"75\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry&#8217;Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w&#8217;umuntu,uku niko Umwami Mana avuze ati,ubwoko bwanjye nzabagirira neza kandi nzarinda ubugingo bwanyu ndetse nta muntu numwe uzabasha kubakozaho urwala kubugingo bwanyu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abasezeranije.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/IVAN.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-12417\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/10\/IVAN.jpg\" alt=\"\" width=\"136\" height=\"118\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa umutekano w\u2019Umwakagara wakajijwe cyane,ariko uko yarushagaho gukaza umutekano we,niko warushagaho kuba mucye cyane.Mbona ko yamaze kubona yuko agiye gucibwa igihanga,afata imitungo ye yose harimo na za ndege yahungishirije mu Bugereki,azandika kuri <span style=\"color: #ff0000;\">LT.IVAN CYOMORO.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Wind.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13670\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Wind.jpg\" alt=\"\" width=\"137\" height=\"82\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ngaho cyebuka urebe <span style=\"color: #00ccff;\">IKUSI<\/span>, ndacyebuka ndeba <span style=\"color: #00ccff;\">IKUSI<\/span>,mbona haje umuyaga wa serwakira uhetse igare ry\u2019umukara rije gutwara Umwakagara.Mbona uwo muyaga uraje ukubise za ndege ze zose nimitungo ye yose yari yamaze kwandika kumuhungu we,<span style=\"color: #ff0000;\">LT.IVAN CYOMORO<\/span>,maze byose bitwarwa numuyaga bijyanwa mu butayu bugufiya.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Diamond.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6111\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Diamond.jpg\" alt=\"\" width=\"110\" height=\"70\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Gold.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6125\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Gold.jpg\" alt=\"\" width=\"105\" height=\"70\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/wind2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24754\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/wind2-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"125\" height=\"70\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/wind2-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/wind2-768x432.jpg 768w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/09\/wind2.jpg 1023w\" sizes=\"auto, (max-width: 125px) 100vw, 125px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ubutunzi bwanjye muburiganya,butwarwa mu buriganya,kandi ubwazanywe numuyaga,butwarwa numuyaga,ubwazanywe no kumena amaraso,butwarwa namaraso uko niko ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryabitegetse kandi nuko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/Raila1.jpeg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-492\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/Raila1.jpeg\" alt=\"\" width=\"102\" height=\"127\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nkomeza kwerekwa ibigiye gukorerwa mu isi ya bazima,mbona umunyapolitike wo mu gihugu cy\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">IBABYLON,<\/span> witwa RAILA Odinga,atsinze amatora ajya ku butegetsi afata ijambo rye nka perezida w\u2019ibabylon (Kenya) ashimira abaturage ko bamugiriye ikizere arangiza agaya umwana w\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">UMUSITA n\u2019UMWAKAGARA<\/span>,uburyo bategekesheje abaturage igitugu.Avugako,igihugu cye kidashobora kuzakorana nibyo bihugu niba baahinduye imyitwarire ngo bagendere ku mahame ya demokarasi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23832\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG-300x212.png\" alt=\"\" width=\"133\" height=\"94\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG-300x212.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG.png 301w\" sizes=\"auto, (max-width: 133px) 100vw, 133px\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/j2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10538\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/j2.jpg\" alt=\"\" width=\"125\" height=\"94\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore ingabo za Abega zitsinzwe n&#8217;urubanza kandi ziciriweho iteka kuko zagambiriye kumena amaraso ya bera batariho urubanza!Nuko rero uburire abatari abega birinde cyane kugira uwo bakoza urutoki batazasangira umuvumo n\u2019ingabo z\u2019Abega bavumwe nijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka abitegetse kandi nuko abivuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/kega.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23633\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/kega.jpg\" alt=\"\" width=\"136\" height=\"136\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019UhorahoUwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,bwira Umwakagara uti,mwana w\u2019umwega,mbonye uza usatira ingoma yawe,kandi uko uza uyisatira niko nayo igenda yigerayo iguhunga, kuko wakuwe ku ngoma nijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo kuko warwanije Umwami wabakiranutsi wibwira yuko uzamunesha none uciriweho iteka utanashoboye gukiza ubugingo bwawe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/satani.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6562\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/satani.jpg\" alt=\"\" width=\"144\" height=\"97\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore Uwiteka azakugotesha imbaraga ze,agusige hagati ya banzi bawe,iburyo bwawe,ibumoso bwawe,imbere ni nyuma hose uzakikizwa nabakurwanya kandi isi yose izakurwanya kuko wiyise umunyembaraga imbere ya mahanga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kandi aho wambariye inkindi ninaho uzambarira incocera kugirango umenye hamwe nabambari bawe yuko Uwiteka ari we mucamanza utabera kandi umwanzi wabakiranutsi mwakoranye (<span style=\"color: #ff0000;\">Satani<\/span>)wiiringiye umenye yuko ari nta mbaraga nubushobozi agira ahubwo ko,mwese mwaremye n\u2019ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/rdf44.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24842\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/rdf44.jpg\" alt=\"\" width=\"163\" height=\"103\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa mbona inzara ikomeye cyane mu ngabo za Abega (<span style=\"color: #ff0000;\">KDF<\/span>) mbona zirara mu baturage zijya kubasahura ibyo kurya byabo.Zigezeyo zibanza kurya ibiri kuziko bari batetse!Zimaze kurya mbona ziraye mu byumba byabaturage bararamo zisahura icyintu cyose gishoboka gutwarika mu ntoke maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ibyahanuwe birasohoye kugirango bimenyekane yuko umwuka w\u2019Uwiteka Nyiringabo yari muri wowe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/kdf.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25034\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/kdf.jpg\" alt=\"\" width=\"149\" height=\"111\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/locust.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25546\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/locust-300x129.jpg\" alt=\"\" width=\"258\" height=\"111\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/locust-300x129.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/locust.jpg 342w\" sizes=\"auto, (max-width: 258px) 100vw, 258px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa ingabo za <span style=\"color: #ff0000;\">KDF<\/span> (Umwakagara) zihinduka abadayimoni cyangwa inzige,zihitana icyintu cyose kiri kubutaka bwa gakondo yabakiranutsi,ziriba,zirica,zirasahura,zifata abagore ku ngufu,zikora ibikorwa bidasobanukiye ubwenge bwa muntu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Jangwa2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10176\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Jangwa2-300x225.jpg\" alt=\"\" width=\"172\" height=\"129\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Jangwa2-300x225.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Jangwa2-450x338.jpg 450w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Jangwa2.jpg 512w\" sizes=\"auto, (max-width: 172px) 100vw, 172px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Zimaze gukora ibyo byose zirahunga maze zigeze ku nkiko za gakondo ya bakiranutsi aho ihana imipaka nibindi bihugu zibura aho zerekera zihita zinjizwa mu butayu bugufiya maze ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,burira ingabo zakoranaga nizabega zirinde cyane kwivanga mu bikorwa byurugomo rwa bega baciriweho iteka n\u2019Uhoraho Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Voice.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-4958\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Voice.png\" alt=\"\" width=\"156\" height=\"86\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kandi ubabwire nti bazakurikire izo ngabo kuko zavumwe utazakora icyaha nta bwo azacirwaho iteka n\u2019Uhoraho Nyiringabo Imana ya bakiranutsi.Nuko rero mugire ubwenge kandi ntimube abana ahubwo mube abagabo nyabagabo bazahamya ukuri k\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka ababuriye kandi nuko avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/kega.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-23633\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/kega.jpg\" alt=\"\" width=\"150\" height=\"150\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>June 5, 2017<\/u><\/strong> ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ibintu birakomeye cyane ku buryo budasanzwe!Kuko Umwakagara ahagaritse umutima bikomeye kandi akaba atagifite ubwinyagamburiro kuko igihe cye cyo kwisangira basekuruza gisohoye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/death.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-19115\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/death.jpg\" alt=\"\" width=\"116\" height=\"113\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore abantu benshi barababaye cyane! Kandi bafite agahinda kenda kubica kuko umwana w\u2019umwega yababujije amahwemo.Abantu bafite ubwoba bukabije cyane kuko urupfu rubegereye kandi bakaba badafite uburyo bakwinyagambura ngo bamuce murihumye kuko banze kumvira ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ngo bakize ubugingo bwabo none baciriweho iteka niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/KGNT.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-9986\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/KGNT.jpg\" alt=\"\" width=\"160\" height=\"200\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umwe muri bene data utuye kumugabane w\u2019Uburayi ajyanwa mu iyerekwa,abona ukuboko k\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo gucigatiye igihanga cy\u2019Umwakagara umwana w\u2019umwega mu ntoki,maze ijambo ry\u2019Uhoraho rimuzaho riramubwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore umugabo witwa <span style=\"color: #ff0000;\">PAUL KAGAME<\/span><strong>,<\/strong> aciriweho iteka n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/KG-1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-24733\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/KG-1.jpg\" alt=\"\" width=\"150\" height=\"115\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kuko yasuzuguye Uwiteka Imana ya bakiranutsi,none nkuko ijambo ry\u2019Ubuhanuzi ryabivuze,aciwe igihanga kandi igihanga cye kizacibwa n\u2019Uwiteka Nyiringabo,kugirango amahanga yose amenye yuko,Uwiteka Imana ya bakiranutsi ajya aca imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/ear.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-21096\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/ear.jpg\" alt=\"\" width=\"114\" height=\"114\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Igihe agikomeje gutangarira ibyo yeretswe,ijambo ry\u2019Uhoraho ryongera kumuzaho,maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,tega amatwi wumve icyo ijambo ry\u2019Uhoraho rikubwira,atega amatwi maze arabwirwa ngo,taliki <strong>05 Nyakanga,2017.<\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Wind.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13670\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Wind.jpg\" alt=\"\" width=\"127\" height=\"76\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umuyaga uturutse mu burengera zuba bw\u2019<span style=\"color: #00ccff;\">IKUSI,<\/span> yo mu butayu,uzagenderera umurwa mukuru w\u2019Iyerusalem(Kigali)arabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,dore Uwiteka Nyiringabo agiye kwihesha icyubahiro mu murwa mukuru w\u2019Iyerusalem nk\u2019uko Uwiteka Imana ya bakiranutsi yabigambiriye akabivugira mukanwa kabahanuzi abagaragu b\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/visa.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-19192\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/visa.jpg\" alt=\"\" width=\"149\" height=\"101\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>June 6, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona ambassade yo kumugabane w\u2019Uburayi inshyiriramo VISA kugirango nerekere kuri uwo mugabane,maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore igihe cyawe cyo gutangira undi murimo ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo ryavuze,igihe cyawo kirageze kugirango utangire iyo mirimo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/01\/150122155536-euro-symbol-large-169.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-1988\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/01\/150122155536-euro-symbol-large-169-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"155\" height=\"87\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore za ntumwa ziturutse kumugabane w\u2019Uburayi ziraje kandi zizanywe namahoro aturuka k\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kandi ziragenzwa n\u2019ubutumwa bw\u2019Uwiteka Imana ya bakiranutsi,nuko rero witegure neza utunganye ibidatunganye kugirango izo ntumwa zizasange witeguye kugirango uzabafashe muri gahunda zibazanye kuko bagufitiye ikizere yuko hari byinshi uzabafashamo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore za magigiri zigiye ku kwandikira zikoresheje umugore wiyita yuko afitanye ikibazo n\u2019umugabo we,bagiye kuguha amakuru y\u2019ikinyoma kugirango wandike ibihuha bijyanye ni nyandiko wanditse ivuga kumatora uburyo batwaye imishahara ya bakozi ba leta,kandi buri mukozi akaba yaragiye yamburwa kimwe cya kabili cy\u2019umushahara.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/11\/euro.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24807\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/11\/euro.jpg\" alt=\"\" width=\"148\" height=\"89\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>None dore bagiye ku kubwira kimwe cya gatatu cy\u2019umushahara kugirango wandike ibinyoma wivuguruze kugirango ikinyamakuru abantu batakigirira ikizere kuko kimaze kugira abantu benshi cyane bikaba biteye impagarara ubutegetsi bwa bega niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/plane.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-20995\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/plane.jpg\" alt=\"\" width=\"144\" height=\"85\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa ububyutse bukomeye cyane bugiye kuza mu isi ya bazima,mbona imbaraga z\u2019Uhoraho zikora ibimenyetso n&#8217;ibitangaza zimanukira abatuye isi ariko babarirwa mu muryango wabubaha Uwiteka Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Dove.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-5258\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Dove.jpg\" alt=\"\" width=\"137\" height=\"108\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona izo mbaraga zinyeganyeza imikorere ya badayimoni mwisi ya bazima.Ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,dore Uwiteka agiye gusohoza ibyo yasezeranije itorero rye,kandi agiye gukorea ibimenyetso nibitangaza bikomeye cyane!Kandi izo mbaraga nizo zizarangiza imigambi y\u2019inkozi z\u2019ibibi zibwira yuko zarusha ubwenge bityo zigahora zigarurira imitima ya benshi yuzuyemo uburiganya no gukiranirwa niko Uwiteka avuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15246\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer-300x200.jpg\" alt=\"\" width=\"134\" height=\"89\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer-300x200.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer.jpg 700w\" sizes=\"auto, (max-width: 134px) 100vw, 134px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nongera kwerekwa itorero rya Kristo ritangirira mu cyumba cyo hasi cy&#8217;amasengesho,maze gitangirana\u00a0 abantu bacyeya cyane,ariko mukanya ko guhumbya,mbona icyumba kikubyemo inshuro zirenze ebyeri.Abantu baba benshi cyane Babura aho bakwirwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Pray.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15242\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Pray-300x146.jpg\" alt=\"\" width=\"133\" height=\"65\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Pray-300x146.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Pray.jpg 700w\" sizes=\"auto, (max-width: 133px) 100vw, 133px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,biriya nibyo ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ko azaguha itorero rye,ukazaribera umuyobozi kugirango uzabashe gufasha ubwoko bwayo,kandi abantu bamenye yuko mu Ijuru hariho Imana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabao abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Pray2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-16039\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Pray2-300x300.jpg\" alt=\"\" width=\"122\" height=\"122\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Pray2-300x300.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Pray2-150x150.jpg 150w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Pray2.jpg 381w\" sizes=\"auto, (max-width: 122px) 100vw, 122px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyrekwa turi mu cyumba cyamasengesho mukanya ko guhumbya icyumba cyahise cyuzura vuba vuba ku buryo butangaje cyane,kandi ubwo niko ibitangaza nibimenyetso\u00a0 nibiteye ubwoba byarimo bikoreka bisimburana mu buryo bukomeye cyane maze ijambo ry\u2019Uwiteka\u00a0 rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu igihe kiraje kandi kirasohoye ngo ibyo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo risohoze umurimo wawo nkuko Uwiteka yabivuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/hand.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10550\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/hand.jpg\" alt=\"\" width=\"139\" height=\"78\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore Uwiteka Nyiringabo agiye kugukoresha ibikomeye cyane mu isi ya bazima,kugirango azahure itorero rye,kugirango bimenyekane yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ajya aca imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Goat.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-22273\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Goat.jpg\" alt=\"\" width=\"130\" height=\"105\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7043\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-240x300.png\" alt=\"\" width=\"84\" height=\"105\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-240x300.png 240w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png 295w\" sizes=\"auto, (max-width: 84px) 100vw, 84px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyanwa mu iyerekwa mbona abega bahimbahimba ibinyoma byo kubeshya umugaragu w\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ngo bamuhe amakuru yikinyoma kugirango ayatangaze ,ariko bagira ibyago basanga yamaze kubatera imboni ubwo agiye kureba e-mail asanga banditse amakuru yikinyoma ajyanye na matora ateganijwe muri kanama uyu mwaka wa 2017,nikinyoma cyimishahara FPR yambura abakozi buri kwezi kandi bamaze umwaka bayabakata ku ngufu za gatsiko kamabandi yabicanyi uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Fruit.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-6618\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Fruit.jpg\" alt=\"\" width=\"97\" height=\"146\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Munyaneza.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7030\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Munyaneza-220x300.png\" alt=\"\" width=\"107\" height=\"146\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Munyaneza-220x300.png 220w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Munyaneza.png 253w\" sizes=\"auto, (max-width: 107px) 100vw, 107px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara(umwana w\u2019umwega)ahamagaza za magigiri zose aho zikorera kw\u2019isi,ngo zimanuke zitahe zijye kwitegura intambara izaterwa na matora yarateganijwe ariko akaba adahari kuko Umwakagara azi neza yuko agiye gucibwa igihanga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/Kenyatta.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13878\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/Kenyatta-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"159\" height=\"90\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/Kenyatta-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/Kenyatta.jpg 660w\" sizes=\"auto, (max-width: 159px) 100vw, 159px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona umukuru w\u2019igihugu cy\u2019ibabylon(Uhuru Kenyatta)agenda namaguru,(kwamburwa ubuyobozi)numva avuga ngo,nubwo atsinzwe amatora azakora ibishoboka byose atangize (<span style=\"color: #ff0000;\"><strong>opposition<\/strong><\/span>) abatavuga rumwe na leta.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Kenyatta.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-5566\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Kenyatta.jpg\" alt=\"\" width=\"154\" height=\"92\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze ijambo ry\u2019Uwiteka rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ntabwo Uhuru Kenyatta azatsinda amatora kuko ijambo ry\u2019ubuhanuzi ari bwo bwamushyizeho,akaba ari nabo bwamukuyeho kugirango imirimo y\u2019ijambo ry\u2019ubuhanuzi yigaragaze uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15246\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer-300x200.jpg\" alt=\"\" width=\"143\" height=\"95\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer-300x200.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Prayer.jpg 700w\" sizes=\"auto, (max-width: 143px) 100vw, 143px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nsubizwa mu iyerekwa mbona dutangiza icyumba cyamasengesho gitoya,ariko kigenda\u00a0 cyaguka vuba vuba kuko abantu bari bafitiye inyota ijambo ry\u2019Imana Uwiteka Nyiringabo.Kuko ryali isezerano ryabo Uhoraho yabasezeranije ribasohoreyeho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/plane.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-20995\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/plane.jpg\" alt=\"\" width=\"140\" height=\"83\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,burira bene data bose batataniye hirya no hino ku isi,yuko ububyutse buje kandi bwamaze kugera hasi,bityo bitegure biyeze kandi bitunganye kugirango umwuka w\u2019Uhoraho uzakorere muri bo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/church.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-6620\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/church.jpg\" alt=\"\" width=\"134\" height=\"101\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa amadini yo muri gakondo ya bakiranutsi arwanya umwuka w\u2019Imana umanuwe no gukora ibitangaza mwisi yabazima,kugirango Ijambo\u00a0 ry\u2019ubuhanuzi ritabasohoreraho nkuko byahanuwe,ariko bagerageza kurwanya ubwoko bw\u2019Imana ngo abahawe isezerano ryo kuzakoreshwa n\u2019Uhoraho Uwiteka nyiringabo ridasohoza umurimo waryo maze bakabura aho bakwirwa bagakorwa nisoni uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p><em>https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=prRtSIIttY0<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0Nerekwa umugore w&#8217;Umuhanuzi Kazi wagaragaye ahetse umugabo witwa Egide mu mugongo kumusozi wa Prayer Mountain Uganda Kampala-Ssegukku.Ijambo ry&#8217;Uwiteka rirambwira riti,mwana w&#8217;umuntu,uriya mugore avuga indimi zabadayimoni,kandi akoresha imbaraga z&#8217;umwijima mu guhanurira abantu kugirango yishakire indonke abone ibimutunga.None tangariza abasengera mu idini rye,ubabwire uti,uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Imandwa.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15826\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Imandwa.jpg\" alt=\"\" width=\"141\" height=\"111\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore uwo mugore ubahanurira yuzuye imbaraga z&#8217;abadayimoni zikomoka mu gisekuruza cyiwabo akoreshwa ni mbaraga z&#8217;abacwezi n&#8217;abalangi kuko yerejwe imbaraga z&#8217;abazimu.Nuko rero umunyabwenge nakize ubugingo bwe kugirango mutazarimbuka niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>June 7, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa ntambagizwa muri gakondo ya bakiranutsi,nerekwa inama barimo gukora kugirango bahitane Umwakagara mu gihe cya matora ubwo azajya kwiyamamariza umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu cy\u2019urwagasabo gakondo ya bakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko umwuka w\u2019Uiwteka urantwara ugeza aho baoreraga inama barimo kugurisha gakondo ya bakiranutsi,ndetse n\u2019Umwakagara nawe batamwibagiwe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Dollars.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-6328\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Dollars.jpg\" alt=\"\" width=\"138\" height=\"138\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona bumvikanye miliyoni [$6] y\u2019America kugirango zihabwe abakuru bingabo,nabakuru bahagarariye ingabo,zaba izirwanira kubutaka,cyangwa se izirwanira mukirere abagize inzego z\u2019iperereza ryo hanze niryo mu gihugu imbere.Bamaze kwemera uwo mushinga wo guca igihanga Umwakagara,numva yuko miliyoni [6] z\u2019idollar bemerewe zizanyuzwa muri kiliziya gatolika zikashyirwa kumakonti yabo bafunguye mu gihugu cya baturanyi cy\u2019UBUFILISITIYA (Uganda-Kampala) kugirango imiryango yabo izashobore kuyakoresha bafite umutekano uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/James.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-4762\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/James-300x214.jpg\" alt=\"\" width=\"124\" height=\"89\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/James-300x214.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/James.jpg 463w\" sizes=\"auto, (max-width: 124px) 100vw, 124px\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Nyamvumba.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-17352\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Nyamvumba.jpg\" alt=\"\" width=\"119\" height=\"89\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa ko,abakuru bingabo bagera kuri [5] ari bo bagabanijwe za miliyoni [6] z\u2019idollar hafi miriyali [5.100] z\u2019amanyarwanda,zikaba zigiye kugabanwa nabo bakuru b&#8217;ingabo batandukanye kugirango barangize gahunda yo guca igihanga cy\u2019Umwakagara maze amahoro arambye abashe kuboneka muri gakondo ya bakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona inzira yo mukuzimu (umwobo) Umwakagara yacukuye aturutse mu <span style=\"color: #ff0000;\">KIYOVU<\/span> cya bakire,ukagenda ugatungukira mu kigo cya gisirikare cya comp JePee (R\/G);na none uwo muhanda ugakomeza ukagera uvuye mu KIYOVU ugatungukira kumusozi wa <span style=\"color: #ff0000;\">MOUNTAIN Kigali<\/span>,<span style=\"color: #ff0000;\">MOUNTAIN JALI<\/span> nahandi henshi yatekereje yuko yarwanira intambara akihisha amabombe yindege azaba ari guturuka mukirere kugirango akurwe kungoma.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/underground.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-9384\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/underground.jpg\" alt=\"\" width=\"145\" height=\"109\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore Umwakagara yacukuye inzira munzi yumurwa mukuru w\u2019Iyerusalem (Kigali) kugirango nasumbanizwa,azahungiremo.Kandi nabona ko,atsinzwe urugamba,azahita ategamo za bombe munsi y\u2019ubutaka ahite yubika umurwa mukuru wa Kigali ariwo uzahinduka Yerusalem nshya nyuma yo gukura Umwakagara ku ngoma.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Map-os-Rwanda.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-19363\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Map-os-Rwanda-300x235.jpg\" alt=\"\" width=\"141\" height=\"111\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Map-os-Rwanda-300x235.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Map-os-Rwanda.jpg 418w\" sizes=\"auto, (max-width: 141px) 100vw, 141px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,Umwakagara nta bwo azigera abona umwanya wo gusenya gakondo ya bakiranutsi,kuko bazamuca igihanga mu buryo butunguranye,kandi abambari be,bazahita batangira gusahura no kwica rubanda rw\u2019Umwami bashakira impamba ngo babone uko bagungisha ubuzima bwabo ariko nyine bakagenda batwaye impamba zizabatunga mu mahanga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23832\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG-300x212.png\" alt=\"\" width=\"135\" height=\"95\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG-300x212.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/RG.png 301w\" sizes=\"auto, (max-width: 135px) 100vw, 135px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa ingabo z\u2019Umwakagara zanga kumurwanira intambara,kuko abakuru bingabo bari bamaze kwakira intonorano zo guca igihanga Umwakagara umwana w\u2019umwega wagambiriye kurimbura ubwoko bw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Bamaze guca igihanga Umwakagara ingabo zahise zitangira kwishakira inzira ngo babone uko bahunga bakisubirira Uganda aho bagiye kwihisha intambara yo muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/kega.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23633\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/kega.jpg\" alt=\"\" width=\"127\" height=\"127\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore Umwakagara ibye byarangiye kandi abega bashinzwe kulinda Umwakagara nta bwo bazashobora gukiza Umwakagara kuko abakuru bingabo ari bo bazayobora urugamba bazaburizamo umugambi wo kurwanirira ubutegetsi bwa bega ku buryo abega bazakizwa na maguru kugirango ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryahanuwe n\u2019Umuhanuzi Majeshi Leon AINESHA uko iko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore komisiyo ya matora,ifite ikibazo gikomeye cyane kuba batazi icyo Umwakagara atekereza akaba ari nta nicyo arimo kubabwira kubijyanye no gutegura gahunda ya matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganijwe muri kanama 2017.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/heart.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-19116\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/heart.jpg\" alt=\"\" width=\"133\" height=\"120\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore abanyamadini bahagaritse umutima ku buryo bukomeye cyane,kuko bifuza yuko habaho amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu.Ariko bikaba bidashoboka kuko aho ariho ruzingiye Umwakagara akaba ategewe muri ayo matora kandi naho ayo matora atazaba nta kabuza yuko umugambi w\u2019Uhoraho Uwiteka Nyirigabo wavuzwe n\u2019ijambo ry\u2019ubuhanuzi hakaba hashize igihe kirekire abanyarwanda bategereje ko uwo mugambi usohozwa nkuko byahanuwe uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/PL.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-16135\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/PL-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"151\" height=\"85\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/PL-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/PL-768x432.jpg 768w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/PL.jpg 1023w\" sizes=\"auto, (max-width: 151px) 100vw, 151px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nsubizwa mu iyerekwa mbona amashyaka <span style=\"color: #ff0000;\">PL,<\/span> na <span style=\"color: #ff0000;\">PSD<\/span>,asabwa gusohora amatangazo yemeza ko,bashyigikiye Umwakagara cyangwa se <span style=\"color: #ff0000;\">FPR<\/span>,izatangaho umukandinda kwiyamamariza umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu cya gakondo ya bakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/church.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-6620\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/church.jpg\" alt=\"\" width=\"153\" height=\"115\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ibintu byarushijeho gukomera cyane.Dore amadini na mashyaka bose hamwe barasenyera umugozi umwe aho barimo basaba yuko habaho amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganijwe muri kanama uyu mwaka wa 2017 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/underground.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25036\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/underground.jpg\" alt=\"\" width=\"159\" height=\"106\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore umurwa wa gakondo ya bakiranutsi ugiye kurimburwa usenywe kugirango uzongere kubakwa bundi bushya kuko Umwakagara imyobo yacukuye munsi y\u2019umurwa mukuru w\u2019Iyerusalem yamaze gutegamo za bombe kugirango azasige arimbuye uwo murwa mukuru watoranijwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Gusenywa ku murwa mukuru wa Kigali bikaba byarahanuwe mu gice cya (1-3) cy\u2019ubuhanuzi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/Kenyatta.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-20735\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/Kenyatta-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"206\" height=\"116\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/Kenyatta-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/Kenyatta-768x432.jpg 768w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/Kenyatta.jpg 1023w\" sizes=\"auto, (max-width: 206px) 100vw, 206px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore umukuru w\u2019ibabylon arimo gutegura intambara izaterwa na matora ateganijwe kanama 08,2017 kuko agiye gutsindwa amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu agiye kuba kandi <span style=\"color: #ff0000;\">RAILA Odinga<\/span> akaba azatsinda ayo matora ariko Kenyatta Muigai akaba atazemera ibizava muri ayo matora ahubwo Uhuru akazateza intambara kugirango habeho <span style=\"color: #ff0000;\">NUSU MKATE<\/span>!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Cyangwa se Transition government kandi Uhuru akifuza ko,ari we uzayobora iyo leta idateze kwemerwa kuko uwatsinze amatora niwe uzayobora igihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/M7.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10639\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/M7-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"144\" height=\"81\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/M7-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/M7.jpg 660w\" sizes=\"auto, (max-width: 144px) 100vw, 144px\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Leon.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-21784\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Leon.jpg\" alt=\"\" width=\"81\" height=\"81\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Leon.jpg 160w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Leon-150x150.jpg 150w\" sizes=\"auto, (max-width: 81px) 100vw, 81px\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>June 7, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona umwana w\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">UMUSITA<\/span>, asohoka muri presidency yambaye igikote cyirabura (imirimo mibi) yambaye ni ngofero ya yindi akunze kwambara(protection)mbona ahura n\u2019Umuhanuzi Majeshi AINESHA Leon,maze amubaza aho yerekeye aumusubiza ko,igihe cye ngo kigeze kugirango arekure ubutegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/house.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25038\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/house.jpg\" alt=\"\" width=\"144\" height=\"96\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona yereka Umuhanuzi aho yakwinjirira ngo yinjire mu ngoro ye (<span style=\"color: #ff0000;\"><strong>STATE HOUSE<\/strong><\/span>) ariko kuko umuryango yari yasohokeyemo,warumaze gufungwa.Maze yereka Umuhanuzi umuryango usanzwe abashyitsi binjiriramo ngo abe ariho anyura.Abwira umusirikare ushinzwe kulinda umutekano ngo areke Umuhanuzi yinjire mu ngoro yahoze ar\u2019iyumukuru w\u2019igihugu maze\u00a0 mbona <span style=\"color: #ff0000;\">UMUSITA<\/span>, akomeza urugendo ararorongotana yerekera ahantu hatamenyekanye neza aho agiye gusazira.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7043\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-240x300.png\" alt=\"\" width=\"122\" height=\"153\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-240x300.png 240w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png 295w\" sizes=\"auto, (max-width: 122px) 100vw, 122px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rigera kuri bene data [2];batuye kumugabane w\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">UBURAYI<\/span>,umwe atuye mu gihugu cy\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">UBUFARANSA,<\/span> (France) naho undi atuye mu gihugu cy\u2019Umwami Kazi (<span style=\"color: #ff0000;\">United Kingdom<\/span>) bombi mu gihe kimwe,ukwezi kumwe,icyumweru kimwe,ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ribazaho maze umwuka w\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo arabaganiriza ababwira kubyerekeye Umuhanuzi AINESHA.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/clock.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-4580\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/clock.png\" alt=\"\" width=\"123\" height=\"115\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Barabwirwa ngo,dore Umuhanuzi AINESHA igihe cye cyo kuva kumugbane w\u2019Africa kirageze nkuko ijambo ry\u2019ubuhanuzi ryabivuze yuko azakurwa mur\u2019Africa hasigaye amezi [3]; ngo akurwe ku ngoma.None mu mubwire yitegure kuko igihe cye cyarangiye akaba nta mwanya asigaje kuko igihe cyagiye kandi cyarangiye kugirango yitegure atazatungurwa nibihe kandi mwaburiwe kugirango namwe mubashe kumuburira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/12\/Fruits.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8619\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/12\/Fruits.jpg\" alt=\"\" width=\"135\" height=\"101\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunza maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore umugisha uraje kandi vuba byihuse kugirango utunganye ibidatunganye,vuba vuba kuko gahunda y\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yamaze gutunganywa nkuko yabikubwiye ejo utazatungurwa kuko za magigiri zimaze gucika intege cyane kandi igihe cyazo kikaba cyararangiye bakaba batagifite imbaraga nkizo bari bafite mbere kuko ubu nabo barimo guhangana nibihe kuko bamerewe nabi cyane kuko batazi niba Umwakagara azongera kwima ingoma,cyangwa niba azakurwa ku ngoma.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/heart.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-19116\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/heart.jpg\" alt=\"\" width=\"108\" height=\"98\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore bahagaritse umutima ukomeye cyane ku buryo budasanzwe kuko Uwiteka yamaze kubaciraho iteka,bakaba bagiye kujyanwa kuri wa musozi wa batutsi wubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bwa batutsi kubaha Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Imana ya bakiranutsi abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/wedd2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23631\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/wedd2-270x300.jpg\" alt=\"\" width=\"105\" height=\"117\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/wedd2-270x300.jpg 270w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/07\/wedd2.jpg 720w\" sizes=\"auto, (max-width: 105px) 100vw, 105px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Undi mwene data ijambo ry\u2019Uhoraho rimuzaho riramubwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore bukwe bwavuzwe n\u2019ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,bugiye gucyuzwa muri gakondo ya bakiranutsi,buzacyuzwa arumunsi wa konji,kugirango abantu bose bazabashe kubona umwanya wo gutaha ubwo bukwe bwiteguriwe igihe kirekire abantu bakaba bamaze igihe bategereje ndetse bamwe baranarambiwe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7043\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-240x300.png\" alt=\"\" width=\"103\" height=\"129\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-240x300.png 240w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png 295w\" sizes=\"auto, (max-width: 103px) 100vw, 103px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #3366ff;\">Undi mwene data ajyanwa mu iyerekwa abona Umuhanuzi yakira abashyitsi baturutse mu Burayi bwo mu burengera zuba,maze arabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,burira Umuhanuzi yitegurire abashyitsi kuko bamaze gutegura urugendo kandi bakaba bari mu nzira barimo baza kuko mu minsi micye bari bube basesekaye mu gihugu cy\u2019ibabylon.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #3366ff;\">Aho batumwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bajyanye ubutumwa buturutse ibukuru batwariye umugaragu w\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>June 8, 2017<\/u><\/strong> Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore abashyitsi baraje kandi bazanywe numurimo w\u2019umugisha uturutse k\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kandi bazanywe namahoro y\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kuko arisezerano ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yagambiriye kuva kera kandi byari mu migambi nkuko yabikubwiye kugirango umenye yuko nd\u2019Uwiteka Imana yawe ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Flog.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-9695\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Flog.jpg\" alt=\"\" width=\"142\" height=\"80\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3-1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-10778\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3-1-300x225.jpg\" alt=\"\" width=\"106\" height=\"80\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3-1-300x225.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/Wildness3-1.jpg 512w\" sizes=\"auto, (max-width: 106px) 100vw, 106px\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>June 9, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona hariho irushanwa ryo guhunga hagati ya Abega na banyagihugu basanzwe bandi.Mbona bamanuka ubumanuko bwo mu butayu bwo muburasira zuba bw\u2019Africa,ikindi gice cyimanuka mu burasirazuba bw\u2019Africa basiganirwa kugera mu gihugu cyo mu butayu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Magigiri.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8501\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Magigiri-300x200.jpg\" alt=\"\" width=\"156\" height=\"104\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Magigiri-300x200.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Magigiri.jpg 800w\" sizes=\"auto, (max-width: 156px) 100vw, 156px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyirngabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore ugiye kubisikana ni nkozi z\u2019ibibi zo mu bwoko bwa Abega(abarozi)ni nkubaganyi z\u2019inkozi z\u2019ikibi zajujubije ubwoko bw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi,kugirango ibyavugiwe mu kanwa k\u2019Umuhanuzi Majeshi Leon AINESHA bisohoze umurimo wabyo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Inyambo-1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13672\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Inyambo-1.jpg\" alt=\"\" width=\"133\" height=\"99\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona INKA (abadayimoni) baturuka mu butayu bugufiya,mbona izo nkozi z\u2019ibibi duhura maze zirambererekera ninyuriraho.Maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore za magigiri ziraje ziturutse mu gihugu cy\u2019ubutayu bugufiya zije kuguhiga kugirango zikurangize kuko uzigeze mu ijosi kuko ukomeje gushyira ahagaragara imirimo yabo mibi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,kuko bamaze kumva yuko haje intumwa ziraje none bahagaritse imitima kuko bazi neza yuko akaba kabaye bagiye gukurwa ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0<a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Imandwa3.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-15838\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Imandwa3.png\" alt=\"\" width=\"121\" height=\"141\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>June 11, 2017<\/strong> nerekwa leta ya Jubilee iyobowe na <span style=\"color: #ff0000;\">Uhuru Kenyatta MUIGAI<\/span> ikora ibishoboka byose ngo,yibe amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu,ariko birananirana.Ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,iyo leta numuyobozi wayo baravumwe ndetse nabayikorera bose nta bwo Uwiteka ashobora kubaha amahirwe yo kongera kuyobora icyo gihugu kuko bakoze ibyangwa na maso y\u2019Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/school.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-4447\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/school-150x120.jpg\" alt=\"\" width=\"124\" height=\"100\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa mbona Umuhanuzi azamuka umusozi wubatseho ishuli ryo kwigisha ubwoko bwa batutsi kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Maze mbona umwuka wurukoza soni umukurikiye,ageze hafi yiryo shuli aha za nkozi z\u2019ibibi zituye maze afata zimwe murizo nkozi z\u2019ibibi kugirango zijye kwisobanura impamvu zikomeje guhumanya ubwoko bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Imandwa2.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-15839\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Imandwa2-150x150.png\" alt=\"\" width=\"107\" height=\"107\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Harimo abagabo b\u2019Abega,ndetse na begakazi,bose babucyereye barimo guterekera iandwa zabo kugirango barebe yuko ikibazo cya manda ya lll bagikemura batagiye mu butayu.Ariko ijambo ry\u2019Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,bwira abega uti,uko murushaho gukomeza ikinyoma no gukiranirwa,niko kurimbuka kwanyu kurushaho kwiyongera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa abega bakora inama maze bemeza yuko bakwiye gushaka Umuhanuzi bakumvikana kuko imbaraga z\u2019umwijima bohereza kugirango bamuteze akaga ibyago na makuba,byananiranye.Ubwo twaganiraga twicaye hasi abega na begakazi bose bambaye ubusa umubiri wose kuko ubusanzwe ari ko basenga imandwa zabo bambaye ubusa nta bemererwa gusenga imandwa bambaye imyenda yabo kuko imana zabo niko zibibategeka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Kagame-3.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-12996\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Kagame-3-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"113\" height=\"113\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,abega na bega kazi,bakozwe nisoni kandi bongeye gucirwaho iteka n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Kuko batinyutse guhangara umwuka w\u2019Uhoraho ukorera mu muhanuzi.Ndetse ndabwirwa ngo,dore barimo gukora ibshoboka byose ngo barebe ko hariho uburyo bakubona bifashishije ibyuma by\u2019ikoranabuhanga ariko byarananiranye kuko ijambo ry\u2019ubuhanuzi rimaze kubaciraho iteka kandi na baturage bose bakaba rubanda rw\u2019Umwami bakaba bamaze kumenya ukuri kw\u2019ikinyoma bategekesheje imyaka [23] bamaze ku ngoma niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Pray2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-16039\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Pray2-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"123\" height=\"123\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Pray2-150x150.jpg 150w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Pray2-300x300.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Pray2.jpg 381w\" sizes=\"auto, (max-width: 123px) 100vw, 123px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rikomeza kumburira imigambi ya bega uko bohereye imyuka y&#8217;imandwa zabo,maze ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,kora amasengesho yo kwiyiriza ubusa kugirango wice kandi urimbure imbaraga z\u2019imyuka mibi ya leta ya bega bakomeje kukoheraho imandwa zabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse!<\/em><\/p>\n<p><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/dove.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-29776\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/dove.jpg\" alt=\"\" width=\"180\" height=\"127\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwo uhereye uwo mwanya nahise ntangira amasengesho yo guhangana na bega na begakazi,nerekwa ba begakazi bahagurukiye kurwanya umwuka w\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ukorera mu <strong>Muhanuzi AINESHA Majeshi Leon<\/strong>,hamanuka imbaraga ziturutse mu Ijuru,ariko zibanza kujya kunyuzwa mu butayu bugufiya kwigishwa uko zizagenza abega ubwo bazaba bamaze kwirukanwa mu bantu baciriweho iteka bajyanywe mu butayu bugufiya.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Rose3.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-16198\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Rose3-150x150.png\" alt=\"\" width=\"126\" height=\"126\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Izo mbaraga zirangije kwigishwa uko zizabagenza,zongera guhagurukira mu mbaraga nyinshi z\u2019umuyaga wa serwakira,ziraza zihera ku bega na begakazi,zibambura ubusa (Gukorwa nisoni) mbona abagore (abarozi Kazi) batuye mu murwa mukuru w\u2019Iyerusalem muri gakondo ya bakiranutsi,wa muyaga uraza ubakuraho imyenda yose bari bambaye bakingirijwe no gukorwa nisoni.None batambagira umurwa wose bambaye ubusa ndetse bamwe muri bo bari bafite amatara ku mabuno yaka(imbaraga z\u2019umwijima zibayobora)bakoresha mu guhumanya abagabo basambana nabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko igitangaje nta bwo bigeze bagira isoni ngo babone yuko bakozwe nisoni,ahubwo aho kugira isoni,bahise babihinduramo \u2018<span style=\"color: #0000ff;\">STYLES<\/span>&#8216;,bakajya babwira abahisi na bagenzi b\u2019abagabo ngo babarebe uko bateye neza kugirango babareshye baze basambane nabo.Ariko nubwo byaruko,natangajwe nuko abagabo bose bahise bihitira barigendera banga kujya gusmabana na bega kazi,kuko ngo bari bamaze kumenya ibyabo ko atari byisa ko ari umuryango mubi uhorana ubugome no kugira nabi,kandi ko iyo ubiterereje urinda usaza upfanye agahinda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Dog.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-6323\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/08\/Dog-150x129.jpg\" alt=\"\" width=\"110\" height=\"95\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko mbona abega kazi batinze mu miharuro no mu nzira nyabagendwa,ndetse nimahanda minini ariko habura n&#8217;imbwa ya begera ngo ize ibinukirize nibura bigaragare yuko ubusa bwabo bwahawe agaciro nimbwa zisanzwe zizwiho gusambana.Ariko ayo mahirwe nayo ntibayabona uko niko Uwiteka abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DANJac-1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-10372\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DANJac-1-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"104\" height=\"104\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore za magigiri zashatse umunyababuloni mwajyaga muvugana,bamuhaye ikiraka cyo guhamagara telephone yawe utagikoresha,kandi iriya Number yaguhamagaye niyakabiri yakoresheje kuko yibwiraga yuko utayizi.Kandi naho ya yikoresha nta bwo ishobora ku guhamagara kuko telephone yawe idashobora kwakira umuntu uhamagaye utaramushyize muri &#8220;database&#8221; yawe aho rero niho hababereye ikibazo gikomeye none babuze uko ba byifatamo kugirango bazakubone byarananiranye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa abega bakora inama maze bemeza yuko ngo bagiye guhumuriza abanyarwanda babwire yuko nta ntambara ihari kandi ko amatora azabaho mu muhoro ko,nta kibazo kizabaho.Ndabwirwa ngo,ni koko azabaho mu mahoro ngaho se niberere abanyarwanda bashaka kwiyamamariza uwo mwanya biyamamaze badashyizweho amananiza maze bimenyekane yuko azabaho mu mahoro!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubundi se amatora nurupfu bipfana iki?Amahoro ni ntambara bihurirahe ko bimeze nkumucyo numwijima!Ariko dore uk\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga,igihe badatekereza ko,bacibwa ibihanga bakoherezwa mu butayu bugufiya nibwo bazamenya yuko ijambo ry\u2019Uwiteka ryavugaga ukuri uko niko Uwiteka abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/NASA2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-14206\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/NASA2-300x200.jpg\" alt=\"\" width=\"147\" height=\"98\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/NASA2-300x200.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/NASA2.jpg 504w\" sizes=\"auto, (max-width: 147px) 100vw, 147px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana wumuntu,dore hariho umunyapolitike ukomeye ugiye kuza kugushaka wo mu gihugu cy\u2019ibabylon kuko ubutumwa wamwoherereje bwamugezeho kandi yabonye yuko ari ukuri gusa gusa,niyompamvu agiye kugushaka kuko ibintu bikomeye Kanini ni Kega nawe atamworoheye kandi akaba yakoze ku mandwa ze nkuko umwana w\u2019umwega nawe yabigenje kandi bose bakaba bashinzwe kumena amaraso ya bakiranutsi batariho urubanza.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/pen.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-22813\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/pen.jpg\" alt=\"\" width=\"137\" height=\"78\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Yagize imirimo myinshi ariko yavuze ko azakwandikira akoresheje uburyo bwa e-mail zawe kugirango aguhamagare umubwire igikwiriye gukorwa kugirango abashe gutsinda amatora ateganijwe uyu mwaka uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko mbona abashinzwe kumurinda bansaba kwerekana ibyangombwa byanjye maze basanga nd\u2019umunyagihugu w\u2019ibabylon kuko mfite ubwenegihugu bwaho mbona bamanueye ahantu himanga cyane aho uwo munyapolitike yari aherereye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uiwteka rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,tunganya imyenda yawe uyijyane muri dry cleaner kugirango utazatungarwa vuba cyane ugahamagarwa nabakomeye ukabura imyenda yo kwambara kandi utayibuze.Nuko ako kanya nditegura njyana imyenda mu imeresero (dry Cleaner) kugirango ntazaseba mu gihe nzaba ntunguwe niko Uwiteka avuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/Pregnat.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7520\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/Pregnat.jpg\" alt=\"\" width=\"135\" height=\"89\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa abagore batwite bahagaritse imitima kuba muri gakondo ya bakiranutsi hagiye kuba intambara kandi batwite kandi badafite uko bazahunga,mbona abega bagerageza kubahumuriza ngo badahunga ngo kuko ikibazo cy\u2019intambara yarigiye kuba ngo bakirangije.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/heart.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-19116\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/heart.jpg\" alt=\"\" width=\"133\" height=\"120\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona amadini yose ahagaritse umutima kandi cyane ariko bakomeza kurindagizwa n\u2019uburiganya bwa Abega babizeza amahoro aho kumvira ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana yo mu Ijuru,ahubwo barushaho kwizera umwuka w\u2019ikinyoma nkuko batangiye bakizera.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,uwo n\u2019umwuka uturuka k\u2019Uwiteka uburizamo imigambi yabo kugirango bakomeze kwizera umwuka w\u2019ikinyoma bazabone gucirwaho iteka barimbukire muburiganya uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/Mugumo.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7545\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/Mugumo.jpg\" alt=\"\" width=\"134\" height=\"76\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Igitangaje ni ukuntu,yaba abega na begakazi,cyangwa se KANINI NIKEGA,ubwoko buri kubutegetsi bw\u2019ibabylon,bose imandwa zabo zabategetse gukora imikorere isa.Bose bambaye ubusa bajya mu muhanda ngo barangaze abahisi na bagenzi,ariko bagira ibyago Babura abakiliya.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/Rasin.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-4494\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/06\/Rasin.jpg\" alt=\"\" width=\"129\" height=\"97\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,izo nkozi z\u2019ibibi zahumanije abantu b\u2019Imana zikoresheje amarozi ndetse ntibanatinye no gusambana na banyantegenke kugirango babone uko babaca ibihanga uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Dore nta kabuza bamaze gucirwaho iteka kandi ijambo ryavuzwe n\u2019umwuka w\u2019Imana rinyuze mu mugaragu w\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo,ntirizabura gusohoza umugambi w\u2019Uhoraho Imana ya bakiranutsi,aho niho Kanini ni Kega hamwe na Bega bo muri gakondo ya bakiranutsi bazamenya yuko mu Ijuru har\u2019Imana kandi ko amafaranga na mashillingi bidakora byose uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/bushayija.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-13302\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/bushayija-150x150.png\" alt=\"\" width=\"120\" height=\"120\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona abega na begakazi bafata urugendo rwa kure berekeza mu gihugu cy\u2019ubutayu bugufiya,mbona babwira rubanda rw\u2019Umwami YUHI VI ngo babaherekeze bajyane hamwe ngo kugirango bizaborohere kugarukana muri gakondo ya bakiranutsi.Mbona abagore bagiye bakoreshwa na begakazi guhumanya abantu no kubacisha ibihanga,hamwe na barundikazi(abaturutse Burundi)banga kubakurikira kuko bari bamaze kubona ko bambuwe ubutegetsi hamwe ni ngoma maze babemerera ko bajyana baragenda bageze mu nzira bahita bisubirira inyuma babasiga bonyine binjira mu butayu bonyine uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse,kandi niko avuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Jangwa2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-10176\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Jangwa2-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"141\" height=\"141\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Jangwa2-150x150.jpg 150w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Jangwa2-300x300.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Jangwa2-100x100.jpg 100w\" sizes=\"auto, (max-width: 141px) 100vw, 141px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndabwirwa ngo mwana w\u2019umuntu,abantu nta bwo barimo kubona uko abega bazajyanwa mu butayu,kuko batari bigera babona aho Uwiteka Nyiringabo amanuka akikorera umurimo,barabona ko,bitameze neza,kandi bagatekereza yuko nibura nibumva urusasu rwa mbere ari bwo bazemera yuko intambara yatangiye.Ariko icyo gihe ubwo bazaba babyiganira mu mwinjiro,nibwo bazamenya yuko ijambo ry&#8217;Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ar&#8217;ukuri, kuko nta nuzabasha gukiza ubugingo bwe,ahubwo hazaba hasigaye kurimbuka gusa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kandi icyo gihe ntabwo Uwiteka azumva gusenga kwabo kuko bamunegurije amazuru yabo ubwo yababuriraga kugirango bakize ubugingo bwabo bakanga kwizera ijambo rye ko ar\u2019ukuri uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bear.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-15202\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bear-150x150.png\" alt=\"\" width=\"139\" height=\"139\" \/><\/a><\/strong><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>June 12, 2017<\/strong> Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu gikombe cyo kwerekerwamo kiri munsi ya gakando ya bakiranutsi(ubuhunzi)nerekwa inyamaswa nyinshi ziteraniye hamwe zirimo zibaza indi nyamaswa yasaga NURUKO,ariko hejuru ikagira umutwe w\u2019umuntu,igihanga cyayo kigasa n\u2019Intumwa ya <span style=\"color: #ff0000;\">Satani Paul Gitwaza.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona za nyamaswa zibaza iyo nyamaswa Gitwaza Paul,ngo kuki abana b\u2019abantu bakumenye ko udukorera kandi twaraguhaye umwuka wo kwiyoberanya?Mbona iyo nyamaswa Gitwaza ibuze uko yisobanura!Za nyamaswa zose ziyiteraniraho zitangira kuyicagagura,maze ako kanya ihita ihungira mu ishyamba hagati,ijya kuba yinyine.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-795\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/10\/an-Angel-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"102\" height=\"102\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona haje umugabo (Malaika w\u2019Imana) maze uwo mugabo arambaza ati,mwana w\u2019umuntu,iriya nyamaswa waba wamenye iyariyo?Ndasubiza nti,biragoye kuyimenya kuko hasi isa n\u2019Uruko,ariko hejuru igasa n\u2019umuntu.Arambaza ati se,wabonye hejuru isa nande?Ndasubiza nti,nabonye isa n\u2019intumwa ya Satani yitwa Paul Gitwaza ishinzwe kuyobya abari mu isi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bear.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-15202\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bear-150x150.png\" alt=\"\" width=\"109\" height=\"109\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Aransubiza ati,mwana w\u2019umuntu,uko wabonye iriya nyamaswa ninako iri,kuko intumwa ya Satani Gitwaza Paul yahawe umwuka wo kwiyoberanya kubari mwisi kugirango batamutahura ngo bamenye yuko akorera Satani.None abantu baramutahuye niyompamvu wabonye ziriya nyamaswa zindi bakorana zimushihagura kuko yananiwe kwiyoberanya neza ngo ntibamutahure akaba ariyompamvu yirukanywe mu bantu b\u2019Imana akaba yoherejwe mwishyamba(ubuhunzi) ntazongere kuba mu bantu b\u2019Imana kuko igihe cye cyo gucirwaho iteka cyamaze gusohoza igihe cya cyo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,haguruka maze ushikame wandika ibyo weretswe kuko bidashyize cyera,ahubwo ibyo ubonye bigiye gusohoza vuba umurimo wabyo kugirango abari mwisi bamenye yuko Uwiteka Nyiringabo ajya aca imanza zitabera.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kandi siwe wenyine ahubwo nabakunze gukiranirwa bose bahagurukiye kurwanya itorero rya Kristo w\u2019Imana,hamwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Niyompamvu barukanywe mu bantu kugirango batazongera kuyobya ubwoko bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo,maze bakaba baciriweho iteka n\u2019Uhoraho,bakaba bajyanywe kubaho mu bwigunge aho batazongera kujya ahabona mu bantu b\u2019Imana kuko Umwami bakorera agiye kubashyira mu bihano kubera yuko batakoze neza nkuko yashakaga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko yababwiye yuko ari we mana nyamara atar\u2019Imana yo mu Ijuru,ahubwo ababeshyeshya ubutunzi bwo mwisi abereka ko,ariwe mana kandi ko atanga ubugingo,nyamara nawe nta bwo yigirira none kubera ibihe birimo kwihuta cyane niyompamvu inkozi z\u2019ibibi zirushijeho gucirwaho iteka n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abitgetse!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko ijambo ry\u2019Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,iyo nyamaswa wabonye iherutse gukomereka uruguma rwica,ariko ntiyapfa,ariko kandi nuruguma nta bwo rwali rwomorwa,niyompamvu igiye kongera gukomeretswa kandi cyane uruguma ruzayiza kuko igiye kugirwa ingunge mwishyamba aho igiye kubaho yonyine izaba itakiri mu bantu,kandi umwuka wayo yagabanye kuri wa mwanzi inzoka na Satani nawo uciriweho iteka nubutabera bw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze,kandi ni uko abitegetse uko niko Uwiteka abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Orange.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-16042\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/Orange.jpg\" alt=\"\" width=\"88\" height=\"100\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona amatunda meza cyane ya kizungu yeze neza cyane kandi asa neza kandi manini cyane.Maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore umugisha w\u2019Uwiteka Nyiringabo uraje kandi wojerejwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango urangize imirimo y\u2019Uhoraho mu gihugu cy\u2019ibabylon mbere yuko ukurwa muri icyo gihugu uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/G.Family.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-16221\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/G.Family-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"108\" height=\"108\" \/><\/a><\/strong><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>June 12, 2017<\/strong> njyanwa mu iyerekwa ku nshuro ya kabiri,nerekwa intumwa ya <span style=\"color: #ff0000;\">Satani Paul Gitwaza<\/span>,mbona alimo gutunganya\u00a0 tape cyangwa capeti abantu bicaraho basenga,mbona alimo kuyitunganya neza kugirango abakristu baze gusenga basange yamaze kuyitunganya.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Aho iruhande rwe hari abana barimo kuhakinira bategereje yuko arangiza bakigira gukinira kuriyo capeti,hanyuma hakaba numugore umwe(Itorero rya Kristo)warurimo kureba ibyo intumwa ya Gitwaza alimo gukora,ariko uwo mugore nta bwo yavuganaga nawe,ahubwo yararimo kwisomera ijambo ry\u2019Imana bibiliya.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze ijambo ry\u2019Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,genda uganirize intumwa ya Satani Gitwaza maze witegereze ibyo arimo gukora.Ndagenda ndamwegera ndamusuhuza ndamubwira nti Gitwaza nta bwo nkwanga nkuko wirirwa ubivuga,ahubwo nanga ibikorwa byawe kuko uyobya abana bato mu nzira igana mu Ijuru kandi ukabikora ubizi ndetse unabigambiriye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/gitwaza-7.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-15321\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/gitwaza-7-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"116\" height=\"116\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umwuka w\u2019Imana unzaho mwibutsa amagambo yavugiye mu NKURUNZIZA mu mwaka w\u20192002,ubwo yari yaumiwe kuza kuhabwiriza.Yaravuze ngo,yeretswe ko,hagiye guhagurutswa abazakorera Imana ariko ngo abo bantu bagiye guhagurutswa bameze nka za mayibobo(Streets Children)kandi abo bantu nta Profile bafite(amateka)arangiza avuga\u00a0 ngo,nta bwo yibonye muri abo bantu bagiye guhagurutswa bakazakoreshwa ibikomeye mwisi ya bazima.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w\u2019Inzika y\u2019Inzigo,ukomeye cyane waje inshuro ebyeri[2] two times,maze umwuka w\u2019Imana urambwira ngo,nijambo ry\u2019ubuhanuzi umaze gushyira ahagaragara wavugaga kuri Gitwaza Paul,none bamaze gusoma ijambo ry\u2019ubuhanuzi barakaye cyane ku buryo bifuza kuba bakwica ugakurwa ku isi kuko ukomeje gushyira ahabona ibikorwa by\u2019inkozi z\u2019ibibi kandi bahise bahagara Gitwaza kugirango yirebere ibyo umaze gushyiraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/05\/j3.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-3782\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/05\/j3-150x126.jpg\" alt=\"\" width=\"111\" height=\"93\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore intumwa ya Satani Gitwaza Paul,agiye gushyirwa ahayo yonyine kandi aciriweho iteka n\u2019Uhoraho Nyiringabo,kuko urubanza <span style=\"color: #ff0000;\"><strong>N\u00ba0027\/0006\/0017 <\/strong><\/span>abacamanza basanze intumwa ya Satani itsindwa nurubanza kuko hashize igihe kinini ubutabera bw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bwaratangiye akaba yaranze kwihana imirimo mibi yumwijima kugeza ubwo aciriweho iteka n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.Yahawe amahirwe yo kwihana kugeza igihe bigaragaye yuko adateze kwihana ahubwo uko ahabwa amahirwe yo kwihana agenda arushaho kurushaho gukiranirwa niko Uwiteka abitegetse!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Kenyatta.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-5566\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Kenyatta-150x130.jpg\" alt=\"\" width=\"112\" height=\"97\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nkomeza kujyanwa mu iyerekwa,mbona Uhuru Kenyatta Muigai ahamagaza amasengesho,avanze no gusangira,ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ngaho genda ujye muri buriya butumire dore abafarisayo batumiwe.Kandi bagiye kwitabazwa kubera amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu,ariko igitangaje abahamagawe bose nta numwe ufite bibiliya,kuko ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ritari muribo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/Kenyatta.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-13878\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/Kenyatta-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"101\" height=\"101\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko ndagenda ngezeyo nsanga barimo gusangira,mfata isahane ngo nanjye banshyirireho amafunguro nkuko bahaye abandi,maze banshyiriraho amafunguro macyeya cyane,ndababaza nti,kuki mwahaye Uhuru Kenyatta byinshi cyane mukamwuzuriza isahane none jyewe mukaba munshyiriyeho ducyeya?Ndabifata ndabibasubiza,maze ijambo ry\u2019Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,Uhuru Kenyatta nigisambo cyo kurwego rwo hejuru nta bwo ajya agirira imbabazi abakene ndetse nabaciriritse ahubwo nigisahira nda!Yifuza ko,byose byaba ibye ubundi abanyaKenya bakicwa ninzara.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Niyompamvu imbabazi z\u2019Uhoraho zizamuvaho,kandi akaba adashobora kongera gutsinda amatora y\u2019umukuru w\u2019Igihugu kuko yanyuranije nijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mwene data yanjyanywe mu iyerekwa abona bateraniye murusengero kwa Gitwaza Paul intumwa ya Satani,ubwo Gitwaza yandikaga amazina ya bantu,yarangiza kuyandika agahamagara umwe umwe agakora indahiro nkayayindi ya FPR,maze uwo mwene data yanga kurahira ndetse nabandi nabo barabyanga kuko indahiro yabarahizaga atari indahiro y\u2019ubumana cyangwa se ngo ibe ifitanye isano nijambo ry\u2019Uwiteka Imana ya bakiranutsi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Illuminati.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-6878\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Illuminati-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"99\" height=\"99\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Akimara kwanga ko abarahiza,Gitwaza afata ya liste ya bantu yari yanditse avuga ko,agiye kuyijyana mu buyobozi (Leta) ngo kugirango batazemererwa kuba bahabwa service (s) iyariyo yose ngo kuko banze gukora iyo ndahiro.Maze uwo mudamu(Itorero rya Krsto)aramusubiza ati,Uwiteka wenyine niwe ukwiye icyubahiro,naho umwana w\u2019umuntu,ntaburenganzira afite kumwana w\u2019umuntu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/G.Family.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-16221\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/06\/G.Family-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"120\" height=\"120\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwo abari bateraniye aho murusengero rwe,bamaze kwanga iyo ndahiro,bahise basohoka barigendera,ariko Gitwaza asohoka abakurikiye harimo abagabo babili [2]bari bikoreye altar cyangwa madhabahu,maze bafata ya madhabahu(uruhimbi)barujugunya hasi,ubwo wa mudamu afata ya ntumwa ya Satani murucyenyerero amucamo kabiri Gitwaza ahita arapfa amujugunya muri rigori (drainage) ubwo umuhungu wa Gitwaza witwa Gitwaza Elise Gitwaza yahise aza ashaka kureba uwo mudamu wishe PaPa we.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/j2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-10538\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/j2-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"110\" height=\"110\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze asanga wa mu byeyi aho ari,maze aza nagasuzuguro kenshi cyane abaza uwo mu byeyi impamvu yishe PaPa we,amubwira yuko ngo niyubaha Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azabaho,ariko nasuzugura umwuka w\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo arapfa,ako kanya yahise yikubita hasi nawe akurikira ise Gitwaza intumwa ya satani uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuze,kandi niko abitegetse!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwo hahise haza abagabo [3] baje gufata uwo mudamu ngo kuko yishe intumwa ya Satani Gitwaza,ako kanya batakaza ubwenge bahinduka abasazi!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ijambo ry\u2019Uhoraho rivugako,iyo habonetse abahamya [2] ibyo bahamya biba ari ukuri.Ni uko rero tangariza isi yose yuko intumwa ya Satani Paul Gitwaza aciriweho iteka,kandi nabamwizera bakorana nawe nabo baciriweho iteka n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ubwo uwaba umunyabwenge arahita yikuriramo ake karenge kuko amazi yamaze gusumba inyanja kandi ibyo Uwiteka yavuze,ese no kubikora ntazabikora?Uko niko Uwiteka Nyiringabo abaza!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Goat.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-15829\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/Goat-150x123.jpg\" alt=\"\" width=\"98\" height=\"80\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>June 13, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyrekwa kumusozi wubatsweho ishuli rya batutsi bazajyanwaho kwigishwa kubaha Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ubwo narindimo manuka kuri iryo shuli nerekeza hasi y\u2019umusozi,nerekwa leta ya bega yarahaye amabwiriza abaturage bose yuko bakwiye kurinda umunara wa Radar kuko ari wo ubareberera ibijyanye n\u2019umutekano wabo.Ariko nubwo hari harashyizweho abantu benshi cyane baruta ubwinshi ingabo zigihugu,nta bwo byabujije yuko uwo munari batawurinda kuko buri wese yararimo kwitekerezaho uko azava kuri wamusozi bajyanyweho kwigishwa kubaha Uhoraho Uwiteka Nyiringabo nigihe bazawumaraho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore Umwakagara yarindishije Radar y\u2019uRwanda abantu benshi cyane,kandi abawurinda bambaye civilian nta bwo bambaye uniform za gisirikare.Ariko nta bwo bizabuza abantu guhindura iyo Radar bashyize NYANZA ya KICUKIRO kuko abashinzwe kurinda bose bibereye kubuzima bwabo kuko bamaze kuwurizwa umusozi wubakiwe abatutsi kubaha Uwiteka Nyiringabo,kandi bikaba bitazwi igihe bazawumaraho niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Ingoma.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-5111\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Ingoma-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"120\" height=\"120\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nkomezwa kwerekwa ibya bega uko bagiye gusiga ingoma kandi rwali rulese!Nerekwa babadayimoni baherutse kuva mu batayu,bagasubira mu bantu kuko bamaze igihe bibereye mu butayu.Ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira riti,nuko rero dore abega bakubutse mu bantu(kumugabane w\u2019Uburayi)none bagarutse mu butayu kugirango bakomeze kwigishwa n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa INKA (abadayimoni) nyinshi cyane zirikumwe nabashumba bazo,mbona basubijwe mu butayu,ndabwirwa ngo,uwo n\u2019Umwakagara hamwe ningabo ze zimulinze,basubijwe mu butayu bugufiya,izoa ngabo akazi kazoo zirirwa ziragiye abadayimoni kandi ibhembo byazo bikaba bicyeya cyane kandi bakaba bazabihanirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Motor.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-11979\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Motor.jpg\" alt=\"\" width=\"145\" height=\"82\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa ndikumwe na mwene data turi kuri motor,nikanga yuko naba nataye imfunguzo zanjye (ubushobozi) ndazishaka cyane,nzisanga mu mufuka wanjye,dukomeza urugendo,ariko tugeze imbere gatoya mpasanga umwuka w\u2019Inzika y\u2019Inzigo ya cyera ya RDF,ariko nsanga iyo nzigo ikiri ntoya kuko nibwo yari ikivuka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/pen.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-22813\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/pen.jpg\" alt=\"\" width=\"144\" height=\"82\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore inyandiko wanditse yari ikomeye cyane yateje umudurumbano mu bana b\u2019abega ndetse no mu gisirikare kuko abantu b\u2019Uhoraho bakmeje kugend abatinyuka ubwoba Umwakagara yababibyemo ubu bakaba biteguye guhangana n\u2019Umwakagara naramuka ashaka guteza intambara uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Magigiri.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-8501\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Magigiri-300x200.jpg\" alt=\"\" width=\"153\" height=\"102\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Magigiri-300x200.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/11\/Magigiri.jpg 800w\" sizes=\"auto, (max-width: 153px) 100vw, 153px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ntuzakoreshe telephone yawe mugusengera uriya muntu wagizwe ikimuga na za magigiri zabakagara kuko zahita zumviriza telephone yawe kandi zigahita ziyibona.None ukore uko usanzwe ukora kugirango abantu banjye barusheho kwizera ijambo ryanjye kuko nziyerekanira imbere yabo kugirango bizere ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka avuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/Nyabugogo.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-11704\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/08\/Nyabugogo.jpg\" alt=\"\" width=\"156\" height=\"104\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona ishyirahamwe ryitwa \u201c<span style=\"color: #ff0000;\">INKUNDAMAHORO<\/span>\u201dryahoze aramajoji ya Twagiramungu Faustin na MDR,nerekwa abagabo [2];bahoze bakijijwe hanyuma baza kubishingukamo kubwo gushaka indamu (ubutunzi bwisi)ndabwira ngo,mwana w\u2019umuntu,burira abo bagabo yuko ukuboko kwanjye kwaremereye iryo shyirahamwe kuko harimo abitwaga abakiranutsi baje kwifatanya nabanyamahanga bagahindukirira imana zabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Akaba ariyompamvu ukuboko k\u2019Uwiteka Nyiringabo kwaremereye iryo shyirahamwe kuko abitwaga abakiranutsi bahindutse inkunzi z\u2019ibibi uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Nyabugogo.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-9481\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/Nyabugogo.jpg\" alt=\"\" width=\"141\" height=\"94\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kubera iyo mpamvu Aloys na Francois Ntuyehe bateje umutekano mucye muri iryo shyirahamwe batuma rihura na kaga gakomeye cyane kandi na bwa butunzi biringiraga bwarashize nta bwo bagifite ikigeretse kuribyo baciriweho iteka kubera nubwo bamenye ukuri k\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ntibyatumye batajya mu nkozi z\u2019ibibi bagatangira kurwanya ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Leon5.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13209\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Leon5-300x225.png\" alt=\"\" width=\"136\" height=\"102\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Leon5-300x225.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Leon5.png 440w\" sizes=\"auto, (max-width: 136px) 100vw, 136px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore igihe cyawe cyo kuba mu gihugu cy\u2019ibabylon kirarangiye ngo ukurwe muri icyo gihugu ujye gutangira imilimo y\u2019Uwiteka Imana yawe nkuko ijambo ry\u2019ubuhanuzi ryabivuze uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Exams-1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-17238\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Exams-1.jpg\" alt=\"\" width=\"124\" height=\"122\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa njyanwa gukora ikizamini ariko habura uburyo bwo kugikora,maze ijambo ry\u2019Uwiteka rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore inkozi z\u2019ibibi zohereje imbaraga z\u2019umwijima none zisanze utakibarirwa mu banyamvumo kuko uri umunyamugisha bikaba bidashoboka yuko umunyamugisha yasubira mu muvumo niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/kagame-cars2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24761\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/kagame-cars2-300x271.jpg\" alt=\"\" width=\"152\" height=\"137\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/kagame-cars2-300x271.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/kagame-cars2.jpg 350w\" sizes=\"auto, (max-width: 152px) 100vw, 152px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa umwuka w\u2019ikinyoma uturuka mu butayu bugufiya wongera kugaruka mu bantu (Umwakagara) maze ijambo ry\u2019Uhoraho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore Umwakagara agarutse mu bantu aje kubeshya abantu kugirango yongere gutegeka gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwitekaa avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Fruits.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-17485\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Fruits-300x169.png\" alt=\"\" width=\"146\" height=\"82\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Fruits-300x169.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Fruits.png 320w\" sizes=\"auto, (max-width: 146px) 100vw, 146px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore Uwiteka yohereje umugisha kugirango urangize imilimo y\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Nuko rero kora vuba utunganye ibidatunganye kugirango uwo munsi uzasange udahambiriwe nimirimo itarangiye ahubwo uzasangwe urimbohore uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Leon5.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13209\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Leon5-300x225.png\" alt=\"\" width=\"139\" height=\"104\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Leon5-300x225.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Leon5.png 440w\" sizes=\"auto, (max-width: 139px) 100vw, 139px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,doe ugiye gushakishwa na bakomeye kuko ijambo ry\u2019Uhoraho ryamaze kwamamara hirya no hino kw\u2019isi kugirango bagukureho umugisha kandi bamenye neza Imana ukorera ibyo ibavugaho kugirango barusheho kwizera ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo Uwiteka Imana yawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/genocide.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-13798\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/genocide-300x196.jpg\" alt=\"\" width=\"143\" height=\"93\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/genocide-300x196.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/genocide.jpg 630w\" sizes=\"auto, (max-width: 143px) 100vw, 143px\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>June 16, 2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w\u2019Inzika y\u2019Inzigo wongera guhaguruka,maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore abega bongeye ku guhagurukira,nyamara nubwo baguhagurukiye,s\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ubahagurukije.Niyompamvu batazabura gutsindwa nurubanza kuko bahagurukiye umugaragu w\u2019Uwiteka Nyiringabo washyiriweho gucira imanza abari mu isi ya bazima uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa izo nkozi z\u2019ibibi zitegura umugambi\u00a0 wo gushaka abantu b\u2019abagabo,bazangenza hanyuma bakamfata bagahita bantera urushinge rw\u2019uburozi.Kuko kumfata ngo babe banshimuta bidashoboka kuko nd\u2019umunyagihugu w\u2019ibabylon uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Law.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-19418\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Law.jpg\" alt=\"\" width=\"152\" height=\"114\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndabwirwa ngo,mwana w\u2019umuntu,umwanzi ageze aharindimuka,kandi ageze kw\u2019iherezo,nyamara nubwo yimanihoroniza,yamaze gucirirwaho iteka n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka abivuze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/phone.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-23292\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/phone-300x169.jpg\" alt=\"\" width=\"158\" height=\"89\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/phone-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/phone.jpg 660w\" sizes=\"auto, (max-width: 158px) 100vw, 158px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndabwirwa ngo mwana w\u2019umuntu,ntuzigere ugira umuntu usengera kuri telephone,kuko umwanzi yagambiliye kuzagufatira kuri telephone.Kuko benshi bamaze kumenya yuko utagisengera abantu ukoresheje telephone none bacitse intege zo gukomeza ku kugigira.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-7043\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-240x300.png\" alt=\"\" width=\"146\" height=\"183\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon-240x300.png 240w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/09\/Leon.png 295w\" sizes=\"auto, (max-width: 146px) 100vw, 146px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Niyompamvu udakwiye kuba wakoresha telephone yawe kubantu bakwiye gusengerwa kuko wahawe umwuka wa <span style=\"color: #0000ff;\">ELIYA<\/span> na <span style=\"color: #0000ff;\">ELISHA<\/span>, uzajye ukoresha uburyo Uwiteka Imana yagutegetse kujya ukoresha kugirango urusheho guhesha icyubahiro Uwiteka Imana yawe no kugira umutekano uhagije kuko igihe wamaze mu butayu bugufiya cyari gihagije uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/Abazize-genocide.jpeg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-483\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2014\/09\/Abazize-genocide.jpeg\" alt=\"\" width=\"121\" height=\"129\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryongera kungarukaho,maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore umwuka w\u2019Inzika y\u2019Inzigo umeze nabi cyane,kandi ukomeje kuzamuka mwisi ya bazima.Nuko rero umenye ubwenge cyane kugirango utagwa mu mutego wizo nkozi z\u2019ibibi z\u2019Abega uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/Shadboo5.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-21099\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/Shadboo5-300x213.jpg\" alt=\"\" width=\"147\" height=\"104\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/Shadboo5-300x213.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/Shadboo5-768x545.jpg 768w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/Shadboo5-1024x727.jpg 1024w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/Shadboo5.jpg 1080w\" sizes=\"auto, (max-width: 147px) 100vw, 147px\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa inyana yumutavu yirukanka ndayitangira iranga inyuraho irancika,maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore ugiye kujya mu murwa mukuru w\u2019ibabylon witwa <span style=\"color: #ff0000;\">SHUSHAN<\/span>, kandi uyu munsi uribuhure n&#8217;abadayimoni b\u2019abagore bari bwigaragaze imbere yawe bashakisha uko bagukurura kuko bakubona nk\u2019uwahawe umugisha ariko uri bubatsinde mu butware bwa Kristo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/06\/Buffalo.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-11404\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2016\/06\/Buffalo-150x121.jpg\" alt=\"\" width=\"107\" height=\"86\" \/><\/a><\/u><\/strong><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong><u>June 15,2017<\/u><\/strong> njyanwa mu iyerekwa mbona imfizi yo mu bwoko bw\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">IMBOGO<\/span> (umudayimoni) yabaye ubukombe iryanye munsi y\u2019urutare (Urutare ni Kristo) ubwo ngo yarintegereje kugirango ninza kuri urwo rutare ihite inyirenza.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mbona rwa rutare rumanuka gahoro gahoro rugwira ya <span style=\"color: #993366;\">MBONGO<\/span> kumutwe ihita irapfa maze ijambo ry\u2019Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore umudayimoni warugutegereje aciriweho iteka!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/12\/Chicken.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-8639\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/12\/Chicken-150x150.jpg\" alt=\"\" width=\"116\" height=\"116\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa mbona inkoko y\u2019<span style=\"color: #993366;\">INSAKE<\/span>, ytegura kubika maze mbona inaniwe kuzamura ijwi ngo ibike!Ariko biranga maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu umudayimoni aciriweho iteka kuko yari yoherejwe na abega none abuze inzira naho ya nyura kuko baraye baterekera ariko imbaraga z\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo zikaba zibaciriyeho iteka niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/bible1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft wp-image-7672\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/10\/bible1-150x125.jpg\" alt=\"\" width=\"116\" height=\"96\" \/><\/a><\/em><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #993366;\">Nerekwa inyamaswa yaka umuriro mukanwa maze igasohora umuriro mukanwa igatwika amazu ishaka gutwika <\/span>(inyamaswa)<span style=\"color: #0000ff;\"> isobanura ubutegetsi,naho inzu igasobanura isezerano cyangwa <\/span>(igihugu) <span style=\"color: #ff0000;\">nuko ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore umutegeka wisi ahawe ubutware bwo gutegeka no guciraho iteka ibihugu,ubwami,abatware nibikomangoma kugirango ijambo ryahanuwe n\u2019Umuhanuzi Majeshi Leon AINESHA risohoze rikore umurimo waryo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>June 16, 2017<\/strong> <span style=\"color: #3366ff;\">ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,dore abega baratega imitego,Uwiteka nawe akaza akayitegura.Ibyo bakora byose Umwami Imana agenda aburizamo imigambi yabo nkuko yagiye avunagura imitende ya magare yakurikiraga ubwoko bwayo igihe bwavaga mu misiri akagenda acika intege kugirango badafata ubwoko bw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>nccleon@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>\u00a0June 1, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona kandi numva uko ishyaka\u00a0 lili kubutegetsi mu gihugu cy\u2019ibabylon ryitwa Jubilee Aliance Part (JAP) ryitotomba cyane yuko bagiye gutsindwa mu matora ateganijwe muri kanama uyu mwaka 2017.Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w\u2019umuntu,ubwo butegetsi bwaciriweho iteka kuko bwanyuranije no gushaka k\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":5714,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[4,7],"tags":[],"class_list":["post-15969","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-news","category-the-prophecy"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15969","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15969"}],"version-history":[{"count":50,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15969\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":41680,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15969\/revisions\/41680"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/5714"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15969"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15969"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15969"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}