{"id":24456,"date":"2018-09-03T14:46:29","date_gmt":"2018-09-03T14:46:29","guid":{"rendered":"https:\/\/inyangenewss.com\/?p=24456"},"modified":"2018-09-03T14:52:00","modified_gmt":"2018-09-03T14:52:00","slug":"ntumwa-ya-sekibi-paul-gitwazaahamya-ko-akorera-sekibi-umwami-wumwijima","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inyangenewss.com\/?p=24456","title":{"rendered":"Intumwa ya Sekibi Paul Gitwaza,ahamya ko akorera Sekibi Umwami w&#8217;Umwijima"},"content":{"rendered":"<h4 class=\"entry-title\" style=\"text-align: justify;\">Ap\u00f4tre Dr Paul Gitwaza yasobanuye ibyo avugwaho ko akorana na illuminati anavuga iby\u2019inzu y\u2019igitangaza bivugwa ko afite muri Amerika.Dr.Akaba n&#8217;intumwa ikomeye kuki akoresha iki kimenyetso cya Satani cyo gushimira shebuja wamuhaye ubutunzi akamuha no kumenyekana.<\/h4>\n<p style=\"text-align: justify;\"><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ap\u00f4tre Dr Paul Gitwaza uyobora itorero rya Zion Temple Celebration Center na Authentic World Ministries aratangaza ko amakuru yacicikanye mu bitangazamakuru avuga ko yaba afite inzu muri Amerika kandi ko yaba ari n\u2019umuryango wa illuminati uhuriyemo abarwanya Imana ari ibihuha bidafite ishingiro.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ibi Gitwaza abihakana avuga ko ari we muntu wa mbere nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 watangaje imikorere y\u2019uyu muryango wa illuminate n\u2019uburyo uwo muryango ukorana na Satani.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Gitwaza yavuze ko hari n\u2019abantu bajya bamuhamagara bakamubaza niba koko yaba akorana na Satani. Ati \u201cHari umuntu wampamagaye kuri radio arambaza ngo \u2018ariko uri illuminati\u2019, ndamubwira ngo \u2018oya si ndi we\u2019 , arambaza ati \u2018none ko bivugwa ko uri we\u2019 ndamubwira nti \u2018ni ibyo abantu bavuga ntitwabyitaho\u2019.\u201d<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ahereye kuri ibi bibazo yabajijwe n\u2019uwamuhamagaye, Gitwaza yatangaje ko ari we muntu watangaje imikorere y\u2019uyu muryango n\u2019uko abantu bakwiriye kurwanya satani.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Gitwaza ati: \u201cNi njyewe muntu wa mbere nyuma ya Jenoside wavuze icyo franc-ma\u00e7on ari cyo\u2026ni njye muntu wa mbere wababwiye uko tugomba kurwanya Satani, nsenyera Satani buri munsi ariko abantu bakavuga ko nyikorera.\u201d<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ap\u00f4tre Dr Paul Gitwaza yakomeje avuga ko hari abantu bavuga ko afite inzu y\u2019igitangaza muri Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika ariko na byo arabihakana.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ati: \u201cAbantu bazi ngo mfite inzu idafite uko imeze muri Amerika, ibyo murabizi ni na ko mubyemera,\u2026ntayo ngira ariko icyayimpa. Uko ni ko abantu babyumva ni rya koti ry\u2019ubusambo nambaye.\u201d<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Gitwaza avuga ko ibi bintu bimuvugwaho bituruka ku rwango Satani yanga abakozi bayo bigatuma buri gihe akorera mu bantu maze babona umukozi w\u2019Imana bagatangira kumubonamo ibintu bitari byo no kubavugaho ibitari byo kugirango bacike intege zo gukorera Imana.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Uyu muryango bivugwa ko Ap\u00f4tre Dr Paul Gitwaza yaba abarizwamo washyizweho n\u2019umuhanga ukomoka mu Budage witwa Johann Adam Weishaupt tariki ya 01 Gicurasi 1776.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Bivugwa ko washinzwe ufite intego yo kurwanya imihango y\u2019idini bavugaga ko idasobanutse, ukanarwanya imyemerere ishingiye ku ijambo ry\u2019Imana.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><iframe loading=\"lazy\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/5gUl9ZZOG7g\" width=\"100%\" height=\"450\" frameborder=\"0\" allowfullscreen=\"allowfullscreen\" data-mce-fragment=\"1\"><\/iframe><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nubwo ibikorwa by\u2019uyu muryango ari ibanga rikomeye, ngo imbaraga zabo zirenze ubwenge bwa muntu kuko bakorana bya hafi n\u2019imbaraga za Satani.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Uyu muryango ufite imikorere ihuza abakomeye mu nzego za gisirikari, politiki, ubutasi, ubumenyi (science), ubukungu n\u2019ibindi.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Bivugwa kandi ko uyu muryango urimo abantu bakomoka mu miryango ikomeye, ifite ubutunzi n\u2019imbaraga za politiki, imiryango mpuzamahanga n\u2019abandi bakomeye bavuga rikijyana ku isi.<\/p>\n<figure class=\"wp-caption alignnone\" style=\"text-align: justify;\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"td-animation-stack-type0-1\" src=\"http:\/\/ibyishimo.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/36591539255_bc4bcec4a8_o.jpg\" alt=\"\" width=\"1000\" height=\"1326\" \/><figcaption class=\"wp-caption-text\">Ap\u00f4tre Dr Paul Gitwaza uyobora itorero rya Zion Temple<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ap\u00f4tre Dr Paul Gitwaza yasobanuye ibyo avugwaho ko akorana na illuminati anavuga iby\u2019inzu y\u2019igitangaza bivugwa ko afite muri Amerika.Dr.Akaba n&#8217;intumwa ikomeye kuki akoresha iki kimenyetso cya Satani cyo gushimira shebuja wamuhaye ubutunzi akamuha no kumenyekana.<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":6878,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[13,4],"tags":[],"class_list":["post-24456","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwandan","category-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/24456","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=24456"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/24456\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24458,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/24456\/revisions\/24458"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/6878"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=24456"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=24456"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=24456"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}