{"id":8161,"date":"2015-11-12T13:07:14","date_gmt":"2015-11-12T13:07:14","guid":{"rendered":"https:\/\/inyangenewss.com\/?p=8161"},"modified":"2015-11-12T13:08:19","modified_gmt":"2015-11-12T13:08:19","slug":"umwakagara-atinya-abanyarwanda-bo-mu-bwoko-bwabatutsi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/inyangenewss.com\/?p=8161","title":{"rendered":"Umwakagara atinya abanyarwanda bo mu bwoko bw&#8217;abatutsi!?"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\">Ubusanzwe abanyarwanda bo mu bwoko bw\u2019Abatutsi,bazwiho ubuhanga n\u2019ubwenge bukomeye cyane iyo batabuvanzemo nubusambo cyangwa ubugome,kandi bisanzwe bizwi yuko muri bo hakomokamo intwari zagiye zikora ibikorwa bikomeye byo guharanira imibereho yabanyarwanda ariko buri gihe bahura na za kidobya y\u2019inkozi zibibi zihora zirebaho zishakira indamu yazo bityo bigateza ubwicanyi buhoraho bumaze imyaka 56 na nubu bugikomeza.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Amakuru aturuka mu gihugu cya Kenya umurwa mukuru wa Nairobi,agera ku kinyamakuru inyangeNews hashize umwaka urenga ikinyamakuru inyangeNews gikora itohoza ku imvo zaba zaratumye leta ya Kenya itinyuka gufata impunzi z\u2019abanyarwanda bo mu bwoko bw\u2019abatutsi bari batuye mu murwa mukuru wa Nairobi kandi bitunze badatunzwe na leta cyangwa umuryango wabibumbye HCR ukorera munsi ya UN.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ariko leta ya Kenya ifatanije n\u2019Umwakagara bivugwa yuko yatanze agatubutse kugirango hakorwe &#8220;OPERATION YITIRIWE ABANYARWANDA usibye ko bafashe impunzi zose muri rusange ariko icyari kigenderewe kwari ugufata abanyarwanda bo mu bwoko bw\u2019abatutsi bari batuye mu gace ka KASARANI.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Amakuru akomeza avuga yuko ngo.umwakagara yasabye leta ya Kenya gufata abanyarwanda b\u2019impunzi hamwe nabaCongoman bitewe nuko abanyarwanda benshi bahuze uRwagasabo biyise ko arabaCongoman kuko umuryango wabibumbye leta y\u2019umwakagara yari yarasabye yuko wakuraho ubuhunzi bw\u2019abanyarwanda ngo kuko mu Rwanda aramahoro.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ndetse umwakagara yasabye umuryango wabibumbye yuko inkunga uRwanda batagaga igenewe impunzi yahabwa impunzi z\u2019abasomali aho kugirango ihebwe abanyarwanda \u201cBamwanga ababo\u201dyewe abantu baragwira!Uhereye muri 2011 uRwanda rusaba ko hafatwa icyemezo cyo gukuraho ubuhunzi wagirango ubuhunzi nibwo butuma FPR idakora neza ariko icyo cyemezo gisa nicyananiranye kugez\u2019ubu usibye ko amakuru yavuba wa muhutu-kazi wahoze Congo Brazaville aherutse kubwira leta y\u2019Umwakagara yuko bumvikanye\u00a0 na HCR mu nama yabereye I Geneve yuko icyo cyemezo kizashyirwa mubikorwa mu Kuboza 2017<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ministiri Saraphine ushiunzwe gukangurira abahutu,n\u2019abahutu-kazi ko,batahuka bagasubira mu rwababyaye bakareka guhora biruka wagirango we mbere yuko abasiga muhungiro ntiyirukanaga nabo,ni muri urwo rwego impunzi zabanyarwanda zikomeje guhohoterwa bikabije hitwaje yuko umwakagara afite agatubutse mu mufuka avuga rikajyana.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Uko niko impunzi za Kenya ziganjemo Abacongoman bavuga ururimi rw\u2019ikinyarwanda leta y\u2019uRwanda ikeka yuko bashobora kwifatanya n\u2019izindi mpunzi nyarwanda ziri kw\u2019isi hose kugirango bahindure amateka ya leta FPR-Umwakagara,muruko kugambanira izo mpunzi harimo imibare itandukanye aho bakekaga yuko bamwe mubatavuga rumwe na leta y\u2019umwakagara bazafatwa bagakurwa mu murwa mukuru wa Nairobi aho bishakishirizaga ubuzima bwa buri munsi.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Indi mibare yaririmo nuko abo bose bafashwe na leta ya Kenya,bizeraga yuko bazafatamo abasirikare bahoze muri APR_RDF ku buryo nyuma yo kubageza mu nkambi bagombaga kongera gukora indi Operation Miltary yo guhumba humba izo ntwaramuheto kugirango zitazajya gutiza umulindi RNC bityo bakagira amaboko bagahirika leta y\u2019umwakagara ariko ibyo byose nubwo babikoze byahindutse imfabusa kuko babashije gufata abaturage ariko abakoze igisirikare abo bafashe bari bacye cyane,kuko ntakuntu waba urumusirikare ngo\u00a0 urare mu nzu kandi uzi yuko hari operation irimo gukorwa cyangwa igiye gukorwa!<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Undi mubare warurimo bari bafite ikizere yuko bazafatamo umuhanuzi Majeshi Leon,nyamara ntibyari gushoboka kuko mbere yuko biba yabanje kubihanura avuga yuko abanyarwanda bigize inkozi zibibi bagambanira bene wabo bahuje umuruho w\u2019ubuhunzi ko akabo kazashoboka ko igihe kigiye kuza aho bazakurwa mu murwa mukuru wa Nairobi maze ubwo bugizi bwa nabi bwose bihaye gukorera bene wabo bigashyirwaho ishyerezo.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nyamara se ko batavanguye kuko nabitwaga ko bakorera umwakagara bose barafashwe bajyanwa mu bandi bajya gukomeza umurimo w\u2019ubutasi nabo bakurwa mu murwa mukuru wa Nairobi none ubu nibura umuntu agenda yemye kuko za magigiri ziri muri uwo murwa hafi ya zose ni bashya usanga batangiye kwiga umujyi kandi izo mpunzi nizo zatezaga akaga kuko zerekanaga buri muntu zizi aho atuye bityo ugasanga za magigiri zikomeza kugendaho zigashirwa zikwishe.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Sinzi nimba har\u2019isomo bakuyemo kuko ukorera satani bikarangira aguhembye urupfu,kandi kugira nabi ntabwo bizahoraho ahubwo bizashyirwa ishyerezo n\u2019Uwiteka Imana yabakiranutsi,nuko rero mumenye ubwenge kugirango mwihane ikindi gihe mutazongera guhemuka bene ako kageni maze mushake mu maso h\u2019Uwiteka Imana murebe yuko yabagirira ibambe.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubusanzwe abanyarwanda bo mu bwoko bw\u2019Abatutsi,bazwiho ubuhanga n\u2019ubwenge bukomeye cyane iyo batabuvanzemo nubusambo cyangwa ubugome,kandi bisanzwe bizwi yuko muri bo hakomokamo intwari zagiye zikora ibikorwa bikomeye byo guharanira imibereho yabanyarwanda ariko buri gihe bahura na za kidobya y\u2019inkozi zibibi zihora zirebaho zishakira indamu yazo bityo bigateza ubwicanyi buhoraho bumaze imyaka 56 na nubu bugikomeza.<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":8163,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[13,4],"tags":[],"class_list":["post-8161","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwandan","category-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8161","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8161"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8161\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":8165,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8161\/revisions\/8165"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/8163"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8161"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8161"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/inyangenewss.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8161"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}