RNC bakora inama nyuma yo kumenya ko ibwami nabo bakoze iyarukokoma!

Sept 29, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona abega bakurwa ku ngoma,bajyanwa mu butayu berekeza kuri rya shuli ryubatse kumusozi uzigishirizwaho ubwoko bwa batutsi.Mu gihe bageze mu kibaya cy’ubutayu bugufiya mbona bahuriranye nabavaga kuri uwo musozi bari bawumazeho igihe kinini mbona baruwumanutse bayobowe n’Umuhanuzi basubiye muri gakondo yabo naho abega nabo babasimbuye mu butayu aho bagenzi babo bari babumazemo ibihe byinshi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

jyanwa mu iyerekwa ubwo narimvuye gutangaza ubuhanuzi,maze nerekwa mbondi mu gikombe kiri munsi ya gakondo ya bakiranutsi nerekwako RNC imaze gusoma ubuhanuzi buvuga ko ibwami bakoze inama yo kugaruza gakondo ya bakiranutsi.Nabo ako kanya bahise bakora kumiriro(telephone)zirahamagarana maze mbona bongeye gutegura inama rukokoma yo kugurisha gakondo ya bakiranutsi.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gakondo yawe igurishijwe ni nkozi za bagore (Abarozi Kazi) ba RNC bagiye kugurisha gakondo ya bakiranutsi kubufatanye bwe nubwami bwa Ababiligi kugirango bakomeze inzira zikinyoma nigitugu bahoze bategekesha abaturage b’Imana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha uraje ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uhoraho Uwiteka Imana yawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Umubikira wa assumption (None Sister) acirwaho iteka:

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,doe Anti wawe Batumanyeho Agnes Emmanuel akaba umubikira wo mu muryango waba “Assomption”ushingiye kuri kiliziya gatorika, aciriweho iteka kuko yarwanije itegeko ry’Uhoraho Nyiringabo,kandi yishe amategeko y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.Maze ahabwa numero yurubanza (File number) N°0048/0009/0017 uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse kandi niko abivuga.

Abagore bihindura uruhu rw’umubiri bacirwaho iteka:

Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore bihindura uruhu (SKIN TRIM) bagahinduka inzobe(uko bataremwe)bagasa na bazungu.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,cira urubanza abo bagore barwanije itegeko ry’Uwiteka Nyiringabo uko yaremye imibiri yabo,ariko bo bakaba barayihinduye bakigira uko badasa kugirango bavuguruze Uwiteka Imana yawe bayereke yuko yabaremye uko bitari bikwiriye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Urubyiruko nyarwanda mu butayu bugufiya:

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega batoragura insore nsore baziha imyambaro isa yo mu bwoko bwa Jennies (combat clothes) bamaze kuyibaha babohereza mu butayu bugufiya ngo bajye kwigaragaza ko bahawe imyambaro mishya maze bagezeyo bahurirayo ni nsore nsore za RNC rubura gica.

ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,vuba cyane bidatinze ingabo za Abega RDF/KDF ziraba zihanganye n’IMVEJURU kandi aho bagiye guhanganira nta cyatsi kizahasigara.

Umuhanuzi ku mpera z’ubutayu bugufiya:

Sept 30, 2017 njyanwa mu iyerekwa mu kibaya cyo kwerekwemo,cy’ubutayu bugufiya mbona habaye umwuzure waturutse muri ya Nyanja yo mu burasira zuba bwa Africa.Nanjye ndamanuka naringiye kureba kuri wamusozi wubatseho ishuli ryo kwigisha abatutsi,nsanga mu nzira igana kuri uwo musozi nta nzira ijya ihari kuko hamaze kuba umwuzure.

Nsanga abahisi na bagenzi barimo gufata amafi(Fishes)ariko nta bwo harimo amafi (Fishes)menshi nuko nanjye ntangira gufata ngira umugisha mfatamo (Trapia) ebyeri,nigice cy’inkube batemye igacikamo kabiri.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha urimo gutunganywa kugirango wiherezwe ugusange mu butayu aho uherereye mu gihugu cy’ibabylon kandi ubutayu burarangiye burundu kuko Uhoraho Nyiringabo abushyizeho iherezo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Kiliziya gatolika ikora ubucuruzi bwa bantu bayo (member of Catholic Church)

Nerekwa kiliziya gatolika ikora ubucuruzi bwo kugurisha abantu bayo bajya mu matsinda yamasengesho bo bayita imiryango remezo cyangwa ‘JUMUIA’ariko izina ryo mu iyerekwa bavugaga yuko babyita “KANONI”.Abantu bajyaga gusenga maze abashinzwe gushimuta abantu bajya kugurisha bakabashimuta bakaburirwa irengero uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abantu banjye ubabwire uti,ibintu birakomeye cyane mu isi ya bazima,buri muntu akwiye kwirindira umutekano hamwe na bantu be kuko ubu inkozi z’ikibi zimaze kuba nyinshi niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Uhuru Kenyatta acirwaho iteka:

Njyanwa mu iyerekwa mbona umukuru w’igihugu cy’ibabylon Uhuru Kenyatta,abantu be bose bahuriye mu ishyaka rya Jubilee Alliance Part JAP bagenda bamuvaho gahoro gahoro bamushiraho.Amaze kubona ko bagenda bamushiraho atangira kubahiga ngo abace ibihanga kuko bavuye mu ishyaka rye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abanyarwanda bacibwa intege nubutegetsi bwa Abega:

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko abanyarwanda bamaze gucika intege cyane kubera ubwami bwa Abega bwababereye amenyo yaruguru,mbona abantu benshi bamaze kwiheba kuko bamaze kubona urupfu rubasatiriye kandi ko bagiye kongera guhunga intambara zitewe nubutegetsi bwa Abega bwajujubije abantu bubatwaza igitugu bakaba babona amahoro abari kure nk’ukwezi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Umugambi wo guhumanya abacika cumu:

Nerekwa abacika cumu basigaye bose Gen.Jack Nziza abaha utuzi twa Col.Munyuza bose bahinduka ibigoryi biciraho inkonda.Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara afatanije na Nziza bagiye guhumanya abacika cumu bose basigaye babaye ibisigarizwa,none burira abacika cumu bahungire kure Jack Nziza bitaba ibyo,arabahindura ibihumane batazigira icyo bashobora kwimarira mu buzima bwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo ababuriye kandi ni uko abivuga.

Umuzimu w’umugore wiciwe muri gakondo ya bakiranutsi,yitura inzika ingoma ya Abega:

Njyanwa mu iyerekwa nongera kwerekwa wa mugore w’umusazi wahambwe muri gakondo ya bakiranutsi,umuzimu we wongera guhaguruka.Mbona uwo mugore yishwe ariko akaba atarigeze ashyingurwa,ahubwo yashyizwe ahantu aribwa ni ntozi ariko umubiri we ntiwigeze ushiraho kandi nubwo yishwe umwuka we wakomeje kuvuga kandi umubiri warapfuye maze akomeza gutaka cyane avuza induru.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ya nzika ya wa mugore irazikutse kandi nta bwo ubwami bwa Abega bushobora gutsirika uwo muzimu ahubwo ugiye kubakuraho ku ngoma kuko uwo mugore yarenganijwe akicwa urwagashinyaguro uko niko leta ya gatsiko ka FPR na bambari bayo bizabagendekera bagiye kwiturwa inabi yose uwo mugore yagiriwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

FPR na RNC bacirwaho iteka:

Nerekwa abanyarwanda bose batuye muri gakondo ya bakiranutsi bahinduka abacika cumu,mbonako habaye intambara ikomeye cyane,hapfa abantu benshi cyane maze haboneka abacika cumu benshi ku buryo nta munyarwanda wasigaye atitwa umucuka cumu.

Mbona FPR na RNC zisenyuka zikurwaho burundu kubera iyo mitwe ya politike yagize amateka mabi cyane kandi ikaba yaragize uruhare mukwica abanyarwanda bagahinduka inkokore kandi bari bafite imiryango uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo bicanyi ubahe numero yurubanza (File Number) N°0049/0009/0017 rw’uko batsinzwe nurubanza rw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kubera gukiranirwa kwabo no kumena amaraso atariho urubanza niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi,mbona umurima winzabibu zareze ariko zibura uwazisoroma.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira Umuhanuzi Mukuru wibyasezeranijwe ajye gusarura ziriya nzabibu narangiza kuzisarura azengemo umutobe narangiza kwenga umutobe atunganyemo divayi kugirango abashyitsi bicyubahiri bagiye kuza muri gakondo ya bakranutsi batazabura divayi yo kunywa bakicwa ni nyota kandi bidakwiriye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa idini ryitwa “JESHI LA OKOVU”Salvation Army”ryaturutse muri Kenya rizanwa muri gakondo ya bakiranutsi,rihagararirwa ningabo zavuye kurugerero ryatangiriye I Nombe mukagari.Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abanyagakondorero ndetse nabajya guteranira muri iryo dini riyoborwa numugabo wahoze ar’ingabo ya APR/RDF,upfuye ijisho ubabwire ko uko apfuye ijisho mu buryo bw’umubiri,ari nako apfuye amaso yumwuka kandi ko iryo idini rizarimbukana nabarisengeramo bose umunyabwenge akuremo ake karenge kugirango ashobore gukiza ubugingo bwe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

Translate »
Skip to toolbar