Abakuru b’ingabo ziharanira ubwami bw’uRwanda batangiye imyitozo!!!

June 20, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo unturutse inyuma ashaka kunsunika muruzi kugirango ngwemo.Ubwo amaze kunsunika ndasimbuka ngwa hirya yurwo ruzi njya hirya yarwo.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho yohereje umugisha kuko umwanzi yari yamaze ku kugabaho ibitero none Uwiteka Imana abikuyeho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona abakozi bumuryango wabibumbye HCR basigaye baka intonorano kumugaragaro kugirango batware impunzi mu bihugu byamahanga.Nerekwa abanyarwanda bo mu bwoko bwa abatutsi bitwa abanyamurenge aribo bashishikajwe cyane no gutanga intonorano kugirango batwarwe mu mahanga ya za America(Third country)kugirango babone ubuzima bwiza.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hanze hazaba imbwa na barozi na bakunda kubeshya bakabikora.Abanyamurenge bataye kwizera no kwiringira Uwiteka Imana yabasekuruza ahubwo basigaye barayobotse ubuzima bw’ikinyoma ku buryo na bwitwa abashumba (Abafarisayo)nabo kubeshya basigaye barabigize umwuga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo bose batunzwe no kubeshya ubacireho iteka nkuko byategetswe n’ubuhanuzi bahabwa Nº0165/0006/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

June 21, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona abega,na abegakazi bongera gutangira gahunda y’ubugambanyi bwo guca igihanga Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha ukomeje gushyira hanze ijambo ry’ubuhanuzi rivuga kurimbuka ry’ubutegetsi bwa abega muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ko abegakazi bohereje imyuka mibi k’Umuhanuzi kugirango bamuteze ibyago,akaga na makuba.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore iyo myuka iraje kandi Uwiteka yamaze kuyiciraho iteka ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura maze uvuge uti,yemwe mu abega mwe!Mwarwanije ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo(ubuhanuzi)nyamara nta bwo ubuhanuzi mwabushobora kuburwanya,kandi n’Umuhanuzi nawe ntabwo mwamushobora kuko mwamuhawe kubabera umucamanza utabera kugirango abacire imanza mu gihe gisa niki uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umukuru wabacwezi na balangi b’abakagara arapfuye kandi ubwo apfuye nta bwo bafite undi uzamusimbura kuko baterejwe gukorera imandwa none dore hasigaye abana mu byo guterekerera abalangi na bacwezi kuko uwarufite urufatiro apfuye azize kohera imyuka mibi Umuhanuzi Ainesha kandi badahuje umurimo ndetse batari no kurwego rumwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abegakazi bakubura bajyana imyanda cyangwa umukungugu murutoki(bohereza gukiranirwa mu mulimo wa data)maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abegakazi bagerageza kohereza umwuka wo gukiranirwa hamwe numwuka w’ubukene kugirango bangize umulimo ukora.

Ariko noneho ngiye kubagira igikoresho cyiza bagukorera mucyimbo cyo guhabwa umuvumo,ahubwo baguheshe umugisha,mucyimbo cyo gukiranirwa,ahubwo ukiranuke uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abegakazi na abega bagiye gusigara ari imfubyi,nta bwo bazashobora gukomeza umulimo wo gukiranirwa kuko batabigishije neza uko bikorwa,kuko Uwiteka agiye kwica abazi bose umwuga wo kuroga no guterekera uwo mwuga bawutangiye mu w’1917 nibwo inzu ya abega yiyeguriye Satani na badayimoni bahinduka umuryango umwe none baciriweho iteka nuwo biringiye ariwe Satani uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Babwire uti,yemwe mwa abega mwe,mutege amatwi mwumve uko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.Dore ngiye kurandura urufatiro rwanyu mwari mwishingikirijeho.Kugirango musigare ari nta rufatiro mufite,maze imilimo mwakoraga nubugizi bwa nabi yose iciriweho iteka kuko igihe cyanyu gihumuje uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Mugiye kuba uramenyo,kandi mugiye kuba igitangariro mwisi yabazima,muzajya mutiny kujya ahabona,kugorango mudakorwa nisoni,ibihe byanyu byose bizaba ibihe byumwijima kuzageza igihe muzarimbukira kuko mwiringiye ibigirwamana mugakora ibinyuranye nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abashambo bakoze uburiganya bwinshi cyane mwizi yabazima,kandi ntabwo wabugereranya nubundi buriganya bwakozwe na abandi bantu mwisi ya bazima none nabo ubacireho iteka kugirango gahunda yabo yo gukomeza kuriganya irangire mwisi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dore numero yurubanza rwabo Nº0166/0006/0018 yuko mutsinzwe nurubanza mpanabyaha bakoreye mwisi ya bazima barwanya ijambo ry’Uhoraho bakanabishyira mubikorwa nkuko babyifuzaga kugirango basohoze gukiranirwa kwabo maze umwanzi arusheho kubishimira uko niko Uwiteka Nyiringabo abavuga.

Babwire ngo muzajya murya ntimuhage,muzajya mwishyuzwa kurusha uko mwishyuza,muzajya mugurizwa kurusha uko muguriza,muzanywa ntimushire inyota,muzarya ntimuzahaga,muzaryama ntimuzarinzira,muzambara ntimuzaberwa,muzarira mubure amarira,mubabare mubure ubahumuriza kuko mwiyeguriye imana zitavuga kandi zidahumeka ndetse zidafite amazuru yo guhumurirwa,cyangwa amaso yo kureba,ndetse na matwi yo kumva ibivugirwa mwisi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka  Nyiringabo abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndikumwe na NYAMPINGA twalimo tuganira,maze haza inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa abega baduteza imyuka mibi kugirango dutandikane maze umugambi w’Uwiteka ntusohoze mu mahoro no mu byishimo.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uyumunsi urahura ni nkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa abega zohereje imyuka mibi yo ku kuvangira kugirango utazasohoza mu isezerano kuko bararibona yuko riri hafi kandi rigiye gusohoza umulimo waryo.

Nuko rero ugende ujye mu murwa mukuru w’ISHUSHAN wigurire igitangaza makuru cya mashusho kugirango kikubere ikimeenyetso kibihanurwa kuko Umwakagara iminsi yarangiye maze uzabone uko uzajya ubirebera kure uko ubwami bwa abega burimo gusenyuka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona buryoki abega bohereza imyuka mibi kubanyeshuli bahawe (bursar) kwiga mumahanga,maze abatari abega bakaboheraho imyuka mibi kugirango batazigera bagira igitekerezo cyo kuzaguma mu mahanga maze bamara kwiga bagasubira muri gakondo bakabima akazi ngo kuko aribo banyabwenge bashobora kzuabarwanya ngo kuko bavuye kwiga hanze maze ubwenge nubumenyi bize hanze bakuye imahanga bukabapfira ubusa.

Maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura maze uvuge uti,yemwe banyeshuli mwagize umugisha wo kujya kwiga imahanga,ntumugasubira muri gakondo ya bakiranutsi mutegerereze hanze kuzageza igihe cyategetswe kuko imvura yamanutse kandi iraguye itabanyagira.Kandi buri munyeshuli uri hanze akwiye gukora amasengesho y’iminsi [3] kwiyiriza no gusenga Imana amasaha [72] kugirango iyo myuka babohereye ibashe kuvaho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivutegetse!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Christoph mwasenganaga muri Vivante akaba yaranakoraga muri Bank of Africa development (BAD) burya yaragukundaga kandi yemeraga ijambo ry’ubuhanuzi bwose wahanuriye imbere yurusengero rwa  Vivante.Ikindi yabanye nawe mu bukwe bwawe ntuzamwibagirwe kuko atakubereye inshuti mbi ahubwo yaragukundaga kurusha abandi bose baturutse mu gihugu cy’ISAMARIYA(Burundi)uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hariho mwene so wabaye utumvira kandi wahahuyeko azakurwa mu mubiri,none igihe cye kiraje kandi kirasohoye nuko rero muburire yiyeze kuko acyuye igihe akaba agiye gukurwa mu mubiri uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndimo koga muruzi rutari rule rule,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibibazo biraje kandi birakugeraho ariko nguhaye ububasha bwo kubitegeka kugirango ubyerekeze mu butayu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

June 22, 2018 Njyanwa mu iyerekwa mbona umunyapolitike wo mu gihugu cy’ibabylon wahoze ari icyegera cy’umukuru w’igihugu witwa William Samuie Ruto yuko agiye kujyanwa mu butayu bugufiya kugirango yigishwe yuko kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bidasaba kuba umutunzi ahubwo bisaba kumwiringira uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona itsinda rya bantu bacye cyane bajyanywe kwigishwa kuba abayobozi bakuru bingabo.Mbona batangira amahugurwa maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umutwe ushyigikiye itahuka ry’ubwami bw’uRwanda watangiye kwitoza kandi babanje gutoza abakuru bingabo bazayobora bagenzi babo kuko igihe gisa nigihumuje uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari impande [4] z’ingabo zirwanya ubwami bwa abega.Kandi izo mpande zose niko zatangiye imyitozo yo kumashana n’umwana w’umwega wigize indakoreka.Dore uyu numunsi wa [4] batangiye imyitozo kandi barayimaramo igihe gitoya cyane bamanukire icyarimwe kujya gusenya ubwami bwa abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ingabo ziharanira ubwami bw’uRwanda zifite amategeko akomeye cyane azigenga utazayubariza azahasiga ubuzima kuko bayashyizeho kugirango nuzahirahira kuba intasi ya abega azacibwe igihanga nta kuzuyaza bityo ingabo zitinye zibone yuko igikorwa bagiyemo ari igikorwa gifitiye abanyarwanda bose umumaro kandi buri wese akwiye kubyitondera kzuageza ku iherezo niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azabana niryo tsinda ry’ingabo ridafite ingabo nyinshi cyane kubera yuko Uhoraho ashaka kuziheshereza icyubahiro mugusenya ubwami bwa abega kugirango batazavuga ngo babishobojwe nuko bari benshi uko niko Uwiteka Imana yo mu ijuru yaremye isi nijuru abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko abega bakoze inama yubugambanyi yo kongera guhiga Umuhanuzi Ainesha nyuma yuko igikorwa cya Uwera Basilisa kiburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega barateramnye kandi s’Uwiteka ubateranije ahubwo bahujwe no guhuza inama z’ubugambanyi zo kugicisha igihanga ariko barashinga umuhunda ku kirenge niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntutinye kuko ubwo bugambanyi butazabura kubagaruka bukabagiraho ingaruka zikomeye nubwo bibwira yuko amaso naguhaye atabareba bakagerageza kurengagiza ibihanurwa ariko igihe kirahe kandi kiraasohoye ubwo bagiye kubyiganira mu mwinjiro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar