Igice cy’i (129) cy’ubuhanuzi

April 8,2020  Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,magigiri Gashemeza Theogene yagusabye phone number yawe ngo yohereze umugisha, naho yashakaga guhita ayiha aba police kugirango bakore tracking,niyompamvu wabonye ibitero bya tracking byiyongereye muri phone yawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.Ahabwa Nº 1925/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibyana (2) by’ingona byapfuye,ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,abo ubonye ni abadayimoni bari bakoherejweho,bahura na Malaika abaciraho iteka,uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Igice cy’i (128) cy’ubuhanuzi

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,zamuka ujye mu murwa mukuru ujye kureba umurwa uko wabaye kubera COVID19,nk’uko ijambo ry’Uhoraho ryabivuze niko byabaye.Ndazamuka njya njya mu murwa nsanga wabaye umwirare n’umusaka gusa.Hari inyoni zonyine abantu barahunze umurwa w’ISHUSHAN cyakora abanze kwicwa n’inzara bahisemo gusubira mu murwa ariko nta cyo baronkagayo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ubu abanyababylon barifuza gupfa kuruta kubaho, kuko inzara ibageze ahaga!None bose bagiye kugaruka ngo aho kwicwa n’inzara bazicwe na covid19 uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

And death shall be chosen rather than life by all the residue of them that remain of this evil family, which remain in all the places whither I have driven them, saith the Lord of hosts.

Nuko ndahagarara nitegereza ukuntu isi yose ilimo kubyinishwa muzunga n’icyorezo cyakozwe na CHINA,maze menya ko burya iyo Uhoraho akubwira ijambo,aba azi inkomoko yayo,gusa naho biba bigoye kubyinjiza mu bwonko bw’umwana w’umuntu,byibuze wabyizeza umutima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 9,2020 ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,dore ikigeragezo kiraje kandi niwowe kiziye, ariko nta bwo kiribukugereho ube maso cyane uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga. Bahabwa Nº 1926/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Dore umugisha uraje kandi uraturuka aho udasanzwe umenyereye kugirango utunganye ibidatunganye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore kandi za magigiri ziraje zije guhiga ubugingo bwawe ube maso cyane kandi wirinde kujya kumulimo wa data wo mu ijuru kuko igihe kirahari uzaba uwukora uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga. Bahabwa Nº 1927/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho cyane maze rirambwira riti,za magigiri zisigaje igihe gitoya kuko zigiye gufatwa zose zigafungwa abazarokoka bakazasubira iwabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,dore za magigiri za rnc zagarutse zari zimaze igihe zarihaye akaruhuko none zubuye umutwe ube maso cyane niko Uwiteka abivuga.Ndabwirwa ngo kandi bagarukanye umwuka wurukozasoni niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Dore nabashambo nabo bagarutse bamaze kugera mu nzira nyabagendwa barahiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.Bahabwa Nº 1928/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho cyane rirambwira riti,RUGOMWA umucireho iteka. ahabwa Nº 1929/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rinharukaho cyane rirambwira riti,rnc bashatse pistol yo mu bwoko bwa Silence bazakoresha ku kurasa igihe waba uri mu bantu benshi kandi ku karubanda bityo ntibizamenyekana uwakurashe uwari we. Bahabwa Nº 1930/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Uhuru Muigai Kenyatta ahabwa Nº 1931/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Ntuyehe Francois ahabwa Nº 1932/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,dore rnc bateguye ibirego byihimbano bazagushinja baramutse bagufashe mu gihe ku kurasa byakwanga none bacireho iteka. Bahabwa Nº 1933/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,rnc babuze uko barekura «BEN RUTABANA» batari babanza ku kwirenza,ngo kuko wari warabihanuye mu gice cy’ubuhanuzi cy’i (111) ko ‹BEN› azajyanwa mu butayu ako azamara igihe kinini bamubitse kubera ishyari n’urwango bari bamufitiye niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona rnc bategura Urwandiko  rulimo byo kurega Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha,ibinyoma aho bifuzaga ko yafungwa kugirango adakoemza gushyira ukuli k’Uwiteka Imana nyiringabo avuga kubwoko bwe,ibyo nabyo bicirwaho iteka. Bahabwa Nº 1934/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

April 10,2020 Njyanwa mu isi y’umwuka ‹spiritual realm numva abantu bajya impaka bavuga ngo Umuhanuzi azamara imyaka ‹400 yrs kw’isi, abandi bakavuga ‹750› bananirwa kumvikana, ariko bigaragara ko, abavugaga ‹750 bari mukuli niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,dore uhawe ubwene gihugu bwa kabili nk’uko umwuka w’ubuhanuzi wabivuze uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,ube maso cyane kuko umwanzi afite imigambi mibisha ariko kandi ntukuke umutima kuko Uwiteka arikumwe nawe niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ucireho iteka umunyapolitike witwa «TOMMY TAMBWE» ahabwa Nº 1935/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,wibuke ko uyumunsi ari kuwagatanu (black Friday) ntugire aho ujya cyangwa ngo ujye kumulimo ruhuka niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijmbo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,ucireho iteka Jane Wanjiku ahabwa Nº 1936/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo abasinga bari kuruhande rw’Umwakagara bazaza bakuzaniye intonorano, kandi bazashaka ko muzasangira kuko zizaba zimeze nk’amaturo bahawe n’abega ngo bajye gutura Umuhanuzi uzaba Umwami wa gakondo yabakiranutsi,uzabe maso cyane uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kumbwira imigambi y’abega,riti dore amasega yigize intama araje, kandi aturutse muri gakondo ya bakiranutsi (abega) bafashe abanyaKenya bakorera muri gakondo yabakiranutsi,maze babaha ikiraka cyo kuza ku kureba bazanye amaturo bagusingiza ko urigitangaza cyane, ariko umugambi ar’ukugucisha igihanga. Bahabwa Nº 1937/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

RNC babonye ko inama zabo zatahuwe,bigira inama yo gushaka ibiyobya bwenge kugirango bazakoreshe uburyo bwose bayihe Umuhanuzi maze atakaze ubwenge, bazabone uko bamushinja ko yacuruzaga ibiyobya bwenge (drugs) maze bamushyire mu nzu y’imbohe babone uko bamukuraho id’s “ubwenegihugu” uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.Iyo migambi Bahabwa Nº 1938/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurrua mu butayu,ucireho iteka,Pastor JORAM Kariuki ahabwa Nº 1939/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,ucireho iteka,Pastor mugenzi we ahabwa Nº 1940/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,ucireho iteka magigiri witwa “NYAGASAZA Innocent FRUIT” ahabwa Nº 1941/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,ucireho iteka,Abasinga Bahabwa Nº 1942/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,ucireho iteka “ADEPR CHURCH” Bahabwa Nº 1943/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu ucireho iteka,ADEPR Pastors Bahabwa Nº 1944/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ucireho iteka “Marry Double”umugore pastor Ndoli utuye iGisenyi ahabwa Nº 1945/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu ucireho iteka “Pastor Ndoli” ahabwa Nº 1946/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu ucireho umwuka w’urukoza soni”Shame spirit” uhabwa Nº 1947/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,byuka ufate urugendo za nkozi z’ibibi zamaze kuva mu nzira,ariko ube maso cyane be wise and keen niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

April 11,2020 njyanwa mu iyerekwa mbona umugore ubyaye impanga abana babili “spiritual twins ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu nguhaye umwuka w’ubuhanuzi wikubye inshuro ebyeri uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,abasore bagiye guhura n’ikibazo gikomeye cyane aho mu minsi irimbere batazabasha kubona umugeni kuko abakobwa bagiye kwangirika kuburyo budasanzwe kuzabona uwo kurongora wakubera umugore bizaba ikibazo gikomeye cyane uko niko Uwiteka abivuga.

Dore abazimu n’abadayimoni bamaze gufata umurongo wo kwinjira mu bakobwa batari bashaka abagabo,maze bababuze gushaka kugirango bazabyarire iwabo,  ubundi bagashaka ubutunzi bw’isi. Iyo niyompamvu nyamukuru izatuma abasore batari bashaka batazabona abagore bazababera abafasha niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo z’abega zirasana ziryamye,kandi ubwo zarasanaga zari kumusozi wubakiwe ubwoko bw’abatutsi kwigishwa kubaha Uwiteka Imana Nyiringabo.Ndabwirwa ngo,kurwana bazarwana,ariko ntabwo intambara bazayinesha nkuko bamenyereye kuko bazaba barwana nibihugu by’ibihangage bifite ububasha nubushobozi buruta ubw’ingoma y’abega uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,uburire abo muri gakondo uti,hamwe ni uko mugiye guhura n’ibikomeye mube maso cyane kuko har’idini rya Satani ryamaze kugera mu gihugu rigiye gutanga amashillingi menshi ku bantu bazemera kurigana,kandi iryo idini rizajya rikorana n’abega uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu ucireho iteka “Abashingwe” bahabwa Nº 1948/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,ucireho iteka”Abashambo” bahabwa Nº 1949/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Idini rigiye kwaduka rizajya rigura abantu rihabwa Nº 1950/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Abega n’ubugambanyi bwabo bahabwa Nº 1951/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Nzika ya nzigo bahabwa Nº 1952/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,abega bicaye mu nama bibaza inzira bakoresha ngo bagute muri yombi,dore inzira zose bakoresheje zarabananiye,none byabayobeye babuze epfo na ruguru uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ibitekerezo byose batanze mu nama nta cyo byatanze kuko basanze byarakoreshejwe,habuze ibindi bishya kuko bidashoboka ko,bahangana n’umwuka w’Imana (ubuhanuzi) ariko abega barasuzugura! Bagatinyuka bagasuzugura n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo?Uko niko Uwiteka avuga!!!

Ikimenyetso watanze kuri radio www.egretnews.com cy’uko Umwakagara azatangira Umuhanda wa GARI ya MOSHI ariko nta wuranginze,cyabateye ubwoba bwinshi cyane ndetse cyabaciye n’intege kuko bazi neza yuko byaturutse mukanwa k’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha Uwiteka yashyizeho gucira imanza abari mw’isi uko niko abivuga.

Umwanzuro bagerageza gufata uwumenya mbere yuko bawushyira mu bikorwa,ibyo nabyo bikabaca intege cyane ariko Umwakagara kuko aremwe mu buryo bw’abadayimoni,akanga akabahata ngo ntibagomba kwizera ibyo wandika ahubwo bagomba kwiyizera mu byo bakora niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ariko birumvikana kuko wowe n’Umwakagara mwaraziranye mu mwuka kuko akoresha imyuka mibi ya satani,nawe ugakoresha umwuka w’Imana.Mwembi rero muraziranye neza cyane uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.Bahabwa Nº 1953/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,abantu barya bagenzi babo nabo bacirwaho iteka bahabwa Nº 1954/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Emmanuel Prayer center ihabwa Nº 1955/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,KIBIKO PRAYER CENTER ihabwa Nº 1956/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

April 12,2020 Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Chinese covid19 bahabwa Nº 1957/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,ubu maso cyane kuko ubugambanyi buraje kandi bukomeye cyane ariko ntabwo bushobora ku kugeraho.Buhabwa Nº 1958/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,igihugu cya CHINA kigiye kuza kwiba ubutunzi bw’Africa,none ugicireho iteka,Bahabwa Nº 1959/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,covid19,nta cyo izahindura kumyumvire y’abanyamadini,ahubwo bazarushaho kuba babi cyane bazavuga ko ngo basenze Imana igakoresha abantu hakaboneka umuti,ngo kuko ubwenge bakoresha ariyo yabubahaye.Ariko ibyanditswe bigaragaza neza yuko ubwenge abantu bakoresha atariyo yabubahaye,aho ivuga ngo «dore uyu muntu abaye nk’imwe yo muri twe,kubwo kumenya ikiza nikibi,hinga adakora ku giti cy’ubugingo akarya akarama iteka» itangiriro ibice (3) uko niko Uhoraho abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,muri ADEPR nari narashyizemo impumyi nyiha gukoreshwa ibimenyetso nibitangaza byinshi,ariko kubera ubwibone nayikuyeho iyo mpano yasigaye ar’impumyi gusa kuko yarigeze aho yumva ko ababona ari nta cyo bayirusha kuko ikoreshwa ibyo badakoreshwa.None ADEPR nayo bahagaritse ubufasha bajyaga bayiha uko niko Uhoraho Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Madam Melissa LUHYA by tribe ahabwa Nº 1960/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,na nzika ya nzigo nawe umucireho iteka.Ahabwa Nº 1961/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,abega bakoze umugambi wo kugutemagura imandwa zikabona amaraso y’Umuhanuzi,ariko se bizabahira?Bahabwa Nº 1962/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,ibibazo biraje wirinde cyane utagwa mu moshya.Bihabwa Nº 1963/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

April 13,2020 Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,izo nkozi z’ikibi z’abashambo,abasinga,abega,abashingwe,nta cyo zizagutwara kuko ubugome bwabo s’ubwa none,sin’ubwejo ahubwo buhoraho iteka ryose.Bahabwa Nº 1964/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Denis Mwenda ahabwa Nº 1965/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,dore inkozi z’ikibi (evil doors) bujuje umugambi wo kukwambura ubwene gihugu id’s,kugirango usigare amara masa ariko birasa no gushinga umuhunda ku kirenge niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.Bahabwa Nº 1966/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’urangurura mu butayu,isi iratangaje,abacuruzi usanga bacuruza ibicuruzwa byitwa ko byubahiriza amategeko.Nyamara ababizanye ugasanga babicishije inzira z’ubusamo,ariko abacuruza bakabitangira umusoro,kandi ababiranguye bataratanze umusoro!Abo nabo bahabwa Nº 1967/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,abatarebwa namategeko nabo bahabwa gucirwaho iteka.Bahabwa Nº 1968/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Uangurura mu butayu,witegurire gushaka undi muntu w’Umuhanga nkawe maze nzamwihere umurimo mujye ku nkorera umurimo wanjye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Beatrice ahabwa Nº 1969/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,MUGABEKAZI JUSTINE ahabwa Nº 1970/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Abagore baryamana n’ibisiga bahabwa Nº 1971/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,abagabo baryamana n’inyamaswa bahabwa Nº 1972/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,abagore baryamana n’inyamaswa bahabwa Nº 1973/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

April 14,2020 Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,ube maso cyane kuko ibintu byakomeye cyane,abega baritsize ngo barashirwa baguciye igihanga,abashambo nabo ni uko nabo baritsize ngo UMUSITA wamuteje ibibazo bikomeye umujyana mu ntambara adateze kuzapfa arangije none ube maso cyane nta gucaracara.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Abega bahabwa Nº 1974/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.Abashambo bahabwa Nº 1975/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abazimu nabadayimoni bakorera mu ngoma y’abega,bagotwa gotwa,maze babuze iyo berekeza baravuga ngo,ubwami bw’uRwanda twaharanye ikicaro,none reka abe ariho duhungira kuko abega ibyabo birangiye twebwe nta bwo tugomba kurimbukana nabo.Bahabwa Nº 1976/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,isi ifite ubwoba bwinshi cyane kuba wamaze kuyiciraho iteka,ntabwo bazi ikigiye gukurikiraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,abantu bamaze kwemera ko ubutabera bw’Uhoraho koko bwatangiye,kuko uwo uciriyeho iteka,ibye biba birangiye.Ibyo bavuga bakurikije abo wagiye uciraho iteka bari kubutegetsi bagahita bakurwaho cyangwa bakanafungwa niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,za nkozi z’ikibi zo mu bwoko bw’abega n’abashambo zizongera gukora kuwa gatandatu (Sabbath day) nuko rero ukore vuba vuba zisange warangije ntaho zizagukura uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,dore ingoma y’abega izavaho,kandi bazica abantu benshi cyane,ubwo ingabo zizaba zisakiranye,intorehamwe nazo zizaba zilimo kumena amaraso nkumena amazi,nyamara ibyo nibisohoza umurimo wabyo,iryo niryo herezo ryabo uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri z’abega imirimo yazo irangira aho bari bashinzwe kugendana amarozi baroga nisazi itavuga rumwe n’ubutegetsi bwabo,ndabwirwa ngo,imirimo mibi bakoreraga mu mahanga yose irarangiye uko niko Uwiteka abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,Jezebel Nyiramongi Jeannete hamwe n’umugabo we,bagiye kwinjira mu butayu bugufiya bamenye ko Uhoraho ari ku ngoma uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa numva abantu bajya impaka k’Umuhanuzi bavuga ngo,ese koko Umuhanuzi akomoka murubyaro rw’Umwami DAVID?Abandi barasubiza bati yego,abandi bati  oya! Siho akomoka,none niba atari byo,akomoka hehe?Uhoraho abahe igisubizo!

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,abega nta soni bagira bagiye gusubira muri DRCongo,mu gihe isi yose ituje kandi ibintu byose byahagaze kubera covid 19,ariko bo bashishikajwe no kujya kwica abahutu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zakoze ‹set up› na ba police ngo Umuhanuzi atabwe muri yombi,maze bajya aho njya nkorera bavuga ko ariho ntuye bahagota iminsi ibiri yose ya weekend baraheba barigendera niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,umwuka wikinyoma ugiye kurya ibikatsi kuko ibyatsi byo byabuze niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,icya cumi nacyo ugucireho iteka.Gihabwa Nº 1977/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Abagisaba cyangwa bacyaka nabo bahabwa Nº 1978/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Batumanyeho Agnes Emmanuel ahabwa Nº 1979/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Abakoloni bakolonije umugabane w’Africa bahabwa Nº 1980/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Abakoloni bakolonije abany’Africa nabo bahabwa Nº 1981/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

April 15,2020 Njyanwa mu iyerekwa mbona abazungu bafata DNA y’Umuhanuzi barayipima hamwe n’uruhu rwe rw’umubiri SKIN,na BRAIN (uruhu n’ubwonko) ngo kuko ashobora gutegeka nk’abazungu,ngo bifuzaga kumenya inkomoko ye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,ibyo ubonye mu iyerekwa bisobanura ubutayu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abo bazungu bo mu bwoko bw’Abakoloni mbona bajyanye mu butayu bwo hagati cyane kugirango bigishwe kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo niko abitegetse.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,za nkozi z’ibibi zigiye gutegera Umuhanuzi kuri za cyber urabe maso utinjira mu butayu bwo hagati niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona igihugu cya CHINA gishyiraho inguzanyo kuri USA na Africa,kikajya gisaba interest rate  26% (inyungu kunguzanyo) mbona bahaye isoko igihugu cy’Ibabylon ko ari cyo kizajya gisinyira ibihugu by’Africa kubashaka inguzanyo za CHINA.Bahabwa Nº 1982/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Uyu mwanzuro wo gushyiraho bank y’inguzanyo kuri USA na Africa washyizweho 9 mars,2020.Iyo bank ihabwa Nº 1983/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Jean Paul RUBAGA Uganda ahabwa Nº 1984/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Shame spirits ihabwa Nº 1985/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Bank’s of Chinese bahabwa Nº 1986/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,CHINESE god’s bahabwa Nº 1987/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Abashaka kwica Raila Odinga bahabwa Nº 1988/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,KATO ahabwa Nº 1989/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,inkozi zikibi zihabwa Nº 1990/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

April 16,2020 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,abazimu baraje uhite ubaciraho iteka.Bahabwa Nº 1991/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Mbona kandi barongeye bakoze ibyangwa namaso y’Uhoraho.Bahabwa Nº 1992/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Za magigiri zihabwa Nº 1993/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,VESTINA ahabwa Nº 1994/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,BAGABO ahabwa Nº 1995/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndimo kuririmba igihimbano cy’umwuka kivuga ngo,araduhamagara,araduhamgara,ngo tuzabane nawe mu ijuru,araduhamagara.Numva nongeye gukumbura gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,dore abanyamadini bacuze umugambi wo guhitana Umuhanuzi,bashatse abantu bazaza biyoberanije bavuga ko bahunze kubera ubuhanuzi bwavuze ko hazaba intambara,maze bakwandikire bagusaba kuzabakira Ibabylon bityo za magigiri zizabone uko ziguhitana (iyo n’inkuru ishaje) bahabwa Nº 1996/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Abajenerali ba Museveni bahabwa Nº 1997/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Abasita bahabwa Nº 1998/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Abashambo bahabwa Nº 1999/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Abafatanya bikorwa bahabwa Nº 2000/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona nterwa nuruyoka runini cyane (python) inkota yanjye yariri kugikuta aho nsanzwe nyirambika iyo nduhutse (ijambo ry’ubuhanuzi) ndayifata nyikura murubwabati ndwana nicyo kiziramire ngica igihanga gicirwaho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,iwji ry’Urangurura mu butayu uranesheje kuko umwanzi wawe umuciriyeho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa njya kumashuli kwaka «LIVING CERTIFICATE SCHOOL» ngezeyo nsanga umwalimu ubishinzwe (principle) adahari, maze ndabwirwa ngo,igihe cyo kurangiza intambara n’abega nta bwo cyari cyagera,ariko kiri hafi kiregereje uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,abanyeshuli benshi cyane kw’isi bagiye kwicara bamare agahe agatoya batiga kubera covid 19,maze bazabone icyo bazabwira abana babo mu mateka yabo niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega baterekerera umwuka w’abadayimoni w’umugore wabaye umusazi.Ndabwirwa ngo,dore abega bagiye kohera imyuka yibisazi ngo bayiteze Umuhanuzi asare maze abantu bazajye bavuga ko,ubuhanuzi yahanuraga yabiterwaga  nibisazi.Ariko se ubuhanuzi bwasohoye nabwo bwari ibisazi (coward men) uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

April 17,2020 Nerekwa izuba rimanuka cyane riza kumurikira Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha,maze ndabwirwa ngo,umwijima wabaye mwinshi cyane kubera abega,abashambo,abasinga,n’abashingwe,bakomeje guterekera bohera imyuka mibi k’Umuhanuzi ngo avangirwe cyangwa atabwe muri yombi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The Rhema word comes from heaven unto me,and told me that,man of God,condemned Earthly knowledge obtained Nº 2001/0004/0020  thus is ruling heaven decision made.

The Rhema word comes from heaven unto me,and told me that,man of God,condemned Earthly wisdom obtained Nº 2001/0004/0020  thus is ruling heaven decision made.

The Rhema word comes from heaven unto me,and told me that,man of God,condemned Earthly skills obtained Nº 2001/0004/0020  thus is ruling heaven decision made.

The Rhema word comes from heaven unto me,and told me that,man of God,condemned all the speaking languages 7000 thousand in the world obtained Earthly knowledge obtained Nº 2002/0004/0020  thus is ruling heaven decision made.

The Rhema word comes from heaven unto me,and told me that,man of God,condemned all the tribes 7000 thousand in the world obtained Earthly knowledge obtained Nº 2003/0004/0020  thus is ruling heaven decision made.

The Rhema word comes from heaven unto me,and told me that,man of God,condemned all the conspiracy theorists in the world obtained Earthly knowledge obtained Nº 2004/0004/0020  thus is ruling heaven decision made.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,wirinde cyane kuko byakomeye cyane abagara bameze nabi cyane babaye nkabasazi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abega bafite ubwoba bwinshi cyane kubera ibimenyetso watanze byo kuvaho kw’ingoma yabo,barabona biri hafi gusohora kuko hagiye gusohora ibimenyetso (2) bikurikirana kuza kwa «NYAMPINGA» no kurahira kwa H.E Raila AMOLO Odinga mu gihugu cy’Ibabylon kumurwa SHUSHAN uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,igihugu cya CHINA wongere ugicireho iteka kuko cyateje akaga gakomeye mu isi (covid19) bahabwa Nº 2005/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Umugambi wa RNC wo kwica Umuhanuzi bahabwa Nº 2006/0004/0020  uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Dore ejo ku wa gatandatu taliki ya 18 mata,2020 niho bihaye gahunda yo kumena amaraso y’Umuhanuzi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Abagomba gushyira mu bikorwa uwo mugambi bahabwa Nº 2007/0004/0020  niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ubugome buhabwa Nº 2008/0004/0020  niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Uburiganya buhabwa Nº 2009/0004/0020  niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Gen.Mbaraka Muganga ahabwa Nº 2010/0004/0020  niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Kayumba Nyamwasa ahabwa Nº 2011/0004/0020  niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Abacuze uwo mugambi bahabwa Nº 2012/0004/0020  niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abagomba kuwusohoza bahabwa Nº 2013/0004/0020  niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Hiace drivers obtained Nº 2014/0004/0020  thus is ruling heaven decision made.

Lories drivers obtained Nº 2015/0004/0020  thus is ruling heaven decision made.

Street Kids obtained Nº 2016/0004/0020  thus is ruling heaven decision made.

Domestic workers obtained Nº 2017/0004/0020  thus is ruling heaven decision made.

Halot obtained Nº 2018/0004/0020  thus is ruling heaven decision made.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibimodoka bita CATERPILLAR bigiye gusenyera abaturage,ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,Umwakagara akomeje imigambi mibisha nyuma yicyorezo cya covid 19,azakomeza wa mugambi mubisha wo gusenyera abaturange badahawe ingurane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa deputy president William Ruto yokereje inyama Umuhanuzi ngo bazimuhe azirye,ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,izo nyama yokeje niwe waziyokereje kuko bagiye kwirukana ‹majority leader KIPCHUMBA MRUKMEN› bamukure kuri uwo mwanya aturuka mu bwoko bwe (DP) ndetse bazanirukana kumwanya uwungirije (senate speak) «Luthuli KINDIKI» uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,Ruto afite amadeni menshi atari yishyura,abo afitiye amadeni,nibabona imbaraga ze zirimo gukendera bazamwanjama ngo abishyure kuko ubu bamutinyira umwanya afite utagize icyo umumariye, kuko imirimo yakabaye akora,irigukorwa na minisitiri «CS of interior ministry» uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona itsinda ry’abantu 20, kandi bari abakobwa gusa.Inkozi z’ikibi,abega bari (6) gusa ari nabo bayoboeye itsinda ryose.Bategura umugambi wo guhitana Umuhanuzi barawunoza,bari biringiye ko Umuhanuzi aza gukorera aho asanzwe akorera cyber bajyaho barategereza babonye bigeze nimugoroba ahangana saa 7:30 baratumuka baragenda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 18,2020 ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho rirambwira riti,umenyeko uyumunsia aribwo za nkozi z’ikibi zari ku kurashisha imbunda idasakuza yo mubwoko  bwa «SILENCE PISTOL» none ube maso cyane.Ubwo biriwe batracking and hacking Babura ifuni nurujyo niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abateguye uwo mugambi bahabwa Nº 2019/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Abagombaga kuwushyira mu bikorwa bahabwa obtained Nº 2020/0004/0020  niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Abashingwe bahabwa Nº 2021/0004/0020  niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Abashambo bahabwa Nº 2022/0004/0020  niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Deputy President William Ruto ahabwa Nº 2023/0004/0020  niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

 

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira imigambi y’abega yo gusaba gushyikirana,ndabwirwa ngo,abakobwa babo kubera gutinya gucirwaho iteka,hamwe n’umuvumo,kandi bakaba bamaze kubibona uko bikora,ndetse na bamwe bimaze kubagiraho ingaruka,bakamejeje basaba basaza babo kwemera ibyo Umuhanuzi yabasaba byose ngo bazabikore ariko bakurweho umuvumo.Ariko basaza babo baracyavuniye ibiti mu matwi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ndabwirwa ngo,abega-kazi bazahura n’ikibazo gikomeye kuko aribo bashizwe imana zabo (imandwa) nibaramauka birukanywe mu gihugu bavuye ku ngoma,nta buryo bazaba bagifite bwo kulinda ibigirwamana byabo bitwa imandwa (ahubwo) bizabica bose uko bakabaye bibamareho urubyaro kuko bemera kandi bakizera ko izo mana zabo ari zo zabahaye urubyaro n’ubutunzi.Bivuko bazaba batatiye igihango kuko imandwa zabahaye ibyo bifuza,ariko noneho bananiwe kuzilindira umutekano uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,abega-kazi,ni abariganya kurusha basaza babo,none barashaka kuriganya umwuka w’Imana.Bahabwa Nº 2024/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,za nkozi z’ikibi (evil doors) z’abashambo zabonye zikubuze kuri (tracking and hacking) none basigaye birirwa ku www.inyangenewss.com ngo barebe ko ushyiraho amakuru n’ubuhanuzi,ndetse no kuri www.egretnews.com ngo barebe ko uvugiraho amakuru maze bahite binjiramo ako kanya bahite babisenya (ibinyamakuru) uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 19,2020 Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,hariho umugambanyi wahawe amashillingi ngo ayoherereze Umuhanuzi aho kuyohereza arayirira.None afungiye kuri prison niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti,umbwirire Pastor Fred Nyamurangwa hamwe na Pastor Twahirwa Dodo uti,ninde wabahaye kuragira intama zanjye?

Mbese ni Rugumbuguza Meshake?Niwe umpitiramo abo nzakoresha mu murimo wanjye?Nuko rero kuko mwirirwa mubeshya ngo narabahamagaye kandi ntarigeze mbahamagara,kuko mutigeze mwumva ijwi ryanjye namba ahubwo mwagendeye muri politike mushaka kwigaragaza uko mutari,ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ngo mwishyure ibyo mwangije byose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Muzashaka mu maso h’Uhoraho ariko ntaho muzabona,muzashaka kwiyambura imyenda mwiyambitse y’ubushumba,ariko ntabwo muzabishobora,muzashaka aho muhungira naho mwihisha ariko ntabwo muzahabona uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ibyo mwakoreye abantu banjye,n’ubwoko bwanjye,ibyo byose nzabakubira 70×70 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dore ibyo biro (offices) mwicayemo nyamara mwicariye amaraso mwamennye atariho urubanza,igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo ngiye kubibakuramo mwirukanka kandi mutazi naho muhungira kuko mwahemutse uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,nikenshi mwambwiwe kwihana ariko mukanga.Icyo gihugu mwirata nijye wakibahaye ariko mwamaze kukigeramo mwibwira ko mwageze mu ijuru,kandi naho mwaba mwarageze mu ijuru nabamanuramo nkabajugunya hasi uko byagendekeye umwami wanyu Satani sekibi yibwiraga yuko azaguma mu ijuru ryanjye akabana nanjye.

Nyamara nditunganya (ijuru) nta numwe waruhari.Muzasanga shebuja ikuzimu aho muhora mu Manama kuko bitazabatungura kuko muhorayo ariko muzabayo iteka ryose Uwo niwo mugabane wanyu mwagabanye kwa satani. Niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,ikiamini kiraje abashambo bameze nabi wirinde cyane kandi ugire ubwenge kuko bashaka kumena amaraso atariho urubanza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ucireho iteka Dr.Gitwaza Paul ahabwa ahabwa Nº 2025/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,ucireho iteka REV.Pastor Edmond KIVUYE ahabwa Nº 2026/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kungarukaho maze rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,ubugambanyi buraje kandi niwowe buziye ube maso cyane buhabwa Nº 2027/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The Rhema word comes from heaven unto me,and told me that,man of God,condemned drug dealer obtained Nº 2028/0004/0020  thus is heaven ruling decision

The Rhema word comes from heaven unto me,and told me that,man of God,condemned drug consumer obtained Nº 2029/0004/0020 thus is heaven ruling decision.

Esther Maria Murebwaire ahabwa Nº 2030/0004/0020  niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Bright ahabwa Nº 2031/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 20,2020 njyanwa mu iyerekwa mbona umugore witwa Nzigo “Church” afitiye inzika Umuhanuzi ngo kuko yamuciriyeho iteka.Ahabwa Nº 2032/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona njya gushaka aho ngurisha amabuye ya gaciro yitwa COLTA,yarafite 19.5% = $195,mbura aho nyagurisha ndataha maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,ntujye gutangaza ijambo ry’Ubuhanuzi kuko umwanzi yamaze kugota aho ukorera hose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,idini rya Evangelical Restoration Church rigiye kurya ibigori uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona police yo mu gihugu cy’Ibabylon ijya kunyicira munsi y’imisozi miremire yitwa «NGONG» aho bajya bicira abantu.Ndabwirwa ngo abo ba police ubacireho iteka. Nº 2033/0004/0020  uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni bamoko yose abaho boherezwa k’Umuhanuzi,maze ndabwirwa ngo,abo badayimoni ubacireho iteka mbere yuko bakugeraho.Bahabwa Nº 2034/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,Evangelical Restoration Church uyicireho iteka,kuko bari mu nama yo kugambanira Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha.Bahabwa Nº 2035/0004/0020  uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

Ndabwirwa ngo,nabo bazimu babayoboye mu nama y’ubugambanyi nabo ubacireho iteka.Bahabwa Nº 2036/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Abega-kazi bahabwa Nº 2037/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Kabayiza Family bahabwa Nº 2038/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

NIYIBIZI Family bahabwa Nº 2039/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Malaika ushinzwe kumanura ibyago mw’isi,abimanura ku idini rya ERC,riyobowe na MASASU RENE uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abakalenjini biyegeranya ngo barebe ko bakongera kugirango imbaraga za politike.Ariko bari baratinze,mbona bashakisha abantu batuma ngo bajye guhumanya RAILA Odinga na Uhuru Kenyatta ngo byibuze umwe muribo apfe kugirango politike yicyo gihugu ihindure isura ariko biranga kuko bamaze gucirwaho iteka.

april 21,2020 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,ibintu bimeze nabi cyane abega hamwe nabashambo bahagurukiye Umuhanuzi,igitangaje ni ukuntu bahagurukira hamwe nk’aho baba batumanyeho uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu isi y’umwuka numva bavuga ngo,Umuhanuzi ntabwo akwiye kwihanganirwa kuko abantu baramwemera icyo avuze cyose bagifata nk’aho ar’Imana ivuze!Byumvikana ko,nta cyo tuzageraho tutabanje kumwikiza.Ndabwirwa ngo,mbabwire ngo,mwiyimbire kuko murimo gushinga umuhunda ku kirenge uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,wanditse byose bajya gutanga ibirego kwa deputy president wa Kenya bibwira ko hari cyo bizamarira,ariko bizarangira nk’uko nibindi byose byarangiye kuko nta mvura igwa ngo ntihite uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambaza riti,mbese uwo mwana w’umuntu biringira,namara gukurwaho,noneho bazajya bajya kuregera nde?Uko niko Uwiteka abaza!

Nerekwa inama yabadayimoni ivangavanze nabanyapolitike barebera hamwe uko baca igihanga ‹Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha› wamahagariwe gucira imanza zitabera isi yose.Bahabwa Nº 2040/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Inama yabanyepolitike bahabwa Nº 2041/0004/0020  uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Inama yabanyamadini bahabwa Nº 2042/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Apposttle Rene Masasu ahabwa Nº 2043/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

The Rhema word comes from heaven unto me,and told me that,man of God,condemned Room 46 obtained Nº 2044/0004/0020  thus is heaven ruling decision.

The Rhema word comes from heaven unto me,and told me that,man of God,condemned Stubborn spirit obtained Nº 2045/0004/0020  thus is heaven ruling decision.

The Rhema word comes from heaven unto me,and told me that,man of God,condemned Demons attacking Jaluwo obtained Nº 2046/0004/0020  thus is heaven decision.

Pastor Ndoli ahabwa Nº 2047/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Uwimana Ernest ahabwa Nº 2048/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona hategurwa za magigiri cyangwa intasi zigera kuri 751 zokohereza mu bihugu bitandukanye,ariko inyinshi zarimo gutegurirwa kuzatata Umuhanuzi Majeshi Leon ainesha uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,abanyeshuli bakaminuza bajyanywe mu ishuli kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ariko bari hafi yo kongera gusubira mu masomo asanzwe uko niko Uwiteka abivuga.

Izo za magigiri zaba police zihabwa Nº 2049/0004/0020  uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Matatu’s ihabwa Nº 2050/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Conductors bahabwa Nº 2051/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

April 22,2020 Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni bahunga Umuhanuzi ngo atabaciraho iteka.Ndabwirwa ngo,mnacireho iteka batari bancika.Bahabwa Nº 2052/0004/0020 uko niko Uhoraho Uwieka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomez kunzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,abega bararakaye cyane kuko wabangirije gahunda yo guca igihanga Umwami YUHI VI kandi bari hafi kurangiza izo gahunda zose none wabatanze bituma Umwami YUHI VI aba maso cyane umugambi wabo usa naho uburijwemo.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ibwami hari abega-kazi (2) abo nibo Umwakagara akoresha mubugambanyi bwo guhitana Umwami YUHI VI none nabo basigaye bakeka ko bamenyekanye bituma batagifite umutekano uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore Umwami YUHI VI arahunze kandi ahungiye mu gihugu cy’UBUSUWISE (SUISE) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,igitangaje harimo nabavandimwe be,nabo ubacireho iteka.Abahindiro bene wabo n’Umwami YUHI VI bahabwa Nº 2053/0004/0020  uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Babonye ko uwo mugambi upfubye,bose bakora inama bemeza ko noneho Umuhanuzi Ainesha ari we ugomba gupfa mukimbo cy’Umwami YUHI VI BUSHAYIJA EMMANUEL uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Uwo mugambi nawo ucirwaho iteka.Uhabwa Nº 2054/0004/0020  uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,noneho abega-kazi bemeje ko bagiye kwiba inyandiko z’ibwami kuko guhitana Umwami bisa naho byabananiye kubera ubuhanuzi bwamaze kubaciraho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ubwami bw’UBWONGEREZA, bushyigikiye ko Leta y’abega yasimburwa n’ubwami bw’uRwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona FPR ikina umupira nikipe y’ibwami maze itsindwa igitego (1) kuri 0,ndabwirwa ngo,umugambi bari bamaze igihe bategura wo guca Umwami igihanga uciriweho iteka Bahabwa Nº 2055/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo  ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ingoma y’abega ifite umujinya mwinshi cyane ifitiye Umuhanuzi baramutse bamufashe bamuha ingona zikamurya uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,ucireho iteka RDF kuko bagambiriye nabi k’Umuhanuzi.Bahabwa Bahabwa Nº 2056/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,wongere ucireho iteka Hon.Baricana kuko nawe yicaye mu nama yo kugambanira Umuhanuzi.Ahabwa Bahabwa Nº 2057/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

The Rhema word comes from heaven unto me,and told me that,man of God,condemned January SPY of RDF obtained Nº 2058/0004/0020  thus is heaven ruling decision.

Nerekwa umugore w’igize impunzi,kandi ari intasi,ahungira mu gihugu cy’Ibabylon zanywe no gutata Umuhanuzi ngo azamusabe bazahure amusengere anamufashe kumenya igihugu cy’Ibabylon uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,ukwiye kwimura domain name yawe ya www.inyangenewss.com hamwe na radio www.egretnews.com uko niko Uhoraho abitegetse.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ingoma ya FPR igeze kw’iherezo ryayo nk’uko ijambo ry’ubuhanuzi ryabivuze uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 23,2020 Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ijwi ry’Urangurura mu butayu,ba maso cyane kuko abega nta bwo bicaye baguhagurukiye cyane bahabwa Bahabwa Nº 2059/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ariko nubwo baguhagurukiye nta mbaraga bafite kuko bashatse kwica Raila Odinga ngo ikimenyetso bakiburizemo,birabananira,none niwowe bahagurukiye ariko bafite ubwoba bwinshi cyane ku buryo umunsi Raila azima ingoma bazarwara imitima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ubwo baguhagurukiye,reka mbateze intambara zo mu gihugu imbere,maze ibyo guhiga ubugingo bwawe baraba babiretse maze ubone agahenge unkorere umulimo niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,barimo kuvuga ko ari wowe wabateje akaga gakomeye kuko gakondo ya bakiranutsi iri mu mwijima (bisobanuye) ibibazo byabuze ibisubizo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,ubu na bafungwa bafunzwe,ubafunguye ntabwo bashobora gutaha kuko bafite ubwoba bw’urupfu,cyane ko badashobora kurenga umupaka w’icyo gihugu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,abega batinye gushyikirana nawe bavuga ko byaba biteye isoni  gushyikirana n’umuntu udafite intwaro,igisirikare,ishyaka rya politike,ngo byagaragara ko baba abanyantegenke uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,umujinya w’abega uzagenda uyoyoka gahoro gahoro kuzageza urangiye kuko baraguhize bishoboka,ari ko barakubuze.Kandi ntabwo Leta yemera ko ur’Umuhanuzi ngo kugirango bizaguha imbaraga,ariko bemera ko ahubwo uri umunyamakuru bityo ko ushobora kwandika inkuru zigumura abaturage uko niko Uwiteka abivuga.

Ariko nubwo basa n’abashaka kwirengagiza ubuhanuzi,abanyamadini bo,siko babibona,kuko bo bemera ubuhanuzi cyane kurusha Leta none basabye Leta kuyitera inkunga ariko gakemura ako kabazo ko guhitana Umuhanuzi Ainesha uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Makombe Hodali ahabwa Bahabwa Nº 2060/0004/0020  uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Grudge spirit ihabwa Bahabwa Nº 2061/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Nzika ya nzigo ihabwa Bahabwa Nº 2062/0004/0020  uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

April 24,2020 njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri ziriwe zitegereje ngo zirebe ko zafata Umuhanuzi,mucyo bise «network process» ariko umunsi urangira ari nta cyo bagezeho uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,(Rose) Jane Wanjiku ahabwa ahabwa Nº 2063/0004/0020   uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Jane siblings ahabwa bahabwa Nº 2064/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,JANE children bahabwa Bahabwa Nº 2065/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,P.Keden ahabwa ahabwa Nº 2066/0004/0020  uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Keden ahabwa ahabwa Nº 2067/0004/0020  uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,First shop ihabwa rihabwa Nº 2068/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Second shop rihabwa Bahabwa Nº 2069/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Plot ihabwa Bahabwa Nº 2070/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Rentals zihabwa Bahabwa Nº 2071/0004/0020  uko niko Uwiteka  Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Room 27 obtained Nº 2072/0004/0020  niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Room 29 obtained Nº 2073/0004/0020  niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Room 32 obtained Nº 2074/0004/0020  niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Room 45 obtained Nº 2075/0004/0020  niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Room 46 obtained Nº 2076/0004/0020  niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Room 47 obtained Nº 2077/0004/0020  niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Room 48 obtained Nº 2078/0004/0020  niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Room 49 obtained Nº 2079/0004/0020  niko  Uiwteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Room 50 obtained Nº 2080/0004/0020  niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Room 57 obtained Nº 2081/0004/0020  niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,all the solders in the world obtained Nº 2082/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Wachaga community by tribe in Tanzani bahabwa Nº 2083/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,all nations police obtained Nº 2084/0004/0020  uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,all nations judges obtained Nº 2085/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,all nations hospitals obtained Nº 2086/0004/0020  uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,all nations private hospitals obtained Nº 2087/0004/0020  uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,all doctors the world wide obtained Nº 2088/0004/0020  uko niko Uhoraho abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Harindintwali Jean Paul ahabwa Nº 2089/0004/0020  niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,all militaries world wide obtained Nº 2090/0004/0020  uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,all intelligence organization in the world wide (spies) obtained Nº 2091/0004/0020  niko Uhoraho abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,JUSTINE MICHIGAN obtained Bahabwa Nº 2092/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

The word of the Lord came unto me,and says,SAMUIE WILLIAM RUTO because you have been persecuted my servant,you’ll run around the whole world as it happened to CAIN,  and no one will kill you. you will need a death but it will be in vain. And if there will be anyone who will kill you,I will revenge 7×7 Lord God of heaven declared.

April 25,2020 njyanwa mu iyerekwa mbona magigiri ufashe inzoka mukiganza,maze ya nzoka ikajya icira  amacandwe Umuhanuzi ariko amacandwe yayo ntamugereho.Ndabwirwa ngo «someone has been betrayal your trust be carefully Lord declared»

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Pastor KAKANDE obtained Nº 2093/0004/0020  niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Uwimana Ernest ahabwa Nº 2094/0004/0020  niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,MaMa Wambu ahabwa Nº 2095/0004/0020  uko niko Uhorahoa abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Rose Wanjiku ahabwa Nº 2096/0004/0020   niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Za magigiri z’abega bahabwa Nº 2097/0004/0020  uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri z’Umwakagara zifatwa zose zirafungwa nyuma yuko WILLIAM RUTO akuwe kumwanya yarafite wungirije umukuru w’igihugu Uhuru Kenyatta uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,Umwami kigeli Ndoli,ucireho iteka,Marceline ahabwa Nº 2098/0004/0020  uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa mfata Antelope nyishyiramo umuguha maze nyijyana murugo ijya kumbera umugisha.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar