Umwicanyi Ntaganira Christian wahitanye Umwami nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,byamukomeranye!!!

From: Christian Ntaganira <cntaganira@gmail.com>
Date: Wed, 19 May 2021, 12:21 am
Subject: Gukuraho Inyandiko Isebanya kuri website y’inyange news
To: <inyangenewseditor@gmail.com>

Ku bwanditsi bwa Inyange news,

Nashakaga kubasaba kuvanaho inkuru isebanya mwanyanditseho muri 2016 yerekeranya n’ugutanga K’umwami Kigeli V. Nta mwanya mfite wo kujya muri details z’ibinyoma by’urukozasoni mwanditse, ariko nashaka mukureho iyo nyandiko imbere y’uko nifashisha ubutegetsi bubishinzwe bukabakurikirana. Ntabwo numva ukuntu mwandika ibintu biteye isoni, mukemera mukabishyira mu ayo mateshwa ngo ni ikinyamakuru. Niba Bwana Benzinge Boniface yarabatumye kumurwanira intambara, ni mushyire hasi, muvaneho iyo nyandiko isebanya. Niteguye guhangana namwe nimudakora ibyo nabasabye. Nabihanganiye igihe kigeze ku myaka itanu, none niteguye gukoresha ubushobozi bwose mfite mpangane n’inkoramukoro zabuze ibyo zandika mu binyamakuru.

Nizeye ko muzavanaho inzandiko insebya mu maguru mashya.

Tilte yayo ni:

CHRISTIAN NTAGANIRA: Inyandiko mvugo ku itanga ry’UmwamiKigeli V.Ndahindurwa

Ikaba iri kuri link ikurikira:

https://inyangenewss.com/?p=12440

Mbaye mbashimiye.

Christian Ntaganira.

Amakuru agera ku kinyamakuru inyangeNews,aturuka muri leta zunz’ubumwe z’America,aravuga yuko iperereza ry’amakuru avuga ko,OTOPS yo kureba icyahitanye Umwami Kigeli V Ndahindurwa wahitanywe na mwihwa we,ngo yaba yarangiye.Ariko bakaba birinze gushyira ahagaragara ibyavuye mu iperereza, kugirango bataburizamo iperereza ririmo gukorwa ku bagize uruhare murupfu rw’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.Abashyirwa mu majwi harimo Gakwaya Jean Marie,MBUMBUZA KIBUKAYIRE Marie Claire,ARCENE na NTAGANIRA CHRISTIAN.

Ibihugu bivugwa kuba byaba birinyuma y’umugambi wo guhitana Nyir’uRwanda,haravugwamo igihugu cy’uRwagasabo (Rwanda) hakavugwamo n’igihugu cy’UBUBILIGI.Amakuru akomeje kugera ku inyangeNews,aturuka muri leta zunz’ubumwe z’America,aravuga ko,umwicanyi Ntaganira Christian yamaze gukoreshwa inyandiko mvugo (Statement) gusobanura itanga rya Nyir’uRwanda uko ryagenze nk’umuntu warumurwaje,kandi babanaga murugo.

Amakuru avuga ko,yagerageje kwisobanura,ariko agafatwa n’ikibazo yabajijwe impamvu yatanze amakuru muri CANADA kuri Gakwaya mu gihe yagombaga kubanza gutanga amakuru kuri Chancellor Benzinge Boniface aho kumubwira ko Umwami yatanze,ahubwo akihutira kubibwira Marie Claire MBUMBUZA KIBUKAYIRE utuye muri Calfonia,mu gihe Chancellor Boniface Benzinge baturanye n’Umwami Kigeli Ndahindurwa,atigeze abimubwira kugeza ubwo Chancellor yaje kubibwirwa n’abantu bari kumugabane w’Africa.

Umuhanuzi majeshi Leon,akaba ari we wabwiye Chancellor inkuru yitanga ry’Umwami Kigeli V Ndahindurwa ku nkuru yari yanditswe n’ikinyamakuru cyo mu Rwanda IGIHE.COM,abantu bose akaba ariho bakuye amakuru mu gihe abakabaye bamenya amakuru batigeze bayabwirwa ahubwo bakaba barayamenyeye ku bantu babahamagaye babaza nimba inkuru basomye yaba ar’ukuri ko Umwami yatanze!

      christian-2

NTAGANIRA CHRISTIAN icyo twababwira ni uko bakomeje kumukoraho iperereza ryimbitse,kandi ngo yaba yamaze kuvuga amwe mu makuru ya bantu bakoranye uwo mugambi ushyirwa mu majwi cyane,uza ku isonga,ni NYIRAMONGI JEZEBEL,GAKWAYA JEAN MARIE,MARIE CLAIRE KIBUKAYIRE(MBUMBUZA) na Christian washyize mubikorwa uwo mugambi nyuma yo guhabwa intonorano na NYIRAMONGI zo gusohoza umugambi mubi.

Uyu mugambi ukaba watangiye mu gihe kirekire,amakuru avuga yuko KIBUKAYIRE MBUMBUZA wiyititirira kuba ar’umukobwa w’igikomangoma Rwigemera uba mu gihugu cya NORWAY cyangwa NORVEGE,mbere yuko yitirirwa kuba umukobwa we,ngo yabifashijwemo numugabo wabaga mu gihugu cy’UBUBILIGI nyakwigendera Karekezi Francois witaby’Imana umwaka ushize 2015,akaba ari we wamuconnectinze na Rwigemera maze Marie Claire MBUMBUZA agura iryo zina ryo kwitirirwa kuba umwana w’igikomangoma Rwigemera maze Rwigemera abyumvikanyemo na Nyir’Urwanda amubwiye ko ar’umwana yabyaye hanze,maze Nyir’uRwanda yemera ko bamufasha agakurwa mu gihugu cy’UBUBILIGI aho yari yabuze ibyangombwa.

Nibwo bahise bamufasha kubona visa yo mu gihugu cy’America,ahita ajyayo ajya kuba ahitwa Calfonia,ariko amakuru afite za gihamya,ngo ibyo byose yaba yarabifashijwemo n’umupfumu utuye ahitwa MASAKA bitaga KIRAGI,akaba ari we wamuhaye inzaratsi zimufashijije kugera mu gihugu cy’America.Uwo mupfumu abantu bose baramuzi ariko ntabwo tuzi niba akibaho cyangwa niba yaba yarapfuye!

Amaze kwishyura amafaranga atuma yitwa umwana w’igikomangoma Rwigemera,nibwo yahise atangira kuzajya avugana na Nyir’uRwanda kigeli V Ndahindurwa watanze kuwa 15 ukwakira 2016 Marie Claire akaba yarafatanije na Gakwaya Jean Marie uba muri CANADA kuko Gakwaya niwe watangiye icyo gikorwa cy’ubugambanyi kuva mu mwaka wa 2014 ndetse ikinyamakuru umuvugizi.com ukaba wabyanditseho ariko babifata nkamagambo yo gushaka gucamo ibice ubwami bw’uRwanda.

Gakwaya akaba yarakoresheje umutungo wa Kigeli Foundation mu nyungu ze,nko kwishyura amashuri y’umukobwa we wabaga mu Rwanda,waje gukurwa mu Rwanda akajyanwa mu gihugu cy’UBUFARANSA aho yishyuriwe umwaka wose mu ishami rya ARCHITECTURE nyamara amategeko agenga “KIGELI FOUNDATION” avuga ko,abahabwa inkunga yo kwiga,harimo impunzi,abagore na bana,ariko umwana ufite ababyeyi bishoboye bakaba batemerewe gufashwa.Ariko ibyo Gakwaya akaba yarabirenzeho akoresha uwo mutungo akoresheje uburiganya ku buryo Umwami atanze hari hateganijwe inama yasabwe na bagize inteko y’ibwami aho basabye ibisobanuro bihagije uburyo Gakwaya yakoresheje ikinyoma akabeshya umubitsi w’umuzungu witwa Gay ko uwo mwana ar’imfubyi ya genocide y’1994.

Igitangaje kandi kibabaje ni uko yakoresheje izina rya Chancellor Benzinge Boniface ko, ngo yabyemeye.Kandi ayo makuru akaba atarayazi.Ikinyamakuru inyangeNews kivugana na Chancellor w’ubwami bw’uRwanda cyamubajije uko byagenze ngo asinyire itegeko rinyuranye n’amategeko agenga Kigeli Foundation

Yabwiye ikinyamakuru inyangeNwes ko atigeze abimenya ngo kuko iyo aza kubimenya atarikwemera yuko hakorwa igikorwa kinuranije na mategeko agenga ubwami bw’uRwanda.Akimara kubimenya dore ko ikinyamakuru inyangeNews ari cyo cyamuhaye inyandiko igaragaza ko umukobwa wa Gakwaya yishuriwe umwaka wose ku buryo bunyuranije n’itegeko rigenga ubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro.Ubwo nibwo yatangiye gukora iperereza asaba Umwami w’urwanda ko hakorwa inama maze Gakwaya agasobanura uko yakoresheje ikinyoma kugeza umubitsi wa Kigeli Foundation akemera gusohora amadollar yo kwishyurira umwana wa Gakwaya w’umukobwa wigaga mu gihugu cy’Ubufaransa.

Amakuru avuga yuko uwo mukobwa ngo yabaye imbarutso yo gusenya urugo rwa Gakwaya Jean Marie washakanye n’umurundi-kazi ukomoka mu muryango wabahutu akaba ar’umuhutu kazi,akaba akora mu rwego rwa Police ya CANADA akaba ariwe ushinzwe kubika amapingu.Uwo mwana w’umukobwa ufite nyina kandi nyina akaba nawe aba hanze y’uRwanda muri Canada aho kujya kwa nyina ahubwo yagiy gusura ise,dore ko bari bamaze igihe batabonana nibwo umugore yamubereye ibamba bahita bbatandukana.

Umwami yatanze habura icyumweru ngo inama yabagize inteko yibwami ngo bakore inama kugirango Gakwaya asobanure uburo yakoresheje uburiganya akarenga kumategeko agenga Kigeli Foundation maze inama yabagize inteko ikabona gufata ibyemezo.Akimara kubona yuko iyi dossier atazayirokoka yahise yongera umurengo wo guhitana Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.

March 9, 2016 — His Majesty and the King Kigeli Foundation are delighted to announce the award of a sizeable scholarship to a Rwandan student (name withheld for privacy) studying architecture in France. The King Kigeli Foundation also wishes to express sincere appreciation to all donors, particularly Fashion Group International of the Desert Communities – Regional Director Jack Williams and HOLSJ – United States Grand Priory – Christopher A. Chambers,

 Chancellor.

The left two pictures are recent, while the third picture was the student while living in Rwanda. The student’s vibrant personality and dedication to academic success were the deciding votes in her selection. Her Majesty and his team both congratulate her and look forward to her continued development.

The King Kigeli Foundation also wishes to publicly thank private donors to His Majesty’s educational efforts:

Karen Cantrell

From Kingkigeli.org

Amakuru avuga yuko ngo kuva Ntaganira CHRISTIAN yagezwa mu nzego za Police ndetse no mu nzego za CIA agakoreshwa inyandiko mvugo (Statement) ngo Umwakagara wa CANADA yaba yagize ubwoba bukomeye cyane,ndetse abaganiriye nawe,bavuga yuko ngo yagaragaje agahinda kenshi kitanga rya Ndahindurwa,ariko abasesengura bareba kure ngo yaba ababajwe ni uko yamaze kubona ingaruka z’itanga rya Ndahindurwa.Ngo ndetse yaba yagiye gusaba visa yo kujya mu Rwanda kugirango ahunge iperereza rigiye kumukorwaho,agahita acika bataramuta muri yombi.

Akaba afite amahirwe yuko wenda atafatwa bitewe ni uko ari kure mu gihugu cya CANADA,ariko amakuru avuga ko,ngo CHRISTIAN Ntaganira bose yamaze kubavuga uko bakoranye uwo mugambi kuba rero yacika nabyo bishobora kuba atabigiriramo amahirwe.ndetse bashobora kumureka bakamufata agiye gufata indege akaba yafatirwa ku kibuga agiye mu Rwanda bityo bikaba ikimenyetso simusiga kigaragaza yuko yaracitse iperereza rigiye kumukorwa ho dore ko yanashyizwe kurutonde rwabagenocideri yaorewe abatutsi 1994 ubwo bahitanaga abatutsi benshi akaba adashobora gukandagira kubutaka bw’America,ariko noneho akaba agiye kuhagezwa no gutanga ibisobanuro by’itanga rya Ndahindurwa.

Translate »
Skip to toolbar