Ubugambanyi bwa Mukashema yabukoze nawe atisize!!?

16 sept 2016 Nagerageje kuguhamgara biranga no kuri Whatapp ikambwira ko urimo kuyivugiraho esperance M.shema <muespe@yahoo.fr>Yesu ahimbazwe,buliya mba nakubitanye ninshuti zange!!nange nagarutse nsanga wagiye buliya nahejo.Yesu akomeze akugilire neza.

28 sept 2016 Bite byawe ko wabuze, ubuhanuzi bwashyize ahagaragara uburyo abagara bashaka kuguca igihanga.
Ngiye gutegereza gato ni nkubura ndahita nigendera.
29 sept 2016 the Rhema word written on board,was written in ths words, «”DECEPTION FOR BORTH PARTIES”, it means an act of deceiving a thing that deceives» (igikorwa cy’ikinyoma guhemukira impande zombi).
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu umubikira witwa Dorocella ucumbitse kwa Chancellor Boniface Benzinge niwe wangije gahunda yanjye nari naguteguriye uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.Uyu mubikira akaba atuye muri America.Mwana w’umuntu,dore uwo mubikira wihaye Imana afite umuvumo kubugingo bwe,aho agiye hose ahasiga umuvumo,ndetse nuwo avuganye nawe amushyiraho umuvumo, kandi ntashobora gusengerwa ngo umuveho, kuko muri we afitemo umwuka w’uburyarya udashobora kumushiramo uwo niwo utuma adashobora kubohoka.
Kugirango abohorwe nuko yihana imirimo mibi akorera mubwihisho uko niko Uwiteka avuga.Akoresha ururimi rw’uburyarya kugirango agere ku nyungu ze, ariko kubera wa muvumo nazo ntabwo azigeraho uko niko Uhoraho Uwteka avuga.Esperance Mukashema, Sinarinzi ko ukorera kigali, ejo witegure ko nzagushyira ku inyangenewss.com ujye ahagaragara isi yose imenye ko uri inkozi y’ikibi ishinzwe gucisha imitwe y’abantu ugire ijoro ribi
Esperance M.shema <muespe@yahoo.fr>
Yesu ashimwe,
Inyandiko mbonye ko nkorera kigali ko nta byumva?
Merci ijoro ryiza.
esperance M.shema <muespe@yahoo.fr>
Mwiliwe,Nagerageje guhamagara birananira nubona akanya tuvugane.
Merci.
Ijoro ryiza.
Amabanga y’ubwami bw’uRwanda
April 18, 2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa ko,umugabo witwa Jean Marie Gakwaya akwiye kumwitondera, kandi ko akwiye kugabanya kumuha imbaraga cyangwa uburemere kuko igihe cye gisohoye cyo gusubira kwima ingoma ku bwami bw’uRwanda muri gakondo yabakiranutsi.
Dore Jean Marie Gakwaya yifuza ko,ari we waba Chancellor w’Umwami,akajya afatira ibyemezo Umwami mbere yuko Nyir’uRwanda afata ibyemezo!!!Kuko nubu yifuza yuko Umwami nta kintu na kimwe yakora atabanje ku kimubwira ngo abimenye mbere y’uko Umwami agira icyo yakora.
Dore umwanya Jean Marie Gakwaya afite ntabwo yumva ko umuhagije igihe cyose haba har’undi muntu uri mbere ye mugufata ibyemezo hamwe na Nyir’uRwanda kuri we,yumva ko,akili hasi mu mwanya ya bajyanama b’Umwami akaba yifuza ko yafata umwanya wa mbere ya bandi bose hakabona gukurikiraho abandi bajyanama.
Umwami Imana Nyiringabo arasaba Nyir’uRwanda ko yagabanya imbaraga yahaye Jean Marie kugirango ejo bitazagira ingaruka ku bwami bw’uRwanda uko niko Uhoraho avuga.
Dore Jean Marie akoresha imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bw’ABACWEZI n’ABALANGI zo kuraguza no guterekera,kugirango abashe kwigarurira Nyir’uRwanda amubeho umutoni kurusha abandi.None mwana w’umuntu, nagushyiriyeho kuzajya nguhishurira amabanga akomeye y’ubwoko bwanjye kugirango ufashe ubwoko bwanjye kubulizamo imigambi y’umwanzi uko niko Uhoraho avuga.

Translate »
Skip to toolbar