Ibimenyetso (2) byo kuvaho kw’ingoma y’abega byose uku kwezi kurarangira bisohoje umulimo wabyo!

Amakuru akomeza kwemezwa nibitagaza makuru byo mu gihugu cyacu cya Kenya, ndetse na bamwe mu bayobozi bari mu ihuriro rya «AZIMIO LA UMOJA ONE KENYA COALITION» balimo Steven Kalonzo Musyoka aho yarali Kenyatta market yemeje yuko H.E Raila Odinga yabaye umukuru w’Africa Union ndetse na senate Edwin Sifuna nawe yabyemeje. Akaba agiye gusimbura Moussa Faki kumwanya w’Africa Union.
Ubuhanuzi bwavuze ko H. E Raila Odinga azahirira kuba umukuru w’igihugu icyo gihe abakuru b’Africa Union bakazaba bahari bose muri ibyo biroli. Bisobanuyeko umugabane w’Africa ufatwa nk’igihugu kimwe. Twategereje ko aba umukuru w’igihugu cya Kenya, n’ubwo yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu aho yabonye amajwi agera kuri milliyoni 8,200,000.
Naho Samuei William Ruto we yabonye amajwi agera kuri milliyoni 5,915,000 ariko yanze kwinjira mu muryango wa ILLUMINATI byatumye JOE BIDEN asaba ko umwanya bawuha Samuei William Ruto winjiye muri uwo muryango taliki ya 29 Aug,2022 nyuma yamatora dutegereje yuko urukiko rwemeza uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu. Nyuma y’amezi (2) Ruto ahawe ubutegetsi yahise asaba chief Justice Martha Koome kwemeza itegeko rirengera abatinganyi bahuje ibitsina aho umugore wa Joe Biden witwa Julie yaje ari ku wa gatanu azanye miliyari 16 BN ksh azitwara murugo kwa Ruto nyuma zihabwa abacamanza bari bamaze kwemeza iryo tegeko ryemerera abatinganyi kubana bahuje ibitsina.
Twarebye kurubuga rwa African Union ntabwo baratangaza kumugaragaro ko Raila Odinga ariwe watsinze amatora yakozwe n’abakuru b’ibihugu by’Africa bagera kuri (54) bakoze amatora taliki ya 17 Feb, 2024.Raila Odinga azatangira imilimo ye umwaka utaha wa 2025. Kurahira kwe bizaterwa n’uko we azabishaka dukurikije amakuru twabonye kurubuga rw’African Union avuga.
Ko uwatorewe kuyobora African Union niwe uhitamo ibiroli bye byo kurahirira kuyobora ubumwe bw’Africa aho bizabera. Bishobora kubera ku cyicaro gikuru cya African Union Addas-Abbab muri Ethiopia. Umushahara wa perezida w’Africa Union uruta uwa perezida wa Kenya, ahembwa miliyoni ebyeri na Magana ane 2,400,000 kenya money shilling mu gihe perezida wa Kenya ahembwa milliyoni ebyeri 2,000,000 kenya money shilling. Ubuhanuzi bwa Raila Odinga busohoye mu gihe «NYAMPINGA SHIMA DIANE RWIGARA» nawe asigaje icyumweru kimwe gusa (8) ngo yemeze ko yiteguye kubana n’Umwami Kigeli Ndoli cyangwa atiteguye. Ibimenyetso byombi byo kuvaho kw’ingoma y’abega twari dutegereje birarangirana n’uku kwezi kwa gashyantare 2024.
Abo kungoma y’abega batangire bitegurire kwinjira kujya kuba mu butayu bugufiya aho bashobora kuzabubamo ibihe byinshi nkuko Ubuhanuzi bwabitegetse. Za magigiri z’Abega zimaze kemenya amakuru y’uko Raila odinga ari we watsinze amatora yo kuba umukuru w’abakuru b’ibihugu by ‘African Union, bahise bohereza za emails zabo nk’uko bisanzwe usibye ko bari baravuye mu nzira. Email ya Joseph na Joyce noneho niba ari ukubera stress simbizi bombi bohereje email zisa kandi zivuga amagambo amwe yo kuntumira ngo mu nama yo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore.
Ubuhanuzia bwavuze ko «NYAMPINGA SHIMA DIANE RWIGARA» ari we uzaba uwanyuma mu kimenyetso cyo kuvaho kw’ingoma y’abega. N’ubundi niko bigenze kuko ikimenyetso cya Raila Odinga cyamaze kujya ahagaragara mayandi magambo cyasohoye, hasigaye icya «NYAMPINGA» nacyo twibwira ko iki cyumweru gisigaye kiraba kigiye ahagaragara mu buryo bwose no mu nzira zose zishoboka kuko Uwiteka yashyizeho (ultimatum of 27 days) hakaba hasigaye iminsi (8) nk’uko tumaze kubivuga hejuru.
NB: Ubuhanuzi bw’uyumunsi bwavuzeko abantu mu murwa mukuru w’Isalem balimo kwiruka mu bibanza byo kubakamo amagorofa ko mukwiye kubireka ahubwo mugatekereza kubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Mulimo kurwanira ibibanza byo kumuhanda aho muzubaka imiturirwa mushaka kuzakodesha kugirango muzabone cash ritubutse, ariko nyamara Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niwe uzi ibyanyu by ’ejo hazaza. Bityo mwari mukwiye gukora ibitunganye mu gihe gisa nk’iki uko niko Uhoraho Nyiringabo yavuze!!!
nccleon@gmail.com