Kugigira Umuhanuzi ntabwo bikunda,mubishatse mwamanika amaboko

7 OCT,2023 njyanwa mu iyerekwa mbona twicaye muri hotel nziza dufata amafunguro, ariko harimo n’ibiganiro twalimo byerekeye uko twabohora gakondo yabakiranutsi. Mbona bashyize kumeza imyenda myiza bashonesheje (deeds) bayizanira Umwami Kigeli Ndoli ngo imubere imyambaro uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti,uyumunsi abanyepolitike (politicians) batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’abega, bari bukore inama kubijyanye n’ibiganiro bya (bipartisan talks nor national dialog) bafataho icyitegererezo cy’ikimenyetso cy’Ubuhanuzi bwa politike ya gakondo yabakiranutsi, aho baza kurebera hamwe uko none bakwiye gushakisha uko bahura n’Umwami Kigeli Ndoli ugiye kwima ingoma agasimbura Umwakagara ku ntebe yabukunzi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore (5) n’abagabo (5) bajyanwa mu mahugurwa kwigishwa uko bazajya bashona imyenda myiza abantu bambara kugirango babashe kubona cash zizabafasha guseruka mu bandi. Bamaze guhugurwa bahabwa itegeko ry’uko buri wese agomga gushaka (meter size) azajya akoresha mu gupima (clients) be bazajya bamugana kugirango abashe kumenya imyenda ingero zabo bambara abone uko abadodera imyenda neza.
Muri abo bose mbona nzika y’abashambo (RNC) arangije ayo mahugurwa y’ikuramo avuga ko we ari nta buryo yabona bwo kugura (meter size) mbona aragiye, ageze imbere avugana n’abasinga arababwira ngo bagende babeshye bagenzi babo ko babonye izo (meter size) zikoreshwa nabashona imyenda kugirango bamenye neza yuko nabo babonye ibyo basabwe kuzana nibamara kumenya ko babonye ibisabwa bahite bicaka batware amakuru muri RNC.
Barangije baragenda babeshya b’abagore barikumwe n’abagabo (Synagogues Leader &politicians) ngo nabo bashakishe ibisabwa bazane n’ababagabo (5) politicians uko ari (5) bo bahise bashakisha (meter size equivalent one-meter size is one million Kenya money, which means they will bring 5 million Kenya money) bayazanira Umwami Kigeli Ndoli.Aba bagore (5) Church Leaders bazana ibihumbi $4350 bari bacuruje mu nzoga (wrath spirits) kugirango babashe kwinjira mu biganiro hamwe na bandi,abasinga bari bihinduye abagore basutse imisatsi yo kumitwe bariyoberanya ndetse n’ibitsina gabo babikuraho babisimbuza ibitsina gore (transgender) maze kwivanga mu biganiro byo kurebera hamwe uko abantu bashyira hamwe bagakuraho ubutegetsi bw’igitugu bw’ingoma y’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,Umwami Kigeli Ndoli uburire abanyapolitike bakorana n’abashambo n’abasinga bitandukanye nabo muri gahunda zabo zo gushakisha umuti w’ikibazo cya gakondo yabakiranutsi uko ingoma y’igitugu yakurwaho,kandi ibyo bakora byose babikorere mu bwiru kuko abashambo n’abasinga bagenzwa no kubagigira bashaka kumenya ubushobozi bwabo.Ibyo nibabirangiza bazabone gushaka Umwami Kigeli Ndoli kuko iminsi isa naho ilimo gucendera mu burengera zuba bw’Africa y’uburasirazuba n’uburengero bw’isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabon abivuga.
Ubabwire kandi uti, kuza kureba Umwami Kigeli Ndoli bizaba kwitwaza euro €70,000 mwakabaye musabwa kuzana euro €50,000 ariko kubera uburiganya bw’abasinga n’abashambo no kuba mwarivanze nabo mugasangira umuvumo wabo, bizaba ngombwa yuko mwishyura icyo giciro kugirango muzabone kugira uruhare rwo kubohora gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.
nccleon@gmail.com