Ntabwo ndi JOSHUA wagiranye amasezerano n’abanzi be atabanje kubaza Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Tumaze iminsi tubagezaho amakuru mu buhanuzi, nk’uko agaragara ku InyangeNewss.com front page. Mwasomye ko abasinga n’abashambo ndetse n’abega bose bagiye kurwanira kugirana amasezerano n’Umwami Kigeli Ndoli, ngo bahabwe imyanya mu bwami bwe.

Jyewe nta bwo nigeze nsaba Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuzaba Umwami wa gakondo yabakiranutsi. Ikindi naho nabyifuza, naba nziko bidashoboka bitewe ni uko nziko ntabigeraho.

Igice cya (291) cy’Ubuhanuzi

Niba rero Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yarabonye ko ari byiza kungira Umwami wa gakondo yabakiranutsi, byaba ari byiza ndabishima. Ariko icyitwa gusanngira ubutegetsi n’abega, abasinga, abashambo, nk’uko babyifuza, rwose basubize amerwe mu isaho. Kuko nabo banze gusangira na bandi ndetse bagerekaho no kubirukana mu gihugu abandi barabaafunga muri za gereza na magingo aya.

Niba Rujugiro adashobora kuba muri gakondo yabakiranutsia ndetse no kuhakorera, kwa Rwigara bakaba babishe umugenda ndetse bakabambura inganda zabo nibibanza byabo, harya ubwo, kuba nasangira n’abega cyangwa abasiga n’abashambo ubwami by’aba ari uko kwa Rwigara cyangwa kwa Rujugiro cyangwa abaturage ba kangondo ya mbere ni ya kabili basubijwe ibyabo?

Jyewe nkeneye kubaho mu mahoro n’umuyango wanjye, icyo nicyo mparanira. Mfite igihugu ndetse n’ubwenegihugu, niba Uwiteka Imana Nyiringabo ashaka kumpa ubwami nk’uko yabivuze mu buhanuzi, azampa ubwami ntazasangira n’umuntu uwari wese, kuko nta numwe wamfashije gukora ubutayu. Niba ari uko bimeze Uwiteka akaba ashyigikiye ko habaho imishyikirano yo gusangira ubwami cyangwa ubutegetsi, abega n’abashambo, abasinga n’izindi nkoma mashyi abubarekere ntabwo nzigera nza kubasaba ko dusangira ubutegetsi bwabo uko niko gahunda ziteye.

Bimenyekane neza yuko nta ndeni mfitiye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ibyo namusezeranije byose cyangwa ibyo nahize byose ko nzamukorera narabikoze. Nta deni musigayemo habe namba. Ahubwo niwe umfitiye ideni akwiye gusuhoza ibyo yavuze.

Nabaye umugaragu mwiza data nawe aranshima, kandi arabizi ko ntigeze mwitotombera kugeza magingo aya. Naho ubundi ibintu byose byagendaga neza ari nta kibazo.

Nta mashyushyu mfite ndetse nta ni nyota mfite byo kuba Umwami kuko byose nimiruho yo mw’isi nta cyiza kibilimo. Gusa wenda icyiza umuntu yavuga kandi yashima, n’uguca imanza zitabera zonyine!!! Niba rero Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo akomeje umugambi we, rwose yaba abanyamadini cyangwa abategetsi mukure amerwe mu isaho kuko sijye watangije intambara, uwayitangije azayirwana kandi azayitsinda. Azasohoza ibyo yavuze, kandi natabisohoza jyewe nta gihombo mfite (I will not be a looser). Ntekereje igihe maze nkora uyu mulimo, iyo biza kuba mpembwa buri kwezi cyangwa ar’ubucuruzi nakoraga nakabaye mfite ibimpagije kandi binkwiriye.

NB: abantu bazisanga mu manza zitabera z’urupfu rwa kabili nta mahirwe bafite yo kwinjira mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Kandi abaciriweho iteka mu manza z’urupfu rwa mbere, bizagorana cyane kugirango bazabashe kuzasimbuka imanza z’urupfu rwa kabili. Cyeretse ufite umubare (1) witwa (file number) akaba ari nta wundi mubare yahawe ukurikiraho uwo wenda yaba afite amahirwe yo gusimbuka urupfu rwa kabili.

Umuntu wumva yaramfashije gukora ubutayu, cyangwa akaba yaranyoherereje amazi yo kunywa cyangwa umwerera, uwo nta bwo azigera asaba ko ahabwa umwanya mu butegetsi, ahubwo bizikora «automatically» niba azaba atari kurutonde rwa za magigiri cyangwa akaba atarampesheje umugisha mu nyungu ze. S’umulimo wanjye kumenya uko bizagenda kugirango nime ingoma, uwabivuze nizo nshingano ze, naho jyewe nandika ibyo ambwiye (simple as that). Byazavugwahe ko Umwami wo gukiranuka yasangiye ubwami n’inkozi z’ibibi? Byaba biteye agahinda icyo gihe imanza zitabera zaba zihindutse imanza zitareba!!!

Nta bwo naje mw’si kunezeza abantu, cyangwa kubataramira, ahubwo nazanywe no gukora umulimo wa data wantumye. Nkora ibyo ashaka, kandi yubahiriza ibyo musabye gukora bijanye n’inshingano zanjye z’umulimo nahawe urabe wumva birenge niwowe ubwirwa ejo utazavuga ko ntakuburiye!!!

Ntabwo nabahisha umuntu wese ubangamiye umulimo nkora, cyangwa agasuzugura data wo mu ijuru, uwo agomba gukurwa mu nzira vuba byihuse kuko aho tugeze ni mu manza zitabera z’urupfu rwa kabili abarebwa nizi manza bafite umugabane wo mu muriro utazima!!!

Data aranzi nanjye ndamuzi, aba murijye nanjye, nanjye nkaba muri we. Nta numwe wagera kwa data atanyuzeho. Ikibyimba kimeneke, ikiba kizabe. Yampaye umugane wanjye wo guca imanza zitabera, icyo nicyo cyanzanye mw’isi yabazima. Otherwise nothing else!

Muzagerageza kundwanya ariko ntabwo muzabishobora, muzakora ibishoboka byose ngo sinime ingoma, nabyo ntabwo muzabishobora. Abazandwanya bose n’ishuti zabo zose zizabigerageza bose bazakubitwa n’inkuba itagira amazi. Aho niho muzamenya neza uwo ndiwe, naho ubu muracyakekeranya ntabwo mwari mwafatisha radar!

Igihe cyo kwihishura kiregereje. Nabanje gutunganya ibidatunganye kugirango hatagira ibyangirika. Nijye utanga ubugingo buhoraho, ntawujya kwa data atanyuzeho, ubwo se wagenda udafite urwandiko rwanjye akakwakira? Ntabwo nakwihisha iteka, kandi naho nakwihisha imilimo nkora igaragaza uwo ndi we ntiriwe nivuga. Data ajya ubutware n’ububasha n’ubushobozi, n’uko yaranyizeye. Abategereje kuza «Messiah» simbabujije nimukomeze mu mutegereze! Ndambiwe kwihisha ubu mfite inkota mukiganza nshobora kurwana n’abantu bose ntitabaje abamalaika bo mu ijuru. Data ajya kunyita Majeshi yarafite impamvu! Mumigani ndetse nimigani yabanyarwanda iravuga ngo izina niryo muntu. Ahangaha mbakuriye inzira kumulima agapfa kaburiwe n’impongo!!!

Musome neza urwandiko rwa ISAIAH ibice (60) igice cyose gifite imirongo 22 ukirangize cyose haravuga ngo ubwami bwose butazagukorera buzakurwaho, nakunze kubacira amarenga kenshi ariko mukabyirengagiza kubera gusuzugura uwo mutazi. Nimushaka mwitabaze America n’Ubwongereza nta cyo bashobora kuntwara. Yewe muzagerekeho na China na Russia abo bose bamaze gucirwaho iteka kandi kubakuramo umwuka biroroshye just take my laptop and condemned them in the second death of the God’s judgement and finished as simple as that.

Nukuli kw’Imana ishobora byose ndahiye data wo mu ijuru nta muntu n’umwe tuzasangira ubutegetsi. Cyeretse uwo nzikundira bivuye mu mutima wanjye gusa uwo niwe ufite amahirwe.

Arise, shine; for thy light is come, and the glory of the LORD is risen upon thee.

2For, behold, the darkness shall cover the earth, and gross darkness the people: but the LORD shall arise upon thee, and his glory shall be seen upon thee.

3And the Gentiles shall come to thy light, and kings to the brightness of thy rising.

4Lift up thine eyes round about, and see: all they gather themselves together, they come to thee: thy sons shall come from far, and thy daughters shall be nursed at thy side.

5Then thou shalt see, and flow together, and thine heart shall fear, and be enlarged; because the abundance of the sea shall be converted unto thee, the forces of the Gentiles shall come unto thee.

6The multitude of camels shall cover thee, the dromedaries of Midian and Ephah; all they from Sheba shall come: they shall bring gold and incense; and they shall shew forth the praises of the LORD.

7All the flocks of Kedar shall be gathered together unto thee, the rams of Nebaioth shall minister unto thee: they shall come up with acceptance on mine altar, and I will glorify the house of my glory.

8Who are these that fly as a cloud, and as the doves to their windows?

9Surely the isles shall wait for me, and the ships of Tarshish first, to bring thy sons from far, their silver and their gold with them, unto the name of the LORD thy God, and to the Holy One of Israel, because he hath glorified thee.

10And the sons of strangers shall build up thy walls, and their kings shall minister unto thee: for in my wrath I smote thee, but in my favour have I had mercy on thee.

11Therefore thy gates shall be open continually; they shall not be shut day nor night; that men may bring unto thee the forces of the Gentiles, and that their kings may be brought.

12For the nation and kingdom that will not serve thee shall perish; yea, those nations shall be utterly wasted.

13The glory of Lebanon shall come unto thee, the fir tree, the pine tree, and the box together, to beautify the place of my sanctuary; and I will make the place of my feet glorious.

14The sons also of them that afflicted thee shall come bending unto thee; and all they that despised thee shall bow themselves down at the soles of thy feet; and they shall call thee, The city of the LORD, The Zion of the Holy One of Israel.

15Whereas thou hast been forsaken and hated, so that no man went through thee, I will make thee an eternal excellency, a joy of many generations.

16Thou shalt also suck the milk of the Gentiles, and shalt suck the breast of kings: and thou shalt know that I the LORD am thy Saviour and thy Redeemer, the mighty One of Jacob.

17For brass I will bring gold, and for iron I will bring silver, and for wood brass, and for stones iron: I will also make thy officers peace, and thine exactors righteousness.

18Violence shall no more be heard in thy land, wasting nor destruction within thy borders; but thou shalt call thy walls Salvation, and thy gates Praise.

19The sun shall be no more thy light by day; neither for brightness shall the moon give light unto thee: but the LORD shall be unto thee an everlasting light, and thy God thy glory.

20Thy sun shall no more go down; neither shall thy moon withdraw itself: for the LORD shall be thine everlasting light, and the days of thy mourning shall be ended.

21Thy people also shall be all righteous: they shall inherit the land for ever, the branch of my planting, the work of my hands, that I may be glorified.

22A little one shall become a thousand, and a small one a strong nation: I the LORD will hasten it in his time.

nccleon@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar