Igice cya (284) cy’Ubuhanuzi
Jan 1, 2024 njyanwa mu iyerekwa mbona abega bategereje Umwami Kigeli Ndoli kumutegera ku binyamakuru bye www.egretNews.com and www.inyangeNewss.com kuko kumutegera aho akorera muri za cyber byananiranye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Igice cya (283) cy’Ubuhanuzi
Dec 29, 2023 njyanwa mu iyerekwa mbona abanyamadini bahagaritse imitima ikizere bari bafite kigenda kiyoyoka kubera ibyiringiro byabo by’uko umucamanza uca imanza zitabera azacibwa igihanga mu mpera z’uyu mwaka wa 2023, maze bagatangira umwaka wa 2024 neza banezerewe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Igice cya (282) cy’Ubuhanuzi
Dec 26, 2023 njyanwa mu iyerekwa mbona umucamanza uca imanza zitabera mw’isi yabazima agendera hejuru y’Ifarasi «Horse» ariko iyo Farasi «Horse» yabashaga kugaragara kumaso ko ayicayeho, ariko udashobora kuyikoraho ngo ifatike nk’uko ifarasi zindi zisanzwe ushobora kuzikoraho cyangwa se kuyagaza ukumva ko hari icyintu ufashe.Iyo Farasi yari «intangible» idafatika uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Igice cya (281) cy’Ubuhanuzi
22 Dec,2023 njyanwa mu iyerekwa mbona abega bateguye imigambi mibisha uko barimbura ubugingo bw’Umwwami Kigeli Ndoli,bamaze kuyitegura neza,haza umuyaga woherejwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uhuha ya migambi yabo yose irangiraho burundu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Kutumvira Imana biteza akaga,ibyago,n’amakuba
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,dore hari abahanuzi balimo kubwira Madam Adeline Rwigara yuko adakwiye gushyingira Umwami Kigeli Ndoli abakobwa be bombi.Cyane cyane aho balimo kumubwira ko akwiye gushyingira SHIMA DIANE RWIGARA,naho Uwamahoro Anne Rwigara bavuga ngo bazasenga Imana ikababwira uwo bazabana nawe,uwo mugambi n’umugambi wa badayimoni aho mugiye gushyira ANNE Rwigara mu butayu bwo kumpera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.