Igice cya (291) cy’Ubuhanuzi
Jan 25, 2024 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, abajepe «Republican Guard» (R/G) banzuye ko batazongera guhiga ubugingo bwawe kubera umuhanano watanze usaba abantu bakubangamiye kuva mu nzira ukihitira, bakanga.
Umuhanano wa nyuma kuri za magigiri
Itangazo rireba magigiri Dr. Charles Kambanda ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo butegetse ko wishyura amande angana na $ «50,000» kubera igikorwa wakoze cy’ubugambanyi ugambanira Umwami Kigeli Ndoli uhawe iminsi itandatu (6) uhereye uyumunsi iritangazo ritangarijwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse. Waba udakoze ibisabwa ugakurwa mu nzira ukareka gucyerereza abagenzi.
Umuhanano wa nyuma kubo bireba
Itangazo rireba magigiri Sendora Josepf France, ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo butegetse ko wishyura amande angana na € «3000» kubera igikorwa wakoze cy’ubugambanyi ugambanira Umwami Kigeli Ndoli uhawe iminsi itandatu (6) uhereye uyumunsi iritangazo ritangarijwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse. Waba udakoze ibisabwa ugakurwa mu nzira ukareka gucyerereza abagenzi.
Itangazo rirareba abakurikira
Itangazo rirareba umunyamategeko KWITONDA THADEYO, utuye mu gihugu cy’Ububiligi ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo butegetse ko wishyura amande angana na € «3000» kubera igikorwa wakoze cy’ubugambanyi ugambanira Umwami Kigeli Ndoli muri Uganda byamuviriyemo gufungwa amezi (6) uhawe iminsi itandatu (6) uhereye uyumunsi iritangazo ritangarijwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse. Waba udakoze ibisabwa ugakurwa mu nzira ukareka gucyerereza abagenzi.