Urukiko rw’ubujurire mu Rwanda rwatangiye kumva urubanza ubushinjacyaha bwa gisirikare rukurikiranyemo Lt Joel Mutabazi na bagenzi be. Uyu musirikare wahoze mu barinda umukuru w’u Rwanda Paul Kagame mu byo aregwa harimo gushaka kwica perezida Kagame. Ibyaha byose arabihakana agasaba gufungurwa by’agateganyo kubera uburwayi.
Category Archives: Justice
USA: Bamwe Mu Bagize Congress Basaba Ko Rusesabagina Arekurwa
Leta zunz’ubumwe z’america zirasaba ko Rusesabagina arekurwa
Ku italiki ya 18 y’ukwezi kwa 12 gushize, bamwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’Amerika, Congress, bo mu mashyaka yombi, Abademokarate n’Abarepubulikani, bandikiye perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, bamusaba ko Paul Rusesabagina afungurwa. Ibaruwa yabo yageze ahagaragara kuwa kabili taliki ya 16 y’uku kwezi kwa kabili.
Afrika y’Epfo iraregwa kungwa gufatanya gufata abaregwa genocide!
Umushinjacyaha mukuru w’urwego rusigaye rukora imirimo yakorwaga n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rw’i Arusha muri Tanzaniya, avuga ko Afurika y’Epfo idafatanya narwo mu guta muri yombi abaregwa Jenoside mu Rwanda.
Urukiko rukuru rwa Kenya rwashyigikiye itegeko rihana abahuza ibitsina b’igitsina kimwe
Bamwe mu mpirimbanyi zamagana iryo tegeko zashenguwe n’icyemezo cy’urukiko
Urukiko rukuru rwa Kenya rwanze icyifuzo cy’impirimbanyi zishaka ko hakurwaho itegeko ribuza imibonano mpuzabitsina ku bantu b’igitsina kimwe.
Urukiko rwa Uganda rwabujije Leta guhagarika abanyamakuru kubera Bobi Wine
Bobi Wine uharanirra impinduka muri Uganda yafunzwe kenshi mu buryo avuga ko bunyuranyije n’amategeko
Urukiko muri Uganda rwabujije leta guhagarika abanyamakuru 39 baregwa ko gutara no gutangaza inkuru zabo ku ifungwa riheurka rya Bobi Wine byashyize mu kaga umutekano w’igihugu.