Igice cya (46) cy’ubuhanuzi
Dec 15, 2016 njyanwa mu isi y’umwuka nerekwa amabanga y’ibikorerwa mu isi ya bazima, nerekwa imigambi mibisha umwanzi afitiye ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Nuko mbona za magigiri zitangatanga Umuhanuzi kugirango zimuce igihanga, ariko mbona gahunda yabo iburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Ijambo ry’uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,iki gihe,s’igihe cyo gucibwa igihanga,ahubwo n’igihe cy’umugisha,ariko inkozi z’ikibi nta gihe na kimwe zizemera yuko wahumeka ngo ugire amahoro,kuko nabo bayabuze!Ariko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,uwo niwe mahoro yawe uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa udukoko twinshi cyane dupfutse amoya kumujosi, andi mashusho zijya gusa nbiyongo yongo binanutse cyane, mbona byambuka imihanda byerekeza kuwundi musosi.Mbona haje umukasi mure mure kandi munini(Ijambo ry’Uhoraho) mbona “UMUKASI” ijambo ry’Uhoraho ukase ya majosi yazo yose, maze abo badayimoni bose barimbukira icya rimwe niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uhumure cyane kuko imigambi umwanzi yari yateguwe yose iburijwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo.Gahunda zose warufite uzihagarike kuko udashobora kubona inzira, kuko umwanzi yayishizemo impindu mu nzira,nuko rero biragaragara yuko udashobora kubona inzira, kandi bakaba bateze imitego hose,kugirango nuramuka ushinze ikirenge ugishinge muri za mpindu nuko rero ukwiye guhindura ingingo wafashe kugirango utagwa mu maboko y’umwanzi maze akishima hejuru ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.
Nuko nkomeza kwerekwa uko za magigiri zapanze umugambi w’ishimuta, mbona baragiye kumurwa mukuru w’ISHUSHANI bagenda bahagarara ahantu hatandukanye, kuko hari ku wa gatanu kandi bakaba ariho bashimuta abantu cyangwa mu minsi mikuru, cyangwa mu minsi y’icyumweru inzego za leta zitakoze! Mbona uduce twose tugize umurwa mukuru w’ISHUSHANI hose bahashyize abicanyi bagatsiko kabagara.Ariko nubwo bakoraga ibyo, nta icyerekezo byiringiro bari bafite yuko bazashimuta Umuhanuzi kuko bamuhize igihe kirekire kigera kumyaka[8] mu butayu bugufiya niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi asigaje igihe gitoya cyane,nuko rero wirinde cyane bishoboka kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo agiye ku kuruhura umubabaro akagukiza inyangabirama z’abagomano,barwanije ijambo ry’Uwiteka kuva cyera kubera gukiranirwa kwabo.
Kandi bakaba nta cyizere basigaranye cyo kuzababarirwa,cyangwa kugirirwa imbabazi uko niko bagenda barushaho gukiranirwa cyane kurushaho bibwira yuko gukoresha imbaraga za magare na mafarashi bishobora gukiza ubugingo bwabo kuko bamaze kwiciraho iteka mbere yuko Uwiteka ari baciraho niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umukuru w’igihugu cya repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,Joseph Kabila,ahunga igihugu cye,mbona ahungiye mu Rwanda,maze atangira kwicuza impamvu atatanze ubutegetsi kuneza yabanyagihugu kugirango ashyirwe mu nteko nshingamateka mu mutwe wa SENATE.
Mbona ko Kabila abuze icyerekezo nyuma yo gukurwa ku butegetsi,akimara kugera mu Rwanda,naho mu gihe gitoya hahita haba intambara atangira gushakisha uko yakwerekera kumugabane w’Uburayi kugirango atazatabwa muri yombi kubera byaha by’intambara ashinjwa no kunyereza umutungo kamere wabanye CONGO atangira kugenda amahanga yihishahisha ngo ntazatabwe muri yombi.
Ubutabera bw’Uwiteka Imana.
Inteko ya bacamanza bo mu Ijuru bongera guterana maze mbona bafunguye dossier y’urubanza rwabagiye gucirwaho iteka, Nº 0018/0012/0016.Aba bantu nabakoze ibikorwa by’ubugambanyi,no kuvuga nabi izina ry’Umuhanuzi nabi,no gutuka Imana akorera Uhoraho Uwiteka Nyirinagbo.
\Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,hari abantu bakugambaniye,nabandi bose basuzuguye ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Nuko nitegereje mbona wa mugore w’umumagigiri witwa “Mukashema Esperance” wagambaniye Umwami n’ubwami bw’uRwanda.Nundi witiranwaga n’uwahoze ari madame w’Umuhanuzi nawe witwa Murekatete Odette mbona na bandi benshi cyane baciriweho iteka kubera gutuka ijambo ry’Uwiteka no kuryitotombera.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abantu banjye bareke gukinisha ijambo ry’Uhoraho kuko ibihe murimo ari ibihe by’ubucamanza kubatuye isi bose.Nuko rero uzakinisha ijambo ry’Uhoraho kandi turi mu bihe by’ubucamanza,azamenye yuko nta gihe gisigarijwe imbabazi kuri babandi bigize ba ntibindeba bibwira yuko Uwiteka azamanuka akaba ari we ucira imanza abana b’abantu kandi afite abantu yagize kuba abacamanza b’ubwoko bwe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo (Jehova) avuga.
Dec 16, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo abanzi bumusaraba b’Abakagara,bateguye gahunda zo guhitana Umuhanuzi w’Uwiteka Majeshi Leon,nerekwa uburyo bagiye gushaka itangaza makuru ry’IBABYLON bari buhite baha amakuru bamenyesha isi yose yuko hari umunyamakuru wahitanywe na bantu batazwi.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bafashe gahunda yo ku guca igihanga mbere ya Noel kuko abantu barangariye mu minsi mikuru bityo akaba ari nta muntu numwe washobora gukurikirana ibyaha bakomeje gukorera IBABYLON uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero uramenye ube maso,kandi cyane wigumire murutare kuko nubunsi ar’igihe cy’imbeho wo gutarabuka maze umwanzi wabakiranutsi akorwe nisoni.Nkomeza kubwirwa cyane ibyabo bagome babanyarugomo bakomeje kugomera ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,uburyo bashatse umunyamakuru witwa DAN Kamuhemba ukorera itangaza makuru rya mashusho kuri KTN,ngo abe ari we bagezaho iyo nkuru ibababaje barimo gutegura gushyira mubikorwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kungarukaho ku nshuro ya kabiri,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu birakomeye cyane ntunyeganyege,kuko barimo gutanguranwa no gushaka uburyo baguhitana mbere y’umwanzuro w’urukiko rw’America kugirango utazatangariza ubwoko bw’Uhoraho uko gahunda ziteye kandi nyine bakaba bazi neza yuko ugiye kubacika kuko ari cyo kimenyetso cya nyuma kizabakura ku ngoma y’Abega b’Abakagara biyimitse mu bwami bunyuranije na mategeko ngo kuko bazarwanya Uwiteka kandi bakazamunesha uko niko bavuze!Uwiteka niko akubiriye,kandi niko avuga.
Umwakagara akomeje kubabazwa cyane ni uko abanyarwanda bakomeje ku gukurikiranira ku inyangeNews ari benshi cyane.Kandi bikomeje kumuhagarika umutima cyane,ku buryo budasanzwe,kuko agambiriye kubanza guca ibihanga by’abo ahanganye nabo kuko azi neza yuko umwaka utaha wa 2017,ar’injyana muntu.
Kandi yahagaritswe umutima nindahiro yawe aho ugira uti,umwakagara naramuka akoze amatora,muzakurikirane imana ye,ariko kandi naramuka aciwe igihanga mbere ya matora,namwe muzemere mukurikirane Uwiteka Imana yanjye nkorera kandi bizamenyekane yuko Umuhanuziari we ufite ho Uwiteka Imana Nyiringabo ho umugabane wo gukiranuka mwemere muyiyoboke niko Uwiteka avuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunganiriza amagambo akomeye cyane,maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,bigiye kuzamenyekana yuko ukorera Uwiteka Imana Nyiringabo,kuri babandi bose bari bagifite amaranga mutima,bumva yuko udakoreshwa n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Hanyuma yibyo abatazizera Uhoraho,bazacirirwaho iteka rya burundu bahabwe umugabane w’igihinomo kuko kubaho kwabo nta cyo kuzaba gushigaje kubafasha kumenya no kwizera,no kwemera yuko Uwiteka Nyiringabo ari we Imana ya bari mu isi ya bazima kandi ari we wayiremye niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Mwana w’umuntu,dore hasigaye iminsi micye cyane,ariko kubera ijambo rikakaye cyane wahawe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,iryo wagejeje ku bwoko bwe,taliki ya 14 ukuboza,2016 ari naryo rirangiza igice cya [45]; cy’ubuhanuzi,ryateye umutima uhagaze Umwakagara nabe bose kuko bizera ijambo uhanura,ariko bakaba badashobora kurishyira mu bikorwa.
Ubwo bagufatiraga mu gihugu cy’umwana w’UMUSITA, (Uganda) bakubajije amashirakinyoma uzasimbura Umwakagara ku ngoma,bumva ko,atari Gen.KAYUMBA Nyamwasa,ahubwo ubabwira ko ari Ndahindurwa.
Nibwo batangiye gushaka gushyikirana nawe,binaniranye nibwo bashakishije uburyo bwose bwo kumuhitana bibwira yuko ubuhanuzi buzaba burangiye naramuka atanze!Ariko bibagiwe yuko ubuhanuzi bugaragaza yuko azasimburwa nundi Mwami.
Amaze gutanga uwagombaga kumusimbura yanga kwima ingoma,nibwo ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryahise risohora ryanditse mu gice cya (41,42) cy’ubuhanuzi aho ibyo bice byombi bigira biti,mwana w’umuntu,dore kubera kutumvira ubuhanuzi k’Umwami Ndahindurwa,ubwami abereye Umwami arabwambuwe bukuwe mu nzu ya bahindiro bujyanywe mu nzu itarigeze ubwami ariko iyo nzu ikaba inkomoka y’ubwami bw’uRwanda mu karere kibiyaga bigari.
Umwakagara amaze kumva yuko uwagombaga gusimbura Ndahindurwa yamuguze akemera kurya intonorano,akaba yanze kwima ingoma,nibwo yatekereje yuko agitsinze,ntaho ntabwo yamenye yuko nubundi umugambi w’Uwiteka kwari ukwambura ubwami inzu ya bahindiro yanze kumvira ijambo ry’Uhoraho kugirango izabone uko yimika umwuzukuru wa DAVID,uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Burira ubwoko bwanjye uti,umwakagara ahanganye n’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kandi ntabwo ashobora kuburizamo umugambi w’Uwiteka Imana ikiranuka,kuko adafite ubwo budahangarwa kandi igihe cye Uwiteka yamuvuzeho kikaba gihumuje kugirango abererekere ijambo ry’Uhoraho ryimike undi Mwami wavuzwe mu jambo ry’Uhoraho nk’uko ryahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi leon umwaa wo gukiranuka nk’uko Uwiteka yabishatse uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Intonorano muri RNC
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira RNC,uti Umwakagara yamaze gutanga no kugeza intonorano mu ba Kada (Cadles) ba RNC,nerekwa bahabwa misiyo yo kudindiza gahunda zose za RNC.No kuzajya batanga amakuru k’Umwakagara kuri buri gikorwa bagiye gukora cyose kugirango amenye uko ahangana nabo.
Nerekwa abakada ba RNC, bisinziriza bagira nk’aho barangaye ariko byari umugambi w’Umwakagara mubisha kugirango adindize ibikorwa by’Ihuriro rya RNC, mugutera Umwakagara no kumukura ku ngoma uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi Mukuru ahanganye nabakonikoni maze mbona bikingiranira mu nzu ifite imirango y’ibirahuri,mbona Umuhanuzi afata inkota ayitunga muri wa muryango maze arayirekura iragenda itobora ikirahuri maze isogota umurozi kazi waruyoboye icyo gitero maze ahita yigendera kandi yararikumwe nay a ntabwa yasigaye muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nerekwa ingabo za KDF/RDF, zihura na gakomeye kajyanye ni nzara ndetse mbona na bari mu nzu y’imbohe bose bahura nikibazo cy’inzara ikomeye cyane.Ariko cyane cyane abari mu bitaro barwariyemo kuko batari bagifite ubagemurira.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dorre Umwakagara ahuye nuruva gusenya kuko imbaraga ze zose zimaze kurangira ku buryo bugaragara,kandi ijambo ry’ubuhanuzi rikaba rimukozeho kubera inzara yavuzwe n’ubuhanuzi yuko izajegeja ubwami none niko bigenze kuko ageze ahazamuka kandi kuzahamanuka bikazamugora uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa imigambi mibiisha Umwakagara akomeje gutegura akoresheje i police,baragenda bashakisha urumogi bararufata baruha aba Police bagiye guhiga Umuhanuzi kugirango nibaramuka bamubonye bakamufata bahite bamushinja yuko acuruza urumogi.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wirinde cyane kuko umwanzi ameze nabi cyane, kandi byamukomeranye kuko indahiro wakoze yatumye abasangirangendo be,bagira ubwoba bukomeye! Ndetse bamwemeza yuko ibyo wavuze yuko ar’ukuli kuko ibyo wahanuye kuri UHURU Kenyatta,Donald Trump,no Ku Kigeli V Ndahindurwa byabaye impamo.
Niko kumubwira yuko ngo abanyarwanda bamaze kwemera no kwemeza yuko uwo muntu ar’Umuhanuzi ukomeye kandi ko rubanda bamwemera cyane.Bityo bikaba bigoye kugirango wumvishe rubanda yuko adakoreshwa n’Imana Uwiteka YEHOVA JIREH.
None nyakubahwa mukore uko mushoboye kose mudukize uwo Muhanuzi kuko wa mugani ntawamenya ibyo avuga,naho byaba ar’ukuli,ariko bikazaza bitunguranye atari ukuvuga yuko byari bizwi,byaba nta kibazo.Ariko nitumureka agakomeza kwandika aburira rubanda kandi imbere yacu hari amatora,bizatugora cyane.
Kandi ikibazo nyamukuru nta kuntu twarwana intambara hari itangaza makuru ritari kuruhande rwacu rigera kubaturage bose cyane babandi bize bajijutse murabona yuko alimo gukoresha imyigaragambyo mu mitima ya bantu.Kuko avuguruza gahunda zose tuba twateguye kandi abamukurikira ni benshi cyane kurusha abadukurikira uko niko Uwiteka avuga.
Nkomeza kwerekwa uburyo za magigiri z’Umwakagara zamaze gupanga uburyo zitazarwana intambara zirwanira Umwakagara,ahubwo mbona ko zimaze gutegura uburyo zizahungana umutungo w’igihugu kugirango zizajye imahanga zifite impamba itubutse (INZIRABWOBA) kandi ifatika.Kuko batazi igihe bazamara mu mahanga bashakishwa n’ubwami buzasimbura ubw’Umwakagara Umwami wabega uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka yamaze guteza ubwoba bukomeye mu ngabo z’Umwakagara KDF/RDF,buri wese mu mutima we yamaze kurahira yuko Umwakagara naramuka aciwe igihanga,batamurwanirira,cyangwa intambara niramuka itangiye buri wese azashakisha uko yakiza amagara ye,akikuriramo akarenge ke,kuko ngo batazaba barwanira imiryango yabo kuko yayimazeho uko niko Uwiteka ababuriye,kandi niko avuze!
Nerekwa imandwa zibura aho zerekera zitagifite uziterekerera kuko Umwami n’Umwamikazi wazo bamaze gucibwa ibihanga.
Nerekwa zishogoshera zerekeza mu gihugu zavuyemo gituranye na gakondo ya bakiranutsi.(Uganda) kuko muri gakondo y’ubwoko bw’Uhoraho bitagishoboka yuko hakomeza gukorerwa imihango isa gutyo!
Nerekwa gakondo ya bakiranutsi,itemba amata n’ubuki buri muturage utuye iyo gakondo aba umunyamugisha ukomeye cyane ku buryo amahanga yifuzaga kuba inshuti nibura numwe mu banyagakondorero ya bakiranutsi.Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,”mwana w’umuntu,ng’uko,uko bijya bigenda kubo Uwiteka akunda,kandi akabishimira,abahindura kuba abanyamugisha kuzageza ku iherezo ryabo ryiza.”
Uhoraho ajya abahindura ubwoko bukomeye cyane isi yose ikamenya yuko bahawe umugisha n’Uhoraho kubera kumwumvira no kumwubaha uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa inzu [3] zitegereje yuko abantu baza kuzituramo,kuko abazibagamo bari bamaze kuzirukanwamo (Igihugu+Amasezerano) ubwo ndabwirwa ngo,njye gushakisha abantu baza kuzikodesha kuko zitari izabo.
Ndagenda nshakisha abantu batatu baza kuzibamo.Umunyarwanda,Umurundi,UmunyaKenya,nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyagihugu batuye muri icyo gihugu bagiye guhura n’intambara amazu babagamo agiye gusigara ar’umusaka kuko abayobozi babo batemeye kugendana n’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Muri ibyo bihugu hamaze gutegurwa umugeni wa Kristo ugiye gucyurwa mu Ijuru.Ariko nabazarimbuka nabob amaze gucirwaho iteka kandi ahabo bazakirirwa hamaze gutegurwa kugirango bakurwe mu isi ya bazima.Uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Muri ibyo bihugu biherereye mukarere k’Africa y’uburasira zuba,hagiye kwaka umuriro ukomeye cyane kandi mwinshi.Niyompamvu abakuru bibyo bihugu,basabye kwikura mu gihugu bigize umuryango wa “ROMA STATUTES” byashinze urukiko rwa ICC.Niyompamvu ijambo ry’Uwiteka rigiye kwikorera umurimo mur’ibyo bihugu kugirango Uwiteka yigaragaze ko ari we Mana yaremye isi n’Ijuru uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara wa Canada Gakwaya Jean Marie niwe urimo gukorana na za magigiri z’Umwakagara hamwe na CID yo mu gihugu cy’IBABYLON,kugirango batange ikirego babone uko bagucisha igihanga nk’uko baciye igihanga cy’Umwami w’uRwanda kigeli V Ndahindurwa.Nyamara bariyimbire kuko ibyo bagiye gukora bisa naho bashinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ibyo byose ni nzira balimo gushakisha kubera wabashyize hanze isi ikabota,bahise babona ko na bundi buryo bwo gukoresha bahitamo guca igihanga cya Ndahindurwa kuko ntayandi mahitamo bari bagifite.Uwirigira umuntu avumwe,kuko wiringira ijosi rikakubyarira umwingo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Akaburiwe mu isiza,ntabwo kabonekera mu isakaro.Bakuburiye Uganda,bazakubonera IBABYLON!? Bareke bashyireho umwete Uwiteka nawe az’yuko azabigenza niho bazamenya yuko Uhoraho ari we Mana ukorera kandi atajya anegurizwa izuru niko Uwiteka avuga.
Dec 18, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zinjiye mu ishuri rikomeye zirimo zigishwa uburyo zikwiye kugigira.Ariko mbona nubwo zirimo kwigishwa nta cyo zizageraho kuko uwo zirimo kugigira azirusha amashuri yo kugigira bakaba badafite aho bahurira.
Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,ntutinye indakebwa za BEGA,zitakebwe,kuko Uhoraho yazikugabije kugirango uzishyire ku karubanda kuko ibyo bikorwa byabo bakorera mu mwijima Uwiteka yarabirambiwe kuko bakmeje guhitana ubwoko kandi ari nta mpamvu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho rimpa ibyiringiro rirambwira riti,izo ndakebwa ntizigukange kuko zidafite imbaraga n’ubushobozi bwo gusohoza ibyo zibwira kuko muri bo bagendera kure yamategeko anyuze mu mucyo.Icyo bazi nugukorera mu mwijima bagahitana ubugingo bw’Abantu.Ubabwire ko,utari Umwami Ndahindurwa waburiwe akanga kumva imiburo y’Uhoraho Uwiteka Imana ikiranuka kugeza ubwo bamuciye igihanga uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Dore Uwiteka azagucisha imbere yabo bakureba ahabona ntabwo bizaba ari mu mwijima,ahubwo bizaba ari kumanywa y’ihangu.Maze niba arabagabo bazagufate turebe izo mbaraga zabo.Mwana w’umuntu,iyo abadayimoni bamaze kuneshwa niko bamera,kandi niko bavuga,bamaze kubura amikoro kuko bagushatse ibihe birindwi [7] none se igihe cya [8] nibwo batekereza yuko bazakubona?Niko Uwiteka abaza!
Hanyuma se uwakurinze ibyo byose,azaba yagiyehe?Babwire uti,uwandinze ntaho yagiye,aracyahari.Ahubwo se wigeze ubasaba imbabazi?Hanyuma se umwanzi wawe wajya kumufata ukabanza kumuburira ko ugiye kumufata?Ubundi se umunyantegenke,ashobora gufata umunyembaraga?Niko Uwiteka abaza!!?
Nuko rero nibamenye badashidikanya yuko ibyifuzo byabo byagendanye na banyirabyo,kandi igihe bamaze baguhigira hasi no hejuru ubanza gihagije.Kandi niba kidahagije babwire Uwiteka abongerere igihe kuko niwe nyiribihe byose,kandi niyiminsi baguhize niwe wabahaye icyo gihe cyose kugirango bagerageze batabona urwitwazo bakavuga ko nta gihe babonye cyo kwica abahutu uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona mpura n’umugozi mure mure watezwe haruguru y’ubutayu bugufiya maze uwo mugozi ndimo kuwitegereza, mbona uhindutsemo inzoka nini cyane yo mu bwoko bw’Uruziramire,ako kanya nyikubita umutwe ndawumenagura urameneka.Ubwo naringiye gushaka amashuri y’umutambyi wasigaye muri gakondo IBABYLON,nsanga nayo yarashenywe,mbura aho azajya kwiga ngo arangize.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu,dore Uwiteka aranesheje kandi Intare yo mu muryango wa YUDA, ikoze ibikomeye kuko inzira z’umwanzi zose ziburijwemo n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Yehova avuga.
Nkomeza kwerekwa imigambi n’inzira z’umwanzi na mayeri yose akomeje gukoresha kugirango agirire nabi Umuhanuzi w’Uwiteka.Mbona ibigozi nibigoyi byose yabishyize mu nzira zo gukiranirwa maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti, uramenye ntunyure murizo nzira kuko umwanzi yamaze kuzihumanya kugirango ahumanye ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira riti,mwana w’umuntu,gahunda zose Umwanzi yari yateguye zo gushyira intabwa y’umutambyi mu ishuri Uwiteka ayiburije kandi inzira zabo zose arazifunze,kandi imikorere yabo yose ayihinduye ubusa,nibyo bakoze byose bihindutse ubusa kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari we Imana yawe uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,kora amasengesho y’umunsi umwe,maze ukureho izo mbaraga zose z’umwanzi yamaze gutegera munzira.Ako kanya ntangira amasengesho kugirango ibigozi byose byatambiwe mu nzira no gutambika mu nzira byose bikurweho.Ndabikora mu gihe maze amasaha [8] ntangiye gusenga ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha w’Uwiteka uraje kandi Uhoraho niwe uwohereje kugirango umenye yuko Uwiteka ari we Imana yawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane, nerekwa ku mukuru w’IBABYLON ko hagiye kubaho ibibazo bikomeye cyane.Mbona amazi apfumutse mu butaka ISI, maze azamuka ku isi yuzura mu mihanda hose abantu ntibaba bakibona aho bakandigira cyangwa aho banyura.Ndabwirwa ngo, mwana w’umuntu,icyo gihugu kigiye guhura na kaga gakomeye cyane,muri ibi bihe bya matora.Nuko rero uburire ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,bushakishe uko bwakwirinda ndetse ababishoboye bashake uko bigenza niko Uwiteka avuga.
Nerekwa idini rya Vivante riyobowe na Pastor GATAHA Straton,ukoresha imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bwa Soothers imyuka ikoresherezwa mu maso mu kumenya umuntu ufite umwuka w’Imana maze yaba ataragutahura,cyangwa yarahamgariwe kuzasenya ubwami bwa Satani nabadayimoni akagutanguranwa agahita aguhumanya kugirango utazabasha gukoresha imbaraga z’Uwiteka mugusenya ubwami bwabo.
Nerekwa urusengero rwe ruherereye mu Kanogo munsi ya KIMIHURURA, muri cartier industries mbona hagoswe na masaka ndetse nigori bigiye kwera.
Amasaka asobanura umugeni,naho igori bisobanura ibigoye cyangwa ibibazo mbona ko urwo rusengero rusigayemo urubyiruko rwinywera inzoga gusa gusa hamwe na basirikare (abadayimoni) bajyanwa no kwishakira udukumi ariko bakitwakira umutaka wo gusenga.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu.
ijambo ry’Ubuhanuzi ryahanuwe mu mwaka w’2002 ubu hashize imyaka [14] dore rigiye gusohoza umurimo waryo kugirango bamenye yuko umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari wo wavugiye muri wowe uko niko Uwiteka avuga.
Umwuka w’Uwiteka urambwira uti, mwana w’umuntu,dore urwo rusengero rwasigaye ari igishushanyo cyerekana yuko habagaho ahantu ho gusengera.Ubu na hantu hashinzwe gukora advertisements usibyeko nyine ikorwa nabasinzi n’abarozi ariko igihe kiraje ubwo bazamenya yuko Uwiteka ari we Imana kandi ko atajya anegurizwa izuru kugirango bimenyekane yuko ukorera Imana ica imanza zitabera niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Dore urwo rusengero ruteraniramo abatutsi gusa gusa bigize indakoreka baturutse mu gihugu cy’UBURUNDI bavangavanga amasaka namasakarementu kandi ni mu gihe kuko umwera uturutse ibukuru bucya wakwiriye hose ariko ubabwire uti,icyo umuntu abibye ninacyo asarura niko Uhoraho avuga.
Kutumvira Uwiteka bihindura isezerano!!!
Nyuma yo kurangiza igitabo cya RUTH,ubu noneho dutangiye igitabo cy’Umuhanuzi Samuel,wabaye umucamanza wa mbere mu bwoko bw’Israel bamaze igihe bavuye mu Egypt-Misiri nibwo mu mwaka w’1375 BC-1220 BC ubwoko bwa Israel bwasabye Umuhanuzi Samuel ko yabimikira Umwami nabo bakamera nkayandi mahanga.
Icyo Israel ya yoborwaga n’Uwiteka binyuze mu Muhanuzi.Igihe kiza kugera babona andi mahanga ayoborwa n’Umwami barebesha amaso,bityo nabo basaba ko bakwimikirwa Umwami bazajya barebesha amasi y’umubiri usibye ko,icyo gihe Umuhanuzi ari we wayoboraga mu cyimbo cy’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.
Bamaze kwanga ko,Uwiteka abayobora,nk’uko biri uyu munsi kuko Itorero rya Kristo birikanyemo abahanuzi kugirango babone uko bikorera ibyo bishakiye,ndetse hariho na bahise bafata uwo murimo wo guhanura,batangira kuwukora kandi atariwo mulimo wabo,bakajya bawukora bijyanye na maranga mutima yabo kugirango bagaragare yuko nabo bavugishwa n’Imana kandi nyamara atari byo.
Ubwo Uwiteka Imana yabwiye Samuel ati,mwana w’umuntu,siwowe banze,ahubwo banze njyewe,ariko mbere yuko ubimikira Umwami ubanze ubabwire ibyo uwo Mwami azabakorera.Niko yabigenje yabasobanuriye uburyo Umwami bashaka azabananiza akabakoresha agahato,agashyiraho imisoro,bakazaba abacakara kurusha uko babaga mu Egypt.
Ibyo bamaze kubyumva baramusubiza bati nta kibazo wowe twimikire Umwami ibyo azadukorera tuzabyirengera. Umwanditsi wiki gitabo bivugwa ko cyanditswe n’Umuhanuzi Samuel,akaba yaranditse n’igitabo cy’ubuhanuzi bwa GAD,na NATHAN.1Chronicles 29:29)
Nibwo rero Umuhanuzi Samuel yaje kubimikira Umwami SAUL akaba ari we wabaye Umwami wa mbere mu gihugu cya Israel bari bamazemo igihe gito bageze muri gakondo yabasekuruza bari barahaweho isezerano ko bazahabwa gakondo yabo ikazababera umwandu wabo.Nyuma yuko SAUL yimye ingoma,ntibyabujije Umuhanuzi Samuel gukomeza imirimo ye,nubundi yakomeje guhanurira ubwami bw’Israel kuko ari we yari yarabwimitse.
Ariko nabashakaga kumenya icyo Uwiteka abavugaho ntibyababuzaga kujya kumureba kugirango ababurire imiburo y’Uwiteka Imana yo mu Ijuru.
Iki gitabo nicyo gitangirana na bacamanza (Abahanuzi) uburyo bayoboraga ubwoko bw’Israel twakwita (Israel Transition from a theocracy led by God to a monarchy le by King).Iki gitabo kivugwamo abantu bagera [6] Eli,Hannah,Samuel,Saul,Jonathan,DAVID.
Mbere yuko Samuel atangira umulimo wo kuba umucamanza,umutambyi no kuba Umuhanuzi icyarimwe.abahungu ba Eli babanje kuba abatambyi umulimo w’ubutambyi bawukoze nabi uko biri uyu munsi kuko basabaga abantu ruswa mbere yuko babakorera igitambo.Byaje kurakaza Uwiteka bituma aha umwana Hannah wari yarabuze urubyaro,maze nawe asezeranya Uwiteka yuko naramuka abonye umwana w’umuhungu azaba mu nzu y’Uwiteka.
Icyo gihe urusengero nirwo rwashushanyaga inzu y’Imana ariko uyu munsi inzu y’Uwiteka nimitima yacu.1Corith 3:16-17 Umwami Saul amaze kwima ingoma,Umuhanuzi Samuel niwe wari umujyanama we,kandi mu gihe yaracyumvira Umuhanuzi Samuel,yarafite imbaraga zitangaje cyane kuko abanzi be,nta numwe wamutsindaga kurugamba.
Ariko atangiye kugenda akomera nibwo yatangiye gusuzugura Umuhanuzi ibyo yamugiriyemo inama,nibwo Imana yahise imukura ku ngoma kandi akiri Umwami yimika Umwami DAVID.Uko niko bimwe na bimwe byagendekeye Umwami w’uRwanda watangiye yemera ubuhanuzi maze amaze kubona ko bigiye kugera ku iherezo,yibeshya yuko yageze ku ngoma atangir akujya atumvira inama z’Umuhanuzi Majeshi Leon,wamugiraga inama zimufitiye umumaro,ahubwo ahindukirira abakagara bakoresha imyuka mibi nibwo byarangiye bamuciye igihanga!
Na Saul niko yakuwe ku ngoma kubera kutumvira Umuhanuzi kandi ariwe wa mwimitse ku ngoma.Saul yakuwe ku ngoma kubera kutumvira umwuka w’Imana,ariko kuba yarakuweho ntibivuga ko,atari we wari wimitswe nyamara ntibyabujije Imana kumusimbuza DAVID kandi akiri ku ngoma.
Isezerano urarikorera ntabwo wakwikorera ibyo ushaka ngo maze wigaramire ngo ni uko Imana yakuvuzeho umugisha noneho ngo utangire kwikorera ibyo wishakiye unasuzugura uwaguhesheje umugisha ntabwo byashoboka.
Bivugwa ko,kimwe mu bintu byatumye ubwoko bw’Israel bwanga kuyoborwa na Abahanuzi,ni uko bari baramaze kwangirika nk’uko biri uyu munsi.Aho bajyaga hose bahasangaga abatambyi bamaze kwangirika basaba amaturo,kubiba imbuto,icyacumi,ayi nyubako,nibindi byinshi.
Noneho baza gusanga nta ho bahuriye nibihugu byari byifitiye ubwami nibwo bahise bagira igitekerezo kinyuranye nubushake bw’Imana,nubwo byagaragaraga yuko ibyo basabye bisa ni ukuli.Birashoboka yuko imigambi yawe naa gahunda zawe bishobora kuba bigaragara yuko ari byiza,ariko ukwiye kureba neza niba bitanyuranye nubushake bw’Uwiteka Imana ya bakiranutsi kugirango hanyuma bitazakugiraho ingaruka zikomye!
Kwimika ubwami bwa Israel,ntabwo byakuyeho ibibazo byabo bari bafite,ahubwo byatumye byikuba kabiri kurushaho uko babitekerezaga.Uwiteka yishimira igitekerezo giturutse mubushake bwe,kitarwanya imikorere y’Uwiteka,cyangwa ngo gihe uburyo Satani na badayimoni kuba babona urwaho mu gikari cy’Uwiteka.
\Uwiteka buri gihe abari kumulimo we,kandi nuwo kwizerwa kuko akorera mu gukiranuka kandi ibyo akora byose abikorana umutima w’urukundo kandi ukunze cyane ubwoko bwe.Kandi aba yiteguye guhangana ni cyintu cyose gishobora kuzana ibyago na makuba mu bamwumvira bose kuko ntawundi mulimo ashinzwe utari ukubarinda.
Abami,abatambyi,abacamanza,n’Abahanuzi,iyo badakoze umulimo wabo neza,byanze bikunze,bahura nibibazo bikomeye cyane,kandi biashobora kubona ibisubizo.Ntabwo wa kwitwaza imibereho ya bandi uko bakore ngo nawe ube ari ko ugenza,kuko muba mutandukanye haba mu mihamagaro,cyangwa kumenywa n’Uwiteka Imana.
Byumvikane neza yuko umuntu w’Imana atemerewe kwigereranya nandi mahanga cyangwa nabandi bantu,haba mu mvugo,imikorere,imyitwarire,cyangwa se imyambarire cyangwa se imibereho kuko Uwiteka ajya kugutoranya yaragufiteho impamvu kandi abo bose yabanyuzeho ahitamo wowe kugirango azagukoreshe iby’ubutwari mu gihe gisa nk’iki!
Uhoraho Uwiteka Imana yakoresheje inzira nuburyo bunyuranye cyangwa butandukanye mukuyobora ubwoko bwa Israel,haba mu bami,abatambyi,abacamanza,na bahanuzi.Byose yabikoreraga ku neza ya bantu be.
Satani amaze kubona yuko Imana ihaye umwana w’umuntu ibyo yifuza,cyane kubijyanye n’ubwami,yarazi neza yuko Imana bitayitunguye,ko ahubwo byari mu mugambi wayo kugirango Umwami Yesu Kristo Umwami wabakiranutsi azabone aho azavukira(mu bwami) nibwo yatangiye kwiga uburyo azasenya ubwami kubera imikorere mibi ya bantu batumvira Imana nibwo yahimbye imikorere ya repubulika itemewe n’ijambo ry’Imana imikorere yayo ikaba ituruka cyangwa ishingiye ikuzimu.
Kumvira Uwiteka biruta gutanga ibitambo,kandi iyo ubaye umwizerwa,bituma Uhoraho akugirira ikizere kandi ukamubaho umutoni,kandi akaguha amahoro kuko ari cyo cyintu gikomeye cyabuze muri iyisi ya bazima.
Kumvira Uwiteka birinda amasezerano yawe,kandi bikaguhesha kugendana n’Imana ibihe byose uzabaho mu isi ya bazima.Igihe cyose ugendana n’Uwiteka,ntushobora guhura nuburwayi,ibyago amakuba,ygo amakuba ni byago biba byinshi kubakiranutsi,ariko Uwiteka abidukiza byose!Nubona amakuba akurembeje kandi ukabona uyaburiramo igisubizo byange bikunde uba waratandukanye n’Uwiteka Imana yawe.
Kuko amakuba nibyago Uwiteka arabifata akabihinduramo umugisha,gusa uba usabwa kuba umunyabwenge kugirango umwanzi atakunyura murihumye.Tekereza kuba magigiri ashaka kunyica akitwaza gusaba gsengerwa akemera akubahiriza ibyo Uwiteka yavuze,akohereza umugisha maze najya kumusengera akabanza gukora bwa bubandi bwabo bwo guhamagara bagenzi be,kugirango batangire kumviriza telephone bamenye agace mperereyemo ubwo se nide ubihomberamo?
Umugisha wanjye mba namaze kuwakira kandi mba nzi gahunda zawe zose bivuze ngo,nta nakimwe ushobora kuba wabikoraho ibyo untegurira Uwiteka abihindura umugisha mu gihe wowe uba wateguye umuvumo!?Kari agaciyemo umugani wa babandi.
Iyo wumvira Uwiteka Imana,buri gihe imbabazi z’Uhoraho zibana nawe.Nta gihe na kimwe uzasanga imbabazi z’Uwiteka zarakuvuyeho ugendera mu bushake bw’Uwiteka Imana yawe.Reka rero turangize igitabo cya Samuel Umuhanuzi w’Uwiteka wakoze imilimo ikomeye cyane mu gihe cyagaragaraga nk’igihe abantu bataye Imana Uwiteka Nyiringabo.
Nuyu munsi bimeze kuko abantu bakomeje kuba babi cyane kandi bitwaza ijambo ry’Uwiteka bagakora ibiteye ubwoba kandi suko babikora batabizi,ahubwo babizi neza cyane,gusa har’igihe usanga bashyushwa n’umuvumo kugirango bacirweho iteka maze bumve baruhutse mu mitima yabo kuko iyo bataracirwaho iteka cyangwa ngo bavumwe usanga nta mahoro bafite muri bo.
IMPAMVU (5) ZATUMYE HANDIKWA IGITABO CY’UMUHANUZI 2 SAMUEL.
1.Impamvu ya mbere kwari ukwandika amateka y’Umwami David
2.Impamvu ya kabiri kwari ukugaragaza ubuyobozi bw’Uwiteka mu bwami bwa David kuko yumviraga Uwiteka Imana.
3.Kwigaragaza ko,Uwiteka ashobora gukoresha umuntu umwe,kandi agashyira mubikorwa umugambi w’Imana adakoresheje abantu benshi nk’uko isi ibitekereza yuko hatabonetse majority ubwinshi bwa bantu umugambi w’Imana utagerwaho.
4.Kugaragaza imico myiza iboneye Uwiteka ashaka ku muntu kugirango agirwe igikoresho gikwiriye nyiracyo kandi cyamugirira umumaro ndetse kikanezeza Imana nk’uko bikwiriye.
5.Impamvu ya gatanu ubwami bw’Umwami David,bwar’igicucu gihishe ubwami bwa Kristo bwari buteganijwe kuzanwa mu isi ya bazima.Ubwami bwa David,bwari ubwami bugaragara mu maso ya bantu.
Ariko ubwami bwa Kristo,bwari ubwami buhishwe amaso ya bantu kugirango burusheho gusenya ubwami bw’umwijima bw’umwanzi (Satani).
Igitabo cya 2.Samuel ntabwo bizwi neza umwanditsi nyakuri wacyanditse,ariko bikekwa ko,cyaba cyaranditswe na NATHAN umwana wa ZABUD (1.Abami4:5) kandi iki gitabo kigaragaza inyandiko za NATHAN na GAD (1.Ingoma 29:29) cyanditswe nyuma y’ingoma y’Umwami David,mu mwaka wa 930 BC Umwami David yategetse kuva 1010-970 BC byabereye kubutaka bwa Israel.Umwami David yatahuye yuko Umwami Mana yamuhaye umugisha wo kuzaba Umwami w’ubwoko bwe bwa Israel.
Iryo niryo jambo rikomeye cyane nawe warukwiye kwibaza icyo waba warahishuriwe mu bijyanye nubwami bw’Uwiteka kubuzima bwawe.Havugwamo abantu [5] Umwami David,JOAB,Bathsheba,Nathan,Absolom.Iki gitabo cyahawe izina rya Samuel nyuma yuko Umuhanuzi wimitse Umwami David acyuwe mu Ijuru Umwami yitirira kino gitabo kubera umwuka w’Uwiteka wabaga muri Samuel ntiyashakaga kumwibagirwa.
Umwami David yasimbuye Umwami Saul ku bwami bwe nyuma yurupfu rwe,amaze kwima ingoma,yahinduye ibintu byinshi cyane,imiryango yabagaho itatanye,ariko amaze kuba Umwami ayishyira hamwe.imiryango yose yibona mu bwami bwa David bitandkanye cyane ni uko bibonaga mu bwami bwa Saul.Umwami David yamenye neza yuko kuba Umwami wa Israel,byari muri gahunda y’Imana kandi ninayo yaoshoje umugambi wayo kubugingo bwe,nyuma yo gutahura yuko intambara zose yarwanye atariwe wazirwanye ahubwo zarwanywe n’Uwiteka Imana ikiranuka.
Umwami David yakoze icyaha asambanya umugore wa Bathsheba,kugirango ahishe icyo cyaha,byamusabye kwicisha umugabo we,ibyo byatumye icyaha kijya kumuryango wa David,n’igihugu cyose bizanira igihugu umuvumo.Ubwo yarazi yuko ahishe cyaha,ahubwo nibwo yarushejeho kuba mucyaha cyane kandi gikomeye kuko mbere yari asambanye,ariko birangira yishe.
Niyompamvu mbere yuko ukora icyaha uba ukwiye kubanza gutekereza ingaruka zacyo,nuburyo uzahangana nizo ngaruka.Byamuteye guhagarika umutima cyane kandi ibyo yahishaga bishyirwa ku karubanda.Bivuze ngo,ibyo yatinyaga ninabyo byamugezeho!
Kumenyekana k’Umwami David, byatumye habaho impinduka nyinshi cyane mu bwami bwari bwarimitswe n’Uwiteka Imana akoresheje Umuhanuzi Samuel.Kandi Umwami David, yatahuye yuko ubwami bwe,bwari bushyigikiwe n’Ijuru.Umwami David yaranzwe n’ubutabera,imbabazi,kuringaniza imiryango ubariyemo umuryango wa Saul hamwe nindi miryango nubwo Umwami Saul umuryango we wari warahemukiye imwe mu miryango ya Israel.
Umwami david amaze kubona ingaruka zicyaha, yahise areka kwiyumva yuko ar’Umwami kandi ko,afite ubudahangarwa nk’Umwami,nibwo yaciye bugufi ashaka mu maso h’Uwiteka kugrango agirire imbabazi igihugu cye,numuryango we,kuko ukuboko k’Uwiteka kwari kumaze kumubaho akaramata kwari kwaramuremereye cyane biruta kwizera kwe.
Ntabwo yasambanye gusa,ahubwo yicishije umugabo wa Bathsheba maze biza kuba umuvumo bituma abana be,basambana hagati yabo kandi bavukana,ndetse ntabwo byari kubushake kumpande zombi,ahubwo habayeho guafata ku ngufu ubwo Amnon yafata mushiki we Thamari akamusambanya ku ngufu kandi yaramaze kumutekera umugati kuko yari yirwaje avuga atashobora kweguka.
Bivuze ngo,umuvumo uturuka hejuru ukagera ku bana ndetse n’umuryango wose,kubera icyaha cy’umubyeyi!Ku banyarwanda birumvikana neza cyane,kubera ubugome bukomeje gukorwa n’ubutegetsi bwa FPR,uhereye kuri Kayibanda,Habyarimana kugera kuri FPR.
Umuvumo wo kumena amaraso niko ukomeje gukurikirana ubwo butegetsi bwose bwabayeho,udasize nimiryango yabo.Ikibazo niki ninde uzakiza imivumo yuzuye kuri iyo miryango?Bantu mushaka abadamu mukwiye kwirinda imiryango yamennye amaraso waba ushaka mugore cyangwa umugabo ukwiye kumenya amateka yuwo mugiye gushakana kugirango utazikururira umvumo kandi bitari bwikwiriye.
Kuzamurwa n’Uwiteka,akanaguhitamo,ntibikwiye kuba imwe mu mpamvu zo gucinyiza abandi bagenzi bawe,cyangwa abanyagihugu wahawe kuyobora.Kuko iyo Uwiteka ataguhitamo,ntiyari kubura uwo yariguhitamo.Ibyo rero bikwiye kuduha guca bugufi,kugirango dukore cyangwa dusohoze umugambi w’Imana kubugingo bwacu bwa buri munsi nk’uko Uhoraho yabishatse!
Bimwe mu bintu Imana ikoresha, iyo ishatse guhana umukuru w’igihugu iyo yacumuye, iteza ibyago abanyagihugu kuko niho umutima we uba ushingiye, ariko ibyo bikorwa mu bwami kuko muri repubulika nibsanzwe bahora bifuza intambara kugirango babone ibitambo batanga kugirango bafate ubutegetsi.
Ariko Umwami kuko aba yimitswe n’Uhoraho, aba amufiteho ububasha kandi aba azi neza yuko nawe ubwe azi yuko yimitswe n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Iyo rero habayeho ibyago, akaga na makuba, Umwami asabwa kujya imbere y’Uwiteka agasaba imbabazi kugirango igihugu kibone ihumure.Uwiteka abane na mwe ubwo nahubutaha mu gitabo cya 1.Abami.
Dec 19,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakirantsi,ku gicumbi cy’inkozi z’ibibi z’umwanzi(Umwakagara)zateranye,iyo nama yarigizwe na bagore gusa(abarozi-kazi)mbona ko,bahawe umukuzo bose basangiriraho.Ariko ubwo mu nzu imbere umwuka w’Inzika y’Inzigo,yararimo kubica bigacika.Atewe ubwoba nibigiye kumubaho mu isi ya bazima,afite ubwoba yuko agiye gushyirwa ahagaragara agakorwa nisoni.
Mbona Umuhanuzi Mukuru yinjiye mu nzu twari turimo, aragenda afunga umuryango winyuma mu gikari, uwo muryango nabonaga abicanyi baza bavuye mu bwicanyi bakaza bakaba ari wo binjiriramo.Umuhanuzi Mukuru aragenda akinga uwo muryango, amaze kuwufunga, ntihaba hakigira numwe wongera kuhinjirira.Nerekwa babicanyi Babura umuryango w’inyuma (back door) binjiriramo ntibongera kuba bakibona ubwihisho banyuramo kugirango amahanga atababona.
Mbona b’abagore bose barimo gusnagirira kuri wa mukuzo, uko umuntu umwe yanywagaho umusa umwe, niko yahitaga asinda ako kanya.Abo bagore bari buzuye bicaye kugeza mu irebe ry’umuryango.Mbona Umuhanuzi Mukuru azenguruka inzu yose, ashakisha bimwe mu banga niba baba babihishemo muri iyo nzu.Aragenda asanga aho wa mwuka w’Inzika y’Izigo, bihishe mucyumba Babura aho bamuhungira ariko ntiyabakura arikomereza arigendera akomeza gushaka ibyo yashakaga kugeza abibonye.
Ijambo ryUwiteka rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore gakondo ya bakiranutsi irageramiwe kandi ibyayivuzweho byose niko bigiye gusohora, dore umuryango bajyaga bakoresha kwica ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi, urafunzwe! Umuhanuzi Mukuru ashyizemo ibhindizo bikomeye ku buryo kugirango bazongere kubona aho banyura bavuye guca ibihanga by’abantu, bizabagora uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa abana b’IBABYLON bamanuka binjira mu butayu bugufiya, bagenda bavugana uburyo batsinze ibizamini bya leta, ariko bagahabwa iyimurwa rya mashuri bagiye kwigamo (Transifer) ariko bakanga kujyayo kubera gutinya imigunzu y’intare iherereye muri ako gace.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abana b’IBABYLON batsinze ibizamini none bahawe kujya kwiga amashuri yisumbuye(Guhura nibibazo bikomeye cyane)ariko batinye kujya kwiga ayo mashuri bazakomeza gute amashuri ya kaminuza kandi banze kujya kuyiga ngo bayarangize?Niko Uwiteka abaza!
Ndabwirwa ngo,ntayindi nzira bafite”cyeretse”nibemera bagatsidwa intera bari bagezeho ya mashuri yisumbuye,bivuze ngo,kuzava mu butayu bugufiya bizaba ar’ikizamini gikomeye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana ya bakiranutsi, rikomeza kunzaho cyane, maze rikomeza kunsobanurira ibigiye kuba ku“ABAHINDIRO”, bagambaniye ubwami bw’uRwanda, n’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.
Ndabwirwa ngo”mwana w’umuntu,dore abagambanyi bagiye guhura na kaga gakomeye cyane,kuko babuze aho bahungira,dore isi yababanye ntoya.Ibyo bakoze kubera gukunda intonorano,nta kabuza ntibizabura kubagiraho ingaruka zikomeye kuko isi igiye kubaha urwamenyo kugirango bamenye yuko ibyo bakoze bitari bikwiriye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Dore bagambaniye amaraso atariho urubanza, bitwaje ko ari abavandimwe b’Umwami w’uRwanda bamuca igihanga kubera gukunda intonorano z’Umwakagara.Ariko n’Umwakagara aririwe ntaraye, kuko iminsi ikomeje kugerwa kumashyi, yakoze ibyo gukiranirwa arakabya, kandi yarwanije ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko yahamagariwe gukiranirwa no gushyira ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana kumunzani kugirango barusheho gushaka mu maso h’Uwiteka Imana ikiranuka muri byose niko Uwiteka avuga.
Nkomeza kwerekwa uburyo Umwakagara na bambari be,uburyo bagiye kumanuka mu butayu bugufiya,kubera kumena amaraso y’ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore Umwakagara asubijwe mu butayu bugufiya kandi araneshejwe n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Burira ubwoko bw’Uwiteka uti,nimureke kurira kuko Uwiteka yumvise kurira kwanyu,kandi dore Ijuru riratabaye kuko Uhoraho yamaze kumva induru no kurira no gutabaza gukoemeye mukomeje gutabariza Uhoraho musaba gutabarwa no kugirirwa neza n”Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.
Nuko mbona ubutayu bugufiya bukingura amarembo yo kwakira Abega b’abakagara kugirango binjire mu butayu bugufiya maze bajye kwigishwa amasomo yo kubaha Uwiteka Imana ikiranuka muri byose, no kumenyeshwa ko bahemukiye ubwoko bw’Uwiteka Imana babuziza kuba abanyamasezerano no kuzasimbura ubwami bw’Abega na Satani wigaruriye gakondo ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Igitabo cya 1.Bami:
Igitabo cya 1.Bami ntabwo havuga umuntu waba yaracyanditse,ariko biravugwa ko,bishoboka yuko,cyaba cyaranditswe n’Umuhanuzi Yeremiah cyangwa ishyarahamwe ry’abahanuzi.Iki gitabi kigaragaza amateka y’ubwami bw’Israel.Ndetse hagaragaramo uburyo ubwami bwigabanijemo kabiri,atari uburyo bw’umubiri gusa,ahubwo no mu buryo bw’umwuka.Ni mukurikira Uwiteka nk’uko Umwami David yabigenje mukumvira Uhoraho Uwiteka Imana yanyu,mukagenera mu mategeko yanjye,nzubahiriza isezerano nasezeraniye Umwami David umugaragu wanjye wo gukiranuka.
Iki gitabo kigaragaramo cyane abantu bagera kuri [7] David, Solomon, Rehoboam, Jeroboam, Elijah, Ahab, Jezebel.Ibitabo byombi by’abami byose byakoporowe mu bitabo by’umwimerere wabyo.
Umwami David yabaye Umwami mu w’1010 BC,Umwami Solomon yabaye Umwami mu w’970,urusengero rw’Iyerusalem rwubatswe kandi rurangira mu w’959,ubwami bwa Israel bwigabanijemo mu w’930,Shishaka yateye Jerusalem mu w’925,Asa yabaye Umwami wa YUDA mu w’910,Umuhanuzi Elijah yatangiye guhanura mu mwaka wa 875,Ahab yabaye Umwami wa Israel mu mwaka wa 874,Jehoshaphat yabaye Umwami wa YUDA mu mwaka wa 872,Ben-hadad yateye Isamaria mu mwaka wa 857,Umwami Ahab yapfuye mu mwaka wa 853.
Umwami Solomon yabaye umunyabwenge cyane,yabaye umusizi,yabaye umwubatsi,yabaye umuhanga mu mitekerereze,yaciye imigani myinshi kandi y’ubwoko bwose,niyo muburyo bwose kugeza magingo aya,nta muntu ku isi wari yaaragaragara cyangwa ngo yigaragaze ko yaba afite ubwenge bwakwigerera kuri Solomon.
Solomon yabaye Umwami,yabaye umunyabwenge,yubatse urusengero,yabaye umwe mu bakomeye cyane ku isi ya bazima,birangira aguye hasi cyane.Ibi bitwigisha iki,ntabwo dukwiye guhanga amaso gukomera cyangwa kuba igikomerezwa nuwigitinyiro mu isi yabazima,ahubwo dukwiye kwita cyane ku mugambi Uwiteka Imana aba adufiteho kuko niwe udukomeza kandi ninawe uducisha bugufi mu isi ya bazima.Ubutunzi igitinyiro ni cyubahiro byose bituruka kuwi we.
Ubwoko bwa Israel nubwo Umwami Solomon yabwubakiye urusengero rwiza kandi ruteye ishema muyandi mahanga, ntibyabujije ubwoko bwa Israel kwifuza imana z’ibigirwamana za mahanga kandi bazi neza yuko mu Ijuru har’Imana ikiranuka.Uko niko nawe uyu munsi udatinya kujya mubapfumu nyamara wirengagije yuko mu Ijuru har’Imana.Kujya kwawe mu bapfumu ni uko udashaka kugendana n’Imana, ahubwo urashaka kwikorera ibyo wishakiye kugirango utagendera mu mategeko y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Abahanuzi bari babereyeho kugarura ubwoko bwa Israel ku Mana iyo babaga baragiye kure y’Uwiteka Imana ya Israel.Kugira ubwnege imbaraga ni cyubahiro ntabwo bituruka mu maboko y’umwana w’umuntu, ahubwo bituruka mu isoko y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Gusenga Uwiteka Imana ntabwo bitanga umutekano kubanyantegenke, yuko batazajya mu gusenga izindi mana.Cyangwa gusenga cyane usibye ko bitanabaho ahubwo habaho kugendana n’Imana bitewe ni gihe urimo cyangwa ugezemo.
Uwiteka Imana ashaka ko,tumwubaha biturutse ku mutima,ariko guterana no gusengera hamwe ni byiza,ariko nta grantee bitanga yuko nubwo urimo gusenga uyu munsi bitavuze yuko ejo uzakomeza gusenga Imana ikiranuka.Kuko igikomeye ni ukugendana n’Imana kuzageza kw’iherezo ryawe.Ariko kuba umaze igihe usenga ntibisobanura yuko utazava mu byizerwa.Byose rero bituruka ku mutima ukunda Imana.
Solomon nubwo yavuganye n’Imana,ndetse agasaba neza imbere y’Uwiteka Imana,ariko yananiwe kugendana nayo,ariko ise Umwami David,nubwo yagaragaweho n’integenke,ntibyamubujije kurangiza neza yubaha Imana.Gukora icyaha ufite umutima wo kwihana,ntibikubuza kuba inshuti y’Imana iyo wongeye kwisubiraho no kwihana bigutera kuba inshuti y’Imana kubera kwemera integenke zawe,no kwemera kwihana no kugendana n’Imana ushingiye kugutinya Imana bituruka mu mutima wihana ushingiye kurukundo ukunda Uwiteka Imana yawe.
Kwihana k’Umwami David,bigaragaza kwicisha bugufi kabone niyo waba uri Umwami,kandi bigaragaza yuko Uwiteka Imana ar’umunyembabazi nyinshi igihe cyose wemera kuza ukicisha bugufi imbere y’Uhoraho ahita areba umutima wawe akagirira imbabazi.
Ubuzima bwa David hamwe n’Imana bitugaragariza uburyo Imana idukunda ititaye ku ntegenke zacu nubwo itazishyigikira,ahubwo idusaba kuzivamo Burundu kugirango iduhindure abanyembaraga mu isi yabazima kuko izi neza yuko duhura n’intambara zidasanzwe,kandi ihora yiteguye kuturwanirira intambara zose duhura nazo kugirango tumenye urukundo idukunda maze tubone kubana nayo tuyikunda ndetse dukoreshwa nayo kandi tuyumvira mu byo itwifuzaho byose yuko twakoreshwa nayo.Umuhanuzi abereyeho kuba umuhuza hagati y’ubwami n’Imana.
Kuko Imana yumva Umuhanuzi kurusha undi muntu uwari we wese,nubwo buri wese abifitiye ubrenganzira,ariko Imana yashyizeho umuyoboro wayo izajya ivuganiramo na bantu bayo.
Umuhanuzi ashinzwe gukosora ubwami cyangwa ubutegetsi kuko ahenshi hatakibaho ubwami hariho za repubulika,ariko bikaba bigoye cyane kugirango repubulika yemere kumvira Umuhanuzi kuko abenshi ubutegetsi babuhabwa na badayimoni nubwo byanditse ko,Imana ariyo itanga ubuyobozi,ariko kandi byose bikoreka ibireba ari nayo mpamvu iherezo ry’ubutegetsi bwinshi muri iyisi butajye bukurwaho cyangwa ngo busimburane neza mu mahoro nk’uko bikwiriye.
Amadini cyangwa amatorero nk’uko bakunze kuyita,ntabwo ashobora kugira amahoro igihe cyose adashobora kumvira Umuhanuzi watumwe n’Imana,Umuhanuzi w’Uwiteka biroroshye kumumenya cyangwa kumusobanukirwa igihe cyose abashumba bazaba batagifite ishyari mu mutima yabo barwanya Umuhanuzi no gushaka kwishyiraho impano yo guhanura kandi bazi neza ko atari iyabo.Igihe cyose bazaba badakorera inda,ahubwo bagakorera cyangwa bakemera gukoreshwa nuwabahamagaye,byanze bikunze bazaba bari mu murongo mwiza cyane kandi ibyo bakora byose ntakizabibuza gutungana.
Ariko igihe cyose bazaba badashaka kumva ibyo Umuhanuzi ababurira, ahubwo bakihitiramo gukiranirwa no kwihindura abahanuzi,nta gushidikanya yuko batazabura guhura nibibazo bikomeye ndetse bishobora no kubajyana mu irimbukiro (Hell) cyangwa se umuriro utazima.Ese Gaddaff yarafite bicye? MOBUTU yaratunze bcye?Umwakagara ugiye kubisiga nagahinda kenshi dore ko yifuza kuzabaho ubuziraherezo afite bike?
Utekereza ute,umuntu ufite miliyari [4oo] za manyarwanda urumva uwo mubare ari mucyeya!Ariko reba asigaje agahe gato cyane akabisiga kandi nta nubwo umuryango we uzabasha gusigarana uwo mutungo ahubwo uzarbwa nabatara uruhiye!
Ubutunzi bwambaye amababa kandi bujya buguruka bukajya kuwo bushaka umwanya uwari wo wose bukigendara,kuko buturuka ku Imana nta muntu ubutegeteka,niyompamvu usanga abantu bahora mu nkozi z’ibibi batinya yuko buzabacika bagahora batanga ibitambo by’amaraso ya buri mwaka ariko igihe iyo kigeze buranga bukagenda bukabacika bagasigara amara masa!Ibi nabyo ni ukwiruka inyuma y’umuyaga.
Kandi bisa no kuruhira ubusa kuko nta cyo bimaze niba nta grantee yo kugumana ubutunzi buturutse kuri sstani byaba bimaze iki,ntibirutwa no kubaha Imana itanga ubugingo buhoraho.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi z’Abega begura inka amabere zirategereje,none ukore kwa kundi ujy’ukora kugirango utagwa mu mutego wazo niko Uwiteka avuga.
Kandi dore hari uwohereje ibiceri (umwuka w’ubukene) ubifate ubihinduremo umugisha, kugirango ubone uko utunganya ibidatnganye,ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,kora amasengesho y’iminsi [2]; maze Uwiteka yeyure inkozi z’ibibi zikomeje kugutegatega mu nzira kugirango ubone uko ujya gukorera uruzabibu rwawe niko Uwiteka Nyiringabo abivuze!
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwoko bwanjye mwinjirane mu masengesho y’iminsi [2] ubwo ni ukuvuga amasaha [48] har’icyo nshaka kwikorera.Dore ngiye kubagirira neza kandi ngiye gucagagura imigozi ya bazimu na badayimoni.Nuko rero ababishoboye ubabwire yaba uusaza cyangwa umucyecuru,umusore cyangwa inkumi,abangamvu ningimbi,bose binjire mu masengesho kuko ngiye gukora ibikomeye mu isi ya bazima.
Cyane uburire abo mwasize muri gakondo bazamuke umusozi bajye gusenga aho niho ubwiza bwanjye ni mbaraga zanjy zizabasanga zikabakorera ibikomeye badashobora gukzwa n’umwana w’umuntu.
Umuntu wese wiyiziho kuba yarahumanijwe umubwire azamuke umusozi kuko ngiye kubakiza agasuzuguro ka Satani,inkozi z’ibibi,na badayimoni,n’Umwakagara.Kugirango bimenyekane yuko mufite ho Uwiteka Imana yanyu nk’umurengenzi wanyu ho umukiza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Dore igihe cy’umugisha kiregereje kandi umwanzi wabakiranutsi igihe cye nawe kiregereye ngo ababise yosangire basogukuruza be,maze namwe mwinjire muri gakondo ya bakiranutsi mwahaweho kuzababera umwandu wanyu nk’uko ibasezeranijwe bibivuga!
Nuko rero ubabwire ntihagire ubavutsa uwo mugisha kuko niwo mwanya mubonye wo kumva icyo Uwiteka avuga,kandi nicyo gihe mu bonye cyo kujya imbere y’Uwiteka Imana ya bakiranutsi,kuko hashize igihe kitari gito mwidamarariye,ariko noneho Uwiteka ahsimye kubagirira neza niyompamvu umunyabwenge atari bukinishe ijambo ry’Uwiteka Imana ya bakiranutsi ahubwo arihutira kuri shyira mu bikorwa kuko Uhoraho agiye guhambura abantu bose bahumanijwe ni nkozi z’ibibi babarenganije babaziza ubusa kubera ubukubaganyi niko Uwiteka Nyiringabo ategetse!Kandi niko avuga.
Dec 19, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona murusengero rwa Kiliziya Gatolika,”ABABIKIRA” (Abayobozi ba Kiliziya) binjiza inka muri kiliziya yabo.Izo nka (Abadayimoni) bamaraga kuzinjiza bagahita bazikoreraho imihango ya gipagani ngo abo bazimu baterekeraga babafashe kugarura abakiliya babo bataye kiliziya bakigira mu yandi madini,aho gukomeza kuba abanyamuryango ba Kiliziya Gatolika.
Ubwo mbona undi mugore uturutse hanze yurusengero rwa Kiliziya,aza afite umwana w’umuhungu (umwuka w’Imana) naho umugore (Itorero rya Kristo) araza ansaga imbere ya Kiliziya ahita ampereza wa mwana w’umuhungu,ariko yari yitumye ndamumuha ngo amutunganye,mbona afashe ya myanda ya wa mwana ayijugunye muri rwa rusengero rwa Kiliziya Gatolika ubundi ruzwi nka BABYLON mu byahishuwe.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,iriya myanda ubonye yuriya mwana w’umuhungu,niyoguhamanya iriya mihango barimo gutegurira abantu b’Imana kugirango babagire imbata zabo,ntibazigere bahumuka amaso kuko Kiliziya imaze gutakaza abantu benshi cyane kuko abantu bamaze guca akenga kandi Kiliziya ikaba yaragaragaye mu bikorwa by’ubutinganyi,nubuhehesi byaje gutuma abantu benshi cyane bayikuraho ikizere none umutungo wabo umaze kugabanuka cyane ku buryo buteye impungege nicyo gitumye biyambaje imbaraga z’umwijima kugirango kugirango barebe yuko zabafasha kugarura abahoze mur’iryo sengero kugirango bazahure ubutunzi bwabo bushingiye mu maboko ya banyamuryango babo (Customer’s).
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo nibyabindi wanditse mu ijambo ry’Ubuhanuzi ryavugaga uko kiliziya izirukana abacunga mali bayo,na bakozi bamwe na bamwe kubera igihombo gikomeye cyane bazahura nacyo ku isi yose!Kubera imbaraga zabo zishingiye kugucuruza ijambo ry’Imana.
Nibamara kubona ntagaruriro rya byo,bazahita bagabanya abakozi babo ku isi hose kugirango barebe yuko bakongera kwisuganya kugirango barebe yuko ubutunzi bwabo bwakongera gutera imbere byibuze bakazasubira kurwego bahozeho.Ariko bararuhira ubusa,kuko bisa no gushinga umuhunda kirenge,kuko ijambo ry’Uwiteka ryabavuzeho kandi rizasohoza umurimo waryo kuzageza urangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Uwiteka akoresheje umwe mu bamwumvira,mbona mfashe imbata (umudayimoni) wo gutoteza,abahamagawe kuva cyera kuyikorera,nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha uraje kandi umwanzi aatsindiwe ku karubanda ahagaragara kugirango bimenyekane yuko ari we Imana Uwiteka Nyiringabo uko niko avuga.
Dec 20, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Pastor WILLIAM Budederi wagiye muri America kwiga akanabayo,agiye kurarurwa muri Africa mu gihugu cy’IBABYLON.
Nk’uko ijambo ry’Uwiteka ryavuze niko bizagenda,nuko nerekwa ageze mu gihugu IBABYLON (Kenya) mbona yihuje nabanyamurenge bene wabo bashinze idini muri icyo gihugu kugirango barebere hamwe uburryo bashinga idini ari na byo bita umurimo w’Imana ariko s’umulimo wayo ahubwo ni umulomo wabo bihangiye ngo bigire nkabicasha bugufi bihe gusenga ariko nta cyo bazageraho (Galatians 2:16-23) uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu gihugu cy’IBABYLON hazaba amatora y’umukuru w’igihugu,ariko uri kubutegetsi azashaka kwiba amatora ariko nta bwo bizakunda.Kuko ijambo ry’Uhoraho rya mwirukanye ku ngoma kubera kwishyira hejuru niko Uwiteka avuga.
Dec 21, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso ya bana b’abantu,mbona ibikorerwa mu isi ya bazima.Nitegereza imiruho abantu baruhira mu isi ya bazima.Maze nibaza icyo abantu baruhira kandi bazabisiga mu isi batazajyana nabyo!Nkomeza kwerekwa inkozi z’ibibi ibyo zikora bigenda bibapfana kuko igihe cyabo cyategetswe n’Uwiteka Imana cyarangiye,icyo bari baragenewe n’Uhoraho kugirango batazabona icyo bireguza imbere y’Uwiteka Imana ikiranuka niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu ntabwo byoroshye dore barubikiriye ndetse bahagaze imihanda yose aherekeye iburasirazuba bw’IBABYLON,none banza utuze,ubareke ube ubahaye umwitaingirizwa kuko bagendera ku gishushanyo cyo cya telephone yawe kubera guhamagara abanyaBABYLON uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nerekwa umwuka wa badayimoni,mu bwoko bw’inka (umudayimoni) ugereranije mbona Uhoraho yahoreza Malaika we,araza ayica umutwe ubwo bari bategeye mu nzira nyambagendwa ya “KABURIMBO”inzira y’ukuli.Nkomeza kwitegereza urupfu rwabo bazimu b’Umwakagara bari bamaze guterekerezwa,maze bamubwira yuko ngo”Umuhanuzi,ari bunyure mu muhanda runaka”,mube ariho mu mutegera maze tubone igitambo gisimbura Umwami Ndahindurwa,kandi kirangiza umwaka wacu wa nyuma wo gutegeka mu bwami bw’Abadayimoni niko Uwiteka agize!
Ako kanya mu gihe nkitangariye ibyo Malaika w’Uwiteka alimo gukora,mbona imodoka yo mu bwoko bwa bus (ubuyobozi) mbona haje abagore baraje bicaye imbere kumwanya wa driver,birekeza mu murwa mukuru w’IBABYLON,witwa SHUSHAN,abo bagore bari [3] abarozi-Kazi (Abagambanyi,cyangwa abicanyi).
Ndabwirwa ngo abo ubonye nta kindi kibajyanye mu murwa mukuru w’ISHUSHAN,kitari uguhiga wowe,none hindura gahunda warufite kugirango utagwa mu maboko y’umwanzi (Umwakagara) kuko dore igihe cye kirahumuje kandi kigeze ku iherezo uko niko Uwiteka Nyiringabo YEHOVA niko avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumburira cyane,dore ko,imikino irimo gukinwa hagati y’Umwakagara vs Umuhanuzi,bimeze nka Film,nuko nkomeza kwitegereza imikino irimo gukorwa yo guhiga Umuhanuzi bamaze guhindura imali ishyushye,nsanga nabyo ar’ukwiruka inyuma y’Umuyaga kandi baruhira ubusa kuko bidashoboka yuko Umuhanuzi yagwa inyuma ya gakondo ya bakiranutsi niko Uhoraho avuga.
Imilimo yo mu butayu!!!
Ishimwe ry’Uwiteka Imana Nyiringabo kubw’imilimo myiza ikomeye yakoze kuri bene data,babicishije kuri e-mail y’Umuhanuzi basabye gusengerwa umwaka ushize wa 2015 ugushyingo,maze bakora ibisabwa n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi barasengerwa kuri telephone maze umwaka wa 2016 umudamu arasama.
Maze uhereye ubwo umwanzi yatangiye gutoteza urwo rusoro rwali rukiri munda ya nyina.Ariko kuko Uwiteka yari yaramuvuzeho,ntabwo byakunze yuko umwanzi agera kumugambi we.Nibwo umwanzi yahagurukije imizi nimiganda,uwakabaye sekuru atangira guhiga nyinza w’umwana agitwite.
Aho bari bacumbitse Uwiteka ahishura yuko nyirinzu nawe ar’inkozi y’ikibi kandi ashaka gutamba umwana na nyina,dore yaramaze gutamba undi mukiliya we wakodeshaga imwe mu nzu ze.
Uhoraho yakoze ibikomeye afata umwana na nyina abajyana kubahisha mu butayu bugufiya kugeza igihe cyategetswe n’Uwiteka gisohoje umulimo wacyo.Nibwo taliki ya 15 ugushyingo umwana w’Umuhanuzi kazi,yavutse!avukana ibilo 2, ½ kandi igitangaje uwo mwana yavutse areba nk’abantu bakuru bisanzwe.Ikindi gitangaje ni uko avuka Imana yazanye abagaga baraza bahagarara iruhande rwa nyina nta kindi baje gukora ariko Imana yagirango iburizemo umugambi wa “ILLUMINATI” bicira abana batoya bavukana impano z’Imana bakabicabakiri mu bitaro iyo batashoboye kubica ngo bahitane na banyina.
Iyi nimwe mu milimo ikomeye Imana yakoreye mu gihugu cy’IBABYLON,gusengera umuntu kuri telephone agasama akabyara umwana w’isezerano.Guhigwa na Satani,ni bimwe mu bigaragaza yuko umwana Uwiteka amufiteho umugambi ukomeye!Iyo aza kuba adafite ababyeyi bamenye gushaka mu maso h’Uwiteka,ubanza byari kuba ibindi.Ariko kuko Imana yari imufiteho umugambi kandi ikaba itajye ineshwa,nicyo cyatumye bikoreka.
Kuba amazina ya babyeyi nay’umwana atashyizwe ahagaragara nibimwe mu bilinda umutekano wabo,kuko umwanzi adashobora ku guhiga atazi amazina yawe,cyangwa aya babyeyi bawe,kuko nawe akurikira umwirondoro wawe.Iyo ufite intambara zo mu bwoko bumeze gutyo,ufunga communication zose zishoboka ku buryo yaba abavandimwe bamwe cyangwa ababyeyi bawe bose mutongera kuvugana kuko uko ibanga riri hagati yawe n’Imana,siko abandi babigenza.Niwowe ukwiye kwirindira umutekano nta wundi wawukurindira!!!
Mu myaka 20 yrs iri mbere turaba dufite Umuhanuzi kazi,uzakoreshwa ibikomeye mu isi ya bazima.Uyu mwana afite ubwenge budasanzwe,ubu yujuje ukwezi n’iminsi [5];n’umwana ugira isuku cyane,asinzira yerekwa,ibyo ubibonera mu tuntu aba akora asinziriye uko aba akora intoki,ababyeyi be bashobora kutabisobanukirwa ibyo aba akora,ariko jye naramwitegereje mbasha guhishukirwa ibyo aba yibreyemo.Reka rero ishimwe ni cyubahiro bibe ibye iteka ryose amen.Umwana wavukiye mu butayu.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ibintu bigoye gusobanukirwa ubwenge bwa muntu,cyeretse abisobanuriwe n’umwuka w’Uhoraho.Mbona ishusho y’inyoni itagira amaso,ariko ikajya iguruka iyobowe n’umwuka ihumeka,ndasobanurirwa ngo,uwo ni umwuka w’ubuyobe ushinzwe kuyobya abari mu isi ya bazima.
Mbona inyamaswa isa ni IMBOGO,mbona isa nuramagwe,mbona indi irebesha ijisho rimwe ariko uruhanga rwayo isa n’IMBOGO,mbona indi isa ni nka y’yinkungu iyagira amahembe,mbona nizindi nyinshi ndashobora kuvuga ishusho yazo kuko ntarigera mbona amashusho yazo,cyangwa ngo mbone uko nazigereranya.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo byose ubonye ni myuka iyobya abari mu isi,ikorera mu butegetsi bw’igitugu bushinzwe gusohoza imigambi y’umwanzi ku bwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu yo myuka rero wabonye,uko ari [7];yose niko iciriweho iteka.Harimo ubutegetsi bwashinzwe na Satani hamwe ni nkozi z’ikibi,harimo inkozi z’ikibi zo mu bwoko bw’Abarozi nabakonikoni bashinzwe kuyobya abari mu isi ya bazma,harimo nindi myuka yo mu bundi bwoko buhishwe ishinzwe uburiganya no guteza ibyago mu isi yabazima yose uko ishinzwe iyo milimo yose,niko iciriweho iteka mu isi ya bazima niko Uwiteka nyiringabo avuga.
Umwuka w’inyamaswa itagira amahembe (Inkungu); umwuka ukoresha uburiganya gusa utagira imbaraga,ukaba ushinzwe kuriganya abantu ukoresheje ubwenge bw’abadayimoni ari nabwo bwariganije EVA muri EDEN GARDEN.Umwuka w’inyamaswa y’Ijisho rimwe,ni umwuka urebera ku jisho ibintu byose ubikora ukoreye igitsure kubera muri wo ushhinzwe gukorera ijisho iyo ubonye urangaye uhita ukunyura muri humye,maze ugakora ibidakwiriye harimo kwangiza byinshi mu mibereho ya bantu.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka yohereje umwuka mu isi ya bazima,wo guteza intambara zikomeye mu nkozi z’ibibi kuko zamaze gucirwaho iteka n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Nuko rero burira abari mu isi yuko igihe cy’Uhoraho cyegereje kandi gisohoye ku nkozi z’ibibi kugirango zimenye yuko Uwiteka ari we Mana kandi ko ari we waremye isi n’Ijuru niko Uwiteka avuga.
Dec 22, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso ya bana b’abantu,mbona ibikorerwa mu isi ya bazima.Nitegereza imiruho abantu baruhira mu isi ya bazima.Maze nibaza icyo abantu baruhira kandi bazabisiga mu isi batazajyana nabyo!Nkomeza kwerekwa inkozi z’ibibi ibyo zikora bigenda bibapfana kuko igihe cyabo cyategetswe n’Uwiteka Imana cyarangiye,icyo bari baragenewe n’Uhoraho kugirango batazabona icyo bireguza imbere y’Uwiteka Imana ikiranuka niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirmbwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zategeye mu nzira,zifite Camera,zitegereje ko nizikubona zihita zigufotora kugirango bajye kwitegereza ifoto yawe ko ariyo.Dore zifite umugambi wo kumena amaraso.Nerekwa ko bafite igipapuro cyandikishijweho ikaramu y’umukara imbere,naho inyuma hakaba handikishijwe umutuku.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,icyo ubonye niki,ndasubzia nti,mbonye igipapuro cyandikishije umukara n’umutuku,ndabwirwa ngo,kiriya gipapuro wabonye,cyanditseho gahunda zose bagiye kuzakora mu minsi isigaye ngo umwaka wa 2016 urangire,kuko bashaka gushimuta abantu bitwaje akavuyo kari mu gihugu cy’IBABYLON kimvururu za politike uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nuko rero wirinde cyane kuko Umwakagara yagambiriye kuzamena amaraso yawe,nubwo bitazamworohera kuzagera kuri uwo mugambi kuko ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ku kuriho uko niko Uiwteka avuga.
Ijmabo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu gihugu cy’IBABYLON,icyegera cy’umukuru w’igihugu Wiliam Ruto,azitandukanya n’Umukuru w’Iigihugu Uhuru Kenyatta maze batangire guhangana bombi mu matora y’umwaka utaha wa 2017,uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nerekwa ijisho rimwe rinini cyane rireba cyane kandi rikanuye cyane kurusha umwana w’umuntu,mbona ko,iryo jisho ar’iry’Uwiteka Imana,ndabwirwa ngo,iryo jisho rihora ku bakiranutsi abo umwanzi ahora agambiriye kugirira nabi kubera kubarwanya kugirango abananize murugendo rugana ZION,ariko uhumurize ubwoko bw’Uhoraho ububwire yuko Uwiteka yitaye cyane kubugingo bwabo niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nerekwa ntaha ubukwe ariko ngenze imbere gato nsubira inyuma sinaba nkigiyeyo,nuko ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,muri iyi minsi mikuru ya Nohel,ni ukwitonda cyane kuko za magigiri ziyemeje guhiga no kwica abo zishinzwe guhiga abantu barangariye mu minsi mikuru kugirango zibone ukozisohoza umugambi wabo mubisha uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa,mbona imodoka yo bwoko bwa double cabine ifite umuryango umwe,imbere harimo umugore wicaranye na driver,hamwe nundi mugabo umwe.Inyuma harimo uwo mugore nyirizina akaba na nyiriyo modoka,harimo na bandi b’abagabo yari yahaye lift.Mbona baragiye bagiye kugera aho iwabo nuwo mugore batuye,mbona abwiye driver gahugarika imodoka maze mbona asohotsemo nabo yari yahaye lift,bavamo bose mbona ko yarafite umwana mutoya wuruhinja maze mbona ko yamusize aho yaracumbitse ariko agenda yifitiye valise atwayemo ibintu.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubuyobozi bw’Abafarisayo,hamwe ni nkozi z’ibibi zigiye guhunga zite ubuyobozi bwazo ndetse bazahunga bonyine n’imyuka bakoranaga nayo,bayisiga birukanke bonyine kandi ntacyo iyo myuka yari kuzabafasha kuko bananiwe kwiringira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ahubwo bahitamo kwiringira imyuka iyobya kubera kwikundira ibyisi bitagira umumaro habe namba.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu burira ubwoko bwanjye butuye mu gihugu cy’IBABYLON,ndetse nahandi ku isi hose batuye,ubabwire uti,mwirinde cyane kuko umwakagara yahigiye guca ibihanga by’abantu banjye mbere yuko akurwa ku ngoma y’Abega.Dore mbere yuko uyu mwaka urangira arahitana abantu bose bindangare bibereye mu byishimo bizihiza iminsi mikuru ya bana b’abantu yitwa Noel uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Burira ubwoko bwanjye bwirinde,kandi na bizihiza iyo minsi mikuru yabo,ubabwire babikorere mu mago yabo,kuko ishyamba atari ryeru,kuko umwanzi afite uburakari bukomeye cyane,kandi akaba azi neza yuko agiye kwamburwa gakondo ya bakiranutsi,igasigirwa abayisezeranijwe n’Uhoraho Uwiteka Imana ikiranuka niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore azasiga umwana we yiruke,ariko njyewe ho Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ntabwo nzahana ubwoko bwanjye kuko nd’Uwiteka Imana ikiranuka niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Dec 23, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibikorwa bigayitse bikorerwa mu isi ya bazima.Ariko nongera kugirirwa Ubuntu n’Uhoraho,mbona ijambo ry’Uwiteka rinjeho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntubabazwe na gakondo ya bakiranutsi kuko yabaye umusaka kandi ikaba yarabaye nabi,ndabizi yuko wikoreye umutwaro wayo,kandi ko,ihora kumutuima wawe cyane cyane umulimo w’Uhoraho wabaye igisekwa bose.
Ariko dore ubwoko bwanjye bwazengurutse amahanga yose nijye wabikoze kuko nashakaga kuzabakoresha badakebaguzwa hirya no hino.Niyompamvu nabaretse kugirango bazerere amahanga maze nibamara kuyarambirwa nzabagarure muri gakondo ya bakiranutsi,iyo narahiriye kuzabahaho umwandu wanyu kuko nabisezeranije basogokuruza,ndetse nawe nkaba narayiguhayeho isezerano kugirango ngo umenye yuko nd’Uwiteka Imana yawe niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa mfite INKOTA (ijambo ry’Imana) nyirwanisha nundi mugano twahuriye muli gkondo ya bakiranutsi,turarwana bitari cyane,nza gusanga ari mwene data nibwiraga ko,yari umunyamahanga waruje gusa kutubera mu nzu,atabisabiye uburenganzira.Mbona bamwe baturutse imahanga bagaruka baje gucuruza amazi (ubugingo) maze ntangazwa cyane yuko bahisemo gucuruza amazi ngo kuko babuze ibindi bakora!Kandi abacuruzaga izo za rubine za mazi,ntabwo bahoze ariwo mulimo bakoraga,ahubwo babyinjiyemo kuko ngo niho babonaga hali amaramuko bahabona kuko abari batahutse bose,ni uko bari bakeneye amazi kuko mu gihugu amazi yari macye cyane.
Nerekwa mbona urutoki twasize muli gakondo,hamwe nuruzabibu byose bihabwa gukomera,ndetse bihabwa nurufatiro rukomeye urwo zitari zisanganywe,mbona ko,mu mulima hasigayemo urwili ni nteja ziteza kurimbuka kw’inzabibu nurutoki.Ariko mbona hagwa imvura nkeya yumugisha kugirango urutoki rw’Uhoraho,hamwe nizabibu ze,zongere zisubirane zihabwe kurama no kubaho ikindi gihe kirekire.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore nakugize umuhinzi w’uruzabibu rwanjye kugirango urwiteho,naguhaye n’Umulinzi Mukuru wabyasezeranijwe kugirango agufashe kulinda ibyasezeranijwe bitazibwa na byabisambo bisanzwe byiba inzabibu zo mu mulima wanjye!
Nuko rero ntutinye kandi ntugire ubwoba ndetse ntukuke umutima kuko nzaguha benshi bo kugufasha gukorera uruzabibu ukazaruhagararira ureba abaza kurwangiza kugirango uhangane nabo kuko naguhaye amaso yo kubona kugirango hatazagira ikigusoba imbere yawe,nguha umwuka wo kumenya no gutahura ikiyoberanya cyose kizakuzaho kuko umwanzi ahora ashaka kurwanya umulimo natangije muri mwe.Niyompamvu utazabura guhura ni nteja n’urwili zatewe n’umwanzi ni njoro maze ingano zanjye zigiye kumera zimerana n’urukungu (Urwili) kugirango abazashaka kururandura,kuko rusa ningano,azahite arandurana ni INGANO.
Ariko nenoho uzabyihorere bibanze bikurane,nibimara gukurana,uzabasha gutandukanya urukungu,ni NGANO,kuko bitera imbuto zimwe aho niho bitandukanye kandi icyo gihe bizakorohera gutandukanya ingano nurukungu kuko iyo bimaze gukura bidashobora gusa,bisa na bana bimpanga bavuka basa,ariko uko bakura,niko bagenda banyuranya imico yabo na kamere yabo kuk biba bitandukanye.
Uko niko na bantu bishushanya bakiri bato mu mulimo bagenda bamera,ariko iyo bamaze gukura,bagashaka gukomeza kwigira NKURUVU (Camelon) birabagora kuko basabwa kwera imbuto kandi imbuto bera ari zo abantu babasoromaho kandi ntabwo bishoboka ko,uruzabibu rwa kwera indibu,cyangwa ngo,ingano zere ibitovu ahubwo buri cyintu cyose cyera imbuto zacyo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa abaririmbyi bariribaga indirimbo za bisi,zirimo IMPALA na nizindi,bashiraho burundu!Mbona abatahutse bahoze mu gihugu bari baragiye imahanga,barigize indakoreka,bashaka kwereka abantu ko,ari bo basigaye kandi ko,ari imali ishyushye cyane.Nyamara wabitegereza ugasanga aria bantu basanzwe.
Ndabwirwa ngo,icyo gihugu Uhoraho Uwiteka Imana yawe yaguhayeho kuzabera umwandu,dore abahanzi na baririmbyi bazashiraho burundu ku buryo hazasigara ubusa.
Kuzabona abahanzi bizaba bihenze kuko abakabaye bahimba indirimbo z’isi,bazashiraho.Ariko abazandirimbira mu nzu yanjye,abo nzabamanuriraho umwuka wo guhanga maze ubwo bazagera mu nzu yanjye nibwo nzabamanuriraho umwuka wanjye biciye mu biganza byawe kuko abo uzarambikaho ibiganza byawe kuko nabihaye umugisha kandi nkakugira umugisha wa mahanga kugirango uzakumvira wese azabe umunyamugisha kuko wumviye Uwiteka Imana yawe.Nuko rero abazakumvira nabo bazaba abanyamugisha kuko bazaba bashaka kumvira Uhoraho Imana yawe ukorera ikaba yarakugize umucamanza wa b’isi kugirango bahabwe ubutabera bubakwiriye niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Dec 24, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo ibyahanuwe bigiye gusohoza umulimo wa byo,kandi ababihanuriwe batabyitayeho ngo bashobore gukiza ubugingo bwabo ahubwo bakomeza kugirira ikizere umwana w’umuntu,nyamara uwo bizeraga ninawe warugiye kubarimbura kuko batizeye ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Nerekwa umwuka w’Inzika y’Abega n’Abahindiro,wongera kuzikuka,nerekwa Umwami watanze kuzuka aje guhora Inzigo yo kuba baramukubaganiye bakamuca igihanga bamurenganije.Nerekwa azutse ananutse cyane kubera gusonzera inzira yo kwihora.Mbona afashe Abega bari baramutonnyeho,abaguriye ibaro cyangwa ikizigo cy’imyenda ngo bajye gucuruza ayiha umwe mu bagore nawe w’inkozi y’ikibi kugirango agurishe abega iyo myenda (ibikorwa) babone uko babaho.
Mbona ko inka (abadayimoni) bagiye bahagarara mu nzira nyabagendwa y’igitaka (gukiranirwa cyangwa ubuyobe) maze bibamba muri iyo nzira kugirango hataboneka abaguzi bajya kugura ibyo myenda mishyashya baguze iri mu ibaro cyangwa umuzingo wayo,mbona bahagaze haruguru no hepfo maze bamwe mu bega bafatanije na bahindiro,Babura uwaza kubagurira imyenda bagurishaga.
Mbona bavuye ahangaho bajya gufata kumuzo bica akanyota,mbona b’abagore b’Abega (abarozi) bafatanije n’Abahindiro,gukubaganira ubwami bw’uRwanda hamwe n’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,biciyemo ibice bibiri.Igice kimwe cyari kuruhande rw’Umuhanuzi ngo kuko yahanuye ibintu bikabaho,ikindi gice cyuzuyemo Abega-Kazi,cyashakaga guhumanya Umuhanuzi ngo yahanuye iby’abega bigashyirwa ahagaragra bakamenyekana.
Nuko nerekwa igice cy’Abega ndetse nabahindiro bashaka kumenya uko Umuhanuzi asa,kugirango bamuhamagare bamuhe kumukuzo maze inzogera yirenge,umwana w’umuntu,akurwe mu isi ya bazima! Mbonako nubwo mu bahindiro banyagiwe nimvura kubera isi idasakaye,kandi buri wese akaba anyagirwa ku giti cye,mbona ko uwo mugambi wo guhumanya Umuhanuzi batawushyigikiye habe namba.
Ubwo bagiragutya babona Umuanuzi yinyuriraho bahita barabwirana ngo,uriya niwe muhanuzi wahanuye urugendo rwa Ndahindurwa wagiye adaherekejwe n’umuntu numwe akaba yaratashye wenyine.Nuko mbona agaco k’Abega bemeye kurwanya Uwiteka Imana Nyiringabo,biyemeje gukorera Satani kumugaragaro,bahise barembuza Umuhanuzi ngo aze bamuramutse kandi bamuhe kumukuzo bamuteguriye.
Mu gihe Umuhanuzi abaye nkugiye kujyayo,na none mbona cya gice cya kabiri kigizwe n’Abahindiro,b’abagore (baciriye amarenga Umuhanuzi ko yakwikomereza) aho yajyaga kuko yatezwe bashaka kumuca igihanga kuko ari we mali ishyushye basigaye bashakisha.Mbona ibyo bice byombi byarirabuye bisa nurwirungu (umuvumo) kubera gukubaganira Umwami w’uRwanda na banyarwanda.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,biriya byose wabonye waba wabisobanukiwe?Ndasubiza nti Oya!Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,hari nibindi wibagiwe,mbese ntiwabonye za nka zagendaga mu muhanda amazamuka?Ndaubiza nti cyane,hanyuma se ntiwabonye za nkoko baziritse ku kagozi zitashoboraga kwizitura?Ndasubiza nti cyane!
Ijambo rirambwira riti,biriya byose bafitanye isano,bisobanurwa gutya,dore abega bagiye gukora ibishoboka byose ngo baguhige kandi bazashaka kuguhumanya kuko wababereye ihwa rihanda.Bazakora hasi no hejuru ariko ntabwo bazabishobora.Dore bagiye gushwana na bahindiro nyuma yuko umugogo w’Umwami bazaba bawubuze kubera icyemezo cy’urukiko kizatanga ubutabera bukwiriye maze umugogo w’Umwami ntabwo bizemezwa yuko ujyanwa muri gakondo ya bakiranutsi mugiye guhabwaho gakondo ho umwandu wanyu.
Umuvumo wo guca igihanga Umwami w’uRwanda uguiye kubazenguruka maze ububaze amahoro kandi ugiye kubagota gota kugirango uburizemo ibkorwa byabo.Bazaterekerera abazimu ariko nta cyo bizatanga kuko uwo mwuka uzaba uturutse k’Uwiteka kandi ibiturutse k’Uhoraho bikaba bitajya biterekererwa cyaretse ibiturutse kubadayimoni nibyo biterekererwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuze!
Ibikorwa byose bagiye gukora bigiye kuburizwamo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kandi bagiye kumirwa kandi cyane kuko ukuboko k’Uhoraho kutazabura kubaremera igihe cyose bazaba bakiri mu isi ya bazima.
Kuba bariya bagore (abarozi-Kazi) b’abahindiro banze yuko uhumanywa,ni uko bamaze kwicuza mu mitima yabo ibikorwa bakoze bigiye kubagiraho ingaruka,kandi bakaba basanga warababereye umugisha nubwo bananiwe kwikura mu menyo yarubamba bakemera gukora ibyo abega bashakaga bagahabwa intonorano bakemera guca igihanga Umwami wabanyaRwanda kandi ari numuvandimwe wabo kandi nta cyaha yarafite.
Dore Uwiteka yamanuye umwuka wuruvange ubatandukanya kugirango aburizemo ibikorwa byabo,maze nibimara kuburizwamo imbaraga zabo zizahita zirangira.Dore abega ibyo bari biringiye ko bazabona ubwami bw’Abahindiro bamaze igihe baburira ntabwo bateze kuzabona kuko batari mu nzu ishobora guhabwa ubwami kuko buzuye ubugome numugomo bakaba barwanya Uwiteka bunze ubumwe na Satani hamwe nabadayimoni kandi bakaba baremeye kugirana igihango na Satani bakemera kumukorera birengagije Uwiteka Imana waremye Ijuru n’isi ahubwo bakaba bamwe mubamurwanya.
Dore ibyo baruhiye byose bibaye umuyonga,kandi imbaraga zabo bajyaga bakoresha zabadayimoni ziciriweho iteka.Ubugingo bwawe bahiga ntabwo bashobora kuzabubona kuko buhishanywe na Kristo mu Imana ahantu ho mu IJuru.Uko bazarushaho ku kurwanya niko bazarushaho kurimbuka bagashira kuko atari wowe barwanya ahubwo barwanya iyaguhamgaye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nyuma yibyo byose abahindiro bazashaka uburyo bakugeraho ngo mube inshuti hagati yawe nabo ariko ntabwo bizakunda kuko bahemukiye Umwami w’uRwanda kandi Uwiteka yakugize kuba umucamanza wa bari mu isi nuko rero ntuzemera kandi ntuzunge ubumwe nabo kuko arabagambanyi bahemutse kuko batinye murenguzi bahitamo kugambana bacisha Umwami igihanga atariho urubanza uko niko Uwiteka ategetse!Mwana w’umuntu uzarangwe no guca manza zitabera,kandi ntuzemere akarengane habe numunsi numwe kugirango Uwiteka azaguhere umugisha mu bihe byawe byose byo kubaho niko Uwiteka ategetse!
Dore igihe cy’abadayimoni kirarangiye, guterekera birarangiye,kumena urugimbu birarangiye,ubwami bw’abadayimoni burarangiye, ubwami bw’Uwiteka Imana Nyiringabo bwimye ingoma kandi Uhoraho azabukomeza cyane kugirango yigaragarize umwuzukuru ukomoka kurukiryi rw’Umwami David kugirango Uwiteka yongere yiyibutse umutima wuzuye urukundo wabaga mu mutima w’Umwami Davi uko niko Uhoraho avuze!Dore ibyo nzabikorera kugirango ubwo bwami nuwo Mwami bazamenye yuko Nd’Uwiteka Imana ifite imbaraga nyinshi mu isi ya bazima.
Kugirango mu gihe cy’uwo Mwami ntahazabeho gushidikanya cyangwa gukekeranya koko niba ubwami barabuhawe buturutse ikantarange,cyangwa niba bwaraturutse mu Ijuru k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Nuko ugire umwete muri byose kugirango ibyahanuwe bizasange wararangije imilimo y’Uwiteka Imana ikiranuka maze uzabone kwicara ku ntebe y’ubutabera kugirango ubone uko ucira imanza abana b’abantu bari mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwitka Nyiringabo abivuga.
Dore abakurwanije na bakuvuze amagambo mabi kandi akomeretsa umutima,bose uzabacira urubanza kuko barwanije umwuka w’Uwiteka washizwe muri wowe.Banze kubaha ijambo ry’Uwiteka bararisuzugura niyompamvu nabo Uwiteka azabasuzugura kuko banze ko abaca imanza mukiganza cye,ahubwo bahitamo kwicamo imanza bavuga bikunda kurusha uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo wabaremye maze bahitamo gukiranirwa aho guhitamo umugabane wo gukiranuka maze birahuriraho umujinya w’Uhoraho ikiranuka muri byose kandi ikaba year dede muri byose ndetse ikongeraho no guca imanza zitabera niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibiki zishaka guhumanya umwe muli bene data,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,UMUNYAKINEGU ARIRA KUMUGAYO uyu mugani ukaba ari uw’Umuhanuzi Majeshi Leon.Ijambo ry’Uhoraho rirambaza riti,mwana w’umuntu waba watahuye ibyo uwo mugani usobanuye?Ndaubiza nti “YEGO!” ndawusobanukiwe!
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwami mushya uzasimbura Umwami Kigeli V Ndahindurwa uzima ingoma nyuma yo gutabariza Umwami w’uRwanda agiye kwima ingoma kugirango umugambi Umwanzi wa gakondo ya bakiranutsi yashatse kuburizamo ukomeze nk’uko yabishatse kugirango abakagara bamenye yuko Uwiteka ari we Mana yo mu Ijuru uko niko Uwiteka avuze!
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwami ugiye kwima ingoma,azaba Umwami wa lll wavuzwe mu buhanuzi kuko uwagombaga gusimbura Ndahindurwa,yanze kwima ingoma kuko yari yamaze kurya intonorano z’Umwakagara maze yemera kugurisha umugabane we w’ubwami awuguranye isupu y’ibitukura,igaburo ry’umunsi umwe maze yemera gutanga umugabane wa gakondo kubera intonorano z’umwakagara uko niko Uwiteka Nyringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwirariti,mwana w’umuntu,nakubwiye yuko igihe nikigera cyo kwima ingoma kuwo Mwami wo gukiranuka kizihutishwa kugirango ibavuzwe n’Uwiteka bizasohoze mu gihe cyabyo kugirango amenye yuko Uhoraho yamukunze urukundo rutangaje bityo azabashe gukorera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka JEHOVA abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,kora amasengesho kugirango Uwiteka aburizemo imigambi mibisha y’inkozi z’ibibi kuko zimaze guterekerera imandwa zabo zishaka kuburizamo umugambi w’Uwiteka Imana ikiranuka kuko batewe ubwoba no kwima ingoma ku Mwami mushya ugiye kwima agasimbura Ndahindurwa niko Uwiteka avuga.
Nerekwa izo nkozi z’ibibi ziteka amafunguro aterekerejwe batangira kurya no kwishimira ibyo batarageraho,nuko ndabwirwa ngo”mwana w’umuntu,dore izo nkozi z’ikibi zirateranye ariko sijye uziteranije kuko zigambiriye gukiranirwa kugirango ziburizemo umugambi w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo”niko Uwiteka Imana ya bakiranutsi avuga.Ariko mwana w’umuntu uhumurize ubwoko bwanjye (Uwiteka) ububwire uti,Uwiteka yagambiriye kandi agambiriye gusohoza imigambi ye yagambiriye kuva cyera isi itararemwa kugirango yiheshe icyubahiro kubamwubaha bose niko Uwiteka Nyringabo avuga!
Dec 25, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi,abasirikare baturutse ISAMALIYA (Burundi) bica abanyagihugu ngo ni uko ubwami bw’Umwami-Kazi Jezebel Nyiramongi bukuwe ku ngoma.Mbona bategatega abahisi nabagenzi hirya no hino cyane cyane abatuye mu KIYOVU cya bakire babigirizaho nkana babaca ibihanga.
Mbona IKIYOVU cyose gihinduka umusaka maze ya mazu yibitabashwa yose ahinduka umusaka .Ariko hanyuma mbona hatahutse abanyagihugu hamwe na barokotse genocide yateguwe n’ingoma ya Bega kubufatanye bw’Abatutsi baturutse Isamaliya bishingikirije kuba barashyingiye umudayimoni wigize umuntu witwa Umwakagara arongora umwami Kazi Nyiramongi Jezebel Kagame.
IKIYOVU bagerageje kujya kuba mu mazu yibitabashwa dore ko yo yasigaye adasenyutse,ariko amazu ababana menshi cyane habura abantu bo kuyabamo.Ayiiiiiwe!!!!!Ndatangaye cyane!Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,ntutangazwe nuko habuze abantu bayuzuza kuko abantu bazashira abazaba batuye mu murwa kimwe cya gatatu kizaba cyararangiye niyompamvu abazakoka batazashobora kuba muli ayo mazu ngo bayazuremo kuko igihugu kizasigara ar’umusaka niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Mbona abashofeur batwara minbus (matatu) mbona bose barashizeho mu gihugu habaho icyuho gikomeye cyane cy’abashofeur kuzabona umushofeur bizaba bikomeye cyane mbona za hilux za bantu kugiti cyabo ari bo batwara abagenzi bageda mu muhanda berekera mu murwa mukuru w’Iyerusalem.
Nkomeza kwerekwa ibigiye kuba ku nkozi z’ikibi zaturutse Uganda zo mu bwoko bw’Abatutsi,ndetse mbona ibyago biteganijwe na none bigiye kuba kumvange ziba mu cy’abaPhilistians (Uganda) mbona izo mvange z’Abatutsi ziturutse muli Phillistians ziza zihunga zerekeza muri gakondo ya bakiranutsi.
Mbona na none za nkozi z’ibibi zatubereye umuvumo aho kutubera umgisha z’Abatutsi zaturutse mu ba Philistians nazo zimanutse mu irango ry’ubutayu bugufiya zerekeza hagati mu butayu bugufiya zirekanywe na Nyirinzu kubera gukunda amashillingi zikanga kwishyura amashillingi za gombaga cyangwa zasabwaga kwishyura azimanura mu butayu aranginje ashyiraho imyugariro hagati yabo nirango ry’ubutayu ngo batagaruka mu muhana wa gakondo ya bakiranutsi.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,manuka ujye mu butayu maze witegereze aho ziriya mvange ziturutse!Ndamanuka ninjira mu butayu bugufiya nerekeza kuri ya Nyanja iri muburasirazuba bw’Africa,kuko nabonaga ariho ababyeyi benshi bavanze na bakobwa benshi ariho baturuka,baza bahungira muri gakondo ya bakiranutsi ariko kuzahagera bikabasaba yuko babanza kunyura mu butayu bugufiya kugirango bazabashe kuhagera uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero burira abanyamasezerano bose yaba abali mu gihugu cy’Abaphilistians, cyangwa abali muri gakondo ya bakiranutsi.Bagire umwete wo gushaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kukoUwiteka agiye kwikorera umulimo maze ubabwire abari Philistian bazamuke kumusozi wa prayer mountain aho niho bazahurira n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Bazagende bamareyo iminsi [3] maze Uwiteka azabasangayo abaganirize ababwire ibigiye kubaho mu isi ya bazima nuko bazabyitwaramo kugirango akuze ubugingo bwabo abazabyumvira ntazabura kubagirira neza azakiza ubugingo bwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze,kandi niko ategetse.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hali umudamu uherutse kuguhesha umugisha utuye mu gihugu cya France,uwo mudamu akaba afite abana [2] umubwire uti,dore Uwitka yumvise gusenga kwawe kandi azi umubabaro wawe nubwo abadayimoni bashatse kukwambura isezerano ryawe wasezeranijwe n’Uwiteka,ailiko dore noneho Uhoraho aguhaye umugabo w’umufaransa kuko uwo washatse atari uwawe akaba yarakuberabeje none dore Uwiteka ashyizeho iherezo ry’urutoto rwa badayimoni kandi akuyeho inzitwazo z’inkozi z’ibibi ntuzongera kuzibona ukundi kuko Uwiteka azakwibagiza imibabaro yose wababaye niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugabane w’Africa ugiye kwinjira mu butayu bugufiya,kandi ntabwo uzatabarwa na mahanga ndetse nta gisubizo bagiye kubona kubibazo byintambara zigiye guterwa ni nkozi z’ibibi zagndiriye ubutegetssi kubera gutinya ubutabera bw’Uwiteka.Mucyimbo cyo gufungwa,bazarimbuka bisangire basekuruza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane kugeza ubwo nananiwe kwandika bimwe mu byo umwuka yanganirije kubera kunanirwa ngatwara nagatotsi.Nabwirwa ngo mwana w’umuntu,dore imyuka miba yariguhagurukiye yose icishijwe bugufiya,kandi ishyizweho iherezo,kandi ibyari ubutayu bihundutse umugisha kugirango umenye yuko Uhoraho Uwiteka ari we Mana yawe uko niko Uwiteka avuga.
Uruhererekane rw’abami,ni ngoma zabayeho mbere y’Umwami wa bakiranutsi Yesu Kristo,aza mu isi ya bazima.Uru ruhererekane ruguha kumenya abami ba mbere na bami ba kabiri babaye mu gihe cyabo.Ubasha kuhabona amateka akomeye cyane kandi agushoboza gutagura uko ingoma zagiye zisimbura kugeza uyu munsi wa none.
Umwami AHIJAH yategetse kuva mu mwaka wa 934-909,Umwami JEROBOWAMI yatwaye imyaka [22] yubaka igihugu ni mirwa arayivugurura umurwa (SHECHEM) yawubatse neza cyane,akora ibigirwamana bya zahabu [2] abishinga mu gihugu byaje guteza akaga gakomeye bituma abanyagihugu bakora icyaha cyo kuva k’Uwiteka no kutamwizera kuko byahaye uburenganzira buri wese kuba umutambyi kandi batabyemerewe kuko hari hariho abahamagariwe ndetse batoranirizwa gukora umulimo w’ubutambyi bakomokaga mu miryango yabalewi mu nzu ya Aaron na Moses.1Abami 11:26-14:31,2ingoma 10:12-13:20.
Umwaka wa 909 NADAB yatwaye imyaka [2] 1Abami 15:25-28,umwaka wa 908 BAASHA yatwaye imyaka 24,ayobora abantu gusenga ibigirwamana,1Abami 15:27-16:7,2ingoma 16:1-6,umwaka wa 886 ELAH yatwaye imyaka [2] nawe yikomereza gusenga ibigirwamana,1Abami 16:6-14,umwaka wa 885 Umwami witwa ZIMRI yatwaye iminsi [7];1Abami 16:9-20,umwaka wa 885 Umwami TIBIN yatwaye imyaka [4];1Abami 16:21-22,Umwami OMRI yatwaye imyaka [12] maze yubaka umurwa wa SAMALIYA,agira ingabo zikomeye cyane,ariko nawe arangiza ayoboye ubwoko bwa Israel mugusenga ibigirwamana.
Mu mwaka wa 930 Umwami REHOBOAM yatwaye imyaka [17] yubatse imijyi myinshi kandi azamura ubukungu,kandi akuraho amaturo batangaga muri Egypt.Yakurikiye Uwiteka Imana ya Israel imyaka [3] nyuma yahoo yigira mubigirwamana byamahanga.1 abami 11:43-14:31.ingoma 9:13-12-16,
Mu mwaka wa 910 Umwami ABIJAH yima ingoma atwara imyaka [3] yabaye umunyantegenke yitabaza Uwiteka kugirango amubere umutabazi 1 abami 14:31-15:8,2 ingoma 13:1-14:1,Umwami ASA yatwaye imyaka [41] yashenye ibigirwigamana bya bapagani byose,maze yubaka uruhimbi rw’Uwiteka Imana yo mu Ijuru.Yubaka imijyi myinshi cyane,azamura ubukungu bw’igihugu,atsinda amahanga yari yarabagize imbata,asenya ibigirwamana by’ASHERAH,ayobora abantu k’Uwiteka Imana ikiranuka maze haboneka amahoro mu gihe cye.1 abami 15:8-24 2 ingoma14:1-16:14.
Mu mwaka wa 872,Umwami JEHOSHAPHAT yatwaye imyaka [25] aza gukorera ubukwe umuhungu we,washyingiwe umukobwa w’Umwami Ahabu waje guteza ibyago nyuma,yarafite ingabo zikomeye cyane kubijyanye nurugamba.PaPa we yari yaratsinze intambara nyinshi cyane bituma igisirikare cye kigira imbaraga.Yasengaga Uhoraho,kandi igihugu cy’Baphilistines cyatangaga amoro mu bwami bwa YUDAH,yashenye ibigirwamana byose byari muri YUDAH,yubatse amashuri,ashyiraho abacamanza ndetse yubaka n’inkiko zicirwamo imanza.1.abami 15:24,22:1-50,2.Ingoma 17:1-21-1
Umwami JEHORAM yategetse mu mwaka wa 853,ategeka imyaka [8];yashakanye numukobwa wa AHABU,twavuga nk’uwashakana na ANGE Kagame,uwo Mwami yakoze ibyo gukiranirwa kubera kwifatanya na AHABU,kandi yishe abo bavukana bose,ubwo twavuga (Umwakagara) muri iki gihe 2.Abami 8:16-24, 2.Ingoma 21:1-20,uwo mukwe wa AHAB yabaye nka sebukwe,Umwami AHAZIAH yabayeho mu mwaka wa 841 yategetse umwaka umwe gsa[1] akaba yari inshuti n’Umwami JORAM wa Israel 2.Abami 8:24-9:29, 2ingoma 22:1-10.
Mu mwaka wa 841 Umwami Kazi ATHALIAH, yayoboye imyaka [6] yishe abuzukuruza bose usibye JOASH wahishwe n’uwamureraga amuisha imyaka [6] yose atajya ahagaragara,amuhisha murusengero ayo yakuwe ajya kwima ingoma asimbura ATHALIAH,akaba yaraje gusimbura uwo Mwami kazi bamwimikira murusengero Umwami kazi aza kumenya ko JOASH umwuzukuru we yimye ingoma byumvikana yuko nta cyo yari kubikoraho.Nyuma yo myanzuro yurukiko rwa America.
Abanyarwanda bazamenya undi Mwami uzasimbura Umwami Ndahindurwa uwo Mwami nawe akaba ubu ari mubuhungiro aho yihishe Umwakagara kugirango atamuca igihanga.Yakoze ibishoboka byose ngo amenye uzasimbura Umwami Ndahindurwa watanze taliki 16 ukwakira 2016ahitanywe na za magigiri zafatanije nabavandimwe be kumugambanira kubera gukunda intonorano.
JOASH yimye ingoma mu mwaka wa 835,ategeka imyaka [40] yose,akaba yarahishwe na JOHOIADA wari umutambyi icyo gihe,yima ingoma afite imyaka [7];igihe cye cyaranzwe na mahoro menshi cyane,habayeho ubutunzi bwinshi cyane,inzengero zirasanwa zose bari barubakiye uruhimbi za baal zose zirasenywa,baje kureka Imana nyuma yuko umutambyi JOHOIADA yisangiye basogokuruza ndetse ibyo byabaye bamaze guca igihanga umuhungu we kugirango atazasimbura umutambyi mukuru warumaze gutanaga.
Umuhanuzi ELIJAH yaje mu mwaka wa 875-848 Umwami AHAB yima ingoma mu mwaka wa 874,yabaye ku ngoma imyaka [22] ihwanye niyo Umwami ahabu(Umwakagara) nawe amaze ku ngoma.Ahabu yarongoye Umwami-kazi Jezebel wicyo gihe ari we Mwami-kazi dufite none Nyiramongi Jezebel ukomeje kwica no kuroga nk’uko mugenzi we yabikoraga urebye bashobora no kuzapfa urupfu rumwe.1abami 16:28-22:40,2ingoma 18:1-34.
Umuhanuzi Elisha yabayeho mu mwaka wa 848-797,Umwami AHAZIAH nawe yima ingoma mu mwaka wa 853,yagerageje kwiyunga no gufatanya n’ubwami bwa YUDAH,yabaye ku ngoma imyaka [2] gusa,1abami22:40, 2 ingoma 20:35-37,Umwami JORAM yimye ingoma imyaka [12];mu gihe cye habayeho inzara ikomeye cyane ndetse habaho n’intambara zikomeye cyane ku gihe cye.
2abami 3:1-9:24,2ingoma 22:5-7,umwaka wa 841 Umwami JEHU yabaye ku ngoma imyaka [28];akaba ari we wishe cyangwa waciye igihanga Umwami JEHU.Umwami wa Israel,akaba ari we wishe AHAZIAH,Umwami wa YUDAH,hamwe na JEZEBEL inkozi y’ikibi umubyeyi wo gukiranirwa muri byose nk’uko NYIRAMONGI nawe uyu munsi ari.Akaba nyina wa JORAM,akaba ari we washenye ibigirwamana bya baal ariko ntiyigeze akurikira Uwiteka Imana yo mu Ijuru.2.Abami 9:1-10:36,2 ngoma 22:7-9
Umwaka wa 796 AMAZIAH yima ingoma ategeka imyaka [29] yabaye Umwami mwiza ariko batari cyane,ntabwo yigeze asenya ibigirwamana ngo abirangize 2.Abami 14:1-20 2.Ingoma 25:1 -28 Umwami UZZIAH yabayeho mu mwaka wa 792 ategeka imyaka [52] avugurura imijyi yose harimo numurwa yise ELATH azana amazi mukidahingwa cyangwa mu butayu,yubaka igisirikare,ariko aza kwica amategeko y’Uwiteka abigambiriye Uhoraho amuteza ibinyoro nibyo byamuhitanye.
Umuhanuzi YONAH yabayeho mu mwaka wa 793(?) Umwami JEHOASH yatwaye imyaka [16] nubwo yari mubi cyane kurusha Umwakagara,ariko yabashije kumenya yuko Elisha ar’umuhanuzi w’Uwiteka Imana yo mu Ijuru.2 abami 13:10-14:16,2 ingoma 25:17-24;mu mwaka wa 814 Umwami JEHOAHAZ yima ingoma yatwaye imyaka [17] yabaye Umwami mubi cyane yizanira ikigirwamana cyitwa ASHERAH agihimba izina rya “Detestable”2 abami 13:1-9 mu mwaka wa 793 JEROBOAM nawe yima ingoma atwara imyaka [41] yabaye mubi cyane,ariko azamura ubukungu bw’igihugu anashyiraho politike nziza ndetse akomeza nigisirikare cye cyabayeho mu mahoro batarwana intambara.
Mu majyaruguru ya Israel,hari hatuye ubwoko imiryango [10] ya Israel imijyi yabo babagamo,ni SHECHEM,TIRZAH,SAMARIA,naho mu majyepfo,hari imiryango ibiri[2] umuryango wa YUDAH,umurwa wabo wari YERUSALEM.
Umuhanuzi AMOS yatangiyeguhanuri muri 760-750,naho Umuhanuzi HOSEA yatangiye guhanura muri 753-715,umwaka wa 752 niho Umwami SHALLUM yatgetse ukwezi kumwe gusa[1] just one month,muri uwo mwaka wa 752 nyine hima undi Mwami witwa ZECHARIAH wategetse amazi [6] gusa kandi nawe yemeraga ibigirwamana cyane,
2.Abami 14:29-15:11,yaje gusimburwa n’Umwami MENAHEM wategetse myaka [10] yakaga amahoro cyangwa imisoro iremereye kandi abantu be abatwaza igitugu.Nk’uko Umwakagara atwaza igitugu abantu b’Uwiteka uyu munsi wa none 2.Abami 15:14-22.
Mu mwaka wa 750 haje kwima undi Mwami witwa JOTHAM,yategetse imyaka [16] yubaka amarembo yurusengero yubaki ibikingi byamarembo yumurwa,ariko akomeza kuramya ibigirwamana nkabamubanjirije.
2.Abami 15:32-32:38, 2.Ingoma 27:1-9,mu mwaka wa 742 nibwo Umwami PEKAHIAH yimye ingoma agategeka imyaka [2] nawe yakomeje kuramya ibigirwamana 2.Abami 15:22-26,mu mwaka wa 740 yasimbuwe na PEKAH wategetse imyaka [8] mu gihe cye yatumye abantu benshi mu baturage be bajyanwa gukora ubucakara.Mu mwaka wa 735 nibwo Umwami AHAZ nawe yimye ingoma,ategeka imyaka [16] atambaho igitambo umwana we mu mana za gipani 2.Abami 16:1-20 2.Ingoma 28:1-27.
Mu mwaka wa 715 nibwo himye Umwami HEZEKIAH,yategetse imyaka [29] yakurikiye Uwiteka Imana ya Israel aba umukiranutsi rwose,asenya ibigirwamana byose byo mu gihugu harimo na cya gishushanyo cy’Inzoka Moses yakoze Inzoka zaryaga abasrael mu butayu bakirebaho bagakira.Niwe watangije kwizihiza ibiroli byo umuganura bibuka uko Uwiteka yambukije ubwoko bwayo ibukura mu Egypt.Yatumiye abantu bari batuye IKUSI maze baza guhimbazanya nawe bibuka ibyo Uhoraho yakoreye ubwoko bwe.Nibwo Uwiteka yamwongereraga imyaka [15] yo kubaho nyuma yo kwibutsa Uwiteka imilimo myiza yakoze,ariko aza kuba ikigoryi yerekana ubutunzi bwo mu nzu y’Uwiteka,bituma atwarwa kuba ingaruzwa muheto na banyaBABYLON ndetse na bana be babakuramo amaso ndetse baranabashahura.
Abantu rero bajya bigisha ko ngo HEZEKIAH yarasenze yongererwa imyaka yo kubaho,bajye babanza bamenye nyuma yo kwanga umugambi w’Imana yari yahisemo kumukura mu isi kubera ko yabonaga azakiranirwa ariko akabyanga kuko Uwiteka akiranuka.Bajye bamenya yuko nyuma yo kwanga ubushake bw’Uhoraho yaje gupfa urupfu rubi ruruta urwo yaro gupfa ahamagawe n’Uwiteka Imana ya Israel.
Umwami MANASSEH yimye ingoma mu mwaka wa 697 ategeka imyaka [55] yubatse ibicaniro by’imana za gipagani,ndetse imana imwe ayitambira abana be b’abahungu.Yakoraga ibyo kuroga no guterekera,ndetse afata ibigirwamana abyimurira murusengero rw’Uhoraho yajyaga yica bamwe mu bantu be akabatambira ibitambo imaza ze,nk’uko uyu munsi Umwakagara yica abaturage ashinzwe kuyobora yarangiza akabatambira imandwa ze.Ariko ubanza iby’Umwami Ndahindurwa byo atazabikira ashobora kuzamukurikira nyuma y’itabarizwa rye.2.Abami 21:1-18,2.Ingoma 33:1-20
Umwami AMON yategetse mu mwaka wa 642 ategeka imyaka [2] gusa,Nta cyiza cyangwa ikiba yakoze,imilimo ye ntabwo yigeze imenyekana.2.Abami 21:18-26,2.Ingoma 33:20-25,mu mwaka wa 640 nibwo Umwami JOSIAH yagiyeku ngoma,maze ategeka imyaka [31] yakundaga Uwiteka kandi akamukundisha umutima we wose,ndetse akubaha amategeko ye yose yaje gusana insegero nibicaniro byubakiwe Uhoraho Uwiteka Imana ikiranuka.Kandi ashakisha igitabo cy’amategeko y’Uwiteka cyari cyarabuze maze baragisoma bumva icyo Uwitekayavuganye na bahanuzi maze agisomera abaturage bose kandi abasaba gukurikiza amategeko y’Uhoraho Uwiteka Imana ya Israel.
Yabategetse kubaha Uwiteka bakirinda ibirangaza bya ABAYUDA kuzageza igihe zapfira uko ninako byaje kugenda.Kandi ubwe yagerageje gushing imishinga ifasha abaturage mu gihe cy’ubwami bwe.Nibwo yamaganye abatambyi bemereye abaturage kwihangira ibigirwamana maze abategeka gukorera Uwiteka byose arabisenya batangirira kuri zeal.Maze nawe yongera kwibutsa iminsi mikuru yingando (PASSOVER) cyangwa PASIKA,nubwo abapharisayo bakoresha amazina yibigirwamana byo muri CANNAN byitwaga EASTER kandi ijambo ry’Imana rivuga ko uwo munsi witwa PASSOVER ariko bakanga bagakoresha amazina y’ibigirwamana by’I CANNAN.
Mu mwaka wa 609 nibwo Umwami JEHOAHAZ yimye ingoma ategeka amezi [3] nibwo yafatwaga bunyago ajyanwa mu nzu y’imbohe muri EGYPT ninaho yaje kugwa (Gupfa) 2.Abami 23:30-34 2.Ingoma 26:1-4,mu mwaka wa 609 nibwo Umwami JEHOIAKIM yimye ingoma,ategeka imyaka [11] nibwo nibwo ijambo YEREMIAH ijambo yahanuye ryaje gusohoza umulimo waryo kuri uwo Mwami,nibwo Umwami wa EGYPT afatanije nuw’IBABYLON baje babafata matekwa babatwarwa bunyago ninabwo Umuhanuzi Daniel yaje gutwara hamwe nabo.2.Abami 23:34 26:6 2.
Ingoma 36 : 4 – 8 ,mu mwaka wa 598 nibwo Umwami JEHOAICHIN yasimbuye JEHOIAKIM tegeka amezi [3] 2.Abami 25:27-30 2.Ingoma 36:8-10 mu mwaka wa 597 Umwami ZEDEKIAH yima ingoma ategeka imyaka [11] yabonye isenywa ry’umurwa w’IBABYLON ndetse yitegereza isenywa ry’urusengero ninabwo bwanyuma igihugu cy’IBABYLON cyatwaye abacakara kibakura muri Israel 2.Abami 24:17 25:21 2.Ingoma 36:10-21 mu mwaka wa 586 nibwo ubwami bwa amajyaruguru y’uburasirazuba bwarangiye ubwo batwarwaga n’Umwami Nebuchadinezzar.
Dec 26, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu byakomeye dore Umwakagara abamukomeje ninabo bamukuyeho amaboko none yagambiriye ku kugirira nabi atitaye ko ibyo akora byose ubihishukirwa.Nuko nerekwa IHENE (umwuka w’ikinyoma) ziva mugahanda kigitaka ziza muli kabulimbo.Mbona za hene zigeze muli kaburimbo zinanairwa kugenderamo zisubira muli wa muhanda w’igitaka (Ikinyoma cyananiwe kugendera mukuli).
Ijambo ry’Uhoraho maze rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,iriya myuka wabonye nimyuka y’ikinyoma igiye kugerageza kwishushanya ngo igendere mukuli,ariko ntabwo bizashoboka kuko ikinyoma kidashobora guhinduka ukuli,nk’uko ukuli kudashoboka guhinduka ikinyoma ukuli kuzahora ar’ukuli,kandi nikinyoma kizahora ar’ikinyoma kuzageza ku iherezo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ndongera njyanwa mu iyerekwa mbona umugore w’umuherwe cyane ku isi yabazima (Itorero) mbona ko afite ikibanza kinini cyane mu bugali no mu butambike,kandi nerekwa ko muli icyo kibanza afitemo ububiko (STORE) aho abika za “cement”zo kubakisha.Mbona atanze itegeko tujya kwikorera izo cement tuzikura aho zibitse tuzegeranya hamwe kugirango zibe ziri mu bubiko bumwe.
Maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka alimo kwitegura kubaka Itorero rye,kugirango arihe urufatiro rizahagararaho mu minsi izaza kuko igiye gukorera mu isi ya bazima imilimo ikomeye cyane itazasenywa n’umwanzi wa bakiranutsi (Satani) niyompamvu Umwami Mana yamaze gutegura hakiri kare ibikoresho byose bizakoreshwa mu gihe cy’ububyutse bwimirije kugarurwa mu isi ya bazima ngo busenye imilimo yose idashamikiye kurufatiro rwa Kristo niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi yakamejeje ameze nabi cyane arahiga ubugingo bwawe.Nukore wirinde cyane kuko umwuka w’Inzika y’Inzigo wamaze kuzamuka ngo uguhigire kutakubura hasi no hejuru kugirango baguze igihanga mbere yuko umwanzuro w’urukiko ushyirwa ahagaragara uzatanga icyerekezo cy’aho bazatabariza umugogo w’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.
Dore umwuka w’urukoza soni nawo wongeye kuzamuka kandi niwowe ushaka ariko barasa nabashinga umuhunda ku kirenge kuko bidashoboka yuko ibyifuzo byabo byashyirwa mubikorwa kuko bamaze gucirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo.Nuko rero ntubatinye kandi ntibaguhagarike umutima kuko Uwitek ari we Mana yawe azakulinda amajya na maze uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwoko bwanjye wasize muri gakondo ya bakiranutsi,ubabwire uti,umwaka utaha umunyabwenge aho gusubiza abana mu mashuri,ahubwo yabajyana mu butayu!kuko nta cyo bimaze kugirango abana bajyanwe mu mashuri kandi batazayarangiza uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira ibigiye gukorerwa mu isi ya bazima.Mbona abana na babyeyi babo,batandukanira mu butayu bugufiya,abana bagenda ukwabo,na babyeyi bagenda ukwabo.Ndabwirwa ngo”mbaburire yuko igihe cy’ibyahanuwe cyegereje aho umwana azatandukana na nyina na se,buri wese akagenda ukwe,aho rero niho ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryavuze riti,ababyeyi bazaguhana ariko jyeweho sinzaguhana na hato uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Rwose nta mahoro ahali azaboneka mu gihe cy’amatora niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Dec 27, 2016 ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igie gishyize cyera,kandi iminsi y’umwanzi wa bakiranutsi (Umwakagara) yarangiye,hasigaye gusa gukorwa nisoni kugirango ibyo ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bimusohozeho uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara atumiye CJ CHIEF JUSTICE wa Kenya kugirango avugane nawe uburyo bagukorera impapuro zo kuguta muli yombi.
Ariko nubwo bamutumiye nta cyo bizatanga kuko bibwira yuko uri umuntu woroheje,ariko nyamara burya siko biri uko babitekereza.Nuko rero ntutinye ndetse ntubakukire umutima,ahubwo wiringire Uhoraho Uwiteka Imana yawe,kuko imigambi yabo itazasohoza mu mahoro,kandi bakaba ari nta cyo bazageraho.Kuko Uwiteka yamaze kuburizamo imigambi yabo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga!
Nuko rero wirinde cyane kugirango umwanzi atabona urwaho,erega mwana w’umuntu,umenye yuko umwanzi igihe cye cyamurangiranye.Niyompamvu akora ibishoboka byose ngo arebe yuko hali icyo yageraho,ariko bikanga bakamugendera nabi kuko yamaze gucirwaho iteka imbere y’Uwiteka Imana.Ubanza atekereza yuko ubutabera bw’ibindi bihugu bikorera mukwaha nk’uko ubwe yabuhinduye imbura mumaro niko Uwiteka avuga.
Dore ukuli kwabashizemo,kandi bamaze guhinduka ibicu bitagira amazi,bitwarwa numuyaga aho ushatse hose!Niyompamvu Uwiteka atazabura gukora ibikomeye kugirango bimenyekane yuko uhoraho ari we Imana ya bakiranutsi,kandi aca imanza zitabera kuko igihe umwanzi yamaze atsikamiye ubwoko bw’Uwiteka cyali gihagije.Niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka ringarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,waba wamenye impamvu zatumye CJ wa Kenya agera ku butaka bwa gakondo ya bakiranutsi?Ndasubiza nti,OYA!Ndabwirwa ngo,bareke bamutumire akandagize ikirenge kubutaka bwa gakondo yawe wahaweho kuzakubera umwandu nk’uko Uwiteka yagusezeranije.Kuko namara kuhandagiza ikirenge baraba baciriwe ho iteka kuko CJ wa Kenya yagambiriye kuzakora umulimo we nk’uko bikwiriye nuko rero niba ari uko yabigambiriye mu mutima we,bishatse kuvuga yuko kugera kubutaka bwa gakondo ya bakiranutsi,ubutabera bw’Uhoraho buzaba buhakandagije ikirenge kandi ubwami bw’Abega buzaba buciriweho iteka birangiye ng’uko uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
28, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara na bambari be,bahagaritse umutima cyane,kuko washyize ahagaragara amakuru akomeye cyane badashobora kwihanganira,kandi abaturage bose bakaba bamenye uko ibijyanye ni myanzuro y’umugogo w’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa uko byifashe.
Dore mukanya urabona ikimenyetso,ubwo mu gihe ntitekereza ibigiye kubaho nk’ikimenyetso,mbona telephone iturutse muri America, WASHINGTON DC, numero za tel Nº +1 202-455-8888 irahamagaye nanga kuyitaba,maze imaze guhagara nanjye ndayihamagara maze ikoranabuhanga rishinzwe kugenzura telephone zikoreshwa mu buryo bunyuranije na mategeko bambwira ko izo numero zikoreshwa mu buryo butemewe namategeko.Uyu muntu ampize igihe kirekire kitari gito,ariko yasanze natwe Uwiteka yaratugiriye neza atujyana mu ishuli ry’ikoranabuhanga ku buryo ibyo bakora byose bisa no gushing umuhunda ku kirenge kuko nta cyo bateze kuzageraho uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu gihugu cy’IBABYLON,hakomeje gukorwa ubucuruzi bukomeye mu mazu yitiriwe izina ryanjye(business)cyane muli kiliziya Gatolika,ukongeraho nandi madini yose yahindutse isenga rya bambuzi,nibisambo babaye nk’abanyapolitike (POLITICAL ARENA) it means political activities in area where politicians take place to organizer politics activities.
Nkomeza kubwirwa ibyo muli icyo gihugu cy’IBABYLON,mwana w’umuntu,dore hali abanyapolitike bakoresha imyuka y’inkozi y’ikibi yiyitaga Imana,witwaga JEHOVA WANYONYI,ngo uwo niwe mana yabo baramwizeye ngo azabafasha gutsinda amatora y’umwaka uza wa 2017,niyompamvu ukuboko kwanjye kuzaremerera abanyagihugu b’IBABYLON uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Dec 29, 2016 ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore iminsi ishyize cyera,kuko ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rigiye gusohoza umulimo waryo,kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ari we Imana yaremye Ijuru n’isi uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore umugisha uraje ariko nturatunganywa neza kugirango ubashe ku kugeraho ariko uraje vuba cyane kugirango utunganye ibidatunganye kugirango ureke izo nkorabusa zikomeze kwidegembya,kuko igihe cyawe kirangiye cyo kuba IBABYLON umurwa mukuru w’ISHUSHAN niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo urusengero rwa VIVANTE ruyoborwa n’umunyamuryango wa ILLUMINATI wo mu bwoko bwa SOOTHERS SPIRITS Pastor GATAHA STRATON,ko urwo rusengero cyangwa iryo dini ko rirangiye!Mbona abagore [2] bari barahawe misiyo yo kurusenya ariko cyane bahereye mu baririmbyi barimo Uwimana AIME,kugirango babakagire umulimo bakora wo kuririmba ntuzigere utere imbere.Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cyo gusenyuka kwa VIVANTE kirasohoye kuko itazongera kubaho mu isi ya bazima uko niko Uwiteka avuze!
Mbona abo barozi kazi,umwe muli yaratwite inda nini igiye kuvuka,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,umuntu agira irari,IRARI rigatwita,maze naryo rikabyara urupfu.None inkozi z’ikibi zo muri Eglise VIVANTE zimaze gutwita kandi zigiye kubyara kuko umugore adashobora kurenza amezi [9] yagenewe yo gutwita kugirango abone kubyara uko niko Uwiteka Nyriringabo avuga.Nuko mbona izo nkozi z’ikibi zigenda zinezerewe ko kuzimaze gukora igikorwa cyiza cyane maze zirigendera.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ABARUNDI,batunzwe kandi bagakora umulimo wa magendo bose baciriweho iteka.Kuko bakoze byinshi byo gukiranirwa bakarakaza Uhoraho,none baciriweho iteka kuko nta gikorwa bazongera gukora ngo gitungane.Ahubwo igikorwa cyose bazajya bakora kizajya kibagwa nabi,kandi ntabwo kizabatunganira ndetse ntabwo kizababera umugisha UMURUNDI wese wakize binyuze muri magendo,ubutunzi bwe buciriweho iteka.Muyandi magambo burarangiye nta buzongera kubaho ukundi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho umugiriyeho umugisha ahantu uzajya uba uri,mu bilometro [9] nta mwuka w’ikinyoma uzajya uhegera aho hantu,ndetse nabahaturiye bakoresha iyo myuka mibi bazajya baba mubibazo bikomeye cyane kuzageza baretse guora nabi.Kuko Umwuka w’Imana udaashobora kubangikanya ni umwuka w’inkozi z’ikibi.
Umuntu wese wigeze kubona cyangwa kumenya ukora ibinyuranye n’ijambo ry’Uwiteka cyangwa se wenda wigeze kumvaho ko akora ibinyuranye nijambo ry’Uhoraho,uwo uhawe uburenganzira bwo kumuciraho iteka kuko Uwiteka yashimye ku kugira umucamanza wa bari mu isi kugirango batazabona icyo bazireguza uko niko Uwiteka ajya atanga umugisha kandi niko avuze!
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo ya batutsi wongeye kubyuka kubera yuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo,ryabaremereye kuko amatwi yabo yuzuyemo ibinure.Bakaba baranze kumva imiburo y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Dore bongeye kuguhagurukira kandi ngo barashaka ubugingo bwawe nyamara se bazabubona ryali,ko igihe cyabarenganye kandi ibyo bagerageje byose byo ku kugigira ngo baguze igihanga bikaba byaranze?Uko niko Uwiteka abaza!Dore bakoze ibishoboka byose ngo barebe yuko bapingana n’umwuka w’Imana uba muli wowe kandi ugakorera muri wowe ariko byaranze!
Bakoze uburyo bwose bushoboka bwo kugigira ngo barebe yuko bakugeza mubiganza byabo,none na byo byaranze.Nta cyo batakoze ngo barebe yuko bakwemeza isi yuko bazi kugigira ndetse ko na bafite umwuka w’Imana,batabatinya ariko na byo byarabananiye.None dore baciriweho iteka kuko nta gikorwa na kimwe bazongera gukora cyose ngo kibatunganire ugihe cyose uzaba ukiri mu isi ya bazima,kuko uzakomeza kubacira imanza kuzageza iteka ryose niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore ngushyize hejuru ya mahanga kugirango utazigera uba munsi yabo bakajya bagutegekesha igitugu,ahubwo abe ari wowe uzabatwaza inkozi y’icyuma yubutabera bw’Uwiteka kugirango bumve kandi bamenye ko Uwiteka ajya agira neza,kandi ko ajya aca imanza zitabera zo gukiranuka niko Uhoraho abivuga.
Inkozi z’ikibi zirajiginywa cyane ndetse zirahekenya amenyo,kuko zabuze icyo zagukoraho,kandi imbaraga zabo Uwiteka yamaze kuzishyiraho ishyerezo kugirango ubone uko ukora umulimo w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,itegereze imbere yawe,maze nditegereza nerekwa IHENE (umwuka w’ikinyoma) zikurwa aho zari zibyagiye,zerekezwa mu gihugu cy’ubutayu bugufiya.Mbona ziragenda nkizidashaka,ariko nta mahitamo zari zigifite usibye kwemera kuyoboka ubutayu kuko byari bihwanye nibyo bakoze.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore leta y’Umwakagara ifatanije na Bahindiro bagambaniye ubwami bw’uRwamda,bagahitana n’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,bajyanywe mu butayu kugirango bigishwe uko Umwami YESU agira neza bazajya kubuvamo bamaze gusobanukirwa yuko gukubaganira Umwami n’ubwami bihanwa na mategeko y’Ijuru kugirango hatazongera uzagerageza gukinisha gukubaganira uwasizwe amavuta y’ubwami n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.
Dec 30, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona imilimo ikorerwa mu isi ya bazima,ibyo abatuye isi,batari biteze.Mbona umukuru w’igihugu w’IBABYLON Kenyatta agiye muri gakondo ya bakiranutsi gusaba inama z’uburyo yabigenza kuko itegeko yashakaga guhitisha rimwerera ngo azabone uko yigenza mu matora ateganijwe umwaka utaha wa 2017.Ariko nubwo yagiye gusaba inama nta cyo byamumaliye kuko bitashoboraga guhindura ijambo ry’ubuhanuzi ryamuvuzeho yuko azategeka mandate imwe gusa akaba ntayindi ya kabiri ateze kuzabona nk’uko umwuka w’Imana yabivuze uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Mbona umuryango wa family nari narashatsemo,ko bari baboshwe nikibazo cy’uwahoze ari madame Mukandirima Murekatete Odette,mbona ko gikemutse,ariko gikemuka mu buryo buteye akenga nisoni,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore banze kwemera ijambo ry’ubuhanuzi icyo ryabavuzeho,none ibyo banze kumva,bagie kubirebesha amaso yabo kugirango bemere kandi bamenye yuko umwuka w’Uhoraho akorera kandi atuye muli wowe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo,uneshwa burundu nyuma yuko ijambo ryabahanuweho n’umwuka w’Imana,rishyira mubikorwa ibyo ubuhanuzi bwabavuzeho uko niko Uwiteka avuga.
Mbona Umwakagara akora ibishoboka byose ngo arebe yuko yabasha kubona Umuhanuzi wa mu naniye,ndetse agerekaho gukoresha imbaraga zidasanzwe kandi nyinshi cyane,ariko biranga ijmabo ry’ubuhanuzi rimubera akaga gakomeye kuko ibyo ryavuze,ninabyo rigomba gushyira mu bikorwa niko Uwiteka avuga.
Umwuka wubukene urabahemuje!
Njyanwa mu iyerekwa mbona impunzi z’abanyarwanda zose muri rusange,ariko cyane cyane izituye muri Africa,nerekwa ko,ibyo bita gusenga babihinduye ubucuruzi bw’amamesa avangiye adatunganijwe.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,burira impunzi zo mu gihugu cy’IBABYLON,uzibwire uti,nzi imilimo yanyu,ntabwo mushyushye kandi nta nubwo mukonje,niyompamvu muciriweho iteka kuko mwanze kumvira umwuka w’Imana ibyo musabwa gukora.
Dore umulimo wanjye mwawuhinduye igicuruzwa cyimbura mumaro,mwawutesheje agaciro,uko mwaeutesheje agaciro,niko mwamwe mwataye agaciro imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Mwanga kumva ijambo ryanjye,maze mukajya mu bitagira umumaro,mwirirwa mwishakira abagabo babaha ibitunga imibiri yanyu,nyamara ntabwo nanjye nabibimye,ahubwo mwanze kumvira ijambo ryanjye.
Mushimishwa mukugendera mugukiranirwa,mukikorera ibyo mwishakiye,mwibwira yuko,ari byo bizabagirira umumaro,dore mwirirwa ku ikoranabuhanga mushakisha uwo mwabashya cyangwa uwababeshya ngo murrebe yuko mwaramuka.Ariko ighe kiraje kandi kirasohoye ubwo muzarebesha abandi bahabwa umugisha ariko mwebweho mukicwa ninzara ivanze nagahinda kuko mwanze kumva ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Dore mwagiye mu bitagira umumaro,ubusambanyi,amarozi,kwangana,no kugambanirana.
Nyamara ibyo mbifuriza nibyiza s’ibibi,ariko mwanze kumva inama zanjye mwibwira yuko nta cyo zabamarira,ariko mwarajijwe kuko iwanjye niho hari ubutunzi bwose nicyubahiro,dore ifeza nizahabu byose biri iwanjye.Mbega ninde wabaroze?Niko Uwiteka abaza!Ko mwabaye nabi mukigira nk’ababanyamahanga biyitirira izina ry’Uhoraho kandi ari ntamugabane bafite mu byo kwizera!?Dore muciriweho iteka kuko mwigize ba ntibindeba,mukirengagiza ijambo ry’ubuhanuzi,kugirango ritabaciraho iteka.Ariko nyamara uko mwaryirengagije,ninako naryo rizabirengagiza kuko mwanze gukora ibyo ryabasabaga ngo mubishyire mubikorwa kuko nimwe mwigiriraga neza,ntawundi mwagiriraga neza.
Dore Jyewe Umuhanuzi nkarabye amaraso yanyu ku karubanda,ntabwo nzabazwa amaraso yanyu kuko nta nakimwe Uwiteka yavuze,ngo mbure kibagezaho.Aho gushakisha ibitunga ubugingo,ahubwo mwirirwa mushakisha ibyo mutabona byo gutunga umubiri w’inyuma ariko uwimbere unanutse!Dore abagore benshi babaye imaraya zicuruza imibiri yazo,nyamara imibiri yanyu ninsengero z’Uwiteka 1Corinth 3:16-18 utsemba urusengero rw’Uwiteka,nanjye nzamutsemba kuko imibiri yanyu arizo nsengero z’Uhoraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nuko mbona agaco kabagore (Abarozi-Kazi) gashinzwe kuvangira insengero,no guhumanya abakiri bato (urubyiruko ngo ntibazajye bita ku ijambo ry’Imana.Nuko ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,ciraho iteka bariya barozi kazi,bajujubije ubwoko bw’Uwiteka,kugirango batazigera bagira amahirwe yo kwihana kuko barimbuye ubugingo bwa bantu benshi cyane.
Uwiteka Imana Nyiringabo,ndakwinginze ngo ntuzumve amasengesho yabariya barozi kazi,cyangwa kwihana kwabo,kuko barimbuye abantu benshi bapfa batihannnye kandi babitewe nabo.Nuko ntuzigere ubumvira gusaba cyangwa kwihana kwabo kugirango batazabona ubugingo buhoraho kandi hari abo barimbuye kandi barabikoze babigambiriye.
Ndetse numugisha ugiye kumanukira abakiranutsi,ntibazawugireho uruhare,kuko barwanije umwuka w’Uwiteka ukorera mu bantu bawe.Kuko wuzuye gukiranuka no kugira neza,niyompamvu bashatse kwitwaza ineza yawe ngo barimbure ubugingo bwa benshi nibarangiza bihane kubera kumenyera ijambo ryawe.Nuko rero ntuzigere ubumvira kandi ntuzumve gusenga kwabo kuko bigize inkozi z’ibibi bitari bikwiriye uko niko Umugaragu wawe abisabye!
Ahangaha ntizibagirwe abanyamurenge kuko bacuruje ijambo ryawe,aho gukiza ubugingo bwa benshi kandi babizi neza yuko bidakwiriye.Ariko kubera amaco yinda,yatumye biyinjiza mu byo batahamagariwemo maze bangiza izina ryawe ryera abantu bizereramo mu isi yose!!!
Aba nabo ntuzabibagirwe kuko bakunze gukiranirwa cyane kandi imibabaro yabo uzarusheho kuyongera cyane abagore babo bigize abarozi kazi bakarwanya ijambo ryawe kandi bitwa ko bari murusengero (isinagogi) nuko rero uhereye none wumvire umugaragu wawe icyo agusabye nk’uko wamugiriye ikizere ukamuha gucira imanza abatuye isi,uhereye mu muruzabibu rwawe ariwo mulimo w’Imana.
Nuko rero icyubahiro kibe icyawe iteka ryose kuko uca imanza zitabera kandi mu batayu isi akaba ari ntawe uzavuga yuko wamurenganije niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Cyakora databuja abatakiraniwe babikoranye ubugome cyangwa babigambiriye,ubagirire neza,kandi wumve gusenga kwabo,cyane abafite ubujiji bwo gushaka mu maso hawe,kuko nibihe turimo nabyo ntabwo biboroheye ahubwo birakomeye cyane ariko kandi suko batumvise,ahubwo habayeho uburangare bwo mu mitima yabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivu