Igice cya (60) cy’ubuhanuzi

July 1, 2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona  mbwirwa gutanga ibisobanuro ku nkomoko y’ijambo ry’ubuhanuzi ryaturutse mu Ijuru,rikaza mw’isi ya bazima.Rinyuze mu itegekonshinga (Bibiliya) ryo mu Ijuru ryashyiriweho ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Hamwe na bantu b’Imana yo mu Ijuru ica imanza zitabera, kandi igakiranuka muri byose.Niyera kandi n’Uwiteka Jehova Nyiringabo Umwami w’Isi n’Ijuru,kandi abazamwizera nta bwo bazarimbuka cyangwa ngo bakorwe nisoni uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

Umunsi umwe,igihe kimwe,ahantu hatari hamwe hatandukanye (Gisenyi-Kigali) ku bantu [2]; batandukanye.umubyeyi witwa MaMa Mukanzayire,n’Umwali witwa Francine,nibo bahishukiwe iby’Umuhanuzi “AINESHA” Majeshi Leon,umurimo yahamagariwe kuzakora w’ubuhanuzi akora uyu munsi wa none.Francine numwe mu banyujijwemo ubutumwa bujyanye nuwo murimo yahamagariwe, yaratuye I Kigali,icyo gihe yasengeraga muri “Eglise VIVANTE” hamwe n’Umuhanuzi maze Uwiteka Nyiringabo abacishamo ubutumwa bw’Umuhanuzi,naho MaMa wasengeraga muri “Restoration Church” i Gisenyi yaje kwimukira i Kigali ajya gutura ku Gisozi.

Igice cya (59) cy’ubuhanuzi

The Future Glory of Israel

60 bArise, shine, for your light has come, and cthe glory of the Lord has risen upon you. For behold, darkness shall cover the earth, and thick darkness the peoples; but the Lord will arise upon you, and his glory will be seen upon you.

dAnd nations shall come to your light, and kings to the brightness of your rising.

eLift up your eyes all around, and see; they all gather together, they come to you; fyour sons shall come from afar, and your daughters shall be carried on the hip.

Then you shall see and gbe radiant; your heart shall thrill and exult,1 because the abundance of the sea shall be turned to you, hthe wealth of the nations shall come to you.

A multitude of camels shall cover you, the young camels of iMidian and jEphah; all those from kSheba shall come. lThey shall bring gold and frankincense, and shall bring good news, the praises of the Lord.

All the flocks of mKedar shall be gathered to you; the rams of nNebaioth shall minister to you; othey shall come up with acceptance on my altar, pand I will beautify my beautiful house.

Who are these that fly like a cloud, and qlike doves to their windows?

For rthe coast lands shall hope for me, sthe ships of Tarshish first, tto bring your children from afar, their silver and gold with them, for the name of the Lord your God, and for the Holy One of Israel, because uhe has made you beautiful.

10  vForeigners shall build up your walls, and vtheir kings shall minister to you; for in my wrath I struck you, but in my favor I have had mercy on you.

11  wYour gates shall be open continually; day and night they shall not be shut, wthat people may bring to you the wealth of the nations, with their kings led in procession.

12  xFor the nation and kingdom that will not serve you shall perish; those nations shall be utterly laid waste.

13  yThe glory of Lebanon shall come to you, the cypress, the plane, and zthe pine,to beautify the place of my sanctuary, and I will make the place of my feet glorious.

14  aThe sons of those who afflicted you shall come bending low to you,  band all who despised you shall bow down at your feet;they shall call you the City of the Lord, the Zion of the Holy One of Israel.

15  dWhere as you have been forsaken and hated, with no one passing through, eI will make you majestic forever, a joy from age to age.

16  fYou shall suck the milk of nations; you shall nurse at the breast of kings;and you shall know that gI, the Lord, am your Savior and your Redeemer, hthe Mighty One of Jacob.

17 Instead of bronze I will bring gold, and instead of iron I will bring silver; instead of wood, bronze, instead of stones, iron. I will make your overseers peace iand your taskmasters righteousness.

18  jViolence shall no more be heard in your land, devastation or destruction within your borders; kyou shall call your walls Salvation, and your gates Praise.

19  lThe sun shall be no more your light by day, nor for brightness shall the moon give you light;2 but the Lord will be your everlasting light, and your God will be your glory.3

20  Your sun shall no more go down, nor your moon withdraw itself; for the Lord will be your everlasting light, and myour days of mourning shall be ended.

21  nYour people shall all be righteous; othey shall possess the land forever,pthe branch of my planting, the work of my hands, that I might be glorified.4

22  qThe least one shall become a clan, and the smallest one a mighty nation; rI am the Lord; in its time I will hasten it.

Aug 2,2017 Njyanwa mu iyerekwa ridafite urwijiji cyangwa urujijo,nerekwa mu buryo bubiri butandukanye,mbona Abega bajya kugandarira umuntu wabo ukomeye cyane (Umwakagara) ariko bakaba batarifuzaga ko,Umuhanuzi(umugaragu w’Uwiteka Nyiringabo)ahagera.Mbona bamureba ijisho ribi cyane kandi bafite uburakari bukabije kuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryabaremereye kandi ryabasohoyeho.

Umwuka w’Uwiteka arambwira ati,mwana w’umuntu,ntiwinjirire aho abega binjiriye,ahubwo wikomereze ugende ujye kwinjirira mu muryango wabayobozi bakuru b’igihugu,kuko muri bose nta numwe ukuruta maze witegereze gushyingurwa no kugandarira Umwakagara Umwami wa abega kugirango ijambo ry’Uiwteka rizagire gihamya.

Nuko ndakomeza njya kunyura muri rya rembo abayobozi bakuru b’igihugu banyuramo,nkimara kwinjira ahaberaga iryo gandara ry’Umwami wa bega,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara arapfuye kandi byihuse,nubwo abantu babifata minenengwe,ariko bagiye gutungurwa ubwo bazaba babyiganira mu mwinjiro no mu bwiherero uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umugisha mwinshi kandi cyane wamaze gutunganywa n’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore umugisha w’Uwiteka Nyiringabo uraje kandi vuba,kugirango ukore imirimo y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kandi vuba,kuko igihe cyawe cyo kuba mu gihugu cy’ibabylon cyarangiye Uwiteka akaguha inyongera kuko umwanzi yatindije imirimo yawe wahawe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abashambo bacirwaho iteka kubera gukunda gukiranirwa no gushyigikira abega mu bikorwa byabo bibi.Maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,burira abashambo yuko bamaze gucirwaho iteka kuko bakunze gukiranirwa kandi bakaba bararwanije umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ihuriro ryitwa Jubilee Aliance Party (JAP) riyobowe na perezida Uhuru Muigai Kenyatta rikora ibishoboka byose ngo bibe amajwi ya matora bazabashe gutsinda mu matora ateganijwe mukwezi gutaha kwa kanama taliki ya 08.Mbona ko bagerageza ariko b’irananirana birangira batsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa nkurwa mu mubiri numva meze nkuwapfuye,ndazamurwa nirebera na maso y’umubiri uko nkuwe mu mubiri nkinjizwa mu isi y’umwuka.Gusa ntibyari byoroshye!Njyanwa hejuru y’inyanja(ISI)mbona ntambagizwa hejuru yayo mbona ibintu byinshi cyane bitandukanye ariko ibyo nabasha kwibuka no gusobanura ni umuyaga w’umuhengeri wakuwe mu Nyanja ukazanwa kw’isi ya bazima ahatuye abantu.

Uwo muyaga umaze kuva mu Nyanja nerekwa unyura mu butayu bugufiya kuko niho hari inzira yawo.Mbona ko ugenda uhura na bantu ukahuha bagatwarwa nawo.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cyagenwe n’Uhoraho kirageze ngo ibyahanuwe bisohoze umurimo wabyo.

Mbona Umuyaga uvuye muri bwa butayu,urazamuka uhura na bagore bo mu bwoko bwa abatutsi-Kazi bavuye Burundi,bari bateraniye kuri telephone FIX bashaka guhamagara bene wabo batuye mu bihugu bikomeye bya mahanga.Muri bo nabonye umudamu nashyingiye witwa ARAKAZA Philomine (FIFI) utuye hafi ya KIE KIMIRONKO ahahoze YMCA.Mbona iyo telephone ya Fix nayo yaraciwe kugirango hatagira umunyarwanda numwe wagerageza gucika intambara yaririmo itegurwa nyuma yuko hatangajwe ko Umwakagara yaciwe igihanga.

Ubwo wamuyaga ubaheraho,urabaterura ubatwara mu birometero byinshi kure ya telephone fix,ntibaba bagishoboye gutabarwa.Ariko abenshi muri abo badamu bari abega-Kazi bashakaga guhita bacika bakigira imahanga kuko ubwami bwabo bwari bumaze gucirwaho iteka ariko Babura inzira ntibyabakundira ntibaba bagikoze iyo migambi yabo ahubwo iburizwamo n’ijambo ry’Uwiteka kugirango bahanirwe hamwe na bandi bose bafatanije gukiranirwa (inkozi z’ibibi) uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore nta muntu numwe uri muri gakondo ya bakiranutsi mu nkozi z’ibibi zose zamaze gucirwaho iteka zizatabarwa ngo zihunge umujinya w’Uwiteka ugiye kumanurirwa icyo gihugu cyuzuye ubugizi bwa nabi nigomwa kwica no kurimbura ubwoko bw’Uwiteka hamwe nijambo rye!Niyompamvu gutabarwa kwabo kuzaba gukomeye kuko bitazapfa kuborohera kubona uko bazakiza ubugingo bwabo uko niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kwibera hejuru yiyo Nyanja,maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,vuza impanda ya nyuma maze uburire abari muri gakondo ya bakiranutsi,ko igihe cy’Umwakagara kirangiye agiye gucibwa igihanga agacirwaho iteka akisangira abazimu nyirizina asanzwe akorera kugirango Umwami YUHI VI yime ingoma nkuko byahanuwe nijambo ry’ubuhanuzi bwahanuwe n’Umuhanuzi “Majeshi Leon AINESHA”umugaragu w’Uwiteka Nyiringabo.

Nuko mvuza impanda ariko mbona abanyarwanda benshi batayitayeho!Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,komeza uvuze impanda kuko Uwiteka abizi neza ko,batazabyitaho,ariko ubwo bazabona ibibaye,nta numwe uzatinyuka guciraho iteka umuremyi we (Uwiteka Nyiringabo) kuko yavugije impanda akoresheje umugaragu we,maze bamuneguriza izuru bivuze ngo,icyo gihe bazahita batsindwa nurubanza kandi bazamenya yuko Uhoraho ajya aca imanza zitabera kandi yuko akiranuka muri byose nkuko ijambo rye ribivuga.

Nerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo umarwa n’umugisha w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,mbona izo nzika zitsirikwa nuwo mugisha Uwiteka yoherereje Umuhanuzi kugirango zicururuke.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha uraje,ariko umenye yuko ari uwo gutsirika inzika z’Inzigo kugirango zirangire burundu mbere yuko ukurwa mu gihugu cy’ibabylon uko niko Uwiteka abivuga.

NZARAMBA: Abanya Kigali basigaye bita ibirayi “IROTI” kubera kubura no guhenda!

July 2,2017 njyanwa mu iyerekwa mbona mu gihugu cy’ibabylon,bagiye kwirukana abanyarwanda batuye muri icyo gihugu bahamaze imyaka [70]; bakaba batahabwa ubwene gihugu kandi abaje nyuma yabo bakaba barabuhawe.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwoko bw’Uhoraho bwatsikamiwe nimbaraga za badayimoni bugiye kwibukwa n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Ubwo bibwira yuko babuhagurukiye kugirango babugirire nabi,dore Uhoraho Uwiteka nawe ahagurukiye Gutabara ubwoko bwe.Kandi dore babugiriye nabi babwima ibyo bari bakwiye guhabwa.Kubera iyo mpamvu icyo gihugu kiravumwe kubera guca imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuze!Uyu muvumo ukaba uzamara igihe bamaze muri icyo gihugu kugirango umujinya w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ubone gucururuka uko niko Uwiteka avuga.

July 3, 2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona umuhanuzi Mukuru ahabwa “SOCIETY” yubwishingizi,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe uti,mwana w’umuntu,uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore aguhaye SOCIETY yubwishingizi ubwo uzaba umaze kugera muri gakondo ya bakiranutsi,Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ntazabura gusohoza umugambi we.Kuko wakunze gukiranuka kandi ukanga ubugome bukorerwa mw’Isi ya bazima,nicyo gituma Uhoraho Uwiteka Imana yawe atazabura kugira neza ku byo yakugambiriyeho kugirango umenye neza yuko Uhoraho ari we waguhamagaye kandi aka kumenya mu izina uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi,hatra inzara ikomeye cyane,maze mbona buri karere gatangira guhangana na kandi karere (Constituency) baturanye.Kandi mbona ko batangiye kurya abantu kubera kutihanganira inzara yazanywe numuvumo w’ubutegetsi bwa bega.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gakondo ya bakiranutsi igiye kwinjira mu bihe bikomeye cyane by’inzara idasanzwe kandi iyo nzara ikaba izanywe numuvumo w’ubutegetsi bwa bega bamennye amaraso kugirango bakurwe ku ngoma baherekejwe nibyago byinshi na kaga kenshi cyane kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yamaze kubaciraho iteka rya burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Jehova avuze!

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore hamanutse umwuka w’ibyago nurukoza soni,kuko bagiye kuzajya bafata abantu bigendera na maguru bakabambura cyangwa bakacuza utwabo,barangiza bakabarya kubera inzara abega bateje mu gihugu kubera kumena amaraso atariho urubanza kandi bakaba bararahiye ko,badashobora kwihana,ngo ahubwo bazahangana n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango bakomeze kugundira ingoma batazigera bayikurwaho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ndabwirwa ngo,erega Uwiteka nta bwo ashaka ko bayikurwaho,ahubwo arashaka yuko bayigwaho!!!Maze kumva aya magambo numva ngize ubwoba mu mutima,kandi mpinda umushyitsi mu magupfa yanjye kubera kumva amakuru yo muri gakondo ya bakiranutsi atari meza.

Numva mbuze uko mbyifatamo,ahubwo ninginga Uwiteka ngo azacire icyanzu ubwoko bwe butamukiraniweho kugirango ubwo ihumure rizaza bazabe abagabo bo guhamya yuko Uwiteka yabagiriye neza kandi ko,Uhoraho ar’umugwaneza akanaca imanza zitabera uko niko Umuhanuzi abisabye,kandi niko Uwiteka avuga.

Nsubizwa mu iyerekwa ubwo niteguraga kwerekeza kumurwa mukuru w’ibabylon witwa “SHUSHAN”mbona kandi nerekwa ko,INTARA, ya KAGERA, mu gihugu cya Tanzania (Constituency) yongera kugaruzwa kuri gakondo ya bakiranutsi.

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore iri jambo rimaze igihe kirekire rihanuwe n’umwuka w’Uwiteka Imana Nyiringabo,none igihe cyaryo kigeze hafi cyane kandi dore igihe cya kiraje kandi kirasohoye kugirango ubwoko bwanjye bumenye yuko Uwiteka ar’umunyembaraga kandi ko imigambi ya bana b’abatu idashobora kuburizamo umugambi w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Nuko rero tangariza ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uti,nkuko byahanuwe n’umugaragu w’Uwiteka Imana Nyiringabo,nubundi ninako bigenze kuko ibyahanuwe bigeze mu irembo rya gakondo ya bakiranutsi kugirango risohoze umurimo waryo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Uwimana Ernest wihinduye inkozi y’ikibi,kandi yaratuye yuko Umwami wa bakiranutsi Yesu Kristo yamwakiriye nk’Umwami we,n’umukiza we!Maze mbona afashe motor(ubuyobozi butoya)vuba vuba yihuta maze aba ari we uyitwarira ngerageza kumukurikira mbona yinjiye mu butayu bugufiya cyane kandi bwa bundi bwo haruguru buherereye mu majy’Epfo yuburasira zuba bwo mukarere k’africa y’uburasirazuba bw’Africa.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Ernest yanze kwihana bikwiye kugirango Uwiteka amugirire imbabazi.Nyamara wowe wibwiye yuko wamubabariye,ariko we yari yagusabye imbabazi kubera igitutu cy’Umuhanuzi Kazi wamubwiye yuko natagusaba imbabazi azacirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Dore hashize imyaka [15] ijambo ry’Uwiteka rimutegereje ngo asabe imbabazi,ariko nta byo yakoze!Mwana w’umuntu rero,nta bwo wacira abantu b’Imana imanza kandi wowe utarahawe ubutabera bwawe bw’inkozi zaguhumanije ngo uhabwe ubutabera.Niyompamvu Uhoraho yihutishije guhabwa ubutabera kwawe kugirango umenye ubutabera icyari cyo.

Maze nawe nujya gutanga ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,uzamenye uko baca imanza zitabera,nuko batanga imbabazi k’umuntu wicishije bugufi,agasaba imbabazi nta buryarya maze akazihabwa gucirwaho iteka bikaba bikaburizwamo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

July 4, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona indege iri mukirere hamanutse indege igeze hafi yo kugwa kubutaka.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore muri indege iramanutse (Isobanura urupfu cyangwa ububyutse) none burira ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,yuko igihe cy’ijambo ry’ubuhanuzi rigeze kumusozi kugirango ijambo ry’Uwiteka ribashe gusohoza ibya vuzwe n’umwuka w’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mwene so OLIVIER yamaze gufatwa na gatsiko kabicanyi kandi iyo ndege ishobora kuzamuhitana kandi nyamara yarari mu isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ariko akaba yarariganijwe na Satani kugirango batazinjira mu masezerano basezeranijwe n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mu mihanda no mutuyira nuduhanda hose hazuye inyama nyinshi cyane!Buri muntu yitoraguriraga izo ashoboye akazitwara(inyama zisobanura ubugambanyi,amagambo,guhumanya ndetse nibindi byinshi ariko byose biterwa na content uba wabonyemo iyerekwa.

Nerekwa uwahoze ari mwene data waje kuva mu byizerwa kandi yarari mu mubare wabahamagawe,nerekwa umudamu yashatse “GLADY’S yaramuretse yishakira undi.Maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabi rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwigeze kuba mwene so “RENOVAT” yaciye kumasezerano yagiranye na madamu we “GLADY’S,”ahubwo yishakira undi mugore none dore aciriweho iteka kuko yahemukiye umugore wo mu busore bwe Malaki 2 : …. Uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wibuke yuko wowe na “RENOVAT” mwahanuriranye yakubwiye yuko ibyo uzakora byose nta kabuza utazabura kuba umutambyi n’Umuhanuzi.Maze nawe uramuhanurira umubwira yuko agiye kubana na GLADY’S’ kandi ko nibamara kubana bazamarana igihe gito bakazatandukana.

Bivuze yuko kubana kwabo kutari mu bushake bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ahubwo ko bakoresheje amarangamutima no kwizera kudashingiye k’Uhoraho Uwiteka Imana Jehova Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

None dore hashize imyaka [16] ijambo ry’ubuhanuzi rimubwiye yuko batazabana ndetse ko bazatandukana,kubera irali rya “RENOVAT  ryahagurukijwe no gukunda ibyisi akareka inzira zo kwizera akemera kugendera mu nzira za Balaam wemeye intonorano za Balaki wamusabye kuvuma ubwoko butavumika kandi abizi neza ko atagomba kuvuma ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo kuko Uwiteka yari yamwihanangirije mu nzozi za ni njoro asinziriye ko atazavuma ubwoko butavumika uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko ubwire “Nsengiyumva RENOVAT”uti wamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kuko wakunze gukiranirwa,ukanga gukiranuka wibwira yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ajya ahinduka nk’umwana w’umuntu.Nuko rero dore numero yawe yurubanza rw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko wacyerensheje ubutunzi wahawe n’Ijuru ariko ukaza kucyerensa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko njya mu bitabo by’ubutabera nitegereza (files) zose zijyanye ninyandiko z’ubucamanza bw’Uwiteka Nyiringabo,mbasha kubona numero yurubanza nari nagarukiyeho ubushize nsanga ari Nº0032/0006/0017 maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore imanza zatangiriye mubo mu nzu y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango bimenyekane yuko Uwiteka yahereye mubo mu nzu ya bizera kuko ar’umucamanza utabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mu gihugu cy’ibabylon abagore baho benshi bateranira hamwe mu miharuro nimihanda hirya no hino mu guhigu bagenda bambaye ubusa kandi ubuna nta cyo bibatwaye nta soni bafite z’uko bambaye ubusa busa.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abagore bo muri icyo gihugu bazakorwa nisoni kumanywa yihangu.Kandi bazaba arabo mu bwoko bw’Abakikuyu kugirango bemenye yuko Uwiteka ariwe waremye Ijuru nisi uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona iseri ry’inzabibu ryigiza rissa neza,maze umwuka w’Uwiteka Nyiringabo anzaho arambwira ati,mwana w’umuntu,uyu munsi ukore amasengesho yo kwiyiriza amasaha [12] nuyarangiza ugure inzabibu abe arizo ufungura mbere yibindi byose kugirango Uhoraho Uwiteka Nyiringabo amanure umugisha wawe uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa umwuka wurupfu kumudamu wa mwene data,maze mbona uwo mwuka unyura imbere yanjye uwo mwuka urahita maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira bene so ko har’umwuka wurupfu uriho kubagendaho ubabwire bakore amasengesho kugirango bahangane nuwo mwuka wurupfu uko niko Uwiteka Imana ya bakiraanutsi abivuga.

Nerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona abagabo na bagore bacirwaho iteka,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abantu benshi muri gakondo ya bakiranutsi abantu benshi bagiye kurimbuka kubera kutumvira ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Imana yanjye avuze!

Nerekwa ingabo za FPR,zisigara amara masa,kuko zacitsemo ibice bamwe bafatanya na bega kwica ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka.Nyamara nabo ubanza bitazabagwa neza kuko bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Kandi bazitandukanya na gatsiko ka bega bagiye kumena amaraso ateye ubwoba bazarindwa n’Uhoraho uko niko Uwiteka avuga.Dore abega bazashaka guhunga ngo berekere imahanga ya kure ariko nta bazabishobora ahubwo bazatabwa muri yombi namahanga bazahungiramo uko niko Uwiteka abirahiriye,kandi nuko abivuze!

July 5, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona mu gihugu cy’ibabylon kumurwa mukuru waho,witwa SHUSHAN mbona abagore bo mu bwoko bwa ba KIKUYU bigragambya mu muhanda bambaye ubusa.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abakikuyu bagiye gukorwa nisoni kuko ar’inkozi z’ibibi kugirango bamenye neza yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbwirwa kuburira ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo na bantu bayo,ko bakwiye gukora amasengesho iminsi [3] ingana na masaha [72] kugirango Uwiteka azabashe gukora ibikomeye abakirize abavandimwe banyu kandi abazayakora muzashima gitera Uwiteka Nyiringabo niko avuga.

July 5.2017 njyanwa mu iyerekwa mbona mpura (N’INKA) nzinyuraho ndikomereza nazo zikomeza urugendo rwazo.Ijambo ry’Uwitka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari magigiri ugiye ku kwandikira yigize umuntu mwiza cyane kuri wowe nyamara nta cyindi ari buvuge usibye amagambo ashyeshya kugirango agukuremo ijambo.Uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

July 6, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona abega bahunga birukanka bahungira mu mashyamba no mu butayu bugufiya,abandi bajya kwihisha mu bishugunda.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bahanganye n’Uhoraho Nyiringabo none baciriweho iteka n’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga kuko igihe cyabo kiraje kandi kirasohoye nkuko Uhoraho yabivuze niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa za magigiri zishaka uko zagusha gakondo y’Umuhanuzi kubera ko ijambo ry’Uwiteka rimaze kubagera mu Ijosi.Mbona bashakisha uko babuza ikinyamakuru inyangeNews kudakora sharing articles ngo abantu ntibamenye amakuru y’ibibera kwisi ya bazima.Kuko ihunga ryabo ryegereje maze ntibazakorwe nisoni ngo bimenyekane bishyirwe ku karubanda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

July 7, 2017  njyanwa mu iyerekwa mbona leta y’Umwakagara na bambari bayo,barimo gukoresha amanama,hirya no hino bibaza uko bagiye kubigenza kugirango Umwali Diane Shima Rwigara ashyirwe kurutonde cyangwa arukurweho.Mbona hafashwe umwanzuro yuko bagiye kumushyira kurutonde kugirango amahanga adasakuza,ariko bemeza yuko bagiye gushyira ingabo za bega zigera ku bihumbi 2000 bakazikwirakwiza mu turere twose tw’uRwanda uko ari [30] kugirango bazateze akavuyo mu gihe cya matora kugirango bazabashe kubona impamvu yo kumanika Umwali DIANE SHIMA RWIGARA umukandida kumwanya w’umukuru w’igihugu.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibintu byakomeye cyane muri gakondo ya bakiranutsi.Kuko umwana w’Umwega yafashwe mu ngoto kandi akaba yananiwe kwigobotora.

Nashyira DIANE kurutonde azamutsinda nkuko ijambo ryabivuze kumajwi 64%,namukuraho birateza akaduruvayo muri politike nyarwanda ndetse na mahanga arahita aboneraho kuko ariho Umwakagara ategewe nabarutuku bamuhaye intebe ya gakondo ya gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa imishwi  (abadayimoni bakri batoya) mbona bavuka baza kwisi ya bazima kugirango batangire gukorera kwisi.Ariko mbona Umuhanuzi Mukuru araje atoragura ya mishwi yose ntiyaba igifite uko yatangira gukora imirimo yayo.Mu gihe ibyo byabaga,nabonaga abagore(Abarozi Kazi)b’Abega bari biteguye kwakira abo badayimoni bari bamaze kuvuka ngo batangire imirimo yabo.

Nerekwa mbona b’abagore bategereza baraheba kuko urwitwazo rwabo rwa badayimoni Umuhanuzi Mukuru yaramaze kurukuraho.Mbona bafashe inzira bararorongotana intsinzi yabo bashakaga guterekerera za mandwa zabo iburizwamo nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona (INKA) basobanura abadayimoni bakomeye mbona mpura nabo mu muhanda,bwa mbere izo nka zari imbere yanjye zigenda zisa nizerekeza mu cyerekezo nerekeragamo.Ndazikurikira tugera ahantu hari ubutayu iruhande rw’inzira,mbona zinjiye muri bwa butayu zitangira kurisha ubwatsi budahari.Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abazimu nabadayimoni baciriweho iteka kuko Umwakagara mukuru akaba nisooko ya badayimoni muri gakondo ya bakiranutsi aciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.

Nerekwa muri gakondo ya bakiranutsi barimo butsa inyama (amagambo akomeye) mbona bazishyize ku cyo cyezo,bazotsa uruhande rumwe gusa,mu gihe bagiye kuzihindura urundi ruhande ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore muri gakondo amagambo yabaye menshi cyane.

Kandi Umwakagara yabuze ayo acira nayo anyway kuko byanze bikunze agomba gushyira Umwali Diane kurutonde rwabiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu ariko akaba atabikozwa.

Dore uyumunsi abanyarwanda bategereje kureba uko Umwakagara ari bubyifatemo,kuko niho bamutegeye,nta buryo asigaranye bwo gukura Diane kuri lisite y’itora,nabikora biramuzanira akaga gakomeye.Namushyiraho azatsindwa amatora nashaka kwiba amajwi bizateza akaga gakomeye cyane aho niho intambara izatangirira.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,kandi nubwo bimeze gutyo,INKONA nazo zirategereje hamwe nibisiga nabyo birategereje kugirango Umwakagara bamumanuke kumanywa yihangu bajye gutanguranwa umushi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa za magigiri zigiye guhumanya abantu benshi zibicishije mu mazu y’uburiro(Restaurant)maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abantu b’Uwiteka hamwe nubwoko bwe,birinde cyane muri ibi bihe kuko abega bagambiriye kuroga abantu badashyigikiye ikinyoma cy’ubutegetsi bwabo.

Dore bazabategera mu mazu yuburiro no mu tubari kuko abahakora benshi na bega cyangwa abakorana nabega mu guhumanya rubanda rw’Umwami uko niko Uwiteka ababuriye kandi ni uko abivuze!

Nerekwa ingabo z’Umwakagara zijya kurasana na barwanya ubutegetsi,bageze kurugamba rwaberaga imbere mu gihugu,baraswa ni ndege zitagira abadeleva (Drone) ingabo zose zagiye kumashana ziraraswa kugeza zishizeho hagaruka abasirikare[10]bo kubara inkuru.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara nashaka gutangiza intambara araba yicukuriye urwoba yihambamo ari muzima.

Kandi na none ntabwo ashobora kwemera gutanga ubutegetsi kuneza ngo yemere yuko yatsinzwe amatora,amahitamo ye,aragoye cyane kuko ameze nka mpyisi yagenze mu mayira [2] igatanyuka amaguru itaragerayo.Arabigenza ate rero ko adashobora kumira umuriro,cyangwa ngo acire akaryoshye,biragenda gute?Niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!

Njyanwa mu iyerekwa mbona ikiyoka kinini cyane gifite nka metelo nka [18] cyari cyihishe mu byatsi hagaragara umutwe wonyine.Mbona haje abasore [3] bazana amabuye bateruye yarari iruhande rwabo,maze bakubita kuri wa mutwe wa rwa ruyoka ako kanya umutwe warwo uhindika ibishingwe.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi na Satani n’Umwakagara baciriweho iteka kuko ubugome bakoreye ubwoko bw’Uhoraho buciriweho iteka bukaba butazongera kwibuka ukundi imbere y’ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo.

Ndabwirwa ngo,ubugome,uburyarya,uburiganya bwa abega burarangiye kandi buciriweho iteka n’Uwiteka Nyiringabo.Nuko rero ntukangwe nubutumbi bw’umurambararo wayo,cyangwa umutwe wayo nurusaku rwayo,kuko umwana w’umugore arumennye agahanga nkuko byanditswe ko izaca agatsinsino,urubyaro rw’umugore rukayimena agahanga none dore niko bigenze uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

July 8,2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uburiganya buraje kandi niwowe buziye kandi bwoherejwe na za magigiri z’Abega bashaka kuguca igihanga ngo bagukure mu isi ya bazima.None urabe maso cyane kandi witondere abantu bagiye ku kwandikira muri iyi minsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo z’abega zirangije amahugurwa zihabwa ibikoresho bya gisirikare,birimo ikweto,bag,imyenda nibindi bijyanye nabyo.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,tuganya ibisigaye bidatunganije kuko igihe cyahumuje ngo utangire imirimo wahamagariwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yavuzwe n’ubuhanuzi buyobowe n’umwuka w’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Nawe rero nkumusirikare wa Kristo,tangira ugure udukoresho usigaje utaragura kugirango witegure urugendo rukuri imbere maze ubwo ruzaza utazatungurwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo,mbona umugore n’umugabo bombi bari yari imyka y’Inzika(Inzika y’idini,n’Inzika ya politike)maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uramenye ntuve murutare kuko hanze za magigiri zategateze hariya na hino kuko bategereje kubona usohoka kugirango bakugwe gitumo kuko imandwa zamaze kubabwira yuko uribusohoke hanze yurutare nuko rero wigumuire murutare ubareke bakomeze kurindagira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

July 9, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo z’abega zijya gusahura abaturage kuko intambara yarizirembeje.Bagezeyo basanga abaturage nta cyintu bigirira kuko babakenesheje bibwira ngo barabahima naho ntibazi yuko uticisha urume uwo uzaheka.Mbona bavuye mungo za baturage baburaniwe,ubwo niko urugamba rwali rurimbanije rubakomereye cyane.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hagiye kubaho urugamba rukomeye cyane,kandi ruzakomerera abega ningabo zabo za KDF,nyamara uru rugamba kuzarunesha bishoboka ko bitazoroha kuko mbona inyuma nta muterankunga zifite uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona uwahoze ari umufasha wanjjye Murekatete Odette ajya kuraguza kubapfumu ngo bamubwire uko ibintu bye bizagenda.Ava kumupfumu wa mbere amaze kumubwira gahunda ze,ajya kumupfumu wa kabiri.Agezeyo bamubwira ibyo umupfumu wa mbere yamubwiye, maze mbona umupfumu amweretse imibare yitwa favor (5-2) bamubwira yuko uwo mubare ukuyemo [2] hasigara [3] uwo mubare w’Uwiteka Nyiringabo.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwahoze ari umufasha wawe yamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko yavuye mu byizerwa kandi yanga kumva ijambo ry’ubuhanuzi none yegamiye kuruhande rwa Satani yarwanyaga avuga ari ubwami bw’umwijima none yongeye gucirwaho iteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bikoreye imitwaro nudusambi kumutwe bajyenda berekera ahantu hose ariko aho bagiye hose bakanyagirwa nimvura nyinshi cyane kandi bakabura aho bugama iyo mvura!Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,abanyarwanda bagiye guhura na kaga gakomeye cyane kandi bagiye kunyagirwa nimvura kandi iyo mvura ntiteze guhita kugirango bamenye yuko ijambo ry’Uwiteka ryahanuwe n’ubuhanuzi binyuze mu mugaragu w’Uhoraho Uwiteka Majeshi Leon”AINESHA” uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umukobwa washakaga gushyingirwa,ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda ujye kureba nyampinga ugiye gushyingirwa ndagenda mpura nuwo nyampinga ndabwirwa ngo,nimusome.Ndmausoma ariko hejuru mukirere hari undi nyampinga wategekaga uko gahunda zose zigiye kugenda(Itorero)maze ubwo nasomaga uwo nyampinga,nyampinga wo hejuru nawe niko yavugaga amagambo akomeye cyane.

Mbona tugeze aho bateguye cake cyangwa gato barimo kuyitegura ariko izo gato zategurwaga vuba vuba ku buryo budaanzwe!Kuko igihe cyari cyagiye mbona ko igihe cyarangiye. Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore umugeni yananiwe kwitunganya yarangaye ntiyitegura hakiri kare,kandi umukwe ageze bugufi cyane ndetse ageze kw’irembo none dore ubukwe bugeze butunguranye niko Uhoraho Uwiteka abivuga.

Maze nkiri muri uwo mwuka mpambwa indirimbo y’igihimbano cy’umwuka cyivuga ngo”MATAIFA YOTE YATAKUSANYIKA; MBERE ZAKE BWANA MWOKOZI”×2TUTAIMBA BWANA BWANA BWANA HALLELLUYA BWANA.”

Njyanwa mu iyerekwa mbona nyura murutoki(umurimo w’Imana)ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,iyo nzira ibamo abadayimoni [2] umwe yitwa APOLOWONI undi akitwa IGIHANDA aba badayimoni bahora bategereje mu madini ayoborwa na bapharisayo.Iri yerekwa naribonye mu myaka [10] ishize ariko nta bwo nigeze menya cyangwa ngo ntahure ko byari ikibazo rusange,ahubwo nahoraga nirebaho buri gihe cyangwa nihugiyeho.

Nerekwa abo badayimoni b’abagabo bashinzwe kwica abagenzi banyura muriyo nzira berekeza ‘ISIYONI’nuko nsobanurirwa uko abo badayimoni [2] IGIHANDA na APOLOWONI ko bamaze abagenzi bakunda idini cyane bakumva yuko ijuru nibindi bifuza byose bibonerwa mu madini ayoborwa na bapharisayo.Nyamara agakiza nta bwo kabonerwa mu idini ahubwo kabonerwa mukumva ijambo ry’Uwiteka(Bibiliya)no kwezwa no gukiranuka abakora ibyo nta mategeko abihana.

Maze ndabwirwa ngo mbwire abakunzi b’idini yuko badateze kuzabonera agakiza mu idini ahubwo kumvira ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo,no kwihana no kwezwa ari byo bizabajyana mu bwami bwo mu Ijuru uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Nuko rero mwana w’umuntu burira abagenzi bagana mu Ijuru ubabwire uti,umuntu wese utekereza yuko azabonera gakiza muri ayo masinagogi ntabwo ateze kubona ako gakiza kuko ntako bafite kandi nta nako bateze kuzabona uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imbwa zihena mu muhanda zinyara inkari,zirangije zikurikirwa na bagabo nabo bagenda banyara mu muhanda ngo barihuta nta mwanya bafite wo guhagarara ngo bihagarike.Bavuyeho haza abagabo bakorana imibonano mpuzabitsina na bagore (gusambana) kumuhanda cyangwa ku karubanda nabo bavuga ko ngo abantu bashobora gukora imibonano aho baba bari hose batarinze kujya ahantu hiherereye!!?

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,mu bihe bir’imbere abantu bagiye kuzajya bakorera imibonano mpuzabitsina ku karubanda kugirango bigaragaze yuko bajyana nibihe kandi gukora imibonano mpuzabitsina ko bitagisaba ko bikorerwa ahiherereye ahubwo ko byakorerwa ahashoboka hose mu gihe bibaye ngombwa nyamara bizaba ari imigambi y’umwanzi kugirango ateshe agaciro ikiremwa muntu ndetse nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mpagaze hejuru y’urwobo rule rule cyane kandi muri icyo kinogo harimo amazi atemba.Hejuru iruhande rwanjye hari mushii wanjye ajugunyamo akantu kameze nk’umwumbati!Arambwira ati,ati manuka ujyemo uzane kariya kantu njugunyemo!Ndamwangira,maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore umwanzi yaguteze urwobo ariko Uwiteka yaciye akanzu kugirango akize ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ubwo nkurwa aho ngaho ngeze imbere mbona umwuzure wa mazi menshi cyane yimvura yariguye itunguranye,mbona uwo mwuzure utwaye abana bato benshi cyane kandi uwo mwuzure uragenda ugota inzu(Bureau) ya FPR usanga hari abantu bari bayirimo bari mu nama bapanga ibijyanye n’intambara yaririmo kuba.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,dore hagiye kubaho ibyago bikomeye cyane kandi bagiye guhura na kaga gakomeye cyane kandi ntaho bazabihungira kuko bagoswe nakaga nibyago byaturutse k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko bavuze yuko bazahangana n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi ariwe Imana yawe uko niko Uwiteka Imana ya bakiranutsi abivuga kandi niko akora.

Nkomeza kujyanwa mu iyerekwa mbona habayeho amapfa akomeye cyane atarigeze kubaho mu isi ya bazima kuva gakondo ya bakiranutsi yabaho cyangwa yahangwa na gihanga wahanze urwagasabo.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka ateje amapfa akomeye cyane ku buryo butigeze kubaho,kugirango avangire kandi avuguruze imigambi yose n’ubwibone bwose bwa bega bavuze yuko bazahangana n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kandi ko naramuka yigaragaje bazahita bamurasa agapfa! maze bikomereze ubutegetsi bwabo uko niko abega bavuze!

Niyompamvu ubutegetsi bwabo bwabaye ubw’umuvumo kandi nta bwo buteze kuba ubw’umugisha kuko banyuranije nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Kandi azabahana igihano kitazihanganirwa habe nagato kuko bakomoka murubyaro rwa CAIN kandi bakaba badateze kuzihana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zagose ahantu hose nigeze kuba cyangwa kunyura ahitwa za Rongai,NGONG,BURUBURU,BAHATI,KISERIANI,nahandi henshi mbona hakwiragijwe izo nyanga birama ngo zitegereje  uko ziza guca igihanga cy’Umuhanuzi maze ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,uyu munsi ntusohoke murutare wigumire murutare kuko za nkozi z’ibibi zamaze gukwiragizwa ahantu hose kandi zidashobora ku kubona.

Ngo ziratinya ko uzajya uvuga amakuru azisenya mu gihe cy’intambara igiye kubera muri gakondo ya bakiranutsi.Dore intambara iraje kandi ntaho bazayihungira kuko batutse Uwiteka Nyiringabo bavuga yuko nta mbaraga agira kandi ko intambara barwanye aribo bayirwaniye Uwiteka atigeze abafasha kuyirwana ahubwo amaboko yabo akaba ariyo yakoze ibikorwa by’ubutwari uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ubwami bwa bega (Umwakagara) bashakisha umuntu ufitanye isano n’Umwami Nyir’uRwanda YUHI VI yo kagira inka ni ngoma.Maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore abega bashatse umugabo wikigina utari muremure kandi utari mugufiya,uwo akaba yahawe intonorano kugirango ajye gushakisha aho Umwami Bushayija Emmanuel aherereye abandi nabo bahabwa guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon”AINESHA” kugirango bacibwe bihanga.

Ngo abega bazi yuko intambara igiye kuba izaba iyobowe n’ubwami bw’uRwanda buyobowe n’Umwami YUHI VI agafashwa n’Umuhanuzi Majeshi Leon wemeye kwitangira gakondo ya bakiranutsi akaba afite itangaza makuru rikomeye cyane kwisi kandi rikaba rikurikirwa na bantu benshi cyane akaba ariyo mpamvu bashaka gutanguranwa atarabacika bakamuca igihanga mbere yuko akurwa mu gihugu cy’ibabylon akerekera imahanga akabacika akajya kubarwaniriza aho badashobora kumubona nyamara naho yaguma muri Africa ntazabura kubarwanya kuko imyaka [8]ahamaze nubundi ntabwo bashoboye kumufata ngo bamute muri yombi uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nuko rero mwana w’umuntu uburire ibwami birinde kugira uwo bavugana kuko bamaze kohereza za magigiri nyinshi zandagaye kumugabane w’Uburayi na America boherejwe kujya gushaka amakuru yibwami n’Umwami kugirango babace ibihanga cyangwa b’abahungabanyirize umutekano uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore nyoko wanyu w’umubikira witwa Batumanyeho Agnes Emmanuel yabwiye ababikira bomumuryango w’Abassomption bakorera mu gihugu cy’ibabylon mu murwa mukuru w’ISHUSHAN ngo ntibagufashe ngo kuko ur’Umuhanuzi.

Ukaba wahanuye nabi ku idini ryabo rya satani(Cathoric Church) ariko noneho dore yamaze kumenya amakuru yawe asigaye yifuza yuko wabafasha nyamara mu mwaka wa 2014 yategetse ikigo cya babikira kibarizwa ahitwa ‘RIRUTA’akwimisha umugisha none dore batangiye ku kwifuza kuko Uhoraho yakugize umugisha none bizaguherahe kandi bakwimishije umugisha?Uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona uwitwa Aloys na Ntuyehe Francois babarizwaga mu ishyirahamwe ry’INKUNDAMAHORO ryahoze aramajoji ya MDR na Twagiramungu Faustin.Ndabwirwa ngo,abo bagabo uko ari [2] bahoze mu dini rya ADEPR bavugaga ko bacijijwe arabagenzi bagana I ZION ariko nyuma baje kuva mu byizerwa bigira mu bayislamu batangira gukoresha imyuka mibi mubucuruzi bwabo none dore Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaciriyeho iteka kubera gutuka umwuka w’Imana ikiranuka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abarahiye indahiro ya FPR,y’igihango,nta bwo bazayikira mu gihe cy’intambara cyeretse nimwongera kurahira mwiherereye mukavuguruza indahiro mwarahiriye FPR,ko muyihakanye niko Uwiteka ababuriye!

July 10, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo ya cyera(Umubyeyi Georgette)mbona uwo mwuka w’Inzigo mbona undi inyuma wakozwe nisoni.mbona undi mwuka wundi w’Inzika nawo ujya gusenya umuryango wo mu gipangu ahantu ngo winjiremo uhuriremo nanjye,ubwo iyo nzu naringiye kujyamo,ndayireka sinaba niyigiyemo(appointment) mbonako uburaniwe utangira ugenda ubunda bunda(Guseba ku karubanda).

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inzika zahagurutse!Dore wa mugore washaje ategereje Umwami Kigeli V Ndahindurwa bamugushumurije ngo agurishe igihanga cyawe.Nuko rero ukwiye kuba umunyabwenge kugirango uzamukoze isoni umushyire ahagaragara kuko igihe cyo guhishira umurozi numugambanyi kirarangiye uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inyama z’ingurube ku meza zikaranze (ubugambanyi)ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore bakoze inama zo kuguhitana,nubwo bateranye s’Uwiteka ubateranije nuko rero ntutinye kubashyira ku karubanda.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uwo mugisha bagusezeranije ni umugisha wanduye kandi bawugize intego y’ubugingo bwawe.

None umenye icyo ukwiriye gukora kugirango utagwa mu mutego w’Inkozi z’ibibi zamaze kugambirira kuguca igihanga.Dore barimo kugambana bavuga ko,bazagutegera ku ma euro,nawe ntuzerekeze mu murwa utarabona reference Number zohereje amashillingi ariko bashobora no kutayohereza bitewe ni uko barimo gutegura imigambi yabo mibisha uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umukobwa tuziranye yifuza yuko twakorana imibonano mpuzabitsina,nshakisha aho twajya kwiherera ndahabura,ndebye amashillingi mfite nsanga agera ku 1600,kandi guest house bishyuzaga 800 nanga ntari bubone ayo guhaha ndabyihorera.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko iyo mibonano inaniranye,ninako gahunda yawe na Georgette Umubyeyi itazashoboka nta bwo acyohereje ya maeuro yagusezeranije kuko bamaze gusoma ijambo ry’ubuhanuzi washyize ahabona none bamenye yuko wabatahuye bitumye bahagarika gahunda yo kohereza amaeuro bari bagusezeranije uko niko Uwiteka akuburiye,kandi ni uko avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore za magigiri ziraje kandi zihagurukanye ibakwe zibwira yuko ziribukubone nyamara zirashinga umuhunda ku kirenge ubanza badashobora kubigeraho uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona igitoki kitarakomera ariko za magigiri zikaza zigakuraho amaseri yacyo.Nkibonye nshaka kugitema cyose ngo ngitware kugirango badakomeza ku cyangiza.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore kiriya gitoki ubonye niyamashillingi bakubwiye kuguha none za magigiri bazihayeho macyeya yo gukora operation yo kuguca igihanga uko niko Uwiteka abivuga.

Nerekwa amazi ashyuhijwe kandi agomba kogwa na bantu babili,ndabanza nkuraho ayo noga,maze ndangije uwakabili nawe araza afata ayasigaye arayoga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abantu bose barahiriye FPR ko batazahemuka,ko umunsi bahemutse bazacibwa igihanga nkumugome wese!None uburire abarahiye bose bajye ahiherereye bongere barahire bavuguruze indahiro barahiriye FPR,kugirango itazabaca igihanga kuko indahiro barahiye ar’indahiro ya badayimoni na Satani biyambuye uburenganzira bwo kubaho mu mudendezo na mahoro uko niko Uwiteka avuga.

Ariko se ninde mwarahiriye?Ninde muhanye igihango?Ni kuki bakurahije ? Ese ninde warushije Umwakagara guhemuka?

Iyo ndahiro mwarahiye niyo ibasama niba mudayivuguruje nta kabuza ko umwana wa Satani Umwakagara atazabura kubaca ibihanga kandi azaba ari mukuri kuko mwamurahiye mukagirana igihango niyompamvu kuzakira igihango mwagiranye cya satani na badayimoni bitazapfa kuborohera uko niko Uwiteka ababuriye kandi nuko avuga.

Nerekwa mfite briefcase yanjye mu ntoki,mbona umukondo wayo narimfashe uracitse!Maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,briefcase isobanura (ubutumwa) bivuze yuko bwa butumwa warikwakira buturutse kwwa Fiance wa Ndahindurwa butakije kuko yamaze gusoma ijambo ry’ubuhanuzi akamenya yuko watahuye imigambi ye mibisha icyo nicyo iryo yerekwa risobanuye.

Ni uko rero ntutinye kumushyira ku karubanda kuko atagikoze ibyo yasezeranije,kandi ntukwiye kumugirira ibanga kuko Umwami yaratanze,kumushyira hanze rero nta cyo bizaba byinshe kuko yagambaniye Umwami kandi kizira kugambanira Umwami wimitswe nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa nkandagira Inzoka nyihonyora umutwe,irapfa!Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,unesheje abega bari baguhagurukiye kandi imbaraga zabo ubugambanyi,nubugome byabo byose biciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kandi Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo arakuneshereje uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa mfite abana [2] Umukobwa n’Umuhungu (bisobanura itorero rya Yesu Kristo Umwami wabakiranutsi).Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Nyiribihe byose aguhaye itorero rifite umwuka wera,kandi rizaba rifite imbaraga z’umwuka wera w’Imana Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka agusezeranije kandi ni uko avuga.

July 11, 2017   nerekwa mbona Abega bahunga bajya gutura ku nzira no kumihanda batuye mu nzu z’ibyatsi babayeho mu buzima bubi kandi bukabije maze ninjirana na bandi bantu mfata imyenda ya bega bari barameshe baratunganije ndayitwara bisobanura kwamburwa imirimo bakoreraga igihugu.

Abega bamaze kubona ko aho batuye hamenyekanye baratorongera bigira mu mashyamba bava kumihanda maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega birukanywe muri gakondo ya bakiranutsi kandi bagiye kuba ahabo nta bwo bazongera kuba mu bantu kugirango mu menye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ariwe Mana yaremye Ijuru n’Isi uko niko Uwiteka Imana ya bakiranutsi avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Gen.Joseph NKAISSERY wari CS cabinet Secretary uherutse gutabaruka,yasize abwiye umufasha we ko yahumanijwe na leta Uhuru Kenyatta ibyo yabivuze mbere yuko apfa!Icyo gikorwa bakoze gishobora kuzateza intambara mu gihe cya matora ateganijwe mukwezi gutaha kwa kanama 2017.

Nkomeza kumva ibyo umwuka w’Imana ambwira,numva insore nsore zo mu bwoko bwa ba MASAI bavuga ngo,uwazana ngo habe aavuyo mu gihe cya matora nabo ngo bihorere bahite bica abo mu bwoko bwa ba KIUYU uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Leta ya Uhuru yohereje umuntu kujya kuneka kugirango bumve icyo bavuga,bitewe ni uko umufasha wa Joseph NKAISSERY yatunguwe nurupfu rw’umutware we,yahise ajya muri coma na bugingo nubu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Nyamara Leta ifite ubwoba yuko umugore yaba yarabwiwe numugabo icyamuhitanye akaba yarasize abimubwiye kuburyo bishobora kuzateza ikibazo mu gihe cya matora y’umukuru w’igihugu niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona uwahoze mu nama y’ibwami Gakwaya Jean Marie,utuye muri Canada umuvumo umugezeho,umaze kumugera mu ijosi,ahitamo kwigira umurokore mbona kandi numva alimo kwigisha abana ba Sunday School mukirokore.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umuvumo wo guca igihanga Umwami Kigeli V Ndahindurwa umereye nabi Gakwaya J.Marie ku buryo agiye kuzigira umurokore kugirango arebe yuko uwo muvumo wamuvaho.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abanyamasengesho ubabwire uti,iyo mwagiye imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,mujye mureka amagambo yubupfapfa ibyo muvuga byamatiku mujye mubireka kuko bituma umujinya w’Uwiteka ubagurumanaho kuko mudaha agaciro aho muba mwagiye gusengera ngo mu menye yuko hari Ubuntu bw’Uwiteka n’imbaraga ze ngo mu mwubahe kandi mu hahe icyubahiro uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Aho gukoresha uwo mwanya gusoma ijambo ry’Imana ahubwo mujya mu magambo nibiganiro byamanjwe bitabagirira umumaro ahubwo bikabazanira gucirwaho iteka n’umujinya w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho riomeza kunzaho,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uzajye urinda ibyasezeranijwe,kuko utabaye maso umwanzi yabigenza uko yakomeje kugenda abyangiza kugirango ababihawe bitazabagirira umumaro bakomeze kuba mu gihirahiro bizarinde barimbuka bagifitiye inzika Uwiteka Nyiringabo,kandi nyamara ari bo batabaye maso,ndetse banabuze ubwenge bwo kumenya icyo Uhoraho Nyiringabo ababwira ahubwo bagakomeza kugendara muri kamere zabo zijyanye nirari ryabo bigatuma badasohoza mu isezerano basezeranijwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore Uhuru Kenyatta arashaka kwiba amatora azaba taliki ya 08 ukwezi kwa 08,2017 kandi kuko yamaze kubona yuko atagitsinze amatora kandi yariyemeye ku bantu yuko ngo adashobora gutsindwa amatora ari we uyoboye leta ya Jubilee nyamara dore yamaze kuyatsindwa kuko ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo ryamwirukanye ku ntebe yo kuzongera kuyobora icyo gihugu cy’ibabylon niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rirambwira riti,mwana w’umuntu,gahunda za mushiki wawe utuye mu gihugu cya France,namaze kuzitunganya kugirango amenye yuko nd’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari umugore utuye IGISENYI muri gakondo ya bakiranutsi wahumanijwe akaguru karabyimbye none bagiye ku gaca.Ngaho rero bwira beneso mukore amasengesho bahagarike iyo Operation yo guca akaguru kugirango amenye yuko Uwiteka ari we Mana uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa mbona igihugu cya USA gitegura igisasu cya MISILE muri N.KOREYA kugirango intambara ya [3] yisi yose itangire,nkuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryabivuze mu ijambo ry’ubuhanuzi bikaba byanditswe muri AMOS 3:15 kugirango amazu yubakiwe ubukonje nubushyuhe ndetse nayubakishije amahembe y’Inzovu yose akubitwe hasi bimenyekane yuko umwuka w’Uwiteka Nyiringabo waruri mu Muhanuzi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona uwitwa Murebwayire Marie Esther ajya mu butayu gusenga mu kibaya cy’iyerekwa Umuhanuzi ajya yerekerwamo.Maze mbona Esther asanze abadamu [2] bari mu butayu barimo gusenga abagezeho,ntiyabasuhuza ahubwo atangira kubabwira yuko we mbere yuko bajya mu butayu gusenga bagombaga kumunyuraho.

Ndababaza nti,uriya Marie mwaba muherukana,bati reka da!Kuki se atabanje kubasuhuza mbere yuko mugira icyo muvugana?Bati natwe byadutangaje.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,izina niryo muntu,Marie ni umusazi nkuko bamubatije kuko muri we habamo ubwibone bwinshi kandi agakunda icyubahiro atigeze akorera kandi yumva yuko ibyo azi ntawundi muntu ubize,niyo habonetse undi ubizi,ntiyifuza yuko yakwigisha ibyo azi nawe ahali cyangwa ahibereye niyompamvu Uwiteka amucishije bugufiya kugirango amenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ariwe Mana ya bakiranutsi.

July 13, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ibikomeye bitaboneshwa amaso ya bana b’abantu,mbona imirambo myinshi cyane itabarika kandi idafite banyirayo bayitaho.Ariko muri iyo mirambo,harimo uruta iyindi.Mbonamo umurambo wumwe mu bakomeye mw’isi ya bazima bavuzwe n’ijambo ry’ubuhanuzi IGICE CYA (1-3) CY’UBUHANUZI wagisanga kuri www.egretnews.com

Mbona abanyamabanga bimitwe ya politike bakora ibishoboka byose ngo bashyingure igikomerezwa cy’abakagara,ariko bashakisha aho bashyingura barahabura.Mbona haje uducyecuru tw’inkozi z’ikibi z’Abega Kazi,baje gukora ya migenzo yabo yagipagani.Ariko bakorwa mu nkokora n’Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe bituma badakomeza imihango yabo yo gutambira ibitambo umwanzi na Satani kuko igihe cyabo,nubwami bwabo,byari byarangiye.

Bamaze kubura aho bashyingura Umwami w’abega (Umwakagara) bahitamo kumujyana mu butayu bugufiya,ngo babe ariho bajya kumushyingura kuko ariho honyine hashobora kuboneka irimbi ridahenze bamushyinguramo.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyavuzwe n’ijambo ry’ubuhanuzi yuko Umwakagara umwana wa abega aciriweho iteka birasohoye.Kandi abizeye ijambo rya data wo mu Ijuru ryanyuze mu mugaragu we “AINESHA” biraje kandi birasohoye nkuko ubuhanuzi bwabivuze uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Nerekwa mbona nkora ikizamini muri “Swahili na English,”mbona ko byose mbikoze neza kandi mbitsinze neza.Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibizamini [2] warufite urabitsinze,kandi neza cyane.Kandi inkozi z’ibibi zikozwe nisoni mwisi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona habaye “Operation” zikomeye cyane mu murwa w’ibabylon barimo bahiga Umuhanuzi Majeshi Leon AINESHA” bahagarika ibinyabiziga byose ngo barebe yuko bamuca iryera kuko barimo bamukurikiranira kuri telephone.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,gahunda yo kujya mu murwa rwagati ibabylon uyihorere kuko Umwakagara yashandikishije kugirango aguce igihanga.Nuko rero ube ubyihoreye uze kwerezayo mu masaha ya nimunsi baraba baguye agacuho maze ujye kumurimo w’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka akuburiye.


Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’wubugambanyi,ishyali,inzigo,nubugome bw’uburiganya bw’Abakagara buorerwa mu nama menshi bafite agahinda ko nashyize ahabona inkozi z’ibibi za bagore babicanyi na bagambanyi barimo uwigeze kuba Fiance w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa,Georgette Umubyeyi,hamwe n’Uwera Marie Tanaziya.

Abo uko ari [2] nari narabagiriye ibanga kuko igihe cyabo cyari kitaragera ngo bashyirwe ahabona,kuko umwuka w’Uwiteka niwe ushinzwe guca imanza zitabera yaratarageka ikigomba gukorwa kugeza igihe cyategetswe nibwo yabitegetse bishyirwa ahabona.

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo(RHEMA WORD DISASITERS and MASS KILLINGS) a sudden event, such as an accident or a natural catastrophe, that causes great damage or loss of life.

“159 people died in the disaster”

catastrophe, calamity, cataclysm, tragedy, act of God, holocaust; accident “a subway disaster”
  • Denoting a genre of films that use natural or accidental catastrophe as the mainspring of plot and setting.
  • an event or fact that has unfortunate consequences.”a string of personal disasters”
misfortune, mishap, misadventure, mischance, setback, reversal, stroke of bad luck, blow

“a string of personal disasters”

The FBI defines mass murder as murdering four or more persons during an event with no “cooling-off period” between the murders. A mass murder typically occurs in a single location where one or more people kill several others. Many acts of mass murder end with the perpetrator(s) dying by suicide or suicide by cop.

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,burira abanyagakondorero yuko umwanzi (Umwakagara) yagambiliye kurimbura ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Barasabwa kuba maso mu bihe bikomeye cyane kuko umwanzi ageze mu marembera kandi arashaka gusiga yisasiye abatari bacye kugirango ababuze kwinjira mu isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa njya gutora umukuru w’igihugu,maze mbona urupapuro rw’Itora ruhindutsemo spare part y’imodoka.Mbona abari bahagaraliye amatora bahindutsemo abacuruzi ba spare part.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu gihe cy’umugisha Uhoraho azaguha umugisha kugirango ibyo yavugiye mukanwa k’Umuhanuzi bisohozwe mu gihe cyabyo uko niko Uwiteka nyiringabo abivuga.

Nerekwa inyama z’INKA zabazwe kandi zirimo kugabanywa abantu(ubugambanyi) bazifitiye amerwe.Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubugambanyi bubaye bwinshi kandi amagambo yabaye menshi cyane buri wese alimo kuvugishwa kubera uwahoze ari Fiance wa Ndahindurwa none bagambiliye kugaca igihanga kuko wamushyize ahabona akaba yakozwe nisoni ku isi yose kugeza muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mbona Urukwavu,rubundiye ahantu,bisobanura ubwenge.Mbona imbeba(umwuka wangiza cyangwa wubukene.Mbona n’Inzoka ibirinyuma ubugome ubugizi bwa nabi nibindi byose bikorwa na Abega barwanya ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,ukwiye kuba maso kandi ukaba umunyabwenge kuko umwanzi agiye gukoresha uburiganya kugirango aguce igihanga ariko nuba maso!Ntazabura gukorwa nisoni uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona kandi nitegereza ibikorerwa mwisi ya bazima,Mbona abarwanya Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe,bakoresha imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bwa Sorcerers and Astrologies,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,kora amasengesho ya masaha [36] ugirango wice kandi urimbure iyo myuka mibi ukize ubugingo bw’umugaragu w’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

July 14, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umugore ufite umwana mwiza cyane,ariko uwo mugore umugabo we yari yaramutaye(Itorero rya Kristo)yigira gukorana  na bazungu b’abamisioneri (abapharisayo) b’abazungu binkozi z’ikibi bashinzwe kurwanya itorero rya Kristo.

Mbona ko wa mugabo noneho agarutse kandi yiteguye kongera kubana numugore we,ariko mbona za nkozi z’ikibi ziri hafi cyane zishaka guca igihanga wa mugore hamwe na mwana w’umuhungu(Itorero ry’umwuka wera)maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu byakomeye cyane inkozi z’ibibi zamaze kumenya ko akazo kashobotse none zigiye guteza intambaraa mwisi ya bazima zibwira yuko ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo buzahita burimbukira muri iyo ntambara uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,nerekwa abagize agatsiko ka FPR,bashyirwa mu nzu yimbohe(Gereza)bashinjwa kuba ubutegetsi bwabo bwarishe abantu benshi cyane mwisi ya bazima.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo  rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amahanga yamaze gutegura za gereza bagiye gufungiramo abega hamwe na bambari babo,na gatsiko gashinzwe kwica abaturage b’Uwiteka Nyiringabo.Dore Umwakagara agiye gucibwa igihanga mu buryo bwihuse kandi nibamara kumuca igihanga abazahunga b’abayobozi bo muri FPR,bazahita batabwa muri yombi bashyikirizwe urukiko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kungarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zigiye guteza intambara mwisi ziringiye yuko bizazifasha guca ibihanga byabo bifuza kugirira nabi cyane cyane bagaragawemo Imana zera cyangwa umwuka w’Imana zera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ikuzimu bakora inama yo gushakisha uko bateza intambara kugirango abahamagawe n’ijambo ry’Uwiteka bahungire mu buhunzi ubuzima bwabo burangirire mubuhunzi bityo umuhamagaro bari barahamagawe babashe kuwuburizamo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa izo nkozi z’ibibi ziba Umuhanuzi tephone(Spiritual Communication)maze ndagenda ndwana nabo ndayibambura.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ikozi z’ibibi zongeye kuguhagurukira kugirango ziguce igihanga kuko ijambo ry’Ubuhanuzi rimaze kuzigera mu ijosi uko niko Uwiteka avuba.Numva izo nkozi z’ibibi zitotombera Umuhanuzi zivuga ngo,nta bwo bizashoboka ngo zigire icyo zabasha gukora kandi Umuhanuzi agihali,ngo cyeretse zibanje kumwambura izo telephone zo mu mwuka(Spiritual phone)

Ijambo ry’Uwiteaka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,riti dore izo nkozi z’ibibi ziciriweho iteka kuo zigambanira utariho urubanza.Kandi dore iibntu ntabwo byoroshye kuko nta cyo inkozi z’ikibi zabasha lkugira icyo zageraho Umuhanuzi agihali niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kungarukaho,nerekwa wa mugore na wa mwana bongera kugaruka mu Iyereka maze mbona bashyirwa murunogo rulerule bashaka kubicirimo.Maze ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntutinye andi ntugire ubwoba genda ukize bariya bantu.

Kuko umwanzi yabihereranye abashyira mu kinogo kirekire kugirango abarimburireyo bacirweho iteka uko niko Uwiteka Nyiringa

bo abivuga.Ndahaguruka ndagenda nsanga wa mugore  ar’igunze mfata umwana ndamukiza(Spirit)mfata na se nawe mukuramo bose barakira uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,itorero rigiye guhemburwa,kandi umwua w’Uhoraho woherejw

e mwisi ya bazima Kugirango umwanzi na satani baccirweho iteka uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nsubizwa mu iyerekwa mbona impapuro zita muri yombi agatsiko ka bicanyi ka FPR (Waranty of arrest) maze ijambo ry’Uwiteka Nyirigabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abicanyi ba gatsiko ka FPR,kagiye gutabwa muri yombi,ziriya mpapuro ubonye ni Waranty of arret zo guta muri yombi agatsiko kose ka Bega na FPR kugirango ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo risohoze mu mahoro uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwwa mu iyerekwa mbona leta ya bega ikora ibishoboka byose ngo,ite muri yombi Umuhanuzi kugirango adakomeza kuburira abo muri gakondo ya bakiranutsi.Nabatataniye mu mpande [4] z’isi.Ijambo ry’Uwiteka riranzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubwami bwa abega bwamaze kumenya neza yuko bugiye gukurwa ku ngoma,none baratinya yuko uzajya uburira abaturage uko bakwiye guhagurukana ingoma ya bega bakirwanaho kugirango batabarimbura kuko iminsi yo guca igihanga Umwakagara yageze nkuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryabivuze!Uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com

 

Translate »
Skip to toolbar