Igice cya (24) cy’ubuhanuzi
Jan 21,2016 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abanyarwanda bafashije abega kujya ku ngoma, yuko Umwakagara Paul Kagame yabahemukiye akanga yuko musangira ibyiza by’igihugu (nation cakes) Uwiteka Imana Nyiringabo azabahorera kandi ubutunzi bwose yikubiye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azabuteza inzige zibwangize uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame azize guca imanza zibera mu banyarwanda, kuba atonesha bamwe, abandi akabirengagiza, kandi barifatanije gufata igihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu nawe genda ugure inkota yawe nk’uko Umwakagara Paul Kagame umukuru w’igihugu cy’uRwanda yaguze inkota ye, kugirango ube kurwego rumwe nawe ubashe kugira ijambo risumba irye, kuko inkota ye no kw’isi, ariko wowe inkota yawe yaturutse mu ijuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwami bw’abega buyobowe na Paul Kagame bafite gahunda yo gucyenesha abantu batemera imikorere yabo mibi yigitugu (dictatorship), none uburire abatemera ubwami bwabo bashake uko bahungisha imitungo yabo bajye gukorera hanze uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ubwami bw’abega buyobowe na Paul Kagame bagambiliye gucyenesha umucuruzi Francois Mironko bakamwambura imitungo ye bakoresheje amayeri menshi cyane no kumunaniza mu mikorere ye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abacamanza bo mu ijuru bakora inama bategeka ko umuntu wese kw’isi ya bazima wabonye ubutunzi mu nzira z’uburiganya ko ba bwa mburwa bagasubizwa aho bwavuye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
Nerekwa Malaika ushinzwe gusubiza ubutunzi mu mwanya wabwo bamutegeka yuko agenda agateza akaga abakire bose bakoresha imyuka mibi babonye ubutunzi babuhawe na Satani kugirango bajye bamukorera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore LT. Ruyenzi Alloys abantu benshi baramugaye cyane kuba twarafatanyije gusenya umutwe wa za magigiri za RPRK zikorera muri Uganda–Kampala zoherejwe na Leta y’uRwanda, yarangiza nawe arakugambanira agashakisha uko bakwica ngo ni uko wanze gukorera RNC ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kigali. None dore arimo yisobanura cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu ishyaka rya RNC ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’uRwanda, harimo bamwe bagukunda kuko bakunda Ubuhanuzi uhanura, bakaba batarashakaga kumva yuko ishyaka rya RNC rya kugambanira kuko byinshi mu wahanuye byamaze gusohora uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, impamvu Gen.Kayumba Nyamwasa yashakaga ko bakwica, ni uko bamwe mu banyaryango ba RNC bakwemera, ndetse bakanemera Ubuhanuzi uhanura niyompamvu LT. Ruyenzi Alloys yahawe (mission) na Kayumba Nyamwasa ko yavugana n’inzego z’iperereza za Uganda mu butegetsi bwa Kaguta Yoweri Museveni bagashakisha uko bakwica uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Leta y’uRwanda bakoresheje (National Intelligence Services) gutegeka inshuti yawe Bucyana Ngoga Olivier kuza kwivuza Kenya-Nairobi kugirango ashakishe uko yagusaba mugahura kugirango (Rwandan spies) babone uko bakwica uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abacamanza bo mu ijuru bongera gukora inama biga ku bibazo (2):
- Ikibazo cya mbere barimo kwigaho muriyo nama, cyari ikibazo cy’abanyamadini (religious) uburyo bakomeje kurwanya ijambo ry’Ubuhanuzi bwahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi Leon uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse.
- Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muriyo nama bariga kandi ku kibazo cy’i nzira nyabagendwa ubwoko bw’Imana banyuramo bajya ZION uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo (spirits of grudges) wa za magigiri za Leta y’uRwanda bishe umunyamakuru witwa Ingabire Charles. Abagize uruhare kumwica harimo (Rwandan spies): (1) Mbayiha John (2) Munyandinda James (3) Rutagungira RENE (4) Noble Marara (5) Cesar (6) Nyagasaza Innocent Fruit, ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti, abo bose barimo kuguhiga ngo kuko ukomeje gushyira amazina yabo hanze ukoresheje itangaza makuru ryawe bigatuma batabasha gukora umurimo wo kuneka bahawe na Leta ya Kigali uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inzika y’inzigo (spirits of grudges) wongeye kuzamuka kuko wahanuye yuko perezida Paul Kagame agiye kwica Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye kuba maso cyane kuko umwanzi (Paul Kagame) arahiga ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo arakurinze cyane kurusha uko umwanzi yabitekereza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amateka y’isi yose agiye kwisubiramo hagiye kuzaba ibya baye mu myaka yashize ya 1929/1936 ngiye kunyeganyeza isi yose kugirango imfatiro bantu zisenyuke maze ibyo baruhiye byose bihinduke ubusa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
The years 1929 and 1936 represent critical turning points in the Great Depression, marking its dramatic beginning and the start of a tentative recovery.
1929: The Wall Street Crash and Start of Depression
1929 marked the end of the “Roaring Twenties” and the beginning of the most severe economic crisis in modern history.
The Stock Market Crash: Following a period of rapid expansion, the U.S stock market crashed in October 1929, with “Black Thursday” (Oct 24) and “Black Tuesday” (Oct 29) wiping out billions of dollars in wealth.
Economic Impact: The crash triggered a wave of bank failures, reduced consumer confidence, and slashed spending, resulting in a 33% decline in stock prices between September and November.
Global Spread: The crisis quickly spread worldwide, exacerbated by the gold standard, which transmitted the downturn to Europe and regions.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ubwire abatuye isi, cyane mu bubaha Uhoraho Uwiteka Nyiringabo gushaka mu maso y’Uwiteka Nyiringabo kugirango azabashe kubarinda mu bihe bigiye kuza kuko bizaba bikomeye nta bwo bizaba byoroshye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 22,2016 njyanwa mu isi y’umwuka mbona ibyo amaso ya bantu, atabasha kubona, mu idini rya ADPER harimo abarozi bagiye guhagarika ayo masengesho, babonye bananiwe guteza intambara zikomeye nkuko babyifuza, banyura mu butegetsi bwa Paul Kagame bamwumvisha yuko akwiye gusenya iryo idini (religious of Pentecost Church of Rwanda) maze nawe arabyemera nibwo yashatse bamwe mu ba Pastors bakorera muri urwo rusengero abaha akazi ko gusenya iryo idini rya ADEPR uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, aba Pastors bagiye guteza intambara murusengero rwa ADEPR nibamara kubona umuriro watse bazahungira muri Uganda aho bazajya gufungura izindi nsengero kuko urwo bakoreragamo bamaze kubona ko barutwitse. Ariko ubabwire uti, aho naho ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuzabasangayo kuko atari kure ye uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo ba Pastors nibamara guhungira muri Uganda bizaba ari ikimenyetso cy’uko Pal Kagame azaba ari hafi gufunga insengero nyinshi cyane mu gihugu azasiga iziyoborwa n’abega community clan uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira mwana w’umuntu, igihugu cy’Ibabyloni (Kenya) ngiye kugiteza kwaka umuriro kuko gukiranirwa kwabo kwageze imbere yanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 23,2016 njyanwa mu iyerekwa maze nerekwa imirimo ikorerwa mu isi y’umwijima” Ikuzimu” mbona uburyo abantu bapfa bakajyanwa ikuzimu bamara kugerayo bagakomeza gukora imirimo bakoraga mu gihe babaga bakiri ku isi yabazima.
Jan 24,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona uko inkozi zibibi zijya zirwana intambara ikomeye na bantu bajya mu masengesho, intambara ya bakomerana cyane bakitabaza bagenzi babo bo mukindi gice cyangwa mukindi gihugu bitewe n’intambara barwana iyariyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu ko ibigo byitwa MICROFINANCE by’imali ziciriritse ibyo bigo byazanywe n’umudayimoni wo guhombya abantu bajya gusaba inguzanyo, kandi amashillingi bahabwa abadayimoni bashinzwe guteza ibihembo baza bakurikiye uwahawe iyo inguzanyo kugirango bakakwambura nibyo warufite uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hari abantu benshi cyane bafashe amadeni muri za microfinance za Roman Catholic Church Empire, nta bwo bazabasha kwishyura amashillingi ba bagurije, RCCE nibabona ko banze kubishyura, nabo bazahita ba boherereza imyuka mibi ituma bakena burundu, kuko abafashe amadeni bahise bahunga kiliziya ya RCCE uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umudayimoni woherejwe mu bacuruzi bafashe amadeni muri RCCE araza yinjira mu bucuruzi bwabo maze bose barahomba basigara nta cyintu na kimwe bafite uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uko abantu bazajya bahunga kiliziya gatolika, niko intambara yo kurwanira abantu izajya irushaho kwiyongera kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iyi ntambara z’insengero zigiye kurwanira abantu izakomeza cyane kugeza ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo butangiye gukora kumugaragaro kuko hariho insengero nyinshi zizafungwa n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore kw’isi (the world) hagiye kubaho ibikomeye ku buryo ikiremwa muntu azicuza impamvu yatumye abaho kw’isi kuko hazaba intambara zikomeye mu myaka micye iri mbere uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 25,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugisha uturutse k’Uwiteka Nyiringabo uraje kugirango ukomeze umurimo wa data wo mu ijuru uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ubutegetsi bw’uRwanda buyobowe na Paul Kagame bashakisha abakobwa bajyanwa mu mahugurwa kwigishwa uko bagiye guhabwa akazi ngo bajye mu mahanga bashakishe uko bazajya baroga (poisoning opposition leaders against regime) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, witonde cyane kandi wirinde cyane kuko Paul Kagame yatanze itegeko yuko bakora ibishoboka byose bakakwica kuko uhishukirirwa imigambi yabo yibyo bagiye gukora ugatuma bidatungana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Jan 26,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, za maneko zashinze (Political organization Rwandese Protocol to Return the Kingdom) RPRK zikorera muri Uganda-Kampala biyitirira gushaka gucyura Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa zihagaritse umutima cyane ko washyize amabanga yabo ku karubanda, ariko n’ubwo bimeze uko, ubwire Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa uti, Gakwaya Jean Marie niwe washinze uwo mutwe wa za maneko kandi bari hafi cyane ku kwica uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ubwire Umwami Kigeli V Ndahindurwa uti, ubwo wananiwe kwizera Uwiteka Imana Nyiringabo nta bwo Uwiteka azagusubiza ku bwami bwawe yari yagusezeranije, kandi umenye ko uzataha wenyine ndetse na bajyanama bawe nta numwe uza guherekeza kuko wahisemo kwihamba kumanywa yihangu habona uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abacika kw’icumu ry’Umwakagara Paul Kagame bazaha bihishe mu mahanga ya kure ndetse na bari kumpera y’isi, aho naho aza basangayo kandi azakoresha abanyamahanga bose azabaca imitwe kugeza abarangijeho kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame namara kwica Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa, umuryango w’Umwami bazarwarira ubwami bashaka kumusimbura cyane abahawe amashillingi yo kugambanira Umwami w’uRwanda kuko bashaka gucyura ubwami bw’uRwanda ngo burangireho burundu. Ariko nta bwo bizakunda kuko Uhoraho Nyiringabo yamaze gutoranya uzamusimbura uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami Kigeli V Ndahindurwa namara kwicwa n’ubutegetsi bwa Paul Kagame, igihugu kizagibwaho n’umuvumo ishyaka rya politike riyoboye igihugu rya RPF rizatangira kwinjira mu bibazo bikomeye cyane kandi bazarushaho kwica abantu uko amaraso azagenda aba menshi y’inzirakarengane, niko umuvumo nawo uzarushaho kuba mwinshi cyane uwo muvumo ni wo uzatuma ubutegetsi bwa Paul Kagame bukurwaho kuko yishe abantu benshi batariho urubanza uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abaturage batuye mu Rwanda bazahura nibibazo byinshi cyane kuko ubutegetsi bwa Paul Kagame buzabatoteza kandi bagiye kwica abantu benshi biganjemo urubyiruko, abahanzi, abanyamakuru, na baturage basanzwe uwo bazajya babona ko atemera ubutegetsi bwaho bazajya bamuhanisha kwicwa kandi nta bwo bazajya bamenya uwamwishe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abatuye muri icyo gihugu ubishoboye akize ubugingo bwe niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi (Rwanda) abaturage bahura ni bihe bikomeye cyane, ku buryo ibyo bihe bizashoborwa n’ufite ufite ubushobozi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abo muri gakondo ya bakiranutsi, ko mu gihe kitari kinini ibihe biruhije bigiye kuza mu gihugu imbere, yaba umukire cyangwa umukene, bose bazahura no gutotezwa n’ubutegetsi bw’abega buyobowe n’umukuru w’igihugu Umwakagara Paul Kagame uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutegetsi bw’abega bazajya batanga akazi ku baturuka mu miryango yabo gusa, waba ufite ubushobozi bwo gukorera igihugu cyangwa uta bufite uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Jan 27,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukora icyintu gishya kuko abanzi bawe bakurwanya kubera umurimo wanjye unkorera baraguhagurukiye cyane uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, itegereze urebe kure yawe maze umbwire icyo uhabonye, nditegereza maze mbona inkozi zibibi zishaka gufata Umuhanuzi w’Uwiteka Imana Nyiringabo ku mwambika imyenda ya gisirikare bisobanura kumuboha bakoresheje imyuka mibi kugirango adashobora kwakira umugisha niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukomere kurugamba kuko abadayimoni bamaze kubona umugisha wawe Uwiteka agiye kuguha, none bagiye kurwana intambara yo guhagarika uwo mugisha niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore Uwiteka Imana ibyo yagambiriye ku gukorera aza bisohoza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, amaso y’Uwiteka Imana Nyiringabo ahora ku bwoko bwe na bagaragu be bamukorera uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore mwavuganye utuye kumugabane w’Uburayi (European Union) utuye mu gihugu cya Ireland witwa NYIRAMIHANDA MAQNIFIC ni maneko ukorera Leta y’uRwanda bamuhaye akazi ko gushaka ya kugambanira ngo bakwice uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, iyo agiye kuguhamagara kuri telephone, cyangwa wowe ugiye kumuhamagara ngo muvugana, abanza kubwira za maneko (Rwandan spies) yuko mugiye kuvugana, maze bagahakinga telephone yawe kugirango bamenye aho uherereye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’inzika y’inzigo uturutse mu butegetsi bw’uRwanda buyobowe na Paul Kagame baraguhagurukiye barashaka ku guca umutwe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arakurinze kurusha ibindi bintu byose byo kw’isi ya bazima uko niko abivuga.
Jan 28,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye gukora amasengesho kuko hari intambara ikomeye cyane imbere yawe ugiye kurwana kandi ugomba kuyitsinda uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Umwami Kigeli V Ndahindurwa uti, umujinya w’ingoma y’abega iyobowe na Paul Kagame uraguhagurukiye barashaka ku guca igihanga ngo barangize ubwami bwawe ukwiye kuba maso cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore wa Paul Kagame witwa NYIRAMONGI Jeannette yategetse ko bakwica kuko watangaje amakuru amuvugwaho ko mbere yuko abana na Paul Kagame yari indaya mu gihugu cya Kenya-Nairobi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Jan 29,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami KIGELI V Ndahindurwa azaguha umwiru mukuru (chancellor Boniface Benzinge) abe ari we mujya muvugana kuko wa mubwiye ko utazongera kuvugana na Gakwaya Jean Marie kuko akorana na Leta ya Kigali uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Umwami Kigeli V Ndahindurwa uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, nutita ku byo umugaragu wanjye Majeshi Leon akubwira uzataha wenyine kujya kwima ingoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hazaba intambara y’isi yose ya lll, kandi muri icyo gihe izaba, nibwo ubwami bw’abega community clan buzakurwaho ku ngoma uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu babe maso cyane kuko ibihe bigiye kuba bibi cyane, kandi Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gutangiza imanza zitabera uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona hamanutse impeta (3) zari ziturutse mu ijuru, ziraza zigwa imbere yanjye ndazitoragura. Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ategetse ko uzarongora abagore (3) bakakubera abafasha kugirango muzankorere umurimo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan30 ,2016 njyanwa mu iyerekwa muri Leta zunze ubumwe z’America mbona abakandida (2) abiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu baturuka mu mashyaka abiri, uwa mbere yari madam Hillary Clinton uturuka mu ishyaka rya ba democrate, uwa kabiri yari Donald Trump uturuka mu ishyaka rya ba republic, n’ubwo adashyigikiwe nabo mu ishyaka rye rya republic «conservative» mu matora ateganijwe muri Nov 5, 2016 mbona ko habaye amatora maze Donald Trump atsinda Hillary Clinton aba umukuru w’igihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Donald Trump ashyigikiwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi yanamuhaye igikundiro cyo gukundwa na baturage uwo niwe uzatsinda amatora y’umukuru w’igihugu muri US uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanyaMerica bakunda amahoro kandi bakunda kwisanzura cyane nta bwo bakunda intambara, ariko Barrack Obama yabijeje amahoro ariko nta bwo yigeze ayabagezaho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 31,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani yitambitse imbere y’umugisha nohereje kuko Malaika Michael amanutse kurwana na Satani ngo abakure mu nzira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani kandi yohereje umwuka wo kumugara kugirango ntukomeze umurimo wanjye, ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko na maze kuburizamo imigambi ye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uhumure Uwiteka niwe maso yawe, kandi niwe mbaraga zawe kuko bidashoboka yuko umwanzi yaburizamo umurimo wa data wo mu ijuru uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani na bakozi be bamaze kunanirwa intambara bakurwanya ngo udakomeza umurimo wo guhanurira isi no guca imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Feb 1, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kuba intambara ya lll y’isi yose, kandi iyo ntambara izatangizwa n’igihugu cya Russia uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu benshi cyane bazajyanwa kumusozi umeze nka wa wundi wubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bw’abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Feb 2, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abatuye isi ko hagiye kuba ibyago, akaga, amakuba, atewe no gukiranirwa kwa abantu bamaze kwibagirwa ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabaremeye kumuramya no kumwubaha none basigaye baramya Satani bakamwubaha kandi ibyago Uwiteka agiye kubateza nta bwo Satani ashobora kubi bakiza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho aguhaye ubushobozi bwo kwica no kurimbura abadayimoni kugirango ibikorwa byabo burangireho burundu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore bo mu gihugu cy’Ibabuloni (witchcraft) bo mu bwoko bw’Abakikuyu bacuruza mu masoko atandukanye ko bakoresha imyuka mibi yo gukurura abakiliya (clients) ngo bashobore gucuruza amashillingi menshi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Ubuhanuzi bw’intambara ya lll y’isi yose ujye ubwandika neza kuko ntabwo iyo ntambara izatinda kuza iraje kandi yihuse cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona igihugu cy’ISAMARIYA (Burundi) cyoherezwa umuyaga waturutse ikuzimu uhera hasi ugera hejuru ubirandura igihugu cyose gishiraho burundu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ni abanyamurenge bo mu bwoko bw’Abatutsi bavuga ururimi rw’ikinyarwanda ubabwire uti, mutaye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, murangije mwikura ku bwoko bwanyu mushaka kwigira ubundi bwoko butari bwo, kubera iyo mpamvu Uhoraho Nyiringabo azabarwanya aho muzajya hose kw’isi kandi nta bwo muzaba abanyamugisha uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, niba mushaka amahoro mugomba kugaruka k’Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi mugomba kwemera ko muri abatutsi. Ibyo ni mutabikora Uhoraho Nyiringabo azabamraho burundu uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubabwire uti, nzabagira igitangariro mw’isi ya bazima kugirango na bandi bantu bareberaho kuko mwanze kugendana n’Uwiteka Imana yo mu ijuru, ahubwo mwishakira inzira zanyu ni mana zanyu niyompamvu nza barwanya nkabakoza isoni kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bw’Abatutsi uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, ibyahanuwe byose birwanya ubwoko bw’Abatutsi nzabisohoza vuba cyane kugirango bakorwe nisoni kuko amatwi yabo atumva kandi bakaba badashaka kuyoborwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana Nyiringabo ararakaye cyane, kandi afite umujinya mwinshi cyane, kubera ubwoko bwe bwa mutaye bakajya gukorera ibigirwamana bitumva bitavuga, niyompamvu agiye guhana isi yose ku buryo bukomeye cyane kugirango bamenye ko bakoze ibyangwa na maso y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Feb 3, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inzika n’inzigo biturutse mu butegetsi bw’uRwanda baraguhagurukiye bohereje abantu baje guhiga ubugingo bwawe, ariko ntutinye kuko Uwiteka ari kumwe nawe uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona (Rwandan spy’s organization) bashakisha uko bangeraho maze mu gihe mvuye mu iyerekwa mbona barahamagaye Tel +254–703–705–068 izi phone number zibaruwe ku witwa Wambua uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Feb 4, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutegetsi bw’uRwanda bakoresheje ibishoboka byose ngo bashimute ikinyamakuru cyawe kugirango utangire guhamagara host wawe maze babone aho uherereye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ubwo nari kumurwa mukuru wa Kenya-Nairobi nicaye muri hotel ndimo gukora umurimo wa data wo mu ijuru, kuruhande rwanjye hari hicaye ba maneko b’uRwanda (Rwandan spy’s) barimo bavuga uko bagiye guteza umutekano mucye impunzi z’abanyarwanda batuye muri icyo gihugu cyacu cya Kenya. Ubwo ako kanya nahise nandika inkuru (article) imigambi yabo twicaranye muriyo hotel nari na mbaye nka ba diplomat ku buryo batari gukeka ko ari jyewe kandi nta bwo bari banzi kw’isura maze imigambi yabo iburizwamo gutyo.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba maneko ba Leta y’uRwanda bagiye kujyanwa mu butayu bugufiya kuko barimo guhohotera abantu b’inzirakarengane uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Feb 5, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutegetsi bwa Leta y’uRwanda buyobowe na Paul Kagame bajyanywe mu butayu bukomeye cyane kugirango bamenye yuko mu ijuru hari Imana yaremye ijuru n’isi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Leta y’uRwanda uti, n’igisirikare cyanyu cya RDF muzajyanwa mu butayu bugufiya kugirango mwigishwe uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakirisitu basengera muri Zion urusengero ruyobowe na Paul Gitwaza inkozi yikibi ikorera Satani ntabwo bashaka kumva yuko umuyobozi wabo (Church members) Paul Gitwaza akorana na Satani banze kuva muri urwo rusengero, kubera iyo mpamvu ngiye kubatatanya kandi mbateze ibyago uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko intumwa ya Satani Paul Gitwaza arwana na bantu yabona ko bagiye kumunesha, ako kanya agahita yihindura Igikeri (frog) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, intumwa ya Satani Paul Gitwaza iyo abantu bamubujije kugendera mu nzira z’umwijima za Satani, ahita ajya kubarega mu butegetsi kuko ari n’uwo mu nzu y’abega community clan kimwe na Paul Kagame uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko intumwa ya Satani Paul Gitwaza iyo abonye ko abantu bamutahuye bakamumenya ko akorana na Satani, ahita yihindura ikinyira/igishorobwa (snares) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abacuruzi bo mu Rwanda ubabwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ubutegetsi bwa Kigali bagiye kubahombya mu byo mukora byose kugirango muhinduka abakene, uwabishobora yahunga icyo gihugu akazakigarukamo ubutegetsi bwa Kagame Paul bwaravuyeho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, n’ubwo ingabo za UPDF zo muri Uganda bakurwanya, ndetse bakakurwanya bafatanije ni ngabo za RDF z’uRwanda, ubabwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, ingabo za UPDF, zo mu gihugu cya Uganda, ingabo za KDF zo mu gihugu cya Kenya, ingabo za RDF zo mu gihugu cy’uRwanda mu minsi iri mbere zigiye kurwana intambara ikomeye cyane, kandi iyo ntambara nta bwo bazayitsinda kuko bazaba barwana n’umwanzi batabona uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu gihugu cya Abakaludaya (Chaldeans) ari cyo gihugu cya Tanzania, urubyiruko rw’aho rugiye kwinjira mu bikorwa bya Satani no gukiranirwa gukomeye cyane, niyompamvu Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azabahana akoresheje ubutegetsi bwaho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri Kenya na Tanzania urubyiruko rw’aho bagiye kuzajya basambanira ku mihanda nk inyamaswa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Feb 6, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani akomeje ku kurwanya cyane kubera umurimo w’Imana ukora. Ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka ari kumwe nawe uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye gukoresha abo bakurwanya bakubere umugisha, ariko ube maso cyane kuko ari amasega aryana uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Feb 7, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umukuru w’igihugu cy’uRwanda yakoranije inama ya bakora murwego rwo hanze rwa maneko (Rwanda external intelligence) barimo kwiga uko bakwica Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa umubwire uti, uwo musore mu bana waje kuhaba yahawe witwa Ntaganira Christian misiyo n’ubutegetsi bw’uRwanda kuza kubana nawe kugirango azaguha amarozi buzahita bukwica ako kanya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umubwire uti, gahunda yabo niko ni bamara kuguha ubwo burozi bazakujyana mu bitaro, maze bazagushyiriramo mu cyayi ayandi marozi kugirango ahite apfa ako kanya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umubwire ko barimo gushaka kwiba impapuro zijyanye nibyo ubwami kuko bashaka kureba uwo uzaraga ubwami bwawe aramutse apfuye kugirango nawe bazashakishe uko bamwica uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Umwami Kigeli V Ndahindurwa yirukane uwo mugabo uba murugo rwe aho yaratuye muri America, Umwami ndabimubwira ariko yanga kumwirukana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ba maneko ba Leta y’uRwanda bahagurukiye icyarimwe, baje kundwanya, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, bamaze gusoma Ubuhanuzi wanditse bagize umujinya yuko uburizamo imigambi yabo, ariko ntutinye kuko nta cyo bashobora kugutwara ndinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntiwongere kugenda udafite inkota yawe kuko ihagarariye imbaraga z’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Feb 8, 2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi Paul Kagame arimo gutegura imigambi yo gutera mu gihugu cy’ISAMARIYA (Burundi) maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ibyo nabyo ubyandike kugirango uburizemo imigambi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame arashaka kurasa igihugu cy’ISAMARIYA kuko Gen.Kayumba Nyamwasa arimo gusaba inzira kuba ariho azanyura kuko ashaka gutera Paul Kagame Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame agiye gufata kungufu za Leta urubyiruko abakobwa bize cyangwa batize, bose abajyane kurugamba bajye kurwana intambara zo muri DRCongo ndetse no mu gihugu cy’Uburundi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uyu ni umwaka wubucamanza bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bwatangiye gukorera kw’isi ya bazima (on this planet) uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona urwo runini cyane, Paul Kagame yacukuye aho azajugunyamo Umuhanuzi Majeshi Leon naramuka agize amahirwe akamufata uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyobo wabonye Paul Kagame ateganya no kugishyiramo Kayumba Nyamwasa bahoze bakorana uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Kayumba Nyamwasa nta bwo azafata ubutegetsi ngo asimbure Paul Kagame, ahubwo azareba gukurwaho kwe ku butegetsi, kandi azabona ubwami bw’uRwanda bwongera kwima ingoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ni jyewe utanga ubwami no gutegeka kandi mbuha uwo nshatse uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibi byose nkubwiye ukwiye ku byandika mu gitabo cy’Ubuhanuzi kugirango igihe ni kigera bigasohoza abubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ndetse na batamwubaha bazavuge ko Uwiteka Imana Nyiringabo ari we Imana yawe uko niko abivuga.
Feb 9, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura maze uvuge uti, yewe Paul Kagame we, umva uko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, igihugu cya America nicyo yagushyize ku ngoma, kandi nicyo nzakoresha bagakureho kuri ubwo butegetsi baguhawe wiratana icyo gihe uzamenya yuko nitwa Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, America baricuza cyane icyatumye bashyiraho Paul Kagame ku butegetsi kuko akomeje guhemukira ubwoko bw’Abatutsi kandi barashaka ko baba mu gihugu cyabo, none yabagize impunzi barongera barahunga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyo gihugu cya America nicyo nzakoresha gukuraho Paul Kagame maze ni mike ubwami bwanjye nitoranirije uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura maze ubwire abatuye isi uti, ibizaba mu gihugu cy’UBUYUDA, nibyo bizaba Isamariya, kandi nibyo bizaba mu gihugu cy’Ibabyloni uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ngiye guteza akaga gakomeye mu isi yabazima, kandi abakiranutsi nibo nzarinda kuko nshaka kwihesha icyubahiro no kwiyerekana mu batuye yuko nd’umunyembaraga kandi ko ibikorerwa mu isi yabazima bamenye yuko nd’Uwiteka Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.
nccleon@gmail.com
















































































































