Igice cya (24) cy’ubuhanuzi

Jan 21,2016 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abanyarwanda bafashije abega kujya ku ngoma, yuko Umwakagara Paul Kagame yabahemukiye akanga yuko musangira ibyiza by’igihugu «nation cakes» Uwiteka Imana Nyiringabo azabahorera kandi ubutunzi bwose yikubiye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azabuteza inzige zibwangize uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame azize guca imanza zibera mu banyarwanda, kuba atonesha bamwe, abandi akabirengagiza, kandi barifatanije gufata igihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Igice cya (23) cy’Ubuhanuzi

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu nawe genda ugure inkota yawe nk’uko Umwakagara Paul Kagame umukuru w’igihugu cy’uRwanda yaguze inkota ye, kugirango ube kurwego rumwe nawe ubashe kugira ijambo risumba irye, kuko inkota ye no kw’isi, ariko wowe inkota yawe yaturutse mu ijuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwami bw’abega buyobowe na Paul Kagame bafite gahunda yo gucyenesha abantu batemera imikorere yabo mibi yigitugu (dictatorship), none uburire abatemera ubwami bwabo bashake uko bahungisha imitungo yabo bajye gukorera hanze uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ubwami bw’abega buyobowe na Paul Kagame bagambiliye gucyenesha umucuruzi Francois Mironko bakamwambura imitungo ye bakoresheje amayeri menshi cyane no kumunaniza mu mikorere ye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abacamanza bo mu ijuru bakora inama bategeka ko umuntu wese kw’isi ya bazima wabonye ubutunzi mu nzira z’uburiganya ko ba bwa mburwa bagasubizwa aho bwavuye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Nerekwa Malaika ushinzwe gusubiza ubutunzi mu mwanya wabwo bamutegeka yuko agenda agateza akaga abakire bose bakoresha imyuka mibi babonye ubutunzi babuhawe na Satani kugirango bajye bamukorera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore LT. Ruyenzi Alloys abantu benshi baramugaye cyane kuba twarafatanyije gusenya umutwe wa za magigiri za RPRK zikorera muri UgandaKampala zoherejwe na Leta y’uRwanda, yarangiza nawe arakugambanira agashakisha uko bakwica ngo ni uko wanze gukorera RNC ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kigali. None dore arimo yisobanura cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu ishyaka rya RNC ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’uRwanda, harimo bamwe bagukunda kuko bakunda Ubuhanuzi uhanura, bakaba batarashakaga kumva yuko ishyaka rya RNC rya kugambanira kuko byinshi mu wahanuye byamaze gusohora uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, impamvu Gen.Kayumba Nyamwasa yashakaga ko bakwica, ni uko bamwe mu banyaryango ba RNC bakwemera, ndetse bakanemera Ubuhanuzi uhanura niyompamvu LT. Ruyenzi Alloys yahawe (mission) na Kayumba Nyamwasa ko yavugana n’inzego z’iperereza za Uganda mu butegetsi bwa Kaguta Yoweri Museveni bagashakisha uko bakwica uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Leta y’uRwanda bakoresheje (National Intelligence Services) gutegeka inshuti yawe Bucyana Ngoga Olivier kuza kwivuza Kenya-Nairobi kugirango ashakishe uko yagusaba mugahura kugirango (Rwandan spies) babone uko bakwica uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abacamanza bo mu ijuru bongera gukora inama biga ku bibazo (2):

  • Ikibazo cya mbere barimo kwigaho muriyo nama, cyari ikibazo cy’abanyamadini (religious) uburyo bakomeje kurwanya ijambo ry’Ubuhanuzi bwahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi Leon uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

  • Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muriyo nama bariga kandi ku kibazo cy’i nzira nyabagendwa ubwoko bw’Imana banyuramo bajya ZION uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo (spirits of grudges) wa za magigiri za Leta y’uRwanda bishe umunyamakuru witwa Ingabire Charles. Abagize uruhare kumwica harimo (Rwandan spies): (1Mbayiha John (2Munyandinda James (3Rutagungira RENE (4Noble Marara (5Cesar (6Nyagasaza Innocent Fruit, ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti, abo bose barimo kuguhiga ngo kuko ukomeje gushyira amazina yabo hanze ukoresheje itangaza makuru ryawe bigatuma batabasha gukora umurimo wo kuneka bahawe na Leta ya Kigali uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inzika y’inzigo (spirits of grudges) wongeye kuzamuka kuko wahanuye yuko perezida Paul Kagame agiye kwica Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye kuba maso cyane kuko umwanzi (Paul Kagame) arahiga ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo arakurinze cyane kurusha uko umwanzi yabitekereza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amateka y’isi yose agiye kwisubiramo hagiye kuzaba ibya baye mu myaka yashize ya 1929/1936 ngiye kunyeganyeza isi yose kugirango imfatiro bantu zisenyuke maze ibyo baruhiye byose bihinduke ubusa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The years 1929 and 1936 represent critical turning points in the Great Depression, marking its dramatic beginning and the start of a tentative recovery

1929: The Wall Street Crash and Start of Depression 

1929 marked the end of the “Roaring Twenties” and the beginning of the most severe economic crisis in modern history.

The Stock Market Crash: Following a period of rapid expansion, the U.S stock market crashed in October 1929, with “Black Thursday” (Oct 24) and “Black Tuesday” (Oct 29) wiping out billions of dollars in wealth.

Economic Impact: The crash triggered a wave of bank failures, reduced consumer confidence, and slashed spending, resulting in a 33% decline in stock prices between September and November.

Global Spread: The crisis quickly spread worldwide, exacerbated by the gold standard, which transmitted the downturn to Europe and regions.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ubwire abatuye isi, cyane mu bubaha Uhoraho Uwiteka Nyiringabo gushaka mu maso y’Uwiteka Nyiringabo kugirango azabashe kubarinda mu bihe bigiye kuza kuko bizaba bikomeye nta bwo bizaba byoroshye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Jan 22,2016 njyanwa mu isi y’umwuka mbona ibyo amaso ya bantu, atabasha kubona, mu idini rya ADPER harimo abarozi bagiye guhagarika ayo masengesho, babonye bananiwe guteza intambara zikomeye nkuko babyifuza, banyura mu butegetsi bwa Paul Kagame bamwumvisha yuko akwiye gusenya iryo idini (religious of Pentecost Church of Rwanda) maze nawe arabyemera nibwo yashatse bamwe mu ba Pastors bakorera muri urwo rusengero abaha akazi ko gusenya iryo idini rya ADEPR uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, aba Pastors bagiye guteza intambara murusengero rwa ADEPR nibamara kubona umuriro watse bazahungira muri Uganda aho bazajya gufungura izindi nsengero kuko urwo bakoreragamo bamaze kubona ko barutwitse. Ariko ubabwire uti, aho naho ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuzabasangayo kuko atari kure ye uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo ba Pastors nibamara guhungira muri Uganda bizaba ari ikimenyetso cy’uko Pal Kagame azaba ari hafi gufunga insengero nyinshi cyane mu gihugu azasiga iziyoborwa n’abega community clan uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira mwana w’umuntu, igihugu cy’Ibabyloni (Kenya) ngiye kugiteza kwaka umuriro kuko gukiranirwa kwabo kwageze imbere yanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Jan 23,2016 njyanwa mu iyerekwa maze nerekwa imirimo ikorerwa mu isi y’umwijima” Ikuzimu” mbona uburyo abantu bapfa bakajyanwa ikuzimu bamara kugerayo bagakomeza gukora imirimo bakoraga mu gihe babaga bakiri ku isi yabazima.

Jan 24,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona uko inkozi zibibi zijya zirwana intambara ikomeye na bantu bajya mu masengesho, intambara ya bakomerana cyane bakitabaza bagenzi babo bo mukindi gice cyangwa mukindi gihugu bitewe n’intambara barwana iyariyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu ko ibigo byitwa MICROFINANCE by’imali ziciriritse ibyo bigo byazanywe n’umudayimoni wo guhombya abantu bajya gusaba inguzanyo, kandi amashillingi bahabwa abadayimoni bashinzwe guteza ibihembo baza bakurikiye uwahawe iyo inguzanyo kugirango bakakwambura nibyo warufite uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hari abantu benshi cyane bafashe amadeni muri za microfinance za Roman Catholic Church Empire, nta bwo bazabasha kwishyura amashillingi ba bagurije, RCCE nibabona ko banze kubishyura, nabo bazahita ba boherereza imyuka mibi ituma bakena burundu, kuko abafashe amadeni bahise bahunga kiliziya ya RCCE uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umudayimoni woherejwe mu bacuruzi bafashe amadeni muri RCCE araza yinjira mu bucuruzi bwabo maze bose barahomba basigara nta cyintu na kimwe bafite uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uko abantu bazajya bahunga kiliziya gatolika, niko intambara yo kurwanira abantu izajya irushaho kwiyongera kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iyi ntambara z’insengero zigiye kurwanira abantu izakomeza cyane kugeza ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo butangiye gukora kumugaragaro kuko hariho insengero nyinshi zizafungwa n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore kw’isi (the world) hagiye kubaho ibikomeye ku buryo ikiremwa muntu azicuza impamvu yatumye abaho kw’isi kuko hazaba intambara zikomeye mu myaka micye iri mbere uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Jan 25,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugisha uturutse k’Uwiteka Nyiringabo uraje kugirango ukomeze umurimo wa data wo mu ijuru uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ubutegetsi bw’uRwanda buyobowe na Paul Kagame bashakisha abakobwa bajyanwa mu mahugurwa kwigishwa uko bagiye guhabwa akazi ngo bajye mu mahanga bashakishe uko bazajya baroga (poisoning opposition leaders against regime) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, witonde cyane kandi wirinde cyane kuko Paul Kagame yatanze itegeko yuko bakora ibishoboka byose bakakwica kuko uhishukirirwa imigambi yabo yibyo bagiye gukora ugatuma bidatungana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Jan 26,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, za maneko zashinze (Political organization Rwandese Protocol to Return the Kingdom) (RPRK) zikorera muri Uganda-Kampala biyitirira gushaka gucyura Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa zihagaritse umutima cyane ko washyize amabanga yabo ku karubanda, ariko n’ubwo bimeze uko, ubwire Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa uti, Gakwaya Jean Marie niwe washinze uwo mutwe wa za maneko kandi bari hafi cyane ku kwica uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ubwire Umwami Kigeli V Ndahindurwa uti, ubwo wananiwe kwizera Uwiteka Imana Nyiringabo nta bwo Uwiteka azagusubiza ku bwami bwawe yari yagusezeranije, kandi umenye ko uzataha wenyine ndetse na bajyanama bawe nta numwe uza guherekeza kuko wahisemo kwihamba kumanywa yihangu habona uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abacika kw’icumu ry’Umwakagara Paul Kagame bazaha bihishe mu mahanga ya kure ndetse na bari kumpera y’isi, aho naho aza basangayo kandi azakoresha abanyamahanga bose azabaca imitwe kugeza abarangijeho kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame namara kwica Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa, umuryango w’Umwami bazarwarira ubwami bashaka kumusimbura cyane abahawe amashillingi yo kugambanira Umwami w’uRwanda kuko bashaka gucyura ubwami bw’uRwanda ngo burangireho burundu. Ariko nta bwo bizakunda kuko Uhoraho Nyiringabo yamaze gutoranya uzamusimbura uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami Kigeli V Ndahindurwa namara kwicwa n’ubutegetsi bwa Paul Kagame, igihugu kizagibwaho n’umuvumo ishyaka rya politike riyoboye igihugu rya RPF rizatangira kwinjira mu bibazo bikomeye cyane kandi bazarushaho kwica abantu uko amaraso azagenda aba menshi y’inzirakarengane, niko umuvumo nawo uzarushaho kuba mwinshi cyane uwo muvumo ni wo uzatuma ubutegetsi bwa Paul Kagame bukurwaho kuko yishe abantu benshi batariho urubanza uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abaturage batuye mu Rwanda bazahura nibibazo byinshi cyane kuko ubutegetsi bwa Paul Kagame buzabatoteza kandi bagiye kwica abantu benshi biganjemo urubyiruko, abahanzi, abanyamakuru, na baturage basanzwe uwo bazajya babona ko atemera ubutegetsi bwaho bazajya bamuhanisha kwicwa kandi nta bwo bazajya bamenya uwamwishe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abatuye muri icyo gihugu ubishoboye akize ubugingo bwe niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi (Rwanda) abaturage bahura ni bihe bikomeye cyane, ku buryo ibyo bihe bizashoborwa n’ufite ufite ubushobozi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abo muri gakondo ya bakiranutsi, ko mu gihe kitari kinini ibihe biruhije bigiye kuza mu gihugu imbere, yaba umukire cyangwa umukene, bose bazahura no gutotezwa n’ubutegetsi bw’abega buyobowe n’umukuru w’igihugu Umwakagara Paul Kagame uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutegetsi bw’abega bazajya batanga akazi ku baturuka mu miryango yabo gusa, waba ufite ubushobozi bwo gukorera igihugu cyangwa uta bufite uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Jan 27,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukora icyintu gishya kuko abanzi bawe bakurwanya kubera umurimo wanjye unkorera baraguhagurukiye cyane uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, itegereze urebe kure yawe maze umbwire icyo uhabonye, nditegereza maze mbona inkozi zibibi zishaka gufata Umuhanuzi w’Uwiteka Imana Nyiringabo ku mwambika imyenda ya gisirikare bisobanura kumuboha bakoresheje imyuka mibi kugirango adashobora kwakira umugisha niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukomere kurugamba kuko abadayimoni bamaze kubona umugisha wawe Uwiteka agiye kuguha, none bagiye kurwana intambara yo guhagarika uwo mugisha niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore Uwiteka Imana ibyo yagambiriye ku gukorera aza bisohoza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, amaso y’Uwiteka Imana Nyiringabo ahora ku bwoko bwe na bagaragu be bamukorera uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore mwavuganye utuye kumugabane w’Uburayi (European Union) utuye mu gihugu cya Ireland witwa NYIRAMIHANDA MAQNIFIC ni maneko ukorera Leta y’uRwanda bamuhaye akazi ko gushaka ya kugambanira ngo bakwice uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, iyo agiye kuguhamagara kuri telephone, cyangwa wowe ugiye kumuhamagara ngo muvugana, abanza kubwira za maneko (Rwandan spies) yuko mugiye kuvugana, maze bagahakinga telephone yawe kugirango bamenye aho uherereye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’inzika y’inzigo uturutse mu butegetsi bw’uRwanda buyobowe na Paul Kagame baraguhagurukiye barashaka ku guca umutwe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arakurinze kurusha ibindi bintu byose byo kw’isi ya bazima uko niko abivuga.

Jan 28,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye gukora amasengesho kuko hari intambara ikomeye cyane imbere yawe ugiye kurwana kandi ugomba kuyitsinda uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Umwami Kigeli V Ndahindurwa uti, umujinya w’ingoma y’abega iyobowe na Paul Kagame uraguhagurukiye barashaka ku guca igihanga ngo barangize ubwami bwawe ukwiye kuba maso cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore wa Paul Kagame witwa NYIRAMONGI Jeannette yategetse ko bakwica kuko watangaje amakuru amuvugwaho ko mbere yuko abana na Paul Kagame yari indaya mu gihugu cya Kenya-Nairobi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Jan 29,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami KIGELI V Ndahindurwa azaguha umwiru mukuru (chancellor Boniface Benzinge) abe ari we mujya muvugana kuko wa mubwiye ko utazongera kuvugana na Gakwaya Jean Marie kuko akorana na Leta ya Kigali uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Umwami Kigeli V Ndahindurwa uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, nutita ku byo umugaragu wanjye Majeshi Leon akubwira uzataha wenyine kujya kwima ingoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hazaba intambara y’isi yose ya lll, kandi muri icyo gihe izaba, nibwo ubwami bw’abega community clan buzakurwaho ku ngoma uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu babe maso cyane kuko ibihe bigiye kuba bibi cyane, kandi Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gutangiza imanza zitabera uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona hamanutse impeta (3) zari ziturutse mu ijuru, ziraza zigwa imbere yanjye ndazitoragura. Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ategetse ko uzarongora abagore (3) bakakubera abafasha kugirango muzankorere umurimo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Jan30 ,2016 njyanwa mu iyerekwa muri Leta zunze ubumwe z’America mbona abakandida (2) abiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu baturuka mu mashyaka abiri, uwa mbere yari madam Hillary Clinton uturuka mu ishyaka rya ba democrate, uwa kabiri yari Donald Trump uturuka mu ishyaka rya ba republic, n’ubwo adashyigikiwe nabo mu ishyaka rye rya republic «conservative» mu matora ateganijwe muri Nov 5, 2016 mbona ko habaye amatora maze Donald Trump atsinda Hillary Clinton aba umukuru w’igihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Donald Trump ashyigikiwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi yanamuhaye igikundiro cyo gukundwa na baturage uwo niwe uzatsinda amatora y’umukuru w’igihugu muri US uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanyaMerica bakunda amahoro kandi bakunda kwisanzura cyane nta bwo bakunda intambara, ariko Barrack Obama Hussein yabijeje amahoro ariko nta bwo yigeze ayabagezaho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Jan 31,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani yitambitse imbere y’umugisha nohereje  kuko Malaika Michael amanutse kurwana na Satani ngo abakure mu nzira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani kandi yohereje umwuka wo kumugara kugirango ntukomeze umurimo wanjye, ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko na maze kuburizamo imigambi ye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uhumure Uwiteka niwe maso yawe, kandi niwe mbaraga zawe kuko bidashoboka yuko umwanzi yaburizamo umurimo wa data wo mu ijuru uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani na bakozi be bamaze kunanirwa intambara bakurwanya ngo udakomeza umurimo wo guhanurira isi no guca imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Feb 1, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kuba intambara ya lll y’isi yose, kandi iyo ntambara izatangizwa n’igihugu cya Russia uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu benshi cyane bazajyanwa kumusozi umeze nka wa wundi wubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bw’abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Feb 2, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abatuye isi ko hagiye kuba ibyago, akaga, amakuba, atewe no gukiranirwa kwa abantu bamaze kwibagirwa ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabaremeye kumuramya no kumwubaha none basigaye baramya Satani bakamwubaha kandi ibyago Uwiteka agiye kubateza nta bwo Satani ashobora kubi bakiza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho aguhaye ubushobozi bwo kwica no kurimbura abadayimoni kugirango ibikorwa byabo burangireho burundu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore bo mu gihugu cy’Ibabuloni (witchcraft) bo mu bwoko bw’Abakikuyu bacuruza mu masoko atandukanye ko bakoresha imyuka mibi yo gukurura abakiliya (clients) ngo bashobore gucuruza amashillingi menshi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Ubuhanuzi bw’intambara ya lll y’isi yose ujye ubwandika neza kuko ntabwo iyo ntambara izatinda kuza iraje kandi yihuse cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona igihugu cy’ISAMARIYA (Burundi) cyoherezwa umuyaga waturutse ikuzimu uhera hasi ugera hejuru ubirandura igihugu cyose gishiraho burundu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ni abanyamurenge bo mu bwoko bw’Abatutsi bavuga ururimi rw’ikinyarwanda ubabwire uti, mutaye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, murangije mwikura ku bwoko bwanyu mushaka kwigira ubundi bwoko butari bwo, kubera iyo mpamvu Uhoraho Nyiringabo azabarwanya aho muzajya hose kw’isi kandi nta bwo muzaba abanyamugisha uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, niba mushaka amahoro mugomba kugaruka k’Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi mugomba kwemera ko muri abatutsi. Ibyo ni mutabikora Uhoraho Nyiringabo azabamraho burundu uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubabwire uti, nzabagira igitangariro mw’isi ya bazima kugirango na bandi bantu bareberaho kuko mwanze kugendana n’Uwiteka Imana yo mu ijuru, ahubwo mwishakira inzira zanyu ni mana zanyu niyompamvu nza barwanya nkabakoza isoni kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bw’Abatutsi uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, ibyahanuwe byose birwanya ubwoko bw’Abatutsi nzabisohoza vuba cyane kugirango bakorwe nisoni kuko amatwi yabo atumva kandi bakaba badashaka kuyoborwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana Nyiringabo ararakaye cyane, kandi afite umujinya mwinshi cyane, kubera ubwoko bwe bwa mutaye bakajya gukorera ibigirwamana bitumva bitavuga, niyompamvu agiye guhana isi yose ku buryo bukomeye cyane kugirango bamenye ko bakoze ibyangwa na maso y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Feb 3, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inzika n’inzigo biturutse mu butegetsi bw’uRwanda baraguhagurukiye bohereje abantu baje guhiga ubugingo bwawe, ariko ntutinye kuko Uwiteka ari kumwe nawe uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona (Rwandan spy’s organization) bashakisha uko bangeraho maze mu gihe mvuye mu iyerekwa mbona barahamagaye Tel +254-703705068 izi phone number zibaruwe ku witwa Wambua uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Feb 4, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutegetsi bw’uRwanda bakoresheje ibishoboka byose ngo bashimute ikinyamakuru cyawe kugirango utangire guhamagara host wawe maze babone aho uherereye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ubwo nari kumurwa mukuru wa Kenya-Nairobi nicaye muri hotel ndimo gukora umurimo wa data wo mu ijuru, kuruhande rwanjye hari hicaye ba maneko b’uRwanda (Rwandan spy’s) barimo bavuga uko bagiye guteza umutekano mucye impunzi z’abanyarwanda batuye muri icyo gihugu cyacu cya Kenya. Ubwo ako kanya nahise nandika inkuru (article) imigambi yabo twicaranye muriyo hotel nari na mbaye nka ba diplomat ku buryo batari gukeka ko ari jyewe kandi nta bwo bari banzi kw’isura maze imigambi yabo iburizwamo gutyo.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba maneko ba Leta y’uRwanda bagiye kujyanwa mu butayu bugufiya kuko barimo guhohotera abantu b’inzirakarengane uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Feb 5, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutegetsi bwa Leta y’uRwanda buyobowe na Paul Kagame bajyanywe mu butayu bukomeye cyane kugirango bamenye yuko mu ijuru hari Imana yaremye ijuru n’isi uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Leta y’uRwanda uti, n’igisirikare cyanyu cya RDF muzajyanwa mu butayu bugufiya kugirango mwigishwe uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakirisitu basengera muri Zion urusengero ruyobowe na Paul Gitwaza inkozi yikibi ikorera Satani ntabwo bashaka kumva yuko umuyobozi wabo (Church members) Paul Gitwaza akorana na Satani banze kuva muri urwo rusengero, kubera iyo mpamvu ngiye kubatatanya kandi mbateze ibyago uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko intumwa ya Satani Paul Gitwaza arwana na bantu yabona ko bagiye kumunesha, ako kanya agahita yihindura Igikeri (frog) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, intumwa ya Satani Paul Gitwaza iyo abantu bamubujije kugendera mu nzira z’umwijima za Satani, ahita ajya kubarega mu butegetsi kuko ari n’uwo mu nzu y’abega community clan kimwe na Paul Kagame uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko intumwa ya Satani Paul Gitwaza iyo abonye ko abantu bamutahuye bakamumenya ko akorana na Satani, ahita yihindura ikinyira/igishorobwa (snares) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abacuruzi bo mu Rwanda ubabwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ubutegetsi bwa Kigali bagiye kubahombya mu byo mukora byose kugirango muhinduka abakene, uwabishobora yahunga icyo gihugu akazakigarukamo ubutegetsi bwa Kagame Paul bwaravuyeho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, n’ubwo ingabo za UPDF zo muri Uganda bakurwanya, ndetse bakakurwanya bafatanije ni ngabo za RDF z’uRwanda, ubabwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, ingabo za UPDF, zo mu gihugu cya Uganda, ingabo za KDF zo mu gihugu cya Kenya, ingabo za RDF zo mu gihugu cy’uRwanda mu minsi iri mbere zigiye kurwana intambara ikomeye cyane, kandi iyo ntambara nta bwo bazayitsinda kuko bazaba barwana n’umwanzi batabona uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu gihugu cya Abakaludaya (Chaldeans) ari cyo gihugu cya Tanzania, urubyiruko rw’aho rugiye kwinjira mu bikorwa bya Satani no gukiranirwa gukomeye cyane, niyompamvu Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azabahana akoresheje ubutegetsi bwaho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri Kenya na Tanzania urubyiruko rw’aho bagiye kuzajya basambanira ku mihanda nk inyamaswa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Feb 6, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani akomeje ku kurwanya cyane kubera umurimo w’Imana ukora. Ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka ari kumwe nawe uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye gukoresha abo bakurwanya bakubere umugisha, ariko ube maso cyane kuko ari amasega aryana uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Feb 7, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umukuru w’igihugu cy’uRwanda yakoranije inama ya bakora murwego rwo hanze rwa maneko (Rwanda external intelligence) barimo kwiga uko bakwica Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa umubwire uti, uwo musore mu bana waje kuhaba yahawe witwa Ntaganira Christian misiyo n’ubutegetsi bw’uRwanda kuza kubana nawe kugirango azaguha amarozi buzahita bukwica ako kanya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umubwire uti, gahunda yabo niko ni bamara kuguha ubwo burozi bazakujyana mu bitaro, maze bazagushyiriramo mu cyayi ayandi marozi kugirango ahite apfa ako kanya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umubwire ko barimo gushaka kwiba impapuro zijyanye nibyo ubwami kuko bashaka kureba uwo uzaraga ubwami bwawe aramutse apfuye kugirango nawe bazashakishe uko bamwica uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Umwami Kigeli V Ndahindurwa yirukane uwo mugabo uba murugo rwe aho yaratuye muri America, Umwami ndabimubwira ariko yanga kumwirukana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ba maneko ba Leta y’uRwanda bahagurukiye icyarimwe, baje kundwanya, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, bamaze gusoma Ubuhanuzi wanditse bagize umujinya yuko uburizamo imigambi yabo, ariko ntutinye kuko nta cyo bashobora kugutwara ndinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntiwongere kugenda udafite inkota yawe kuko ihagarariye imbaraga z’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Feb 8, 2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi Paul Kagame arimo gutegura imigambi yo gutera mu gihugu cy’ISAMARIYA (Burundi) maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ibyo nabyo ubyandike kugirango uburizemo imigambi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame arashaka kurasa igihugu cy’ISAMARIYA kuko Gen.Kayumba Nyamwasa arimo gusaba inzira kuba ariho azanyura kuko ashaka gutera Paul Kagame Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame agiye gufata kungufu za Leta urubyiruko abakobwa bize cyangwa batize, bose abajyane kurugamba bajye kurwana intambara zo muri DRCongo ndetse no mu gihugu cy’Uburundi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uyu ni umwaka wubucamanza bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bwatangiye gukorera kw’isi ya bazima (on this planet) uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona urwo runini cyane, Paul Kagame yacukuye aho azajugunyamo Umuhanuzi Majeshi Leon naramuka agize amahirwe akamufata uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyobo wabonye Paul Kagame ateganya no kugishyiramo Kayumba Nyamwasa bahoze bakorana uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Kayumba Nyamwasa nta bwo azafata ubutegetsi ngo asimbure Paul Kagame, ahubwo azareba gukurwaho kwe ku butegetsi, kandi azabona ubwami bw’uRwanda bwongera kwima ingoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ni jyewe utanga ubwami no gutegeka kandi mbuha uwo nshatse uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibi byose nkubwiye ukwiye ku byandika mu gitabo cy’Ubuhanuzi kugirango igihe ni kigera bigasohoza abubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ndetse na batamwubaha bazavuge ko Uwiteka Imana Nyiringabo ari we Imana yawe uko niko abivuga.

Feb 9, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura maze uvuge uti, yewe Paul Kagame we, umva uko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, igihugu cya America nicyo yagushyize ku ngoma, kandi nicyo nzakoresha bagakureho kuri ubwo butegetsi baguhawe wiratana icyo gihe uzamenya yuko nitwa Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, America baricuza cyane icyatumye bashyiraho Paul Kagame ku butegetsi kuko akomeje guhemukira ubwoko bw’Abatutsi kandi barashaka ko baba mu gihugu cyabo, none yabagize impunzi barongera barahunga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyo gihugu cya America nicyo nzakoresha gukuraho Paul Kagame maze ni mike ubwami bwanjye nitoranirije uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura maze ubwire abatuye isi uti, ibizaba mu gihugu cy’UBUYUDA, nibyo bizaba Isamariya, kandi nibyo bizaba mu gihugu cy’Ibabyloni uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ngiye guteza akaga gakomeye mu isi yabazima, kandi abakiranutsi nibo nzarinda kuko nshaka kwihesha icyubahiro no kwiyerekana mu batuye yuko nd’umunyembaraga kandi ko ibikorerwa mu isi yabazima bamenye yuko nd’Uwiteka Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo bakiranuka uti, uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, mwirinde cyane kandi mube maso cyane kuko Uhoraho Nyiringabo agiye gukora ibikomeye cyane mw’isi ya bazima uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bwanjye uti, Uwiteka Imana Nyiringabo azabarindira mw’isi ya bazima kuko agiye gukora ibikomeye cyane ku buryo isi yose izanyeganyega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mu gihugu cya Kenya hagiye kumanuka umwuka w’urupfu abantu benshi bazajya bapfa kandi bazica na police yaho irimo kurengera ubutegetsi buzasimbura Uhuru Kenyatta uko niko Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hamanutse imyuka (3) y’urupfu mu gihugu cya (KenyaNairobi) kandi iyo myuka (3) igiye gusenya igihugu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo amanuye ububyutse kw’isi yose bwo guca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Feb 13, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira Umuhanuzi mukuru umubwire uti, dore ugoswe na banzi bakomeye ariko Uhoraho Nyiringabo ari kumwe na we uko niko abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame agiye gukurwa ku ngoma kugirango gakondo ya bakiranutsi Uwiteka Imana Nyiringabo ayitunganye uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi z’ikibi barangije gukora inama kandi iyo nama bayikoreye ikuzimu barashaka kuza kw’isi kwica ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo cyane abasengera mu byumba by’amasengesho kuko batuma abadayimoni badakora imirimo yabo kw’isi ya bazima uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Nyiringabo agiye kuburizamo imigambi yizo inkozi zikibi kugirango bamenye yuko Uwiteka Imana Nyiringabo ari we waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za maneko za Leta y’uRwanda zimaze kwemera ijambo ry’Ubuhanuzi rya turutse mukanwa k’Uhoraho none basigaye biganyira kuguhiga ngo bakwice kuko ibimenyetso byose wahanuye ko bizagaragaza kuvaho ku butegetsi bwa RPFPaul Kagame uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Feb 16, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanurira abatuye mu Rwanda maze ubabwire uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, nzakoresha America gukuraho no guhindura ubutegetsi bwa RPFPaul Kagame kugirango mbaruhure imitima yanyu imaze kunanirwa cyane uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibintu bikomeje kumera nabi mu abatuye isi ya bazima, ubwire abatuye Isamariya no mu gihugu cy’UBUYUDA uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, musenge cyane kuko igihe cyo gusenga kigiye kurangira kuko abantu bagiye gutungwa na masengesho yabo hamwe nimirimo myiza yo gukiranuka niyo izabatabara mu myaka iri mbere uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abatuye isi uti, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guteza ibyago kandi bikomeye cyane kw’isi ya bazima na bayituye kandi yaba abakene cyangwa abakire bose bazahura na kaga, ibyago, na makuba, uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira abakiranutsi ubabwire ati, Uwiteka aravuze ngo, nta mukiranutsi wigeze yubahiriza ijambo ry’Uhoraho ngo narangiza Uhoraho amwirengagize cyangwa ngo abure kumugirira neza uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ijuru rimanuye ububyutse bw’urupfu kw’isi ya bazima, hagiye gupfa abantu benshi cyane kandi bazapfa mu bihe (2) bitandukanye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Feb 20, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ube maso kandi cyane kuko ubutegetsi bwa Paul Kagame barimo guhiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye kuburizamo imigambi y’umwanzi Satani na badayimoni ndetse na bantu bakorana nabo bamenye cyane Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.Jack Nziza (Jackson Nkurunziza) uhagarariye urwego rwa maneko mu Rwanda agiye ku kwandikira agusabe ko mwa kumvikana, kugirango udakomeza kwandika kumakuru ya Nyiramongi Jeannette Kagame kubera ibikorwa bibi akomeje gukorera abanyarwanda ndetse na banyamahanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakozi bakora muri (Rwanda national intelligence services) bamaze gucika intege cyane kuko ibyo uhanura byose barabibona kandi iyo bateguye umugambi wo ku kwica Uwiteka Imana Nyiringabo arabikwereka ukamenya ku birinda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, (Rwanda national intelligence services) bamaze kwemera Ubuhanuzi bwawe ku buryo batagishaka ku guhiga kuko bumva bicira urubanza mu mitima yabo, ariko kubera gutinya ba shebuja (theirs boss) babura uko babigenza bakwemera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, na Gen. Jack Nziza na we arakwemera cyane, n’ubwo agaragaza yuko akurwanya, aba agirango yerecye Nyiramongi Jeannette na Paul Kagame ko ari umukozi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Feb 21, 2016 maze njyanwa mu iyerekwa mbona General James Kabarebe wahoze akuriye ingabo za RDF, arimo kurya ibisigarizwa bya bagaragu be, nyoberwa uko bigenze:

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kiraje kandi kirasohoye, ubwo Gen.James Kabarebe azajya yifuza ibyo kurya by ’abagaragu yahoze ategeka. Kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo atakimushaka mu maso ye uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.James Kabarebe niwe Mutunzi ukomeye cyane mu Rwanda, ndetse arusha shebuja ubutunzi cyane, ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo butunzi uko yabubonye niko buzayoyoka bugashiraho burundu abirebesha amaso ye, kuko atazaba agifite ingufu yahoranye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.James Kabarebe yambuye abantu benshi cyane imitungo yabo, kandi yahemukiye abantu benshi cyane, ndetse Sibyo gusa, ahubwo ya kenesheje abantu benshi cyane, ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo inzige zariye ubutunzi bwa bandi zirye ubutunzi bwe, kandi azamburwa ibye nkuko ya byambuye abandi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu benshi cyane bajya bifuza kuvugana na Gen.James Kabarebe, ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ngo nawe azajye yifuza kuvugana na bakomeye kuko igihe cye cyo gukomera kirangiye kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Feb 23, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wirinde cyane, kuko hariho abagabo (3) baturutse mu Rwanda bakora muri (National Intelligence Services) baje kugushaka ukwiye kuba maso cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Paul Kagame utegeka uRwanda uti, harimo gutegurwa abagabo (3) bazagukura ku butegetsi kuko umaze kurambirana kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Feb 24, 2016 ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi yongeye guhaguruka bikomeye baje ku guhiga ngo bakwice, ariko ntutinye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugabane w’Africa ugiye guhura ni bikomeye cyane (Africa continent will face challenges in coming days later) mu minsi iri mbere uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa hamanurwa umwuka usa ni ibicu, ariko nta bwo byari ibicu bisanzwe, mbona uwo mwuka utumye abantu badashobora guhumeka neza, abantu benshi bahise cyane abandi bazarokoka ariko basigarana imvune zikomeye z’uwo mwuka w’u burozi warutewe mukirere hejuru uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mwuka wa marozi uzaterwa mukirere cyo ku mugabane w’Africa nta bwo uzahatinda cyane, uzahamara igihe gitoya urangire ariko uzasiga ubumuga mu mibiri ya bantu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu na gushyiriyeho kugirango ube umugisha ku batuye kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Feb 25, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu inkozi zikibi zikorana na badayimoni zahagaze mu nzira nyabagendwa aho ujya unyura ugiye kumurimo ube maso cyane kugirango umenye uko ugenza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abaguhiga burarushye kandi bamerewe nabi cyane, kuko Uwiteka Imana Nyiringabo abarwanya kugirango batagera kumugambi wabo wo ku kwica uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Nyiramongi Jeannette Kagame arakwanga cyane yifuza yuko wapfa kuko washyize ahabona ibikorwa byo bibi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kubaho imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, urugomo no kurenganya bigiye gucibwa mw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zikibi zategeye mu nzira aho Umuhanuzi Majeshi Leon akunze kunyura ajya kumurimo kumurwa mukuru w’ISHUSHAN mu gihugu cy’Ibabyloni uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugisha uturutse ahantu humwijima, maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti, za maneko z’uRwanda zikoherereje umugisha kugirango zigufate uje kwakira uwo mugisha, ni wowe ukwiye kumenya uko ukwiye kwakira uwo mugisha kandi ntibagufate uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanyarwanda bakomeje kwitotomba bavuga ko badashaka kuyoborwa nishyaka riri ku butegetsi rya RPF ubabwire uti, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azabimikira Umwami uzayobora neza ubwoko bwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, niyo RNC mwifuza nayo iramutse ifashe ubutegetsi yamera nka RPF uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ubutegetsi bwa RPF bashakisha abakobwa ndetse na bagabo bavanzemo na basore bahabwa amarozi yo kuroga abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Paul Kagame na gatsiko ke, abo batoranijwe kuroga abantu mbona bajyanywe mu mahugurwa bajya kwigishwa uko bazajya bahumanya abantu ni bamara kugera hanze mu bihugu bagiyemo bicumbikiye impunzi za banyarwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Feb 26, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona pastor William Budederi hamwe na bandi ba pastors bagenzi be, bose bari batwaye imodoka zo mu bwoko bwa Jeep mbona bamanutse ubutayu bunini cyane bafata urugendo rukomeye berekeza ku inyanja nini iri mu burengero bw’isi bavuga ko ngo bagiye kuriyo nyanja kuyogamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga

Feb 27, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kuraho documents zawe kuri (screen) ya Laptop kuko barushimusi (hackers) bagiye gukoresha ikoranabuhanga rya Remote Access Files (RAF) maze bakabona uko binjira muri Laptop yawe bakiba za files zawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi yikibi yitwa Paul Kagame afite uburakari bwinshi cyane yategetse ko bagomba kuguhiga hasi no hejuru bakakubona akaguca umutwe none wirinde kandi umenye uko ugenza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba maneko ba Paul Kagame bihishe mu murwa mukuru w’ISHUSHAN (Nairobi) baragutegereje ngo baguce igihanga ukwiye kumenya ubwenge uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arinze ubugingo bwawe uko niko abivuga.

Feb 28, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuhamagaro Uwiteka Imana ya guhamagariye urakomeye cyane, niyompamvu ab’isi bahiga ubugingo bwawe bashaka kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bamaze igihe bakuvuga nabi cyane, ntutinye amagambo mabi ya bantu kuko abakuvuga bahisemo kuba abanzi b’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu umaze guca mu intambara nyinshi kandi zikomeye cyane ku buryo udashobora gutinya amagambo ya abantu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, imvugo za bantu bafite ibyaha mu mitima yabo ntizikagutere ubwoba uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ayo magambo yose uwigeze kuba madam wawe Mukandirima Murekatete Odette niwe urimo ku kuvuga nabi yisobanura impamvu mwatandukanye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Feb 29, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo uturutse mu butegetsi bwa Paul Kagame bafatanije n’umuryango wari warashatsemo bishyize hamwe bagiye gukoresha Murekatete Odette ngo barimbure ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko ibyo byose Uwiteka agiye kubihindura umuyaga uhita kuko bidafite imbaraga kubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, n’ubwo umwanzi aguhagurukiye, nta bwo afite imbaraga kuko yi hebye cyane mu mutima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ba (hackers) bagiye kwinjira mu kinyamakuru cyawe cya www.inyangenewss.com bagiye gushyiraho inyandiko zi cyongereza kugirango bakwereke yuko binjiye muri database yawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 1, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ku ngoma y’ubwami bw’uRwanda, bugendera ku itegeko nshinga, ubucuruzi bw’ibikomoka kubihingwa bibyara petrol bizacuruzwa hagati y’uRwanda na USA nyuma y’ubwami bw’uRwanda gusubira ku ngoma muri Gakondo ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyaen, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihugu cy’Ibabuloni kigiye guhura na kaga gakomeye cyane kubera gukunda bituga ukwaha (corruption) dore abantu benshi bagiye gufungwa kubera ko bakomeje kwigwizaho ubutunzi bitanyuze mu nzira z’ukuri uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abadayimoni ba baterekererano bari bakoherereje ngo bakugire ikimuga banaguteze gukora impanuka cyangwa kurwara indwara ya maguru ku buryo ushobora gucika amaguru maze unanirwe gukomeza umurimo w’Uhoraho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Nyiringabo alinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, mwana w’umuntu, dore umwanzi aragushakisha cyane hasi no hejuru, akomeje ku kugenza cyane, nyamara ukwiye kumenya ubwenge kugirango utagwa mu mutego w’umwanzi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa, mbona ukwezi kuje hejuru yanjye aho nari nibereye ku icumbi urumuri mbona rubaye rwinshi cyane, maze mbona haje igiti kirekire gikingirinje kugirango urumuli rutaba rwinshi cyane nkananirwa kwitegereza maze neza, maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana wumuntu, ngaho noneho itegereze ibyo ngiye ku kwereka. Nditegereza mbona urumuri rucanye cyane rumeze nk’izuba.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka yaguhamagariye kuba Umuhanuzi wa mahanga yose yo kw’isi uko niko biri none, dore urumuri rw’Uhoraho ruzakumurikira kuzageza igihe cyose cyategetswe n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Mar 2, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ikibi za bagambanyi na barozi zategeye mu nzira aho nkunze kunyura, maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bagutegeye mu nzira ukunze kunyuramo none ube maso cyane utagwa mubicanyi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abarozi na bapfumu bakoze inama ikomeye cyane ku bijyanye n’Ubuhanuzi wandika bugasomwa na bantu bo kw’isi yose, none bahagaritse imitima cyane bagiye kohereza imyuka mibi ituma umugara cyangwa ugahuma amaso ntuzongere kwandika Ubuhanuzi kuko bumaze kubica intege cyane no kubamaramo imbaraga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburiganya bwa ba Pastors bubaye bwinshi cyane kw’isi ya bazima. Kandi barimo kubeshya intama zikiri ntoya mu ijambo ryanjye nta bwo bazi imikorere y’umwanzi kuko babafatiye kubyifuzo byabo bijyanye nirari ryabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar