Umunyapolitike SHIMA DIANE RWIGARA agiye gufungurwa akazakirwa nisinzi ry’abantu,nukuba maso abega uwo mwanya batazawukoresha kuba bamuca igihanga biboroheye!!!

June  13, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibbi zo mu bwoko bwa abaega,hamwe nabafatabikorwa aribo badayimoni mbona ko bakwiriye imishwaro mbona ko bamanuwe hepfo mu butayu bugufiya aho bari bagiye gucumbikirwayo ibihe nibihe kugirango bamenye yuko Satani biringiye adashobora kugira imbaraga kurusha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore [3] boherezwa kuza gusura Umuhanuzi AINESHA aho yibera cyangwa acumbikiwe murutare ruri mu butayu bugufiya mu gihugu cy’ibabylon bazanywe no kureba umuntu w’Imana yagiriye ikizere ikamushinga umulimo wayo maze kubera ubuhanuzi bwinshi bumaze gusohoza umulimo wabwo bituma bagira amatsiko yo kuza gusura Umuhanuzi kandi baza bikoreye INKANGARA baje gutura Umuhanuzi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mu gihe batari bavaho,mbona UKWEZI,IZUBA,INYENYERI,nabyo biramanutse bibasangaho,maze biganiriza Umuhanuzi bimusobanurira urugendo rw’abo badamu yuko aribo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuzakorana umulimo n’Umuhanuzi AINESHA ubwo bazaba bageze muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo ubigire ubwiru kandi cyane kuko igihe cyabyo kiregereje abazabirebesha amaso nibo bazamenya icyo Uwiteka yavugaga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

June 14, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona umunyapolitike DIANE SHIMA RWIGARA afungurwa maze isinzi ry’abantu benshi cyane buzura umuhanda bajya kumwakira banezerewe cyane ndetse bamwe baraza baramuterura bamushyira hejuru.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo ubyandike kugirango ababisoma babitegereze kuko naho abega bazabirwanya nta bwo bizakunda kuko aho uwo Mwali azerekera hose mu murwa mukuru wa gakondo ya bakiranutsi abantu bazamukurikira kugirango bereke Umwakagara ko bamuramabiwe kandi batamushaka na gato uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko wahanuye ko SHIMA azabambwa abe ari nako uhanura ko afunguwe kugirango ijambo ry’ubuhanuzi ribashe gukora umulimo waryo kuko ishuli yari yaragiye kwigamo rya Kaminuza aho akuye (Doctrate.PHD) muri politike amashuli ayarangije uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri z’Abega zishakisha ibirego ngo zijye kurega yuko ndi umusirikare wa RDF,kandi hashize imyaka [21] mvuye mu milimo yuburetwa bw’abega.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibirego byabo nta shingiro bifite kandi naho batanga ibirego nta bwo bagutsinda ariko se kandi bazagukurahe ko biruka inyuma y’umuyaga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Dore bakoze inama uyumunsi yo gushaka uko batanga ibirego muri police yo mu gihugu cy’ibabyloni ariko basanga bidashoboka kuko ari nta cyaha babona cyo ku kurega kandi ubu mu gihugu cy’ibabyloni ibintu bikaba birimo gusubirwamo ku buryo igihe sicya kindi nta bwo rero bizaborohera nuko rero ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azikurwanirira nkuko asanzwe abigenza uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nta muntu uririmba areba hasi,ibi byerekana yuko Umwakagara yabaye imboga mbi zitava mu nkono!!!

Njyanwa mu iyerekwa mbona urubyiruko,ingabo za abega,police,abacuruzi,abagore,na bana abantu bose batuye muri gakondo ya bakiranutsi bafite ubwoba bwinshi cyane kubera intambara ilimo gutegurirwa mu gihugu cy’UBUPERESI uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,nyamara Umwakagara nta ngabo agifite kuko ingabo zose zishaka ko intambara itangira kugirango bahite bikuriramo akabo karenge kuko icyo gihe bazaba bafite impamvu zo guhunga kandi nta muntu numwe uzabahagarara imbere kuko bazaba babonye impamvu yo guhunga kandi Umwakagara akaba atazashobora kubahagarara imbere cyane ko ingabo ze nazo zizaba zihunga zikuramo akazo akrenge uko niko Uwiteka abivuga.

HEAVEN PARABLE: The Rhema word comes from heaven and told me,son of man,this is how the Lord God says,NO RELATIONSHIP WITH GOD OUR LORD MIGHTY.NO GOOD LIFE.THUS THE LORD’S WILL OF GOD DECLARED.

June 15, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ndimo kurwana intambara na bagabo bo mu bwoko bw’Abega bafite ibyuma ariko bidatyaye cyane bakajya babinkatisha kumubiri hose amaraso akava ariko bitari cyane.”GUKOMERETSWA”maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bameze nabi cyane bari kugushakira hasi no hejuru kandi bagufitiye itima numujinya mwinshi cyane kuko ibyahanuwe barimo kubigenzura bakabona batabihagarika ahubwo bagahitamo kugushakisha ngo baguce igihanga nibura bazirukanwe muri gakondo ya bakiranutsi nawe utakiriho kugirango utazabishima hejuru uko niko Uwiteka Nyiringabo akuburiye.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zijyanwa mu butayu zirukanka ubutayu bugufiya na motor bike, bwose buri hafi ni Nyanja iri mu majyaruguru hafi naya Nyanja nini cyane maze mbona ubutayu mazemo imyaka [9] aribo babusubiyemo mu gihe jyewe nari mburangije ndimo kubuvamo tubisikana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abagore bo mu bwoko bw’Abatutsi Kazi,nerekwa nabo bakurwa mu butayu bugufiya cyane aho babumazemo hafi umwaka wose bigishwa kwizera no kwiringira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abagore benshi cyane bari bashyigikiye umunyapolitike “SHIMA DIANE RWIGARA”ubwo yashakaga kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu,maze abega banga kumushyira kurutonde rw’abaziyamamariza umukuru w’igihugu ahubwo bahitamo kumutwara bamutwara kumubamba. Rero abagore benshi baba hanze ya gakondo ya bakiranutsi barababaye cyane binjira mu butayu uhereye ubwo!

None igihe cyabo cyo kurangiza ubutayu kirarangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi abivuga.Mbona na bene data twakoranaga umulimo nabo bageze kumuhero w’ubutayu,maze mbona balimo kwiyuhagira(KWIHANA)kandi bogeraga ku karubanda umugabo numugore abahise nabagenzi babareba.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,abahoze ari bene so bajyanywe mu butayu kugirango bigishwe kubaha umuntu w’Imana ndetse nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ubabwire uti,nimurangiza ubutayu muzagaruka kwihanira umuntu w’Imana kuko mwamuhemukiye mugakora ibinyuranye namahame yurukundo rw’Uhoraho Nyiringabo.

Nimutabikora muzongera mutangire ubutayu bundi bushya,kandi kuzaburangiza bizababera intambara ikomeye cyane kuko bitazaba bigishoboka kuko mwirirwa mubwira Uhoraho ngo ababarire ntimuzongera uko niko Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Kenyatta Uhuru MUIGAI ashyize bagenzi be mu butayu bugufiya cyane.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Kenyatta agurishije bene wabo kuko atanze itegeko ngo bamanurwe mu butayu bugufiya(gereza)uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Anerekwa za magigiri zabukereye zategateze imihanda yose nimihana yose,utuyira,nuduhanda hose aho bakeka ko bahabona Umuhanuzi maze mbona ko birirwa bategereje ariko bananirwa kugera kumugambi wabo wo gufata Umuhanuzi AINESHA uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo ufashe ikibaho kinini cyane cyanditseho ngo”Do not use your Phone,to call anyone nor to texting messaging to anyone thus howe the Lord God says”.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ubwoko bw’amabuye ya gaciro yitwa “DIAMOND”alimo gutunganywa neza muruganda aho asanzwe akorerwa.Mbona umushonge wayo umanuka nk’igikoma ariko nyine umushongi wayo ushashagirana.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha uturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Kandi ubutunzi Uwiteka yagusezeranije igihe cyabo rero kiraaoshoye nubwo hashize igihe kirekire uhereye mu w’1998 kugez’ubu none igihe cyateganijwe kirarnagiye ugiye kwakira ubutunzi buturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana ukorera uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Nerekwa ndi mu butayu bugufiya cyane maze mbona ndikumwe na za magigiri hamwe na Nzika ya Nzigo.Bose biteguye gutaha ubukwe bugiye kubera mu butayu kuko umukwe numugeni niho bari bose.Ariko bashakisha umushumba wabasezeranya baramubura maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore niwowe wibera mu butayu bugufiya none genda usezeranye bariya bageni kuko babuze uwabasezeranya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,rero urabizi ko udafite suit cyangwa kositimu nziza wa kwambara usezeranya abo bageni none babwire baguhe impiya maze ujye kugura iyo kositimu maze ujye kugura mu murwa mukuru w’ibabyloni imyenda yo kwambara uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Dore niwowe wahanuye ubwo bukwe kandi wabuvuzeho cyane nta wundi rero wabasezeranya kandi atazi aho bwatangiriye ninayo mpamvu nyine abafarisayo badashobora kubasezeranya kuko bamenyereye ubukwe bwo mu murwa naho ubwo mu butayu niwowe wabumenyereye kuko uhabaye igihe kirekire cyane uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona icyegera cy’umukuru w’ibabyloni William RUTO atabwa muri yombi.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore icyegera cya Kenyatta atawe muri yombi ajyanywe mu nzu yimbohe kuko yanze ku kwakira kandi agerekaho guhiga ubugingo bwawe none Uhoraho aguhaye ubutabera uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu butayu bugufiya mbona ahantu hatunganirijwe kwidagadura ko aho hantu henshi hashinzwe ni nkozi z’ibibi zikorera satani(Freemasons cyangwa izina bamenyereye rya ILLUMINATI ko umuntu wese uzajya ajya aho hantu bidagadurira ko byanze bikunze abahajya bahakura umuvumo wabazimu nabadayimo uko niko Uhoraho Nyiringabo ababuriye.

      Inama za Satani

Njyanwa mu iyerekwa mbona Uhoraho yansuye mu butayu bugufiya maze arambwira ati mwana w’umuntu,dore naje kugusura kuko umaze igihe kinini utarabukwa mu maso hanjye kuko nabaye nkuretse ndetse ngasa naho nakwirengagije cyane ariko urukundo rwanjye ruracyari kumwe nawe.

Nuko rero narinzanywe no ku kubwira yuko igihe cyawe cyo gihabwa umugisha nagusezeranije kuko aho imfura zisezeraniye ari naho zihurira kandi rero wabaye umwizerwa bitangaje kuko utigeze wita kubuzima bwawe niyompamvu nje guhamya yuko nguhaye kandi nzaguha umugisha utazarangira kuzageza abazagukomokaho bose kuko wambereye umwizerwa wankoreye umulimo ukomeye cyane kandi nta bwo wigeze witotombera umulimo naguhaye akaga,amakuba,nibyago byose byakugezeho iki rero akaba ari igihe cyawe ngo nawe wishimire ubusore bwawe kuko nzakongerera imyaka yo kubaho kugirango nkwishyure imyaka yose watakaje mu butayu bugufiya kandi umunezero utabonye mubusore bwawe iki nicyo gihe ubiherewemo uko niko Uwiteka abivuga.

June 16, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona za magigri zicigatiye kandi zihagatiye ibiti by’inyama zokeje bagenda bazirira mu nzira maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,za magigiri kazibayeho ibyari ukugambanira byahindutse ko ahubwo bo bagambanirana kuko abatanze amakuru bishakira gucuruza izina ryawe byamaze kubagiraho ingaruka niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umusore wambaye imyenda ya gikobwa cyangwa imyenda yabagore,kandi ijambo ry’uwiteka rivuga ko abagabo cyangwa abagore badakwiye kwambarana maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zaguze abasore zibaha impiya ngo zambare imyenda yabagore kugirango bateshe agaciro ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo.None ubacireho iteka kuko bakoze ibinyuranije nijambo ry’Uhoraho.Bahabwa Nº0162/0006/0018 uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo rirambwira riti,kandi nabagore Bambara imyenda yabagabo nabo ntubibagirwe kubaha numero yurubanza kuko aribo batangiye gukiranirwa basuzugura ijambo ry’Uhoraho Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.Bahabwa numero yurubanza Nº0163/0006/0018 niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abatutsi batuye Uganda,kandi mbona nabatuye muri gakondo ya bakiranutsi cyangwa bahavuye bituriye kumuhanda nyabagendwa wigitaka (Gukiranirwa)maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,cira urubanza abatutsi bari Uganda (UBUPERESI)ndetse nabahakomoka batashye muri gakondo ya bakiranutsi ubahe numero yirubanza Nº0164/0006/0018 kuko bakabije cyane gukiranirwa kandi ari nako barushaho kurwanya ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ko Umwakagara agiye gufungura abo yari yaragize imbohe kugirango abajyane kurugamba rugiye gutangira vuba cyane muri gakondo ya bakiranutsi.Ariko akimara kubarekura bose bahise bamucika nta numwe wabashije kujya kurugamba nkuko abyibwira uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda ujye murugo rw’umucamanza mugenzi wawe maze akubwire ibisabwa kugirango ushake abazagufasha guca imanza zitabera.

Ndamanuka ngerayo muri urwo rugo,mpasanga ukwezi ni izuba nssanga byahantenze maze bimbwira ko ngo bizanywe no kumbera umuhamya kugirango bizahamirize ubwoko bw’Uhoraho yuko iyo gahunda yatuurtse k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

nccleon@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar