Igice cya (90) cy’ubuhanuzi
July 10, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona abazungu [2] umugabo numugore,bari baje kumugabane w’Africa,umugore wari kumwe numugabo,yahise ajya mu nzira nyabagendwa arapfukama,ubundi akicara yiyambura imyenda asigara nkuko yavutse akajya yereka abahisi nabagenzi ubwambure bwe.
Maze umugabo nawe warufite camera akajya amucamera ibyo akora byose bijyanye nubupfapfa bwo kwabara ubusa munzira nyabagendwa.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,biriya ubonye nimyuka mibi abazungu bagiye kuzana kumugabane w’Africa,aho baje kwigisha abanyafurika ko kwambara ubusa ari nta kibazo kibirimo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,izo nkozi z’ibibi uhite uziciraho iteka ubahe numero yurubanza kuko bazanywe nimigambi itari myiza yo kwigisha abanyafurika kutubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Nº0176/0007/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
July 11, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ko ibyahanuwe n’Umuhanuzi bigeze mu irango rya gakondo ya bakiranutsi,maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cy’ibyahanuwe kiraje kandi kirasohoye kugirango bimenyekane yuko umwuka w’Uhoraho Nyiringabo wabonetse muri wowe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona tujyanwa mu ishuli rya kaminuza,abo twarikumwe bakora ikizamini,ariko jyeweho sinagikora.Uwo mwanya bahise batangaza amanota maze umwe mu nshuti zanjye twiganaga mufatira amanota ye,nsanga isomo rimwe yaritsinze.
Ariko irindi riramutsinda abona amanota 17%,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gahunda barimo kugukorera umwanzi yamaze kuzivangamo ubyihorere kuko bitagifite umusaruro maze ahubwo utangire witegure “NYAMPINGA” kuko ari hafi cyane ageze kumarembo aza ibindi ube ubyihoreye kuko Uwiteka azabitunganya umukobwa w’IZION amaze kuhagera niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,bariya banyeshuli mwiganaga bose batsinzwe ikizamini cyabo ngo bari bizeye yuko president Donald Trump azabahesha amanota none batsinzwe kubera kwizera ibitezereka ndetse no kwizera kwabo kukaba kudafite urufatiro uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wowe impamvu utakoze ikizamini ni uko warangije amasomo yose wayigiye mu butayu bugufiya akaba ari yandi mashuli usigaje kwigira mu butayu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’ubutayu bugufiya,numva ngo radio ibyizigiro ikorera mu gihugu cy’ISAMARIYA,ngo bagiye kuyifunga ngo kuko bayishinja kuba yaba ikorana n’ingoma ya abega akaba ariyompamvu igiye gufungwa.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,zimwe mu mpamvu zishinjwa radio ibyizigiro kuba ngo yaba ikorana na abega bo muri gakondo ya bakiranutsi ntaho zishingiye akaba ariyompamvu urwo rusengero nirukomeza kwizera no kwiringira Uwiteka Imana Nyiringabo,ntazabura kubatabara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,isooko yiyo radio ituruka muri gakondo ya bakiranutsi akaba ariyompamvu ubutegetsi bwa Nkurunziza bugiye kurwanya iyo radio bukayifunga niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi muri minbus nicayemo imbere minbus ilimo kugenda,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka Imana agushyize mu mulimo kugirango umukorere nkuko yabiguhamagariye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona nohererezwa miliyoni $9 z’idollar,zo gukora no gutunganya umulimo w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,doe Uhoraho Nyiringabo umugiriyeho umugisha kuko mu minsi irimbere ugiye kwakira uwo mugisha kugirango Uwiteka akomeze ibidakomeye kandi ibikomeye abisenye kugirango ibidakomeye bikomezwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu modoka ya double cabine nshyanshya,maze uwari ayitwaye yarampaye rift,tugeze aho ngomba kuviramo yanga yuko mvamo ahubwo akomeza antwara mukigo ahantu yasaga naho agiye kumfungira.Ubwo ako kanya nahise nsimbuka nyivamo.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umuyobozi mwavuganaga nta cyo ari bukumarire muri gahunda zawe,uzihorere utegereze NYAMPINGA naza byose Uwiteka azahita abitunganya niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,uriya muyobozi za magigiri zamugezeho arashaka kuguta mu mutego none umwihorere Uhoraho azikorera ibye nkuko nibindi byose ari we wagiye abyikorera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ndagenda ngeze imbere nsanga abasore [2] barwana,umwe yari umumotari,undi yari umugenzi yaratwaye.Ndabakiza maze mbona uwo mugenzi yaratwaye ari magigiri kandi ngo yari yahawe gahudna zo ku nkurikira ngo amenye aho ntuye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abantu benshi banyirukankana kandi bari biganjemo abagabo gusa,maze nambikwa amababa ndaguruka ndabacika.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanzi b’Uhoraho kandi bakaba na banzi b’Umuhanuzi baraguhagurukiye ariko barashinga umuhunda ku kirenge kuko ari nta cyo bashobora kugera cyangwa ngo abgire icyo batwara ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
July 13, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ibizamini byose nakoze nkiri mu ishuli batampaye amanota (Result Slip) maze haza umugore wakoraga aho ngaho,arambwira ati,yewe wa mugabo we,ibizamini byose wakoze warabitsinze ni uko batinze gutangaza amanota yawe ariko ntugire impungege kuba tutari twayatangaza ni uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi munsi ya gakondo ya bakiranutsi mukibaya cyo kwerekerwamo,mbona mfata imishwi y’inkoko yose nyifata imitwe ndayihambiranya ndayizamukana njya kuyica imitwe.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wishe imyuka [5] yarigutegereje kandi nibwo bari bakimara kuyitongerera ngo ikuzeho maze ikujujubye maze ibone uko yinjira mu Muhanuzi no mu bwami bw’uRwanda none uyiciye imitwe iciriweho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona hakoreshwa ikoranabuhanga rikomeye cyane kuri za telephone zitwa “SMART PHONE”aho bamaze gutunganya uko bazajya bumviriza abakoresha za telephone SMART PHONE ndetse bakazajya banohereza ubutumwa ubwari ubwo bwose bakoresheje za address za abatu batabizi ku buryo bishobora kuzabagirahao ingaruka.
Bigeze mu masaa ya nimunsi,ubwo bahise banyoherereza “Software” ishinzwe kugigira abantu bakoresha izo telephone,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyo nakubwiraga birasohoye nkuko Uhorahao Nyiringabo yabivuze uko nko Uwiteka abivuga.
Nuko rero burira abantu bakoresha ayo matelephone babe maso cyane kuko umwanzi arimo gukoresha imbaraga zose zishoboka kugirango arimbure ubugingo bwa bantu uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,FBI,nizindi nzego z’ubutasi bahangayikishijwe nitangaza makuru ryawe kuko babona abantu bagukurikira buri munsi bakaba bashaka kumenya ibyo wandika kugirango bamenye icyo abo bantu basoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Amahirwe bagira wabashyiriyeho ikoranabuhanga risobanura indimi ku buryo buri wese ashobora gushyira mururimi rwe akabasha gutahura ibyo wandika ndetse bakamenya ijambo ry’Uwiteka rituruka mu Ijuru uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu murwa mukuru w’ISHUSHAN mu gihugu cy’ibabyloni,mpura na za magigiri zambaye inkota nkiyanjye turahangana turarwana cyane ndabanesha kuko ukuboko k’Uhoraho kwari kundiho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Mbona za magigiri zihunga gakondo ya bakiranutsi,mbona ko zijyanywe mu butayu bugufiya,maze zishyirahi ikinyamakuru(website)bazajya bashyiraho amakuru batangariza bagenzi babo bahungiye mu bihugu bitandukanye.
Ndetse mbona abega banashyizeho society ijya gusa na western union bazajya bohererezanyaho amashillingi.Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega balimo gutegura uburyo imitungo yabo bagiye kuyimurira muri za bank zabo bafunguye hanze kugirango imitungo yabo batazayamburwa nyamara bazisanga baravomeye mukiva uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko intambara ibaye kandi abega bahungira mu gihugu cy’ibabyloni kuko bari bakuwe mu kubutegetsi bajya gusimbura Umuhanuzi kuba mu butayu yabagamo baba aribo babusigaramo maze barasimburanwa naho Umuhanuzi ataha muri gakondo ya bakiranutsi kujya gutambira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.
Mbona ko bamaze kugera mu gihugu cy’ibabyloni bashaka kugura imigabane muri za society zohereza amashillingi nka monet gram,western union,RIA,Express,ndetse abandi bagura imigabane yabo muri za bank zo mu gihugu cy’ibabylon maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bihorere bagure imigabane muzabone uko muzabafatana nimitungo yabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
July 15,2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ibiti bifatanye nibindi byamahwa bilimo guhuhwa numuyaga,uturutse mu butayu bugufiya,hagati ya bya biti halimo ibindi biti byari mu nama (ubutegetsi) bivuga ngo bishinge amahwa ngo kuko nabihanuriye nabi maze nabyo byihorere uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abategetsi benshi cyane banga Ubuhanuzi cyane kuko bubangamira uburiganya bwabo baba bashaka kuriganya abanyagihugu bahaweho kuyobora uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ukwiye rero kuba maso cyane kuko baguhigira hasi no hejuru cyane abo muri gakondo ya bakiranutsi no mu gihugu cy’ibabylon uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inka zitega Umuhanuzi mu mazu ya maetege mu murwa mukuru w’ISHUSHAN mu gihugu w’ibabylon.Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,muri iyiminsi zamagigiri zasaze zirirwa ziguhigira mu mazu ya magorofa maremare ISHUSHAN ariko ubanza bashinga umuhunda ku kirenge uko nio Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo n’umugore b’abazungu,babyaye umwana w’umuhungu,maze bamujyana mu ishuli bamwigisha ibijyanye no gushushanya (Graphic&Designing) wa mwana w’umuhungu ashushanya igishushanyo maze agiha umwuka kikajya kivuga nkuko abantu bavuga,yakibaza kikamusubiza kandi cyari gifite ubwenge bwose abana b’abantu bafite.
Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igishushanyo kigiye gusimbura umwana w’umuntu,kandi kizitwa imana kandi abatuye isi bose bazagipfukamira kuko kizitwa imana ya bari mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
https://www.youtube.com/watch?v=79UMoRx0RmY
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,andika kandi utangarize bose ubabwire uti,igihe kiragiye kandi ibyahanuwe bigeze ku irembo nkuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabivuze uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,icyo gishushanyo weretswe nicyo kigiye gutegeka abanyamadini ndetse nabategetsi batuye isi,kuko umwanzi yamaze gutunganya no gutegura imigambi ye yose neza ngo atangire kurwanya itorero ry’Imana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ibyo byose byahanuwe nibimenyetso byereka umwana w’umuntu aho ibyahanuwe bigeze, kugirango abantu babe maso batazavuga ngo ntibaburiwe nyamara kurimbuka kugiye kuza vuba cyane aho abatubaha Uwiteka Imana Nyiringabo bagiye guhura nakaga gakomeye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona igikuta kinini cyane kitambitse giturukamo amaraso mesnhi cyane,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abanyagakondo uti,uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.
Dore amaraso aramenetse kandi arasesetse,gakondo ihindutse ikidedezi cy’inyanja nisooko byamaraso.Vuba cyane amaraso arametse abega bishe abantu benshi cyane batagira ingano ndetse barenze umubare abatuye isi batekereza.Ubwicanyi bugiye kuba buruta ubwakorewe ubwoko bw’Israel bishwe mu ntambara ya kabiri yisi yose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Dore umujinya w’Uwiteka Nyiringabo uri kuri abo bose bazamena amaraso kuko ntaho bazikinga mw’isi yabazima.Ahubwo ukuboko k’Uhoraho kuzabaremerera cyane kuko bagiye gukora ibiteye isoni imbere ya batuye isi ni mbere ya mahanga ndetse ni mbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Iherezo ry’ibifite imibiri byose muri gakondo ya bakiranutsi rirageze,ariko kandi niherezo rya abega naryo risa nirigeze ku iherezo kuko bazibagirana mu isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka agiye kuguha umugisha,none ntuzibagirwe Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe,uzamufungurire konti,kuko mwakoranye umulimo neza uzamushyirireho miliyoni imwe nigice ya mashillingi 1,500,000 Kshs uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi,mbona uburyo abakristu bo muri gakondo bakunda Umuhanuzi Ainesha,ndetse bakamushima cyane kumunwa ariko badashobora no gukora mu isaho ngo bamugurire na mazi yo kunywa.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,andika ubwire abiyita bene so basigaye muri gakondo ya bakiranutsi,ubabwire uti,ibyo umuntu abiba ninabyo azasarura,kandi akebo mwagereyemo abandi namwe niko muzagererwamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburire abakristu bo muri ADEPR ubabwire uti,ntimushyushye kandi ntimukonje kuko urukundo rwanyu rwabaye rucye cyane kandi ari mwe mwari intagarugero,none mwabaye iciro ry’imigani kuko mwakojeje isoni Umwami wo gukiranuka Yesu Kristo ibyo mudakorera Umuhanuzi nta nubwo kwabikorera Umwami wabakiranutsi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona impunzi za banyarwanda zituye mu gihugu cy’ibabylon zihamaze imyaka [70] mbona ko zitashye muri gakondo yazo zinezerewe cyane kandi zishimye cyane ariko mbona ko zihagaze zitegereje ibinyabiziga byaza kuzitwara kuko hariho umubyigano munini cyane w’impunzi nabandi bagiye guhaha balimo berekeza muri gakondo nyuma yahoo ubwami bwa abega bukuwe ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Numvaga bavuga indimi z’ibabyloni cyane kurusha ururimi rwo muri gakondo ntabwo bari baruzi neza uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abakora umulimo w’ubutinganyi (GAY) cyangwa homosexuals and Lessibiens bafata ibitsina bya plastics bakorewe ngo bajye birongoza mu bitsina byabo ndetse no mukibuno.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abo bakore ibisa bityo kandi biteye isoni bamaze kugera kumugabane w’Africa uko gukiranirwa kuri mugaore no mubagabo ngo kubera bahabwa intonorano zitubutse ngo bakore gukiranirwa kwabo kandi gushyirwe ahabona kugirango nabandi babyigane kuko ibyo bikorwa bihakana ijambo ry’Uwiteka (Bible) bibwira yuko bahima Uwiteka Imana Nyiringabo,kandi nyamara balimo gukorera umuriro utazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Dore numero yabo yuko batsinzwe nurubanza Nº 0177/0007/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.Dore Uwiteka arekuye uburwayi butazigera bubona umuti, kuko buzaba bukwiranye nibihano byanyu bibakwiriye aho nibwo muzamenya yuko Uwiteka Imana Nyiringabo yabaciriyeho iteka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abatutsi baturutse mu gihugu cy’ISAMARIYA (Burundi) bashyirwa mu nzu zimbohe,maze bamaze kugera muri gereza bakajya batumaho abagore babo bakabasaba ko bajya gushaka abagabo bashobora kubafasha kuvoma ku isooko (SPRINGS) aho mu bikari byabo,maze ayo mavangingo bayafunge neza bayabazanire muri gereza kugirango bazajye ariyo bakoreraho imyitozo yo kurangiza ibyifuzo byabo by’irari ry’umubiri uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Maze mbona abagore babo bajya gushaka abagabo baza gukora uwo mwuga neza,mu gihe balimo kubikora bakitega utudobo kugirango ayo mavangingo amanukire muri za ndobo barangiza bakayafunga neza mudukoresho twiza bakayagemurira abagabo babo bahoze ari bikomerezwa ku ngoma ya abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona mpura nabajura kumurwa mukuru w’ibabylon baza kunyambura briefcase yanjye maze mfata inkota yanjye ndabarwanya barahunga maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ube maso kandi witegure kuko ugiye guhura nabambuzi kuko ubukene bumeze nabi cyane mu gihugu cy’ibabylon kumurwa mukuru w’ishushani uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona imbago za gakondo ya bakiranutsi ziherereye ku gihugu cy’Ubuperesi.Nerekwa umwana w’umusita yanga kuduha imbago zagakondo yacu batwaye ngo arashaka ko haba intambara ikomeye cyane.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore imbago za gakondo ya bakiranutsi ziri kuri DRCongo zigiye kugaruzwa kandi nizimara kugaruza gakondo izaguka izaruta igihugu cy’Ubuperesi icyo UMUSITA azicwa nishyari cyane kuko azi neza yuko hariho igice cyanyu babatwaye bagomba kubasubiza byanze bkunze kugirango Umwami uzasimbura YUHI VI azahabwe gakondo yagutse nkuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yabivuze uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
July 16, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ndimo gucukura zahabu maze mbona haza umwana w’umwega araza ansanga aho ndimo gucukura arambwira ngo arashaka kumfasha gucukura ndamuhakanira ndamusubiza nti”Agakunze ababiri,karabateranya”uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inama ya bakuru bingabo yateranye muri gakondo ya bakiranutsi,ibyari kumurongo w’ibyigwa bavugaga yuko ngo intambara yamaze gutangira ari ibigaragara.Mbona yuko barimo bibaza cyane uko bagiye kuyirwana,ariko kandi bamwe muribo badashaka kuyirwana bavuga ko ngo nta cyo Umwakagara yabamariye usibye kubateza amahanga ni ntambara zidashiraho.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ingabo za RDF zirabeshya Umwakagara ngo zizamurwanira nazo zirabizi yuko ari nta ngabo afite niyompamvu alimo kubirukana mungabo babandi bose barwanye urugamba arabagerereye ariko naho biruko,nihahandi he ahubwo abahaye amahirwe yo kwicira bakigira mubamurwanya bakajya kwifatanya nabandi kugirango bamukure kungoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko abahindiro bagiye gucyuza ubukwe bwihuse cyane vuba vuba,ubwo bukwe nabonaga burimo abagabo,abagore,abakobwa,abasore,abuzukuru nabuzukuruza,maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirmbwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara abahindiro arabarimbuye yabahaye intonorano ngo bace igihanga Umwami Kigeli V Ndahindurwa maze bamuhe ingoma none byamupfiriye ubusa kuko ari nta cyo yabyungukiyemo none abaciriyeho iteka kuko mbere yuko abega bakurwa ku ngoma azabanza “kubiyinyuguza” uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko za magigiri zabagore b’abegakazi,bazabona agahenge gato cyane nyuma yuko ingoma yabo izaba ivuyeho.
Mbona ko abatuye mu mahanga bose bazajya kugerwaho haciyeho agahe gatoya ariko abagabo bose aho bari mu mahanga bazatoragurwa bajyanwe murukiko bashyirwe mu mazu yimbohe aho bazamara ibihe byinshi bategereje ubutabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zitegura umwe murizo ngo ategure ikibiziga (MINIBUS) ngo abacikane,ariko ageze aho bari bamutegereje ahasanga Umuhanuzi maze asaba umuhanuzi Aiensha ati ndasaba ko wampisha kuko ntifuza gucikana abega kuko nanjye batambereye umugisha ibyo naringiye gukora byari amabura kindi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona agatsiko kabanyaGITARAMA kayoboye na magigiri Munyaneza Emmanuel hamwe na murumuna we Habyarimana Aimable bahungira muri RNC bigira nkaho batigeze bakorana na leta ya abega iyobowe nabanyaGITARAMA maze mbona ko bitotombeye Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha ngo kuko yamaze kubashyira ku karubanda mu itangaza makuru bituma bamenyekana yuko bari za magigiri z’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko abantu bica “IMANZI” baciriweho iteka,kuko IMANZI zicibwa n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo wenyine.Kuko uwo yakunze amuca IMANZI mukiganza nkimenyetso cy’isezerano ry’urukundo hagati y’Uwiteka n’umwana w’umuntu.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ucireho iteka abo bose cyangwa uwo wese wiciye IMANZI ataziciwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo mukiganza cye,kugirango bimenyekane yuko hagati muribo harimo Umuhanuzi.Nuko bahabwa numero yubutaber Nº0178/0007/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo umunuka uturutse mu butayu,uwo mwuka umunakira abafarisayo mbona ko bajyanywe mu butayu bugufiya,ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwuka wikinyoma uragabanutse mu bafarisayo ariko nta bwo ucitse kuko nubundi batazabura kwiyongera ariko nibura babaye bacogojwe ho icyo gihe Uhoraho Nyiringabo nawe azabigenza ukundi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ubutayu bugufiya buhindurwa busa naho bwatewemo uduti twiza tujya gusa ni ndabyo.Nerekwa amarembo yubutayu nayo yahindutse meza atagiteye ubwoba,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,tangariza abo bose bamaze igihe mu butayu bugufiya yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abushyizeho ishyerezo uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abana b’abantu bakunze isi cyane kurusha ibindi bintu byose byiza biba mwisi.Mbona Umuhanuzi bamuhata ibibazo impamvu adakunda isi kandi nindi mpamvu ituma adashaka umufasha kandi abakobwa buzuye.
Numva Umuhanuzi abasubiza yuko nta bwiza bw’isi kuko ibyara idahatse imeze nkumubiri ugaburira ejo ukaguhinduka kandi mwarinshuti igihe kirekire ndetse nta nicyo wawumye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Kubijyanye no gushaka ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye gushaka umufasha Uwiteka yakugeneye ageze mu irembo ry’ubutayu aza kugirango aze akurebe aho umaze igihe kitari gito umutegereje araje vuba bidatinze.
Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,Col.Dodo Twihirwa arakwanga cyane kandi akwanga urunuka ngo ni uko wamushyize ahabona ukaba warutumye gukiranirwa kwe kose kujya ahagaragara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
July 17, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zigambirira ndetse zigerageza no gushyira mu bikorwa guteza ibitega imyuka mibi Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha kugirango asare areke gukomeza kwandika ijambo ry’Ubuhanuzi rituruka mu Ijuru rya buri munsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nerekwa abegakazi bafata umutsima wo guterekerera Umuhanuzi ngo bamwohereho iyo myuka yabalangi,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za nkozi z’ibibi zongeye guhangara umugaragu w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,aho bavuye mu gihugu cy’Abakaludaya kujya gushaka umukonikoni ukomeye cyane ngo aguteze imyuka mibi baguhindure umsazi.
Babwire uti,ahubwo ibyo bisazi nimwebwe bizafata aho kugirango bifate Umuhanuzi kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arengeye ibyo bisazi byose nizo mbaraga zose za bazimu na badayimoni kuko niwe ubihesha kubaho mw’isi y’umwuka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nerekwa uwo murozi kazi bakuye mu gihugu cy’Abakaludaya bamuzanye atangira kuroga no guterereza Umuhanuzi imyuka k’Umuhanuzi,ibyo bitega biraza bigeze mukirere binanirwa gukomeza biza k’Umuhanuzi birongera bisubira aho byari biturutse babona ko byananiranye Babura uko babigenza niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
July 18, 2018 Njyanwa mu iyerekwa mbona izo nkozi z’ibibi zoherereza imyuka mibi Uwamahoro Annie Rwigara,no kumuteza kurwara umutwe udakira,ndetse mbona banamuteje kurwara kumubiri no kuwangiza kugirango babatware uburanga bw’umubiri (SKIN) maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,tabariza uwo muryango kugirango abo mufatanije gudengera ubwoko bw’Uhoraho basengere Annie Rwigara kugirango iyo migabo nimigambi abega bafite kumuryango wa Rwigara Uwiteka ayihindure imfabusa niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse!!!
https://www.youtube.com/watch?v=fxAAvrF8FP0&feature=youtu.be
Njyanwa mu iyerekwa mbona na none bateje umunyapolitike Diane Shima Rwigara imbeho yo mu mubiri no kwigunga,byasaga naho abavandimwe babo (basaza babo) babishe abo bakobwa aribo bonyine basigaye bigunze! mbonako ko abega bishe basaza babo nyuma yo gukurwa mu nzu y’imbohe kuwo munyapolitike wahangaye ingoma y’ikinyoma y’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona gakondo ya bakiranutsi abega bayihindura umuyonga,umusaka n’umwanda nyuma yo kubona yuko basumbanirijwe ni mbaraga zibarwanya zibabanye nyinshi cyane maze bahitamo kuyitwika no kwica abantu bose kugirango barimbukane na bantu benshi kuko bari bamaze kubona yuko nta buzima basigaranye mu isi ya bazima usibye kujya mu nzu y’imbohe ubuzirahezo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umusore uhetese ibiti [3] avuye guca mu ishyamba,mbona aza ansatira,uko yangeragaho,ninako bya biti byagendaga bigorama biri kurutugu rwe,kandi ninako byagendaga nyuma akibihetse kurutugu rwe.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hariho abategetsi [3] baciriweho iteka,ubwami bwabo barabwambuwe kuko barwanije ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.
Dore abo bategetsi baraguhagurukiye ariko nyamara uwo bahagurukiye n’Uwiteka wenyine ugukoresha ibikomeye,nta bwo ari wowe bahagurukiye kuko ukoreshwa n’Uwiteka Imana yabakiranutsi.None kuko batinyutse kurwanya ijambo ry’Uhoraho n’umugaragu we AInesha,abo bose bahinduwe ibiti bitemwe kandi byumye bitagifite agaciro imbere yamahanga,nisi yose ndetse ni mbere y’Uhoraho Uwiteka Imana yawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona imodoka cyangwa ikinyabiziga cyo mu bwoko bw’Ijeep,iri mu nzira iza yerekeza murugo rw’Umuhanuzi.Kandi yari nshyanshya iturutse muruganda aho yakorewe.
Maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubuyobozi buje bwerekeza iwawe kuko ari wowe wimika ibikomangoma na bami muri gakondo ya bakiranutsi.Ariko kandi n’ubutunzi buraje bwerekeza iwawe nkuko Uwiteka Imana Nyiringabo yabigambiriye nubwo hashize igihe kirekire uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umurozi kazi witwa SUSAN Thomas waturutse mu gihugu cy’Abakaludaya (Tanzania) agambirira kwigarurira umugisha yari yarambuye Umuhanuzi AInesha akawuha abana be,maze Umuhanuzi arawugaruza,undi abonye ko basigaye amara masa,nibwo yahise asubira mu nkozi z’ibibi ziterekera zikatanga amarozi yo guhumanya ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Ariko nubwo SUSAN yabigenje gutyo,nta musaruro ufatika yakuyemo kuko Umuhanuzi yari yabiteye imboni maze abaciraho iteka rya burundu.Bahabwa Nº0179/0007/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse,kandi nuko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ndikumwe na benedata abagabo [2] ndetse numugore [1],uwarufite umugore yararimo kugurisha ikinyabiziga(imodoka)uwagurishaga yifuzaga ibihumbi [750,000] naho uwaguraga yifuzaga kwishyura ibihumbi [500,000] maze Umuhanuzi nawe yararaho abona ko bananiwe kumvikana aza gukemura izo mpaka.
Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyamadini bo muri gakondo badafite amashuli yo kwiga Imana (Theology) baciriweho iteka kuko bitagishoboka yuko bakomeza kuyobora amadini yabo kuko itegeko rya abega ritabibemerera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
None dore bajyanywe mu butayu nkuko ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo ryabihanuye.Dore hafunzwe amadini agera kubihumbi [10,000]mu gihugu cyose,none abarishaga iyo turufu kababayeho igihugu cyasigaye mu maboko ya satani na badayimoni ni nkozi z’ibibi zilimo Gitwaza,MIGNOON,RENE MASASU,Rugagi,nizindi zose zishamikiye kuri abo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umugisha wamaze gutunganywa kugirango wohererezwe Umuhanuzi Ainesha mu gihugu cy’ibabylon kumurwa mukuru w’ISHUSHAN.
Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ijuru rimaze gutegeka ko abashinzwe imali nigena migambi (Heaven Finance and Planning ministry) ko bagira vuba bakohereza umugisha kugirango urangize imilimo wategetswe n’Uwiteka kugirango ukurwe mu gihugu cy’ibabykoni uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa ntangira kuvugana nuwagombaga kohereza umugisha,maze numva avuga ngo,rwose nari nabyiteguye,ariko ndongera ndibagirwa imilimo imbana myinshi none reka nze nohereze umugisha vuba vuba bitaza no kuvaho bingiraho ingaruka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abafarisayo bajya gukora amasengesho kubera Umwakagara abubikiye imbehe yabo bariragaho (idini) maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambaza riti,mwana w’umuntu,mbese byashoboka yuko umuntu yajya imbere y’Uhoraho gusaba umugati kandi afite ibyaha yanze kwihana?
Ndasubiza nti,Nyagasani nta bwo byashoboka!Arambwira ati,rero burira abo bafarisayo bareke kwirirwa birushya banze kumva ijambo ry’Ubuhanuzi bararirwanya aho kurishyigikira no kuryemeza niyompamvu nanjye nabateje Umwakagara kugirango basobanukirwe gukiranirwa kwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Babwire batirirwa bagera imbere yanjye kuko ntashobora kumva gusenga kwabo,kuko amasengesho yabo adaturutse mundiba y’umutima,ahubwo bazanywe namaranga mutima kuko bambuwe icyubahiro bakaba bakozwe nisoni imbere ya bagenzi babo kandi numugati bakuraga murizo ntama barya uko bishakiye nicyo kibagaruye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abega baguteze ntirirwe usohoka murutare,kandi ntugire aho ucaracara kuko bagambikiye kugufata bakakwambura irangamuntu yawe ID yo mu gihugu cy’ibabylon hamwe na VISA CARD yo muri bank kugirango baguteze ubukene bwa burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
nccleon@gmail.com













































































