Igice cya (93) cy’ubuhanuzi

Aug 26, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka wikinyoma (Ihene) uza usanga Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha.Maze nerekwa imbaraga z’umuriro zari hagati y’Umuhanuzi n’umwuka w’ikinyoma zibuza wa mwuka w’ikinyoma kwegera Umuhanuzi ariko za hene zikomeza gusatira Umuhanuzi maze zigeze hagati muri za mbaraga zihita zirashongaa zishiraho zose uko zakabaye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo zo mu bwoko bwa abega R/G,zishyirwa mu cyumba kimwe,ndetse zinaryamye kugitanda kimwe (gereza) kubera kurenga kunshingano zabo bakica abaturage kandi bari bakwiye kubarindira umutekano no gukiza ubuzima bwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Igice cya (92) cy’ubuhanuzi

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ingabo z’umwakagara uti,uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avugaIijwi ry’urangurura mu butayu arababwira ibi:dore mugiye kwica abaturage kandi mubarenganije,nyamara ibyo mugiye gukora muzabyicuza igihe cyagiye.

Harya ubwo ngo murarwanirira ubwami bwanyu, hamwe n’Umwami wanyu (Umwakagara); nyamara dore agiye gucibwa igihanga,naho mwebweho muzaborera mu nzu z’imbohe zitandukanye hano mu isi yabazima.Mukwiye kuba abanyabwenge naho mwaba mutakibufite ntabwo mwabura ubwo kwirinda no gukiza ubuzima bwanyu uko niko Uhoraho Nyiringabo ababurirye kandi niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zoherereza Umuhanuzi umwuka w’ubusambanyi kugirango arware HIV+SIDA,ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zikoherereje imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bwa SIDA+HIV ukwiye kuba maso cyane kugirango utagwa mugaco kabadayimoni uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zateze inzira nuduhanda nyabagendwa ngo barebe ko babona Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha mu gihugu cy’ibabylon kumurwa mukuru w’ISHUSHAN kugirango bamushyire mu nzu y’imbohe cyangwa bamuce igihanga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zohereza umwuka wurukoza soni,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zagambiriye kongera kohereza umwuka wurukoza soni(ibinyoma)ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka Imana Nyiringabo ari kumwe nawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega ubutegetsi bwabo burangira,hamwe na banya GITARAMA babarizwa mu ntara ya majy’Epfo,maze mbona inzu bubatse zibitabashwa zihinduka inzu zibyondo (kwamburwa igihugu no kurangira kw’isezerano rya badayimoni) kuko bubakaga inzu za mabuye kandi za etage cyangwa igorofa zigahita zihindukamo inzu zibyatsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa bari ku kibuga cy’umupira balimo bakina amacenga yumupira wa maguru,maze mbona ya macenga yabo ararangiye umupira bakinaga ubarangiriraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi kumanuka UMUSOZI wubatsweho amashuli yo kwigisha abatutsi kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Uwo Musozi wari wuzuyeho amazi uhereye mugitwariro cyawo ukageza hasi mugikombe cy’ubutayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Aug 27, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona Uwiteka ateza ibyago bikomeye cyane mu isi yabazima,ibyago byahereye kumugabane w’Uburayi mu gihugu cya France bimanuka byerekeza kumugabane w’Africa mu gihugu cy’ibabyloni (Kenya) mbona hazamukamo inyanja iturutse mu butaka.

Iyo Nyanja yahise ikwirakwira mu gihe gitoya cyane yangiza ibintu byinshyi cyane bilimo kwimura abaturage mu byabo aho bari batuye bahura na kaga gakomeye cyane uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona uwo mwuzure ugeze mu gihugu cy’ibabyloni wangiza byinshi cyane,maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka ibyo bihugu abiciriyeho iteka kuko byuzuyemo gukiranirwa kose kandi bakaba batanafite ibyiringiro byo kwihana no gukiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara buvuga ko ngo atarakwiye kuba umukuru w’igihugu wa gakondo ya bakiranutsi.Ariko numva buvuga ko,ngo,ari umuhanga kubijyanye numutekano wa baturage no kubijyanye no kubaka amazu gusa.

Ibyo bikaba byari kumuhesha uburenganzira bwo kuba minisitiri aho kuba umukuru w’igihugu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwakagara numuswa muri politike,kandi cyane,ariko akaba umuhanga mu bugome kwica,kwiba,gusahura,kugira nabi kose kubaho,no gukiranirwa kose gushoboka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibicu (clouds) binini cyane kandi byijimye cyane bimanukira abega,maze mbona imfunguzo nyinshi zari ziri mu maboko ya abega bazamburwa zihabwa Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha (bisobanura yuko bambuwe ubutware nubushobozi) maze bihabwa Umuhanuzi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga kandi ni uko abitegetse!!!

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bo mu bwoko bwa abatutsi baturutse mu gihugu cy’Isamariya (Burundi) bacirwaho iteka kubera guca imanza zibera.

Bari bashinzwe gutanga akazi aho bahagarariye ibigo bitandukanye muri gakondo ya bakiranutsi (Parastato’s) maze bajya gutanga akazi bakabanza gusaba intonorano kandi bakazisaba abavuye Isamariya gusa abandi bashaka kuzitanga ngo bahabwe akazi bakanga kuzifata.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,urasabwa guciraho iteka abatutsi baturutse mu gihugu cy’Isamariya (Burundi) kandi ubahe Nº0185/0008/0018 yo gucirwaho iteka kuko bagenje uko bidakwiriye kandi bazi neza yuko bakwiye guca imanza zitabera barangiza bagashaka yuko Uhoraho Nyiringabo nabo abacira imanza zitabera kandi bo baca izibera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abegakazi nabo bongera gucirwaho iteka,kubera guca imanza zibera kwabo.Aho bagarariye ibigo byigenga bya leta (parastatos) aho batanga ubuzima gatozi ku abega gusa,kubijyanye nabakora n’ubucuruzi bwabo bwigenga cyangwa abikorera bakabima ibyangombwa,ariko haza umwega bakabimuha maze ndabwirwa ngo,abo nabo bakwiye guhabwa Nº0186/0008/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetste kandi nuko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abatutsi baturutse mu gihugu cy’UBUPERESI bafashe ubutegetsi muri gakondo ya bakiranutsi.Bohereje abana babo na bene wabo kujya kwiga mu mahanga (Canada,USA) kandi babohereza bitanyuze mu nzira z’ukuri.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo nabo bakwiye guhabwa numero (FILE NUMBER) yo gucirwaho iteka kuko batakoze ibyo gukiranuka.Bahabwa Nº0187/0008/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona urubanza rw’imbago za gakondo ya bakiranutsi rwongera gusubukurwa.Mbona ko ijuru ryohereje umucamanza uje guca imanza zitabera.Urwo rubanza rwali hagati y’inkozi z’ibibi n’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha wagizwe kuba umucamanza mu isi ya bazimu mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Mbona ko Umuhanuzi afite ibimenyetso byose boshoboka bigaragaza yuko inkozi z’ibibi z’Abega b’abenegitori batwaye gakondo imbago za gakondo ya bakiranutsi bakoresheje akamama nagatuza.Umucamanza amaze kwitegereza no kugenzura izo mbago amasaha aba ararangiye yo guca urubanza ararusubika kugirango azagaruke ikindi gihe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,izo nkozi z’ibibi uzihe numero y’ubutabera,kuko zikomeje kuriganya Umuhanuzi kandi zizi neza yuko ziriya mbago Atari izabo ahubwo ko ari iza gakondo ya bakiranutsi.Bahabwa Nº0188/0008/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

 Aug 28, 2018 njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’ubutayu bugufiya bwo hagati cyane,maze mbona Umwakagara ategurirwa amarushwanwa yo gucibwa igihanga numwe mu bantu b’inshuti ze zikomeye,bamaze guhabwa ikiraka gikomeye cyane cyo kumuca igihanga kugirango ingoma y’Abega icirweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abanyagakondorero ubabwire uti,uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore Umwakagara arapfuye kandi vuba cyane,nyamara nubwo yishwe agambaniwe nuwo yiringiraga niyompamvu uwiringira umwana w’umuntu akwiye kuvumwa uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona inzego z’ubutegetsi bw’ubwami bwe,zirashwiragira zijyanwa mu butayu bugufiya kujya kwigishwa n’Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi,kugirango bamenye yuko Uwiteka Nyiringabo ajya aca imanza zitabera kuko yongeye kwibuka ubwoko bwe bwagiriwe nabi ni ngoma ya abega uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nkomeza kwerekwa ibikorerwa mu butayu bugufiya cyane,mbona umwamikazi Nyiramongi Jezebel,alimo kubaza umuzungu bahaye umulimo wo gutata abatavuga rumwe n’ubwami bw’abega,impamvu bateye gakondo ya bakiranutsi ataratanze amakuru mbere y’igihe ngo abibamenyeshe kandi baramuhaye intonorano zitubutse?

Ndetse banamubaza impamvu atigeze akora isesengura (analysis) y’ubuhanuzi bwandikwa n’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha,ngo ababwire ibisobanuro byabwo kandi baramuhaye intonorano zo gukora iyo milimo yose uko niko Uwiteka Nyiringabo abaza!?

Nerekwa Umwakagara,Nyiramongi,umuzungu bahaye umulimo wo kugigira,bose bajyanwa muri ubwo butayu bugufiya buherereye mu majy’Epfo yuburasirazuba bw’Africa hafi na ya Nyanja iri mu majy’Epfo yubutayu.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,umuhero n’imperuka by’Umwakagara na Nyiramongi,ni ngoma ya abega byose biciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intonorano ziraje kandi vuba byihuse kandi zizanywe n’abega baguhigaga bashaka kurimbura ubugingo bwawe.Bakaba bivuze yuko ngo wabagirira imbabazi mu bijyanye no kkubaciraho iteka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

Mbona umusore ugiye gushaka Ange Kagame afite ibibazo bikomeye cyane kubera inyandiko yitwa “Kanjogera yarazutse,abantu babimenya akuwe ku ngoma.”Iyi nyandiko ikaba yaranditswe nikinyamakuru inyangeNews.com kivuga kumyitwarire ya Nyiramongi Jezebel uko yagiye asambana na bagabo bose ba mahanga yose bityo bikaba biteye ipfunwe umukwe we kwitwa umukwe we,uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri bwa butayu Umwakagara yararimo hamwe na madame we,maze mbona INKA z’Umwakagara zijyanwa muri ubwo butayu bukomeye cyane,kandi bwo hagati.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni Umwakagara yakoreshaga mu bwami bwe,baciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Kuko bakuwe kubutegetsi hamwe ni ngoma y’ikinyoma cya abega uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona igiti kirekire gitemwa hakoreshejwe urukero(imbaraga z’Uwiteka zisenya ubutegetsi).Icyo giti kiratemwa kigeze hagati basa naho bakihorera barigendera bagisiga aho ngaho barigendera.Mukanya ko guhumbya haza umuyaga uturutse mu burasira zuba bwa Africa,maze mbona wa muyaga uragihushye kigwa hasi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Nkomeza kwerekerwa muri ubwo butayu bugufiya,maze mbona hakorwa umuhanda wa Gari Ya Moshi unyura rwagati muri ubwo butayu,maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umuhanda wa Gari Ya Moshi (train) uzakorwa nyuma y’Umwakagara amaze gucibwa igihanga nibwo gahunda yo kuwtunganya izongera gusubukurwa niko Uwiteka Nyiringabo abovuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona wa muzungu magigiri wahawe akazi na abega hamwe na Nyiramongi,maze mbona aza gushaka Umuhanuzi kugirango amubaze ibyamashirakinyoma nibisobanuro by’ubuhanuzi bwahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi  Leon Ainesha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni na satani na abega bose bafata inzira imwe berekeza ubutayu.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe n’Umuhanuzi bigeze mu marembo ya gakondo ya bakiranutsi.

Nerekwa umudayimoni wo mu bwoko bw’IPUNDA (Donkey) itikoreye imitwaro,maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,imitwaro yose warufite irarangiye kuko bitegetswe nijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Aug 29, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona Kenyatta Uhuru Muigai afashe ibisheke mu ntoki,afashe nibigori mukundi kuboko.Maze arampamagara arambwira ati,akira ibi bisheke byawe nari naguteguriye naho jyewe undeke nirire ibigori nkuko wabihanuye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi,rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe uraje kandi ni umugisha mwinshi cyane uturutse k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kugirango urangize imilimo isigaye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa tulimo gutegura ubukwe hamwe na “NYAMPINGA” ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda winjire muri iriya nzu iri mbere yawe “NYAMPINGA” agiye kwinjiramo.Ndagenda ndinjira nsangamo abagabo banywaga itabi ryisnhi cyane maze imyotsi yitabi imbana myinshi,ariko ubwo “NYAMPINGA” yaralimo kuvugana nabo.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ririya tabi ubonye balimo kunywa,na magambo agiye kuvugwa menshi nabo mu muryango wa “NYAMPINGA” kuko batifuzaga yuko mwabana uko niko Uwiteka Imana Yawe abivuga.

Aug 30, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ikibi zamaze kwinjira muruzabibu rw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Ndazifata zose nziciraho iteka nzibaza impamvu zaje kwinjira muruzabibu rw’Uhoraho kandi zitahakora.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,izo nkozi z’ikibi uzifate uzice ibihanga kuko zihora zirwanya ijambo ryanjye kugirango zitazongera kurirwanya ukundi.Ndazifata zose nzica ibihanga zicirwaho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ingabo z’Abega zihungira mu bihugu byabaturanyi,zinanirwa kurwana urugamba zirirukanka zihunga urugamba kuko rwari ruziremereye cyane ku buryo zitashoboraga guhangana nabazirwanyaga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko ubibonye niko bigiye kugenda;kuko ingabo z’Abega zigiye kwirukanwa muri gakondo ya bakiranutsi,zigahungira mu bihugu byabaturanyi aho zizafatwa zigashyikirizwa inkiko uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo yabivuze.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abantu bajya kwiba ibihumbi 11$,ariko bakaba bari bavuye ahandi bibye $48,bageze hahandi bagombaga kwiba $11,bafata bya bihumbi $48,babishyira hasi ngo babone uko biba $11,barabyiba maze Uwiteka abateza ubwoba bwinshi no kwibagirwa ibyo bari bafite barigendera bahasiga bya bihumbi $48.

Maze abibwe babyutse basanga bafite ibihumbi $48,kandi bari bahasize ibihumbi $11,maze baratangara cyane kandi bagira ubwoba bwinshi kuko byabananiye kwiyumvisha uko abajura baje kwiba bagatwara ibihumbi $11 bagasiga ibihumbi $48.

Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka Imana Nyiringabo,agiye gukora ibikomeye cyane ku buryo ubwenge bwa abana b’abantu butazashobora gusobanukirwa ibibaye muri gakondo ya bakiranutsi.

Kuko bagiye kumanuka bibwira ko bagiye kunguka,nyamara bakaba bagiye kubihomberamo uko niko Nyiringabo Uhoraho Imana y’Umuhanuzi abivuga.

Aug 31, 2018 njyanwa mu iyerekwa nyinshi cyane inyagira abaririmbyi benshi bo muri gakondo ya bakiranutsi.Mbona ko binjiye mu masengesho yo kwihana no kwiyeza,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abaririmba indirimbo zo guhimbaza Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bakwiye kwihana vuba bishoboka byaba Atari ibyo bagaciwaho iteka ni mvura igiye kugwa muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ukuboko k’Umuhanuzi kw’Ibumoso kwari gufunzwe imigozi ifungurwa igukurwaho,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana mwana w’umuntu,dore amaboko yawe yarahambiriwe ni mbaraga z’umwijima z’Abega arahambuwe kandi wongerewe amaboko nimbaraga z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyirinmgabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abaturanyi baturanye na gakondo ya bakiranutsi binjira mu masengesho yo gusenga bitabaza Uwiteka ngo abatabare kuko ibyo bihugu bigiye kwinjira mu kaga,ibyago,na makuba.

Mbona abo baturage bari binjiye mu cyumba cya masengesho batangiye amasengesho yabo batuka Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha wwabahanuriye intambara none bakaba balimo kuyireba ituruka kure yabo iza ibasatira.Bamututse ibitutsi bikomeye cyane imbere ya bana b’abantu.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bariya bantu bari mu masengesho nta gutinya Imana kuri muribo,none uhite ubaciraho iteka kuko batinyutse gutuka Umuhanuzi w’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abitegetse.

Nuko ndeba mu gitabo cy’ubutabera nsanga ngeze kuri Nº0189/0009/0018 uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga,kandi niko abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abashambo bafitanye inzigo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,mbona ko baje gushaka Umuhanuzi ngo bamutume k’Uhoraho Nyiringabo bavuga ko ngo abafitiye ideni cyangwa ibanja.Nyamara bibagirwa yuko aribo bananiwe kumvira ijambo ry’Uhoraho ryali ryarahanuwe n’Umuhanuzi Ainesha ariko bakanga kuryumvira kubera kwigira inyaryenge none bakaba baciriweho iteka bakiri mu isi yabazima niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwanzi yashyizeho ingenza zigenza Umuhanuzi zikoresheje ikoranabuhanga ryitumanaho.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genza kwa kundi ujya ubagenza maze urebe ngo baraburanirwa uko niko Uwiteka akuburiye kandi nuko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda batuye bakanakorera mu gihugu cy’ibabyloni birukanwa shishi itabona muri icyo gihugu,aho bari baraje kwihisha ngo barebe ko bwacya kabiri bakaruhuka ingoyi ya abega ariko na none na abega bakaba bari baraje kuhakorera ngo babuze amahwemo ubwoko bw’Uwiteka bwaje kuhihisha.

Maze ijambo ry’ubuhanuzi ryahanuye ko za magigiri zizirukanwa mu gihugu cy’ibabylon zigahungira mu gihugu cy’Abakaludaya riba rirasohoye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko Izuba ryakomeje gutegereza ukwezi ngo bizane gusura Umuhanuzi mu gihugu cy’ibabylon,ariko ukwezi kuratinda cyane bituma izuba rifata icyemezo cyo kwizana ritazanye n’Ukwezi.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Izuba ririzanye kandi rizanywe nawe kuko rije kugusura ngo rirebe akaga wagiriye mu gihugu cy’ubutayu bugufiya bw’ibabylon maze riguhe impuza marira kuko ari ryo ryagutwitse none uryitegure uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,kuva aho umwanzi yamenyeye yuko Izuba n’Ukwezi bizagusura yarushejeho guhagarika umutima cyane,bituma arusheho ku kugenza no guhiga ubigingo bwawe none ube maso cyane kandi witondere inkozi z’ibibi kuko zigufitiye umujinya mwinshi cyane ngo kuko wamaze kuziciraho iteka kandi zikaba ari nta cyo zakora nyuma yo kumenya yuko ari wowe wahawe ubushobozi kuri gakondo ya bakiranutsi mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona urubyiruko nyarwanda rukomoka mu bwoko bw’Abatutsi bashyirwa mu nzu yimbohe bazira ubutwari bubarangwamo,no gutabara gakondo ya bakiranutsi.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,Uwiteka arabizi ko Umwakagara azashyira urubyiruko rwe mu nzu y’imbohe,kandi uko akomeza gutoteza ubwoko bwe,niko arushiriza kwikongereza umuriro w’inkazi kuko Uwiteka agiye gukora icyintu gishya Atari yarigeze akora mu isi ya bazima kandi agiye kubikorera abega kugirango bamenye yuko ari nta muntu numwe waneguriza izuru Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

IDINI RYA ISLAMU RICIRWAHO ITEKA KUNSHURO YA ll

Njyanwa mu iyerekwa mbona idini rya Islamu rikomeza gukiranirwa cyane no kurwanya ijambo ry’ukuri ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,idini rya Islamu rikomeje gukiranirwa kandi cyane,none ubahe file number wongere ubacireho iteka ntibazongere guhirwa mu isi ya bazima.Nuko bahabwa Nº0190/0009/0018 uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse kandi ni uko abivuga.

Sept 1, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona abasinga bajyanwa mu butayu bugufiya cyane buvanze nubundi butayu bwitwa “JUNGLES” butagira aho butangirira naho burangira.

Mbona igyi ryazingiweho Umuhanuzi riramenetse maze menya yuko uruboho rwabazimu na badayimoni ruciriweho iteka nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ubwo nkiri muri uwo mwuka wo kwerekwa mbona ijambo riturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi,ryitwa (Rhema word called UNEXPECTED” ako kanya menya yuko hagiye kubaho ibidasanzwe cyangwa ibyo umwana w’umuntu atari yiteze uko niko Uwiteka ajya avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona urubyiruko rw’abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu basigaye muri gakondo ya bakiranutsi,kubera gukunda imitungo basigiwe na babyeyi babo bakaba baranze kuyisiga.

Nerekwa igihe cyabo cyo gucibwa ibihanga ni ngoma ya abega cyegereje kandi cyane,maze mbona barimo bavuga ngo,reka turebe aho ubuhanuzi bugeze maze dukuremo akacu karenge twihungire kuko tubona ko abega bariye karungu.

Ariko mbonako amahirwe yabo angana na %20 kuko basa naho batinze mu nkike bakahisiga ibaba bagatinda kuritora ngo bigendere uko niko Uhoraho Nyiringabo ababuriye,kandi nuko ajya abivuga.

Imigambi mibisha ya Ekleziya Katolika ku bwoko bw’Abahutu bo muri gakondo ya bakiranutsi,no mu gihugu cy’ISAMARIYA.

Njyanwa mu iyerekwa maze mbona umugambi mubisha wa kiliziya gatolika wo gutangiza wa mubare wa satani cyangwa benshi bamenyereye wa anti-Kristo 666,mbona bawugeragereza ku banyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bagiye guhunga intambara yo gukura abega ku ngoma.

Mbona ko bafashe abakobwa b’abahutu-kazi,babaha ikiraka cyo gucengeza amatwara mu mpunzi z’abahutu bahunze ingoma ya abega kugirango batabaca ibihanga.

Hanyuma kiliziya gatorika nayo ihita ibafatirana ni nzara maze ikazajya ibashyiraho imibare 3,ariko iyo mibare ntabwo yari 666,ahubwo babashyiragaho imibare ihagarariye uwo mubare w’izina ry’umuntu,kuko nabonye babashyiraho umubare wa 430.

Bivuzengo,umubare 4,uhagarariye umubare 6 umwe,umubare 3,nawo ukaba uhagarariye 6 imwe,naho zero,nayo ikaba ihagarariye umubare 6 imwe ari nayo yanyuma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo aburiye abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu.

Sept 2, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’ikinyoma ushyirwa ku kanunga hejuru ku karubanda.Mbona Ihene iruriye izamuka umusozi muremure cyane kugeza igeze ku gasongero k’ijuru.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ikinyoma cyari gihishwe ibihe byinshi kigiye ahabona.

Kandi abatuye isi bose bazakimenya ko ar’ikinyoma kuko batazongera kubashukisha utwungucenge niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwanzi alimo gukora tracking phone y’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha,kugirango bamenye aho aherereye maze babone uko bamuca igihanga kuko ijambo ry’Uhoraho rimaze kubaremerera cyane uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa igisirikare cy’abega kigiye gucikamo ibice 2,mbona kandi ko hagiye gufungwa abakoze igisirikare benshi cyane ngo batazigera bajya ku itabaro ryo gukuraho ubwami bw’abega.

Nerekwa inyama zitetse zisobanura ubugambanyi cyangwa uburiganya bworoheje busa nuguteka umutwe uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umurwa w’IYERUSALEM (Kigali) usenyuka burundu uhinduka umusaka nkuko ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo ryabivuze.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,uku niko Uwiteka avuga,dore ubwiza bw’Inzu ya nyuma,buzaruta ubwiza bw’Inzu ya mbere.Kuko umurwa wanjye Yerusalem,ngiye kuwusenya kugirango nirukanemo inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’abega maze nizanire ubwoko bwanjye bwaheze ishyanga buture muri iyo gakondo nazigeneye kandi nazihaye kugirango zizayibemo ubuziraherezo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara ajya gushaka Dr.Rose Mukankomeje ngo amwigarurire kugirango amukoreshe abe igikoresho cyo kumuhuza (Ikiraro) umushyikirano hagati ye n’Umunyapolitike Umwali Shima Rwigara wamuhahamuye kandi amahanga nayo akaba atamworoheye akaba amaze kubura intama nibyuma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Rwara Rwumugara yigamba gufata ubutegetsi

Sept 3, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona Rwara Rwumugara Rubundiye Mu Ishyamba Gen.Kayumba Nyamwasa,aza asanga Umuhanuzi arikumwe nundi musore balimo baganira kumakuru ya gakondo ya bakiranutsi.

Maze Rwara Rwumugara abwira wa musore ngo: ntabwo mwebwe muzafata igihugu (ubwami) ahubwo nijye uzagifata kandi muzemere mbagenere ibyo nzashobora.

Ako kanya Umuhanuzi azabiranywa n’uburakari,maze abwira Rwara Rwumugara ati,nihehe ijambo ry’Ubuhanuzi ryigeze rivuga ko uzafata ubutegetsi?Ahubwo reka nkubwire yuko ubuhanuzi bwavuzeko,ushobora kuzicwa cyangwa ugahabwa 3% yo kwinjira mu butegetsi.

NB: Kandi umenye ko gakondo ya bakiranutsi iri mu maboko y’Umuhanuzi,kuko Uwiteka Imana Nyiringabo niwe washyize mu maboko ye,nuko rero wibagirwe yuko uzitwa umutegetsi kuko gakondo ya bakiranutsi iri mu maboko ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga kandi niko yabitegetse.

 

Ako kanya Rwara Rwumugara akimara kumva ijambo ry’Ubuhanuzi yahise yirukanka ava aho ngaho kugirango adakomeza kubwirwa ijambo ry’ubuhanuzi icyo ryamuvuzeho.Kuko nabonaga asa naho rimurya mu matwi mbona arengeye mu mwijima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

njyanwa mu iyerekwa mbona abantu benshi yaba abatwaye ibinyabiziga,cyangwa abagenda na maguru,bagenda banyura mu nzira nyabagendwa,kandi yigitaka.Ndetse yuzuyemo amazi,ibyondo,ibiziba (bisobanura gukiranirwa gukomeye cyane).

Mbonako banyuze inzira y’ibumoso (left) maze Umuhanuzi agiye kuhanyura ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rimuzaho riramubwira riti,mwana w’umuntu,uramenye ntunyure ibumoso kuko iyo nzira yuzuye gukiranirwa.

Ahubwo ukomeze imbere yawe urahabona inzira yindi ishamikiye kuri iyo inyura iburyo (right) maze ube ariyo unyuramo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ndakomeza ndagenda ngeze imbere,mbona ka kayira kanyura iburyo,ariko mbona kuruhande rwaho,hari abantu bahatuye,ariko kandi banywa urumogi.Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira umuntu wese unywa urumogi yuko ar’ikizira k’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanywa urumogi (BANG) bazacirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko rubatera imilimo yo gukiranirwa no kuba kure y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Nuko rero umunyabwenge akwiye kurureka kugirango atazacirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo Imana ya bakiranutsi ica imanza zitabera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi ahagaze kubutaka bw’umye haruguru y’inyanja,maze mbona urufi runini ruturuka muri iyo Nyanja runzanywe numuhengeri,urujugunya ku nkombe yayo,maze mbona urwo rufi runini bitangaje ruje rwikaraga kubutaka kandi rutari mu mazi y’inyanja kugeza rugenzeho ndarufata ndujomba icumu nduhambiriza akagozi ndarufata rumbera umugisha uzahoraho kandi urambye niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Jezebel Nyiramongi ashaka kwigira Umwami Kazi wa gakondo ya bakiranutsi ngo nkuko Umwami Kazi Elizabeth ll w’UBWONGEREZA ameze.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore NYIRAMONGI JEZEBEL  yifuza cyane kuba umukuru w’igihugu,ndetse ageze aho yifuza kwitwa Umwami Kazi wa gakondo ya bakiranutsi.

Kandi nta bwo azapfa abigezeho kuko ntaho ubuhanuzi bwigeze bumuvuga ko azaba umwe mu bazayobora gakondo ya bakiranutsi.

Nuko rero niba ari ntaho ubuhanuzi bwigeze bumuvuga,nasubize amerwe mu isaho,ahubwo ategereze kwinjira mu nzu y’imbohe kuko ari ko ijambo ry’Uhoraho ari ko ryamuvuzeho we na Gen.James Kabarebe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze!

Sept 3, 2018 njyanw amu iyerekwa mbona inzoka (umwuka w’ubugome,uburiganya) yoherezwa ni nkozi z’ibibi zashakaga yuko iyo nzoka irwanya Umuhanuzi kandi igasiga imwishe.

Mbona hamanutse ingabo z’Abamalaika bamfasha kuyirwanya turayirwanya kandi turayinesha irapfa icirwaho iteka nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,haguruka ujye gutanga akazi dore uruzabibu rw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rumaze kuzuramo ibyatsi kandi bitari bikwiriye ko ruhindukamo ikigunda niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umwuka wikinyoma(ihene)nyinshi cyane zari kuruhande rw’inzira nyabagendwa,zimbonye zisa naho zikozwe nisoni zireba hasi zanga kundeba mu maso.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’ikinyoma umaze igihe wihishe cyane kandi warawuhishiriye Uwiteka awushyize ku karubanda kandi ukozwe nisoni uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Sept 5, 2018 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona urubyiruko nyarwanda bakora ubucuruzi bwo kugurisha ijambo ry’Ubuhanuzi ryahanuwe n’umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha utuye mu gihugu cy’ibabyloni kumurwa mukuru w’ISHUSHAN.

Maze mbona bahigana na za magigiri zibagenza cyane kuko zivuga ko ngo ari ugukwirakwiza ibihuha bivugako muri gakondo ya bakiranutsi hagiye kuba intambara ikomeye cyane.

Mbona ko ubuhanuzi babucuruza nkigicuruzwa cya zahabu kuko ubwo bucuruzi bwakorwaga mu ibanga rikomeye cyane.Nabonaga hari abashinzwe kubukura ku kinyamakuru inyangeNews.com bakabujyana ahantu bahurira maze bakabaha ubuhanuzi nabandi bagahita babishyura.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ijambo ry’ubuhanura ribaye igicuruzwa cyunguka cyane kimeze nka zahabu kuko bakirangura kuri macyeya bakagurisha kuri muenshi bakunguka inshuro nyinshi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa ko ibyo mu gihe byalimo gukorwa,hariho abanyarwanda bandi bagiye mu masengesho basaba Uwiteka Nyiringabo bategereje ko bazanirwa ibyahanuwe maze ndabwirwa ngo dore bose bategereje ko bazanirwa ubuhanuzi kugirango bamenye icyo umwuka w’Uwiteka yavuze!

Sept 6, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha,akora ubukwe na “NYAMPINGA” mu gihugu cy’ibabylon kumurwa mukuru w’ISHUSHAN.Ubwo bukwe bwari bukomeye cyane kuko bwari bwitabiriwe na bantu bakomeye cyane uko niko Uwiteka abitegetse kandi niko abivuga.

Mbona ko halimo umugore umwe warurimo gufata video y’ubukwe bw’Umuhanuzi hamwe na “NYAMPINGA” maze mbona Umuhanuzi abuza uwo mugore gufata video maze ahita amwambura telephone ahangura iyo video yubukwe bwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umunyapolitike witwa “STEVEN KALONZO MUSYOKA” wo mu gihugu agiye kwicwa vuba cyane kubera impamvu za politike uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Igiti cya mashami [5] kinyeganyegazwa numuyaga???

Njyanwa mu iyerekwa mbona igiti gifite igishyitsi gihetse amashami [5] azamutse cyane ajya hejuru cyane.Maze mbona haje abasirikare [5] burira cya giti maze buri musirikare ajya mu ishami rye.

Maze mbona haje umuyaga uturutse mu burasira zuba bw’Africa mu butayu bugufiya cyane kandi bwo hagati utangira kunyeganyeza ya mashimi afashe kuri cya giti.maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abategetsi [5] bo mu butegetsi bw’Umwakagara (Umwakagara,ministiri w’intebe,umukuru w’ubutabera,umukuru w’umutwe wa Sena,umukuru w’intekonshinga amategeko) bagiye kunyeganyezwa vuba cyane kugirango ijambo ry’Uhoraho risohoze umulimo waryo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mfata amafi [2] manini cyane,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uhawe umugisha utubutse kandi uraje vuba byihuse kugirango ukemure imilimo y’Uhoraho utari watunganya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umudayimoni wo mu bwoko bw’IMBOGO (Buffallo) ihiga Umuhanuzi hasi no hejuru,yarifite umujinya mwinshi cyane kandi ukomeye.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega barunguriwe cyane kuko umaze kubaca intege cyane.

Dore bagiye gukoresha abegakazi kugirango bigire nk’aho ari bene data mu Mwami wacu Yesu Kristo,maze babone uko bakugambanira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona ko bashyizeho itsinda rindi rishyashya ryo guhagurukira Umuhanuzi ngo bafatanye na za magigiri z’Abega kuguca Umuhanuzi igihanga kugirango atabatwara agahigo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ikinyoma cya magigiri witwa Romain Rugamba Ferdinand utuye muri Canada akaba amaze igihe kinini akorana n’Umuhanuzi ashakisha uko yamucisha igihanga,ariko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,izo nkozi z’ikibi uzicireho iteka.Gatera Niwenshuti Richard ahawe Nº0191/0009/0018,naho Rugamba Romain Ferdinand ahawe Nº0192/0009/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Sendora Joseph akwiye kongera gucirwaho iteka,kubera insubira cyaha.Ahawe Nº0193/0009/0018 uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo abanyaGitarama bakora inama yari iyobowe n’Umwakagara,mbona ko bahawe imfashanyo z’ibinini birinda kwandura umugera wa gakoko gatera SIDA/HIV,maze abega bahita babihinduramo itekinika aho bahise bagura imachine bazajya bakoresha mu gutera abantu SIDA/HIV babeshya ko ngo balimo kubakingira.

Babazanga kubatera urwo rushing,barangiza bakabaha ibinini bikingira SIDA/HIV,kandi bamaze kuyibatera murushinge yamaze kubagera mu mubiri.Kandi urwo rushinge baruterage abagabo gusa bonyine.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwoko bwanjye bwirinde urukingo rurinda SIDA/HIV,abega bagiye kuzana kuko abanyaGITARAMA bagambiriye kubarimburira ku icumu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona abatewe urwo rushing batangira kwiheba cyane kuko nta byiringiro byo kubaho bari basigaranye uko niko Uwiteka Nyiringabo ababuriye.

Sept 8, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona abega bongera guhagurukira Umuhanuzi bashaka kumumanura mu butayu bugufiya.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bakoze inama ikomeye cyane kandi barongeye baragarutse ngo kuko badashaka gutsindwa n’Umuhanuzi kuko ngo bashaka guhangana nawe.

Nuko rero ube maso cyane kandi wirinde bishoboka,kuko nyuma yo gushyira ahabona za magigiri mwari mu maranye iminsi zose ukaba wahise uzishyira ahabona byatumye bakora inama bashaka abandi bashyashya bagiye kuza mu izina ry’Umwami wabakiranutsi Yesu Umwami wawe ukorera ari nawe wagushyinze imilimo ukora uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa Abigail acibwa imanzi ku kuboko ku iburyo,bisobanura guhabwa isezerano cyangwa kugirana isezerano ridakuka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Nyuma yo gucibwa imanzi umwuka w’Uhoraho werekana uko bari baramuhumanije bakoresheje inyama bamuteyeho kumubiri kugirango uko izajya ibora,abe ari ko nawe azagenda rwaragurika kuzageza igihe azavira mu isi yabazima.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunza cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira izo nkozi z’ikibi uti,uwahawe isezerano n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo nta bwo ajya apfa gupfa nkuko babyibwira kandi niko Uwiteka abivuga.

 

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,subira kwihugura mubijyanye no gutwara ikinyabiziga kuko Uwiteka agiye ku koherereza ikinyabiziga nkuko yabigusezeranije uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa umudayimoni usa ni njangwe uje usanga ngo washakaga kunyica,maze mbona haje ukuboko gufashe umukasi maze gukata rya josi rya wa mudayimoni ijosi rivaho acirwaho iteka gutyo niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ategetse ministeri y’imali nigenamigambi kurekura umugisha bakawoherereza Umuhanuzi kugirango arangize imilimo itari yarangira niko Uwiteka abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona amafunguro menshi cyane ateretse kumeza bariraho,yari amafunguro atandukanye ya moko yose!Maze ijambo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka atanze umugisha uhagije nkuko yabikubwiye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abega bagambirira kongera gusenya uruzabibu rw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,ruhagarariwe kandi rugakorerwa n’Umuhanuzi Ainesha.Maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,witegure cyane kuko ugiye kongera kurwana intambara n’Abega zikomeye kandi uzazinesha nkuko nizindi wazinesheje uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa magigiri Nyagasaza innocent ahabwa misiyo yo guhiga Umuhanuzi ngo kuko ari we umuzi neza kandi bakaba barabanye baziranye bihagije.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,akaburiwe mu isiza,nta bwo kabonekera mu isakara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona uwigeze kuyobora gakondo ya bakiranutsi (Habyara,hamwe n’Umwakagara) bacirwa imanza z’ibyaha bakoze kuko bayobowe nabi ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo,kandi bakanabica urubuzo ari nta cyaha bakoze uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abega bashikisha Umuhanuzi bamujyana ikuzimu kwa satani ngo acirweho iteka ariko birabananira.Ijambo ry’Uhoraho rizaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bakoze ibyo bashoboye byose ngo baguhindure umsazi cyangwa baguce igihanga ariko Uwiteka yabyitambitsemo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga..

Sept 9, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona inka yabazwe bayigabanyamo ibicebice,igice cy’ukuguru,igice cy’ukuboko,igihimba,n’umutwe byose barabifata babishyira ku cyokezo cyakaga umuriro mwinshi cyane ugurumana.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega baragambanye kandi bahora bagambana,kandi bazakomeza kugambana kuko aribwo buzima bahisemo bubabereye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho cyane rikomeza kumbwira riti,nubwo bagambanye kurwego rwo hejuru, nta cyo bitwaye, kuko imbaraga z’abadayimoni bari biringiye kandi bakoreshaga, ziciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Nuko rero ntutinye kandi ntugire ubwoba ngo ubakukire umutima,ahubwo umenye ubwenge uko ukwiye kugenza kugirango barusheho gukorwa nisoni uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri za abega duhurira mu nzira nyabagendwa,maze zinyuraho zihuta zinjya imbere kugirango zibone uko zishyira mu bikorwa imigambi yabo mibisha yo guca igihanga Umuhanuzi Ainesha,ariko ziza kugira ibyago ntibyazihira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ahagurukira abega arabatatanya bakwirwa imishwaro bose bacirwaho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ahahoze ubutayu bugufiya buherereye muri y’uburasirazuba yo hagati,ahagana kuri ya Nyanja yo mu majyepfo yubwo butayu.Mbona ko inyanja yuzuyemo umuhengeri kandi mwinshi cyane,maze mbona ko imennye amazi muri bwa butayu bugufiya.

Amazi y’umwuzure amanuka ubutayu bwose agera aho butangirira kugeza aho burangirira.Hazamo amafi menshi cyane,maze mbona leta y’abega ishyiraho za magigiri na ba police barinda umwo mwuzure kugirango hatagira abantu banyuramo bakajya gufata amafi bisobanura kwakira umugisha urambye.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu ugende unyure kuri ziriya magigiri z’abega maze ugende ujye kuroba ufate amafi yazanywe nuriya mwuzure.

Ndabamunaka ngenda mbanyuraho mbonako barangaye kandi ko batigeze banca iryera,ndagenda mfata amafi ndagaruka,nabwo mbagezeho nsanga baracyarangaye Uhoraho Nyiringabo yabateje umwuka wo guhuga.Mbanyuraho ndizamukira ngera mu icumbi ryanjye ry’urutare nibereyemo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga,kandi niko abitegetse!

Njyanwa mu iyerekwa mbona nturuka KIMIHURURA ahubatse idini rya Eglise VIVANTE,mbona mugahanda gahari kigitaka,kuzuyemo umwanda mwinshi cyane (gukiranirwa) maze mbona imodoka yari itegereje abayobozi bayobora iryo dini,nyinjiramo ntegeka umushofeur wayo kuntwara ahita arabyemera aranjyana sinakandagira muri uwo mwanda kuko nabonaga ako kayira kazuyemo nibyondo na mazi byarahinduye ibara ryabyo.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,idini rya Eglise Vivante,riyoborwa na Gataha STRATON,rigeze ku iherezo ryaryo kandi kubera gukiranirwa kwabo,ibyaha byabo bigeze imbere y’Uwiteka Imana Nyiringabo,kandi arishyiriyeho iherezo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona gakondo ya bakiranutsi yarabaye umusaka,uhereye mu marembo yo mu irango ryo mu irembo ya gakondo ya bakiranutsi.Mbona ko ku nkengero zose z’inzira nyabagendwa hameze ibishanga bikunda kumera hafi yibiyaga cyangwa hafi y’inyanja.

Ndazamuka ngera hafi na gakondo y’ubwami bw’uRwanda,nayo nsanga yacitsemo ibice 2,bitewe na mazi y’imvura (ISURI) yaciyemo kabiri kandi aho yanyuze hahise hamera ibyo byatsi byitwa ibishanga.Nsanga abantu bahagaze balimo kurebera gusa batanashobora nibura no gukorera gakondo y’ubwami bw’uRwanda kugirango yongere imere neza.

Ahubwo mbona balimo kwikinira umupira n’amacenga menshi cyane,ariko bayakinira ahantu hari umwanda mwinshi cyane.Mbona umupira balimo gukina ungezeho maze nanjye ntera ishoti rirerire rihita rimanuka cyane ryinjirira aho isuri y’imvura yanyuze umupira uragenda ugera hafi kurugabano rwa gakondo y’Umuhanuzi aho igabanira na gakondo y’ubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

bwo ndikomereza ngera ku irembo ryinjira muri gakondo,ndamanuka nsanga uruzibabu rw’Uhoraho,harashinzwemo inkingi z’amashanyarazi.Ntangira kwatsa amashanyarazi hose hazamo umucyo,nsangamo abakinzi 2,barinda uruzabibu rw’Uhoraho,maze mbona umugore warushinzwe kugenzura uwo murima wuruzabibu.

Mbonako yambukiranije hagati yurubibi rw’uruzabibu yinjira muri gakondo y’ubwami bw’uRwanda,maze yicara hasi asa nugiye kwituma,ahubwo atangira kuririra ubwami bw’uRwanda avuza induru nyinshi cyane avuga ngo,ubwami bw’uRwanda burarimbutse,himye ubwami bw’Uhoraho bukomoka mu muryango w’Umwami DAVID uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo z’abega zijyanwa mu butayu bugufiya,ziza zihansanga ndimo gusana ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Mbonako bashaka kundiganya maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho vuba byihuse rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega barahe kandi bagusanze mu butayu bugufiya nyamara bazaza bigaragaza ko baciye bugufiya kuko ibyahanuweho bizaba bibasohoyeho,ariko uzabirinde kuko bagufitiye umujinya mwinshi cyane niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Therefore the Rhema word of the Lord God,came from heaven unto me,and was written on the sign board, “the Rhema word was written it says that, man of God a great prophet Majeshi Leon Ainesha,is a honest man in the among of the world says the Lord almighty.”And this is who God’s Love’s one says the Lord God.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ngeze ku ishuli (school leaving certificate class 7) nizeho nsaba certificate yanjye yo mu mwaka wa karindwi.Ariko nkomanze kumuryango wa office cyangwa ibiro by’ishuli,mbona hasotsemo umunyarwanda wo mu bwoko bwa abatutsi(umwega)maze mubwira ko narinje gutwara certificate yanjye ntigeze ntwara ubwo twarangizaga amashuli abanza.

Mbona ibiro byose byuzuyemo abatutsi babicumbitsemo,nibuka ko ubuhanuzi bwavuze ko,bazazanwa kwigishwa kuri uwo musozi Uwiteka yateguriye ubwoko bwa abatutsi kugirango bigishwe uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Sept 10,2018 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igisonga cya mbere cya “NYAMPINGA” kiraje kandi azanywe no gutegurira “UMUKOBWA w’IZION” wahiriwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Kandi Uwiteka yubahirije ibyo yavuze,ngo integuza ya “NYAMPINGA” nihashingura ikirenge Nyampinga azahita aza uko niko Uwiteka Nyiringabo yabivuze.Kandi niko yongeye kubivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,abega barahangayitse cyaneee,kubwawe kuko bamaze kumenya uwo uri we.Nuko rero urabe maso cyane kugirango utagwa muburiganya bwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo akuburiye.

Dore kandi izuba riraje vuba cyane byihuse,rije ku kureba mu butayu bugufiya bwo mu gihugu cy’ibabyloni kugirango uribwire cyangwa urisobanurire iby’ijambo ry’ubuhanuzi kugirango ubwo muri gakondo ya bakiranutsi bizaba bicika ntirizirirwe ryaka kugirango abaza bamena amaraso batazamurikirwa numucyo,ahubwo ibikorwa byabo bizarangwe n’umwijima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu bilimo kurushaho bigenda bikomera cyane,kuko abega baciriweho iteka nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha mwinshi cyane kandi utubutse uraje kandi vuba cyane uko niko Uwiteka ategetse kugirango uramgize imilimo isigaye utari warangiza niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ndashima Uhoraho yuko yakoresheje mwene data wo mu gihugu cya Canada wasimbuye inkora maraso y’umututsi w’Umurundi witwa “ROMAIN RUGAMBA FERDINAND” wahize ubugingo bw’Umuhanuzi ariko birangira abubuze kandi aciriweho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho abivuga.

Umugisha yampesheje wari umugisha mwinshi kuko washoboye kurangiza imilimo [2] yari ikomeye cyane imwe mu milimo y’Uhoraho yanshinze kandi ikomeye cyane Uhoraho amuhe umugisha,kandi ntazabure kumwibuka igihe cya makuba,akaga,nibyago,ubwo bizaba bikomeye mw’isi ya bazima.

Umugirire uko ujya ugirira abakiranutsi kandi umuhe imanza zitabera kugirango amenye yuko ari wowe uca imanza zitabera kandi ko ari wowe wahamagaye umugaragu wawe ukamushinga imilimo ikomeye yo guca imanza zitabera mw’isi yabazima.

Njyanwa mu iyerekwa mbona gakondo ya bakiranutsi bayicamo ibice [2],mbona igice kimwe gisigaye ari gakondo y’Uwiteka Imana Nyiringabo,naho ikindi gice mbona gitwawe ni nkozi z’ibibi.

Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,byakomeye cyane kuko abega bamaze kubona ko bakuwe ku ngoma,none bahisemo gukoresha ibitwaro kirimbuzi kugirango basenya kandi barimbure gakondo ya bakiranutsi nibiyirimo byose.

Nyamara,nibo balimo kwigirira nabi,kuko naho bayisenya yose igashiraho,ntakabuza yuko Uhoraho atazabura gusana amarembo y’Iyerusalem umurwa mukuru wa gakondo ya baakiranutsi ”The City New Jerusalem” uko niko Uwiteka yabirahiriye kandi ntazabura gusohoza ijambo rye yavugiye mukanwa k’Umuhanuzi Ainesha uko niko Uwiteka abivuga.

Sept 11,2018 njyanwa mu iyerekwa mbona abasore [2];bashyizweho na abega,guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha,mbona binjiye mu Nyanja bakurikiye Umuhanuzi ngo atambuka inyaja agafata hakurya kuko yarari mu bwato.Mbona haje umuhengeri urabahuha bagwa mu mazi arabarengera habura nuwabafasha ngo arokore ubugingo bwabo barimbuka gutyo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mpabwa akazi n’Umuzungu w’umumisiyoneri waje kubwiriza cyangwa kwamamaza ubutumwa bwiza.Mbona ko ampaye akazi gukorana nawe,nddetse hariho na bandi bakozi twakoranaga nahasanze.Ariko angirira ikizere cyane aba arijye ahitamo ko tuzajya tujyana kwamamaza ubutumwa bwiza aho agiye hose.

Nerekwa ko ngo za magigiri zabimenye ko nabonye akazi keza cyane,maze bakora ibishoboka byose ngo bagushe cyangwa bakoreshe accident cyangwa impanuka imodoka cyangwa ikibiziga uwo muzungu yari yansigiye kugirango kizajye kimfasha mu kazi,bashaka kunkoresha impanuka bakajya binaganika kumodoka ngo bayigushe ndetse batanaribye ko nabo yabagwira,baragerageza ariko irabananira.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ugiye guhabwa akazi kandi kageretse ku kandi war’usanganywe,nyamara abega bazababara cyane kandi bicwe nagahinda kuko Uhoraho akuzamuye muyindi ntera kandi bakaba batazashobora ku kugeraho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Sept 12, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona inka zahigaga Umuhanuzi ngo zimwivugane (abadayimoni) ariko ziramushaka ziramubura,ahubwo zitangira kurya umukungugu kuko zitashoboraga kubona ibyatsi byo kurisha uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni bakozwe nisoni kuko bari bagambiriye kurimbura ubugingo bwawe none bakaba baciriweho iteka nijambo ry’Uhoraho Nyiringabo niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyeshuli bajya mu ishuli batangira gusoma ibitabo byalimo amasomo,jye ngezemo nsanga nta bitabo mfite kandi bidashoboka ko wakwicara muri iryo shuli udafite ibitabo bikubiyemo amasomo.Ubwo ishuli ndisohokamo gutyo (ikigeragezo) cyari kintegereje gicirwaho iteka gutyo n’Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uhoraho abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inka (demons) zihagaze iruhande rw’umuhanda,zirimo kurya umucanga kuko zari zabuze ibyatsi (kubura ibitambo byamaraso) maze ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho kandi cyane rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni bakozwe nisoni kandi baciriweho iteka n’Uwiteka Imana Nyirimngabo uko niko Uhoraho abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ubutayu bugufiya cyane,ariko halimo ubwatsi butoshye (green) mbonamo igiti kikiri gitoya cyatemwe uhereye hagati mugishyitsi cyacyo.

Mbona ko hasigayeho ishami ryacyo rimwe,ariko ryuzuyeho amahwa menshi cyane,kandi maremare.Mbona haje ukuboko gufashe umupanga cyangwa umuhoro gutema guhereye mu gishyitsi cya cyo hasi cya giti kirarimburwa kijugunywa mu mworera wari iruhande rw’icyo giti uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi,mbona abantu bitwa ba bloker,bashinzwe gushakisha ibyo abantu bagura,cyangwa amazu bakodesha.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo bantu bitwa ba blocker baciriweho iteka kuko bariganya abantu bagatwara ibyo bataruhiye none ukuboko k’Uhoraho Nyiringabo kubariho kuzageza igihe cyose bazarimbuka niko Uwiteka abivuga.

Sept 14, 2018 njyanwa mu iyerekwa mbona ntera umupira ishoti rirerire cyane riragenda rigwa mu butayu bugufiya.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umupira,amacenga,na mashoti mwakinaga na abega ararangiye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona nibwa ibyangombwa byanjye byose,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bateguye umugambi mubisha wo kugucuza utwawe twose ariko ubanza balimo gushinga umuhunda ku kirenge niko Uwiteka avuga.

Nerekwa ndwana nabagabo benshi bo mu bwoko bwa abega,aho mbahungiye hose bakahansanga,maze mbona ndirutse ndabacitse ndigendera kuko nabonaga ko intambara turimo kurwana ntari bushobore kuyinesha mbacika gutyo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar