Abanyarwanda n’Abarundi bakomeje gufatirwa muri Kenya,balimo na za magigiri z’ibihugu byombi

      Abafatiwe Muri Kenya

Mu gihugu cyose cya Kenya, abarundi n’abanayarwanda mu gihe cy’icyumweru kimwe bamaze gufatwa bagafungirwa mu busho bw’igipolisi cyangwa bagasubizwa iwabo barenga 50 nk’uko amakuru ava muri ambassade z’ibyo bihugu bibiri abyemeza.

Ayo makuru avuga ko abahagarikwa ahanini bagizwa n’abantu bakora imyuga mitomito nko gukora ubucuruzi, bwo mu mihanda, abashona impuzu, abubatsi bazwi nk’aba masons n’abandi.

Igipolisi cya Kenya gisigura ko muri iyi misi kiriko gishira mu ngiro itegeko ry’umushikiranganji w’umutekano Fred Matiang’i. Uwo mutegetsi yasabye ko haba umukwabu wo gufata abanyamahanga baba mu gihugu batagira ibyangombwa cyangwa abahakorera batujuje ibisabwa n’amategeko.

Ambassderi James Kimonyo aserukira u Rwanda muri Kenya yahamagariye abanyarwanda baza muri icyo gihugu kubahiriza amategeko.Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika, Eloge Willy Kaneza niwe adufitiye iyi nkuru:

Andi makuru wakurikira kuri egretnews radio murahasanga amakuru menshi tutashyize ku inyangeNews.com,kubera amakuru yabaye menshi cyane.

Translate »
Skip to toolbar