Igice cya (4) cy’ubuhanuzi

Jan 5, 2014 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwiza riti, mwana w’umuntu, niki ubonye, mbonye urubuga rwa face book, nuko rero umenye yuko ubaye ikimenyetso kigirwaho impaka, nkiri kureba ibyo, mbona haje urumuli rujya gusa n’umuhondo w’ukwezi, maze mbona ari urumuli rwiza cyane, ariko amaso yanjye ananirwa kurunyuramo hagati kuko rwari rukomeye cyane rwali rufite umucyo ufite imbaraga nyinshi cyane kurusha amaso yanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

 

Jan 6,2014 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu abakongomani bavuga urulimi rw’ikinyarwanda biyita abanyamurenge bakoresheje imbaraga z’umwijima ngo bagushikishe barebe yuko ufite ingufu kubarusha, kandi babajwe ni uko ngo washyize ubuhanuzi bubagaragazaho integenke zabo, birirwa babeshya abantu ko ari bo bafite ho Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ho umugabane uko niko Nyiringabo abivuga.

Igice cya (3) cy’ubuhanuzi

Njyanwa mu iyerekwa mbona mfite rubine (tab) yamazi, kandi nabonaga abantu benshi cyane baza kuvoma kuri ayo mazi nkabavomera, maze haza umugore wigishegabo kandi wumukire ashaka kunsuzugura ngo avome ku ngufu mfata ikivomesho cye ngisubiza inyuma kuko na bandi bari kumirongo yibwiraga ko ayo mashillingi ye ashobora gutuma tumutinya uko niko Nyiringabo abivuga.

Jan 10,2014 Njyanwa mu iyerekwa mu butayu bugufiya, numva amajwi y’ibihavugirwa, numva impanda ya Malaika anyura mukirere cy’uRwanda agenda avuga ngo uRwanda rubonye ishyano! rubonye! Ishyano!

Jan 11 ,2014 Nerekwa abanzi bumussaraba balimo abagore benshu bisa\obanura “abarozi” maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu inkozi zikibi zihagurukiye kurwanya ijambo ry’Ubuhanuzi kuko bwamaze gusenya imbaraga zabo mu isi ya bazima uko niko Nyiringabo abivuga.

Jan 13, 2014 Njyanwa mu iyerekwa mbona aharubutayu hahinduka aho guturwa, mbona mu butayu burebure hahindutse ikibaya cy’ubwatsi burebure ndetse mbona abantu bagiye kuhatura, hagati yo muri ayo mazu nabonye hubatswemo urusengero rwiza, ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu abakurwanya bose, hamwe n’insengero zose bamanuwe mu butayu bugufiya kubera balimo kurwanya umwuka w’Ubuhanuzi aho gushyigikira jambo ry’Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.

Mbona abadayimoni bacitse ibiganza na maboko ndetse nibirenge basigarana ibinifu byumubiri mbona baragerekeranye mu miharuro yo kumuhanda haruguru yicyo kibaya cy’ubutayu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

17 Jan, 2014 The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven, you need to pray and fasting because of BLACK BALL spirit, is an American association which is working as a negative vote especial one that blocks the admission of applicant to an organization. Small black ball used as a negative ballot “God told me that, they got a fund of $ 4,000,000, to demolish Churches.” to shut them down out from social or commercial participation ostracize” says the Lord God almighty.

Jan 20, 2014 Njyanwa mu iyerekwa mbona imibare (3) yemezwa ko igiye gukoreshwa mu isi yabazima, iyo mibare ni (666), bivuga ngo (Anti Christ) ahawe ububasha bwo gukorera mu isi ya bazima. Mbona ari umugabo ufite amaso asa nureba imirari, ariko icyantagaje kikantera ubwoba ni uko yarafite amaso impande zose, bisobanura (Roman Catholici Church) nta muntu wabashaga kumwihisha kuko yarebaga hose nk’aho ar’Imana, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Jan 21, 2014 njyanwa mu nerekwa mbona abanzi bumusaraba bongera gutegura umugambi wo guhumanya Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha, ariko nta bwo babashije kugera kumugambi wabo, ahubwo ibyo bari bagiye ku nkorera aba aribo bibaho bibagiraho ingaruka baba ari byo bikorera uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Jan 22, 2014 Njyanwa mu iyerekwa abakongomani bavuga urulimi rw’ikinyarwanda biyita abanyamurenge uburyo bakabije kurobanura kubutoni abo basengana nabo, nta muntu wundi bifuriza ibyiza cyeretse bibanje kubanyura bo ubwabo, abandi bagafata ibibasagutse. Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, uko batajya bifuriza abandi ibyiza, uko niko nabo ntawuzajya abifuriza ibyiza kuko umuntu azajya asarura ibyo yabibye niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa abari baratwaye umugisha wa gakondo yacu, mbona ko nabo batangiye kwishyura ibyo bakoze, batangira gutakamba bifuzako babona umuntu wabasengera ariko ntibyashoboka cyeretse babanje kwishyura ibyo bakoze mu myaka (34) yose bagirira nabi abantu batariho urubanza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nerekwa aba Malaika baza maze barambwira bati mwana w’umuntu dore uri mu isi yabazima, ariko utuye mu gihugu cyo mu ijuru numva ndanezerewe ndetse numva nshibjwemo imbaraga zo kongera gukorera Uwiteka Imana.

Nerekwa ko ubutayu burangiye burundu, kandi ko Uwiteka Imana arambuye ibiganza bye agiye kungirira neza no kumpa umugisha kuko nemeye kugendana nawe ndetse nkaba naritwaye neza mu butayu kuko ntigeze nitotomba.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, nubwo bimeze uko, abagizi ba nabi bakoherereje imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bw’majini, ariko, Ntutinye kandi ntugire ubwoba, kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yaakuneshereje uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, umu pastor witwa Liliyoza Thai agiye gucishwa bugufiya kuko Imana yamusabye kenshi kwicisha bugufiya, ariko agenda ashinga ijosi, none igihe kirageze ngo acishwe bugufiya icyo gihe azamenya ko Uwiteka ariwe Imana Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.

Jan 23, 2014 njyanwa mu mwuka nerekwa ukuntu Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guhana abagore bo mu Rwanda kubera kutumvira Imana, ahubwo bakumvira abana b’abantu, mbona Imana iteje ibihano abagore bakora umwuga wo kuroga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Nyiringabo ateje ibihano mu bagore batumvira Imana kandi bitwa ko bakijijwe cyangwa bayizi, ateje ibihano abagore b’abanyabwoba kuko ubwoba butuma badakora ubushake bwayo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ntaze umugabo narababuriye banga kumva, none igihe kirageze ngo umuryango ukingwe kuko numara gukingwa bidashoboka yuko Malaika ya kingura ukundi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Jan 25, 2014 Njyanwa gutambagizwa mu isi y’Umwuka, nerekwa ibi bikurikira, nabonye abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi baturutse mu gihugu cya Uganda, bahabwa buruse cyangwa (Bursary nor Scholarship) ngo bajye kwiga, mbona binjiye mu ishuri batangira kwiga, bahabwa ikizamini (exam) ariko ikibabaje nta numwe wabashijwe kugitsinda. Bisobanura gufungwa ugakatirwa.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore intambara igiye gutangira kuba muri gakondo ya bakiranusi, maze ibyo biratanaga byose bibe birangiye bamenye ko mu ijuru har’Imana ijya irenganura abakiranutsi n’abanyantegenke uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Jan 26, 2014 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira ati, dore igihe cy’imanza zitabera z’Uhoraho Nyiringabo ku bana b’abantu ziratangiye, soma bibiliya mu gitabo cya:

Ezekiel 14:13Son of man, when a land sins against Me by persistent unfaithfulness, I will stretch out My hand against it; I will cut off its supply of bread, send famine on it, and cut off man and beast from it.

Yohana 5:14 This is the confidence we have in approaching God: that if we ask anything according to his will, he hears us. And if we know that he hears us whatever we ask we know that we have what we asked of him.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu. ngiye gutandukanya ibyiza n’ibibi kugirango abakora imilimo y’abadaimoni bakorwe n’isoni uko niko Nyiringabo abivuga.

Jan 30, 2014 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, umva uko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Jeremiah 4:16 The Lord Himself has scattered them, he has no longer watches over them. The priest is shown no honor the elders no favor.

Nerekwa mfite inkoni mu ntoki, maze numva ijwi rirambwira ngo, ni nyitunge inyanja, ndabikora! Maze mbona inyanja ihindutse nk’umugezi mutoya cyane, ubwo menya ko mpawe ubutware mu isi yabazima.

Njyanwa mu iyerekwa nta mbagizwa muri icyo kibaya cy’ubutayu burebure, maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, genda uhagarare ahirengeye nkwereke ibihishwe abana b’abantu batabasha kumenya, ndagenda njya ahirengeye nerekwa Iyerusalemu hameze neza cyane (KIGALI) maze nerekwa abahatuye bamerewe neza ndetse barigaruriye imitungo yabajyanywe IBABYLON (ubuhunzi) ku murwa waho w’ISHUSHANI, mbabazwa cyane n’uburyo bambuye abajyanywe mu bunyage imitungo yabo bakaba baguwe neza cyane. Kuko bari baguwe neza cyaen kandi umurwa wabo barawusannye usa neza cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana byuka wandike ibyo ubonye, ndabyuka ndabyandika nsubira kugisasiro, ariko noneho mbona rya yerekwa nabonye mbere mu buryo bundi, ryongera kugaruka; mbona (Jerusalem) ari wo murwa mukuru wa gakondo yabakiranutsi (Kigali) noneho mbona uwo murwa warashenywe.

Nta cyintu na gito cyaharangwaga, byaba ibiti na mabuye byose byari byasenyutse ndetse n’ubutaka bwose bwangizwa n’umwuzure wa amazi, isi irahinduka isa nabi cyane ku buryo byari bitagishoboka ko ubwo butaka busigarana ishusho cyangwa guturwaho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Numva ngize agahinda mu mutima ndetse na wa murwa mwiza ntiwongeye kubakwa cyangwa ngo ube wamenya ko higeze kubakwa, mbona abajyanywe IBABYLONI ku murwa waho mukuru w’Ishushani (ubuhunzi) mbona baratashye batangira kubaka igihugu. Ariko byari bigoye kubaka igihugu kubera uburyo cyasenyutse, gusa abari baragiye ku murwa w’Ishushani bari bakumbuye amazi y’Iyerusalumu n’mata yaho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imbaraga z’umwijima zikorera mukarere kibiyaga bigari, ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, igihe cyazo kirangira! Mbona izo mbaraga z’umwijima zikozwe nisoni zikurwa mu gicumbi cyazo ziratatana zijyanwa mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Feb 10, 2014 ku mwaka wa (4) w’ubutayu bugufiya Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yaransanze anjyana mu mwuka anyereka ibigiye kubaho mu isi yabazima.

Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igice kinini cy’ubutayu bwatewe n’inkozi zibibi ubwo butayu bushyizweho iherezo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibintu bikomeye cyane kumenya cyangwa gusobanukirwa, mbona isi twari dutuyeho ihindukamo iyindi nshya! Igitangaje iyo isi yindi yatewe hejuru yiyo dutuyeho ijya hejuru yiyo dutuyeho naho iyo dutuyeho isigara hasi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona munsi yiyo isi, hashyizwemo intare (2); zizajya zikora ubulinzi, kugirango hatagira abantu bajya muri bwa butayu bwo hasi bwahise buhinduka akarima kimboga (EDEN GARDEN) cyangwa akalima ko guhingamo imboga, ariko imboga zahise zimezamo ubwazo, hanyuma abantu bakagendagenda hejuru ya yasi, iri hejuru ya bwa butayu, za ntare nazo zari zirinze ko hatagira umuntu wajya gusoroma imboga zo muri ako kalima.

FEB 11, 2014 nerekwa Umuhanuzi mukuru ari munsi y’igiti cy’inganza marumbo, mpasanga umudamu ufite abakobwa (3); n’umuhungu (1); mbona afashe umwana w’uburiza aramutwaye abandi (3); abasiga aho, haza uwimfura atwara ubuheta bw’uwo mudamu asiga wa mwana w’umuhungu ariwe bucura amusiga munsi y’igiti barigendera uwo mwana w’umuhungu asigarana n’Umuhanuzi mukuru (umugore n’iorero, igiti n’ubutegetsi, umwana w’umuhungu umwuka wera).

FEB 14, 2014 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, rirambwira riti, rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Umwami w’uRwanda yuko agiye gutaha, akongera kwima ingoma, akwiye kuzaca inzigo yaboshye igihugu cy’uRwanda (urwagasabo) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti, igihugu cy’Ubwongereza (United Kingdom) nicyo kizashyiraho ishingiro ry’ubwami mu Rwanda, ndetse bazagura ubwami bw’urwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

FEB 16, 2014 njyanwa mu iyerekwa kumusozi wo kugeragerezwaho mpasanga abanyarwanda benshi bo mu bwoko bw’Abatutsi bazanywe kwigishwirizwa kuri uwo musozi, kandi buri muntu yarafite icyumba cye cyo kwigishirizwamo, ahanini abo bantu bari baraturutse mu gihugu cy’Uganda.

Njyanwa mu iyerekwa mu kibaya cy’ubutayu bugufiya mbona inka “demons” zirukanka zihunga amakuba agiye kugwirira igihugu cy’uRwanda ndetse zirukaga zitanguranwa kujya kunywa amazi yo mu iriba riri mu butayu bugufiya bwegereye inyanja yo mu majyaruguru y’ubutayu.

Nerekwa abanzi bumusalaba bahakanaga imbaraga z’Ubuhanuzi hamwe n’imbaraga z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, bazura umwuka w’inzika barakazwa cyane ni uko Ubuhanuzi busohoye.

FEB 17, 2014 njyanwa mu iyerekwa mbona ubutayu burebure ko igihe cyabwo gisohoye, hagati yubwo butayu harimo itorero na abadaimoni bari ku nkengero z’ubutayu burebure bararimburwa barapfa barashiraho kugirango batazarwanya imanza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Impano z’ubutegetsi zagwingijwe n’abadaimoni zahawe kongera kubaho

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibiti bitoya bishibuka byari byaragwingiye (impano z’ubuyobozi zapfukirannywe) ibyo biti mbona birazamutse neza cyane ndetse mbona ahari ubutayu habaye ibyiringiro.

FEB 19, 2014 njyanwa mu iyerekwa mu butayu bugufiya mbona uburyo abanzi bumusaraba bakaba n’inkozi zibibi uburyo bubatse mu butayu bibwira ko bubatswe mu gihugu cyiza, igihe kigeze ibyo bubatse byose birarimbuka.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ubutegetsi bw’abega butumije umurozi ukomeye cyane, waruturutse mu gihugu cya (Tanzania) kugirango abahe imitsindo yo kurogoya imigambi y’Imana kugirango bagume ku butegetsi, ariko mbona Umuhanuzi mukuru arahatungutse aburizamo imigambi yabo yose yibyo bari bakoze, cyane bashakaga ko Umuhanuzi mukuru bamuteza imbaraga z’umwijima kugirango impano yo kubona ipfa ntiyongere guhishura imigambi yabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona uwo mugore yohereje imyuka mibi mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa rpf, kugirango barusheho kugira ibibazo bikomeye bashwane bareke kuvuga rumwe kugirango imigambi yabo ibirizwemo bityo rpf ishobore kuramba kubutegetsi. Bamwemereye kumuha ibishoboka byose, ariko akabakiza intambara ibari mbere. Ndetse banamusabye ko yabaha imitsindo yo kuroga Tanzania kugirango bazayirwanye bayitsinde, ibyo na byo yarabibakoreye.

Feb 26, 2014 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, RPF ishyaka riri ku butegetsi repubulika ya (lll) itemewe namategeko, igiye gukoresha ibirori by’akataraboneka bijyanye no kwibuka genocide yakorewe Abatutsi, ibyo birori bizaba ari ibyanyuma mu mateka ya RPF, kuko bagiye kwica umunyemali witwa Rwigara Assinapol akaba ari we ukuriye abacikamu bose muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Feb 27,2014 ijambo ry’Uhorsho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mu Rwanda abagore nibo bagize umubare munini wo kuroga abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RPF ingoma y’abega. Uwiteka Imana Nyiringabo azarimbura abagore bose bari muri RPF, kuko ibafasha kuba inkozi zikibi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyanae, maze rirambwira riti, mu gihugu cya Uganda hagiye kuba inzara izikuba inshuro (4); ku nzara yariteganyijwe muri icyo gihugu. Abanyayuganda bazabura aho bahahira kuko impande zose zabo hazaba harangwa intambara nyinshi ku buryo batazinyagambura! Icyo gihe ibigirwamana biringiraga nta cyo bizabamarira kandi iyo ikazaba intangiriro yo kuvaho ku butegetsi bwa perezida Museveni.

FEB 28, 2014 Njyanwa mu iyerekwa mbona abagize umutwe wa za magigiri wa (RPRK) bashaka inzira zose zishoboka ngo bahitane Umwami w’uRwanda, kuko igihe cye cyo gutaha cyari cyegereje icyo gitero cyari kiyobowe na LT. Munyandinda James na Munyandinda John Mbayiha, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu uburire abanyarwanda ko bagiye guhunga gakondo yabakiranutsi bakajyanwa mu butayu bugufiya babe maso cyane kandi bitegurire kujyanwa mu butayu kujya kwigishwa kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Mar 01, 2014 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibyahanuwe bigeze kumarembo ya gakondo yabakiranutsi cyane kubashumba bayoboye insengero ubabwire yuko ubutunzi batunze atari ubutunzi bwabo bahaweho umugisha ahubwo n’ubutunzi babonye mu buryo bw’uburiganya nundi wese wabonye ubutunzi mu buryo bwo gukiranirwa kwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhorahp Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, abacamanza bo kw’isi nabo baratungwa agatoki kuba barigwijeho ubutunzi buturutse muri za ruswa cyangwa (corruption in judiciary). Ndetse n’ubutegetsi bwite bwa Leta “executive” abacuruzi” (businessman) ko abakoze ibisa bityo bakaba badashobora kwihana ko batazaragwa ubwami bw’ijuru cyane muri iki gihe intambara yegereje dore ko nta wundi mwanya bazongera kubona wo kwihana.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko impunzi z’abanyarwanda zakoresheje uburiganya mu gushaka ibyangombwa by’ubuhunzi kugirango babone uko bajya IBURAYI, AMERICA, na CANADA, ko kuzabona ijuru kwabo biri kure nkwezi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 3, 2014 Njyanwa mu iyerekwa mbona ingoma ya abega iri ku butegetsi, batumije abarozi bo mu gihugu cy’Ubuhinde (India) bo mu bwoko bw’basingasinga ngo baze batange intsinzi ku ntambara ikomeye cyane yugarije igihugu cy’uRwanda, maze abasingasinga basaba ko hatangwa igitambo cy’abayobozi bose bayoboye utugari tw’uRwanda kugirango batange intsinzi, mbona ko Leta ya RPF yemeye kubatangaho igitambo.

Maze abasingasinga batangira gukora imihango yabo, ariko bagira ibyago Umuhanuzi mukuru arahagoboka, ibyo bakoraga byose bihinduka impfabusa!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ingoma y’abega bazagerageza imbaraga zose z’umwijima zo ku isi yose zishoboka, ariko kubera ukuboko ku Uwiteka kuzaburizamo ibyo bikorwa by’inkozi z’ibibi. Nta na kimwe bizageraho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibikorerwa mw’isi ya abzima bitaboneshwa amaso ya bana b’abantu. Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, abega bagiye gushaka umuntu ngo ahitane Umwami Kigeli V ndahindurwa, ariko babura uwo bakoresha kugirango bagera kumugambi wabo, Leta y’uRwanda ihangayikishijwe no kuba Umwami w’uRwanda ariho kandi bahora bashaka uburyo bamukura ku isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ubucakara bw’abana b’abanyarwanda bitwa mayibobo, bohererezwa imyuka mibi kugirango babatangeho ibitambo bitwa abapfuye bahagaze (dead walk) maze, ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu,hanura ushyireho iherezo ry’ubwo bucakara abo bana bashyizwemo n’inkozi zibibi zatwaye imigisha yabo bakiri batoya babahindura inkorera gahato uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abishyizeho iherezo, kandi ni uko abitegetse!

Mar 9, 2014 njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda batahuka mu gihugu baturutse mu mahanga aho bari barahunze Leta ya gatsiko kingoma y’abega, maze bageze mu gihugu basanga ari nta muyobozi igihugu gifite uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame barashaka kumuca igihanga, nibarangiza kumuhitana hazaduka intambara ikomeye cyane ku buryo abamuhitanye bibwirako bazahita bafata ubutegetsi nta bwo bizabatunganira kuko muri bo nta numwe Uwiteka Imana Nyiringabo yatoranije kuzaba umukuru w’igihugu kuko republika itemewe na mategeko ubwo izakurwaho nta bwo izasimburwa nindi, kuko ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekoshinga ari bwo bugomba kwima ingoma nk’uko Uwiteka Nyiringabo yabitegetse uko niko abivuga.

Mar 13, 20 14 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu abadaimoni bakorera mu Rwanda barabyibushye cyane, bamaze kwicara ku ntebe ya bukunzi, kandi bamaze kwigarurira gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 15, 2014 Njyanwa mu iyerekwa mbona ko nyuma yo gusenyuka kwa agatsiko ku butegetsi bwa FPF na RDF, hazabaho inzara ikomeye cyane itarigeze kubaho, ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, umurwa w’Isalem uzaturwamo na bashumba baragira amatungo kuko igihugu kizaba ari nta bantu gifite uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, icyo gihe ubusambanyi buzaba bukorerwa mu gihugu bazahinduka itegeko rya SODOMA na GOMORAH ibyo nubibona bizakubere ikimenyetso cyo kuvaho kw’ingoma y’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Pastor Mignone akoresha imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bwa Eliminati, akaba akoresha umwuka witwa Talisman uhagararariwe nikigirwamana afite gishinzwe kohereza imyuka mibi ibatera amaranga mutima yo gutanga amashillingi batateganije, buri gihe ategura ibirori (ceremony) agategura bedget ihanitse yikubye inshuro 100% kandi abantu bakayatanga ukabona nta cyo bibatwaye byitwa ko ngo barakorera Imana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Talisman spirit belongs to her

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, icyo kigirwamana kimuzanira abakire murusengero na bakoresha iyo myuka nkiye akoresha, kugirango barusheho kwagura ubwami bwa Satani, ndetse hagize ukumva umuvuga nabi ushobora kwicwa mu buryo utazi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Mar 17, 2014 njyanwa mu umwuka nerekwa mbona uwahoze ayobora uRwanda perezida Habyimana akoresha inama ikuzimu mu ibanga rikomeye cyane bisobanura (umwuka w’inzika y’inzigo) kugirango bakureho RPF kubutegetsi.

Mar 19, 2014 Nerekwa abakristu basengera muri kiliziya gatolika lmana ibabohora kubera baboshwe n’umwuka w’ikinyoma nibigirwamana uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze mbona Umuhanuzi mukuru ashenye ibyo bigirwamana babaterekereyeho.

Mar 22,2014 Njyanwa mu iyerekwa maze mbona umwuka w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo umpangaho maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka lmana Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka aguhaye impano (8) zijyanye nimirimo yayo kugirango ubone uko uyikorera umulimo wayo neza uko niko Uwiteka abivuga.

Mar 25, 2014 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore mu bihe bizaza ingabo z’uRwanda zo mu bwoko bw’Abatutsi zizashaka Umwami Kigeli Ndoli kugirango atabre gakondo ya bakiranutsi yabeshwe n’abega uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 27,2014 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, intambara izaba mu Rwanda, nyuma yiyo ntambara, umurwa wa Kigali uzaba utuyemo n’abantu bacye cyane, kandi hazubakwa amagorofa maremare cyane asumba ahubatse ubu, kandi yubatse kumirongo neza uko niko Uwiteka avuga.

Mar 28,2014 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ubutayu ubayemo igihe kirekire burarangiye, ahari ubutayu Uwiteka ahahinduye umugisha, ariko abakubujije umugisha mu gihe cya mahoro bagiye kudusimbura bajyanwe mu butayu bugufiya aho natwe twahoze uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hamagara Umwami Kigeli V Ndahindurwa umubwire uti, Umwami wari kuzagusimbura yitwa Uwanyirigira Nyirinyinya Biregeya, nta bwo agisimbuye Umwami KIGELI V. Ndahindurwa, ahubwo azasimburwa nundi utuye mu gihugu cy’Umwami kazi Elizabeth uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli V Ndahindurwa azatanga ku buryo butunguranye, kandi namara gutanga, uko abantu babitekereza siko bizagenda ahubwo bizatungurana kuko uzamusimbura atari we wari warateganijwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami uzasimbura uwasimbuye Umwami Kigeli V Ndahindurwa azimikwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse! 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire itorero ry’Imana babe maso kuko Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo agiye kuza guca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

(ii) Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwami Yesu Kristo agaruka gutwara abakiranutsi, mbona ahereye kubana batoya batarengeje imyaka (5) gusubira hasi, mbona Umuhanuzi mukuru yabambikwa amababa basanganira Umwami Yesu mukirere, uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo za RDF zimaze kumva yuko Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo yagarutse gutwara itorero ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bafata imbunda yo mu bwoko bwa RPG bajya ahirengeye maze bashakisha uko baza kubona Umwami Yesu ngo bamurase igikombora bamwice uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona habaho ububyutse bw’imanza zitabera, ariko abanyamadini ntibasobanukirwa ibilimo kuba bakomeza kwibwira mu bwenge bwabo ibijyanye n’ububyutse bo bifuza budafitanye isano na gahunda y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Mar 29, 2014 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, uburire isi yuko Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guteza ibyago igihugu cya Kenya ‹Babylon› ku buryo bwihuse, kugeza ubwo buri munyagihugu azicuza impamvu yitwa abanyaKenya uko niko Nyiringabo abivuga.

 Mar 30, 2014 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka agiye guteza inzara ikomeye cyane mu gihugu cya Uganda izikuba inshuro (4) kubera ibyaha byabo bimaze kugera imbere y’Uwiteka.

06 April, 2014 Njyanwa mu iyerekwa hakurya y’imisozi y’igikundiro, muburasira zuba bw’uwo murwa, hagiye kumera umusozi muremure uzaba ugoswe n’ibihu byinshi, uwo musozi uzurirwa na basore bo mu bwoko bw’Abatutsi bimigenda hamwe nabakuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uliya muturirwa w’inzu y’Umwakagara Paul Kagame hariya yubatse nzahasenya hazubakwa za KISQUE nk’uko mbere y’intambara y’1994 zari zihubatse uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

12 April, 2014 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, imbaraga z’umwijima intumwa ya SATANI Paul Gitwaza yari yarahawe igihe cyazo kirarangiye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa intumwa ya Satani Paul Gitwaza yicaye hasi alimo kwibaza uko agiye kubyifatamo kuko izo mbaraga yari yarahawe zarangije igihe cyazo bari barasezeranye nabazimuhaye. Ambonye agira isoni atangira kwigira nk’aho alimo gusenga kandi ari nta bibiliya yari yifitiye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona noneho yamaze kwishyura ibiguzi yasabwaga gutanga kubamuhaga izo ngufu z’umwijima, maze mbona ahawe inzoka (10) harimo 2, ndende cyane ari nazo zakoraga umurimo cyane wo kuzana abantu benshi mu idini rye! Amaze kubona ko namutahuye, kandi ko atagisohoje imigambi ye, yahise yohereza imbaraga z’umwijima zirantwara zinjugnya mu iriba ry’amazi y’inka ryari hepfo yanjye amazi bisobanura ibibazo inka zisobanura abadaimoni bintambara, maze mbona umugore aturutse haruguru yiryo riba amfata ukuboko ankuramo bisobanura itorero rya kristo cyangwa Malaika w’Imana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

 The rhema word comes from heaven unto me and told me that man of living God of heaven, just take a look front of you and read the word written on board, (ANOOWA)

This is the meaning of this the rhema word acording the research i made it, the definition of it. Is there some defining factor that easily distinguishes the difference? …. Anoowa, developers of billFLO » Blog Archive » Small Biz Tip.

Anoowa Inc. announced today the immediate availability of its new billFLO seller API that allows any accounting system …and to collaboratively define the minimum invoicing standard we … my thoughts on this last year.

Anoowa, Inc. will operate under provides web-based cash flow management system that gives small Taulia brand name. ….

17 April, 2014 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti, ubwire aya magambo akurikira abatuye isi, mu maze kuba babi cyane, kandi mukomeje gukiranirwa cyane, niyompamvu ngiye gukora ibitangaza ku isi, buri kiremwa kizamenya yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo waremye ijuru n’isi.

Ngiye kubatungura mbateze ibyago, amakuba, akaga, nibindi bikomeye cyane kuburyo ubwenge bw’abantu ntibuzabasha kubisonukirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

19 April, 2014 Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ubwire abanyamadini uti, uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, agiye gutangira guca imanza zitabera z’itorero rye kugirango ibyo muhora mwigisha bibasohorereho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

21 April, 2014 Njyanwa mu iyerekwa mbona ko, igihe cya ‹Paul Kagame› cyo kuvaho ko gisohoye, uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

22 April, 2014 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwakagara yamaze kugambana n’umuryango wabibumbye (United Nations) ko bagiye kwambura abanyarwanda ubuhunzi ko abatari bahabwa ibyangombwa by’ubuhunzi ko batakibibonye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abapadiri ba kiliziya gatolika bafite icyicaro gihoraho mu muryango wa Satani witwa Illuminati

24 April, 2014 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abantu basengera muri Ekleziya Roman Catholic Church RCC yuko aba padiri bose ari abanyamuryango wa Illuminati basenga Satani uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

25 April 2014 Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu butayu bugufiya, nerekwa bamwe muba pastor bakorera FPR, bayobowe na Gen. Jack Nziza bananirwa kugera kunshingano bahawe nuwo mwicanyi kabuhariwe, mbona atangiye ku baryoza amashillingi yabahaye kugirango atangire gushaka abandi yakorana nabo. Abo ba pastors yari yarabahaye inshingano zo guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon ariko Imana ikomeza kumuhisha mu mababa yayo bituma bakurwaho ikizere.

27 April 2014ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu andika ibyo ngiye ku kubwira:

  • Dore ngiye guhindura ubwenge bwa bana b’abantu, mbushyire mu migambi yanjye kugirango ubwenge bwabo abe ari bwo buzabagirira nabi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

  • Abana b’abantu bazicuza icyatumye baremwa, kuko ubwenge biratana ari nta cyo buzabamarira ku munsi wa makuba. Ahubwo ubwo bwenge buzabafasha kwigirira nabi uko niko Uwiteka avuze.

  • Dore ngiye gukora ibitangaza mu isi yabazima, abatuye isi, bazumirwa! Bazicuza kuko bakomeje gukiranirwa no kugira nabi bakaba nta neza ibabamo cyangwa ngo iboneke muri bo uko niko Uwiteka avuze.

 (vi) NB: Ariko abakiranutsi nzabarinda, kandi mbagirire neza, ibyo byago bazabirebesha amaso ariko ntibizabageraho uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi haruguru y’ubutayu bugufiya, mbona hagati mu butayu harimo imodoka zirimo kuzenguruka ubwo butayu ntaho zerekera kuko na bonaga nta nzira zifite yo kubakura muri ubwo butayu.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, ubuyobozi bwa RPF ningoma y’abega bajyanywe mu butayu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umucuruzi ukomeye cyane wa RPF witwa Amos Kamugisha atwaye imodoka y’ijeepe yakorewe muri America mbona nawe azengurutse muri ubwo butayu aho kugirango abuvemo, ahubwo agakomeza kubwinjiramo agana mu majyaruguru yabwo.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cynae maze rirambwira riti, reba hepfo yawe y’ubutayu bugufiya, maze ngire icyo nkwereka.Ndareba mbona imodoka ya perezida Paul Kagame igeze mubutayu hagati ikoze impanuka ikomeye cyane ndetse icitsemo ibice (3) nabari bayirimo bose mbona bararimbutse!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu ubutegetsi bw’Umwakagara Paul Kagame hamwe na gatsiko ke bose barimbukiye mu butayu bugufiya uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse!

03 May, 2014 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mu bihe birimbere, hari abazungu bazaza muri Africa kwiba DNA z’abirabura kuko bamaze kubona yuko abarabura bizarangira ari bo bayoboye isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, abagore b’abatutsi-kazi baturutse mu gihugu cy’Uburundi Uwiteka Imana agiye kubaha igihano cy’inzaduka kubera ubwicanyi bakoreshwa na RPF uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

04 May, 2014 Njyanwa mu iyerekwa mbona abari ku ngoma ya RPF, repubulika ya lll, itemewe na mategeko, ko igihe cyabo gihumuje uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yabivuze!

05 May, 2014 njyanwa mu iyerekwa mbona RPF inkotanyi, ikoresha abagore b’abatutsi kazi, kuroga abatavuga rumwe na Leta ya RPF, no kubigarurira. Abanze kuyoboka bagahabwa utuzi twa Dann Munyuza bakanyuzwa iy’ubusamo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that, man of living God of heaven, just read the word of the Lord which is front of you written on board called “Anoowa” the meaning of this word, it means is electronocaly small company.

13 May, 2014 Njyanwa mu iyerekwa mbona imyuka (7); itatu (3) yari imyuka y’abagabo, ‹men’s spirits of the evildoers› iyindi imyuka (4) yari imyuka y’abagore, ‹forth womens evil spirits mbona ko yinjijwe mu butayu bugufiya uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona icyo gajuru kigiye gukorwa kugirango kizajye gitwara umuntu umwe kukazi. Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mu bihe bizaza hagiye kwiyongera ubwenge bwinshi bujyanye nikoranabuhanga, kandi abantu bazarrushaho gukunda impiya cyane aho ibyari ubucuruzi bwite bw’abantu bibikomerezwa bugiye kuba rusange uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abasaza basheshe akanguhe bageze muzabukuru ‹pension› basubira mukazi kubera hagiye kubaho inzara ikomeye cyane kw’isi yabazima izatuma basubira mukazi kuko ibyo bahabwaga bizagorana kugirango bakomeze kubaha ubwo bufasha uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

24 May, 2014 The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven take a look front of you that word! The word was written is this: “Malt” meaning of the Malt is grains that have been dried in a process known as “malting.”

The grains are made to by soaking in water, and are then halted from germinating further by drying with hot air. And the word of the Lord almighty told me that man of living God of heaven you were dried as malting, but now i remembered you that’s why I the Lord am going to watering you so that you will be able to produce your seeds the Lord God of heaven said.

Malting grains develops the  required to modify the grain’s  into sugars, including the,the saccharides emaltotriose, and higher sugars called. It also develops other enzymes, such as proteases, which break down the proteins in the grain into forms that can be used by yeast.

Malt also contains small amounts of other sugars, such as sucrose and fructose, which are not products of starch modification but were already in the grain.

Malted grain is used to make beer, , malted shakesmalt vinegar, confections such as Maltesers and Whoppers, flavored drinks such as HorlicksOvaltine and Milo, and some baked goods, such as malt loafbagels and rich tea biscuits. Malted grain that has been ground into a coarse meal is known as “sweet meal”.

Various cereals are malted, though barley is the most common. A high-protein form of malted barley is often a label-listed ingredient in blended flours typically used in the manufacture of yeast breads and other baked goods.

The term “malt” refers to several products of the process: the grains to which this process has been applied, for example malted barley; the sugar, heavy in maltose, derived from such grains, such as the baker’s malt used in various cereals; or a product based on malted milk, similar to a malted milkshake (“malts”).

Genesisi 31:40

27 May, 2014 Narimvuye mu butayu bugufiya, aho nongeye kubwinjiramo maze ngeze hafi y’inyanja iri haruguru y’ubwo butayu, nduhukira ku ishashi yo gutwaramo ibintu bita ‹paper bag› maze igihe mbaye nkufata agatege, Umwuka wera nawe aba yambaye hafi. Atangira kumpinshurira uko ibintu bigiye kugenda mu rwagasabo.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bahunze igihugu, bakongera bagataha, ko bazongera guhunga, ariko icyo gihe nta bwo bazongera gutahuka mu gihugu cyabo kuko nta kizere bazaba bakigifitiye niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mbona bahisemo kwibera mu mahanga ubuzira herezo, ariko igice kimwe kirongera cyirataha, ibyo byabaye nyuma yuko umukuru w’igihugu Umwami wabagara «Umwakagara» avuye ku ngoma, maze hameneka amaraso menshi cyane wagirango abantu bari bayafitiye inyota yo kuyanywa, yewe amahanga yararebereye gusa nta cyo yigize abikoraho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mu itorero ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari nta mbuto zilimo zo gusarura, maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu birakwiye yuko itorero risenywa burundu kuko ari nta mbuto ryeze akaba ari nta cyo rimaze kw’isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bose muri rusange, barimo gukora igerageza ryimipanga ngo barebe ko iyo mipanga izabasha gutema imitwe ya bantu, maze mbona Umuhanuzi mukuru abaza abafite iyo mipanga niba koko bagiye kuyicisha amajosi ya bana b’abanyarwanda. Numva umwe aramwemereye ngo yego, tugiye gutangira guca amashu ariyo mitwe y’abantu.

07 JUNE, 2014 Nerekwa ibikomeye bigiye kubaho mu isi yabazima, mbona ukuboko k’Uwiteka Imana kuramburiwe abari mu isi y’abazima, mbona inzara ikomeye cyane, yoherejwe mu rwagasabo, no mu gihugu cy’Afrika y’Uburasira zuba cyitwa Kenya, ibi bihugu byombi Umwuka w’Uwiteka yarabyikomyi cyane kubera gukiranirwa no kumena amaraso y’abakiranutsi uko niko Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwe mu bakomeye witwa «Robert Mugabe» uyobora igihugu cya Zimbabwe ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rirambwira riti, uwo mukambwe akuwe kubutegetsi muburyo budasobanutse, maze mbona uwamukuye ku ntebe yongeye kureba hirya maze akuraho undi mutegetsi akomeye cyane muri Afrika wamennye amaraso menshi yabakiranutsi uwo nta wundi n’Umwakagara Paul Kagame.

08 June, 2014 Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwami Kigeli V Ndahindurwa yima ingoma mu buryo bw’ubufindo, mbona atashye muri gakondo yabakiranutsi kandi Umwakagara akiri ku ngoma, ariko hazamo urujijo kuko yatashye wenyine adaherekejwe na biru be ibi nabyo bimbereye amayobera kandi niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

09 JUNE,2014 njyanwa mu iyerekwa nbona Umwami w’Urwanda Kigeli V Ndahindurwa yicaranye kumarembo n’Umuhanuzi mukuru ku nkinke z’amarembo, maze mbona abashinzwe umutekano baraje basaba Umwami ko yakwitegurira urugendo rwo kujya muburasira zuba bw’igihugu rwamaza gutungana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

11 June, 2014 Njyanwa mu iyerekwa mbona abakuru bingabo z’Umwakagara bahamagarwa hamwe ningabo zose ngo zijye kumurongo zihabwe amabwiriza yurugamba, mbona bateranira aho basanzwe n’ubundi buteranira bitegurira kujya kumashana mu gihugu cya (Assyria) muri DRCongo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

15 June,2014 njyanwa mu iyerekwa, mbona umuntu nta bashije kubona isura ye ngo mumenye neza, uwo mugabo yarahagaze muburasira-zuba bw’imisozi y’igikundiro. Mbona arekuye umwambi ufata ikirere uwo umwambi umaze kugera mu kirere warahatinze cyane, ulimo gushakisha icyerekezo cyaho umwakagara ahagaze, maze nerekwa ko, umwakagara aherereye IKUSI, mu majyepfo y’uburasirazuba. Mbona umwambi urakomeje utambagiye ikirere ukomeza gushakisha aho wa mukuru w’igihugu aherereye, ariko usa naho utarafatisha ikirere cyaho ahagaze.

Nuko mbona Umwuka w’Uwiteka asohotse mu muryango w’ijuru, aramanutse aragenda ajya imbere y’uwo mwambi, umwambi nawo ukurikira mwuka wera, maze baragenda mbona Umwuka wera yeretse wa mwambi aho Umwakagara Paul Kagame ahagaze, maze wa mwambi umuturuka murubavu rw’ibumoso umuhinguranya mu cyiciro uhinguka murundi rubavu umwakagara asezera ku isi yabazima.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, uburire Umwakagara umubwire uti, uko byagendekeye Umwami Ahab, nawe niko bizakugendekera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Micah Warns King Ahab 2 Chronicles 18

18 Jehoshaphat had much wealth and honor, and he made an agreement with King Ahab through marriage. A few years later Jehoshaphat went to visit Ahab in Samaria. Ahab sacrificed many sheep and cattle as a great feast to honor Jehoshaphat and the people with him. He encouraged Jehoshaphat to attack Ramoth in Gilead. Ahab king of Israel asked Jehoshaphat king of Judah, “Will you go with me to attack Ramoth in Gilead?”

Jehoshaphat answered, “I will go with you, and my soldiers are yours. We will join you in the battle.” Jehoshaphat also said to Ahab, “But first we should ask if this is the Lord’s will.”

5 So King Ahab called four hundred prophets together and asked them, “Should we go to war against Ramoth in Gilead or not?” They answered, “Go because God will hand them over to you.”

But Jehoshaphat asked, “Isn’t there a prophet of the Lord here? Let’s ask him what we should do.”

Then King Ahab said to Jehoshaphat, “There is one other prophet. We could ask the Lord through him, but I hate him. He never prophesies anything good about me, but always something bad. He is Micah son of Imlah.” Jehoshaphat said, “King Ahab, you shouldn’t say that!”

So Ahab king of Israel told one of his officers to bring Micah to him at once.

Ahab king of Israel and Jehoshaphat king of Judah had on their royal robes and were sitting on their thrones at the threshing floor, near the entrance to the gate of Samaria. All the prophets were standing before them speaking their messages. 10 Zedekiah son of Kennan had made some iron horns. He said to Ahab, “This is what the Lord says: ‘You will use these horns to fight the Arameans until they are destroyed.’”

11 All the other prophets said the same thing, “Attack Ramoth in Gilead and win, because the Lord will hand the Arameans over to you.”

12 The messenger who had gone to get Micah said to him, “All the other prophets are saying King Ahab will win. You should agree with them and give the king a good answer.”

13 But Micah answered, “As surely as the Lord lives, I can tell him only what my God says.”

14 When Micah came to Ahab, the king asked him, “Micah, should we attack Ramoth in Gilead or not?”

Micah answered, “Attack and win! They will be handed over to you.”

15 But Ahab said to Micah, “How many times do I have to tell you to speak only the truth to me in the name of the Lord?”

16 So Micaiah answered, “I saw the army of Israel scattered over the hills like sheep without a shepherd. The Lord said, ‘They have no leaders. They should go home and not fight.’”

17 Then Ahab king of Israel said to Jehoshaphat, “I told you! He never prophesies anything good about me, but only bad.”

18 But Micah said, “Hear the message from the Lord: I saw the Lord sitting on his throne with his heavenly army standing on his right and on his left. 19 The Lord said, ‘Who will trick King Ahab of Israel into attacking Ramoth in Gilead where he will be killed?’

“Some said one thing; some said another. 20 Then one spirit came and stood before the Lord and said, ‘I will trick him.’ “The Lord asked, ‘How will you do it?’

21 “The spirit answered, ‘I will go to Ahab’s prophets and make them tell lies.’“So the Lord said, ‘You will succeed in tricking him. Go and do it.’”

22 Micah said, “Ahab, the Lord has made your prophets lie to you, and the Lord has decided that disaster should come to you.”

23 Then Zedekiah son of Kennan went up to Micah and slapped him in the face. Zedekiah said, “Has the Lord’s Spirit left me to speak through you?”

24 Micaiah answered, “You will find out on the day you go to hide in an inside room.”

25 Then Ahab king of Israel ordered, “Take Micah and send him to Amon, the governor of the city, and to Joash, the king’s son. 26 Tell them I said to put this man in prison and give him only bread and water until I return safely from the battle.”

27 Micaiah said, “Ahab, if you come back safely from the battle, the Lord has not spoken through me. Remember my words, all you people!

Ahab Is Killed

28 So Ahab king of Israel and Jehoshaphat king of Judah went to Ramoth in Gilead. 29 King Ahab said to Jehoshaphat, “I will go into battle, but I will wear other clothes so no one will recognize me. But you wear your royal clothes.” So Ahab wore other clothes, and they went into battle.

30The king of Aram ordered his chariot commanders, “Don’t fight with anyone important or unimportant except the king of Israel.” 31 When these commanders saw Jehoshaphat, they thought he was the king of Israel, so they turned to attack him. But Jehoshaphat began shouting, and the Lord helped him. God made the chariot commanders turn away from Jehoshaphat. 32 When they saw he was not King Ahab, they stopped chasing him.

33 Not by chance, but the holy spirit leader an arrow soldier shot an arrow which hit Ahab king of Israel between the pieces of his armor. King Ahab said to his chariot driver, “Turn around and get me out of the battle, because I am hurt!” 34 The battle continued all day. King Ahab held himself up in his chariot and faced the Arameans until evening. Then he died at sunset.

16 June,2014 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, ukwiye kwandika ibihanurwa byose ubwirwa kuko ar’ubwiru bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo buzakenerwa mu bihe biri imbere uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

17 June,2014 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu, hari imbaraga z’umuzuko, izo nizo zonyine zanesheje imbaraga z’umwijima mu isi yabazima. Umuntu wese udakoresha izo mbaraga z’umuzuko, nta bwo ashobora guhangana n’imbaraga z’umwijima ngo azazineshe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Imbaraga z’umuzuko zonyine nizo zifite ubushobozi bwo guhagarika ibikorwa by’abadamoni bikorerwa mu isi y’umwuka, umuntu utazizifite ntashobora gusenya imbaraga z’ikirenga z’abadaimoni zisenya ubwami bw’Imana.

Njyanywe mu iyerekwa mbona maze gupfa ndongera ndazuka, mbona banshyize mu mva nyivamo mbasaba ko banshyira mu yindi, igihe maze kubabwira ibyo, mbona batinye kongera kunsubizamo, maze ndabwirwa ngo urupfu rwo muri gakondo urarukize, kandi uhawe imbaraga z’umuzuko zo gusenya imikorere yose yabadaimoni bakorera mu isi y’abazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

19 June, 2014 nerekwa perezida Kagame yateranije ingabo ngo zijye gusarura amasaka yamahundo yaramaze kwera mu gihe cy’iki, ariko mbona umukuru w’ingabo Gen.Nyamvumba Patrick atinze kuza kuri foleni maze Kagame agirwa inama yo kumwirukana ariko mbona aramutinye ahubwo avuga yuko azamuhamagara murugo bakaganirira murugo icyabimuteye kumusugura.

20 June, 2014 njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’abahutu banejejwe cyane ni uko perezida w’uRwanda apfuye urupfu nk’urwaperezida Habyarimana wahoze ayobora Urwanda. Mbona Kagame Paul ageze ikuzimu yakiriwe na Habyarimana amwakiriza igikoma gifite isukari nyinshi cyane, maze mbona Kagame afite ikimwaro n’ubwigunge bwo kuba mu isi y’umwijima.

20 June, 2014 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Uhoraho Uwiteka Nyiringabo arakajwe cyaneee n’Abatutsi banena Abahutu. Ahagurukiye Abahutu bakomeje kwanga urunuka Abatutsi! Abo bose agiye kubaha isomo ryo kwiga kugirango bamenyeko, Uwiteka ariwe Imana uko niko abivuga.

21 June, 2014 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abanzi bawe bazagutegera kumeza yawe! Ukwiye kugira ubwenge kuko abo wibwira ko, arabakozi banjye, abo nabagaragu binda! Imana yabo n’inda no kugira nabi kugirango babone amaramuko.

22 June, 2014 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu witinya wigira ubwoba, kuko ndinze ubugingo bwawe, abanzi bawe bararekereje ariko uhumure kuko nd’Uwiteka Imana yawe, kuko bidashoboka yuko abanyiringira bakorwa n’isoni, ahubwo nzabaha umugisha nzabagura mbashyire mubwatsi butoshye.

26 June, 2014 Ijambo ry’Uwiteka lmana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, itorero ry’Africa y’uburasirazuba rigiye kwinjizwa mu butayu bugufiya, kubera gutwara icyubahiro cy’Uhoraho Uwiteka ‘lmana Nyiringabo. «Daddy», no gukorera ubucuruzi murusengero uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

01 July, 2014 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti, Pastor Rene Masasu yambuwe ubutware bw’umurimo w’lmana mu itorero ayoboye rya Evangelical Restoration Church kuko iryo torero Uwiteka yarigaye kuko riyobowe n’ubwenge bwa muntu atari umwuka w’Imana uriyoboye kuko atagifite intebe cyangwa icyicaro muri iryo torero.

17 July,2014 njyanwa mu iyerekwa mbona bimwe mu bihugu bikomeye ku isi, bikora inama yo gukuraho Paul Kagame ku butegetsi, abari muri iyo nama ntibigeze bifuza yuko haba hari umuntu numwe wamenya ko iyo nama yabaye kuko yabereye mu ibanga rikomeye cyane usibye ko Uwiteka hamwe n’Umuhanuzi mukuru aribo bari muri iyo nama.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu uburire ubwoko bw’Abayisiramu, ko ngiye kubatatanya kubera gukiranirwa kwabo kumaze kungera imbere yanjya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

18 July, 14 njyanwa mu iyerekwa mbona hagiye kuba inama ya (10); yo gukuraho Umwakagara Paul Kagame ku ntebe ya bukunzi, ndabwirwa ngo, abana b’abantu bahora bategura gukuraho Umwakagara ariko nkaburizamo imigambi yabo kuko hariho ibyo atari yankorera Nifuzaga yuko yabanza kubirangiza namara kubirangiza nzabaha uburenganzira bwo kumukura ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

29 July, 2014 Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi, mbona intambara irangira mu gihugu cy’Urwanda, abantu benshi bari bituriye mu murwa mukuru w’Urwanda (Kigali) na bonaga abanyamahanga aribo benshi cyane kurusha abenegihugu. Mbona abanyamahanga bazanye imico y’iwabo ijyanye n’ubucuruzi bacururiza mu mihanda aho babonye hose.

Icyo gie nabonaga umuhanda wo kwa Rubangura Vedaste wari warabaye umusaka, uturutse kuri (junction) ugana kwa Rubangura na mazu ahegereye yose yarahindutse umusaka kubera intambara yibasiye ako gace koze ko kwa Rubangura.

03 Aug, 2014 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore umwe mu nshuti z’Umwakagara niwe uzamugambanira uwo azaba yiringira cyane ko ar’inshuti ye uwo niwe uzamucisha igihanga niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona amayira yose, n’uduhanda twose, uwari ministiri w’ingabo arazifunze, kugirango ashyire mu bikorwa umugambi w’Uwiteka wo guhitana inshuti z’umwakagara Paul Kagame.Nuko mbona abantu benshi barimo abazungu, abahinde, bahugiye mu ikorana buhanga, ariko ntibamenya ibigiye kubaho mu rwagasabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru yinjira muri iyo nzu yategurirwagamo iyo migambi yose,mbona ahuye na general ugiye gushyira mu bikorwa ibyo Uwiteka Imana yavugiye mukanwa k’Umuhanuzi,ariko kugera aho uwo mu general yarigutegurira iyo migambi kwari ukugenda akuruza inda hasi kugirango agere aho yasabwaga kugirango atangarize ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ko umwanzi wa gakondo yabakiranutsi yamaze gucibwa igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko mbona Umuhanuzi mukuru ararungurutse, aritegereza uburyo umukuru w’igihugu imyiteguro yo kumuca igihanga irimbanije, maze ntaganzwa n’uburyo yagize ubwenge bwo kugenda akuruza inda kugeza ageze aho bategurira izo nama zose.

Maze abari kumwe n’uwo mu General, numva baravuze ngo,” tugomba gufunga amayira yose ku buryo umuryango wabibumbye udashobora kubona inzira wanyuramo baza kudukoma mu nkokora!Yewe byari bikomeye cyane, abazaba badafite ho Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ho umukiza, sinzi uko bizagenda uko niko abivuga.

Mbona abwiye ingabo ze, na bambari be bose, bafatanije muri uwo mugambi, batangatanze imiharuro yose, uduhanda twose, n’utuyira twose, utwamaguru, yewe n’utwinyamaswa zinyuramo cyangwa ibiguruka mu kirere utwo tuyira twose twahise dufungwakugirango ibyo Uwiteka yavugiye mu muhanuzi n’umuhanuzi mukuru bisohore.

Mbona ijuru rihindutse umwijima, ibicu birahindurije, ibyar’umucyo bihindika umwijima, maze abantu nabonaga basa nabari mu birori, mbona ibitwenge bihindumo agahinda namarira. Yewe n’Uwiteka n’umuhungu we Yesu kristo! Kuko ibyo mbonye biteye umubiri wanjye gusesa urumeza.

Nerekwa hongera kubakwa aho ibinyaziga bitwara abantu, mbona muriyo gari imbere hakorerwamo ubucuruzi butandukanye, ndetse mumfuruka zayo, hari akabari kinzoga za beer, mbona abahoze arabakozi ba Atraco, bongera gukora umurimo wabo wo kugenzura amamodoka, ariko uwo mulimo bawukoranaga nabakozi b’umujyi wa Kigali nabonaga bashinzwe gusoresha ibikorwa byose bikorerwa aho muri gare.

(i) Nerekwa Leta y’uRwanda ikora inama yo guhitana abahoze mu gisirikare bose, bakivuyemo, ndetse bakaza guhunga igihugu, mbona bemeje ko, babasanga mu mahanga aho bahungiye, kugirango babace ibihanga mbere yuko intambara yo gukuraho ubutegetsi bwa fpr itangira.

(ii) Mbona bahereye k’Umuhanuzi mukuru baramufata bamujyana ku kibuga gikorerwaho imyitozo ya gisirikare, kugirango bamuce igihanga. Ariko mbona n’umuhanuzi nyirizina na we ari hafi yahoo, ariko nta numwe wa mubonaga, mbona atangiye gusengera umuhanuzi mukuru kugirango aburizemo iyo migambi mibisha.

(iii) Mbona bazanye umuhanga wo kurashisha imbunda ntoya yo mu bwoko bwa masotera ‹Pistol› mbona umurashi ararashe urusasu ruragenda rugeze kumuhanuzi mukuru rumunyura mumfuruka z’amatwi ntiyaba agipfuye!

(iv) Maze umurashi aravuga ati, ubwo nguhushije biragaragara ko, wowe utari uwo gupfa, mbona Umuhanuzi mukuru arabacitse, arahunga, bakomeza kumuhigira hari hejuru ngo kuko uwo niwe rufunguzo rw’ubwami bw’uRwanda.

10 Aug, 2014 njyanwa mu iyerekwa, maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho kandi cyane, maze rirambwira ati, mwana w’umuntu, ngiye gutanga umugisha kubakiranutsi, abihanganye bose bagiye kubona ineza yanjye! Kandi abanzi banyu nta bwo muzongera kubabona ukundi. Ndabizi neza murarushye umwanzi wanyu n’umukuru w’igihugu cyanyu, bwira ubwoko bwanjye ngo ntabwo muzongera kumubona ukundi! urusaku rwe, rumeze nk’intare itontoma izirirtse!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ubwire abantu banjye uti, ndabizi neza yuko murambiwe kandi mukaba mutegereje igihe kirekire ibyo navuze, ariko biragaragara yuko murambiwe, ibyo nibyo nashakaga yuko murambirwa mugakura amaso kubana b’abantu, kugirango munyiringire kuko nd’Uwiteka Imana ya Israel Abraham, Isaack, na Yakobo.

Jeremiah 32:27

I am the LORD, the God of all mankind. Is anything too hard for me? 28 Therefore this is what the LORD says: I am about to give this city into the hands of the Babylonians and to Nebuchadnezzar king of Babylon, who will capture it.

Dore ibyo nibwira kubagirira s’ibibi, ahubwo n’ibyiza! Kuko nzihesha icyubahiro mu bwoko bwanjye no mu bantu banjye uko niko Uwiteka Imana avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti, namanuwe no kumva urusaku no kureba ibibakorerwa, bavuga ko barengana, kandi ko, amaraso yamenetse ari menshi cyane, yewe koko nibyo kuko amaraso ararira ndetse arasaba guhorerwa ariko kuri wa munsi utegerejwe niho bazamenya yuko nd’Uwityeka Imana ikiranuka ihorera gukiranirwa kwa base na banyina uko niko Uwiteka Imana nyiri juru n’isi avuze.

Inkota izasimbura iyindi, abicishije inkota niyo izabica, uwakoresheje umupanga niwo uzamutema, uwakoresheje umuhoro niwo uzamuca igihanga, uwakoresheje intwaro z’ubumara izo nizo zizamumaraho ubugingo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, bwira ubwoko bwanjye bwitegure dore igihe cyarangiye kandi kiraje dore uzaba umunsi uteye ubwoba amahanga azatangara ndetse nabamanitse amajosi uwo munsi bazamenya ko bakiraniwe uko niko Uwiteka avuga.

Abanyantege nke nzabacyura, abanyembaraga nzabarinda, kugirango bankorere kuko ibihe mugiye kwinjiramo n’ibihe by’abafite kwizera gukomeye, kandi bihanganiye ibibagerageza. Kuko abo nibo bazankorera umurimo kuko bagaragaweho n’ubutwari no kwihangana kwa bera! Ishuri murarirangije mugiye guhembwa muhabwe imbaraga zo gukiranuka no kurwanya isi kandi muzayitsinda uko niko Uwiteka imana avuze.

11 Aug, 2014 njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bongera gusubizwa mu ishuri bari bamaze igihe barivuyemo, mbona bose batanguranwa kujya kwinjira muri iryo shuli «ibigeragezo iby’igihe kirekire uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mbona bazamutse ahahoze igiti cy’umuvumu, ariko cyari kitakiriho, cyari cyaraguye icyo nicyo cyari imbaraga za republika y’uRwanda iriho kuburyo btemewe namategeko. Kimaze kugwa imitsindo yabo yasigaye itagifite imbaraga zo kugukomeza gushimangira ikinyoma cy’ubutegegtsi.

Nuko ntangazwa n’uburyo abanyarwanda bishimiye cyane kujya kwinjizwa mu ishuri bagiye gutangira kwiga umwaka wa mbere wa mashuli abanza tekereza igihe bazagerera mu mwaka wa 9 amashuli yo mu Rwanda.

12 Aug, 2014 ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu ngwino nkwereke bimwe mu bintu birimo kuba ku bwoko bwanjye! Ndagenda aransohokana anjyana mu gikombe cy’ubutayu bugufiya, ariko ubwo butayu bwar’ubwa mbere mbwerekwa! Hagati yubwo butayu harimo ikidendezi cy’amazi mabi, mbona mur’ubwo butayu hateraniye ifarasi nyinshi,maze Malaika arambwira ati fata ifarasi imwe uyurire ndabikora ndayurira mbona injyanye hagati mubutayu aho neretswe iriba ry’amazi meza.

Mbona abantu baje kumafarasi muri ubwo butayu, batangira kuvoma amazi mabi, ngerageza kubereka iriba ry’amazi meza ariko banga kujya kuvoma kuri iryo riba ngo kubera ko,hari kure ho gato,kandi ari hagati mubutayu,mbona abantu bikomereje kuvoma amazi mabi nyamara atar’uko babuze amazi meza ahubwo ar’uko badashaka kujya kuvoma amazi.

Cyakora habonekamo bacyeya bemera kuvoma amazi meza, kandi bagenda n’amaguru, nyamara abagenderaga ku ifarasi nta bwo bigeze bemera kuvoma ayo mazi meza, abantu ntibashaka kuyoborwa n’Imana barashaka kwiyobora bagakora ibyo bishakiye, Imana irabereka inzira nziza bati ashwiiiii!!! Imana irababwira ubwami bati repubulika,yababwira kagame bati ntitumushaka,hanyuma se,barashaka nde?

13 Aug, 2014 nerekwa Inagabo z’uRwanda zateranye mu kibuga cya (camp kigali) mbona igabo zibaye nyinshi kuburyo zananiwe gukwirwa kuri icyo kibuga,maze numva babwira ingabo ko,bagiye kongerwa ibihembo ngo kuko bagiye kurwana intambara ikomeye kurusha izindi zose  barwanye ngo kubwibyo umukuru w’ingabo yabonye ko,aribyiza kobongera ibihembo kugirango barusheho gukunda igihugu no kukirwanirira.Ariko ubwinshi bwabo buzamera nk’ubw’uburo butagira umusururu.

14 Aug,2014 ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, gukiranirwa kw’abakuramo inda (abortion) kuragwiriye imbere y’Uwiteka Imana.N’uko ndeba hirya yanjye gato,mbona ikiganza cy’umwana w’uruhinja cyuzuye amaraso,maze ijambo ry’Uwiteka lingarukaho liti,mwana w’umuntu ubonye iki?

Ndasubiza nti mbonye ikiganza cy’umwana w’uruhinja cy’uzuyemo amaraso,nuko malaika arambwira ati,ayo maraso ubonye alimo ararira asaba guhorerwa kuko bayarenganije ubwo bakuragamo inda z’abana bato.

None dore igihe gishyize cyera, kuko Uwiteka agiye guhorera abakubaganiwe bazize akarengane! Dore urusaku rwamaraso yabana bato rwageze imbere y’Uwiteka, dore Uwiteka afatishijwe n’uburakari bukomeye agiye guhorera abera bazize akarengane batari bafite kivurira.

nccleon@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar