Last sign

Ikimenyetso cyo kuza kwa «NYAMPINGA» kizarangira mukwezi gutaha 1 mar, 2024 «positively, either negatively» cyo kuvaho k’Umwakagara. Niyompamvu Umwakagara afite ubwoba bwinshi cyane yavuze muri Rwanda day ko ntamirabyo izongera gukubita mu gihe azi neza ko asigaje igihe kirabarirwa ku ntoki. Ubuhanuzi bulimo kwihuta cyane hamwe n’imanza zitabera ku buryo budasanzwe!!!

Umuvumo wabanyamadini n’abayoboke babo, watangiye gukora, mu gihe bari baziko bagifite amahirwe y’ibiganiro. Imana ntijya ishyikirana na bantu ahubwo irategeka. No negotiations, no buy gaining, and no corruptions in God’s ministries and laws.

Igice cya (291) cy’Ubuhanuzi

Mwanze guhitamo umugisha wo gufunga insengero, muhitamo umuvumo wo gukomeza kubeshya rubanda ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Kandi ibyabaye byo kubaciraho iteka. Ntabwo byabatunguye nk’uko mwajyaga mu byigisha, ahubwo mwaraburiwe ariko muvunira ibiti mu matwi yanyu. So you must reap what planted.

Mwigishije ko Uwiteka azatungura abantu mu gihe cy’imperuka, Uwiteka yanze gushyigikira uburiganya bwanyu n’ibinyoma byanyu. Yatangiye aca imanza zitabera kugirango ategure itorero rye.

Ubu imanza zitabera zararangiye, hagiye gukurikiraho guca imanza z’urupfu rwa kabili «second death of eternal life» uko mukomeza gusuzugura Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, niko nawe akomeza kubateza akaga, ibyago, amakuba! Gusenga kwanyu nta cyo kumaze, kuko namwe murabizi ko mulimo kwiba abayoboke za cash zidafite ishingiro kuko imilimo yanyu yararangiye. Igifite itangiriro kigira n’iherezo.

Translate »
Skip to toolbar