No second death for those who are closed their Churches for the sake of God’s law and his judgement!!!

 

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; for those Churches Leaders (146) closed their Churches for sake of God’s law and his judgement has been taken place in the world, he’s pleased so much thus is how God says. I’m told get up and go announce the whole world this updates happened in the world.

Neno la Bwana nikanijia na kuniambia ya kwamba, Bwana Mungu Mwenyezi wa mbinguni, amefurahishwa sana na wale viongozi wa kidhehebu walio mtii Bwana Mungu wa mbinguni kwa kumtii na kufunga kanisa zao (146) asema Bwana wa majeshi. Nikaambiwa simama na uende utangazie ulimwungu mzina ya kwamba kuna makanisa kadhaa zimemtii Bwana Mungu wa Mbinguni kwasababu ya hukumu ya Mungu ambayo inafanyika duniani na jaji Mkuu Majeshi Leon Ainesha asema Bwana wa Majeshi.

Igice cya (291) cy’Ubuhanuzi

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli insengero zigera kw’ijana na mirongo inne n’esheshatu (146) nizo zimaze gufunga zemeye kubahiliza itegeko ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rijyanye n’ubutabera bwe bulimo gucibwa n’umucamanza uca imanza zitabera kw’isi yabazima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli haguruka ujye gutangariza isi yose iyo nkuru nziza kuba hariho abakozi b’Imana bahisemo kubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo n’Umuhanuzi akaba n’umucamanza uca imanza zitabera kw’isi yabazima. Ubabwire ko Uwiteka yabishimiye kubw’igikorwa mwakoze cyo guhesha Uwiteka Imana yanyu mukorera ishema hagati y’inkozi z’ikibi uko niko Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona agati katewe mu butayu karangije kameraho amahwa menshi cyane, haza umuyaga uturutse mu burasurazuba uhuha yamahwa yose ashiraho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiingabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona insengero z’abashambo zanga kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse ko insengero zihagarika amasengesho. Mbona ko bakomeje kwemeza abayoboke babo ko ibivuga n’umucamanza uca imanza zitabera ari ntaho bihuriye nijambo ry’Imana ko bakwiye kwikomereza gusenga Imana yo mu ijuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, ukwiye gucirwaho iteka abo bashambo n’insengero zabo, ndetse n’abayoboke babo ubutabera bw’urupfu rwa kabili kuko batagifite amahirwe yo kwihana ngo babarirwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.

Translate »
Skip to toolbar