Inkozi z’ikibi murubanza rw’Uhoraho!

27th Jan,2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye guhaguruka kandi niwowe wifuza nyamara barashinga umuhunda ku kirenge kuko ibyo bifuza bidashoboka.Kandi dore uwo mwuka w’Inzika y’Inzigo uherekejwe na nuwahoze ari madamu wawe Muakndirima Murekatete uko niko Uwiteka agize.
Ubwo ako kanya mu gihe mvuye mur’iryo yerekwa kuko hari kumanywa yihanga ahangana nka saa 2:23 minite mbona za magigiri zirahamagaye kuri telephone yanjye dore numero za telephone bakoresheje +254703705068 bahamagara tel yanjye basanzwe bazi kuko nanze kuyifunga kugirango ndebe kandi menye imikorere yabo nuburyo bazajya bakomeza kumpiga.
Kumunota wa 2:26 bivuze ko hari haciyeho iminota (3) three minite nisubirira mu iyerekwa mbona noneho bahagaze kumuhanda babaririza aho ntuye nuko kugirango bizaborohere gusohoza imigambi mibisha nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo ukomeje ku kugenza ariko bararuhira ubusa kuko imigambi yabi kuva kera Uwiteka yagiye ayiburizamo
Ahagana saa 2:29 minite nongera kwerekwa izo nkozi zikibi ubwo nukuvuga ko hari hashize iyindi minota (3) nerekwa ko bazanye Camera yo gufotora kugirango babashe kubona ifoto yanjye kuko bahiga umuntu batazi kuko naho baba bamuzi biroroshye cyane gukoresha mask ubundi ukimereza cyane ko Ibabylon nta muntu numwe dukorana business ku buryo wavuga ngo aranzi akaba yakwibaza impamvu ya byo.
Ahagana saa 2:35 nisubirira mu iyerekwa mbona noneho haje ufite motor ya mbaye bya byenda bya motor,alimo kwerekwa agahanda naharuye njya nyuramo ubwo ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzigo ukomeje ku kugenza ariko nk’uko Uwiteka yakurahiriye yuko alinze ubugingo bwawe nk’uko alinze umurwa mukuru wa Yerusalem nta cyo uzaba ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka ari ko avuze.
Ubwo nkiva mur’iryo yerekwa mbona bongeye guhagara bakoresheje iyi numero +254722209414 ndabihorera maze ijambo ry’Uhoraho riramwibwira riti,mwana w’umuntu uhumure igihe cyizo nkozi zikibi kiregereje kandi kiri bugufi ngo bamenye yuko Uwiteka Imana yawe afite imbaraga kubarusha kandi uhereye icyo gihe bazamenya yuko Uwiteka ari we Mana uko niko Uwiteka avuga.
28th Jan,2016 Nerekwa ko gakondo y’umuhanuzi yari yaragizwe imbohe nikozi zikibi ko ibohowe n’Uwiteka Imana yabkiranutsi,mbona rwa rutoki rw’Uhoraho rutangiye kwera imbuto zarwo nziza kandi zimeze neza maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti mwana w’umuntu dore igihe cya giye kora iby’ukora kuko ugiye gukurwa IBABYLON maze utange agahenge Uwiteka agiye kwikorera imirimo ye uko niko Uwiteka avuga.
Dore ikibazo cy’umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe ndagikemuye kandi ndakirangije burundu,kuko nicyo cyari kigukomereye wowe n’Umuhanuzi mukuru ndabona mwamaze gutunganya aho azakorera imirimo yo kulinda ibyasezeranijwe none ubwo mukiranutse kur’ibyo,nanjye ngiye gukiranuka mu byanjye kuko nd’Uwiteka iyo mvuze ndasohoza.Dore ngiye ukoresha ubwoko bwanjye mbategeke bakoherereze umugisha wawe kugirango urangize ibitararangira uko niko Uwiteka avuga.
Ubwo narimvuye ku murwa mukuru w’IBABYLON nahuye na magigiri zigenda zivuga uburyo zigiye gukora ibikorwa byo guhungabanya impunzi z’abanyarwanda ariko urumva zakoreshaga ya mvugo ya gisirikare abantu bose badashobora gupfa gutahura maze kuko nari nambaye neza cyane nta bwo byari kuborohera ko bamenya kwa ari jye dore nari nzobe kandi ubusanzwe banzi ndigikara nanjye mbatega amatwi bakomeza kwivugira uburyo bamaze kumenya amakuru yabahoze ari ngabo za APR/RDF bakaba bagiye gukorana na RNC ubwo nanjye nkomeza kwitarira amakuru ndyumaho
Ndaza ngeze mu icumbi nsa nuwirambikaho gato kuko naringuye agacuho mvuye gutunganya ikinyamakuru bamaze icyumweru baragifunze amakuru y’Icyongereza aturuka muri Israel ntabwo abasomyi bari bakibasha kuyasoma ubwo nari nezerewe kuko byibuze inkozi zikibi zabonye yuko na nyina wundi abyara umuhungu.
Nuko nkimara kwirambika nerekwa ya nkozi y’ikibi y’umwakagara ikorana na wa mwakagara kazi NYIRAMIHNADA uba muri FinLand witwa Benon Umuhoza nerekwa ko igihe cye cyo guhanwa gisohoye kandi cyegereje kuko Uwiteka afite dossier ze mu ntoki ze nk’uko amaze igihe abivuga .
Ubwo nkurwaho ahongaho njyanwa kwerekwa indi nkozi yikibi yitwa Kamanzi Vicent Narsis twiganye amashuri abanza akaba iwabo ari bo badutwaye umugisha uhereye mu 1978 kugeza mu w’2013 ubwo nakoraga amasengesho y’iminsi (4) ubwo nukuvuga amasaha (120) nta kurya nta kunywa maze nyarangije inka ziwabo bari barasize muri Tanzania zose bahise baziba basigara amara masa ubwo nanjye ntangira nibura koroherwa ntangira kwakira umugisha uturutse k’Uwiteka wari waratwawe nizo nkozi zikibi.
Nuko nrekwa ko mu mulima we hamezemo ibigori byiza bishishekandi bitangiye guheka cyane ko ibigori aho twari dutuye byeraga mu kwezi kwa (2) cyangwa Gashyantare cyangwa se Feb maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,izo nkozi zikibi zakubayeho akaramata zakomeje kukwihata cyane ngo zizimanganye ubugingo bwawe none dore Uwiteka abaciriyeho iteka kuko utazongera kubabona ukundi uko niko Uwiteka avuga.
Ubwo nkurwaho njyanwa mu marembo ya gahanda kamanuka kerekeza mu butayu bugufiya mbona za nkozi zikibi z’abagore n’abagabo zirirmba zishimiye ko zihamagawe zigiye gukorerwa ibirori ariko nta bwo zari zamenye yuko zigiye kujyanwa mu butayu bugufiya aho bazava bakerekeza kumusozi w’Uwiteka wubatseho ishuri ryo kwigisha Abatutsi kubaha Imana nuko numva bararirimbye nuko iyo ndirimbo ntayitayeho ariko nayibukaga kuko navuye mu iyerekwa ndimo kuyiririmba ariko ntekereza ko ntayitayeho kuko numvaga ariya gipagani kandi namagambo yayo nta bwo nabashakaga kumenya icyo avuze kuko cyari ikinyarwanda ariko gififitse utapfa gushobora kumenya nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi zikibi zijyanywe mu gihugu cy’Ubutayu kugirango ibyo wazihanuyeho zimenye yuko Uwiteka ari we Mana uko niko Uwiteka avuga.Ngaho bishyire ahagaragara kugirango bihite bibasohoraho.
Leave a Reply