Peter Nkurunziza,yikuye kubutegetsi yishyizeho,Umwakagara yiteje intambara yatangije!
Nyuma yimyigaragambyo yatewe n’umujinya wabaturage kubera gushaka kugundira ubutegetsi kwa Peter Nkurunziza,no gushaka guhindira ibwiraza shingiro,byatumye abatavuga rumwe nawe bongererwa imbaraga kumurwanya bivuye inyuma none yikuye kubutegetsi nk’uko yabwishyizeho ntawubumuhaye.
Amakuru aturuka mu murwa wa Bujumbura,mu gihugu cy’Uburundi,aravuga yuko,abaturage bakomeje guhunga kubwinshi nyuma yuko umukuru w’igihugu atangarije abaturage ko,hagiye kuba intambara yakataraboneka nimba badatanze ibirwanisho kuneza bakazabyakwa ku nabi ya leta.
Ibi umukuru w’igihugu Peter N.Yabitangaje amaze kubona yuko ubwicanyi bukorerwa abarundi ko,adashoboye kubuhagarika,nyamara uwo niwo mutego bamuteza abatavuga rumwe nawe,kumubuza amahwemo kuzageza ataye igihugu mukaga no mukangaratete kugeza igihugu akirunduye ngo ni uko banze ko ategeka manda ya lll.
Iyo uburebye neza,usanga ubusanzwe imyumvire ya Peter N.Ntaho itandukaniye n’iyumwakagara Kagame Paul,nubwo yakunze kumunegurira mu ndaro,nyamara yibigiwe yuko,uruka adafata uhwitwa! Gusa ikigaragara ni uko imbaraga za Nkurunziza zamaze kugera ku iherezo nubwo akomeje kugaragaza yuko agifite akanyabugabo ariko mu byukuri ntakagihari.
Uko abaturage bakomeza guhunga umurwa gahoro gahoro,ninako,abarwanya Peter N.Bagenda babona umwanya wo gucengera mu gihugu,kandi uko baturage bimuka,ninako abamurwanya nabo bimukana nabaturage kugirango bakomeze bateze intambara hagati yabanyagihugu bityo umurwa mukuru usigaremo ingabo zonyine maze babone guhangana na Peter N.Iyi strategy nshya y’intambara ikomoka mu rwagasabo kumwakagara niyo yakoresheje mu gukuraho ikinani cyari cyarananiye abagome nabagambanyi!
Ariko kandi ikizaba Isamariya,ninacyo kizaba Iyerusalem,ibyo mu gihe birimo kuba mu murwa mukuru w’ISARIYA,ninako Iyerusalem ibintu bikomeje kuba bibi cyane bigenda bisatira iby’ISAMARIYA,nyuma yuko umwakagara akuye ijambo Imana mu itegekonshinga,abatavuga rumwe n’umwakagara bahise babona imbaraga zidasanzwe kuko icyangombwa nuko abatari bibona muri oposiyo nyarwanda irimo inkundura yo gukuraho umwakagara bahise biyongera kubatavugaga rumwe numwakagara.
Urugero ni nka Pasteur Ezira mpyisi wayoboye delegation yagiye gusaba Umwami w’uRwanda gutahuka agasezerera ubwami muri macye akagurisha ubwami bw’uRwanda kuko bamubwiraga yuko ashaje kandi ko adateze kongera kuba Umwami wabanyarwanda nk’uko byari bisanzwe!
Mu gihe kitarenze amezi (10) gusa,umwakagara ahise abereka yuko,niyo Mana basenga we,atayemera,ahita akura ijambo “Imana ishobora byose”mu itegekonshinga abanyarwanda bose bibonagamo maze abanyarwanda basigara bayoborwa na Satani-Sekibi nguwo umugambi wa Sekibi yasabye w’umwakagara yongere ahabwe kongera g utegeka ubuzira herezo.
Amakuru avuga dukura mubakorana n’umwakagara bya hafi,avuga yuko,ibyo ari byo yasabwe cyangwa ariyo nama yagiriwe na Pastor RICK WARREN uvugwaho kuba arumusataniste ukomeye cyane mu idini ryitwa Frimasonel+ILLUMINATI akaba anashyigikiye byimazeyo ubutinganyi akaba ariyo mpamvu umwakagara ubu mu gihugu hose yahashyize ibiro bishinzwe kwakira abatinganyi no kubitaho abinyujije muri ministeri y’ubuzima ibi bikaba ar’ubuhanuzi busoye buvuga yuko,mbere yuko umwakagara akurwa kubutegetsi,azabanza gushyigikira ububyutse bw’ubusambanyi mu gihugu cyose aho umujinya w’Uwiteka uzahagurukira kurwanya umwakagara nabasangira ngendo be akabarimbura kubutegetsi burundu.
Hashize iminsi micye ibinyamakuru bikorera hanze y’urwagasabo,harimo ibivugira umwakagara,ndetse nimurwanya kubera kunyuranya n’amategeko,byandika cyangwa bikwirakwiza imigambi abatavuga rumwe nawe,aho igeze yuko noneho bamaze kubona impamvu y’intambara bagiye kwereka amahanga bityo bakabona ababashyigikira kugirango bakureho umwakagara.Ariko igikomeje kwibazwa mu banyarwanda n’uburyo iyo ntambara izarwanwa mu gihe abanyarwanda barwanya umwakagara batari bashyira hamwe ngo bagaragarize abanyarwanda ko bahuje igitekerezo cyo kubaka igihugu.
Cyakora ubanza nyuma yuko afatiye icyemezo cyo guhindura itegekonshinga,basa nkabakangutse bakabona yuko ya nkinamico yarasanzwe abakorera yo kutatanya akoresheje amafaranga ko yageze kwishyerezo kuko icyo umwakagara yabakoreye kwari ukubatinza ntibazamurwanye atarahindura itegekonshinga,ariko aho niho yibeshye kuko mbere yuko ahindura itegekonshinga,abatavuga rumwe nawe,nta mpamvu igaragra bari bafite yatuma bamurwanya bakoresheje intambara!
Ariko ubu noneho,babonye impamvu yo kumurwanaya ndetse na bimwe mu bihugu bitavugaga rumwe nawe,bibonye impamvu zo kumurwanya,kandi nibaramuka bamwemereye yuko uwo mushinga witegeko nshinga ushyirwa mubikorwa,azaba abatsinze kuko imbaraga yamaze gutakaza mu gihugu kubera ijambo IMANA ISHOBORA BYOSE KO IDAGISHOBORA BYOSE,nibatinda gato kugeza aho azarangiriza umushinga we,bazaba batakimushoboye usibye ko nyine ikizere kindi gihari nuko Uwiteka afite icyo yavuze kuri gakondo yabakiranutsi.












Leave a Reply