Ubutayu igice cya mbere mu gihugu cy’IBABYLON

Inzira z’Ubutayu umuhanuzi Majeshi Leon yacishijwemo ahunga za magigiri z’umwakagara mu gihugu cya Kenya,aha nahitwa Kibiko segiteri yo mukarere ka hitwa NGONG,mu ntara ya KAJIADO.

Ubu butayu nibugari cyane niho aba Masai baragira inka zabo.

Kibiko2Mur’iyi ntara twahamaze iminsi (45) mu masengesho kumucyecuru warufite icyumba cy’amasengesho ahangaha Uwiteka Imana yahahishuriye amabanga akomeye cyane ajyanye nimbaraga zikoreshwa mubakora uwo mwuga wo guhumanya ubwoko bw’Uwiteka Imana.

Aha navaga mu nzu yamasengesho nkajya kwirirwana nabamasai aho baragiye inka zabo nanjye ndikwinginga Uwiteka ngo angirire neza.

Kibiko3Aha niho umunyamurenge ukorera leta y’uRwanda yansanze bamaze kunyirukanisha kwa Pastor Simon Nkundabantu bamukangisha yuko maneko z’umwakagara zishobora kumwicisha kandi nareba nabi idini rye,rishobora gusenyuka kubera impano z’uwo muhanuzi yiterereje.

Ubwo Pastor yahisemo kudusezerera aduha ibihumbi (4000) by’amashillingi kugirango tujye kugwa ahandi hatari mu maso ye!

Kibiko4Aha ureba haba umuyaga uteye ubwoba kandi nta nutuzi wahabona two kunywa,kugirango uve hano ugere mugasantire nibirometero (3);wakongera ibindi (5);ukagera mu Ubutayu bwahitwa NGONG.

Kibiko5

Ukomeje ubwo butayu ugera ahashinzwe ibyuma bya meteo bishinzwe ubumenyi bw’ikirere aho noharuguru y’agatown ka Ngong kari hasi yibi byuma bya meteo.

Twari aba Pastor bagera ku (9) maze barwanira kwirukana umudayimoni waruri mu mokobwa twari dusengana ariko bose uko ari (9);bananirwa kumwirukana impamvu nuko nta mpano bari bwabone ibemerera cyangwa ibaha ububasha bwo kwiruna umudayimoni.

Kibiko6

Aha nahakuye imbaraga zidasanzwe niho nirukaniye umudayimoni wo mu bwoko bwitwa ABAKAMBA bumwe mu moko agize icyo gihugu uwo mudayimoni yitwa cholo cholo. ahangaha nimurugo rw’uyu mucyecuru nuko inzu itagaragara kuko tutayshyize mu mafoto kuko iri hasi cyane hamanuka ariko ifatanye nubutayu kuko ubusanzwe icyo gihugu ubwacyo kigizwe nubutayu gusa gusa.

Uyu numuhanda uturuka NGONG-KAJIADO WEREKEZA KIBIKO.

Ngo to Kibi

Ntushobora kwirukana umudayimo ukurusha imbaraga ndetse utaranyuze mu ishuli ryo mu butayu kugirango ube ukozi w’Imana wuzuye bigusaba ko ucishwa mu butayu kugirango utunganywe ukurwemo inkamba zigushiremo.

Ubutayu igice cya (ll) buri munsi y’agacentre ka Ngong.

Ngong

Agacentre ka Ngong ni gato cyane,ariko kabamo ubucuruzi busanzwe kandi bukomeye habonekamo na Super Market yitwa Naivas,ako gacentre karangwamo abamasai benshi cyane kuko iyo ntara isa niri kumuhero wigihugu aho kijya guhurira n’igihugu cya Tanzania.Aha hakaba haragirwa inka zabaturage ariko iki kibaya cyikaba ari icya leta.

Ubutayu igice cya lV naho icya lll turacyagitunganya.

Up hillrs

Aha hitwa UPPER HILL,niho natandukaniye na madamu bagiye kutwica tuvuye ahitwa KAWANGWARE maze buri muntu akizwa namaguru jyewe ndagenda nihisha mu murwa w’ISHUSHAN bigeze kumugoroba ninjira muri ibi bihuru kandi icyo gihe bahiga Al-shabbab cyane kuburyo aha mubona muri iki gihuru Imana yambwiye ninjoro ngo sinongere kuharara ngo ubusanzwe haba abajuru kandi ntahandi yari yampaye ho kurara.

Ntawayikoreye wikoreye amaboko.

Upper hill

Icyo gihuru ushobora kureba neza ku inyange TV ubasha kuhabona Video yaho meza irasobanutse neza ku buryo nta kibazo kirimo kidasobanutse witegereze neza urahabona ibisobanuro byose ku buryo uri busobanukirwe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

 

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Skip to toolbar