Igice cya (20) cy’Ubuhanuzi

Nov 29, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo uraguterereje bagutegeye ku mategeko yo mu gihugu cy’Ibabyloni, ni uko rero uramenye ntuhirahire kuba wakora ikinyuranije namategeko yahoo kuko iriya nda wabonye batwitwe «magigiri Rwandan spies» abo ba magigiri nibo bagiye kugutegera ku mategeko yahoo kuko bahora bumviriza telephone yawe kugirango bumve gahunda zawe zose, maze bazabone uko bakugwa gitumo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

 

Igice cya (19) cy’ubuhanuzi

Njyanwa mu iyerekwa mbona nsubiye ku ishuli ryo kwigishirizaho abatutsi kubaha Imana ndagenda ngeze ku ishuli mbona agati karekare katewe hagati mu kibuga cyo kw’ishuli karumye, maze ndakegera ndagafata ndakarandura karahirima, ariko kari agati kagororotse neza kandi cyane. Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ako gati gasobanura ubutegetsi bw’umuhungu w’Umwakagara Paul Kagame mwene rutagambwa rwa kagara «Ivan Cyomoro Kagame» Utazigera ahabwa ubutegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ubutegetsi Umwakagara yari yaramuteguriye ubwami bw’umwana we ngo azamusimbura ku ngoma, nta bwo azabubona kuko nicyo gisobanuro cya kariya gati, kari karameze ka kazamuka ka kagera hagati mukirere cy’ibicu, ariko ubwo yateraga kariya gati, kari katarageza igihe cyo kumera amashami kuruhande, Uwiteka Imana Nyiringabo yahise yohereza agasimba kitwa «KAGUGUNNYI» agategeka guhera hasi kaguguna imizi yose maze Umwakagara Paul Kagame yareba ako gati uburyo kazamuka neza akibwira yuko ibintu bizamutunganira ariko bizarangira ako gati gatemwe kajugunywe mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nta bwo Umwakagara Paul Kagame yigeze amenya yuko ako gasimbaKAGUGUNNYIkahereye hasi mu mizi kagenda kirira imizi gahoro kugeza ubwo Umwakagara Paul Kagame yatangiye kubona ka gati, gatangiye kwuma maze ayoberwa uko bigenze, kuko ako gati yari yaragashakiye imborera yose ishoboka ndetse agashakira n’umuganga uzajya agakurikiranira hafi kugirango ajye yica utwo dusimba twangiza imizi yako uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire Umwakagara Paul Kagame uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ako gasimba kitwa “KAGUGUNNYI” mwagakuye aho mwaguze kariya gati, bivuze yuko uwo ushaka guha ubwami nta bwo abukwiriye kuko adasa nabwo kandi akaba umunyantegenke nta bwo ashobora kuba Umwami wa gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire «Umwakagara Paul Kagame» uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringao avuga, ubwami bwawe warabwambuwe kandi bwakuwe mu nzu ya abega ndetse na bahindiro, bwajyanywe mu nzu y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango Umwami uzatoranywa n’Uwiteka Imana Nyiringabo abe ari we uzasimbura Umwami w’Abega n’Abahindiro uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore kariya kamodoka kitambitse mu nzira ugatwaye nta bwo ashaka ko watambuka. Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore za magigiri ziri mu nzira zigiye ku gutegera mu nzira zitwaje amategeko kugirango zitambike imbere yawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore urubanza rw’umuyobozi wungirije igihugu cya Kenya (BABYLON) William Samuei Ruto ruzarangira ari nta butabera butanzwe kubishwe, ariko nyuma yaho azongera yisange muri urwo rubanza rusa nururangiye, kandi ruzaba rukomeye cyane kandi ruzamukomerera cyane kuruta uko abitekereza kuko abaturage bose bazaba bamushinja ubwicanyi yabakoreye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe cyo gukurwa kumusozi kirasohoye none Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ategetse ko umanurwa kumusozi kuko igihe uhabaye kirahagije uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore conference watumiwemo ugiye kujyamo iragereranywa n’umugore ucuruza amajyi yaranguye kugiciro gitoya ku mashillingi (6) yarangiza akayateka akayagurisha amashillingi (50); icyo giterane cy’abantu bagera ku gihumbi na magana atanu (1500 hundred of people) n’ubucuruzi bukomeye cyane bwo ku rwego rw’amadini ikindi kandi dore aba (Pastors) bagiye kujya muri icyo giterane bose bagiye bitwaje impano bazaha uwabatumiye mu rwego rwo kwikundisha kugirango bazongere gutumirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abanyamadini uti, uku niko data wo mu ijuru avuga, uko mukoza isoni izini rye, na we ni ko agiye gukoza isoni amadini yanyu mwahinduye ubucuruzi izina rye kugirango mwibonere amaronko uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abanyamadini «Synagogues Leaders» uti mwitwaza izina ry’Uwiteka Imana Nyiringabo mugambiliye kwironkera amaronko atubutse, ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo mugiye gucirwa imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu biki gihe kubera guhuzagurika bashaka ubutunzi bw’isi, nta bwo bagishaka Uwiteka Imana nkumuremyi wabo, ahubwo barishakira ibibagirira vuba kugirango ba bashe kubona ibyo bashaka kugeraho, nyamara ubuhanuzi bubasohoreyeho ko abazakunda impiya mu minsi y’imperuka bose bazarimbuka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi, mbona abakobwa bakomoka mu bakire no mu bakene hamwe na za mayibobo (street kids) b’abakobwa bose bajyanwa mu ishuli ryo kwigisha Abatutsi kwubaha Uwiteka Imana Nyiringabo no kumenya yuko ashobora byose! Mbona bajyanywe mu ishuli bamwe bagenda batabishaka, ariko birangiye muri iryo ishuli ryubatswe kuri wa musozi uri munsi y’ubutayu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kiraje kandi kirasohoye ngo ibihanurwa byose n’umwuka w’Uwiteka Imana Nyiringabo (Ubuhanuzi) ngo bisohoze umulimo wabyo, kuko abakobwa bo muri gakondo ya bakiranutsi barenze kw’itegeko ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, ndetse barenga ku itegeko ry’ababyeyi bahinduka ibyigenge bituma Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abizinukwa mu mutima uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo aturutse mu abega bari ku ingoma, maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inzika y’inzigo y’abega yongeye guhaguruka ngo kuko ugiye kwinjira mu masezerano!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bagiye gukora ibishoboka byose ngo ba burizemo ayo masezerano wasezeranijwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ariko ubabwire ngo uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, mureke kwirushya kuko mulimo gushinga umuhunda ku kirenge. Ibyo mwifuza ntabwo bishoboka yuko mwabigeraho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi, mbona abaturage bose yaba abakire cyangwa abakene, bose bafite ubwoba butigeze kubaho kuva isi yaremwa!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakomeye n’abaroheje imbata na bumudendezo bose bafitiye ubwoba ingoma y’abega yuko batazayirokoka bizarangira ibiciye igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hamanutse umuvumo umanukiye abana batubaha ababyeyi babo, kandi uwo muvumo umanutse, uzakwira isi yose kuko igihe tugezemo n’igihe cy’ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore imari yasahuwe mu gihugu cya LIBYA cyari kiyobowe na nyakwigendera Col.Muamari Gaddaffi irazamuwe yurijwe indege itwawe muri America ubwo butunzi nibwo bwateje intambara mu gihugu cy LIBYA, none icyo abanyaMerica bashakaga bakigezeho uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu basengeraga muri ADEPR bahunze igihugu hamwe na banyarwanda biyita abakongomani ba abanyamurenge bo mu bwoko bw’Abatutsi bose uko bangana ubu basigaye bakora ubucuruzi bw’ijambo ry’Imana ubabwire uti, mwahunze kugirango mujye gucuruza ijambo rya data? Icyo nicyo cyabakuye muri gakondo yabakirnautsi? Cyangwa mwahunze kugirango mubone ubuhungiro bw’imibereho myiza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abaza!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire idini rya ADEPR na barisengeramo uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, dore amateraniro yanyu sinzayabamo hagati muri mwe, ndetse n’umwuka wanjye nzawukura hagati muri mwe, kuko ijambo ryanjye mwarihinduye igicuruzwa kibabera amaramuko uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umbwirire abo mubwoko bw’Abatutsi uti, dore mwaretse Uwiteka Imana Nyiringabo mwigira muri politike, ndetse umurimo wanjye na wo mwawushyize munsi ya politike, ariko, uko mwantaye, nanjye uko niko ngiye kubata kugirango mu menye yuko mwacumuye k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubabwire uti, igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo ngiye kubambura ubwo bwami mwiratana, imbaraga zose mwagize nijye wazibahaye, iyo nza kubareka amahanga aba yaramazeho burundu.Ariko kuko mwanze kumvira ijambo ryanjye ryandikwa n’umugaragu wanjye Majeshi Leon Ainsha, ndetse mugashishikazwa no gushaka kumuca igihanga, kubera iyo impamvu mbambuye ubwami bwanyu mwoherejwe mu butayu bugufiya aho muzamara ibihe byinshi cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umbwirire abo mu nzu ya Abatutsi uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, amahanga mwiringiye yabashyize ku ntebe y’ubwami mwicayeho uyumunsi, ayo mahanga niyo nzakoresha kubakura ku ngoma ba bambure ubwami bwanyu buhabwe umugaragu wanjye uzankorera umulimo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubabwire uti, imbyaro zanyu zizacirwaho iteka, kandi ubutunzi mwaruhiye buzaribwa na bataraburuhiye kugirango mu menye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo nshobora byose. Muzarira muzavuza induru nta muntu n’umwe uzumva kurira kwanyu, ndetse ibyo mwiringiraga byose bizaba bigeze kw’iherezo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, ubwire abanyamurenge n’Abahutu uti, mwabaye abanyamoko wagirango mwamfashije kurema ikiremwa muntu, none muhame hamwe ngiye kubateza abanyamahanga aho mwahungiye kugirango na bo ba babonemo ko muri abanyamoko kuko na mwe mwananiwe gukiranuka ngo muberere imbuto mu bereke yuko muri abantu b’Imana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abo banyamoko uti, muhame hamwe b’abahinduke maze mubure aho mwerekera kugirango nibamara ku bajujubya muzongera mugaruke mu maso h’Uwiteka Imana Nyiringabo mwihane kugirango abagirire ibambe uko niko umuhanuzi ategetse!!!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo bwoko bwihinduye abanzi b’Uhorahora Uwiteka Imana Nyiringabo, iyo baza kuba abizerwa nta cyo bari kumuburana. Ariko dore ijambo ry’Uwiteka mwaritesheje uburyohe ndetse na baryumvaga ntabwo bakiri girira inyota kubera ubugome bwanyu mugaragaza kandi mubeshya ngo mwitirirwa izina ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire izo inkozi zikibi, uti uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, uko mwangenje uko, ni ko nanjye nzabagenza kugirango turebe hagati yanjye namwe umunyembaraga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nov 30, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi ahantu hari umugisha mwinshi cyane, ariko uwo mugisha kuwugezaho ibiganza byari intambara ikomeye cyane kubera inkozi zibibi mbona zishaka gufata uwo mugisha ngo zibe ari zo ziwutegeka.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi zikibi zikomeje gushaka uko zagumana umugisha wawe zari zaratwaye zibwira yuko uwo mugisha wa we zatwaye utazagaruzwa. None byazikomeranye kuko zimaze kuwamburwa ngo ukugarurirwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana Nyiringabo aguhaye umugisha, ariko inkozi zikibi zirashaka kuwuburizamo. Ni uko rero senga Uwiteka Imana kugirango akurwanirire ubashe kuba umunyamugisha kandi ubashe kuwakira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nuko rero umenye yuko umwuka w’uburiganya urimo ku kugenza kugirango uburizemo umugisha wawe, none menya ubwenge umenye uko ugenza kugirango utamburwa umugisha wawe kuko iyo umugisha waje uba waje bityo ubashe kuwutegeka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mwuka w’uburiganya ubonye urifuza kumenya gahunda zawe zose, nyamara nta bwo bishoboka yuko izo gahunda zawe bazisobanukirwa ni uko rero menya yuko igihe cy’ubutayu warurimo kirangiye, niyompamvu Uwiteka Imana Nyiringabo yaguhaye ijambo ry’ubuhanuzi «rhema word called the wilderness exits» uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inzibutso zose zubatswe zashyinguwemo abazize jenocide yakorewe ubwoko bw’Abatutsi zigiye gusenyuka zose maze hahinduke indiri y’imbwa n’amasega kuko Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze gutegeka yuko ubutegetsi bw’Umwakagara burangira burundu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kirageze cyo guhorera amaraso yamenetse yose muri gakondo yabakiranutsi. Amaraso y’Abatutsi yazize ubusa, amaraso y’Abahutu bazize akamama, abo bose hamwe n’ingabo zishwe kurugamba zaragiye kwitabaro zikwicwa nabo zagiye gutabarana nazo, abo bose igihe cyo guhorera amaraso yabo kiraje kandi kirasohoye ngo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ace imanza zitabera kubishwe bose bahoye ubusa kandi amaraso yabo akaba yaramenetse atariho urubanza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore RPF yamenye amaraso yabatariho urubanza, barangije bafata ya maraso bayahindura ubucuruzi nyamara ababuze ababo ntabwo bigeze bamenya aho abantu babo barengeye abayamennye birirwa bigamba barya banywa hejuru yamaraso bamennye atariho urubanza.

Dore ntakabuza ngiye guhora kandi umujinya wanjye nta muntu n’umwe mu isi yabazima uzawuhagarika ndetse nta na masengesho yahagarika ifuhe ry’Uwiteka Imana Nyiringaboi uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye kugaragaza ubutabera bwanjye abanyarwanda bararize bageraho baraceceka ntibigeze babona ubutabera, ariko noneho bagiye kumenya yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uhorera inzira karengane uhereye kugisekuruza cya mbere kugeza ku cya kane (4) nyuma yo guhora bazamenya yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uca imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, genda ujye gusura gakondo yawe maze urebe uko yifashe. Nuko ndamanuka ndagenda nsanga gakondo y’Umuhanuzi imeze neza yarakorewe neza cyane, nzamutse ngana mu icumbi mpura na kadayimoni ka kana, maze ndagafata ngasubiza ho kari gaturutse, akandi kabonye yuko mfashe kagenzi kako gahita kiyahura karapfa.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, uranesheje ejo uzahura na kageragezo gatoya ariko uzagatsinda uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo ugiye guhura na kaga gakomeye muri gakondo yabakiranutsi witwa CLAVER, maze ndabwirwa ngo uwo mugabo yagambaniwe kandi dore agiye gushyirwa mu nzu yimbohe none andika iri yerekwa maze uritangaze ahari hari uzasoma ubu butumwa akaba amuzi amubwire akuremo ake karenge mbere yuko ashyirwa mu nzu y’imbohe kuko agiye kubabazwa cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, dore umwanzi nta bwo ashimishwa nuko amabanga ye yajya ahagaragara, niyompamvu abayobozi ba madini badashaka ko bavugwaho ko bakorana na Satani uwatinyuka wese kuba yashyira iryo banga ahagaragara yahita yicwa akamburwa ubugingo uko niko Uwiteka abivuga.

Dec 1,2015 njyanwa mu iyerekwa mbona abana (2) b’impanga bahatwaga kurya ibyo kurya kungufu, abo bana (2) umwe (1) yitwa Media cyangwa itangaza makuru naho uwa kabiri (2) yitwaga Executive cyangwa (ubutegetsi) bwite bwa Leta.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo bana uko ari (2) umuntu warushinzwe kubaha amafunguro kungufu, nabo niko barushagaho kwegera igikuta cy’inzu (igihugu) banga kurya ibyo byo kurya (intonorano) bahabwa ku ngufu za Leta uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ubutegetsi bw’Umwakagara bwiyemeje gutoteza itangaza makuru kubera rikomeje gushyira ahagaragara amabanga y’ubutegetsi bwa FPR-Kagame (Umwakagara) nyamara dore na baturage bakomeje ku bwa maganira kure, ariko dore barimo guhatira abaturage gukunda ubutegetsi kungufu za gisirikare uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ndetse na bamwe bo mu butegetsi na bo bakomeje guhunga ubwo butegetsi aho kubwegera! Ahubwo bakomeje ku buhungira kure, kubera yuko batigeze bishimira buriya butegetsi. Ariko Umwakagara arimo gukoresha intonorano kugirango abantu bemere ubutegetsi bwe banze bakunze, ariko araruhira ubusa kuko bitazashoboka yuko bayoboka buriya butegetsi bwe kuko busigaje igihe gito cyane bugakurwa ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuga, nuko rero burira abaturage bo muri gakondo ya bakiranutsi ubabwire uti, mwiyambure ibibaremera byose by’ingoma by’Umwakagara kubera yuko igihe cye cyageze kugirango ibyahanuwe byakuyeho abamubanjirije, na we ni ko ibyahanuwe byavuze ko akuwe ku ingoma, niko bisohoje umulimo wabyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore itangaza makuru hamwe na Leta y’Umwakagara isi igiye kongera gusaba yuko bakubahiriza uburenganzira bwa muntu. Hamwe na mategeko agenga demokarasi, ariko uko isi ibisaba ninako Umwakagara hamwe nitangaza makuru rye, bakomeza kugenda barushaho kutubahiriza amategeko bahawe n’isi yose kandi kutubahiriza amategeko ngenga mikorere y’isi bivuze yuko isi igiye ku kuruka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, urubyiruko nyarwanda bagiye kwinjira mu ishuli rikomeye cyane riherereye ku musozi wo kwigishirizaho abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi kwubaha Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango bamenye yuko Uwiteka ari we Imana kandi ko ashobora byose uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Mbere yuko bajya muri iryo shuli riherereye ku musozi uri hejuru y’ubutayu bufiya, maze ndabwirwa ngo bagiye kubanza bahabwe umutobe (juice) kugirango batangire bagire ikizere cy’uko Umwakagara Paul Kagame agiye kongera gutegeka. Ariko bakira aho, bahita basaba ko, bahabwa icyo kunywa kugirango batsirike inyota mbere yuko bongera gushyiraho Umwakagara ku ngoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo bahawe uwo mutobe (juice) bagiye guhita bayoboka iy’ubutayu, ariko mbere yuko bayoboka ubutayu bugufiya bzabanza kuzamutse wa musozi wigishirizwaho abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi kwubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bazamutse wa musozi maze binjire mu ishuli bahabwe ibikoresho byo kwandikaho inyigisho bagiye guhabwa zijyanye no kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Nibarangiza ayo masomo bazahita bamanurwa mu butayu bugufiya aho bazashyira mu bikorwa (put into practice) ibyo bategetswe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyapolitike b’abanyarwanda batavuga rumwe n’ubutegetsi, batwarwa mu butayu bugufiya aho bari bagiye guhabwa amasomo yuko politike atari ubucuruzi, ahubwo ko politike ari ibitekerezo byubaka igihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, tega amatwi maze wumve uko abatavuga rumwe n’ingoma y’abega uko balimo kuvuga. Numva bamwe baravuze ngo reka tube abanyamuryango ba mashyaka atandukanye kugirango ubwo butegetsi bw’abega ubwo buzavaho tuzabashe kubona imyanya ya politike uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyapolitike b’abanyarwanda batavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje gucengana cyane aho bahimba umutwe wa politike kandi ari abanyamuryango ba yandi mashyaka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ibyo abanyapolitike batavuga rumwe n’ingoma y’abega balimo gutegura imishinga ya politike ishingiye kunda nini nta bwo imigambi yabo izabatunganira kuko icyo gihe igihugu kizaba gifite ubuyobozi bushya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abatavuga rumwe n’ingoma y’abega bameze nka bantu bagiye guhiga mu ishyamba badafite intwaro zo guhiga inzovu, maze baza guhura na bafite intwaro imbwa ni bindi bikoresho byose maze babona ya Nzovu bayishe maze batangira kuburana ngo natwe twarimo tuyihiga none natwe muduheho umugabane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko banyiri kwica inzovu barababaza bati, ngaho ni mu twereke intwaro mwayihigishaga, maze natwe tubaheho umugabane. Abandi bati twari kuvuza induru hanyuma mwebwe mufite intwaro mukaza mukayica. Abandi bati noneho ntayo mwavugije umugabane wanyu uherereye hehe? Uko niko Uwiteka ababaza!!!

Dec 2, 2015 njyanwa mu yerekwa mbona ko hari abantu barimo guhigwa n’ubutabera bwa Leta zunz’ubumwe z’America.Abo barimo guhigwa mbona yuko ko bagiye guhungira ku mugabane w’Africa.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu basize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi muri gakondo yabakiranutsi bahungiye mu mpande ennye z’isi yose bazatabwa muri yombi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyamadini bo mu Rwanda bamaze kugira ubwoba bwinshi cyane, kuko bamaze kubona yuko Umwakagara Paul Kagame adateze kuva ku butegetsi hatabayeho intambara. Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, abo banyamadini bahora bategura guhunga gakondo ya bakiranutsi, ariko kubera inda nini bakananirwa gukiza ubugingo bwabo. Ubabwire uti, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubafasha gufunga izo nsengero mwagize ibigirwamana maze muzabone uko muzahunga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abayobozi bakuru ba RPF bazahunga igihugu nibarangiza batabwe muri yombi kuko bazaba bakurikiranyweho ibyaha bya genocide bazaba bamaze gukorera abanyarwanda bakazacirwa urubanza n’urukiko rundi ruzasimbura urwahoze Arusha muri Tanzania uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona nturuka mu butayu bugufiya nerekeza haruguru y’ubutayu, mbona haruguru y’ubwo butayu hari urutoki rwiza cyane!!!Muri urwo rutoki harimo idini rya hateraniraga, mbona ko abariteraniramo bari abacika cumu rya jenoside yakorewe Abatutsi mu w’1994.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abacitse ku cumu rya genocide yakorewe Abatutsi bagiye kwinjizwa mu butayu bugufiya kuko banze kumvira ijambo ry’Ubuhanuzi n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse!!!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo Abatutsi baturutse mu gihugu cya Uganda bari bakomeye ku ngoma y’Umwakagara Paul Kagame bazajya bagira ipfunwe rikomeye cyane uburyo bari biringiye ingoma yabo hanyuma ikaza gusenyuka.  Bagasigara bari inyuma ya bandi bose uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu basengera muri «Roman Catholic Church RCC» bahumanijwe na mazi yashyizwe kumuryango yitwa ko ari amazi y’umugisha iyo abantu bayakozemo bagakora ikimenyetso cy’umusaraba bahita bahumana bakajyibwaho n’umuvumo w’imyuka mibi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hariho amadini (2) akorera muri gakondo ya bakiranutsi akorana na «ant-Christ» ayo madini akaba afite imigambi yo kuzigaragaza nyuma y’intambara bizaba nyuma  izakuraho Umwakagara Paul Kagame kuko bazaba bamaze kuyobya abantu benshi cyane bishoboka, kandi bazaba bamaze kwizera imbaraga zabo aho niho bazatangira kwigaragaza ko bakorana na sekibi ‹Satan uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, birakwiye yuko usobanura neza ayo madini yombi uko ari (2) nk’uko wayeretswe, kugirango abantu basobanukirwe batazavuga ko batasobanukiwe bakabigira urwitwazo. Idini rya mbere ni (l) Christian Life Assembly (CLA) Nyarutarama idini rya kabiri (ll) n’idini riherereye Nyarutarama yo hejuru ahafatanye na Kagugu cyangwa Kinyinya rya koreraga muri Sale ya Casesociale yombi nay’Abanyamerica akoresha imbaraga z’umwijima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye gusobanurira abantu basengera mu idini rya Kiliziya gatolika (Roman Catholic Church RCC) ubabwire uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, abantu musengera mu idini rya (RCC) ariya mazi bakoresha babeshya abantu ngo ni ay’umugisha nyamara ni amazi y’umuvumo yarahumanijwe,umuntu wese wayakoresheje yamburwa umugisha we agahabwa umuvumu (curses) uhereye umunsi ayo mazi wayakoreshereje utangira guhura ni mbaraga z’umwijima ku buryo udashobora kuba umunyamugisha cyeretse iyo uyobotse imbaraga z’umwijima na we ugakorera umwami w’ikuzimu icyo gihe barakureka kuko uba winjiye mu idini ryabo ukaba umunyamuryango w’ikuzimu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ni uko rero burira abantu bahunge babyloni naho ubundi kababayeho kuko ubucamanza bumaze imyaka (3) butangiye gukorera mu isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kora amasengesho uhamagaze imbaraga zo mu ijuru kugirango Uwiteka aguhe umwuka wo kurimbura abagenza ubugingo bwawe kuko maze kubarambirwa kandi nkaba narabihanganiye bihagije, none kora amasengesho akomeye utabaze ijuru rimanure umuriro kugirango nibura hapfemo bamwe muri bo kugirango batinye Uwiteka Imana Nyiringabo bareke gukomeza kumusugura uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rimbwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka arabizi neza yuko ukora umurimo ukomeye cyane none Uwiteka aravuze ngo ukore amasengesho uhamagaze urupfu kuri ziriya nkozi zibibi kugirango nibura mu baguhiga hapfemo nibura (10) abandi basigaye bazahita bakuramo isomo kugirango bamenye yuko Uwiteka ari kumwe nawe uko niko Uwiteka ategetse!!!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nyuma y’intambara izakuraho «Umwakagara Paul Kagame» abanyarwanda bazacikamo ibice (2) bamwe ni abazaba bararokotse ingoma y’Umwakagara, naho ikindi gice cya (2) ni cya hunze nyuma ya genocide 1994 bagahungira mu mahanga abo ni bataha nabo bazababaza ibibazo babajijwe ngo kuki wasigaye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga!!

Dec 03, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirabwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zabonye ko wazitahuye muri gahunda zari zateguye ziguhamagaza kujya kubwiriza mu gihugu cy’Abongereza, none bacitse intege kuko uriya mugambi niwo wa nyuma ubu nta wundi bafite bahisemo gukurikirana telephone yawe kugirango bumve gahunda zawe zose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, fungura undi murongo wa telephone kugirango uburizemo imigambi yabo mibisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, za magigiri zikoherereje ubutumwa kuri ‘Whatsa up zigusaba yuko ariho mwavuganira none uhite ufunga telephone yawe kuko balimo guhiga ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Murekatete Mukandirima Odette akomeje gukorana na za magigiri kandi nujya mu murwa murahura kuko yatumwe kuza kuguhiga ngo arimbure ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, zamuka mu murwa mukuru w’ISHUSHAN kugirango ubone ikimenyetso cy’ibyo nakubwiye! Ndazamuka ngera mu murwa mukuru w’ISHUSHAN (Nairobi) nyura mukayira bita «AGHAN WALK» ngeze kuri KCB bank turahura ibyahanuwe biba birasohoye, nibwo atangiye (drama Queen) atangira kuntuka ndamwiherera abonye ko nikomereje anturuka inyuma ankubita urushyi mu misaya ndakomeza ndamwihorera kuko nashakaga ko ankurikira nkamugeza aho abantu batari ubundi nkamwigisha kwubaha abantu b’inzirakarengane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Turagenda tugeze kuri (city council of the Nairobi) mbona abagabo aho bahagaze maze ndabegera ho gato, abonye hari abagabo aratinya akomeza kuntuka ibitotsi bidasanzwe nsubira inyuma gatoya mwegera ngo mwigishe ikinyabupfura arahunga ariruka nanjye mfata motor ndigendera.

Nuko ndagenda nyura kuruhande rwaho yarahagaze ategereje kugirango angereho nuko ndamucika ndamanuka ngera aho nkorera umurimo w’Uwiteka wo gucuruza amabauye yagaciro nsubira mu icumbi ryanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi kujyanwa mu ishuli, mbona mwalimu adusaba amashillingi yo kwishyura ishuli, ariko njyewe nta bwo nari nyafite ngo njye gukora ikizamini (exam).

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ikigeragezo kiraje ariko nta bwo kiribukugereho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mu itorero rya Kristo hinjiyemo inkozi z’ibibi kandi akaba alizo ziyobora itorero kuko zamaze kwifatira umurimo w’Imana zinyuze mu maso yahumye yabafarisayo. Maze zikajya zikora ibyo zishaka byose kubera ko zatangaga amashillingi menshi murusengero ni uko ijmabo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zigaruriye itorero ry’Imana kubera ubusambo bw’abafarisayo bahora bumva yuko ibyiza byose ari byabo. Aho kugirango babe ba byifuriza umwe muri bo mutoya ahubwo bumva ko bagomba kubyiharira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, bareke bangize itorero ry’Imana kandi barigayishe kuko bagiye kunywera ku gikombe batigeze banyweraho uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkingi yamashanyarazi ihagaze mu muhanda, munsi yayo hari hafatishijwe inshundura uhereye aho iyo nkingi ya mashanyarazi ukagera aho wa mugozi w’icyuma uba ufungiye ukagarura kuri ya nkingi maze ugahita uhambira ako kanya ukayijyana murusisiro ahatuye abaturage!!!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kumanura umuriro wo mu bwoko bwa mashanyarazi atwike imikorere yose ya Satani ndetse nimikorere mibi ya bafarisayo (Phrases of the world) uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko za magigiri zikora inama yakugambanira Umuhanuzi Majeshi Leon, ni uko numva bavuga ngo, uyu Muhanuzi aratunaniye pee!! None dukoze iki? Undi arasubiza ngo, reka duhimbe ko acuruza diplome zidasobanutse kugirango tubone impamvu yatuma bamuta muri yombi, uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona intambara ikomeye cyane, igiye kubera muri gakondo ya bakiranutsi, mbona ndi kumwe n’Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe, maze mbona turimo gutambagira muri gakondo yabakiranutsi. Ni uko mbona intambara ikomeye cyane iradutse!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu bihe biri mbere muri gakondo ya bakiranutsi hazabaho intambara ikomeye cyane, kandi izagwamo abantu benshi cyane batagira ingano uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abatuye muri gakondo ya bakiranutsi ababishaka kandi babishoboye bakize ubugingo bwabo hakiri kare kuko ibihe bilimo gusatira cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dec 4, 2015 Njyanwa mu iyerekwa maze nkomeza kwerekwa ibikorerwa mw’isi ya bazima, mbona abazungu bakoreshejwe na za magigiri za Kigali bayoboye idini ryitwa VINEYARD CHURCH MINISTRY, bashwana na za magigiri kuko zanze kubishyura kuko bari bemerenijwe yuko bazantumira hanyuma nka zafatirwa ku kibuga cy’indege nyuma yo kubaha amakuru yose bansabye harimo n’urwandiko rwa Passport kuko bazi neza ko umuntu ashobora gukoresha andi mazina agakiza ubugingo bwe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zanze kwishyura amashillingi bari bemeranijwe, ariko nyamara umuzungu yari yakoze umurimo we, n’ubwo banze kumwishyura bitwaje yuko ngo batabonye umusaruro uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, baza za magigiri uti, mbese ko mwambuye uwo umuzungu ibihembo bye, yari kugukuramo amakuru ashaka ku ngufu? Uko niko Uwiteka abaza!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ukwiye gukora amasengesho kugirango Uwiteka Imana Nyiringabo amanure umuriro wo guhana inkozi zibibi zimaze igihe zikuburabuza kuko umaze kurambirwa imikorere yizi mburabugingo kuko Uwiteka ashyizeho ishyerezo ryabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Dore bagiye gusubiranamo buri umwe ashinje mugenzi we ko atakoze neza umulimo yasabwaga gutunganya, hanyuma birangire bicana hagati yabo kugirango ibyahanuwe babashe gusohoza umulimo wabyo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dec 5, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ikizamini kikuri mbere, ariko ntutinye kuko uribugitsinde uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona tumaze gukora ikizamini kandi ko na gikoze neza nizeye kugitsinda. nuko numva mbwirwa ko, ikindi kizamini tuzagikora ku wa mbere Dec 7,2015 (postponed) ni uko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ikizamini cyo mu Bwongereza (England exam) uragitsinze kandi ntaho uzongera guhurira nacyo ukundi kuko cyitazongera kugaruka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mu butayu bugufiya ariho hari umuryango w’ijuru, mbona Bishop Rwandamura Charles aregwa kuba yarabeshye abakristu ayobowe, kandi ko abasengera murusengero rwe bose ko bazarimbuka! Maze mbona yuko abakiristu be bose ko binjijwe mu butayu bugufiya kandi ko bazabumaramo igihe kirekire uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga!!!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Rwandamura Charles yarayoboye! Burira abahasengera bose bahunge bave muri urwo rusengero bahunge umujinya w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uzatera mu minsi iri mbere uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka yakugize umucamanza wabari mu isi ya bazim, kugirango ucire imanza ubwoko bwe, mu manza za majonjora yabatoranywa kuzaragwa ubugingo, niyompamvu uwo uzaciraho iteka azaba aciriweho iteka rya burundu kuko Uwiteka Imana Nyiringabo yakugize  umucanza wabari mu isi yose kugirango igihe cyo kuza k’Umwami wabakiranutsi uzabe umaze gutegura itorero rya Kristo Umwami wabakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo ko uhagurukiye Umuhanuzi n’Ubuhanuzi mu bihugu bitandukanye ko bimaze gutanga inkunga yo kongera gusana igihugu cya gakondo ya bakiranutsi, kuko bose bamaze kwemeza yuko «Umwakagara Paul Kagame» akurwa ku ingoma uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abarwanya «Umwakagara Paul Kagame» abahawe inkunga za mahanga kandi bemerewe ko bazafashwa gusana igihugu kuko gukuraho Umwakagara bizatuma igihugu cyose agisiga ari umusaka nta azakibasigira nk’uko na we abahutu bakimusigiye batacyoretse, ariko we yarirahiye ko, adashobora kwiyubakira inzu ngo maze undi muntu azaze ayimukuremo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore intambara igiye gutangira kuko ibyangombwa byose byamaze kuboneka kugirango abamurwanya babone gutangira intambara yo kumukura ku ntebe ya bukunzi.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amadini y’abanyamurenge yabaye ingumba kuko batabwiriza ubutumwa bwiza buturutse k’uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ahubwo bikorera ubucuruzi abantu babo nta cyo ba bamarira haba mu mwuka cyangwa mu mubiri, usibye kwirirwa ba babuza uburyo naho ubundi ntacyo amadini bacyekaga ko bazakuramo umugati yazabamarira, niyompamvu mbajyanye mu butayu bugufiya kugirango bajye kwigishwa uko bakorera Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abana bincuke bajyanywe kwiga amashuli y’ikibura mwaka, kuri wa musozi wa batutsi bubakiweho amashuli yo kubigisha uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guteza icyago kw’isi yose kandi na bana bincuke bizabageraho kandi bibagiraho ingaruka zikomeye cyane uko niko Nyiringabo abivuga.

Amos 3:15  15 And I will smite the winter house with the summer house; and the houses of ivory shall perish, and the great houses shall have an end, saith the Lord.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, imbabazi z’Uwiteka Nyiringabo zirarangiye ku bana b’abantu batuye muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagore na bakobwa bose bo muri gakondo ya bakiranutsi bagiye kujyanwa mu butayu bugufiya kugirango bigishwe uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo bagore na bakobwa balimo ibice (2) igice cy’abakire ni gice cy’abakene.

Nuko mbona biciyemo ibice (2) kandi bose bari kuri uwo musozi banezerewe ko bagiye gutangira kwiga amashuli yo kubigisha uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bari bubakiwe amashuli mashya kandi meza cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abagore bo mu bwoko bw’Abatutsi-kazi bashyizwe mu ishuli kubera kugamika amajosi yabo. Bubashye umwana w’umwega Umwakagara Paul Kagame batinya Umwakagara kurusha uko batinya Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana Nyiringabo agambiriye yuko mu mutima we, abo bagore bajyanwa mu ishuli kugirango bajye kwiga uburyo bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango bazavayo bamaze kumenya ko Uwiteka ari we Imana kandi ko ari we mugenga wa byose kandi ko ashobora byose kuko umujinya we wamaze gukongezwa n’uburakari kandi hakaba ari nta muntu n’umwe uhari wo guhagarika ubwo burakari kugeza ubwo Uwiteka azaba amaze kubaheha nk’uheha amabyi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona wa mwuka w’inzika y’inzigo uwo mwuka na wo wari wibereye kuri wa musozi w’ubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bw’Abatutsi uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo, maze mbona uwo mwuka w’inzika umanutse utera umupira (ball) werekeza mu gihugu cyo mu butayu bugufiya.

Uwo mwuka w’inzika y’inzigo ugeze hafi yo kumanuka wa musozi ngo urangize uwo musozi maze winjire mu butayu nyirizina, mbona winjiye mu baturanyi b’Abatutsi bo mu muryango wabajiji aribo Dr.Tito Rutaremara akomokamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kurikira uwo mwuka w’inzika y’inzigo maze urebe iherezo ryawo, mbona winjiye mu gihugu cyo mu butayu bugufiya maze ndabwirwa ngo, umwuka w’inzika y’inzigo waguhigaga winjijwe mu gihugu cyo mu butayu bugufiya aho ugiye kumara igihe kitari gitoya wigishwa kumenya yuko Uwiteka ari we Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira aba Congomani bo mu bwoko bw’Abanyarwanda biyita abanyamurenge (Tutsi) ko umuvumo w’Uwiteka Imana Nyiringabo ubamanukiye kubera gukerensa ijambo ry’Uwiteka Imana mu isi ya bazima uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubibutse ko barwanije ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo, kugirango bayoboke abadayimoni na kamere zabo zibyo bararikiye uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ubabwire uti, muzahora mwiruka impande (4) z’isi yose, ntaho muzashinga ibirenge kuko mwanze kumvira ry’Uwiteka Imana Nyiringabo, ahubwo mugashimishwa no kugendera mu nzira za Balaaki mwene Bewori wanze kumvira Uwiteka agashaka kuvuma ubwoko bw’Uwiteka igihe bwari mu gihugu cyo mu butayu bugufiya uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

None namwe mwabaye nkawe, ndetse mugendera muri izo nzira, niyompamvu Uwiteka abashyizeho umuvumo wo kwangwa na mahanga aho muzajya hose kugirango muzamenye yuko Uwiteka ari we Imana ya bakiranutsi. Dore baso bagendeye mu nzira zo gukiranuka, ariko mwebwe mwari nangiye imitima yanyu, ahubwo ijambo ry’Uwiteka mwarigize igicuruzwa cyunguka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cyo mu butayu bugufiya, haruguru y’ubwo butayu hari inyanja (isi) maze mbona ya Nyanja yuzuye amazi (sea) iyo Nyanja irabyimba cyane amazi yayo azamuka hejuru arengera inkombe zayo imena amazi yuzura muri bwa butayu, maze amafi yose yari mu nyanja yahise nayo azana na wamwuzure.

Nuko mbona Umuhanuzi mukuru yinjira muri wa mwuzure afite incundura agiye gutega amafi (God’s blessings in teams of trouble).

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ba maso cyane, ibyiswe umugisha nta bwo ari wo kuko uwo mugisha uzanye ni bibazo kandi inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa za magigiri z’abagara b’Umwakagara Paul Kagame zabucyereye zilimo guhiga ubugingo bwawe zitwaje uwo mugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wagize ngo umugisha w’isi wa wushobora? Ntabwo bishoboka ko uhabwa umugisha na badayimoni kuko umugisha ari impano y’Uwiteka Imana wenyine.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, abafarisayo nibo bari bateguye kiliya gitero cya za magigiri babagiriye inama yo yuko bakwitwaza intonorano bakigira nka baguhesha umugisha kugirango babone uko baguta muri yombi hanyuma bakarimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abafarisayo (phrases) nicyo cyintu bahunga amanywa n’ijoro nta bwo bajya bishimira umuntu wese w’Imana ufite impano z’Imana ko yahabwa umugisha kuko ari abanyeshyari kandi bahita bifuza kwambura ubugingo umuntu wese Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ahayeho impano ze ngo azikoreshe mu isi ya bazima uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi kumusozi wubatseho amashuli yo kwigisha ubwoko bw’Abatutsi kwubaha Uwiteka Imana Nyiringabo, ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kwigisha ubwoko bw’Abatusi ikinyabupfura, no kubamenyesha yuko ari we ijuru n’isi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nta kabuza abatazahunga muri gakondo ya bakiranutsi bazakorwa nisoni kuko bananiwe kwiringira ijambo ry’Uwiteka Imana kandi Leta y’Umwakagara Paul Kagame ikaba ishonje cyane kurusha abaturage kuko ubutunzi bwose yabwibitseho ateganya yuko umunsi yavuye ku butegetsi abazamusimbura batazagira icyo basanga mu isanduka ya Leta uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ni inyamaswa (animals) zahunze gakondo ya bakiranutsi kuko zamaze kumenya yuko muri gakondo ya bakiranutsi himye ingoma y’Umwami w’umunyamwaga kandi w’umwicanyi kubera iyo impamvu zahunze gakondo ya bakiranutsi zizagaruka ari uko zumvise yuko Umwakagara yakuwe ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nzika ya nzigo arakurwanya cyane, kandi uko wegeranya umugisha wawe na we niko yegeranye umuvumo we, kugirango awusimbuze umugisha wawe ukwiye kuba maso cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dec 6, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona imodoka yarimo abantu yo mu bwoko bwa Noah, yari yuzuyemo abagabo bo mu bwoko bw’Abatutsi baturutse mu gihugu cy’Isamariya.Bagenzwaga no gushaka uko baca igihanga umwana w’umuntu, mu gihe balimo binezeza banywa umutsama bahabwa amakuru yuko babonye umwana w’umuntu bashakaga, bose uko bakabaye binjira muri cya kinyabiziga bihutishwa no kumena amaraso yutariho urubanza maze bageze imbere ya modoka yabo iracuranguka bose barapfa mu cyimbo cy’umwana w’umuntu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abacitse ku icumu rya genocide bose bahise bigira impunzi, kandi abarwanyaga Ubuhunzi ko butazongera kubaho, nibo ba basubije mu buhungiro, ariko bariyimbire kuko ubuhunzi bavuyemo balimo ku busubizamo abandi, bashobora kuba ari bo bazabuheruka kubusubiramo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutegetsi bw’abega bwuzuye ruswa, ubwicanyi, ubusambo, urugomo no kugira nabi kose gushoboka. Ibi byose bizarangizwa n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri gakondo ya bakiranutsi hari ubutunzi bwinshi cyane nahishiye abakunzi banjye, kandi nzabuhishura ingoma y’abega imaze gukurwaho aho izasimburwa n’ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo buzaba bukorera mu gikari cy’ubwami bw’uRwanda uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ingoma y’abega nikurwaho gakondo ya bakiranutsi izubakwa neza kuko hazabaho imihanda ye hejuru no hasi abantu bazajya banyuramo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ugiye gukora amasengesho y’iminsi ibiri amasaha (48) uzayarangiza Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze guciraho iteka abo bose bagenza ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dec 7, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inyigisho wigishije ni bacye cyane babishije gufashwa no kuba yabagiriye umumaro, ariko abandi bemera ni bacye cyane, kuko abana b’abantu badakunda kwiga, ahubwo banezezwa ni uko ba bwirwa yuko ngo Uwiteka Imana byose abibakorera ku buntu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cuane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu barashaka gusengerwa kuri buri kintu cyikikora, nyamara nta kintu na kimwe batabasha gukora mu by’ubuzima busanzwe, ariko iyo bigeze ku by’ubugingo usanga babicira inkeri uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dec 8, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona njyanwa ahantu mu nzu kuhahererwa umugisha, ngeze muri iyo nzu mpasanga inkozi zibibi zintengereje ngo ziriganye umugisha wanjye, ariko mpangana nazo kugeza nzinesheje.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zihagurukiye ku kuriganya, ariko humura Kristo yaranesheje nuko rero umenye ubwenge kuko zigiye kwiyoberanya zibwira yuko utaribuzitahure uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mpabwa igice kinini cy’ifi yo mu bwoko bwa (trapia) ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, na kubwiye ko nzajya nguhemba umushahara kubera umurimo unkorera, none dore ngiye kohereza umugisha wawe kugirango ubashe gutunganya umurimo wanjye maze ubwoko bwanjye butazavuga yuko butamenye amakuru y’iby’ubugingo buhoraho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umuhanuzi akuyeho ingoma y’igitugu y’abega, none ni we ugiye kwimika ubwami bwa hanuwe na bahanuzi b’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuryango w’Umwakagara uzashiraho burundu Uwiteka azawuheha nk’uheha amabyi kuko baranzwe no gukiranirwa kandi bakaba barasuzuguye Uwiteka Imana Nyiringabo hamwe ni jambo rye uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo bita Rwanda Revenue Authority RRA uwo mugabo yakoresheje ubukwe atumira abantu benshi cyane kuza gutaha ubukwe bwe, ariko abantu bose yari yahaye akazi ko gutunganya no gutegura ubwo bukwe nta bwo yigeze abishyura.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Rwanda Revenue Authority RAA bazi kwishyuza abandi ariko iyo bigeze yuko ari bo bagomba kwishyura nta bwo bajya bishyura usanga batseta ibirenge kwishyura ababishyuza aliyompamvu iciriweho iteka kubera gukiranirwa kwayo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijmbo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Ubuhanuzi bwonyine nibwo buzakuraho Umwakagara Paul Kagame, hanyuma aliya mashami agatandukanywa na kiliya giti, bisobanura yuko ubutegetsi bw’abega buciwe burundu n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame agiye gupfa kandi ahitanye abantu benshi cyane, abakomeye na baroheje, dore agace ka gahera yarasigaranye nako kararangiye none burira abantu bamenye ibigiye kubabaho ndabizi ko babaye intumva, ariko nibura nta bwo bazashyira urubanza k’Uwiteka Imana Nyiringabo bavuga yuko bataburiwe uko niko abivuga.

Dec 9, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyamadini (religious) batuye kandi bakorera mu murwa mukuru wa Kigali barwanya ijambo ryanjye ry’Ubuhanuzi. Ubabwire ngo Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubarwanya kuko mwahisemo kurwanya ijambo rye, kandi azabatsinda kuko abamurwanya bose azabamaraho burundu nta nkuru yabo izasigara kumusozi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanyamadini barwanya ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, abenshi ni abo mu bwoko bw’Abatutsi ubabwire uti, Uwiteka Imana Nyiringabo arabahagurukiye cyane kuko na we mwamuhagurukiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona njya ku nyanja kugura amafi, ngeze mu nzira mpura n’umwana mutoya maze arambwira ati, mwana w’umuntu, dore urugendo ugiyemo ndi wowe narureka nka za rujyamo ejo kugirango umwanzi wagutegeye mu nzira akorwe nisoni kugirango nzabashe kubona icyo nifuza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zahoze zumviriza telephone yawe uvugana n’umwe muri bo ukorana nazo, kugirango bumve kandi bamenye gahunda zawe, nuko rero menya uko ugenza kuko nuramuka ugiye utari bubacike ahubwo subika urugendo rwawe uzagende ikindi gihe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi, mbona ndi ahantu hameze nk’aho hubatse ishuli ry’amahema, maze mbona haje abantu baje kunyica ndahunga ngeze muri iryo ishuli bajya ku ntegera kumuryango w’imbere, nsubira inyuma ndabacika manuka nirukanka ngera ku kiyaga kitagira abasare ako kanya mpabwa amababa yo kuguruka (spiritual wings) ndambuka, ariko abari inyuma yanjye bose mbona ntibahawe amababa yo kwambuka icyo kiyaga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ngeze hakurya mbona mpuye na bandi baje kwambuka bagana hakurya aho narimvuye, mu gihe hakurya hari abaje kwambuka baza hakuno.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo abaatuye muri gakondo ya bakiranutsi bagiye kubura epfo na ruguru kuko bananiwe kwizera ijambo ry’Ubuhanuzi Uwiteka Imana Nyiringabo nawe agiye kubabuza icyerekezo kuzageza igihe bazihana mu mitima ya bo yuko bakiraniwe bitari bikwiriye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umucuruzi witwa Mironko plastique ufite uruganda rwa plastique akoresha imyuka mibi yo mu bwoko bwa NYABINGI umubwire yuko iyo myuka mibi iciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi abahungu be Jean Pierre na Herve na bo baciriweho iteka yuko umwuka w’igisuzuguriro uzababaho ibihe byinshi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore naragutoranije nkugira Umuhanuzi wa mahanga, kandi nguhindura umugisha ndetse s’umugisha gusa, ahubwo wabaye isooko y’umugisha, nuko rero uzaguha umugisha nzamuha umugisha, kandi uzakurwanya nzamurwanya, uzakwanga nanjye nzamwanga, kugirango bimenyekane ko wangiriye ho umugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore isi yose izakuzanira umugisha kuko uko niko nategetse, kandi abatazakorera Imana yawe, bazarimburwa ndetse bashireho burundu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abazumvira ijambo ry’Uwiteka (Ubuhanuzi) abo bameze nk’igiti cyatewe ku mazi y’inyanja itajya ikama mu gihe cy’izuba ahubwo gihora gishishe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihe cyawe cyo guhabwa ubutabera nk’uko wa bisambye, kirasohoye kugirango umenye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakugiriye neza igihe cy’ubutayu abo nanjye nzabibuka igihe cy’amakuba, kugirango bamenye yuko na kumenye mu izina ukangiriraho umugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, amarembo yawe nta bwo azakinga, murugo rwawe nta inzara izahumvikana ukundi, igihugu cyawe nta rusaku cyangwa urugomo ruzahumvikana ukundi, kuko Uwiteka ya gukunze akakurutisha bagenzi bawe akaguca IMANZI mu kiganza ubwo wari mu nzu y’imbohe aho warukigingiraniye mu gihugu cya Uganda maze nkagirana isezerano nawe rihoraho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

 

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Skip to toolbar