Monthly Archives: February 2016

Umwami wa bami wa baroma yahinduye iminsi

Buri myaka ine, ikirangaminsi dukoresha cyiyongeraho umunsi umwe mu kwezi kwa kabiri. imyaka ifite inyongera yaje gute, cyangwa yaje kuba umugenzo kuri benshi gute? Reka turebere hamwe ibintu bitanu bidasanzwe biranga itariki ya 29 z’ukwa kabiri.

Ubuhanuzi bwa Hakizimana Jean Bosco,bwaba burimo imvange?

Ku italiki ya 05/06/2015, twabagejejeho ubuhanuzi bwa Bosco Hakizimana wavuze ko Papa François azasura igihugu cya Uganda ariko agishingura ikirenge muri icyo gihugu, mu Rwanda hakaba intambara. Uyu munsi ku italiki ya 27/11/2015 nibwo papa Fançois arasesekara muri Uganda avuye mu gihugu cya Kenya yasuye mu ntangiriro z’iki cyumweru, abasomyi benshi ba veritasinfo bakaba baradusabye ko twakongera kubagezaho iyo nkuru y’ubuhanuzi bwa Bosco Hakizimana; ni mwisomere uko ubwo buhanuzi yabutanze.

Rwanda : inzara iravuza ubuhuha mu ntara y’iburasirazuba”Inzara mu buhanuzi”Igice cya 1-3,ni cya (4) cy’ubuhanuzi!

Abaturage  barimo  gusuhuka  berekeza  I  Bugande  kubera  inzara  yibasiye  iyo  ntara. Uretse  iburasirazuba  gusa, nkuko  bigaragalira  buri  wese  utuye  hano  mu  rwa  Gasabo, inzara  irimo  kuvuza  ubuhuha  hafi  impande  zose  z’igihugu  aho  Leta  ya  FPR  ivuga  ko  ayo  mapfa  yatewe  n’izuba  ryacanye  cyane  cyane  mu  Turere  twa  Nyagatare, Kayonza, Kirehe  na  Rwinkwavu   ho  mu ntara  y’uburasirazuba. Andi  mapfa  akaba  yumvikana  mu ntara  y’amajyepfo  mu  bice  by’amayaga   I  Nyanza, Ruhango  na  Kamonyi  basanzwe  bazwiho   kweza  igihingwa  cy’imyumbati, bavuga  ko  imyumbati  yabo  yajemo  indwara  bita   »Kabore ». Bamwe  mu  baturage  batuye  muli  utwo  turere,  dore  ko  nabakihabarizwa  bavuga ko  ari  ukubura  aho  berekeza, bakaba  baratangiye  gusuhuka  bajya  gushakira  imibereho  hanze  mu  bihugu  by’ibituranyi.

Integenke z’Abakiranutsi nizo mbaraga zabanyabyaha!

23rd FEB,2016 njyanwa mu iyerekwa maze mbona abagabo (3) bo mu bwoko bwa magigiri bahawe umurimo wo guhiga no kwica umuhanuzi Majeshi Leon,mbona bananiwe kumubona maze umwakagara ategeka yuko bicwa bagacibwa igihanga ngo kuko umurimo batagetswe bananiwe kuwutunganya neza kandi barahawe ibyangombwa byose bijyanye nubwicanyi.

Umwakagara Semuhanuka yakubitiwe ahareba inzego muri kaminuza ya HARVARD

Amakuru aturuka mu ihugu cy’america kuri kaminuza ya HARVARD aho umwakagara Semuhanuka yabajijwe ibibazo bikomeye atari yiteguye ko ashobora kubazwa maze arya iminwa abura icyo asubiza imbere ya mahanga ni mbere yabanyeshuli bamubajije intambara akomeje guteza mukarere kibiyaga bigari inyungu yaba afitemo kuba akomeje kwirengagiza uburenganzira bwa muntu ndetse no kurengera ubusugire bw’ibihugu byabaturanyi.

Translate »
Skip to toolbar